Igitero cya FLN: Rushorera mu mubano w’ u Rwanda n’ u Burundi

Perezida w’u Rwanda Paul Kagame aravuga ko ahangakishijwe n’uburyo umubano w’igihuhu cye n’u Burundi wari utangiye kuba mwiza nyamara icyo gihugu baturanye kikaba gikomeza kuvugwa ko giha intwaro abatera u Rwanda. Prezida Kagame yabibwiye ikinyamakuru Jeune Afrique cyandikirwa mu Bufaransa. Iyo nkuru yashyizwe ahagaraga ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kabiri, nyuma y’ibitero byabaye mu […]

J. Cole yavuye mu Rwanda ‘ku mpamvu ze bwite’

Umuraperi w’umunyamerika J. Cole wari uri gukinira ikipe ya Patriots BBC yo mu Rwanda mu mikino ya Basketball Africa League ntabwo azakina imikino ya 1/4 kuko yahisemo kuva mu Rwanda ku bivugwa ko ari impamvu ze bwite. Cole nta makuru arambuye yatanze ku mpamvu zatumye agenda iri rushanwa ritarangiye. Ikipe yari yaje gukinira ya Patriots […]

Abo mu kigo RISA bariye indimi kuri asaga Frw miliyari ebyiri babitse

Mu gihe bimwe mu bigo bya Leta hadasizwe na za minisiteri zimwe na zimwe bahuye n’ikibazo cy’ingengo y’imari yabaye iyanga, Ikigo cya Leta cyitwa RISA ( Rwanda Information Society Authority) kibitse asaga Frw miliyari ebyiri, abayobozi bacyo batavuga uko azakoreshwa. Kuwa 23 Mutarama 20218, RISA yafunguye konti nomero 1000043105 muri Banki Nkuru y’ u Rwanda […]

Kicukiro: Uwahoze mu Ngabo z’u Rwanda yakubise umuturage inyundo mu mutwe

Umugabo witwa Mukurarinda Ernest bakunda kwita Komanda yakubise uwitwa Umutesi Elizabeth inyundo mu mutwe incuro eshatu bapfa amafaranga avuga ko bamwibye ubwo basangiraga inzoga mu ijoro ryo ku wa Gatandatu tariki 22. Abaturage batuye mu Mugudu wa Nyakarambi, Akagari ka Gitaraga, Umurenge wa Masaka, Akarere ka Kicukiro ho mu mujyi wa Kigali babwiye UMUBAVU ko […]

Mali: Abigaragambya basabwe kwishakamo Min. w’Intebe

Itsinda rikomeye ryo muri Mali rizwi nka M5 RFP ryateguye imyigaragambyo yo mu mwaka ushize yagejeje ku ihirikwa rya perezida wari uriho icyo gihe, ryavuze ko ryasabwe gutanga umukandida ku mwanya wa minisitiri w’intebe. Soya Djigue wo muri iryo tsinda, yavuganye na BBC mu kiganiro Focus on Africa ku wa kabiri, nyuma yuko ku wa […]

Rubavu: Abari barimo gusambana bagwiriwe n’igorofa

Amakuru ataremezwa aturuka i Rubavu avuga ko umusore n’umukobwa bari barimo gusambanira muri rimwe mu igorofa ryo mu Mujyi wa Gisenyi, bagwiriwe n’igorofa kubera umutingito. Umwe mu bahaye amakuru BWIZA avuga ko aba bombi bakomeretse nyuma yo kugwirwa n’inzu ubwo bari baryamanye muri Lodge. Avuga ko ” Nabonye uwo mukobwa bari kumukura mu nzu bakoresheje […]

Gashumba yabonywe asohoka mu gicuku mu rugo rw’umupfakazi wa shehe

708a49bf-a8b6-42fd-a993-c90bb6f7b8b0.jpg

Ikimenyabose ku mbugankoranyambaga, Frank Malimungu Gashumba yagaragaye mu gicuku kinishye, asohoka mu rugo rw’umupfakazi wa Sheikh Nuhu Muzaata witwa Dr Kuluthum Nabunya Muzaata bikavugwa ko ari we wamwinjiye nyuma y’urupfu rw’umugabo we. Ugblizz ivuga ko Gashumba yasohotse muri urwo rugo mu ijoro umunsi uwo mugore abona PHD mu burezi yakuye Makerere kuwa Kabiri w’icyumweru gishize. […]

Yagiye mu bitaro arembye ku bwo kwiyiriza asaba ko yabona Lamborghini yo guha umukobwa

