Uwari uzwi nka Rwasa muri Filimi nyarwanda yapfuye

Nsanzamahoro Denis wari uzwi ku izina rya Rwasa muri Filimi Nyarwanda yapfuye kuri uyu wa Kane tariki ya 5 Nzeri 2019. Amakuru agera kuri Bwiza.com, avuga ko uyu mugabo yishwe n’ indwara ya Diabùte. Nsanzamahoro yamenyekanye muri Filimi Nyarwanda zitandukanye cyane cyane iya Rwasa ari nayo benshi bahise bamwitirira.

Inzoka yamize bunguri ihene ifite ibiro 40- AMAFOTO

Inzoka yasohotse mu ishyamba mu Ntara ya Fujian, mu gihugu cy’u Bushinwa, yinjira mu rwuri rw’ihene yibamo imwe yahise inamira bunguri ifite ibiro 40. Iyi nzoka yari isanzwe ifite ibiro 32,5 n’uburebure bwa Metero 4, ikaba yamize bunguri ihene y’umuturage witwa Yao, yari ifite ibiro 40. Ikinyamakuru QEN (Quanzhou Evening News) gitangaza ko iyi nzoka […]

Tanzania yasabwe kwisubiraho ku cyemezo yafashe cyo gucyura ku gahato impunzi z’Abarundi

Umuryango MI-RPD (MĂ©canisme pour l’Initiative de la Recherche de la Paix et le DĂ©veloppement) wasabye Leta ya Tanzania kwisubiraho, ikava ku cyemezo yari yafashe cyo gucyura ku gahato impunzi z’Abarundi.   Uyu muryango wasabye imiryango ha HCR, AU na ONU kuba maso igasuzuma neza niba izi mpunzi z’Abarundi zigiy gucyurwa ku bushake bwazo cyangwa se […]

Imodoka ya RDF yakoze impanuka igonga umuyobozi w’irondo

Imodoka ifite ibirango bya RDF yagonze abantu babiri umwe ahita apfa undi yakomeretse cyane, byabareye mu Murenge wa Kabarore. Uwapfiriye muri iriya mpanuka yari Umugenzuzi Mukuru w’irondo ry’Umwuga (Patrol Commander) mu Murenge wa Kabarore, yitwa NIZEYUMUKIZA Anastase nk’uko bigaragara ku byangombwa bye. Umuseke dukesha iyi nkuru uvuga ko impanuka yabereye ahitwa Bihinga ku Mariba hafi […]

Uwahoze ari manaja wa Wendy wahuye na Perezida Kagame yakatiwe gufungwa

Uwahoze ari manaja w’Umwana w’umukobwa uzwi mu mikino ngororamubiri, Wendy Waeni, witwa Joe Mwangi Nduta yabaye afunzwe iminsi itanu. Wendy yahuye na Perezida Kagame mu 2016 nyuma yo kubimwisabira akoresheje Twitter. Mwangi yafashwe n’inzego z’iperereza muri Kenya (DCI) nyuma y’aho umuyobozi wazo, George Kinoti atanze impapuro zo kumuta muri yombi. Uyu mugabo yakatiwe kuba afunzwe iki gihe […]

Ababyeyi bafite abana biga i Goma ntibakozwa ibyo kubashyira mu mashuri yo mu Rwanda

Abanyeshuri amagana bo mu mashuri y’incuke kugeza muri kaminuza bambuka umupaka buri munsi bava ku Gisenyi mu Rwanda bajya kwiga hakurya i Goma ubu ntibabyemerewe kuva umwaka w’amashuri mushya muri DR Congo watangira ku wa mbere Tariki 2 Nzeri 2019. Impamvu aba banyeshuri babuza kujya muri Congo, ni ubwoba bw’ikwirakwira ry’indwara ya Ebola iheruka kuboneka […]

FARDC yavumbuye hegitari 2,000 z’urumogi rw’inyeshyamba z’Abanyarwanda

Ingabo za Congo-Kinshasa (FARDC) zitangaza ko zavumbuye urumogi ruhinzwe kuri hegitari ibihumbi bibiri bivugwa ko ari urw’inyeshyamba z’Abanyarwanda za RUD-URUNANA. Umuvugizi wa FARDC mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, Maj. Ndili yemeje aya  makuru. Yavuze ko abarwanyi b’izi nyeshyamba bakwiriye imishwaro mu bice bya  Gisharu, Nyamirima n’ahandi. Mu mirwano yahuje izi mpande zombi, inyeshyamba 15 za […]

Abakennye badashaka kuva mu mujyi wa Kigali barasaba koroherezwa mu kubaka

Bamwe mu baturage bo mu mujyi wa Kigali basanga hakwiye gushyirwaho uburyo butuma n’abaturage bafite amikoro macye aho kuyivamo, babasha kubona uko bubaka bijyanye n’ubushobozi bwabo. Ni kenshi hirya no hino mu mujyi wa Kigali humvikana abasenyewe bazira ko bubatse mu kajagari ariko   abaturage bakagaragaza ko iki kibazo  giterwa n’uko hari benshi bifuza kugira inyubako […]

