Igisubizo cya Uwilingiyimana kuri Ngeze Hassan wamubwiye ko ashoje intambara

Uwilingiyimana wari Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda ku butegetsi bwa Juvénal Habyarimana yagiranye ikiganiro n’abanyamakuru tariki ya 31 Ukuboza 1993 ubwo haburaga amasaha make ngo hajyeho guverinoma y’inzibacyuho yari yemejwe mu masezerano Leta yariho yaragiranye n’ishyaka FPR Inkotanyi. Uwilingiyimana yavuze ko aya masezerano yasinyiwe i Arusha tariki ya 4 Kanama 1993 mu ngingo yayo ya 72, […]

U Rwanda mu bihugu bititabiriye itora ry’umwanzuro uhagarika u Burusiya muri UNHRC

U Rwanda ruri mu bihugu kuri uyu wa Kane bititabiriye itora ry’umwanzuro uhagarika u Burusiya mu kanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe uburenganzira bwa muntu (UNHRC). Kuri uyu wa Kane ni bwo u Burusiya bwahagaritswe muri UNHRC buzira gutangiza intambara muri Ukraine. Umwanzuro uhagarika iki gihugu muri kariya kanama watorewe mu nteko rusange ya Loni yateraniye i […]

Boris Johnson yemeye ubutumire bwa Perezida Kagame i Kigali

Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Boris Johnson, yemeje ko azitabira inama ya CHOGM ihuza abakuru b’ibihugu na za Guverinoma z’ibihugu byibumbiye mu muryango w’ibikoresha ururimi rw’Icyongereza iteganyijwe kubera i Kigali mu mezi abiri ari imbere. Boris Johnson yemeje ko azaza i Kigali nyuma yo gutumirwa na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame. Inama y’ibihugu na za Guverinoma […]

Gen. Kainerugaba yahamije ko nta musirikare wa RDF wifatanyije na M23 hafi ya Bunagana

muhoozi_rdf.jpg

Umugaba w’ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, yahamije ko nta musirikare n’umwe wa RDF wigeze yifatanya n’abarwanyi b’umutwe wa M23 hafi y’umujyi wa Bunagana kari muri Teritwari ya Rutshuru, Intara ya Kivu y’Amajyaruguru muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC). Tariki ya 29 Werurwe 2022 ni bwo hamenyekanye inkuru y’uko abarwanyi […]

M23 yasobanuye abo FARDC yerekanye ibita abasirikare ba RDF yafashe abo ari bo

Umutwe wa M23 wamaganye FARDC yashinje Ingabo z’u Rwanda gufatanya n’abarwanyi bawo kugaba igitero ku ngabo zayo, usobanura ko abo yerekanye ivuga ko ari abasirikare ba RDF yafashe ari abanye-Congo. Ku mugoroba wo ku wa Mbere tariki ya 28 Werurwe Igisirikare cya Congo (FARDC) binyuze mu muvugizi wayo wungirije Général de Brigade Sylvain Ekenge Bomusa […]

Kigali: Uwatumiye Rose Muhando yamwishyuriye sheki ya baringa kuri hoteli yacumbitsemo

img-20220324-wa0063.jpg

Umuyobozi w’irushanwa rya Rwanda Gospel Stars Live watumiye umuhanzi w’indirimbo z’iyobokamana Rose Muhando ukomoka muri Tanzania mu gitaramo Praise & Worship Live Concert, Nzizera Aimable, yamwishyuriye sheki itazigamiye kuri Classic Hotel/ishami rya Kigali yamaze iminsi acumbitsemo hamwe n’ababinnyi babiri bamuherekeje. Ubuyobozi bw’iyi hoteli buvuga ko Rose Muhando n’ababyinnyi be bageze ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya […]

U Rwanda rwababajwe n’uko ibihugu binyuranya ku ntambara ibera muri Ukraine

image3000x3000.jpg

Guverinoma y’u Rwanda yongeye kwifatanya n’ibindi bihugu 139 mu kwamagana intambara u Burusiya bumaze ukwezi butangije muri Ukraine, kuri iyi nshuro bisaba ko abaturage iri kugiraho ingaruka bagezwaho imfashanyo. Mu itora ryateguwe n’Inteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye kuri uyu wa 24 Werurwe 2022, ibihugu 140 byemeje ko aba bantu bagezwaho imfashanyo, 5 birimo u Burusiya birabyanga, […]