Umusore wo mu gace ka Bindura muri Zimbabwe rwagati witwa Mark Muradzira yaguye hasi arahwera, ajyanwa mu bitaro ku bwo kumara iminsi 33 atarya ngo arasaba Imana imodoka ya Lamborgihini yo guha umukobwa bakundana. Muradzira yemeraga ko n’amara iminsi 40 n’amajoro 40 azahabwa iyo modoka ihenze, maze akayiha umukunzi we yihebeye. Byageze hagati ariko, ararembera […]

Humvikanye amasasu i Rubavu

Umwe mu baturage bo mu Mujyi wa Rubavu avuga ko ubwo byamenyekanaga ko Nyiragongo yatangiye kuruka, abantu bamwe i Goma bakaba bari batangiye guhunga, bumvise amasasu menshi ku buryo ngo nayo yatumye bakuka umutima kurushaho. Uyu muturage kuri ubu yamaze kuva mu Mujyi wa Gisenyi ku bwo gutinya umutingito yabwiye BWIZA ko kuwa Gatandatu hakurya […]

Umutware yanzuye ko umurambo wa Mugabe utabururwa

Umutware gakondo muri Zimbabwe yategetse ko umubiri w’uwahoze ari Perezida Robert Mugabe utabururwa ugashyingurwa mu irimbi ry’intwari z’igihugu. Mugabe yapfuye mu 2019 ashyingurwa mu cyaro ku rugo rwe ahitwa Kutama nk’uko yabyifuje, aho gushyingurwa mu irimbi ry’intwari riri mu murwa mukuru Harare, nk’uko uwamusimbuye Perezida Emmerson Mnangagwa n’abandi babyifuzaga. Umuryango we wavuze ko Mugabe yababwiye […]

Musanze: Umusore w’imyaka 30 yashakanye n’umugore w’imyaka 82

Bamwe mu baturage batuye hafi n’amashuri abanza ahitwa i Kanombe mu Kagari ka Songa mu Murenge wa Muko mu Karere ka Musanze bavuga ko hari umusore uri mu kigero cy’imyaka 30 washyingiranwe n’umugore w’imyaka 82 y’amavuko. BWIZA yahisemo kudatangaza amazina y’aba bombi (privacy). Umwe mu bazi uyu muryango yabwiye BWIZA ko hashize nk’ibyumweru bibiri aba […]

Rubavu: Inzu 19 zimaze gusenywa n’umutingito, 41 zazanye imitutu

Umuyobozi w’Akarere ka Rubavu wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage, Ishimwe Pacifique, kugeza mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere habarurwaga inzu 19 zasenyutse na 41 zazanye imitutu. Kugeza saa tanu, BWIZA yari yabagejejeho inkuru ko hamaze gusenyuka inzu eshatu kuva iruka rya Nyiragongo ryatangira. https://bwiza.com/?Umutingito-washenye-inzu-ya-mbere-i-Rubavu Icyakora ubu ibyangirike byakomeje kwiyongera kuko hari n’ishuri ribanza ry’ahitwa […]

Ntacyo nahita ntangaza- Col. Biyereke ku gitero cya FLN mu Bweyeye

Umuvugizi w’Igisirikare cy’u Burundi, Col Floribert Biyereke avuga ko hakiri kare kuba bagira icyo batangaza ku byatangajwe n’Ingabo z’ u Rwanda (RDF) ko hari abarwanyi bo muri FLN baturutse mu Burundi, bakagaba ibitero mu Karere ka Rusizi mu Bweyeye. Igisirikare cy’u Rwanda kivuga ko ahagana saa tatu z’ijoro ku cyumweru abarwanyi b’umutwe wa FLN bateye […]

FDLR iravugwaho kuba igiye gushinga banki

Hari amakuru yagarutsweho n’ikinyamakuru cyo mu Butakiyani cyitwa L’Indro kivuga ko inyeshyamba zirwanya ubutegetsi bw’ u Rwanda, Forces dĂ©mocratiques de libĂ©ration du Rwanda, FDLR), ishobora gushinga Banki ahitwa Kasugho muri DRC. Iki kinyamakuru kivuga ko binashoboka ko FDLR yashinga banki muri uwo mujyi uri Kilometero 70 uvuye ahitwa Lubero kubera amafaranga ibona ibifashijwemo no gukorana […]

