U Rwanda ntiruzigera ruzuyaza cyangwa rusaba imbabazi ku bwo kurinda abaturage barwo – Kagame

Mu nama yigaga ku bibazo byo muri Repulika ya Demokarasi ya Congo, Perezida Kagame yatanze ubutumwa busobanutse ashimangira ko ntawe azasaba uruhushya rwo kurinda u Rwanda kandi yongera kwamagana ubufatanye bwa FDLR na FARDC. Minisitiri ushinzwe itumanaho muri Perezidansi, Stephanie Nyombayire abinyujije kuri X, yatangaje ko muri iyi nama yabereye I Addis Abeba ahaberaga n’inama […]

Intara y’Amajyepfo: Uwari ushinzwe imiyoborere yajuririye icyemezo cyo gufungwa by’agateganyo

Uwari Umuyobozi ushinzwe Imiyoborere Myiza mu Ntara y’Amajyepfo yamaze kujuririra icyemezo cy’Urukiko rw’Ibanze rwa Nyamabuye rwemeje ko akomeza gufungwa by’agateganyo ku cyaha cyo gutanga indonke akurikiranyweho. Mu iburana ry’uru rubanza ku cyemezo cyasomwe ku wa 09 Gashyantare 2024, Ubushinjacyaha bwagaragarije Urukiko ko Kabera Vedaste yatanze indonke ku wundi muntu kugira ngo adakora ikiri mu nshingano […]

M23 irarwanira ibintu bibiri — Alain Mukuralinda

Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Alain Mukuralinda, aravuga ko M23 irwanira ibintu bibiri birimo gupfa no gukira , bitandukanye n’izindi ngabo zirimo n’iz’abanyamahanga zikomeje gufasha FARDC , avuga ko zitazi icyo zagiye gukora nk’uko yabitangaje mu kiganiro cyihariye aherutse guha Bwiza TV na Bwiza.com. Uyu munsi muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo hari ingabo […]

U Rwanda ruravugwaho kwibikaho intwaro zihambaye mu kurwanya ibitero bya drones

auds-with-drone.jpg

U Rwanda rwiyongereye ku bihugu bya Afurika bivugwa ko biheruka kwibikaho intwaro zo guhangana na drones za SKYctrl na FIELDctrl zakozwe na sosiyete yo muri Pologne, Advanced Protection Systems (APS). Ni intwaro zakorewe gutahura, gukurikirana no gusenya indege zitagira abapilote (UAVs) zibangamiye umutekano n’ubusugire by’igihugu. SKYctrl ni sisitemu ihuza radar za 3D, gufata amashusho n’amajwi […]

Bwa mbere amabuye y’agaciro yinjirije u Rwanda asaga miliyari y’amadolari mu mwaka umwe

Ikigo gishinzwe ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro cyatangaje ko amafaranga yinjiye avuye mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro yoherejwe mu mahanga mu 2023 yiyongereye agera kuri miliyari isaga 1.1 z’amadolari, avuye kuri miliyoni 772 z’amadolari yinjijwe mu 2022, bivuze ko yazamutseho 43%. Iyi ni intambwe yegereje kugera ku ntego ya guverinoma yo kwinjiza miliyari 1.5 z’amadolari buri mwaka avuye […]

Guverinoma y’u Rwanda ivuga ko biteye ikibazo kuba SADC na MONUSCO bikorana na FDLR

08553277-354c-476b-ae72-a58eb42a5e39.jpg

Kuba ingabo z’ibihugu bitandukanye zaragiranye amasezerano y’ubufatanye na Repubulika ya Demokarasi ya Congo, nta kibazo biteye ku Rwanda, ariko ku rundi ruhande kuba bakorana n’umutwe ufite intego yo guhungabanya umutekano w’u Rwanda, wanabigerageje, wanabikoze, unabigambiriye, byo biteye ikibazo. Ati “Ntekereza y’uko ndanahamya y’uko ari nacyo kibazo Guverinoma y’u Rwanda yakomeje kuvuga ko kigomba gukemuka,” Ibi […]

Depite Habineza yagaragaje impungenge nyuma y’impinduka ku biciro by’ingendo

Depite Frank Habineza, akaba na Perezida w’Ishyaka Democratic Green Party of Rwanda, yagaragaje ko benshi mu baturage batiteguye kubona ibiciro by’ingendo byiyongera na cyane ko nubwo imibare igaragaza ko ubukungu bw’igihugu buzamuka mu mifuka y’abaturage bitaragenda neza. Yabitangarije mu Nteko Ishinga Amategeko kuri uyu wa Kabiri, itariki 13 Gashyantare 2024, aho Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard […]