SP Uwayezu uyobora Gereza ya Nyarugenge yarezwe mu rukiko azira umunyemari Mudenge

img-20220320-wa0026.jpg

Umunyemari Mudenge Emmanuel n’abanyamategeko, be bareze mu Rukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge Umuyobozi wa Gereza ya Nyarugenge, SP Uwayezu Augustin, bamushinja kuba Mudenge afunzwe mu buryo bunyuranije n’amategeko. Mudenge Emmanuel amaze iminsi 16 muri Gereza ya Nyarugenge nyuma yo kumukatira by’agatetanyo iminsi 30. Kuwa 04 werurwe 2022 Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwafashe icyemezo cy’uko nta mpamvu […]

Amerika yafatiye ibihano umushoramari Alain Goetz ufitanye amahari n’u Rwanda

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko zafatiye ibihano Alain Goetz, umushoramari w’Umubiligi kubera ubucuruzi bwa magendu ya zahabu yo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Perezidansi ya Amerika ishinja Goetz na Sosiyete ye yitwa African Gold Refinery (AGR) gukura zahabu muri muri RDC bakayinyuza mu Rwanda no muri Uganda, hanyuma amafaranga ayivuyemo agahabwa imitwe […]

Perezida Kagame yagabiye inka Gen Muhoozi Kainerugaba (Amafoto)

img_20220315_202144.jpg

Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Kabiri yakiriye mu rwuri rwe umuhungu wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, amugabira inka. Gen Muhoozi usanzwe ari n’Umugaba w’Ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, ari hano mu Rwanda kuva ejo ku wa Mbere tariki ya 14 Werurwe, mu ruzinduko rw’iminsi itatu. Intego nyamukuru yamuzanye hano […]

Perezida Kagame yongeye guhura na Gen Muhoozi, umuhungu wa Museveni

Perezida Paul Kagame yahuye n’Umugaba w’Ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba wongeye kugirira uruzinduko hano mu Rwanda; bagirana ibiganiro. Kuri uyu wa Mbere tariki ya 14 Werurwe ni bwo Gen Muhoozi usanzwe ari umuhungu wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni yageze i Kigali, yakirwa n’abarimo Brig Gen Willy Rwagasana ukuriye umutwe w’Ingabo […]

Muri gare ya Rusizi abagore bavuga ko barambiwe guhurira mu bwiherero bumwe n’abagabo

Abaturage bibaza impamvu gare ibamo imodoka zingana gutya n'abagenzi b'urujya n'uruza ihuriza abagabo n'abagore mu bwiherero bumwe.

Imyaka irenze 5 muri gare ya Rusizi abagore n’abagabo bahurira mu bwiherero bumwe bw’abagabo kuko ubw’abagore bufunze kuva icyo gihe cyose, iyo urungurutse mu cyumba cy’ubwiherero bwari bwise ubw’abagore, urebeye hanze, usanga bararunzemo ibikoresho binyuranye, inyuma ibirahure by’urugi rwaho byaramenaguritse, iruhande rwarwo harambitse ibyuma, bamwe mu bagore bakagaragaza impungenge ko bashobora kuhahurira n’ingorane bagasaba ubuyobozi […]

Rwanda: Umuhinde arasaba kurenganurwa nyuma yaho umuhesha w’inkiko afatiriye ibintu bye

capture-19.jpg

Umuhinde Manish Kumar ukorera mu Rwanda ufite sosiyete y’ubucuruzi yitwa UNITED SPIRITS Ltd ibarizwa mu Mudugudu wa Gishushu, Akagari ka Nyarutarama, Umurenge wa Remera, Akarere ka Gasabo, Umujyi wa Kigali, aratabaza Leta avuga ko yarenganijwe mu rubanza mu rukiko rw’ubucuruzi nyuma y’aho ibicuruzwa bye bigizwe n’inzoga zo mu bwoko bwa liqueur bifatiriwe inshuro zirenze ebyiri […]

