Gicumbi: Imiryango isaga ibihumbi bibiri ntigira aho yiherera
Imiryango ibihumbi bigera kuri 41 ni yo ifite ubwiherero bwujuje ibisbwa, igera ku bihumbi 55 ntibwujuje ubisabwa ni mu gihe imiryango irenga ibihumbi bibiri nta bwiherero namba ifite. Madame Nishimwe Florence umukozi ushinzwe isuku nâisukura mu karere ka Gicumbi, mu kiganiro yagiranye nâUmunyamakuru wa Rwandatribune dukesha iyi nkuru ko hari imiryango idafite ubwiherero kandi ifite […]
Brazil: Abafite abagore bemerewe kuba abapadiri
Abasenyeri ba Kiliziya Gatolika bakoze amatora yemerera abagabo bo mu gace ka Amazone muri Brasil kuba abapadiri mu rwego rwo kugeza inkuru nziza ku batuye ako gace. Iki cyemezo cyafashwe mu mpera z’uku kwezi mu matora yakozwe nâabasenyeri 180 bateraniye i Vatican, Roma mu Butaliyani. Ni nyuma yâubusabe bwa Papa Fransisiko wavuze ko ari ngombwa […]
Nyanza: Umunyamakuru uregwa ibyaha by’iterabwoba yanze abunganizi be
Urugereko rw’urukiko rurukuru ruburanisha imanza z’iterabwoba mu Rwanda rukorera mu karere ka Nyanza uyu munsi rwasubitse urubanza ruregwamo umunyamakuru Phocas Ndayizera kuko yanze abunganizi bari basanzwe bamwunganira. Phocas Ndayizera n’abandi bantu 12 baregwa umugambi wo kugirira nabi ubutegetsi bategura ibikorwa by’iterababwoba. Mu kwezi gushize urubanza rwabo rwarasubitswe kubera ikoranabuhanga. Abaregwa bo binjijwe mu rukiko baziritse […]
Col. Gikwerere Musinga bivugwa ko yarwanaga ku Banyamulenge yishwe arozwe
Umunyamulenge wari mu gisirikare cya Congo (FARDC), Col. Gikwerere Musinga wapfuye tariki ya 28/10/19, biravugwa ko yishwe arogewe hitwa Kalemi, aho yari amaze icyumweru kimwe yimuriwe. Uyu mukoloneli nkâuko amakuru yizewe Bwiza.com ifite yari umwe mu basirikare wafashaga ubwoko bwe bwâAbanyamulenge mu buryo bumwe cyangwa ubundi muri ibi bihe busumbirijwe nâibitero bya Red-Tabara ifatanyije na […]
Perezida wa Kaminuza ya CHUR yashimiye umwe mu bayobozi bayo wayihesheje ishema
Perezida wa Kaminuza ya Christian University of Rwanda (CHUR), Prof. Pierre Damien Habumuremyi yashimiye mwarimu Dr Adrie Mukashema, Umuyobozi wungirije ushinzwe amasomo muri iyi kaminuza ku bw’igihembo yegukanye. Ni igihembo cyatanzwe na Komisiyo yâIgihugu ya Siyansi nâIkoranabuhanga (NCST). Yagize ati â Turagushimiye Dr Adria kuri iki gihembo. Ikigo cyawe cya Christian University of Rwanda (CHUR), […]
Umugore wanjye yaragiye agaruka mu gitondo, mvuze ashaka kunkubita-umugabo wo mu Mujyi wa Kigali
Umugabo uvuga ko atuye muri umwe mu Mirenge yo mu Karere ka Nyarugenge avuga ko umugore we mu cyumweru gishize yavuye mu rugo amubwira ko agiye mu bukwe bwâinshuti, agaruka mu rukerera rwâundi munsi, amubajije impamvu, undi atera hejuru ashaka kumukubita. Uyu mugabo uri mu batwandikiye kuri bwiza@info.com avuga ko umugore we bafitanye umwana umwe […]
Tanzania/Tanga: Bamwe mu baturage baraye mu biti
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Handeni mu Ntara ya Tanga muri Tanzania baraye mu biti mu rwego rwo gukiza amagara yabo nyuma yâaho amazi abasanze mu ngo zabo. Umuyobozi wâAkarere ka Handeni, Godwin Gonde kuwa 28 Ukwakira yatangaje ko imvura nyinshi ikomeje kugwa mu bindi bice byâaka karere kandi ko abantu 10 bamaze […]