Amafoto: Minisitiri w’Ingabo yakiriye abarimo minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Portugal

ggoanx3xyaaxwdx.jpg

Minisitiri w’ingabo, Juvenal Marizamunda ndetse n’Umugaba Mukuru w’Igisirikare cy’u Rwanda (RDF) Gen. MK Mubarakh bakiriye Minisitiri w’ubukungu n’imari wa Burkina Faso, Hon Aboubacar Nacanabo wari uherekejwe na Col Diaouri Ismael, Umuyobozi mukuru mu biro bya Perezida. Baganiriye ku buryo bwo gushimangira ubufatanye buriho nk’uko byatangajwe na Minisiteri y’Ingabo kuri X. Kuri uyu wa Kabiri kandi, […]

Izindi ntwaro ziremereye zitwikiriwe n’amahema ku mupaka w’u Burundi n’u Rwanda

Nyuma y’uko Abasirikare benshi b’u Burundi n’Imbonerakure (urubyiruko rwa CNDD-FDD) barunzwe ku bwinshi ku mupaka n’u Rwanda kuva hafashwe icyemezo cyo gufunga imipaka n’u Rwanda, ubu biravugwa ko muri Komini ya Busoni, mu ntara ya Kirundo, hafi n’umupaka n’u Rwanda hashyizweho amasaha ntarengwa yo gutaha (couvre-feu), aho abaturage bavuga ko batewe ubwoba n’urujya n’uruza rudasanzwe […]

Byinshi ku bakomando ba Somalia bazwi nka Gorgor bahangayikisha Al Shabaab – Amafoto

thumbnail.jpg

Perezida wa Somalia, Hassan Sheikh Mohamud asanga abakomando kabuhariwe ba Gorgor bakunze kwita “Eagles” cyangwa za “Kagoma”, baragize uruhare rukomeye mu guhashya Al Shabaab ndetse agashimangira ko adashidikanya ko ari ingirakamaro ku gihugu. Igisirikare cya Turkiya cyatangiye gutanga imyitozo y’abakomando n’ingabo zo kurwanya iterabwoba ku basirikare 150 b’ingabo z’igihugu cya Somalia mu 2020 binyuze mu […]

Somalia: Abasirikare 3 ba UAE n’uwa Bahrain biciwe mu kigo cy’imyitozo ya gisirikare

Minisiteri y’ingabo ya Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu yatangaje ko ku wa Gatandatu, abasirikare batatu b’iki gihugu n’umusirikare wa Bahrein baguye mu gitero cyagabwe mu kigo cya gisirikare muri Somalia ubwo bari mu butumwa bwo gutoza ingabo za Somalia. Minisiteri yanditse ku rubuga nkoranyambaga X, rwahoze ari Twitter, ko “abasirikare bagabweho igitero cy’iterabwoba bari mu nshingano […]

Igisubizo cya P. Kagame ku wamubajije niba abona akwiriye kongera gutorwa

Perezida Paul Kagame yatangaje ko amatora ari yo azagena niba koko ari we mukandida ukwiriye gutorerwa gukomeza kuyobora u Rwanda, agaragaza ko byaba byiza abantu bayategereje. Umukuru w’Igihugu yabitangarije i Dubai muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, ubwo yaganiraga n’umunyamakuru Eleni Giokos wa CNN. Muri iki kiganiro Perezida Paul Kagame yabajijwe niba abona afite icyizere cyo […]

M23 yafashe Katsiru mu gihe Aba-Wazalendo bigamba gufata Ruhunda

Mu gihe imirwano ikomeje i Kibumba, muri Teritwari ya Nyiragongo, inyeshyamba za M23 zigaruriye agace gashya kuri uyu wa Gatandatu, itariki ya 10 Gashyantare, bityo amakimbirane arakomeza mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Nk’uko amakuru aturuka i Rutshuru abitangaza, nyuma y’imirwano ikaze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu, agace ka Katsiru gatuwe n’abaturage bagera ku […]

Somalia: Abataramenyekana bapfuye abandi barakomereka mu kurasana mu kigo cya gisirikare

Kuri uyu wa Gatandatu, itariki 10 Gashyantare, biravugwa ko hapfuye abantu barashwe mu kurasana kwabereye mu kigo cy’imyitozo ya gisirikare mu murwa mukuru wa Somalia, Mogadishu. Umwe mu bashinzwe umutekano utifuje ko amazina ye atangazwa yabwiye Ibiro Ntaramakuru bya Turkiya, Anadolu Agency ati “Kurasa kwakozwe n’umusirikare w’umurikiri (recruit) warashe warashe mu kigo cya gisirikare cya […]