Gen Muhoozi Kainerugaba yahishuye aho ADF ikura ubufasha

Umugaba w’Ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, yashyize mu majwi ubutumwa bwa MONUSCO avuga ko hari bamwe mu baburimo bakorana n’umutwe wa ADF. Gen Muhoozi yabitangaje mu cyumweru gishize mu kiganiro cyihariye yagiranye n’umunyamakuru Arnaitwe Rugyendo. Ni ikiganiro cyabaye nyuma y’iminsi 100 Ingabo za Uganda n’iza Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo […]

Gen Muhoozi yemeje ko RDF ishobora guhuza imbaraga na UPDF bagahashya FDLR na ADF

Umugaba w’Ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko Ingabo z’u Rwanda (RDF) n’iza Uganda (UPDF) zishobora guhuza imbaraga n’iza RDC, bagahashya imitwe yitwaje intwaro irimo FDLR na ADF. Gen Muhoozi yemeje aya makuru ku kiganiro cyihariye aheruka kugirana n’umunyamakuru witwa Arinaitwe Rugyendo. Iki kiganiro cyabaye muri iki cyumweru cyibanze ku […]

Gisimba wahawe ishimwe na Perezida Kagame yamaganye murumuna we wamwise umusinzi

damas.jpg

Mutezintare Gisimba Damas wahawe ishimwe na Perezida Paul Kagame kubera ko yarokoye abantu babarirwa muri 400 mu gihe cya jenoside yakorerwaga Abatutsi, yamaganye murumuna we Gisimba Jean-François uba ku mugabane w’Uburayi wamwise umusinzi. Dasmas yamenyekanye cyane ku kigo cyareraga imfubyi mbere na nyuma ya jenoside yakorewe Abatutsi cyitwa ‘Gisimba Memorial Center’ cyubatswe i Nyamirambo mu […]

Arsenal yateye utwatsi icyifuzo yahawe cyo gutabariza Rusesabagina

Ikipe ya Arsenal yo mu Bwongereza yateye utwatsi icyifuzo cy’umuryango wa Paul Rusesabagina cyo kumutabariza ngo arekurwe na Leta y’u Rwanda. Rusesabagina wamenyekanye muri filime ‘Hotel Rwanda’ kuri ubu afungiye mu Rwanda, nyuma yo gukatirwa imyaka 25 y’igifungo kubera ibyaha by’iterabwoba yahamijwe n’Urugereko rushinzwe kuburanisha ibyaha by’iterabwoba n’ibyambukiranya imbibi. Ni ibyaha byakozwe mu izina ry’umutwe […]

Zabyaye amahari hagati ya Apôtre Dr Paul Gitwaza n’abo bashinganye Zion Temple

Apôtre Dr Paul Gitwaza wari Umuvugizi Mukuru w’Umuryango ‘Auntenthic Word Ministries/Zion Temple Celebration Center’, yegujwe kuri ziriya nshingano n’abo bafatanyije kuwushinga bamushinja imiyoborere mibi no gushaka kuwugira uwe. Ni ibikubiye mu ibaruwa abafatanyije na Apôtle Gitwaza gushinga Zion Temple bamwandikiye ku wa 14 Gashyantare 2022. Iyi baruwa BWIZA ifitiye Kopi yashyizweho umukono n’abarimo Bishop Claude […]

RIB yemeje ko umusizi Bahati yahungiye muri Uganda

Umuvugizi w’urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha (RIB), Dr Murangira Thierry yemeje ko umusizi Bahati Innocent umaze umwaka aburiwe irengero, yahungiye muri Uganda. Dr Murangira yasobanuriye Taarifa ko ubwo yamenyeshwaga ko Bahati yabuze tariki ya 9 Gashyantare 2021, yatangiye gukora iperereza, ishakisha muri kasho zayo zose, iramubura. Ngo yabajije n’abo mu muryango we hamwe n’abo basangiye muri hoteli […]

Perezida Kagame yaciye amarenga ko RDF igiye guhiga FDLR muri RDC

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yaciye amarenga y’uko bishobora kuzarangira ingabo z’u Rwanda zigiye guhiga abarwanyi ba FDLR bamaze imyaka 27 bafite ibirindiro mu mashyamba ya Congo. Umukuru w’Igihugu yabikomojeho kuri uyu wa Kabiri, ubwo yari amaze kwakira indahiro ya Dr Nsabimana Ernest uheruka kugirwa Minisitiri w’Ibikorwa Remezo na Eng. Uwase Patricie uheruka kugirwa Umunyamabanga […]

