![APR FC yirukanye Masabo wari Umunyamabanga Mukuru wayo](local/cache-vignettes/L1000xH711/umunyamabanga_wa_apr_fc_masabo_michel_yari_afite_agahinda-f1ff2-75381.jpg)
Ikipe ya APR FC yamaze gusezerera Masabo Michel wari umaze imyaka irenga itatu ari Umunyamabanga Mukuru wayo.
Masabo yari SG wa APR FC kuva ku wa 8 Mutarama 2021, nyuma yo guhabwa izo nshingano azisimbuyeho Lt Col (Rtd) Sekaramba Sylvestre.
Kugeza ubu haracyategerejwe kumenya ugomba kumusimbura kuri ziriya nshingano kuko kugeza ubu ataratangazwa.
Isangize abandi
Tanga igitekerezo