Tanzania yasabwe kwisubiraho ku cyemezo yafashe cyo gucyura ku gahato impunzi zâAbarundi
Umuryango MI-RPD (MĂ©canisme pour lâInitiative de la Recherche de la Paix et le DĂ©veloppement) wasabye Leta ya Tanzania kwisubiraho, ikava ku cyemezo yari yafashe cyo gucyura ku gahato impunzi zâAbarundi.  Uyu muryango wasabye imiryango ha HCR, AU na ONU kuba maso igasuzuma neza niba izi mpunzi zâAbarundi zigiy gucyurwa ku bushake bwazo cyangwa se […]
Imodoka ya RDF yakoze impanuka igonga umuyobozi wâirondo
Imodoka ifite ibirango bya RDF yagonze abantu babiri umwe ahita apfa undi yakomeretse cyane, byabareye mu Murenge wa Kabarore. Uwapfiriye muri iriya mpanuka yari Umugenzuzi Mukuru wâirondo ryâUmwuga (Patrol Commander) mu Murenge wa Kabarore, yitwa NIZEYUMUKIZA Anastase nkâuko bigaragara ku byangombwa bye. Umuseke dukesha iyi nkuru uvuga ko impanuka yabereye ahitwa Bihinga ku Mariba hafi […]
Uwahoze ari manaja wa Wendy wahuye na Perezida Kagame yakatiwe gufungwa
Uwahoze ari manaja wâUmwana wâumukobwa uzwi mu mikino ngororamubiri, Wendy Waeni, witwa Joe Mwangi Nduta yabaye afunzwe iminsi itanu. Wendy yahuye na Perezida Kagame mu 2016 nyuma yo kubimwisabira akoresheje Twitter. Mwangi yafashwe nâinzego zâiperereza muri Kenya (DCI) nyuma yâaho umuyobozi wazo, George Kinoti atanze impapuro zo kumuta muri yombi. Uyu mugabo yakatiwe kuba afunzwe iki gihe […]
Ababyeyi bafite abana biga i Goma ntibakozwa ibyo kubashyira mu mashuri yo mu Rwanda
Abanyeshuri amagana bo mu mashuri y’incuke kugeza muri kaminuza bambuka umupaka buri munsi bava ku Gisenyi mu Rwanda bajya kwiga hakurya i Goma ubu ntibabyemerewe kuva umwaka w’amashuri mushya muri DR Congo watangira ku wa mbere Tariki 2 Nzeri 2019. Impamvu aba banyeshuri babuza kujya muri Congo, ni ubwoba bw’ikwirakwira ry’indwara ya Ebola iheruka kuboneka […]
FARDC yavumbuye hegitari 2,000 zâurumogi rwâinyeshyamba zâAbanyarwanda
Ingabo za Congo-Kinshasa (FARDC) zitangaza ko zavumbuye urumogi ruhinzwe kuri hegitari ibihumbi bibiri bivugwa ko ari urwâinyeshyamba zâAbanyarwanda za RUD-URUNANA. Umuvugizi wa FARDC mu Ntara ya Kivu yâAmajyaruguru, Maj. Ndili yemeje aya makuru. Yavuze ko abarwanyi bâizi nyeshyamba bakwiriye imishwaro mu bice bya Gisharu, Nyamirima nâahandi. Mu mirwano yahuje izi mpande zombi, inyeshyamba 15 za […]
Abakennye badashaka kuva mu mujyi wa Kigali barasaba koroherezwa mu kubaka
Bamwe mu baturage bo mu mujyi wa Kigali basanga hakwiye gushyirwaho uburyo butuma nâabaturage bafite amikoro macye aho kuyivamo, babasha kubona uko bubaka bijyanye nâubushobozi bwabo. Ni kenshi hirya no hino mu mujyi wa Kigali humvikana abasenyewe bazira ko bubatse mu kajagari ariko  abaturage bakagaragaza ko iki kibazo giterwa nâuko hari benshi bifuza kugira inyubako […]
RDC: Pasiteri Nzabanita yafatiwe mu gatsiko kâamabandi arimo nâakorana na FDLR
Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyerekanye agatsiko kâamabandi yibisha intwaro arimo nâumupasiteri witwa Nzabanita. Ni amabandi ashimuta abantu yarangiza akazabarekura ari uko ahawe amafaranga, akaba yafatiwe mu gace ka Kiwanja-Ishasha, Teritwari ya Rutshuru. Nkâuko aya makuru yemezwa na Major Guillaume Ndjike Kaiko, umuvugizi wâakarere kâingabo za Congo ka 34, ngo muri aya mabandi […]
Amashami akenewe ku isoko ryâumurimo ategereje abifuza gutangira kwiga muri Kaminuza ya CHUR
Kaminuza ya Christiany University of Rwanda (CHUR) itangaza ko bufite amashami agezweho ku bifuza kwiga amasomo mu mashami akenewe ku isoko ryâumurimo yâiyi kaminuza. Ku bifuza gutangira kwiga muri Kaminuza ya CHUR mu mwaka wâamashuri 2019 mu mashami yose yâiyi kaminuza kwiyandiksha birakomeje muri uku kwezi kwa Nzeri. Abiyandikisha muri uyu mwaka wâamashuri biyandikisha mu […]
Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nkâikimasa, namenye ko ansangira nâumukozi- Nkore iki?