RDC: Pasiteri Nzabanita yafatiwe mu gatsiko k’amabandi arimo n’akorana na FDLR

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyerekanye agatsiko k’amabandi yibisha intwaro arimo n’umupasiteri witwa Nzabanita. Ni amabandi ashimuta abantu yarangiza akazabarekura ari uko ahawe amafaranga, akaba yafatiwe mu gace ka Kiwanja-Ishasha, Teritwari ya  Rutshuru. Nk’uko aya makuru yemezwa na Major Guillaume Ndjike Kaiko, umuvugizi w’akarere k’ingabo za Congo ka 34, ngo muri aya mabandi […]

Amashami akenewe ku isoko ry’umurimo ategereje abifuza gutangira kwiga muri Kaminuza ya CHUR

Kaminuza ya Christiany University of Rwanda (CHUR) itangaza ko bufite amashami agezweho ku bifuza kwiga amasomo mu mashami akenewe ku isoko ry’umurimo y’iyi kaminuza. Ku bifuza gutangira kwiga muri Kaminuza ya CHUR mu mwaka w’amashuri 2019 mu mashami yose y’iyi kaminuza kwiyandiksha birakomeje muri uku kwezi kwa Nzeri. Abiyandikisha muri uyu mwaka w’amashuri biyandikisha mu […]

Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?

Abo duhuje agahinda n’akababaro nibo mbaje kwihanganisha nabasuhuza, ibibazo byandenze hahandi mpagarara nkumva ngiye no kwitura hasi. Izina nimunkundire ndigire ubwiru, ariko ntuye mu nkengero z’umujyi wa Kigali, ariko uba ugeze mu Karere ka Rulindo. Mfite umugabo n’abana b’abahungu babiri, nkaba nagize ikibazo giteye gutya. Twari dufite umukozi w’umukobwa ariko wabyaye, ni umukozi twari tumaranye […]

Umunyarwanda yapfuye azize iyicarubozo yakorewe muri gereza zo muri Uganda

Umugabo w’Umunyarwanda, Silas Hategekimana yapfuye bitewe n’ibikomere yagize ubwo yakorerwaga iyicarubozo ari muri Uganda. Uyu mugabo yapfuye biturutse ku minsi 18 yamaze muri gereza mu Mujyi wa Kampala. Uyu mugabo we na bagenzi be 19 bajugunwe ku mupaka wa Gatuna kuwa 12 Kamena uyu mwaka. Abo mu muryango we, babwiye TNT dukesha iyi nkuru ko  […]

Col. Byabagamba yavuze ko azira mukuru we

Col. Tom Byabagamba wahoze ayobora itsinda ririnda Perezida Paul Kagame avuga ko atemera ibyaha ashinjwa, ko ahubwo azira mukuru we, Dr David Himbara uba muri Canada. Mu iburanisha ryo kuwa 3 Nzeri 2019, Col. Tom Byabagamba yifashishije inkuru mpimbano yo mu gitabo cy’Ikinyarwanda cyo mu mwaka wa Gatatu w’amashuri abanza. Ni uwmandiko urimo aho ikirura […]

Haranugwanugwa ubundi bwicanyi bukaze mu Burundi

Umuryango w’abibumbye (ONU) uburira ko mu gihe u Burundi bwitegura amatora ya Perezida yo mu mwaka utaha wa 2020, hari impungenge ko haba ubundi bwicanyi mu gihugu. Raporo y’abapererezi ba ONU yo kuri uyu wa Gatatu Tariki ya 4 Nzeri 2019, ivuga ko izo mpungenge ziterwa n’amakimbirane muri politiki ataracyemurwa kugeza ubu ndetse na Perezida […]

Umusifuzi yatanze iminota 42 y’inyongera ku mukino w’umupira w’amaguru

Umusifuzi muri Shampiyona y’Umupira w’Amaguru muri Gaza yatanze iminota 42 y’inyongera ku mukino w’amakipe abiri yari ahanganye bitewe n’uko umuriro wabuze ku kibuga,bityo umukino guhagarara. Ibi byabayee kuri uyu wa 3 Nzeri,uyu mwaka ku mukino wahuzaga amakipe abiri; Shabab Khanyounis na Ittihad Khanyounis. Ikibazo cy’ibura ry’urumuri cyaturutse ku matara abonesha mu kibuga atari ameze neza […]

Icyo u Rwanda ruvuga ku byatangajwe ko rutitabiriye inama yabereye muri Afurika y’Epfo

