• english English
  • english Francais
  • english Swahili
  • Ahabanza
  • Amakuru
    Ubutegetsi bwa Tshisekedi burashaka gushora RDC mu mvururu: Lamuka
    Mackenzie ushinjwa urupfu rw’abarenga 240 n’agirwa umwere ngo azakomeza afungwe
    Umusirikare w’u Burundi yapfuye atera akabariro
    Intasi za RDC zasatse urugo rwa MoĂŻse Katumbi
    Burera: Barishyuza rwiyemezamirimo Frw miliyoni 4
  • Ibitekerezo
    IBITEKEREZO Soma izindi
    Yaba ari amahitamo meza u Rwanda rushakiye urubyiruko imirimo mu mahanga?
    Ese koko u Rwanda ni gashozantambara mu karere k’ibiyaga bigari?
    Kuki mu ntambara n’inyeshyamba kenshi za Leta zishyira imbere imirwano kurusha ibiganiro?
    Gufatira mu cyuho uwo mwashakanye asambana bikwiye kuba impamvu yo gutandukana?
    Inkota kirimbuzi iri mu mazina ya gikirisitu
  • Zicukumbuye
    ZICUKUMBUYE Soma izindi
    Covid-19: «Nyunganira mwana », inzira nshya ishora abana mu muhanda
    Kayonza: Mu ntambara y’amahugu arwana n’inzego z’ibanze, Pascal Mutumwa aratabaza Perezida Kagame
    Ibivugwa: Ingabo z’Abafaransa mu batazibagirwa Inkotanyi ahahoze ari Komini Maraba
    Gen. Godefroid Niyombare ari mu yihe mibare?
    Covid-19: Abagore barambiwe akabariro, ibintu bafata nk’ihohoterwa
  • Politiki
    POLITIKI Soma izindi
    Odinga yahaye Ruto inama z’uburyo yaba umuyobozi mwiza
    Dr Frank Habineza yahamagariye amahanga kwamagana itegeko rya Uganda rihana abatinganyi
    Dutegereje ibihano by’u Bufaransa ku Rwanda: Muyaya
    Perezida Kagame yaba aherutse kwakira intumwa ya Joseph Kabila
    Perezida Ruto yishongoye kuri Uhuru Kenyatta
  • Imikino
    POLITIKI Soma izindi
    APR FC mu rugamba rwo kugura umukinnyi ukomeye w’Umugande
    Gacinya na Murangwa Eugène bangiwe kwiyamamariza kuyobora FERWAFA
    Rayon Sports yasinyishije umukinnyi wa mbere
    Kiyovu Sports yaba igiye kwirukana abakinnyi bayo bose bakomeye ku bwo ’kuyigambanira’
    Umugore wa Messi arimo kumusunikira muri Fc Barcelona
Iyandikishe
Bwiza Bwiza
  • Ibitekerezo
  • ibyegeranyo
  • Zicukumbuye
  • imikino
  • politiki
  • ubuzima
Search
  • Ibitekerezo
  • ibyegeranyo
  • Zicukumbuye
  • imikino
  • politiki
  • ubuzima
Dukurikire
  • Francais
  • English
  • Kiswahili
Copyright © 2014-2023 BWIZA MEDIA Ltd.

imikino

Trump wa Musanze FC yigambye kuvutsa Juvenal wa Kiyovu Sports igikombe

Yanditswe na BABOU Bénjamin
Yanditswe kuwa 22/05/2023 07:39

Perezida wa Musanze FC, Tuyishimire Placide ’Trump’, yigambye ko ari we wavukije Kiyovu Sports igikombe cya shampiyona; nyuma y’uko iyi kipe itsinzwe na Sunrise FC kuri iki cyumweru.

Kiyovu Sports yari yasuye Sunrise mu mukino w’umunsi wa 29 wa shampiyona wabereye i Nyagatare, iwutsindwamo igitego 1-0 cyatsinzwe n’Umugande Yafesi Mubiru.

Ni umukino iyi kipe ya Mvukiyehe Juvenal yasabwaga gutsinda ikiyongerera amahirwe y’igikombe cya shampiyona iheruka gutwara mu myaka irenga 30 ishize.

Kiyovu Sports yagiye gukina i Nyagatare mu gihe hari havuzwe amagambo menshi.