Rulindo: Ibyari umunsi mukuru wa mwarimu byavuyemo ubushyamirane
Ubwo hirya no hino mu gihugu hizihizwaga Umunsi Mpuzamahanga wa Mwalimu ku wa 5 Ukwakira 2019, abo mu murenge wa Kisaro mu Karere ka Rulindo bo ibyari ibirori byavuyemo igisa nâubushyamirane kuko hari abarimu bashinja abateguye ibyo birori kunyereza amafaranga yari agenewe uwo munsi. Abarimu batandukanye babwiye Rwandatribune dukeshya iyi nkuru ko ko mu rwego […]
Huye: Barataka ubujura butuma bararana nâamatungo
Abaturage bo mu Murenge wa Ruhashya mu Karere ka Huye bavuga ko basigaye bararana nâamatungo kubera ubujura bwabamazeho utwabo. Ibi babigaragarije urwego rwâigihugu rwâubugenzacyaha RIB ubwo rwabegerezaga Serivisi zarwo hakirwa ibibazo bitandukanye birebana nâubutabera, akarengane nâihohoterwa. Aba baturage bagaragaza ko â Babayeho mu bwoba bwo gutinya ibisambo kandi bizwi byabamazeho ibyabo bipfumura inzu,byiba amatungo,ibituma hari […]
Umwana yahiriye mu nzu mu gihe Se ari kwirebera umukino wa Arsenal yihebeye
Umwana wâumukobwa wâimyaka itandatu, Annet Namulondo yahiriye mu nzu arapfa mu Karere ka Bugiri mu gihe Se, Saleh Mukulu yari yagiye kureba umukino wahuzaga Ikipe ya Arsenal na Crystal Palace ku mugoroba wo ku cyumweru tariki ya 28 Ukwakira 2019. Nyina wa nyakwigendera, Yudaya Namugere yabwiye The Daily Monitor ko yasize Se nâabana babo batatu […]
Abantu 9% ni bo bazi gusoma no kwandika mu bakuze bo mu Ntara yâUburengerezuba
Ubushakashatsi bwakozwe nâIshami ryâUburezi muri Kaminuza yâu Rwanda nâIkigo cyâIgihugu cyâUbusesenguzi kuri politiki nâabandi bwerekana ko mu bantu 100 bakuze bo mu Ntara yâUburengerazuba 91 baba batazi gusoma no kwandika. Ubu bushakashatsi kandi bwerekana ko nâabagize amahirwe yo kujya aho bakwiga gusoma no kwandika, 33 % byabo babashije kumenya. Buvuga ko â 14% byâabagannye aho […]
Abandi barwanyi batanu ba FLN/CNRD bafashwe baje guhungabanya umutekano mu Rwanda
Abarwanyi batanu bâinyeshyamba za FLN/CNRD bafatiwe muri Teritwari ya Walungu muri Kivu yâAmajyepfo mu rugendo rwerekeza mu Rwanda aho bari bagambiriye guhungabanya umutekano. Umuvugizi wa Operasiyo Zokola, Captain DieudonnĂ© Kasereka yabwiye Rwandatribune dukesha iyi nkuru ko aba barwanyi barimo nâumwe mukuru bafashwe nâIngabo za Congo (FARDC) mu ijoro ryo kuwa 24 rishyira 25 Ukwakira 2019. […]
Ntabwo ari nka rimwe guteranyaho rimwe bingana na kabiri- Perezida Kagame
Perezida wa Repubulika yâu Rwanda, Paul Kagame avuga ko abifuza guhungabanya u Rwanda bibwira ko bari gukora nkâuko RPA yabigenje mu 1990 bibeshya. Ibi yabivuze mu ijambo yagezaga yasozaga ihuriro ngarukamwaka rya 12 rya Unity Club Intwararumuri, muri Kigali Convention Centre. Ni ihuriro ryahawe insanganyamatrsiko igira iti âNdi Umunyarwanda igitekerezo – ngenga cyâukubaho kwacu.â Mu […]
Nyagatare: Abagore babiri bishwe barashwe
Abagore babiri bishwe barashwe mu Murenge wa Rwempasha mu Karere ka Nyagatare. Amakuru avuga ko aba bombi barashwe nâabasirikare bari kuri âPatrouille muri ako gace. Umuseke dukesha iyi nkuru uvuga ko ibi byabaye mu ijoro ryakeye, ngo bariya bagore bahagaritswe nâabasirikare aho guhagarara babatera amabuye. Iyi nkuru ivuga ko bariya bantu ngo barwanyije abasirikare, bakabarasa. […]
