• english English
  • english Francais
  • english Swahili
  • Ahabanza
  • Amakuru
    Ubutegetsi bwa Tshisekedi burashaka gushora RDC mu mvururu: Lamuka
    Mackenzie ushinjwa urupfu rw’abarenga 240 n’agirwa umwere ngo azakomeza afungwe
    Umusirikare w’u Burundi yapfuye atera akabariro
    Intasi za RDC zasatse urugo rwa Moïse Katumbi
    Burera: Barishyuza rwiyemezamirimo Frw miliyoni 4
  • Ibitekerezo
    IBITEKEREZO Soma izindi
    Yaba ari amahitamo meza u Rwanda rushakiye urubyiruko imirimo mu mahanga?
    Ese koko u Rwanda ni gashozantambara mu karere k’ibiyaga bigari?
    Kuki mu ntambara n’inyeshyamba kenshi za Leta zishyira imbere imirwano kurusha ibiganiro?
    Gufatira mu cyuho uwo mwashakanye asambana bikwiye kuba impamvu yo gutandukana?
    Inkota kirimbuzi iri mu mazina ya gikirisitu
  • Zicukumbuye
    ZICUKUMBUYE Soma izindi
    Covid-19: Nyunganira mwana , inzira nshya ishora abana mu muhanda
    Kayonza: Mu ntambara yamahugu arwana ninzego zibanze, Pascal Mutumwa aratabaza Perezida Kagame
    Ibivugwa: Ingabo zAbafaransa mu batazibagirwa Inkotanyi ahahoze ari Komini Maraba
    Gen. Godefroid Niyombare ari mu yihe mibare?
    Covid-19: Abagore barambiwe akabariro, ibintu bafata nk’ihohoterwa
  • Politiki
    POLITIKI Soma izindi
    Odinga yahaye Ruto inama z’uburyo yaba umuyobozi mwiza
    Dr Frank Habineza yahamagariye amahanga kwamagana itegeko rya Uganda rihana abatinganyi
    Dutegereje ibihano by’u Bufaransa ku Rwanda: Muyaya
    Perezida Kagame yaba aherutse kwakira intumwa ya Joseph Kabila
    Perezida Ruto yishongoye kuri Uhuru Kenyatta
  • Imikino
    POLITIKI Soma izindi
    APR FC mu rugamba rwo kugura umukinnyi ukomeye w’Umugande
    Gacinya na Murangwa Eugène bangiwe kwiyamamariza kuyobora FERWAFA
    Rayon Sports yasinyishije umukinnyi wa mbere
    Kiyovu Sports yaba igiye kwirukana abakinnyi bayo bose bakomeye ku bwo ’kuyigambanira’
    Umugore wa Messi arimo kumusunikira muri Fc Barcelona
Iyandikishe
Bwiza Bwiza
  • Ibitekerezo
  • ibyegeranyo
  • Zicukumbuye
  • imikino
  • politiki
  • ubuzima
Search
  • Ibitekerezo
  • ibyegeranyo
  • Zicukumbuye
  • imikino
  • politiki
  • ubuzima
Dukurikire
  • Francais
  • English
  • Kiswahili
Copyright © 2014-2023 BWIZA MEDIA Ltd.

imyidagaduro

Lupita Nyong’o yigaramye umugore w’ikizungerezi bivugwa ko batingana

Yanditswe na Ndacyayisenga Fred
Yanditswe kuwa 24/05/2023 11:37

Lupita Amondi Nyong’o yigaramye umuririmbyi akaba n’umukinnyikazi wa Filme Janelle Monáe, nyuma y’uko bivuzwe ko bari mu rukundo ibi bizwi nk’abaryamana bahuje ibitsina.

Bigarutsweho ariko mu gihe Nyong’o kandi byari bizwi ko ari mu rukundo n’umunyamakuru Selema Masekela usanzwe ukora kuri televiziyo.Ibyay’aya makuru y’urukundo hagati y’abo bagore bombi yatangiye kuvugwa nyuma y’uko bakunda kugaragara bari kumwe.

Amakuru avuga ko , Lupita yamenyanye na Monáe mu 2014 mu birori bya Met Gala nyuma yo gutsindira igihembo cya Oscar batangira kuba inshuti z’akadasohoka.

Mu kiganiro Nyong’o aherutse kugirana na Rolling Stone yavuze kuri ubwo bushuti bafitanye , atangaza ko ntaho bihuriye n’urukundo ruganisha ku gutingana.Yagize ati”Janelle ni umwe mu nshuti zanjye z’akadasohoka,twahuye muri Met Gala mu myaka micye ishize.Hari byinshi dusangiye kandi turafashanya.”

Lupita avuga ko impamvu bishoboka ko bamushinja ubutinganyi n’uyu muririmbyikazi,ngo ni uko ari mwiza akaba afite n’ikimero gikururana bityo bigashingirwaho bivugwa ko nawe akururwa na byo.Ati”Janelle ni umugore mwiza .Benshi bazi ko nyuma y’ubushuti tugirana hari ibindi ariko ntabyo.”

N’ubwo ahakana ibyayo makuru, Nyongo na Janelle bagiye bagaragaragara mu mafoto bari kumwe inshuro nyinshi bagasingizanya mu biganiro bitandukanye,ariko muri izo nshuro bagiye babazwa ku by’uwo mubano wo kuryamana ntibabyemere cyangwa ngo babihakane.