Mu bari bavuze harimo Perezida Trump wa Musanze FC wari wakaniye ko agomba kuvutsa Kiyovu Sports igikombe; nyuma y’amagambo atishimiye Perezida Mvukiyehe Juvenal yamutangajeho.

Mu byumweru bibiri bishize ubwo Kiyovu Sports yari imaze gutsinda Musanze FC igitego 1-0 mu mukino w’umunsi wa 28 wa shampiyona wari wabereye mu majyaruguru, Perezida Juvenal yumvikanye mu itangazamakuru annyega mugenzi we wa Musanze FC.

Icyo gihe yagaragaje ko "nta ho urwagwa rwahurira na lisansi" mu kugaragaza ko we na Trump nta ho bahuriye ku bijyanye n’ubushobozi.

Mvukiyehe Juvenal kandi icyo gihe ngo yavuze ko igorofa Tuyishimire Placide afite mu mujyi wa Musanze nta ho rihuriye n’iryo afite ku mugabane w’u Burayi rifite agaciro ka $ miliyoni 5.

Ni amagambo yarakaje cyane Perezida wa Musanze FC, yiyemeza gukora ibishoboka byose akavutsa Kiyovu Sports igikombe cya shampiyona.

Trump ubwo Juvenal yamaraga kumuvugaho ariya magambo yavuze ko "nzamuha igisubizo mu byumweru bibiri biri imbere."

Umunyamakuru Lorenzo Christian yatangaje ko nyuma y’umukino Kiyovu Sports yatsinzwemo na Sunrise FC, Perezida Tuyishimire Placide ’Trump’ yamuhamagaye kuri terefoni akamwemerera ko ari we wavukije Urucaca Igikombe.

Uyu yavuze ko Ndorimana Jean Francois ’Jenerali’ usanzwe ari Perezida w’Umuryango wa Kiyovu Sports yaherukaga kumusaba imbabazi, gusa ibi bikaba bitari bihagije mu gihe Juvenal atari we wazimwisabiye.

Ati: "Juvenal namubwiye ko nzamusubiza nyuma y’ibyumweru bibiri, ndizera ko ubutumwa bwamugezeho. Uwitwa Jenerali yarampamagaye ansaba imbabazi, ariko amakosa yakozwe na Juvenal iyo anshaka akansaba imbabazi nari kumuha igikombe."

Amakuru avuga ko Perezida ’Trump’ yari yinjiye muri Sunrise FC akayisaba kumutsindira Kiyovu Sports na we agaha abakinnyi bayo ibyo bifuza byose.

Bivugwa ko uyu munyemari kandi hari abakinnyi ba Kiyovu Sports yari yinjiriye akabasaba kwitsindisha; bikaba mu byatumye Umugande Erissa Ssekisambu yamurura Penaliti ikipe ye yabonye ku munota wa 70 w’umukino.

Kiyovu Sports nyuma yo kugwa i Nyagatare kuri ubu iri ku mwanya wa kabiri n’amanota 60 inganya na APR FC ya mbere, zigatandukanywa n’uko iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu iyirusha ibitego 10 mu byo zombi zizigamye.

Ni mu gihe shampiyona ibura umukino umwe hakamenyekana ikipe izegukana igikombe.

Izindi Nkuru Bijyanye


APR FC mu rugamba rwo kugura umukinnyi ukomeye w'Umugande
APR FC mu rugamba rwo kugura umukinnyi ukomeye w’Umugande
Rayon Sports yasinyishije umukinnyi wa mbere
Rayon Sports yasinyishije umukinnyi wa mbere
Gacinya na Murangwa Eugène bangiwe kwiyamamariza kuyobora FERWAFA
Gacinya na Murangwa Eugène bangiwe kwiyamamariza kuyobora FERWAFA

Izindi wasoma

APR FC mu rugamba rwo kugura umukinnyi ukomeye w’Umugande

Gacinya na Murangwa Eugène bangiwe kwiyamamariza kuyobora FERWAFA

Rayon Sports yasinyishije umukinnyi wa mbere

Kiyovu Sports yaba igiye kwirukana abakinnyi bayo bose bakomeye ku bwo ’kuyigambanira’

Umugore wa Messi arimo kumusunikira muri Fc Barcelona

BABOU Bénjamin
Isangize abandi
Tanga igitekerezo

Tanga igitekerezo

pre-moderation

This forum is moderated before publication: your contribution will only appear after being validated by an administrator.