Abo duhuje agahinda nâakababaro nibo mbaje kwihanganisha nabasuhuza, ibibazo byandenze hahandi mpagarara nkumva ngiye no kwitura hasi. Izina nimunkundire ndigire ubwiru, ariko ntuye mu nkengero zâumujyi wa Kigali, ariko uba ugeze mu Karere ka Rulindo. Mfite umugabo nâabana bâabahungu babiri, nkaba nagize ikibazo giteye gutya. Twari dufite umukozi wâumukobwa ariko wabyaye, ni umukozi twari tumaranye […]
Umunyarwanda yapfuye azize iyicarubozo yakorewe muri gereza zo muri Uganda
Umugabo wâUmunyarwanda, Silas Hategekimana yapfuye bitewe nâibikomere yagize ubwo yakorerwaga iyicarubozo ari muri Uganda. Uyu mugabo yapfuye biturutse ku minsi 18 yamaze muri gereza mu Mujyi wa Kampala. Uyu mugabo we na bagenzi be 19 bajugunwe ku mupaka wa Gatuna kuwa 12 Kamena uyu mwaka. Abo mu muryango we, babwiye TNT dukesha iyi nkuru ko […]
Col. Byabagamba yavuze ko azira mukuru we
Col. Tom Byabagamba wahoze ayobora itsinda ririnda Perezida Paul Kagame avuga ko atemera ibyaha ashinjwa, ko ahubwo azira mukuru we, Dr David Himbara uba muri Canada. Mu iburanisha ryo kuwa 3 Nzeri 2019, Col. Tom Byabagamba yifashishije inkuru mpimbano yo mu gitabo cyâIkinyarwanda cyo mu mwaka wa Gatatu wâamashuri abanza. Ni uwmandiko urimo aho ikirura […]
Haranugwanugwa ubundi bwicanyi bukaze mu Burundi
Umuryango w’abibumbye (ONU) uburira ko mu gihe u Burundi bwitegura amatora ya Perezida yo mu mwaka utaha wa 2020, hari impungenge ko haba ubundi bwicanyi mu gihugu. Raporo y’abapererezi ba ONU yo kuri uyu wa Gatatu Tariki ya 4 Nzeri 2019, ivuga ko izo mpungenge ziterwa n’amakimbirane muri politiki ataracyemurwa kugeza ubu ndetse na Perezida […]
Umusifuzi yatanze iminota 42 yâinyongera ku mukino wâumupira wâamaguru
Umusifuzi muri Shampiyona yâUmupira wâAmaguru muri Gaza yatanze iminota 42 yâinyongera ku mukino wâamakipe abiri yari ahanganye bitewe nâuko umuriro wabuze ku kibuga,bityo umukino guhagarara. Ibi byabayee kuri uyu wa 3 Nzeri,uyu mwaka ku mukino wahuzaga amakipe abiri; Shabab Khanyounis na Ittihad Khanyounis. Ikibazo cyâibura ryâurumuri cyaturutse ku matara abonesha mu kibuga atari ameze neza […]
Icyo u Rwanda ruvuga ku byatangajwe ko rutitabiriye inama yabereye muri Afurika yâEpfo
Umunyamabanga wa Leta Muri Minisiteri yâUbubanyi nâAmahanga nâUbutwererane Ushinzwe Umuryango wa Afurika yâIburasirazuba, Amb. Olivier Nduhungirehe atangaza ko amakuru avuga ko u Rwanda rutitabiriye inama ya ‘World Economic Forum’ iri kubera muri Afurika yâEpfo. Amakuru yatangajwe na zimwe muri televiziyo zo mu bihugu byo mu majyepfo ya Afurika, yavugaga ko u Rwanda, Malawi na Repubulika […]
Min. Sezibera nta byinshi yatangaje ku bivugwa ko yari arwaye uburozi yaherewe mu Bwongereza
Minisitiri wâUbubanyi nâAmahanga nâUbutwererane wâu Rwanda Dr. Richard Sezibera, yagize icyo avuga ku makuru yavuzwe ko yarwaye nyuma akaza gupfa azize uburozi yaherewe mu Bwongereza. Ni ubwa mbere mu gihe kigera hafi ku mezi abiri, agize icyavuga kuri aya makuru kuko ubusanzwe yamaganwaga nâUmunyamabanga wa Leta muri minisiteri ayoboye, Amb. Olivier Nduhungirehe. Ubutumwa bwa Nduhungirehe […]
Ubwoba ni bwose nyuma ya bombe yaturikiye mu Mujyi wa Kampala
Abaturage bo mu Gace ka Lithuli, Bugolobi muri Nakawa mu Mujyi wa Kampala bakutse umutima nyuma yo kumva iturika rya gerenade muri ako gace. Iri turika ryabaye ku manwa yo kuwa 3 Nzeri uyu mwaka ni rya generande yâakanyamasyo yari irurikijwe na Polisi ubwayo nkâuko ibinyamakuru byo muri Uganda byabitangaje. Umuvugizi wa Polisi mu Mujyi […]