Nyarugenge: Abantu batanu bagwiriwe nâinzu, umwe ahasiga ubuzima
Abantu batanu bo mu muryango umwe bo mu Mudugudu wa Ruhuha, Akagari ka Mwendo mu Murenge wa Kigali bagwiriwe nâinzu, nyirâurugo Emmanuel Iyakaremye wâimyaka 36 ahasiga ubuzima. Umuyobozi wâAkagari ka Mwendo, Israel Ndamage yabwiye Bwiza.com ko iyi nzu yagwiriye umuryango yari ishaje ariko ko byatijwe umurindi nâimvura yaguye mu ijoro ryakeye. Ati â Urebye ni […]
MONUSCO ntizakorana nâibihugu bitanu byishyize hamwe ngo bigarure umutekano muri Congo
Abayobozi bâIngabo ziri mu butumwa bwâamahoro mu muryango wâAbibumbye muri Congo (MONUSCO) buvuga ko butazifatanya nâigihugu icyo ari cyose gituranye na Congo-Kinshasa kizatangiza ibikorwa bya gisirikare mu kugarura amahoro mu burasirazuba bwâiki gihugu. Kuva ku wa 24 Ukwakira 2019, inama yâumutekano yâabayobozi bakuru mu ngabo zo mu bihugu bitanu byo mu Karere, bateraniye i Goma […]
Haribazwa aho u Rwanda ruzajugunya ubumara buzava mu gukoresha ingufu za Nukiliyeri
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri yâUbubanyi nâAmahanga Ushinzwe EAC, Amb. Olivier Nduhungirehe yasubije abibazaga aho u Rwanda ruzajya rushyira ubumara bwavuye mu ikoreshwa ryâingufu za Nukiliyeri. U Rwanda nâUburusiya byasinyanye amasezerano yo kubaka ikigo gishya mu Rwanda kizigisha ibya siyansi nâikoranabuhanga bya nikeleyeri. Amasezerano yashyizweho umukono na Ministiri Claver Gatete ushinzwe ibikorwa remezo na Alexei […]
Ubuhinde: Umusore yarumye imyanya yâibanga ya mugenzi we
Umusore witwa Yarlen wo mu Buhinde yatawe muri yombi akekwaho kuruma mugenzi we, Burgij imyanya yâibanga ubwo barwanaga. Yarlen usanzwe ari umuhigi wâamadubu muri iki gihugu yarumye mugenzi we bapfaga umuhigo. Ibinyamakuru byo mu Buhinde bivuga ko uyu mugabo yari asanzwe akurikiranwa na polisi yo mu Buhinde cyane ku bwo kwica inyamaswa cyane mu ishyamba […]
Twumvaga guhura na RIB ari nko kugwa mu rwasaya rwâintare- umuturage
Umuturage wo mu Kagari ka Karuku mu Murenge wa Janja mu Karere ka Gakenke, Filipo Kamugisha avuga ko yatunguwe no kubona Urwego rwâIgihugu rwâUbugenzacyaha (RIB) kuko ubusanzwe yumvaga guhura nayo ari nko kugwa mu rwasaya rwâintare. RIB ikomeje kuzenguruka uturere twâu Rwanda ikangurira abaturage gukumira ibyaha ari nako yibwira abaturage nkâurwego rukiri rushya. Ubwo bageraga […]
Zari arashinjwa kugirira ishyari impano yahawe Tanasha
Uwahoze ari umugore wâumuhanzi Diamond Platnumz arashinjwa kugirira ishyari impano ya telefoni ihenze yaguriwe Tanasha Donna wamusimbuye. Tanasha Donna uherutse kubyarana na Diamond yahawe nâumugabo we telefoni ya iPhone 11 Pro Max ifite agaciro kâasaga Frw Miliyoni. Iyi telefoni yashyizwe ku isoko muri Nzeri iri mu zihenze cyane kandi ziharawe. Umwe mu bafana yavuze ko […]
Bugesera: Umuturage amaze amezi atanu aba hanze