Umunyamabanga wa Leta Muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane Ushinzwe Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, Amb. Olivier Nduhungirehe atangaza ko amakuru avuga ko u Rwanda rutitabiriye inama ya ‘World Economic Forum’ iri kubera muri Afurika y’Epfo. Amakuru yatangajwe na zimwe muri televiziyo zo mu bihugu byo mu majyepfo ya Afurika, yavugaga ko u Rwanda, Malawi na Repubulika […]

Min. Sezibera nta byinshi yatangaje ku bivugwa ko yari arwaye uburozi yaherewe mu Bwongereza

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda Dr. Richard Sezibera, yagize icyo avuga ku makuru yavuzwe ko yarwaye nyuma akaza gupfa azize uburozi yaherewe mu Bwongereza. Ni ubwa mbere mu gihe kigera hafi ku mezi abiri, agize icyavuga kuri aya makuru kuko ubusanzwe yamaganwaga n’Umunyamabanga wa Leta muri minisiteri ayoboye, Amb. Olivier Nduhungirehe. Ubutumwa bwa Nduhungirehe […]

Ubwoba ni bwose nyuma ya bombe yaturikiye mu Mujyi wa Kampala

Abaturage bo mu Gace ka Lithuli, Bugolobi muri Nakawa mu Mujyi wa Kampala bakutse umutima nyuma yo kumva iturika rya gerenade muri ako gace. Iri turika ryabaye ku manwa yo kuwa 3 Nzeri uyu mwaka ni rya generande y’akanyamasyo yari irurikijwe na Polisi ubwayo nk’uko ibinyamakuru byo muri Uganda byabitangaje. Umuvugizi wa Polisi mu Mujyi […]

Iminsi irabarirwa ku ntoki ku bifuza gutangira kwiga muri Kaminuza ya CHUR mu 2019

Ubuyobozi bwa Kaminuza ya Christian University of Rwanda (CHUR) buratangazako kwiyandikisha bikomeje ku bifuza gutangira kwiga umwaka w’amashuri 2019 mu mashami yose y’iyi kaminuza. Kwiyandikisha muri iyi kaminuza birakomeje muri uku kwezi kwa Nzeri 2019 mu mashami yayo arimo: Ubumenyi n’Ikoranabuhanga (Information and Technology) , Ubuhinzi n’iterambere ry’Icyaro ( Agriculture and Rural Development Business, Ubucuruzi […]

Gen. Kabarebe byavuzwe ko afunzwe yongeye kugaragara mu ruhame

Umujyanama Mukuru wa Perezida wa Repubulika mu bya Gisirikare n’Umutekano, Gen. James Kabarebe yongeye kugaragara mu ruhame. Hari amakuru yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga ko Gen. Kabarebe afunzwe azira kugira imitungo ye ibanga. Iyi ngo ni imitungo iri mu bihugu bitandukanye ku mugabane wa Afurika ndetse no muri Canada, aho umuryango we utuye. Aya makuru yamaganwe […]

Uwahoze ari manaja wa Wendy wahuye na Perezida Kagame yafashwe

Uwahoze ari manaja w’Umwana w’umukobwa uzwi mu mikino ngororamubiri, Wendy Waeni, witwa Joe Mwangi Nduta yatawe muri yombi. Wendy yahuye na Perezida  Kagame mu 2016 nyuma yo kubimwisabira akoresheje Twitter. Mwangi yafashwe n’inzego z’iperereza muri Kenya (DCI) nyuma y’aho umuyobozi wazo,  George Kinoti atanze impapuro zo kumuta muri yombi. Wendy yari aherutse gutangaza ko uyu […]

Libya: Abasesenguzi bavuga ko kujyana abimukira mu Rwanda ari ukurwongerera ibibazo

Abakurikiranira hafi iby’ubuzima bw’abimukira bari muri Libya bangiwe kujya mu Burayi bavuga ko kohereza abagera kuri  500 Rwanda atari umuti urambye w’iki kibazo, ko ahubwo ari ukwimurira umutwaro muri iki gihugu. U Rwanda rurateganya kuzana bamwe mu bimukira bari muri Libya. Ubutegetsi bw’u Rwanda bwemeje ko hari ibiganiro hagati yabwo na Libya ku kuba aba […]

Amb. Gasamagera yikomye Umubiligi wabajije Min. Sezibera impamvu atakigaragara mu ruhame

Ambasaderi w’u Rwanda muri Angola, Gasamagera Wellars yikomye umunyamakuru w’Umubiligi, Peter Verlinden wabajije Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga Dr. Richard Sezibera aho yari amaze iminsi, atagaragara mu ruhame. Minisitiri Richard Sezibera yaherukaga kugaragara mu ruhame taliki 11 Nyakanga ubwo yari i Londres mu Bwongereza aho yari yitabiriye inama y’ abaminisitiri itegura inama y’ ibihugu bikoresha ururimi rw’ […]