Iminsi irabarirwa ku ntoki ku bifuza gutangira kwiga muri Kaminuza ya CHUR mu 2019
Ubuyobozi bwa Kaminuza ya Christian University of Rwanda (CHUR) buratangazako kwiyandikisha bikomeje ku bifuza gutangira kwiga umwaka wâamashuri 2019 mu mashami yose yâiyi kaminuza. Kwiyandikisha muri iyi kaminuza birakomeje muri uku kwezi kwa Nzeri 2019 mu mashami yayo arimo: Ubumenyi nâIkoranabuhanga (Information and Technology) , Ubuhinzi nâiterambere ryâIcyaro ( Agriculture and Rural Development Business, Ubucuruzi […]
Gen. Kabarebe byavuzwe ko afunzwe yongeye kugaragara mu ruhame
Umujyanama Mukuru wa Perezida wa Repubulika mu bya Gisirikare nâUmutekano, Gen. James Kabarebe yongeye kugaragara mu ruhame. Hari amakuru yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga ko Gen. Kabarebe afunzwe azira kugira imitungo ye ibanga. Iyi ngo ni imitungo iri mu bihugu bitandukanye ku mugabane wa Afurika ndetse no muri Canada, aho umuryango we utuye. Aya makuru yamaganwe […]
Uwahoze ari manaja wa Wendy wahuye na Perezida Kagame yafashwe
Uwahoze ari manaja wâUmwana wâumukobwa uzwi mu mikino ngororamubiri, Wendy Waeni, witwa Joe Mwangi Nduta yatawe muri yombi. Wendy yahuye na Perezida Kagame mu 2016 nyuma yo kubimwisabira akoresheje Twitter. Mwangi yafashwe nâinzego zâiperereza muri Kenya (DCI) nyuma yâaho umuyobozi wazo, George Kinoti atanze impapuro zo kumuta muri yombi. Wendy yari aherutse gutangaza ko uyu […]
Libya: Abasesenguzi bavuga ko kujyana abimukira mu Rwanda ari ukurwongerera ibibazo
Abakurikiranira hafi ibyâubuzima bwâabimukira bari muri Libya bangiwe kujya mu Burayi bavuga ko kohereza abagera kuri  500 Rwanda atari umuti urambye wâiki kibazo, ko ahubwo ari ukwimurira umutwaro muri iki gihugu. U Rwanda rurateganya kuzana bamwe mu bimukira bari muri Libya. Ubutegetsi bwâu Rwanda bwemeje ko hari ibiganiro hagati yabwo na Libya ku kuba aba […]
Amb. Gasamagera yikomye Umubiligi wabajije Min. Sezibera impamvu atakigaragara mu ruhame
Ambasaderi wâu Rwanda muri Angola, Gasamagera Wellars yikomye umunyamakuru wâUmubiligi, Peter Verlinden wabajije Minisitiri wâUbubanyi nâAmahanga Dr. Richard Sezibera aho yari amaze iminsi, atagaragara mu ruhame. Minisitiri Richard Sezibera yaherukaga kugaragara mu ruhame taliki 11 Nyakanga ubwo yari i Londres mu Bwongereza aho yari yitabiriye inama yâ abaminisitiri itegura inama yâ ibihugu bikoresha ururimi rwâ […]
Mozambique: Abanyarwanda bari mu bahitanye Louis Baziga wayoboraga Diaspora
Amazina yâabafite inkomoko mu Rwanda aragaragara ku rutonde rwâabantu batandatu bakekwaho kwica uwari Umuyobozi wa Diaspora Nyarwanda, Louis Baziga. Louis Baziga yishwe mu minsi micye ishize ubwo yari mu modoka ye mu gace ka Matoka mu Mujyi wa Maputo. Iperereza ryakozwe ryagaragaje ko  abakekwaho kugira uruhare muri rupfu rwa Baziga  harimo  uwitwa Benjamin Ndagijimana uzwi […]
Icyo u Rwanda ruvuga ku byatangajwe ko Gen. Kabarebe afunzwe
Umunyamabanga wa leta muri Minisiteri yâUbubanyi nâAmahanga Ushinzwe Umuryango wa EAC, Amb. Olivier Nduhungirehe, yakwennye abantu  bakomeje gukwirakwiza amakuru avuga ko Perezida Kagame yafunze umujyanama we mu byâumutekano, Gen. James Kabarebe. Aba biganjemo, abanenga ubutegetsi batangaje ko Gen. Kabarebe yafunzwe azira kugira ibanga imitungo yigwijeho. Umwe mu batangaje ibi ni Dr David Himbara, umwarimu muri […]
Musanze: Umugore uherutse gukubitwa no gupfurwa imisatsi na Visi- meya yagize ihungabana