Ifoto y’umunsi: Col Burabyo wa RDF yatereye isaluti Perezida Museveni

Col James Burabyo ukuriye ibikorwa bya gisirikare muri Ambasade y’u Rwanda i Kampala, yagaragaye aterera isaluti Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda. Col Burabyo ni umwe mu bashyitsi bari bitabiriye ibirori by’umunsi mukuru wa ‘Tarehe Sita’ byabaga ku ncuro ya 41, hizihizwa umunsi Perezida Museveni yatangirije urugamba rwo kubohora Uganda rwashyize iherezo ku butegetsi bw’umunyagitugu […]

Gen Muhoozi Kainerugaba yongeye kuburira ibyihebe bya ADF

Umugaba w’Ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, yongeye kuburira abarwanyi bo mu mutwe wa ADF abasaba kwishyikiriza UPDF na FARDC ndetse bahagarika ibitero ku basivile, bitihi se bagakomeza kwishyura ikiguzi gikomeye. Gen Muhoozi yongeye kuburira abarwanyi b’uriya mutwe mu butumwa yanyujije kuri Twitter ye. Ati: “Dukomeje gusaba ibyihebe byose guhita bihagarika […]

ADF ni ikibazo gikomeye kitareba Uganda gusa_Perezida Kagame

Perezida Paul Kagame yagaragaje ko umutwe w’iterabwoba wa ADF atari ikibazo kireba igihugu cya Uganda gusa, avuga ko hakenewe ubufatanye bw’akarere mu kugikemura. Yabigarutseho mu kiganiro cyihariye yagiranye n’ikinyamakuru Jeune Afrique ku wa 20 Mutarama, cyabaye hifashishijwe ikoranabuhanga. Kuri ubu Ingabo za Uganda zifatanyije n’iza Congo Kinshasa ziri mu bikorwa bya gisirikare byo bigamije kurandura […]

Museveni yakoze izindi mpinduka mu gisirikare zasize hari uwari Private yagize Major

Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda usanzwe ari n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’iki gihugu, yakoze impinduka zitandukanye mu gisirikare cye zasize hari umusirikare wari ku rwego rwa Private yahaye ipeti rya Major. Mu mpinduka zabaye ku munsi w’ejo harimo kuba Maj Gen Abel Kandiho wari ukuriye Urwego rushinzwe ubutasi bwa gisirikare CMI yarambuwe Izi nshingano, zigahabwa […]

Gen Abel Kandiho wakunze kwikomwa n’u Rwanda yambuwe inshingano zo kuyobora CMI

Perezida wa Uganda akanaba Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’iki gihugu, Yoweri Kaguta Museveni, yambuye Maj Gen Abel Kandiho inshingano zo kuyobora Urwego rwa kiriya gihugu rushinzwe ubutasi bwa gisirikare (CMI). Maj Gen Kandiho yoherejwe mu butumwa bwihariye muri Sudani y’Epfo, asimburwa na Maj Gen James Birungi wari umaze umwaka urenga akurikirana ibikorwa byo kugenzura no gusubiza […]

Umusirikare wo mu barinda Museveni wari ufungiye mu Rwanda yarekuwe ku itegeko rya Perezida Kagame

Umusirikare wo mu mutwe udasanzwe ushinzwe kurinda Perezida Yoweri Museveni wa Uganda (SFC) wari ufungiye mu Rwanda, yarekuwe kuri uyu wa Gatandatu nyuma y’ubusabe Lt Gen Muhoozi Kainerugaba yagejeje kuri Perezida Paul Kagame. Gen Muhoozi usanzwe ari umuhungu wa Perezida Museveni ndetse akanaba Umugaba w’Ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, yari yagiriye uruzinduko rw’imunsi umwe […]

Perezida Filipe Nyusi yongeye gusura Ingabo z’u Rwanda i Cabo Delgado (Amafoto)

img_20220122_083712.jpg

Perezida wa Mozambique, Filipe Jacinto Nyusi, ejo ku wa Gatanu yongeye gusura Ingabo z’u Rwanda n’abapolisi barwo bari mu bikorwa byo guhashya ibyihebe mu turere twa Palma na Afungi ho mu ntara ya Cabo Delgado. Perezida Nyusi ubwo yasuraga izi ngabo yakiriwe n’abayobozi batandukanye muri Guverinoma ya Mozambique, barimo Guverineri w’Intara ya Cabo Delgado, Valige […]