Madamu Jeannette Kagame muri Namibia kwifatanya na Monica Geingos mu kababaro

gf_ybpgxcaaag20.jpg

Kuri uyu wa Gatandatu, itariki ya 10 Gashyantare 2024, umufasha wa Perezida wa Repubulika, Jeannette Kagame, yageze mu gihugu cya Namibia agiye kwifatanya n’umufasha wa nyakwigendera Perezida Hage G. Geingob, Monica Geingos n’igihugu cya Namibia muri iki gihe cy’akababaro . Madamu Jeannette Kagame yageze muri Namibia ku mugoroba aho amafoto yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga yamugaragaje […]

Abayobozi b’ibihugu bo muri Afurika 11 bapfuye bakiri mu kazi mu myaka ya vuba

joao_bernardo_vieira_guinea-bissau.jpg

Mu mateka atandukanye ya Afurika kandi agoye, abayobozi benshi bapfuye bakiri ku butegetsi, basize umurage uturuka ku buyobozi bwahinduye ibintu n’imiyoborere itavugwaho rumwe. Aba bayobozi, buri wese wasize ikimenyetso kitazibagirana mu bihugu byabo, bahuye n’ibibazo byihariye kandi bagira ibyo bageraho kuva ku guharanira amahoro na demokarasi kugeza bahanganye n’amakimbirane n’ibibazo by’imiyoborere, aho manda zabo ziragaragaza […]

FARDC irigamba gufata General Ngendo washinze umutwe wa MaĂ ÂŻ-MaĂ ÂŻ Banabateseke

Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) kiratangaza ko cyabashije gufata uwihaye ipeti rya general ukuriye inyeshyamba z’Umutwe wa MaĂ ÂŻ-MaĂ ÂŻ Banabateseke , wafatiwe i Beni, muri Kivu y’Amajyaruguru. Umuvugizi w’Ibikorwa bya Sokola 1, Capt. Antony Mualushayi yagize ati: “Iyi mirwano yabaye ku wa Gatatu, itariki ya 7 Gashyantare 2024, ubwo inyeshyamba zageragezaga gufata intwaro […]

Burera: Guhinga amasaka biri kubaviramo gufungwa cyangwa gicibwa amande

Mu Karere ka Burera abahinzi barinubira kuba urimo guhinga amasaka ari gucibwa amafaranga abandi bagafungwa n’inzego z’ibanze zibegereye nyamara aricyo gihingwa cyera iwabo kikabateza imbere nk’uko bitangazwa n’abahinzi. Mu bice bitandukanye by’akarere ka Burera mu mirenge ya Cyanika na Kagogo muri aka karere, abahinzi baravuga ko bahangayikishijwe nuko muri iki gihe cyo kubiba abari guhinga […]

Muyaya yatangaje aho gahunda ya Tshisekedi yo ‘gutera u Rwanda’ igeze

Minisitiri w’Itumanaho wa RDC akanaba Umuvugizi wa Guverinoma y’iki gihugu, Patrick Muyaya, yatangaje ko kuri ubu bitakundira Perezida FĂ©lix Tshisekedi gusohoza isezerano ryo gushoza intambara ku Rwanda yahaye abanye-Congo, kuko ahugiye mu gushyiraho inzego nshya z’igihugu. Mu Ukuboza umwaka ushize ni bwo Tshisekedi yijeje abanye-Congo ko mu gihe umutwe wa M23 waba wigaruriye akandi gace […]

Ba Gen. Mubarakh Muganga na Rwivanga bifatanyije na UPDF mu birori bya Tarehe Sita (Amafoto)

20240206_185506.jpg

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Gen Mubarakh Muganga n’umuvugizi wazo, Brig Gen Ronald Rwivanga, bari mu basirikare bo mu ngabo z’u Rwanda bitabiriye ibirori by’umunsi mukuru uzwi nka Tarehe Sita muri Uganda. Ni ibirori kuri uyu wa Kabiri tariki ya 6 Gashyantare byabereye mu karere ka Bugweri, byitabirwa na Perezida Yoweri Kaguta Museveni ndetse n’abasirikare […]

Perezida Andrzej Duda ari mu Rwanda

Perezida Andrzej Duda wa Pologne n’umugore we, Agata Kornhauser-Duda, bageze mu Rwanda aho batangiye uruzinduko rw’akazi. Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 6 Gashyantare ni bwo Perezida Duda na Madamu we bageze ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali, bakirwa na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Vincent Biruta. Aba bombi bageze i Kigali bakubutse […]