Umugore wâUmuyobozi wungirije ushinzwe Iterambere ryâUbukungu mu Karere ka Musanze, uherutse gukubitwa nâumugabo we, yagize ihungabana. Uyu muyobozi, Ndabereye Augustin, yatawe muri yombi akurikiranweho gukubita umugore we akanamukomeretsa. Abaganga mu Bitaro bya Ruhengeri batangaza ko uyu mugore ari gukurikiranwa nâabaganga bâinzobere mu kuvura ihungabana. Umuyobozi wâibitaro bya Ruhengeri, Dr Muhire Philbert, yabwiye Kigali Today ko […]
Biravugwa ko umujenerali wo muri FDLR yaguye mu mirwano
Amakuru akomeje gucicikana ni ayâurupfu rwa Gen. Dani Ceplice wayoboraga inyeshyamba za FDLR/FPP Abajyarugamba mu mirwano yacakiraniyemo nâIngabo za Congo (FARDC) mu birometero 120 uvuye mu Mujyi wa Goma. Aya makuru avuga ko Gen. Dani yahatakarije abasirikare 23 naho abagera kuri 40 bakishyikiriza ingabo za FARDC. Iyi mirwano yabereye yatangiye kuwa Gatandatu wâicyumweru gishize mu […]
Amb. Nduhungirehe yagize icyo avuga ku makuru yakwirakwijwe ko Min. Sezibera yapfuye
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri yâUbubanyi nâAmahanda Ushinzwe Umuryango wa Afurika yâIburasirazuba, Amb. Olivier Nduhungirehe yabeshyuje amakuru yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga mu izina rye yemeza ko Minisitiri  Dr. Richard Sezibera yapfuye. Amakuru yakwirakwijwe kuri ‘Whatsapp’ nkâuko na Amb. Nduhungirehe ku rukuta rwe twa Twitter yabitangaje, bigaragara nkâaho ari we wabitangaje, ubu butumwa bwabikaga Minisitiri wâUbubanyi […]
Byabaye amayobera ku buriri umwana wa Diamond azajya aryamamo
Bamwe mu bari bitabiriye ibirori byo kwitegura kwibaruka umwana Diamond Platnumz na Tanasha Donna ntibabashije kumenya ibijyanye nâuburiri uyu mwana azajya aryamamo. Umwe mu bari bitabiriye ibi birori, yavuze ko mu byâukuri uburiri bwâuyu mwana wâumuhungu bwerekanwe, ariko ko besnhi batabashije kumenya ibyo ari byo. Aganira na Ghafla, yagize ati â Mu birori byo kwitegura […]
Hatangijwe  gahunda yo guhugura urubyiruko rwibumbiye muri RYAF ku bufatanye na Kaminuza ya CHUR
Minisitiri wâUbuhinzi nâUbworozi, Mukeshimana GĂ©rardine, yatangaije nshya yo guhugura urubyiruko byâumwihariko urwibumbiye mu Ihuriro ryâUrubyiruko rwize Ubuhinzi nâUbworozi (RYAF), ku bufatanye na Kaminuza ya Christian University of Rwanda (CHUR) nâ Ikigega gitanga ingwate ku mishinga mito nâiciriritse (BDF). Ni umuhango wabaye kuri uyu wa Gatanu tariki 30 Kanama 2019, Ku ishami rya BDF riri mu […]
Ntabwo bari biteguye neza ku buryo bari gukuramo Al Hilal -Rwatubyaye
Rwatubyaye Abdul ukinira ikipe ya Colorado Springs Switchbacks muri Leta Zunze Ubumwe zâAmerika akaba na myugariro wâikipe yâigihugu Amavubi yageze mu Rwanda akomoza ku bibazo bya Rayon Sports yahozemo. Â Rwatubyaye Abdul wabaye kapiteni wa Rayon Sports ubwo yandikaga amateka ikagera muri 1/4 cyâimikino nyafurika ya CAF Confederations Cup 2018, yababajwe no kuba iyi kipe […]
Abavuga ko bifitemo ubutinganyi muri kamere zabo barabeshya-ubushakashatsi
Bamwe mu baryamana bahije ibitsina bavuga ko bavutse bagasanga ari uko baremwe, ariko ubushakashatsi bugaragaza ko iyi myumvire ari ikinyoma. Bamwe bavuga ko ari abatinganyi kubera ko ari uko baremwe. Abandi bavuga ko babaye bo bitewe nâamafaranga, bari biteze kubibkuramo. Kuri ubu ubushakashatsi bwakozwe na Kaminuza ya Havard ifatanyije na MIT, bugaragaza ko uko umuntu […]
U Rwanda si igihugu kinini ku buryo batubwira ko nta makuru ku baburiwe irengero- Ingabire Victoire