Mozambique: Abanyarwanda bari mu bahitanye Louis Baziga wayoboraga Diaspora

Amazina y’abafite inkomoko mu Rwanda aragaragara ku rutonde rw’abantu batandatu bakekwaho kwica uwari Umuyobozi wa  Diaspora Nyarwanda, Louis Baziga. Louis Baziga yishwe mu minsi micye ishize ubwo yari mu modoka ye mu gace ka Matoka mu Mujyi wa Maputo. Iperereza ryakozwe ryagaragaje ko  abakekwaho kugira uruhare muri rupfu rwa Baziga  harimo  uwitwa Benjamin Ndagijimana uzwi […]

Icyo u Rwanda ruvuga ku byatangajwe ko Gen. Kabarebe afunzwe

Umunyamabanga wa leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga Ushinzwe Umuryango wa EAC, Amb. Olivier Nduhungirehe, yakwennye abantu  bakomeje gukwirakwiza amakuru avuga ko Perezida Kagame yafunze umujyanama we mu by’umutekano, Gen. James Kabarebe. Aba biganjemo, abanenga ubutegetsi batangaje ko  Gen. Kabarebe yafunzwe azira kugira ibanga imitungo yigwijeho. Umwe mu batangaje ibi ni Dr David Himbara, umwarimu muri […]

Musanze: Umugore uherutse gukubitwa no gupfurwa imisatsi na Visi- meya yagize ihungabana

Umugore w’Umuyobozi wungirije ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu mu Karere ka Musanze, uherutse gukubitwa n’umugabo we, yagize ihungabana. Uyu muyobozi, Ndabereye Augustin, yatawe muri yombi akurikiranweho gukubita umugore we akanamukomeretsa. Abaganga mu Bitaro bya Ruhengeri batangaza ko uyu mugore ari gukurikiranwa n’abaganga b’inzobere mu kuvura ihungabana. Umuyobozi w’ibitaro bya Ruhengeri, Dr Muhire Philbert, yabwiye Kigali Today ko […]

Biravugwa ko umujenerali wo muri FDLR yaguye mu mirwano

Amakuru akomeje gucicikana ni ay’urupfu rwa Gen. Dani Ceplice wayoboraga inyeshyamba za FDLR/FPP Abajyarugamba  mu mirwano yacakiraniyemo n’Ingabo za Congo (FARDC) mu birometero 120 uvuye mu Mujyi wa Goma. Aya makuru avuga ko Gen. Dani yahatakarije abasirikare 23 naho abagera kuri 40 bakishyikiriza ingabo za FARDC. Iyi mirwano yabereye yatangiye kuwa Gatandatu w’icyumweru gishize mu […]

Amb. Nduhungirehe yagize icyo avuga ku makuru yakwirakwijwe ko Min. Sezibera yapfuye

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanda Ushinzwe Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, Amb. Olivier Nduhungirehe yabeshyuje amakuru yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga mu izina rye yemeza ko Minisitiri  Dr. Richard Sezibera yapfuye. Amakuru yakwirakwijwe kuri ‘Whatsapp’ nk’uko na Amb. Nduhungirehe ku rukuta rwe twa Twitter yabitangaje, bigaragara nk’aho ari we wabitangaje, ubu butumwa bwabikaga Minisitiri w’Ububanyi […]

Byabaye amayobera ku buriri umwana wa Diamond azajya aryamamo

Bamwe mu bari bitabiriye ibirori byo kwitegura kwibaruka umwana Diamond Platnumz na Tanasha Donna ntibabashije kumenya ibijyanye n’uburiri uyu mwana azajya aryamamo. Umwe mu bari bitabiriye ibi birori, yavuze ko mu by’ukuri uburiri bw’uyu mwana w’umuhungu bwerekanwe, ariko ko besnhi batabashije kumenya ibyo ari byo. Aganira na Ghafla, yagize ati “  Mu birori byo kwitegura […]

Hatangijwe  gahunda yo guhugura urubyiruko rwibumbiye muri RYAF ku bufatanye na Kaminuza ya CHUR

Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Mukeshimana GĂ©rardine, yatangaije nshya yo guhugura urubyiruko by’umwihariko urwibumbiye mu Ihuriro ry’Urubyiruko rwize Ubuhinzi n’Ubworozi (RYAF), ku bufatanye na Kaminuza ya Christian University of Rwanda (CHUR) n’ Ikigega gitanga ingwate ku mishinga mito n’iciriritse (BDF). Ni umuhango wabaye kuri uyu wa Gatanu tariki 30 Kanama 2019, Ku ishami rya BDF riri mu […]