Ndayishimiye yikomye u Rwanda ubugira kane

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, ku ncuro ya kane yongeye kwibasira u Rwanda arushinja gutera inkunga ibikorwa by’iterabwoba. Ni ibirego Perezida Ndayishimiye yashinje u Rwanda ku wa Gatanu w’icyumweru gishize, ubwo yakiraga mu ngoro ye abadipolomate bahagarariye ibihugu bitandukanye mu Burundi. Ibirego by’uko u Rwanda rwaba rufasha umutwe wa RED-Tabara urwanya ubutegetsi bw’u Burundi Ndayishimiye […]

Amerika yasabye u Rwanda ‘kuvana bwangu Ingabo zarwo muri RDC’

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zongeye gusaba u Rwanda guhagarika ubufasha zivuga ko ruha umutwe wa M23, no kuvana bwangu muri RDC ingabo zivuga ko ruhafite. Ni ubusabe Amerika yatanze biciye muri Ambasade yayo i Kinshasa. Iyo Ambasade mu itangazo yasohoye kuri uyu wa Mbere, yavuze ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zigishyize imbere gahunda […]

Perezida Andrzej Duda arabura amasaha make akagera mu Rwanda

Perezida Andrzej Duda wa Pologne ategerejwe i Kigali kuri uyu wa Kabiri tariki ya 6 Mutarama, mu ruzinduko rw’akazi rugamije gushimangira ubufatanye hagati y’igihugu cye n’u Rwanda. Ni amakuru yemejwe n’Umuvugizi wa Perezida Paul Kagame, StĂ©phanie Nyombayire. Perezida Andrzej Duda uzaba aherekejwe na madamu we, Agata Kornhauser-Duda, azagera i Kigali akubutse i Nairobi muri Kenya […]

Nigeria: Abapolisi bane bishwe n’ibyihebe muri Leta ya Borno

Kuri uyu wa Gatandatu, umuvugizi wa polisi yavuze ko byibuze abapolisi bane biciwe mu majyaruguru y’uburasirazuba bwa Leta ya Borno muri Nigeria . Borno yabaye izingiro ry’ubwigomeke bwa Boko Haram hamwe n’umutwe wa Leta ya kisilamu mu Ntara ya Afurika y’iburengerazuba (ISWAP) mu myaka irenga icumi mu majyaruguru y’uburasirazuba, aho bakomeje kugaba ibitero byica ku […]

Ntidukwiye gupfusha ubusa amasomo twakuye mu byago byagwiriye igihugu – Kagame

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yabwiye Abanyarwanda ibihumbi bari bateraniye i Washington DC muri Rwanda Day, ko umurabyo wakubise u Rwanda utazigera wongera ku rukubita kandi badakwiye gupfusha ubusa amasomo bakuye mu byago byagwiriye igihugu. Aha yavugaga ku rugendo u Rwanda rwanyuzemo nyuma y’imyaka 30 mu gihugu habaye Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Yagaragaje ko […]

Perezida Hage Geingob yapfuye

arton40436_copy_1000x798.jpg

Dr. Hage Geingob wari umaze imyaka ikabakaba icyenda ari Perezida wa Namibia, yapfuye ku myaka 82 y’amavuko. Perezida Geingob yapfuye saa 00:04 zo kuri iki cyumweru tariki ya 4 Gashyantare 2024, nk’uko byemejwe na Visi-Perezida wa Namibia, Nangolo Mbumba. Mu itangazo yasohoye yavuze ko “n’umubabaro mwinshi mbabajwe no kubamenyesha ko Dr Hage Geingob twakundaga yapfuye […]

USA: Hamuritswe umwanzuro wamagana igisa nka jenoside gikorerwa Abanyekongo bavuga Ikinyarwanda

Kuri uyu wa Kane, itariki 1 Gashyantare 2024, Umudepite w’Umunyamerika, AndrĂ© Carson, yamuritse umwanzuro wamagana ubugizi bwa nabi bukorerwa Abatutsi b’Abanyekongo n’Abanyamulenge bo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) babita Abanyarwanda. Imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu n’imiryango ikora ubuvugizi yakoze inyandiko zitandukanye zerekeye ibikorwa by’ihohoterwa ryakozwe n’abagize ingabo za DRC n’imitwe yitwara gisirikare bibasira […]

Musanze: Urukiko ‘rwarumye ruhuha’ umukire wari warariganyije umuturage isambu ye

Urukiko rw’Ibanze rwa Muhoza ku wa Gatatu tariki ya 31 Mutarama rwemeje ko umukire Habyarimana Pierre yaguze mu buryo bw’uburiganya isambu y’umuturage witwa Bazimaziki Aimable, rutegeka ko uyu muturage asubizwa ubutaka bwe. Mu ntangiriro z’ukwezi gushize ni bwo uru rukiko rwari rwaburanishije urubanza Habyarimana yari yarajuririyemo umwanzuro w’urubanza rwaciwe n’inteko y’abunzi bo mu murenge wa […]