Who are you?
Your post
  • *Kwandika mu bika kanda ahanditse Enter. Amategeko n'amabwiriza birakurikizwa

DUKURIKIRE

Wadusanga kuri izi nkoranya mbaga
Facebook Like
Twitter Follow
Youtube Subscribe

Weekly Newsletter

Iyandikishe ujye ubona amakuru yacu kuri Email

I have read and agree to the terms & conditions

Amakuru Agezweho

Kuba Kabuga atazaburana 'ni intege nke z'ubutabera'-HRW
Kuba Kabuga atazaburana ’ni intege nke z’ubutabera’-HRW

Odinga yahaye Ruto inama z'uburyo yaba umuyobozi mwiza
Odinga yahaye Ruto inama z’uburyo yaba umuyobozi mwiza

IBUKA irasaba ko imitungo ya Kabuga yakurwamo indishyi ya Frw miliyari ibihumbi 50.6
IBUKA irasaba ko imitungo ya Kabuga yakurwamo indishyi ya Frw miliyari ibihumbi 50.6

Ubutegetsi bwa Tshisekedi burashaka gushora RDC mu mvururu: Lamuka
Ubutegetsi bwa Tshisekedi burashaka gushora RDC mu mvururu: Lamuka

Urujijo ku cyatandukanyije Otile Brown n'umujyanama we
Urujijo ku cyatandukanyije Otile Brown n’umujyanama we

- DUTERE INKUNGA -

Mashya

Kuba Kabuga atazaburana 'ni intege nke z'ubutabera'-HRW
08/06/23 22:31
Kuba Kabuga atazaburana ’ni intege nke z’ubutabera’-HRW
Odinga yahaye Ruto inama z'uburyo yaba umuyobozi mwiza
08/06/23 21:54
Odinga yahaye Ruto inama z’uburyo yaba umuyobozi mwiza
IBUKA irasaba ko imitungo ya Kabuga yakurwamo indishyi ya Frw miliyari ibihumbi 50.6
08/06/23 19:39
IBUKA irasaba ko imitungo ya Kabuga yakurwamo indishyi ya Frw miliyari ibihumbi 50.6
Ubutegetsi bwa Tshisekedi burashaka gushora RDC mu mvururu: Lamuka
08/06/23 16:09
Ubutegetsi bwa Tshisekedi burashaka gushora RDC mu mvururu: Lamuka
imyidagaduro

Urujijo ku cyatandukanyije Otile Brown n’umujyanama we

Umuhanzi umaze kubaka izina mu muziki wo mu karere Jacob Obunga uzwi nka Otile Brown (...)

Yanditswe na Ndacyayisenga Fred
ubuzima

Museveni yasobanuye uko Covid-19 yamuciye mu rihumye

Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yemeje ko yanduye icyorezo cya Covid-19, kandi ko byatewe (...)

Yanditswe na TUYIZERE JD
Amakuru

Mackenzie ushinjwa urupfu rw’abarenga 240 n’agirwa umwere ngo azakomeza afungwe

Muri Kenya Inkuru y’abapfuye bategetswe na Pasiteri Paul Mackenzi ikomeje kuba uruhererekane, (...)

Yanditswe na Ndacyayisenga Fred
Amakuru

Umusirikare w’u Burundi yapfuye atera akabariro

Umusirikare w’u Burundi witwa Dusabeyezu Vianney, yapfiriye muri hoteli iherereye muri komini (...)

Yanditswe na TUYIZERE JD

Bwiza Media is a leading online media company based in Rwanda that provides information and analysis on societal achievements and needs.


Service Dutanga

  • Itangazamakuru
  • Kwamamaza -Advert
  • Dufata amashusho -Video
  • Dutunganya Amashusho
  • Dukora websites
  • Amatangazo / Cyamunara

Ibyiciro Bikunzwe

  • politiki
  • imyidagaduro
  • imikino
  • ubuzima
  • utuntu-nutundi

© Bwiza Media. All Rights Reserved.