Umuturage wo mu mudugudu wa Kagasa ya mbere mu Kagari ka Ramiro ko mu murenge wa Gashora witwa Claude Muvunyi avuga ko umuryango we umaze amezi atanu bari mu buzima bubi, urara hanze ku rutara ruziritseho ihene eshatu. Muvunyi yabwiye Radio na TV 1 dukesha iyi nkuru ko ari uko abayeho nyuma yo gusenyerwa inzu […]
Yacukuriwe imva mu 1998 na nâubu aracyariho
Umugabo witwa Moses Nsubuga avuga ko umuryango we wacukuye imva yo kumushyinguramo mu 1998 nyuma yâaho bimenyekanye ko afite ubwandu bwa SIDA. Avuga ko umugore we bari bafitanye abana batatu yamutaye ku kigo nderabuzima arigendera nyuma yâaho yari amaze igihe imyaka ine amwihanangiriza ku myitwarire yamurangaga icyo gihe. Nsubuga yabwiye The Daily Monitor dukesha iyi […]
Umusaza wasambanije umwana yambaye agakingirizo yakuye zaire
Umusaza witwa Munyempano Dominique wâimyaka 85 yâamavuko wamenyekanye nka âKanyandekweâ muri filime yâuruherekane ya âSeburikokoâ, yemereye urukiko ko yasambanyije umwana wâimyaka irindwi yâamavuko. Munyempano wavutse mu 1934 yatawe muri yombi tariki 02 Ukwakira 2019 akukiranyweho gusambanya umwana wâumukobwa wâimyaka irindwi yâamavuko. Yafatiwe mu Mududugu wa Kagunga mu Kagari ka Gasharu mu Murenge wa Nyamirambo. Nyuma […]
Nta kindi turusha u Rwanda uretse kugenda mu modoka zâumurengwe-Umuyobozi wo muri Ghana
Umuyobozi ushinzwe amavugurura mu bikorera ku giti cyabo muri Ghana, Dr Thomas Kusi Boafo yumvikanye avuga ko Ghana ari igisebo ku Mana nyuma yâiminsi micye yâuruzinduko yari yagiriye mu Rwanda. Mu majwi yasakaye ku mbuga nkoranyambaga bivugwa ko ari aya Kusi Boafo, avuga ko uyu mugabo yihanangirije Abanya-Ghana kurekeraho kuramya abanyepolitiki no kwirirwa muri muzunga […]
Amafoto ya gereza 10 abazifungiwemo babaho mu buzima buhenze ku Isi
N’ubwo bigoye kubwira runaka ngo yari abayeho neza kandi afunzwe, hari gereza zihenze ku Isi ku buryo ubuzima bw’abazifungiyemo hari n’ubwo buba bwiza kurusha abari hanze bitewe n’uko baba babayeho. Urubuga Topteny rwatangaje gereza 10 ku Isi abazifungiwemo babaho ubuzima buhenze. 10. Gereza ya Gereza ya Wandsworth, iri i Landani (London) mu Bwonegereza 9. Gereza […]
Nyabihu: Abana bato birirwana udufuka ku mugongo basabiriza bateye inkeke
Ababyeyi bo mu isantere ya Kora iri mu Murenge wa Bigogwe mu karere ka Nyabihu bavuga ko batewe inkeke nâumubare munini wâabana birirwa basabiriza  bahetse udufuka ku mugongo. Aba babyeyi babwiye TV na Radio 1 dukesha iyi nkuru ko aba bana batiga ndetse ko nâabigeze kwiga ubu babiharitse. Bavuga ko babazwa no kubona abana bari […]
Ingagi nyinshi bikekwa ko zavuye mu Rwanda cyangwa Congo zimukiye muri Uganda
Ikigo Gishinzwe ibyâInyamaswa muri Uganda (UWA) gitangaza ko mu byumweru bicye bishize cyakiriye ku butaka bwâiki gihugu umuryango wâingagi zigera kuri 20 bikekwa ko zavuye ku ruhande rwâu Rwanda cyangwa Congo-Kinshasa. Umuvugizi wa Uwa, Hangi Bashir yabwiye Chimpreports dukesha iyi nkuru ko izi ngagi zakiriwe muri pariki yitwa Mgahinga. Avuga ko bataramenya neza niba koko […]
Itabi ryâIntore na Dunhill rishobora kunywa umugabo rigasiba undi mu minsi micye