Lupita Nyong’o ukomoka mu gihugu cya Kenya,ni umunyamideli akaba n’umukinnyi ukomeye wa film ku Isi.Yagiye atsindira ibihembo bitandukanye birimo na kimwe mu bikomeye kizwi nka Oscar.

Lupita Nyong’o yamaze kwigarurira imitima y’abantu

Izindi Nkuru Bijyanye


Rwatubyaye yasabye imbabazi Perezida wa Rayon Sports
Rwatubyaye yasabye imbabazi Perezida wa Rayon Sports
Abahanzi bayobowe na Riderman bahishuye uwo bazaba bafana hagati ya APR FC na Rayon Sports
Abahanzi bayobowe na Riderman bahishuye uwo bazaba bafana hagati ya APR FC na Rayon Sports
Igisubizo cya Israel Mbonyi ku bibaza niba yaba afite umukunzi
Igisubizo cya Israel Mbonyi ku bibaza niba yaba afite umukunzi

Izindi wasoma

Igisubizo cya Israel Mbonyi ku bibaza niba yaba afite umukunzi

Rwatubyaye yasabye imbabazi Perezida wa Rayon Sports

Ama G The Black yarimiyeho itaka abahanzi baririmba inkundo

Abahanzi bayobowe na Riderman bahishuye uwo bazaba bafana hagati ya APR FC na Rayon Sports

Ariel Wayz yanze gusangirwa n’abasore babiri ahitamo kutongera gukundana

Ndacyayisenga Fred
Isangize abandi
Tanga igitekerezo

Tanga igitekerezo

pre-moderation

This forum is moderated before publication: your contribution will only appear after being validated by an administrator.

Who are you?
Your post
  • *Kwandika mu bika kanda ahanditse Enter. Amategeko n'amabwiriza birakurikizwa

DUKURIKIRE

Wadusanga kuri izi nkoranya mbaga
Facebook Like
Twitter Follow
Youtube Subscribe

Weekly Newsletter

Iyandikishe ujye ubona amakuru yacu kuri Email

I have read and agree to the terms & conditions

Amakuru Agezweho

Kuba Kabuga atazaburana 'ni intege nke z'ubutabera'-HRW
Kuba Kabuga atazaburana ’ni intege nke z’ubutabera’-HRW

Odinga yahaye Ruto inama z'uburyo yaba umuyobozi mwiza
Odinga yahaye Ruto inama z’uburyo yaba umuyobozi mwiza

IBUKA irasaba ko imitungo ya Kabuga yakurwamo indishyi ya Frw miliyari ibihumbi 50.6
IBUKA irasaba ko imitungo ya Kabuga yakurwamo indishyi ya Frw miliyari ibihumbi 50.6

Ubutegetsi bwa Tshisekedi burashaka gushora RDC mu mvururu: Lamuka
Ubutegetsi bwa Tshisekedi burashaka gushora RDC mu mvururu: Lamuka

Urujijo ku cyatandukanyije Otile Brown n'umujyanama we
Urujijo ku cyatandukanyije Otile Brown n’umujyanama we

- DUTERE INKUNGA -

Mashya

Kuba Kabuga atazaburana 'ni intege nke z'ubutabera'-HRW
08/06/23 22:31
Kuba Kabuga atazaburana ’ni intege nke z’ubutabera’-HRW
Odinga yahaye Ruto inama z'uburyo yaba umuyobozi mwiza
08/06/23 21:54
Odinga yahaye Ruto inama z’uburyo yaba umuyobozi mwiza
IBUKA irasaba ko imitungo ya Kabuga yakurwamo indishyi ya Frw miliyari ibihumbi 50.6
08/06/23 19:39
IBUKA irasaba ko imitungo ya Kabuga yakurwamo indishyi ya Frw miliyari ibihumbi 50.6
Ubutegetsi bwa Tshisekedi burashaka gushora RDC mu mvururu: Lamuka
08/06/23 16:09
Ubutegetsi bwa Tshisekedi burashaka gushora RDC mu mvururu: Lamuka
imyidagaduro

Urujijo ku cyatandukanyije Otile Brown n’umujyanama we

Umuhanzi umaze kubaka izina mu muziki wo mu karere Jacob Obunga uzwi nka Otile Brown (...)

Yanditswe na Ndacyayisenga Fred
ubuzima

Museveni yasobanuye uko Covid-19 yamuciye mu rihumye

Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yemeje ko yanduye icyorezo cya Covid-19, kandi ko byatewe (...)

Yanditswe na TUYIZERE JD
Amakuru

Mackenzie ushinjwa urupfu rw’abarenga 240 n’agirwa umwere ngo azakomeza afungwe

Muri Kenya Inkuru y’abapfuye bategetswe na Pasiteri Paul Mackenzi ikomeje kuba uruhererekane, (...)

Yanditswe na Ndacyayisenga Fred
Amakuru

Umusirikare w’u Burundi yapfuye atera akabariro

Umusirikare w’u Burundi witwa Dusabeyezu Vianney, yapfiriye muri hoteli iherereye muri komini (...)

Yanditswe na TUYIZERE JD

Bwiza Media is a leading online media company based in Rwanda that provides information and analysis on societal achievements and needs.


Service Dutanga

  • Itangazamakuru
  • Kwamamaza -Advert
  • Dufata amashusho -Video
  • Dutunganya Amashusho
  • Dukora websites
  • Amatangazo / Cyamunara

Ibyiciro Bikunzwe

  • politiki
  • imyidagaduro
  • imikino
  • ubuzima
  • utuntu-nutundi

© Bwiza Media. All Rights Reserved.