L’Ă©quipe mĂ©dicale chinoise a fait don de fournitures mĂ©dicales Ă  l’hĂ´pital de Masaka

arton31179 234ce

Une Ă©quipe mĂ©dicale chinoise a fait mardi un don de fournitures mĂ©dicales Ă  l’hĂ´pital Masaka du district de Kicukiro, Ă  Kigali, la capitale rwandaise. Les fournitures comprenaient des dĂ©sinfectants pour les mains, des Ă©clairages opĂ©ratoires, des tabourets d’opĂ©ration, un couteau Ă©lectrique Ă  haute frĂ©quence, des packs d’appareils bucco-dentaires jetables et des blouses chirurgicales stĂ©riles jetables. […]

Amafoto: Minisitiri w’Intebe yahaye icyubahiro Intwari z’u Rwanda

gfpymo5xkaili3x.jpg

Minisitiri w’Intebe Dr. Ngirente yashyize indabyo ku Kimenyetso cy’Ubutwari mu muhango wo kwizihiza Umunsi w’Intwari z’Igihugu ku nshuro ya 30, aho yunamiye Intwari z’u Rwanda zagaragaje gukunda u Rwanda bidasanzwe no kurwitangira. Ibyiciro by’ intwari Intwari z’u Rwanda zigabanywa mu byiciro bitatu by’ingenzi, hagendewe ku rugero zagaragajeho ubutwari. Icyiciro cya mbere cyitwa Imanzi, icya kabiri […]

FARDC na SADC byanogeje uburyo bushya bwo kurwanya M23 burimo abasirikare 100,000

gfl1hrzwuaaxi1r.jpg

Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yohereje Gen. Maj. Shora Mabondani mu burasirazuba bw’igihugu kugenzura ishyirwa mu bikorwa ry’uburyo bushya bw’intambara yo kurwanya inyeshyamba za M23. Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu, nibwo Gen. Mabondani, Umuyobozi mushya w’Akarere ka 34 ka Gisirikare, yageze mu murwa mukuru w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru, Goma. […]

Musanze: Umuturage aratabariza umugore we wafungishijwe n’uwari waramuteguje ko ‘azabyarira muri gereza’

Masengesho Fred Rugira wo mu murenge wa Muhoza w’akarere ka Musanze, aratabariza umugore we wafungishijwe na muramukazi we nyuma y’iminsi arahiriye ko “azabyarira muri gereza”. Ku wa Mbere tariki ya 30 Mutarama ni bwo Manishimwe Aline, umugore wa Masengesho yahamagajwe kuri sitasiyo ya RIB ya Muhoza, akihagera umugenzacyaha witwa Niwemugeni Jacqueline ahita amufunga. Masengesho avuga […]

Igipolisi cy’u Bwongereza cyafashe ukekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi

Umugabo w’Umunyarwanda yafatiwe mu Bwongereza ahitwa Gateshead afashwe n’abapolisi bakora iperereza kuri jenoside n’ibyaha byibasiye inyoko muntu byabaye mu myaka 30 ishize mu Rwanda. Uyu mugabo w’imyaka 69 yabajijwe kuri jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994 yahitanye abantu basaga 1,000,0000. Inzobere mu itsinda rishinzwe kurwanya iterabwoba n’ibyaha by’intambara ryakoranye n’Ishami rishinzwe kurwanya iterabwoba mu […]

P. Kagame ahagaze he ku ngingo yo guha abangavu ibinini byo kuboneza urubyaro ikomeje kurikoroza?

Perezida Paul Kagame ntari mu bashyigikiye ingingo y’uko abangavu b’imyaka 15 y’amavuko bajya bahabwa ibinini byo kuboneza urubyaro, nk’imwe mu ngamba zigamije gushyira iherezo ku kibazo cy’inda ziterwa abangavu gihangayikishije umuryango nyarwanda. Kuva mu cyumweru gishize impaka zongeye kuba zose mu banyarwanda by’umwihariko abakoresha imbuga nkoranyambaga, kubera kutumvikana kuri iriya ngingo. Uko gucikamo ibice kwazamuwe […]

Ishyaka CPC ryagaragarije RPF ko bifuza gushyira umubano w’u Rwanda n’u Bushinwa ku rundi rwego