Umutingito washenye inzu ya gatatu i Rubavu

Amakuru aturuka mu Mujyi wa Gisenyi mu Karere ka Rubavu avuga ko hari inzu iri ahitwa Bugoyi, hafi na Radiyo y’abaturage ya Rubavu (RC Rubavu) yasenyutse bitewe n’umutingito ukomoka ku iruka ry’ikirunga cya Nyiragongo. Umunyamakuru wa RBA i Rubavu, Sada Hakizimana avuga ko umutingito wo kuri uyu wa 24 Gicurasi 2021 mu saha ashyira saa […]

Uwari majoro muri RDF wahunze yagaragaye mu irahira rya Museveni

Hari amakuru avuga ko Rtd. Maj. Robert Higiro wa RNC yagaragaye mu irahira rya Perezida Museveni acungiwe umutekano n’urwego rw’ubutasi bwa Uganda CMI. Tariki ya 12 Gicurasi 2021 nibwo umuhango w’irahira rya Perezida wa Uganda Yoweli Kaguta Museveni uheruka gutsinda amatora yo kuwa 14 Mutarama 2021 ryabaye. Maj. Higiro ushinzwe ibikorwa bya gisilikare muri RNC […]

Iruka rya Nyiragongo: Abantu basaga 170 baburiwe irengero, 150 baburanye n’ababo

Abatuye mu bice by’Amajyaruguru ya Goma basubiye mu ngo zabo gusa basanga zahiye nyuma y’uko ikirunga cya Nyiragongo kirutse, Ishami rya LONI riharanira uburenganzira bw’abana (UNICEF) rivuga ko abasaga ku 170 baburiwe irengero mu gihe 150 bo baburanye n’ababo. Mu ijoro ryo kuwa Gatandatu, Nyiragongo yahinduye ikirere umutuku maze iruka amazuku yamanutse akagera hafi ya […]

Amazirantoki y’abatuye Kampala ntiyavamo gas methane-inyigo

Igitangazamakuru cya Leta ya Uganda, The New Vision gitangaza ko hari inyigo yerekanye ko umwanda w’abatuye i Kampala utavamo gas Methane. Iki kinyamakuru ntikivuga inyigo yagaragaje iki kibazo uko yitwa gusa yakozwe na The National Water and Sewerage Corporation (NWSC). Ntigitangaza niba cyaramenye impamvu ituma imvakibuno y’ab’ i Kampala itavamo ingufu za methane gusa ngo […]

RIB yataye muri yombi batandatu bagendaga mu modoka bigize REG bakiba insiga z’umuriro

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi abantu 6 bakurikiranweho icyaha cy’ubujura bw’insinga z’amashanyarazi bigize nk’abakozi ba REG. RIB ivuga ko aba bakoreshaga imodoka ya gisivili imeze nk’iya REG bakajya kuri sitasiyo za REG bakiba insiga z’umuriro w’amashanyarazi ziharunze bakajya kuzigurisha.

Ibiganiro ku gukorera inkingo za COVID-19 mu Rwanda bigeze kure-Perezida Kagame

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yabwiye abitabiriye Inama Mpuzamahanga ku Buzima “Global Health Summit” ko ibiganiro ku gukorera mu Rwanda inkingo za COVID19 bigeze kure. Iyi nama yahuje abayobozi bo ku rwego ruhanitse harimo abakuru b’ibihugu na za Guverinoma ndetse n’abayobozi bakuru b’imiryango mpuzamahanga yita ku buzima. Kagame yavuze ko impinduka zazanywe n’icyorezo cya Covid-19 […]

Rema ‘ameranye nabi’ n’umugabo we ku buryo byagera no kuri gatanya

Amakuru avuga ko umuhanzi Rema Namakula ameranye nabi n’umugabo we Hamza Ssebunya ku buryo bombi bashobora no gutandukana. Rema uherutse gukorana indirimbo na The Ben, ngo ntameranye neza n’umugabo we nk’Blizz ibitangaza. Ntibizwi ngo barapfa iki, gusa ngo ni bwo bwa mbere aba bombi bashwana kuva batangira kubana. Mu gihe ibi byari bigihwihwiswa, ibyabereye kuri […]

Gen Elwelu ku gitutu nyuma y’imvugo ye ku bwicanyi bwa Kasese

Umugaba w’Ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, Lt Gen Peter Elwelu ari ku gitutu nyuma yo kuvuga ko ibyabereye mu Karere ka Kasese mu 2016, ubwo we n’abo ayoboye bateraga Ubwami bwa Nzeruru, hakagwa abagera ku 153 abandi bagafungwa ntacyo bitwaye kuko n’ubundi hapfuye abanyabyaha, bari babikwiriye. Gen. Elwelu kuri uyu wa 18 Gicurasi 2021 […]