Rubavu: Arashinja umugabo we gushaka kumusuka urusenda mu gitsina no gushaka kumwica

vlcsnap-2022-01-18-13h22m16s148.jpg

Uwitwa Bibutsuhoze Christine ubarizwa mu Mudugudu wa Muhira, Akagari ka Kanyefurwe, Umurenge wa Nyakiriba, arashinja umugabo bashakanye witwa Nizeyimana Alphonse gushaka kumusuka urusenda mu gitsina ndetse n’imigambi yo gushaka kumwivugana mu gihe umugabo we abihakana akita umugore we umurwayi wo mu mutwe. Uyu mugore avuga ko yabanye n’umugabo we guhera muri 2007, ubwo babanaga mu […]

L’enrôlement militaire des enfants par le polisario est un “crime de guerre”

L’ONG française “Alliance Internationale pour la Défense des Droits et des Libertés” (AIDL) a publié, le 04.01.2021, une déclaration condamnant le recrutement des enfants-soldats par le front polisario. L’ONG en question a réitéré sa condamnation totale du recrutement et de l’exploitation des enfants dans des zones de conflit et de guerre, en qualifiant cet acte […]

U Rwanda na Uganda byaba byasubukuye ibiganiro ku mubano wabyo

Leta ya Uganda n’iy’u Rwanda zasubukuye ibiganiro byo ku rwego rwo hejuru bigamije gusubiza mu buryo umubano w’ibihugu byombi umaze igihe warangiritse. Muri 2017 ni bwo ibihugu byombi byashwanye kubera ibirego kimwe cyagiye gushyira ku kindi. U Rwanda rushinja Uganda gufasha imitwe yitwaje intwaro igamije kuruhungabanyiriza umutekano, irangangajwe imbere n’uwa RNC wa Gen Kayumba Nyamwasa. […]

Rusizi: Bamwe mu batuye mu mujyi bababajwe no kwinjira muri 2022 bakivoma ibiziba byo mu bishanga

Bamwe bayavoma abandi bayameseramo,hakaba n'abazana ingurube kuzogerezamo, abayavoma bakayakoresha nko kubura ukundi bagira.

Abaturage b’imidugudu ya Kanombe,Kamabuye na Karitasi mu kagari ka Burunga mu murenge wa Gihundwe mu karere ka Rusizi baravuga ko bababajwe cyane no kwinjira muri 2022 bakivoma amazi mabi y’ibishanga, bamwe bagatinya kohoreza abana babo kuvoma ku isoko y’ahitwa mu kankoko muri uyu murenge nyuma y’uko mu myaka ishize hari umwana wishwe avuye kuvomayo n’abandi […]

Akarasisi k’abakomando ba TPDF mu byaranze isabukuru y’imyaka 58 y’impinduramatwara ya Zanzibar (Amafoto)

img_20220112_135005.jpg

Kuri uyu wa Gatatu ibirwa bya Zanzibar byizihije isabukuru y’imyaka 58 ishize habaye impinduramatwara yasize uwari Sultan wa Zanzibar na Guverinoma ye yari yiganjemo Abarabu bahiritswe bagasimburwa n’Abanyafurika. Ku itariki ya 12 Mutarama mu 1962 ni bwo iyi mpinduramatwara yabaye. Ibirori byo kwizihiza iriya sabukuru byari biyobowe na Perezida wa Zanzibar Hussein Ali Mwinyi wari […]

Amafoto: RIB yagaragaje ikibazo kiri kuri ‘Equivalence’ ya Dr Igabe

equivalen.jpg

Urwego rw’igihugu rushinzwe ubugenzacyaha, RIB, rwagaragaje ikibazo kiri ku cyemezo gihwanishwa n’impamyabumenyi yatangiwe mu mahanga (Equivalence) cya Dr Igabe Egide uri mu maboko yayo, akekwaho kugihimba. Dr Igabe ni uwo RIB yatangaje ko yataye muri yombi tariki ya 7 Mutarama 2022 imukekaho gukoresha impamyabumenyi mpimbano ya PhD bigaragara ko yakuye muri Atlantic International University. Iyi […]