939b554c973744379e1f1fc41ed4e0b6.jpg.png

Perezida wa Komite yo ku rwego rw’igihugu y’Inama Ngishwanama y’Abaturage b’u Bushinwa (CPPCC), Wang Huning, kuri uyu wa Kabiri, itariki 30 Mutarama, yakiriye intumwa ziyobowe na Wellars Gasamagera, Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango wa RPF inkotanyi. Wang, umwe mu bagize komisiyo ihoraho ya Biro ya Politiki y’Ishyaka rya Gikomunisiti ry’u Bushinwa (CPC), yavuze ko mu myaka yashize, […]

Dore amakosa 7 abagabo benshi bakora bakoresha agakingirizo

Abahanga basobanura ko gukoresha agakingirizo ari ingenzi mu gihe umuntu yirinda kwandura indwara zandurira mu bibonano mpuzabitsina n’inda zitateguwe, gusa hari ubwo kugakoresha nabi bishobora gutuma umumaro wako utagerwaho uko bikwiye. Ibyo bijyana no kuba hari abenshi mu bagabo batazi uko agakingirizo gakoreshwa, aho bihutira kukambara ubundi bakihutira kujya mu gikorwa, batitaye ku ngaruka zikomeye […]

U Rwanda ntirwatera u Burundi kuko ntirwabishobora: Minisitiri w’Ingabo z’u Burundi

Minisitiri w’Ingabo z’u Burundi, Alain-Tribert Mutabazi, yatangaje ko u Rwanda nta bushobozi rufite rwo kuba rwagaba igitero ku gihugu cye, ndetse ko ruramutse rubigerageje ingabo z’u Burundi “zaruvugutira nta ngorane”. Mutabazi yabitangarije mu kiganiro Minisiteri ayoboye iheruka kugirana n’itangazamakuru. Ni ikiganiro cyanitabiriwe n’abasirikare barimo ba Jenerali mu gisirikare cy’u Burundi. Iki kiganiro cyabaye mu gihe […]

Le Rwanda et Rio Tinto Minerals Development Limited signent un protocole d’accord

ti 2 20b01

Le gouvernement du Rwanda et Rio Tinto Minerals Development Limited ont signĂ© un protocole d’accord pour l’exploration et l’exploitation minière du lithium dans la province occidentale du Rwanda. Yamina Karitanyi, PDG du Rwanda Mines, Petroleum and Gas Board, a dĂ©clarĂ© : «  L’entrĂ©e de Rio Tinto marque la dĂ©termination du Rwanda à  libĂ©rer davantage le […]

U Rwanda rwazamutseho imyanya 5 ku Isi mu kurwanya ruswa

U Rwanda rwazamutseho imyanya 5 muri raporo igaragaza uko abaturage babona ruswa mu nzego zinyuranye, aho rwaje ku mwanya wa 49, mu gihe mu karere igihugu cyegereye u Rwanda ari Tanzania yaje ku mwanya wa 87. Raporo nshya y’Umuryango Mpuzamahanga Urwanya Ruswa n’Akarengane (Transparency International), igaragaza ko u Rwanda ruri ku mwanya wa 49 ku […]

Sosiyete y’umuherwe Elon Musk yashyize mudasobwa mu bwonko bw’umuntu bwa mbere

Umuherwe, Elon Musk, aravuga ko isosiyete ye ya Neuralink yinjije neza kamwe mu twuma twayo twa “wireless brain chips” mu bwonko bw’umuntu ku nshuro ya mbere. Yavuze ko ibisubizo bya mbere bitanga icyizere kandi uwatewemo aka kuma wagereranya na mudasobwa arimo kumererwa neza. Intego y’iyi sosiyete ni uguhuza ubwonko bw’abantu na mudasobwa kandi ivuga ko […]

Amafoto: Abacungagereza b’Abanyarwanda bambitswe imidari muri Sudani y’Epfo

gfdqddkwoaaxyk8.jpg

Kuri uyu wa Mbere, itariki 29 Mutarama 2024, muri Leta ya Malakal Upper Nile, Ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye muri Sudani y’Epfo bwambitse imidari abacungagereza 18 bo mu butumwa bwo kubungabunga amahoro. Bambitswe umudari wa “UN Service Medal of Honor” kubera ubwitange bwabo mu gutuma amategeko yubahirizwa, aho muri aba 18 bawambitswe batatu ari Abanyarwanda. Ibirori byayobowe […]

Rwanda and Rio Tinto Minerals signed an agreement of exploration and mining of lithium

Rwanda and Rio Tinto Minerals Development, a global leader in the exploration, mining, and processing of minerals, on Monday, January 29, signed an agreement of exploration and mining of lithium in Western Province. The development comes after President Paul Kagame and Jakob Stausholm, CEO of the mining giant Rio Tinto discussed partnerships and investment opportunities […]