Umuyobozi wâIshyaka ritaremerwa mu Rwanda (FDU-Inkingi), Ingabire Victoire atangaza ko atumva uburyo igihugu gito nkâu Rwanda umuntu aburirwa irengero, inzego zâumutekano zikavuga ko nta makuru zimufiteho. Kuri uyu wa 30 Kanama 2019, Isi izirikana umunsi mpuzamahanga w’abantu bashimuswe bakaburirwa irengero, igikorwa gitera ubwoba abasigaye n’abantu babo bahorana agahinda bategereje inkuru y’ababo. Bwiza.com ku murongo wa […]
Umuyoboke wâishyaka rya Museveni yatewe imisumari ya 15 mu biganza- Amafoto
Umuyoboke wâishyara rya Perezida Yoweri Museveni (NRM), Baker Kasumba yatewe imisumari ya sentimetero 15 mu biganza nkâuko byegendekeye Yezu wâi Nazareti. Uyu musore wâimyaka 21 wari wambaye ingofero yâumuhondo iranga abo muri NRM, yagabweho igitero nâabantu babiri bataramenyekana baramufata bamutera imisumari mu biganza byombi barabifatanya. Kasumba yabwiye abapolisi ko yafashwe kuwa Gatatu ubwo yari agiye […]
Ndi kwihagarika buri minota icumi- umukunzi wa Diamond
Umukunzi wâUmuhanzi Diamond Platnumz atangaza ko muri iki gihe atwite, ari kujya ku bwiherero buri minota 10. Uyu mukobwa biteganyijwe ko azibaruka muri Nzeri 2019, avuga ko bimugoye ariko ko abyishimira. Ku rukuta rwe rwa Instagram, ati â Ngeze aho nsigaye nihagarika buri minota 10. Biragoranye ariko ndabyishimiye.â Tanasha aritegura kwibaruka imfura mu gihe umugabo […]
Kuba ndi umutinganyi ntibizambuza kuririmbira Imana- Nabonibo
Umuririmbyi wâindirimbo zihimbaza Imana, Albert Nabonibo uherutse gutangaza ko ari umutinganyi,avuga ko ibi bitazatuma adakomeza kuririmbira Imana. Muri iki cyumweru, uyu musore wâimyaka 35 atangaza ko ari umutinganyi, abinyujije ku rubuga rwa You Tube. Uyu musore avuga ko yiteguye ibitutsi nâibitotezo ariko ko yari arambiwe gukomeza kubaho mu buzima bwâikinyoma. Avuga ko yahisemo gutandukana nâabandi […]
Real Madrid irahabwa amahirwe yo kwegukana Neymar mu gihe Barcelona byayinaniye
Ikipe ya Paris Saint Germain (PSG) yanze miliyoni 118 zâamapawundi nâinyongera yâabakini batatu kugira ngo yegukane rutahizamu, Neymar Jr. Ibi biraha amahirwe mukeba, Real Madrid yahise itangira gushaka uko yakwegukana uyu Munya-Brazil. Barcelona yemeraga gutanga aka kayabo ikongeraho nâintizanyo yâumwaka umwe ya Ousmane Dembele no kwegukana burundu, Ivan Rakitic na Jean-Clair Todibo nkâuko Mundo Deportivo […]
Uganda: Inzu zikorerwamo iyicarubozo ku Banyarwanda zatunzwe agatoki na Bobi Wine
Depite Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine yatunze agatoki inzu zikorerwamo iyicarubozo ku barwanya ubutegetsi bwa Perezida Yoweli Museveni wa Uganda. Izi nzu zagiye zitungwa agatoki nâAbanyarwanda bagiye bafatirwa muri Uganda bashinjwa kuba intasi zâu Rwanda, ingingo batahwemye guhakana. Bobi Wine yamenyesheje Komisiyo ishinzwe uburenganzira bwa muntu  mu nteko ishinga amategeko ya Ugandako hari inzu […]
Yashatse kwica mwarimu wâumwana we kuko ngo akunda kumuvugaho n'iyo atari ku ishuri
Umugore witwa Nushee Imran yemera ko yashatse kwica umwarimu wâumuhungu we wâimyaka itanu, Rebecca Kind amuziza ko iyo umwana we avuye ku ishuri akomeza kumuvuga kenshi. Uyu mubyeyi avuga ko uburyo umwana we yahozaga mu kanwa mwarimu we, Kind, ingingo avuga ko yabinaga ishobora guteza umwiryane mu muryango. Mu guhanga nâiki kibazo, Imran yatangiye kwibasira […]
Maze imyaka itatu mvoma mu gishanga cya Nyabugogo-umuturage wo mu Gatsata