Murumuna wa Gen Patrick Nyamvumba yasabye imbabazi Perezida Kagame

Robert Nyamvumba usanzwe ari umuvandimwe wa Gen Patrick Nyamvumba, yemeye ko yijanditse muri ruswa bituma asaba imbabazi Perezida wa Repububulika, Paul Kagame. Muri Nzeri 2020 ni bwo Robert Nyamvumba wahoze ari Umukozi ushinzwe Ishami ry’Ingufu muri Minisiteri y’Ibikorwa Remezo, yakatiwe gufungwa imyaka itandatu ndetse ategekwa no gutanga ihazabu ya miliyari 21.6 n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge […]

Ruhango: Imodoka ya Gitifu yatwitswe

img-20220104-wa0084_1.jpg

Kuri uyu wa 4 Mutarama 2022, mu mujyi wa Ruhango, imodoka y’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Ruhango, Nemeyimana Jean Bosco yatwitswe, abaturage bari hafi aho bagoboka itarangirika. Uwamenyesheje Bwiza iby’aya makuru, yavuze ko byabereye hafi ya B.K mu masaa kumi y’umugoroba, bikorwa n’umuntu wari kuri moto. Ngo uyu yaje arambika ingofero (casque) hafi y’iyi modoka, ayisukaho […]

Perezida Ndayishimiye yasabiye umugisha u Rwanda n’abayobozi barwo

Perezida wa Repubulika y’u Burundi, Evariste Ndayishimiye ku wa 31 Ukuboza 2021 yasabiye umugisha u Rwanda n’abayobozi barwo. Ni mu gihe yasengaga, asoza amasengesho y’amashimwe mu Burundi, yateguwe n’umuryango we. Uyu Mukuru w’Igihugu yasengeye u Burundi kugira ngo bugaragare neza imbere y’amahanga, anasengera ibihugu by’abaturage birimo u Rwanda. Yagize ati: “Dusabiye umugisha igihugu cy’u Rwanda […]

Perezida Nyusi yasuye RDF na SAMIM muri Cabo Delgado

nyus.jpg

Perezida wa Repubulika ya Mozambique, Filipe Nyusi wari uherekejwe na Minisitiri w’Ingabo z’iki gihugu, Cristovao Chume, basuye ingabo z’u Rwanda (RDF) n’iz’akarere ka Afurika y’Epfo (SAMIM) ziri mu butumwa bw’amahoro mu ntara ya Cabo Delgado. Mu Karere ka Mueda, Perezida Nyusi yahahuriye na Komanda w’ingabo za Mozambique ziri muri Cabo Delgado, n’abahagarariye RDF na SAMIM, […]

Burundi: Col. Musaba ntakiri umuyobozi w’urwego rw’ubutasi

nsaguye.jpg

Perezida wa Repubulika y’u Burundi akaba n’umugaba w’ikirenga w’ingabo z’iki gihugu, Evariste Ndayishimiye yahinduye umuyobozi mukuru w’urwego rw’igisirikare rushinzwe iperereza. Nk’uko bigaragara mu itangazo ryashyizweho umukono n’Umukuru w’Igihugu, Minisitiri w’Intebe Alain-Guillaume Bunyoni na Minisitiri w’Ingabo, Alain Tribert Mutabazi tariki ya 22 Ukuboza 2021, iyi nshingano yari isanganwe Col. Ernest Musaba yahawe Brig. Gen. Silas Pacifique […]

Avuga ko yasize ababyeyi muri Zambia ubwo yamenyaga ko bagize uruhare muri jenoside

Habumugisha Muragijimana Innocent wakuriye muri Zambia mu gihe yari impunzi, yavuze ko yasize ababyeyi be mu buhungiro muri iki gihugu ubwo yamenyaga ko ari abanyabyaha bagize uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Yabitanzeho ubuhamya ku wa 17 Ukuboza 2021 ubwo umuryango w’abahoze ari abanyeshuri barokotse jenoside yakorewe Abatutsi, GAERG, wizihizaga isabukuru y’imyaka 73 ishize […]