M23 iremeza ko Ingabo za SADC zinjiye mu ntambara ku mugaragaro

Umutwe wa M23 wemeje uruhare rw’Ingabo za SADC, iruhande rwa FARDC, FDLR, Abacanshuro, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu bwicanyi bukorerwa abasivili mu bice bituwe cyane muri Karuba, Mushaki no mu nkengero zaho. Umuvugizi wa M23, Laurence Kanyuka, abinyujije kuri X yavuze ko izi ngabo zose zikoresha drone ya CH-4 ndetse n’imbunda zirasa amabombe muri ibyo […]

Papa Francis yatangaje impamvu guha imigisha abatinganyi muri Afurika bigoye

Papa Francis yavuze mu kiganiro cyasohotse kuri uyu wa Mbere ko yizeye ko abanenga icyemezo cye cyo kwemerera imigisha ababana bahuje igitsina amaherezo bazabyumva, usibye Abanyafurika “kuko ikibazo cyabo cyihariye”. Kwemerera imigisha abaryamana bahuje igitsina byatangajwe mu kwezi gushize mu nyandiko yiswe Fiducia Supplicans (Supplicating Trust), yateje impaka nyinshi muri Kiliziya Gatolika, by’umwihariko abasenyeri bo […]

Les Jeux de l’EAC prĂ©vus au Rwanda reportĂ©s

new project 77

Les Jeux de la CommunautĂ© d’Afrique de l’Est (EACoG) 2023, qui devaient avoir lieu au Rwanda du 1er au 10 fĂ©vrier, ont Ă©tĂ© reportĂ©s. Le Rwanda a obtenu le droit d’accueillir les Jeux, mais Clementine Mukeka, secrĂ©taire permanente du ministère des Affaires Ă©trangères, a informĂ© le secrĂ©taire gĂ©nĂ©ral de l’EAC, le Dr Peter Mathuki, que […]

Dr Habineza yahishuye ko yagiye yimwa ijambo mu Nama y’Umushyikirano kandi yatumiwe

Umuyobozi w’Ishyaka Democratic Green Party of Rwanda (DGPR), Dr Frank Habineza, aremeza ko bataranyurwa n’uburyo Inama y’Igihugu y’Umushyikirano itegurwa nko mu bijyanye n’uburyo ibitekerezo bitangwa ndetse n’umusaruro uvamo, akaba yanahishuye ko yagiye yimwa ijambo muri iyi nama kandi yatumiwe. Ibi Dr Frank Habineza yabitangaje mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru nyuma y’Inama y’Umushyikirano ku nshuro ya 19 […]

Nairobi: U Rwanda rwasimbuye Kenya ku buyobozi bw’ingabo z’akarere zihora ziteguye gutabara

csm_8_7b5b80a59e.jpg

Kuri uyu wa Gatandatu, itariki 27 Mutarama 2024, ba Minisitiri b’ingabo b’ibihugu bigize Ingabo z’akarere zihora ziteguye gutabara aho bibaye ngombwa EASF) bahuriye mu nama i Nairobi, muri Kenya yanabereyemo umuhango w’ihererekanyabubasha hagati ya Kenya n’u Rwanda rugiye kuyobora EASF. Ibihugu bigize uyu muryango byitabiriye inama harimo u Burundi, Djibouti, Ethiopia, Kenya, u Rwanda, Seychelles, […]

ICJ yategetse Israel gukumira jenoside muri Gaza ariko ntiyayisaba guhagarika intambara

Urukiko rukuru rwa Loni rwanzuye ko Israel igomba gufata ingamba zose zo gukumira ibikorwa bya jenoside muri Gaza, ariko ntirwayisabye guhagarika ibikorwa byayo bya gisirikare muri uyu mujyi. Abacamanza bo mu Rukiko Mpuzamahanga rw’Ubutabera (ICJ) batangaga imyanzuro y’agateganyo mu rubanza ku byaha bya jenoside ishinjwa Israel rwatangijwe na Afurika y’Epfo. Umwanzuro ku birego bya jenoside […]

Gasabo: Ishyaka rya Green Party ryatoye abazarihagararira mu matora y’abadepite

gewlfqjxiaainyz.jpg

Kuri uyu wa Gatanu, itariki 26 Mutarama 2024, Abayobozi bakuru n’abarwanashyaka ba Democratic Green Party of Rwanda (DGPR) bateraniye mu Karere ka Gasabo muri Congress yigiwemo ingingo zitandukanye zigomba kongerwa muri manifesto izakoreshwa mu matora ateganyijwe uyu mwaka. Ibitekerezo byatanzwe n’abarwanashyaka bizanozwa n’itsinda rishinzwe gutegura manifesto, kugirango bijye muri manifesto izemezwa burundu muri congress yo […]