Abaturage bo mu Mudugudu wâAmarembo, Akagari ka Nyamugari mu Murenge wa Gatsata batangaza ko bamaze amezi atatu batabona amazi meza bitewe nâivomero ryangiritse bityo bakaba bavoma mu gishanga cyâumugezi wa Nyabugogo. Umwe muri bo, Uwayezu Jean Marie Vianney kuri mikoro za Radiyo Flash FM yavuze ko amaze imyaka itatu akoresha amazi yâibishanga bitewe kuko ivomero […]
Biravugwa ko Louis Baziga yaba yarivuganwe nâabarwanya Leta y'u Rwanda
Amakuru akomeje gucicikana ko urupfu rwâUwayoboraga Diaspora Nyarwanda muri Mozambique, Louis Baziga, rufite aho ruhuriye nâabatavuga rumwe nâubutegetsi bwâu Rwanda. Louis Baziga yishwe nâabantu bataramenyekana ahitwa Matola mu Mujyi wa Maputo ubwo yari mu modoka. Amakuru afitwe na KT Press avuga ko uyu mugabo yaba yari atakirebwa neza nâabarwanya ubutegetsi bwâu Rwanda bitewe nâuko yari […]
Abanyarwanda bane birukanwe ku butaka bwa Uganda barataka inkoni
Abagabo bane bâAnyarwanda ;Â Felicien Uwizeye , Jimmy Habimana, Emmanuel Twizerimana na Jacob Ndayambaje baravuga ko bafungiwe muri Uganda umwaka wose ari nako bakubitwa hafi buri munsi. Felicien Uwizeye wâimyaka 71 avuga ko ibyo bakorewe ubwo bari bafunzwe ari ibya mfura mbi. Avuga ko bakubitwaga buri gihe ari nako bakoreshwa imirimo ivunanye, bavuga ko ari […]
Kaminuza ya CHUR yagiranye amasezerano na BDF
Kaminuza ya Christian University of Rwanda (CHUR) yagiranye amasezerano nâIkigega gifasha imishinga mito nâiciriritse (BDF) mu gutangiza ikigo giteza imbere ubuhinzi nâubworozi. Aya masezerano yashyizweho umukono mu cyumweru gishize hagati ya  Perezida wa CHUR, Prof. Pierre Damien Habumuremyi nâUmuyobozi Mukuru wa BDF, Innocent Bulindi. Prof. Pierre Damien Habumuremyi atangaza ko ubu bufatanye mu byo kunoza […]
Umugabo aravugwaho kwica umugore we amutwikishije amakara
Umugabo wâumucuruzi, Hamis Said wo mu Mujyi wa Dar Es- Salaam yagejejwe imbere yâubutabera ashinjwa kwica umugore we, Naomi Marijani nyuma akamutwika. Uyu mugabo utuye mu gace ka Geza, Ulole Kigamboni yashyikirijwe urukiko rukuru ruyobowe nâumucamanza, Salum Ally. Ashinjwa ko kuwa 5 Gicurasi 2019, Hamis yishe Naomi nyuma aza kumutwika yifashishije imifuka ibiri yâamakara. Ikinyamakuru […]
Siba âtweetâ yawe unasabe imbabazi- Amb.Nduhungirehe abwira umunyamakuru wa AP
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri yâUbubanyi nâAmahanga Ushinzwe EAC, Amb. Olivier Nduhungirehe yasabye umunyamakuru wâIbiro Ntaramakuru bikorera muri Amerika (AP), Darlene Superville gusiba ibyo yanditse kuri Twitter ndetse agasab imbabazi . Uyu munyamakuru yafashe ifoto iriho abakuru bâibihugu harimo nâUwa Afrika yâEpfo agenda abavuga amazina yabo bose, ageze kuri Cyril Ramaphosa avuga ko ngo atamenyekanye. […]
U Rwanda ruracyakumiriye bimwe mu bicuruzwa bikomoka muri Afurika yâEpfo
U Rwanda rutangaza ko rudateganya kwemerera ibicuruzwa birimo inyama, imboga nâibikomoka ku mata biturutse muri Afurika yâEpfo bitewe nâubuziranenge bwabyo. U Rwanda rwahagaritse ibicuruzwa biva muri Afurika yâEpfo bitewe nâindwara yitwa listeriosis yagaragaye mu bihingwa byo muri iki gihugu. Iki gihugu kivuga ko kizakira ibicuruzwa bivuye muri Afurika yâEpfo mu gihe ibigo mpuzamahanga byemeje ko […]
Kaminuza ya CHUR yagiranye amasezerano yâubufatanye n'iya ULK
Kaminuza ya Christian University of Rwanda (CHUR) yagiranye amasezerano yâubufatanye mu byâimikoranire mu masomo na Kaminuza Yigenga ya Kigali (ULK). Aya masezerano yashyizweho umukono mu minsi micye hagati ya Perezida wa Kaminuza ya CHUR, Prof. Pierre Damien Habumuremyi na mugenzi we wa ULK, Prof. Rwigamba Balinda. Aba bayobozi batanga za ko â Ubu bufatanye buzafasha […]