Rusesabagina na bagenzi be basabwe Frw miliyari ebyiri

Mu rubanza Paul Rusesabagina n’abo bareganwa bakurikiranyweho ibyaha birimo iby’iterabwoba uyu munsi humviswe abaregera indishyi. Abo barimo ibigo binini n’abantu ku giti cyabo bagera kuri 80. Bose bavuga ko ibyabo byangijwe n’ibitero by’inyeshyamba za FLN Rusesabagina yari abereye umugaba w’ikirenga. Basaba indishyi zikabakaba miliyari ebyiri z’Amafaranga y’Amanyarwanda. Hari umugore wiciwe umugabo usaba Frw miliyoni 100 […]

lmana yirigwa i Rwanda igataha i Burundi- Umuturage yumvise ko Nkurunziza yagizwe umuyobozi w’ikirenga

Umwe mu baturage b’Abarundi, Claver Nzohayimana Sinarinzi yagaragaje ibyishimo byo kumva ko Inteko ishinga amategeko y’u Burundi kuri uyu wa Kane, yatoye umushinga w’itegeko rigira Pierre Nkurunziza wahoze ari Perezida wa kiriya gihugu umuyobozi w’ikirenga mu gukunda igihugu. Ni igikorwa cyahuriranye no kwimura itariki u Burundi bwizihirizagaho Umunsi wo Gukunda Igihugu, wavanwe ku itariki ya […]

BAL: Umukino umwe wasubitwe

Uyu ni umunsi wa Gatanu w’irushanwa Basketball Africa League, (BAL) ribera mu Rwanda gusa umwe mu mikino yarasubitswe kubera Coronavirus. Umukino wagombaga guhuza Zamalek yo mu Misiri na Groupement Sportif des Petroliers yo muri Arijeriya ejo ku wa Gatatu warasubitswe kubera ko hagaragaye umwe mu bakinnyi wanduye Covid-19. VOA

Hashize imyaka 30 mbyumva-Amb. Karega

Ambasaderi w’u Rwanda muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Vincent Karega yavuze ko amaze imyaka 30 yumva ibyiwa balkanisation; u Rwanda rwigarurira bimwe mu bice bya RDC. Imvugo ‘Balkanisation’, yatangijwe n’abarimo Arikiyepiskopi wa Kinshasa, Cardinal Fridolin Ambongo na Adolphe Muzito wabaye Minisitiri w’Intebe wa RDC, akaba n’Umuvugizi w’Ihuriro Lamuka rya Martin Fayulu watsinzwe amatora […]

Ibitero kuri Gaza byatanze umusaruro wa gisirikare ukomeye- Gen Gantz wa Israel

Minisitiri w’ingabo wa Israel Beny Gantz yatangaje kuri Twitter ko ibitero kuri Gaza byatanze “umusaruro wa gisirikare ukomeye”. Ni nyuma y’aho agahenge katangiye kuva ku masaha y’igicuku cyo kuwa Gatanu. Hahagaritswe imirwano yo kurasanaho ibisasu imaze iminsi 11 isize abantu barenga 240 bafpuye, benshi ni abo muri Gaza. Abanyapalestina bahise bisuka mu mihanda ya Gaza […]

Hari abavuga ko ikibazo cy’ihanurwa ry’indege ya Habyarimana cyirengagijwe

Mu gihe u Rwanda n’ u Bufaransa bari mu nzira nziza yo kunoza umubano, hari abavuga ko ikibazo cy’ihanurwa ry’indege ya Juvenal Habyarimana cyirengegijwe n’impande zombi. Nyuma y’ibyegeranyo byateguwe mu gucukumbura ukuri ku ruhare rw’Ubufaransa muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 (Raporo Duclert) n’iy’ u Rwanda (Raporo Muse) abayobozi b’ibihugu byombi bamaze kugaragaza ko bashimishijwe […]

Impamvu udashaka umugore ni uko uryama mu mashuka y’umweru- Kabarebe abwira Gashumba

Umunyamideli, ikimenyabose n’umushabitsi, Doreen Kabarebe avuga ko Frank Gashumba na we w’ikimenyabose atarashaka undi mugore kuko arara mu mashuka y’umweru. Aganira na Galaxy FM, Kabarebe yavuze ko amakuru y’uko yaba ari mu rukundo na Gashumba, se w’ikimenyabose, Sheila Carol Gashumba. Gashumba nta mukunzi aragira kuva yatandukana na nyina wa Sheila, ingingo ituma bikekwa ko yaba […]