Hagaragajwe ibisabwa ngo wemererwe gukoresha drones mu Rwanda

Precious Uwera ukorera Ikigo Gishinzwe Indege za Gisivili mu Rwanda, RCAA, yavuze ibintu by’ingenzi bisabwa umuntu ushaka gukoresha drones mu gihugu. Ati “Ntibigoye, ni ibintu bitatu bisabwa. Kwandikisha drones, kuba ufite icyemezo cyo kugurutsa drones, ni nka perimi. Icya gatatu ni uruhushya rwo gukorera ahantu runaka.” Mu kiganiro na RBA yavuze ko impamvu yabyo ari […]

Uganda: Colonel Muserebende yagizwe umuyobozi wa 1SFG mu mpinduka mu barinzi ba Museveni

Perezida Museveni wa Uganda yahinduye abayobozi batanu mu mutwe w’Ingabo zidasanzwe (SFC) zishinzwe kumurinda we ninzego z’ingenzi z’igihugu. Mu mpinduka zashyizwe ahagaragara mu itangazamakuru, kuri uyu wa Kane, itariki 25 Mutarama 2024 na Col. Deo Akiiki, umuvugizi wungirije wa UPDF, Col. Allan Matsiko wabaye umuyobozi w’ubutasi muri SFC yahawe inshingano zo kuyobora Brigade 303. Col […]

Général Mamadi Doumbouya yageze i Kigali

Perezida w’inzibacyuho wa GuinĂ©e-Conakry, LieutĂ©nant-GĂ©nĂ©ral Mamadi Doumbouya, yamaze kugera mu Rwanda aho yatangiye uruzinduko rw’akazi ruzamara iminsi itatu. Perezida Paul Kagame wamutumiye mu Rwanda ni we wagiye kumwakira ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali. Ni bwo bwa mbere uyu mutegetsi asuye u Rwanda kuva yagera ku butegetsi muri Nzeri 2021 ahigitse uwari Perezida wa GuinĂ©e, […]

Imiterere y’amapeti yo mu Gisirikare cya Uganda (UPDF)

screenshot_2024-01-25_165802.png

Amapeti ya gisirikare muri Uganda, kimwe n’ahandi, ni ibimenyetso bigaragaza urwego umusirikare agezeho. Uganda ni igihugu kidakora ku nyanja, kubw’ibyo nta gisirikare cyo mu mazi igira ariko ifite icyo ku butaka no mu kirere. Kubera ko Uganda yahoze ikolononijwe n’Abongereza, isangiye imiterere y’amapeti n’Igisirikare cy’u Bwongereza cyangwa ibindi bihugu bwakolonije. Dore imiterere y’amapeti y’Igisirikare cya […]

Valens Nkurunziza wabaye visi perezida w’urukiko rw’ubucuruzi yagizwe Umugenzuzi Mukuru w’Inkiko

screenshot_2024-01-25_120109.jpg

Inama Nkuru y’Ubucamanza kuri uyu wa Gatatu, yagize Valens Nkurunziza Umugenzuzi Mukuru w’Inkiko mu Rwanda, aho yasimbuye kuri uwo mwanya AngĂ©line Rutazana wabaye umucamanza mu Rukiko rw’Ubujurire. Inama idasanzwe y’Inama Nkuru y’Ubucamanza yo kuri uyu wa 24 Mutarama 2024, yari iyobowe na Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga akaba na Perezida w’Inama Nkuru y’Ubucamanza, Dr Faustin Nteziryayo, ni […]

Byinshi ku cyaha cy’icuruzwa ry’abantu n’uburyo bwo kukirinda

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge n’ibindi byaha (UNODC) rivuga ko icuruzwa ry’abantu rifatwa nk’uburyo bugezweho bw’ubucakara ndetse no gushakira inyungu ku bandi. Ubushakashatsi bw’Umuryango Mpuzamahanga w’umurimo (ILO) bwo muri 2017, bwagaragaje ko iki cyaha cyagize ingaruka mu buryo butandukanye ku bagore, abagabo n’abana bangana na miliyoni 24.9 ku isi hose. Itegeko nimero 51/2018 ryo […]

Nyamasheke: Umunyeshuri yiciwe mu mpanuka bagenzi be barakomereka

Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 24 Mutarama, ahagana saa moya n’igice z’igitondo abanyeshuri 4 b’abakobwa bajyaga ku ishuri muri GS Muramba mu Murenge wa Macuba, Akarere ka Nyamasheke, bagonzwe n’imodoka yo mu bwoko bwa Pick up yari ifite pulake RAA 179 D, itwawe na Gashugi Elischam, umwe ahita yitaba Imana, 3 barakomereka. Bose uko […]