Perezida Macron yibasiye mugenzi we wa Brazil wamutukiye umugore
Perezida Emmanuel Macron wâUbufaransa yarakariye mugenzi we wa Brazil, Jair Bolsonaro wavuze umugore we, Brigitte Macron nabi. Perezida wa Brazil yifashishije urukuta rwe rwa Facebook kuwa 26 Kanama uyu mwaka yavuze ko Brigitte Macron  asebya Macron kuko akuze. Ati â [Aseka] Wisebya uri mugabo[ Macron].â Emmanuel Macron afite imyaka 41 mu gihe umugore we afite […]
 Kigali: Abarwayi 90 âbafungiweâ muri bimwe mu bitaro ku bwo kubura ubwishyu
Ikinyamakuru The Chronicles cyakoze iperereza ryihariye ku barwayi bafungiwe mu bitaro ku bwo kubura ubwishyu, kigaragaza ko abarwayi 90 bari mu bitaro bitandukanye byo mu Mujyi wa Kigali bagizwe imfungwa kubera iki kibazo. Mu byumweru bibiri gikora itohoza, iki kinyamakuru cyamenye ko hari abarwayi 37 bafungiwe mu Bitaro bya Kaminuza i Kigali (CHUK). Muri aba […]
Umunyeshuri  wa Havard yareze Museveni mu rukiko
Umunyeshuri wa Kaminuza ya Havard, Hillary Innocent Taylor Seguya, Â yareze mu rukiko Rukuru Perezida Museveni wa Uganda amushinja kumukumira (blocking) kuri Twitter. Seguya mu nyandiko yashyikirije urukiko kuwa Mbere mu gitondo zivuga ko araga Museveni kubangamira uburenganzira bwe ahabwa nâitegeko nshinga rya Uganda mu ngingo zaryo: iya 21, 29, 38, 41, 42 na 43. Hassan […]
Australia iravuga ko intasi zikomoka mu bindi bihugu birimo n'u Rwanda ziyugarije
Leta ya Australia ivuga ko yamaze gucungerwa nâintasi zo mu bindi bihugu birimo u Rwanda ku kigero kitigeze kibaho mu mateka yayo. ABC dukesha iyi nkuru ko hari ibihugu birimo Ubushinwa Saudi Arabia, Iran, Syria, North Korea na Malaysia ndetse n’u Rwanda na byo bikoresha ubu buryo. Iki kinyamakuru kivuga ko hamaze kumenyekana ko hibasiwe […]
Umukunzi wa Diamond yashyizeho imipaka ku mugabo we akekako ashobora kumuca inyuma
Umukunzi wa Diamond Platnumz, Tanasha Donna avuga ko uyu mugabo naramuka amuciye inyuma azahita afata ingamba zikaze. Diamond asanzwe azwiho guca inyuma abagore bamenyanye barimo Zari Hassan akabyarana na Hamisa Mobetto. Aba bagore basanzwe baburira Tanasha ko ashobora kuzarira ayo kwarika, kuko ngo Diamond adashobora kureka ingeso yo gucana inyuma. Kuri iyi ngingo, Tanasha yifashishije […]
Inkundura hagati ya Real Madrid na Barcelona ku wa kwegukana Neymar
Amakipe yo muri Esipanye, Real Madrid na Barcelonaakomeje guhangana kugira ngo arebe uwakwegukana, Umunyaburezili ukinira, Paris- Saint Germain. Ikinyamakuru ESPN gitangaza ko Barcelona ishaka gutanga rutahizamu wayo, Ousmane Dembele kugira ngo igarure Neymar. Ku rundi ruhande, Real Madrid nayo ikomeje gushaka uko yakwegukana uyu mugabo, imuguranye abakinnyi nka Gareth Bale na Lucas Jovic. Kugeza ubu […]
Uganda: Umunyarwanda bivugwa ko yafatanwe imbunda n'amasasu hari ibindi azira
Umunyarwanda, Sam Buchana uherutse gufatwa ashinjwa gutunga pisitori nâamasasu 19 yayo ngo arazira ibindi byaha. Uyu mugabo uzwi nkâumuherwe  (City tycoon)ngo yaba azira kuba yaracuje zahabu zitemewe ariko inyungu akayikubira wenyine. Uyu mugabo ngo asanzwe acuruza zahabu mu buryo butemewe nkâuko Virunga Post ibitangaza. Kuri iyi nshuro ngo yaba yaratawe muri yombi azira kuba atarahayeho […]
Umusaza wâimyaka 72 yicishijwe ibuye azira urwagwa