Nta mpamvu n’imwe iriho yatuma Polisi y’u Rwanda iba iri muri Congo_Amb. Karega

Ambasaderi w’u Rwanda muri Congo Kinshasa, Vincent Karega, yahakanye amakuru avuga ko u Rwanda rwaba rwaramaze kohereza abapolisi barwo mu mujyi wa Goma, avuga ko nta mpamvu n’imwe iriho yatuma baba bariyo. Inkuru z’uko u Rwanda rwaba rwitegura kohereza abapolisi i Goma cyangwa rwaba rwaramaze kuboherezayo zatangiye gucicikana mu cyumweru gishize, ahanini zizamuwe n’abatavuga rumwe […]

Nta mupolisi n’umwe w’u Rwanda uri ku butaka bwa Congo_Gen Dieudonné Bahigwa

Umuyobozi wa Polisi ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Gen Dieudonné Amuli Bahigwa, yanyomoje amakuru y’uko hari abapolisi u Rwanda rwaba rwamaze kohereza i Goma, avuga ko nta mupolisi n’umwe warwo uri ku butaka bwa kiriya gihugu. Yabigarutseho kuri uyu wa Gatandatu mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru. Ni nyuma y’ibihuha byari bimaze igihe gito bikwirakwizwa na […]

Martin Fayulu yamaganye abapolisi b’u Rwanda i Goma

Umunyapolitiki Martin Fayulu utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Congo Kinshasa, yitambitse icyemezo cyo kohereza abapolisi b’u Rwanda mu mujyi wa Goma asaba abanye-Congo kucyamagana. Fayulu watsinzwe na Perezida Tshisekedi mu matora yo muri 2018, yahuje kuba abapolisi b’u Rwanda bajya gucunga umutekano i Goma no kuba ingabo za Uganda ziri kurwanya inyeshyamba za ADF muri Kivu […]

Rubavu: Arashinja abacamanza kumuriganya inzu yubatse mu kibanza yahawe na Leta

photocollage_1639503994827.jpg

Umuturage witwa Kanyabutembo Virginie, arashinja abacamanza gufatanya n’uwahoze ari umugabo we kumuriganya inzu iri mu karere ka Rubavu yiyubakiye mu kibanza yahawe na Leta y’u Rwanda nk’imfashanyo. Inzu uyu muturage avuga iherereye mu kagari ka Mbugangari ho mu murenge wa Gisenyi w’akarere ka Rubavu. Kanyabutembo w’imyaka 60 y’amavuko umaze imyaka 16 akora akazi gaciriritse muri […]

Guverinoma yashyizeho igiciro ntarengwa cya gazi

Guverinoma y’u Rwanda imaze gutangaza ko guhera tariki ya 15 Ukuboza 2021 kugeza ku ya 15 Mutarama 2022, igiciro ntarengwa cya gazi mu gihugu hose kizajya kigurwa amafaranga y’u Rwanda (Frw) 1260 ku kilo. Ni nyuma y’isezerano Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente aherutse guha abaturarwanda ubwo yagezaga ku bagize Inteko Rusange ibikorwa bya guverinoma, ubwo […]

Urubanza rwa Jenoside I Paris: ‘Alibi’ ya Muhayimana iragenda iteshwa agaciro

‘Alibi’ ni ijambo rikomoka mu kilatini rivuga ‘ahandi hantu’. Mu bucamanza bivuga ibimenyetso n’amagambo y’umuntu ukekwaho icyaha ariko we akagaragaza ko cyabahe ari ‘ahandi hantu’. Mu rubanza rwa Muhayimana avuga ko yamaze ibyumweru bibiri mu Ruhengeri akagera ku Kibuye ubwicanyi akekwaho bwarabaye. Abatangabuhamya barimo n’umugore we bamaze kubihakana. Alibi ya Muhayimana igaragazwa na Ordre de […]

Amafoto: Imyiyerekano y’abakomando ba Tanzania n’intwaro za rutura ku munsi w’Ubwigenge

tz-3.jpg

Abakomando ba Repubulika Yunze Ubumwe ya Tanzania, bigaragaje mu buryo bwihariye kuri uyu wa 9 Ukuboza 2021, mu gihe iki gihugu cyizihiza umwaka wa 60 kimaze kibonye ubwigenge. Umuhango ku rwego rw’igihugu wabereye i Dar es Salaam kuri sitade ya Uwanja wa Uhuru, witabirwa n’abashyitsi bakuru barimo Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, uwa Mozambique n’uwa […]