Ntabwo bari biteguye neza ku buryo bari gukuramo Al Hilal -Rwatubyaye

Rwatubyaye Abdul ukinira ikipe ya Colorado Springs Switchbacks muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika akaba na myugariro w’ikipe y’igihugu Amavubi yageze mu Rwanda akomoza ku bibazo bya Rayon Sports yahozemo.   Rwatubyaye Abdul wabaye kapiteni wa Rayon Sports ubwo yandikaga amateka ikagera muri 1/4 cy’imikino nyafurika ya CAF Confederations Cup 2018, yababajwe no kuba iyi kipe […]

Abavuga ko bifitemo ubutinganyi muri kamere zabo barabeshya-ubushakashatsi

Bamwe mu baryamana bahije ibitsina bavuga ko bavutse bagasanga ari uko baremwe, ariko ubushakashatsi bugaragaza ko iyi myumvire ari ikinyoma. Bamwe bavuga ko ari abatinganyi kubera ko ari uko baremwe. Abandi bavuga ko babaye bo bitewe n’amafaranga, bari biteze kubibkuramo. Kuri ubu ubushakashatsi bwakozwe na Kaminuza ya Havard ifatanyije na MIT, bugaragaza ko uko umuntu […]

U Rwanda si igihugu kinini ku buryo batubwira ko nta makuru ku baburiwe irengero- Ingabire Victoire

Umuyobozi w’Ishyaka ritaremerwa mu Rwanda (FDU-Inkingi), Ingabire Victoire atangaza ko atumva uburyo igihugu gito nk’u Rwanda umuntu aburirwa irengero, inzego z’umutekano zikavuga ko nta makuru zimufiteho. Kuri uyu wa 30 Kanama 2019, Isi izirikana umunsi mpuzamahanga w’abantu bashimuswe bakaburirwa irengero, igikorwa gitera ubwoba abasigaye n’abantu babo bahorana agahinda bategereje inkuru y’ababo. Bwiza.com ku murongo wa […]

Umuyoboke w’ishyaka rya Museveni yatewe imisumari ya 15 mu biganza- Amafoto

Umuyoboke w’ishyara rya Perezida Yoweri Museveni (NRM),  Baker Kasumba yatewe imisumari ya sentimetero 15 mu biganza nk’uko byegendekeye Yezu w’i Nazareti. Uyu musore w’imyaka 21 wari wambaye ingofero y’umuhondo iranga abo muri NRM, yagabweho igitero n’abantu babiri bataramenyekana baramufata bamutera imisumari mu biganza byombi barabifatanya. Kasumba yabwiye abapolisi ko yafashwe kuwa Gatatu ubwo yari agiye […]

Ndi kwihagarika buri minota icumi- umukunzi wa Diamond

Umukunzi w’Umuhanzi Diamond Platnumz atangaza ko muri iki gihe atwite, ari kujya ku bwiherero buri minota 10. Uyu mukobwa biteganyijwe ko azibaruka muri Nzeri 2019, avuga ko bimugoye ariko ko abyishimira. Ku rukuta rwe rwa Instagram, ati “ Ngeze aho nsigaye nihagarika buri minota 10. Biragoranye ariko ndabyishimiye.” Tanasha aritegura kwibaruka imfura mu gihe umugabo […]

Kuba ndi umutinganyi ntibizambuza kuririmbira Imana- Nabonibo

Umuririmbyi w’indirimbo zihimbaza Imana,  Albert Nabonibo uherutse gutangaza ko ari umutinganyi,avuga ko ibi bitazatuma adakomeza kuririmbira Imana. Muri iki cyumweru, uyu musore w’imyaka 35 atangaza ko ari umutinganyi, abinyujije ku rubuga rwa You Tube. Uyu musore avuga ko yiteguye ibitutsi n’ibitotezo ariko ko yari arambiwe gukomeza kubaho mu buzima bw’ikinyoma. Avuga ko yahisemo gutandukana n’abandi […]

Real Madrid irahabwa amahirwe yo kwegukana Neymar mu gihe Barcelona byayinaniye

Ikipe ya Paris Saint Germain (PSG) yanze miliyoni 118 z’amapawundi n’inyongera y’abakini batatu kugira ngo yegukane rutahizamu, Neymar Jr. Ibi biraha amahirwe mukeba, Real Madrid yahise itangira gushaka uko yakwegukana uyu Munya-Brazil. Barcelona yemeraga gutanga aka kayabo ikongeraho n’intizanyo y’umwaka umwe ya Ousmane Dembele no kwegukana burundu, Ivan Rakitic na  Jean-Clair Todibo nk’uko  Mundo Deportivo […]

Uganda: Inzu zikorerwamo iyicarubozo ku Banyarwanda zatunzwe agatoki na Bobi Wine