Rihanna mu rukundo

Umuraperi w’Umunyamerika ASAP Rocky yatangaje ko ari mu mubano w’urukundo n’umuririmbyi Rihanna. Mu kiganiro n’ikinyamakuru GQ, uyu muraperi yavuze ko Rihanna ari “urukundo rw’ubuzima bwanjye”. Ibihuha ku kuba aba bahanzi b’ibyamamare baba barimo kureshyanya byatangiye mu ntangiriro ya 2013, ubwo uwo muraperi yashyigikiraga Rihanna mu bitaramo bizwi nka Diamonds World Tour yakoreye mu bice bitandukanye […]

Dore izindi mpamvu zaba zaratumye inama ya CHOGM isubikwa

Ku itariki ya 7 Gicurasi 2021, nibwo ku nshuro ya kabiri inama y’abakuru b’ibihugu bigize Commonwealth, CHOGM, yagombaga kubera i Kigali yasubitwe, bitewe n’ikwirakwira ry’icyorezo cya Covid-19 gusa ubu haravugwa izindi mpamvu ziyongeraho. Uretse Coronavirus, CHOGM ngo yaba yarasubitswe nyuma y’ibiganiro Ubunyamabanga Bukuru bwa Commonwealth bwagiranye n’ibihugu binyamuryango bya Commonwealth, bikaza kugaragara ko byinshi bidafite […]

Ndabona warahindutse- Bimwe mu byabwiwe Perezida Kagame mu kiganiro n’abajenerali b’Abafaransa

Mu kiganiro giheruka guhuza Perezida Kagame n’abahoze bayobora ingabo z’u Bufaransa hagati y’umwaka wa 1990 na 1994 zari mu Rwanda, harimo ko umwe mu bari bakirimo, Yannick GĂ©rard wahoze ahagarariye u Bufaransa i Kampala yabwiye Perezida Kagame ko abona yarahindutse. Prof Vincent Duclert wakoze Raporo yerekanye uruhare rw’ u Bufaransa muri Jenoside yakorewe Abatutsi muri […]

Umuhungu wa Gen Wilson Irategeka yakoze ku mutima urukiko

Mu Rwanda uno munsi urukiko ruburanisha imanza z’iterabwoba n’izambukiranya imipaka rwakomeje kumva abaregwa mu rubanza rwa Paul Rusesabagina na bagenzi be baregwa ibyaha birimo iterabwoba. Batatu bireguye kuwa 19 Gicurasi 2021 bemeye ko babaye abarwanyi mu mutwe wa FLN ariko bashimangira ko binjiye mu gisirikare ku gahato. Ndagijimana Jean ChrĂ©tien w’imyaka 24, ni umuhungu wa […]

Umu-DASSO ‘yakubise’ umuturage amumena ijisho

Usabuwera Jean Baptiste, umukozi w’urwego rwunganira akarere mu mutekano (DASSO), aravugwaho ko mu ijoro ryo kuri uyu wa 18 Gicurasi 2021 ahagana ku i Saa mbiri mu Kagari ka Ngoma, Umurenge wa Nyamiyaga ahazwi nko ku Nkambi, yakubise inkoni umuturage akamumena ijisho. Amakuru avuga ko uyu DASSO yasanze abantu bashyamiranye barwana, agafata inkoni bivugwa ko […]

Nta byishimo uzagira kugeza igihe uzaba wikinishirije-Umunyamakuru wa K FM

Umunyamakuru wa Radio KFM yo muri Uganda, Maritza avuga ko abantu bakwiriye nibura kuzajya bikinisha rimwe na rimwe kugira ngo bamenye ibyishimo bya nyabyo. Uyu uzwi nka Mama KLA akora ikiganiro gikunzwe cyitwa D Mighty Breakfast, avuga ko ari uburyo bumwe bwafasha abantu kumenya ibyiza byo gutera akabariro. Kuri Twitter, ati ” Ntekereza ko ahubwo […]

Akon yavuye muri Uganda igitaraganya

Umuhanzi Aliaune Damala Badara Akon yavuye muri Uganda byihuse, asiga umugore we, Rozina Negusei muri icyo gihugu nyuma yo kumenya ko umwe mu bahungu be yanduye Coronavirus. Akon wari wahageze ubwo Museveni yarahiraga ndetse ari no gukora inama ku bijyanye no gushora imari, yahisemo kuba asubiye muri Amerika adasoje icyamuzanye kubera umuhungu we. Amakuru ari […]