Umusaza wâimyaka 72, Leogracius Kyomuzizi wo mu Karere ka Rukungiri yishwe atewe amabuye azira inzoga yengwa aho ngaho yitwa âTontoâ. Umwe mu bari aho ibi byabereye kuwa Kane nimugoroba, Arinaitwe  Nicholus yavuze ko muzeho Kyomuzizi yazize kubuza mugenzi we kumutangira inzoga. Ati â Urupfu rwe rwakomotse ku mirwano yari itewe no kubuza mugenzi we basangraga […]
Chameleone nâuburakari bwinshi yasohotse asiga Harmonize muri sitidiyo bakoranaga indirimbo
Umuhanzi Dr Jose Chameleone biravugwa ko mu burakari bwinshi yikubise akagenda ubwo yari muri sitidiyo muri Tanzania aho yakoranaga indirimbo na Harmonize. Chameleone mu minsi ishize ubwo yari muri Tanzania yahauye na Harmonize amusaba ko bazakorana indirimbo, arabimwemerera gusa ntibyakunze ko igera ku musozo. Ikintu cyarakaje Chameleone ni uko Harmonize yifashe agasaba Chameleone ko yamubwira […]
Umwana wâimyaka 12 yiyahuye nyuma yo guhatirwa kujya ku ishuri
Umunyeshuri wigaga ahitwa Usuyai mu Mujyi wa Arusha mu gihugu cya Tanzania, Elibaraki Lekine yiyahuye nyuma yo guhatirwa kujya ku ishuri na Se umubyara. Uyu  mwana nkâuko Millardayo ibiitangaza, yiyahuye bitewe no kutumvikana na Se ku bijyanye no kwiga. Polisi ivuga ko uyu mwana yigaga mu mwaka wa kane wâamashuri abanza, yiyahuye akoresheje umugozi yaziritse […]
Arahigwa bukware ku bwo gushaka gutangaho igitambo umukobwa we uri mu mihango
Umugabo witwa Emmanuel Bwana arashakishwa na polisi nyuma yo gushaka gutangaho igitambo umukobwa we wâimyaka 13 wari mu mihango. Uyu mugabo utuye mu Karere ka Luuka, Â kuwa Kane mu gitondo yakurikiye umukobwa we wari ugiye kuvoma, afatanyije nâabandi bagabo bane, baramuzirikira kuri moto bamujyanira umupfumu. Nyina wâumwna, Teddy Nabirye yabwiye The Daily Monitor dukesha iyi […]
Uganda: Umugore wâufatwa nkâumwami wâAbanyamulenge washimuswe aratabaza
Umugore wâumuyobozi  gakondo wâAbanyamulenge witwa Rwema Gendarme witwa Prossy Boonabaana aratabaza avuga ko umugabo we hashize imyaka ine aburiwe irengero ubwo yari mu Mujyi wa Kisoro muri Uganda. Boonabaana avuga ko umugabo we yashimuswe kuwa 7 Mata mu 2015 ubwo yari mu rugendo ruva i Kampala ahitwa Bugolobi, muri Uganda yerekeza i Goma muri Congo- […]
Bategereje ko umupaka wa Gatuna ufungurwa baraheba
Abaturage bo muri Uganda baturiye Umupaka wa Gatuna bavuga ko kuwa Kane bari biteze ko Umupaka wa Gatuna uzafungurwa ariko baraheba. Aba baturage bari biteze ifungurwa ryâumupaka bitewe nâamasezerano aherutse gushyirwaho umukono na Perezida wâu Rwanda na mugenzi we wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni muri Angola. Muri aya masezerano (MoU) avuga ku ngingo nyinshi, harimo […]
Umwana wa Cristiano yumiwe abonye icyumba Se yararagamo
Icyamamare muri ruhago, Cristiano Ronaldo yahishuye ko umuhungu we witwa Cristiano Jr. yumiwe ubwo yageraga mu cyumba Se yararagamo ubwo yari akennye. Cristiano mu kiganiro na Televiziyo yitwa VI yavuze ko ubwo yajyanaga nâumuhungu we mu Mujyi wa Lisbon muri Portugal aho yabaye afite imyaka 12 yâamavuko. Iyi nzu yabanagamo nâinshuti ye, Miguel Paixao yatunguye […]
Umugore yasabye gatanya bitewe nâuko umugabo we atamutonganya, amukunda cyane
Umugore wo muri Leta Zunze Ubumwe zâAbarabu, yasabye agatanya bitewe nâuko umugabo we amukunda cyane, akaba atamutonganya. Uyu mugore yegereye urukiko rwa Shariah ruri ahitwa Fujairah avuga ko yagowe kuba umugabo we amukunda cyane mu gihe cyâumwaka wose bakundana. Ati â Ntajya ankabukira cyangwa ngo ambwire nabi. Ndambiwe urukundo rwe rwinshi nâuburyo anyitaho. Ajya amfasha […]