Depite Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine yatunze agatoki inzu zikorerwamo iyicarubozo ku barwanya ubutegetsi bwa Perezida  Yoweli Museveni wa Uganda. Izi nzu zagiye zitungwa agatoki n’Abanyarwanda bagiye bafatirwa muri Uganda bashinjwa kuba intasi z’u Rwanda, ingingo batahwemye guhakana. Bobi Wine yamenyesheje Komisiyo ishinzwe uburenganzira bwa muntu  mu nteko ishinga amategeko ya Ugandako hari inzu […]

Yashatse kwica mwarimu w’umwana we kuko ngo akunda kumuvugaho n'iyo atari ku ishuri

Umugore witwa Nushee Imran yemera ko yashatse kwica umwarimu w’umuhungu we w’imyaka itanu, Rebecca Kind amuziza ko iyo umwana we avuye ku ishuri akomeza kumuvuga kenshi. Uyu mubyeyi avuga ko uburyo umwana we yahozaga mu kanwa mwarimu we, Kind, ingingo avuga ko yabinaga ishobora guteza umwiryane mu muryango. Mu guhanga n’iki kibazo, Imran yatangiye kwibasira […]

Maze imyaka itatu mvoma mu gishanga cya Nyabugogo-umuturage wo mu Gatsata

Abaturage bo mu Mudugudu w’Amarembo, Akagari ka Nyamugari mu Murenge wa Gatsata batangaza ko bamaze amezi atatu batabona amazi meza bitewe n’ivomero ryangiritse bityo bakaba bavoma mu gishanga cy’umugezi wa Nyabugogo. Umwe muri bo, Uwayezu Jean Marie Vianney kuri mikoro za Radiyo Flash FM yavuze ko amaze imyaka itatu akoresha amazi y’ibishanga bitewe kuko ivomero  […]

Biravugwa ko Louis Baziga yaba yarivuganwe n’abarwanya Leta y'u Rwanda

Amakuru akomeje gucicikana ko urupfu rw’Uwayoboraga Diaspora Nyarwanda muri Mozambique, Louis Baziga, rufite aho ruhuriye n’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Rwanda. Louis Baziga yishwe n’abantu bataramenyekana ahitwa Matola mu Mujyi wa Maputo ubwo yari mu modoka. Amakuru afitwe na KT Press avuga ko uyu mugabo yaba yari atakirebwa neza n’abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bitewe n’uko yari […]

Abanyarwanda bane birukanwe ku butaka bwa Uganda barataka inkoni

Abagabo bane b’Anyarwanda ;  Felicien Uwizeye , Jimmy Habimana, Emmanuel Twizerimana na Jacob Ndayambaje baravuga ko bafungiwe muri Uganda umwaka wose ari nako bakubitwa hafi buri munsi. Felicien Uwizeye w’imyaka 71 avuga ko ibyo bakorewe ubwo bari bafunzwe ari ibya mfura mbi. Avuga ko bakubitwaga buri gihe ari nako bakoreshwa imirimo ivunanye, bavuga ko ari […]

Kaminuza ya CHUR yagiranye amasezerano na BDF

Kaminuza ya Christian  University of Rwanda (CHUR) yagiranye amasezerano n’Ikigega gifasha imishinga mito n’iciriritse (BDF) mu gutangiza ikigo giteza imbere ubuhinzi n’ubworozi. Aya masezerano yashyizweho umukono mu cyumweru gishize hagati ya  Perezida wa CHUR, Prof. Pierre Damien Habumuremyi  n’Umuyobozi Mukuru wa BDF,  Innocent Bulindi. Prof. Pierre Damien Habumuremyi atangaza ko ubu bufatanye mu byo kunoza […]

Umugabo aravugwaho kwica umugore we amutwikishije amakara

Umugabo w’umucuruzi,  Hamis Said wo mu Mujyi wa Dar Es- Salaam yagejejwe imbere y’ubutabera ashinjwa kwica umugore we, Naomi Marijani nyuma akamutwika. Uyu mugabo utuye mu gace ka  Geza, Ulole Kigamboni yashyikirijwe urukiko rukuru ruyobowe n’umucamanza, Salum Ally. Ashinjwa ko kuwa 5 Gicurasi 2019, Hamis  yishe  Naomi nyuma aza kumutwika yifashishije imifuka ibiri y’amakara. Ikinyamakuru […]

Siba ‘tweet’ yawe unasabe imbabazi- Amb.Nduhungirehe abwira umunyamakuru wa AP

Umunyamabanga wa Leta muri  Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga Ushinzwe EAC, Amb. Olivier Nduhungirehe yasabye umunyamakuru w’Ibiro Ntaramakuru bikorera muri Amerika (AP),  Darlene Superville gusiba ibyo yanditse kuri Twitter ndetse agasab imbabazi . Uyu munyamakuru yafashe ifoto iriho abakuru b’ibihugu harimo n’Uwa Afrika y’Epfo agenda abavuga amazina yabo bose, ageze kuri Cyril Ramaphosa avuga ko ngo atamenyekanye. […]