Israel ivuga ko izakomeza kurasa muri Gaza kugeza ituze ribonetse

Minisitiri w’intebe wa Israel Benjamin Netanyahu avuga ko ibitero bya Israel kuri Gaza bimaze iminsi icyenda byasubije Hamas inyuma imyaka myinshi kandi ko bigikomeza kugeza ituze ribonetse. Israel n’amatsinda y’intagondwa z’Abanye-Palestina zo muri Gaza bongeye kurasana nijoro kugeza mu masaha yo mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu nk’uko BBC ibitangaza. Abakozi babiri b’abanyamahanga bakora […]

Urutonde rw’abahanzi bakize muri EAC ruyobowe n’umugore

Urutonde rwa Forbes muri uyu mwaka wa 2021 rwashyize hanze abahanzi bakize ku mugabane wa Afurika. BWIZA irakugezaho uko abo mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba (EAC) bakurikirana n’imyanya bafite ku mugabane wa Afurika muri 30 ba mbere. 1. Akothee ufite miliyoni $10 Esther Akoth uzwi nka Akothee Ni Umunya-Kenyakazi. Ni umuhanzi akaba n’umushabitsi. Forbes yamuhaye […]

Bari bakwiriye urupfu- Gen Elwelu ku gitero yayoboye Kasese kikica abasaga 100

Umugaba w’Ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, Lt Gen Peter Elwelu avuga ko ibyabereye mu Karere ka Kasese mu 2016, ubwo we n’abo ayoboye bateraga Ubwami bwa Nzeruru, hakagwa abagera ku 153 abandi bagafungwa ntacyo bitwaye kuko n’ubundi hapfuye abanyabyaha, bari babikwiriye. Ku wa 27 Ugushyingo 2016, nibwo hagabwe igitero ku rugo rw’Umwami Charles Wesley […]

Dr Kayumba yasabwe kwishyura amande y’imodoka ‘itari iye’

capture-48.png

Umuyobozi w’Ishyaka, Rwandese Platform for Democracy (RPD), Dr Kayumba Christopher avuga ko Polisi y’u Rwanda yamusabye kwishyura amande ya Frw 25,000 yo kuba yari atwaye ku muvuduko utemewe n’amategeko yo gukoresha umuhanda. Uyu munyepolitiki kuri Twitter, avuga ko iyi modoka, agendeye ku birango byayo atari iye. Ati ” Nabonye ubutumwa buvuye kw’irembo ndetse na polisi […]

Rutsiro: Abagana Akagari ka Bugina kwiherera ni ‘ ukwiyeranja’

Bamwe mu baturiye ibiro by’akagari ka Bugina ko mu murenge wa Gihango mu karere ka Rutsiro n’abahasaba serivisi, barinubira ko ubwiherero bw’ako kagari bwaguye ntihihutirwe gushaka ubundi,bityo ubu bikaba bisaba kwiyeranja (kwirwanaho). Ibiro by’akagari ka Bugina byubatse mu mudugudu wa Karambi ,aho bamwe mu bahasaba serivisi kimwe n’abahaturiye bahuriza ku mbogamizi baterwa no kuba hashize […]

Haravugwa ubugambanyi muri Etincelles FC

Ubuyobozi bwa Etincelles FC bwabwiye abakinnyi bayo ko bugiye gukora iperereza kuri bamwe muri bo bakekwaho kuyigambanira bikaba impamvu yo gutakaza imikino yose yatsinzwe. Ubu bugambanyi buvugwa muri Etincelles FC bwatangiye kunuganugwa nyuma y’uko itsinzwe imikino ibiri (ubanza n’uwo kwishyura) na Musanze FC. Ibi kandi, byongeye kugira imbaraga ubwo umunyezamu wayo, Nsengiyumva Emmanuel ’Biganza’, yavaga […]

Kaminuza ya Gitwe yaba igiye gufungura imiryango?

Uyu munsi, Guverineri w’Intara y’Amajyepfo n’abandi bayobozi bagiranye inama n’ubuyobozi bwa Kaminuza ya Gitwe hareberwa hamwe icyakorwa ngo isubukure amasomo. RBA niyo yatangaje ibi gusa nta byinshi yamenyesheje Abanyarwanda kuri iyi ngingo. Iyi kaminuza ariko itsinda ry’abantu 16 barimo abayobozi bakuru bayo, ku wa Gatatu 23 Mutarama 2019 ryakiriwe mu nteko ishingamategeko, muri komisiyo y’uburezi […]