Ikigo mpuzamahanga cyâAbongereza gikora ubwoko butandukanye bwâitabi (BAT) ; ririmo irizwi cyane mu Rwanda nkâIntore, Dunhill, Impala na SM cyatangaje ko ibiciro byacyo kuri iryo tabi byiyongereye kubera imisoro yazamutse mu mwaka wâingengo yâimari wa 2019/20 ndetse ko nâubundi bwoko bwâitabi bakora buraza kwiyongera. Kuzamuka kwâibiciro byâitabi bije bikurikira amavugurura yâimisoro aheruka nkuko The New […]
Biravugwa ko Perezida Magufuli yafashwe nâuburwayi butunguranye
 Amakuru akomeje gucicikana kuri iki Cyumweru ni uko Perezida wa Tanzania, John Pombe Magufuli yagiye kuvurirwa mu gihugu cyâUbudage nyuma yo gufatwa nâindwara zâumutima. Ku mbunga nkoranyambaga, Abanya-Tanzania bakomeje gusa ibiro byâumukuru wâigihugu gutanga amakuru kuri iyi ngingo. Kugeza ubu ntacyo Leta ya Tanzania iratangaza kuri iyi ngingo gusa umwe mu bantu batatangajwe amazina […]
Nyina wa Diamond yahawe urwâamenyo kubera umwuzukuru we
Nyina wâumuhanzi Diamond Platnumz, Sanura Sandra Kasimu yahawe inkwenene ku mbuga nkoranyambaga ku bwâifoto yâumwuzukuru we, uvuka kuri Tanasha. Yifashishije urukuta rwe rwa Instagram, Mama Dangote nkâuko bakunze kumwita, yashyize hanze amafoto yâuwo yavugaga ko ari umwana wa Diomond na Tanasha. Bamwe mu bamukurikirana bavugaga ko yataye umwanya wâubusa ajijisha kuko uwo mwana ari uwo […]
96 % by'abafite ibibazo byo mu mutwe ntibagana ibitaro
Ushinzwe ubuzima bwo mu mutwe ku rwego rwâibanze mu Kigo kâIgihugu cyâUbuzima RBC, Misago Claire Nansi, yatangaje ko mu bafite ibibazo byo mu mutwe, abagana amavuriro bakiri bake, ku kigero cya 4%, bakaba bifuza ubufatanye nâinzego zose nâAbanyarwanda kubakangurira kumenya ubuvuzi bwâindwara zo mu mutwe nâuko zifata. Yabitangaje kuwa 18 Ukwakira 2019, ku Kigo âIcyizere […]
Biravugwa ko Ben Rutabana wari warabuze ari muri Uganda
Amakuru mashya yagiye hanze, ahamya ko Ben Rutabana ari muri Uganda kuva mu gihe gishize kirenga ukwezi, nyuma yo kuburirwa irengero bigatuma umuryango we ukomeza gutabaza, ukanandika ibaruwa usaba RNC kumurekura cyangwa ukavuga ibyo umurega. Ben Rutabana usanzwe ari komiseri muri RNC ushinzwe kongera ubushobozi, ari muri Uganda aho yatangiye urugendo rwe ku wa 5 […]
Dr Francis ushinjwa gukubitira umukobwa mu ruhame arashakishwa
Ubushinjacyaha bwatangaje ko bukomeje gushakisha Dr Francis Habumugisha uregwa gukubitira umukobwa mu ruhame, ngo hashyirwe mu bikorwa umwanzuro wâUrukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge, ruheruka gutegeka ko aburana afunzwe. Ku wa 23 Nzeri 2019 nibwo Urukiko rwâIbanze rwa Nyarugenge rwarekuye byâagateganyo Dr Francis Habumugisha, umushoramari akaba na nyiri Goodrich TV, ukurikiranyweho gukubitira mu ruhame umukobwa witwa Kamali […]
Ni gute nakoresha imisoro yâabaturage njya muri Amerika kandi mu rugo hari ibibazo-Magufuli
Perezida wa Tanzania atangaza ko atabashije kwitabira inama  ya 76 yâUmuryango wâAbibumbye ku bwo kurondereza amikoro. Uyu mukuru wâigihugu nâubusanzwe udakunda gukora ingendo zijya hanze, Global News ivuga ko ubwo yasobanuraga impamvu atagiye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yavuze ko bitari guhsoboka bitewe nâuko ubushobozi buhari buri gukoreshwa mu gukemura ibibazo biri imbere muri […]