U Rwanda ruracyakumiriye bimwe mu bicuruzwa bikomoka muri Afurika y’Epfo

U Rwanda rutangaza ko rudateganya kwemerera ibicuruzwa birimo inyama, imboga n’ibikomoka ku mata biturutse muri Afurika y’Epfo bitewe n’ubuziranenge bwabyo. U Rwanda rwahagaritse ibicuruzwa biva muri Afurika y’Epfo bitewe  n’indwara yitwa listeriosis yagaragaye mu bihingwa byo muri iki gihugu. Iki gihugu kivuga ko kizakira ibicuruzwa bivuye muri Afurika y’Epfo mu gihe ibigo mpuzamahanga byemeje ko […]

Kaminuza ya CHUR yagiranye amasezerano y’ubufatanye n'iya ULK

Kaminuza ya Christian University of Rwanda (CHUR) yagiranye amasezerano y’ubufatanye mu by’imikoranire mu masomo na Kaminuza Yigenga ya Kigali (ULK). Aya masezerano yashyizweho umukono mu minsi micye hagati ya Perezida wa Kaminuza ya CHUR, Prof. Pierre Damien Habumuremyi na mugenzi we wa ULK, Prof. Rwigamba Balinda. Aba bayobozi batanga za ko “ Ubu bufatanye buzafasha […]

Perezida Macron yibasiye mugenzi we wa Brazil wamutukiye umugore

Perezida Emmanuel Macron w’Ubufaransa yarakariye mugenzi we wa Brazil, Jair Bolsonaro wavuze umugore we, Brigitte Macron nabi. Perezida wa Brazil yifashishije urukuta rwe rwa Facebook kuwa 26  Kanama uyu mwaka yavuze ko  Brigitte Macron  asebya Macron kuko akuze. Ati “ [Aseka] Wisebya uri mugabo[ Macron].” Emmanuel Macron afite imyaka 41 mu gihe umugore we afite […]

 Kigali: Abarwayi 90 ‘bafungiwe’ muri bimwe mu bitaro ku bwo kubura ubwishyu

Ikinyamakuru The Chronicles cyakoze iperereza ryihariye ku barwayi bafungiwe mu bitaro ku bwo kubura ubwishyu, kigaragaza ko abarwayi 90 bari mu bitaro bitandukanye byo mu Mujyi wa Kigali bagizwe imfungwa kubera iki kibazo. Mu byumweru bibiri gikora itohoza, iki kinyamakuru cyamenye ko hari abarwayi 37 bafungiwe mu Bitaro bya Kaminuza i Kigali (CHUK). Muri aba […]

Umunyeshuri  wa Havard yareze Museveni mu rukiko

Umunyeshuri wa Kaminuza ya Havard, Hillary Innocent Taylor Seguya,  yareze mu rukiko Rukuru Perezida Museveni wa Uganda amushinja kumukumira (blocking) kuri Twitter. Seguya mu nyandiko yashyikirije urukiko kuwa Mbere mu gitondo zivuga ko araga Museveni kubangamira uburenganzira bwe ahabwa n’itegeko nshinga rya Uganda mu ngingo zaryo: iya 21, 29, 38, 41, 42 na 43. Hassan […]

Australia iravuga ko intasi zikomoka mu bindi bihugu birimo n'u Rwanda ziyugarije

Leta ya Australia ivuga ko yamaze gucungerwa n’intasi zo mu bindi bihugu birimo u Rwanda ku kigero kitigeze kibaho mu mateka yayo. ABC dukesha iyi nkuru ko hari ibihugu birimo Ubushinwa Saudi Arabia, Iran, Syria, North Korea na Malaysia ndetse n’u Rwanda na byo bikoresha ubu buryo. Iki kinyamakuru kivuga ko hamaze kumenyekana ko hibasiwe […]

Umukunzi wa Diamond yashyizeho imipaka ku mugabo we akekako ashobora kumuca inyuma

Umukunzi wa Diamond Platnumz, Tanasha Donna avuga ko uyu mugabo naramuka amuciye inyuma azahita afata ingamba zikaze. Diamond asanzwe azwiho guca inyuma abagore bamenyanye barimo Zari Hassan akabyarana na Hamisa Mobetto. Aba bagore  basanzwe baburira Tanasha ko ashobora kuzarira ayo kwarika, kuko ngo Diamond adashobora kureka ingeso yo gucana inyuma. Kuri iyi ngingo, Tanasha yifashishije […]