Dr Sabin Nsanzimana wa RBC ari gukorwaho iperereza na RIB

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwemeje ko ruri gukora iperereza kuri Dr Sabin Nsanzimana wari Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ubuzima (RBC) kubera ibyaha akekwaho. Ni nyuma y’uko ku wa Kabiri tariki ya 07 Ukuboza Dr Nsanzimana yahagaritswe by’agateganyo na Minisitiri w’Intebe Edouard Ngirente ariko mu izina rya Perezida Paul Kagame “kubera ibyo agomba kubazwa akurikiranweho.” […]

Rusizi: Meya Dr Kibiriga yanenze ibyakozwe na nyobozi icyuye igihe byo guhindura abakozi mu tugari

Umunyamabanga nshingwabikorwa w'aka karere Mutesi Priscah,avuga ko ibyo byemezo Meya avuga ko atahawe babimuhaye,abifite,kandi ko nta kizabibuza gushyirwa mu bikorwa.

Ikibazo cyasakuje cyane muri aka karere mu baturage n’abayobozi mu mpera z’Ukwakira uyu mwaka, ni icy’icyemezo cyasizwe na komite nyobozi yari icyuye igihe,ikora icyo guhindura abakozi mu tugari mu buryo benshi bise agahomamunwa, cyagombaga gushyirwa mu bikorwa ku ya 1 Ukuboza, itariki yarageze abo cyarebaga bategereza amabaruwa baraheba, Meya mushya Dr Kibiriga Anicet yabwiye Bwiza.com […]

Minisitiri w’Intebe yavuze ko ikibazo cy’igiciro cya gazi kizakemuka mu minsi 10

pm_ngirente.jpg

Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr Edouard Ngirente yatangaje ko mu gihe kitarenze iminsi 10 ikibazo cy’igiciro cya gazi gihanitse kizaba cyakemutse. Yabitangarije abagize Inteko Rusange (umutwe wa sena n’uw’abadepite) kuri uyu wa 3 Ukuboza 2021, ubwo yabagezagaho ibikorwa bijyanye na gahunda yo gukingira icyorezo cya Covid-19 n’izahuka ry’ubukungu. Mu mwanya w’ibibazo, umudepite uhagarariye ishyaka ritavuga […]

Dr Sezibera yavuze ko serivisi za MTN zitajyanye n’icyerekezo cy’u Rwanda

Dr Richard Sezibera wabaye Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga yiyunze n’abandi bamaze igihe banenga serivisi za MTN Rwandacell, by’umwihariko kuri interineti igenda gake cyangwa ntikore no mu guhamagarana. Bigaragarira mu butumwa yanyujije ku rukuta rwe rwa Twitter kuri uyu wa 26 Ugushyingo 2021, aho yagize ati: “U Rwanda twifuza na MTN Rwanda ntaho bihuriye pe! Serivisi mbi […]

Kinshasa: Perezida Kagame yakiriwe na mugenzi we Félix Tshisekedi (Amafoto)

img_20211125_151829.jpg

Perezida Paul Kagame uri i Kinshasa muri Repububulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yakiriwe na mugenzi we Félix Tshisekedi mbere yo kwitabira inama yiga ku myitwarire ikwiriye abagabo idahohotera abagore n’abakobwa. Ni inama yateguwe n’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe bigendanye n’amahame yawo yo kurwanya ihohotera rikorerwa abagore. Insanganyamatsiko y’iyi nama igomba kuyoborwa na Tshisekedi unayoboye umuryango […]

Bose bamenyekanye: Abatorewe kuyobora uturere tw’igihugu

Kuri uyu wa 19 Ugushyingo 2021, mu turere 27 tugize intara y’Amajyaruguru, Amajyepfo, Iburasirazuba n’Uburengerazuba habaye amatora ya biro y’Inama Njyanama na Komite Nyobozi y’Uturere; igizwe n’Umuyobozi w’Akarere uzwi nka Meya, umwungirije ushinzwe ubukungu n’ushinzwe imibereho myiza y’abaturage (ba Visi Meya). Hano hari abayobozi batorewe kuyobora utu turere twose: Mu Burasirazuba Mu Karere ka Bugesera […]