Nyabihu: Yahengereye umugore we asinziriye amwica amunize
Umugabo witwa Turimubyiza Jean Nepo wâimyaka 21 yâamavuko ukomoka mu murenge wa Karago mu karere ka Nyabihu yatawe muri yombi nâinzego zâumutekano akekwaho kwica umugore we, Ntabanganyimana Domitile umugore  babanaga bitemewe nâamategeko. Amakuru yâurupfu rwâuyu mugore wâimyaka 25 yâamavuko, yamenyekanye mu gitondo cyo kuwa Gatatu tariki 16 Ukwakira 2019 ubwo umwe mu baturanyi yari aje […]
Bugesera: Abaturage bakirije Umuvunyi Mukuru amaganya
Abaturage bo mu Mirenge ya Bugesera bakirije Umuvunyi Mukuru, Anastase Murekezi amaganya yâibibazo byabo batigeze bakemurirwa nâubuyobozi bwâinzego zâibanze. Murekezi ubwo yasuraga aka karere kuri uyu wa 17 Ukwakira, yakirijwe uruhuri rwâibibazo byâabaturage bavuga ko bahugujwe amasambu  nâabaturanyi babo abandi bakayahuguzwa nâabo mu miryango yabo nyamara ngo bagiye mu nkiko baratsindwa. Aba baturage bongeye ho […]
Rutsiro: Abanyeshuri baheruka amata mu mezi abiri ashize
Abanyeshuri bo muri amwe mu mashuri yo mu Karere ka Rutsiro bavuga ko gahunda yo kunywa amata imaze amezi abiri itabageraho. Ni mugihe mu mu mwaka wa 2015 minisiteri yâuburezi aribwo yatangije gahunda yisweâinkongoro yâumwana âigenerwa abana bo mu mashuri abanza nâayâincuke nibura inshuro ebyiri mu cyumweru kimwe. Ni gahunda iyi minisiteri yagaragazaga ko itanga […]
Kuba umucungamutungo wa FDU-Inkingi si icyaha- uwiregura
Uwari umucungamutungo wâishyaka ritaremerwa mu Rwanda (FDU-Inkingi) ushinjwa ibyaha byâiterabwobwa, avuga ko kuba yari umucungamari w’ishyaka bitagize icyaha. Gasengayire Leonille ni we mugore wenyine uri mu bayoboke 11 ba FDU-Inkingi bari kuregwa ibyaha by’iterabwoba. Mu kwiregura kuri uyu wa 17 Ukwakira mu rukiko, yireguye ku byo ashinjwa nâubushinjacyaha ko  yakoze ibyaha Aba bararegwa by’iterabwoba birimo […]
Kenya: Bisi ya pantekote bayifatanye ibipfunyika byâurumogi
Bisi yâIdini yâitorero pantekote mu Mujyi wa Voi muri Kenya bayisatse bayisangana ibifunyika byâurumogi. Uru rumogi rwafashwe kuri uyu wa 15 Ukwakira uyu mwaka ubwo polisi yari mu mukwabu wo guhashya ibiyobyabwenge. Polisi ivuga ko yasanzemo udupfunyika 230 dufite agaciro ka miliyoni imwe nâigice zâamashilingi ya Kenya (Frw miliyoni zisaga umunani). Umwe mu bayobozi ba […]
Ntukabe ikigoryi- Perezida Trump abwirwa mugenzi we wa Turukiya
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yasabye mugenzi we wa Turkiya, Tuyyip Erdogan kudakora ibyo yise ibyâubugoryi ngo akomeze kugaba ibitero muri Syria. Mu ibaruwa yo kuwa 9 Ukwakira Trump yoherereje Erdogan amusaba ko ibyo ari gukora byazatuma ahora yibukwa mu mateka nka âsekibiâ Trump avuga ko Turukiya ikomeje kugaba ibitero mu […]
Amashami wakwiga muri Kaminuza ya CHUR
Ubuyobozi bwa Kaminuza ya Christian University of Rwanda (CHUR) buratangaza ko bufite amashami akurikira ku bifuza kuyigamo. Muri aya mashami harimo: -Ubumenyi nâIkoranabuhanga (Information and Technology) – Ubuhinzi nâiterambere ryâIcyaro ( Agriculture and Rural Development Business) -Ubucuruzi nâIshoramari (Trade and Investment) – Uburezi (Education) -Indimi  nâUbumenyamuntu (Arts and Social Sciences) Ushobora guhabwa impamyabushobozi zikurikira: Amasomo […]