Inkundura hagati ya Real Madrid na Barcelona ku wa kwegukana Neymar

Amakipe yo muri Esipanye, Real Madrid na Barcelonaakomeje guhangana kugira ngo arebe uwakwegukana, Umunyaburezili ukinira, Paris- Saint Germain. Ikinyamakuru ESPN gitangaza ko Barcelona ishaka gutanga rutahizamu wayo, Ousmane Dembele kugira ngo igarure Neymar. Ku rundi ruhande, Real Madrid nayo ikomeje gushaka uko yakwegukana uyu mugabo, imuguranye abakinnyi nka Gareth Bale na Lucas Jovic. Kugeza ubu […]

Uganda: Umunyarwanda bivugwa ko yafatanwe imbunda n'amasasu hari ibindi azira

Umunyarwanda, Sam Buchana uherutse gufatwa ashinjwa gutunga pisitori n’amasasu 19 yayo ngo arazira ibindi byaha. Uyu mugabo uzwi nk’umuherwe  (City tycoon)ngo yaba azira kuba yaracuje zahabu zitemewe ariko inyungu akayikubira wenyine. Uyu mugabo ngo asanzwe acuruza zahabu mu buryo butemewe nk’uko Virunga Post ibitangaza. Kuri iyi nshuro ngo yaba yaratawe muri yombi azira kuba atarahayeho […]

Umusaza w’imyaka 72 yicishijwe ibuye azira urwagwa

Umusaza w’imyaka 72,  Leogracius Kyomuzizi wo mu Karere ka Rukungiri yishwe atewe amabuye azira inzoga yengwa aho ngaho yitwa ‘Tonto’. Umwe mu bari aho ibi byabereye kuwa Kane  nimugoroba,  Arinaitwe  Nicholus yavuze ko muzeho Kyomuzizi yazize kubuza mugenzi we kumutangira inzoga. Ati “ Urupfu rwe rwakomotse ku mirwano yari itewe no kubuza mugenzi we basangraga […]

Chameleone n’uburakari bwinshi yasohotse asiga Harmonize muri sitidiyo bakoranaga indirimbo

Umuhanzi Dr Jose Chameleone biravugwa ko mu burakari bwinshi yikubise akagenda ubwo yari muri sitidiyo muri Tanzania aho yakoranaga indirimbo na  Harmonize. Chameleone mu minsi ishize ubwo yari muri Tanzania yahauye na Harmonize amusaba ko bazakorana indirimbo, arabimwemerera gusa ntibyakunze ko igera ku musozo. Ikintu cyarakaje  Chameleone ni uko Harmonize yifashe agasaba Chameleone ko yamubwira […]

Umwana w’imyaka 12 yiyahuye nyuma yo guhatirwa kujya ku ishuri

Umunyeshuri wigaga ahitwa Usuyai mu Mujyi wa Arusha mu gihugu cya Tanzania, Elibaraki Lekine yiyahuye nyuma yo guhatirwa kujya ku ishuri na Se umubyara. Uyu  mwana nk’uko Millardayo ibiitangaza, yiyahuye bitewe no kutumvikana na Se ku bijyanye no kwiga. Polisi ivuga ko uyu mwana yigaga mu mwaka wa kane w’amashuri abanza, yiyahuye akoresheje umugozi yaziritse […]

Arahigwa bukware ku bwo gushaka gutangaho igitambo umukobwa we uri mu mihango

Umugabo witwa Emmanuel Bwana arashakishwa na polisi nyuma yo gushaka gutangaho igitambo umukobwa we w’imyaka 13 wari mu mihango. Uyu mugabo utuye mu Karere ka Luuka,  kuwa Kane mu gitondo yakurikiye umukobwa we wari ugiye kuvoma, afatanyije n’abandi bagabo bane, baramuzirikira kuri moto bamujyanira umupfumu. Nyina w’umwna, Teddy Nabirye yabwiye The Daily Monitor dukesha iyi […]

Uganda: Umugore w’ufatwa nk’umwami w’Abanyamulenge washimuswe aratabaza

Umugore w’umuyobozi  gakondo w’Abanyamulenge witwa Rwema Gendarme witwa Prossy Boonabaana aratabaza avuga ko umugabo we hashize imyaka ine aburiwe irengero ubwo yari mu Mujyi wa Kisoro muri Uganda. Boonabaana avuga ko umugabo we yashimuswe kuwa 7 Mata mu 2015 ubwo yari mu rugendo ruva i Kampala ahitwa Bugolobi, muri Uganda yerekeza i Goma muri Congo- […]

Bategereje ko umupaka wa Gatuna ufungurwa baraheba

Abaturage bo muri Uganda baturiye Umupaka wa Gatuna bavuga ko kuwa Kane bari biteze ko Umupaka wa Gatuna uzafungurwa  ariko baraheba. Aba baturage bari biteze ifungurwa ry’umupaka bitewe n’amasezerano aherutse gushyirwaho umukono na Perezida w’u Rwanda na mugenzi we wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni muri Angola. Muri aya masezerano (MoU) avuga ku ngingo nyinshi, harimo […]