Tanzania igiye gutumiza inkingo za Covid-19 inayitangeho amakuru

Itsinda ryashyizweho na leta ryagiriye inama guverinoma ya Tanzania gutekereza kuzana inkingo za Covid-19 no gutangaza amakuru y’iki cyorezo mu gihugu. Kuva mu kwezi kwa gatanu umwaka ushize Tanzania – igitegekwa na John Magufuli, yahagaritse gutangaza amakuru agendanye na coronavirus. Inkingo za Covid zimaze kwemezwa ku isi, Perezida Magufuli – wapfuye mu kwezi kwa gatatu […]

Yasohotse ahaberaga ubukwe arigendera asize umugeni kubera ibintu bitanu bitangaje sebukwe yari amusabye

Umusore witwa Okwudili wo mu gace ka Isiala Ngwa muri Leta ya Arabia muri Nigeria yasohotse muri sare yaberagamo umuhango wo gusaba no gukwa nyuma yo gusabwa n’uruhande rwo kwa sebukwe ibintu bitangaje kuko bitamenyerewe mu bukwe. Uyu musore yasabwe kwishyura ibirimo: Ibikoresho nk’intebe n’ibindi nkenerwa by’ahari bubere ubukwe, ibirirwa n’ibinyobwa bifite agaciro k’amanayira 100,000, […]

Uko uwari Amb. wa Tanzania mu Rwanda yarusimbutse ubwo Habyarimana na Ntaryamira bicwaga

saleh_boi_tambwe_360_453shar-50brig-20_c1_c_t.jpg

Ali Hassan Mwinyi wayoboye Tanzania avuga ko ambasaderi w’igihugu cye mu Rwanda mu 1994, Saleh Boi Tambwe yari mu bantu bari kugenda mu ndege yarimo Perezida w’ u Rwanda, Juvenal Habyarimana gusa ngo bikarangira ku munota wa nyuma atayigiyemo bityo akarokoka urupfu rwamuhitanye, rudasize na mugenzi we w’ u Burundi, Cyprien Ntaryamira. Mu gitabo cye, […]

Uko ubwirinzi bwa ‘Iron Dome’ bwa Israel bwayifashije gushwanyaguza ibisasu 3,000 bivuye muri Gaza

Imirwano ikomeye itaherukaga kuboneka mu myaka myinshi hagati ya Israel na Gaza ubu iri gutuma haboneka amashusho akomeye y’ibisasusu binyuranamo mu kirere. Igisirikare cya Israel kivuga ko intagondwa z’Abanye-Palestina zarashe rokete zirenga 3000 kuri Israel mu gihe cy’icyumweru gishize. Ariko hafi 90% y’izo rokete zashwanyujwe n’ubwirinzi bwa za misile buzwi nka ‘Iron Dome missile defence […]

Musanze: Umuhungu w’imyaka 15 yasambanyije ihene ihaka bukeye irahurumura

Umuhungu uri mu kigero cy’imyaka 15 wo mu Mudugudu wa Kigasa, Akagari ka Mburabuturo mu Murenge wa Muko mu Karere ka Musanze, ahitwa mu Mugara abaturage bavuga ko ari mwene Nsenga, yasambanyije ihene ihaka ya Mama Yvonne, bucya yahurumuye. Umwe mu baturage bahaye BWIZA amakuru avuga ko nyir’ubwite yamuhamirije ko ihene ye yafashwe mu cyumweru […]

Uwiyita Faustin Twagiramungu yashinje Dr Kayumba gukorana na Kayumba Nyamwasa

capture-46.png

Konti ya Twitter y’uvuga ko ari Faustin Twagiramungu yahagurukije Umuyobozi w’Ishyaka Rwandese Platform for Democracy, RPD, Dr Kayumba Christopher, yamagana ibyo imushinja ko akorana n’ishyaka rya Rwanda National Congress, RNC, ya Kayumba Faustin Nyamwasa wahungiye muri Afurika y’Epfo. Iyi konti yerura ikavuga ko ari iya Faustin Twagiramungu uzwi nka Rukokoma, wigeze kuba Minisitiri w’Intebe w’u […]

RIB yafunze umukozi wo muri REMA

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwafunze Dufatanye Israel, umukozi mu kigo cy’Igihugu gishinzwe kubungabunga ibidukikije (REMA) ukurikiranyweho kwaka ruswa hagamijwe gukora ibinyuranye n’amategeko. RIB kuri Twitter ivuga ko ” Uwafashwe ubu afungiye kuri sitasiyo ya RIB ya Kicukiro mu gihe iperereza rikomeje kugirango hakorwe dosiye ishyikirizwe Ubushinjacyaha.” RIB iraburira abaturarwanda bishora mu bikorwa byo kwaka no […]

Ibikorwa bibiri Perezida Kagame yakoze bigashegesha burundu FDLR

Hakizimana Bahati Jean Bosco ukomoka mu Karere ka Nyabihu, ni umwe mu bahoze muri FDLR, aza gutahuka kuri ubu akaba ari rwiyemezamirimo ndetse akaba ari umuhanzi ukoresha amazina ya Pastor Bahati, avuga ko hari ibikorwa bibiri Perezida Kagame yakoze bishegesha bikomeye umutwe wa FDLR. Uyu mugabo w’imyaka 38 y’amavuko yatanze ubuhamya bw’ubuzima yabayemo imyaka 18 […]

Mozambique: Gutabara imbwa n’abazungu abirabura bagasigara biribazwaho

Ishyirahamwe mpuzamahanga riharanira uburenganzira bwa muntu (Amnesty International) rivuga ko abatabara abantu muri Mozambique muri Werurwe, bihutiye gutabara imbwa n’abazungu bari muri hoteli, bagasigamo abirabura. Ubwo abyitiriraga Islam bagabaga ibitero muri Mozambique, abatabara bavanye abazungu n’imbwa ebyiri muri hoteli, bahasiga abirabura nk’uko abarokotse babitangaje. Uyoboye Amnesty International muri ako karere, Deprose Muchena yavuze ati: “Izi […]

Ibi bintu nyamara mukoresha abantu bambaye ‘civile’ mu kazi bagafata umuntu nk’abamushimuse ni bibi- Umuturage abwira polisi

Igipolisi cy’u Rwanda cyatangaje ko abapolisi bambaye imyenda ya gisivili bafashe umugabo wari watorotse kasho ya polisi i Musanze, ariko uko uyu mugabo yafashwe byanenzwe n’abantu benshi, hari uwavuze ko bisa no gushimuta. Amashusho yashyizwe ku rubuga rwa Twitter, yafatiwe mu Mujyi wa Musanze agaragaza abagabo bane bambaye imyenda ya gisivile bateruye umugabo bamushushubikanya, kandi […]

Umugore wa Katauti ari guteretwa n’umuhanzi wo muri Uganda

1600388086_6817_b.jpg

Umugore wa Ndikumana Amad Katauti wakiniye Amavubi, Irene Uwoya uzwi nka Oprah ari mu rukundo n’umuhanzi, Chozen Blood wo muri Uganda. Abenshi bamuzi mu ndirimbo nka Obuwala, Waddawa aho yari kumwe na Sheebah Karungi. Amakuru ari mu bitangazamakuru avuga ko aba bombi baba bari kumwe kenshi igihe uyu muhanzi aba ari muri Tanzania. Umuntu we […]

Kinshasa: Umwe yapfuye, abandi bakomerekera mu ikozanyaho ry’Abasilamu bari mu isengesho

Umupolisi yapfuye mu murwa mukuru wa Repubulika iharanira demokarasi ya Congo mu mirwano yashyamiranyije ibice bibiri by’Abasilamu mu gihe bari bagiye gutangira isengesho ry’irayidi muri stade. Ibi bice bishingiye ku buyobozi bw’iri dini byari byumvikanye kurangiza ukwezi gutagatifu kwa Ramadhan bisengera hamwe kugira ngo bigaragaze ko byiyunze. Sylvano Kasongo ukuriye polisi i Kinshasa yavuze ko […]

Mufti w’u Rwanda yasabye Abayislamu kwirinda ubusabane

Mufti w’u Rwanda, Sheikh Salim Hitimana yibukije Abayislamu kwirinda ubusabane kuri uyu munsi mukuru wa Eid al-Fitr, umunsi usoza Igisibo Gitagatifu cya Ramadhan, mu gukomeza kwirinda icyorezo cya Covid-19 cyugarije isi n’u Rwanda muri rusange. Kuri Stade ya Kigali i Nyamirambi niho haramukiye isengesho ry’umunsi mukuru wa Eid El Fitr, umunsi mukuru usoza igisibo gitagatifu […]

Grace Mugabe yasabwe gutaburura umugabo we Robert Mugabe

Grace Mugabe, umugore w’uwahoze ari Perezida wa Zimbabwe Robert Mugabe, yahamagajwe n’urukiko gakondo (gacaca) ashinjwa kumushyingura “mu buryo butabereye”. Madamu Grace arimo gushinjwa kurenga ku muco agashyingura uwo wari umugabo we mu rugo rw’umuryango, aho kumushyingura “ahatoranyijwe na benewabo [abo mu muryango we] ndetse na nyina”. BBC dukesha iyi nkuru ivuga ko mu ibaruwa yanditswe […]