USA: Uwarokokeye jenoside mu bwiherero yateguye umwiherero
Umunyarwandakazi, Immaculee Ilibagiza warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi yateguye imyihererero ibiri mu Mujyi wa Stoughton muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Ilibagiza wanditse igitabo âLeft to Tellâ bivuze ngo âuwasigaye ngo abare inkuruâ, kibanda ku buryo we na bagenzi ba batandatu nâumwana umwe barokotse ubwicanyi bihishe mu bwiherero buto. Avuga ko yarokotse ari kuvuga rozari (ishapule […]
Rusizi: Umugabo yahishuye icyamuteye gukubita umugore we ishoka akamwica
Umugabo witwa Anastase Harerimana utuye mu kagari ka Nyange mu Murenge wa Bugarama mu karere ka Rusizi avuga ko yishe umugore we amukubise ishoka mu mutwe bitewe nâuko yabonaga ko amuca inyuma. Mu iburansha ryabereye mu ruhame kuri uyu waa 15 Ukwakira 2019 aho uyu mugabo akekwaho kwica umugore we bari bamaranye imyaka 21 barangabyaranye […]
Biravugwa ko  Visi- Perezida wa Rayon Sports yeguye mu ibanga
 Hari amakuru akomeje gucicikana avuga ko Visi- Perezida wa mbere wa Rayon Sports, ThadĂ©eTwagirayezu yeguye ku mirimo ye mu ibanga. Radio 10 dukesha iyi nkuru ivuga ko nta mpamvu iramenyekana yatumye uyu muyobozi yegura kuri uyu wa 16 Ukwakira 2019. Perezida wa Rayons Sports, Sadate Munyakazi yavuze ko ntacyo azi kuri aya makuru. Ati â […]
Kigali: Umugabo yakiriye ruswa ubwo yari mu rukiko
Umugabo witwa  Nkurunziza Edmond waburanaga ifunga nâifungurwa byâagateganyo kurinuyu wa 15 Ukwakira mu Rukiko rwâIbanze rwa Nyarugenge yafatiwe mu cyumba cyâiburanisha yaka umuturage Frw 7000  abyita ibyâinyandiko ihamagara mu rukiko (Assigntion). Uyu mugabo wâimyaka 52 yatse aya mafaranga ubwo hari hakomeje urubanza rwe aho akekwaho kwiyitirira inzego zâubutabera. Aya Frw 7000 nkâuko TV10 dukesha iyi […]
Uwahoze atoza Amavubi avuga ko byari bitoroshye
Umwongereza wahoze azatoza Ikipe yâIgihugu yâu Rwanda, Amavubi Stephen Constantine yavuze ko yagiye agorwa cyane mu makipe yâibihugu yagiye atoza. Mu kiganiro na The Mirror ubwo yagarukaga ku kuba agiye kureka gutoza amakipe yâibihugu agatoza amakipe asanzwe (clubs). Yavuze byinshi ku makipe ya Nepal, Sudani nâUbuhinde na Malawi, hakiyongeraho u Rwanda. Ageze ku byo yabonye […]
Zari Hassan arashinja Kenya Airways kumwiba
Umuherwekazi wo muri Uganda arashinja Kompanyi yâindege ya Kenya Airways kumwiba imibavu ihenze yari avanye I Dubai. Zari avuga ko iyi mibavu abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, yavuze ko atari ubwa mbere aburira ibintu bye mu ndege yâiyi kompanyi. Ati â Nababajwe na Kenya Airlines . Buri gihe mababera indahemuka ariko mwebwe mukampemukira. Ubundi […]
Batanu bahitanwe nâimvura imaze iminsi igwa mu gihugu hose
Minisiteri y’Imicungire y’Ibiza ivuga ko imvura imaze iminsi itatu igwa mu gihugu hose imaze guhitana abantu batanu, yashenye inzu z’abaturage yangiza n’imirima ihinze hirya no hino mu Rwanda. Ikigo gishinzwe iteganyagihe kivuga ko indi mvura nyinshi cyane iteganyijwe mu mpera z’iki cyumweru ikaba ishobora gukurikirwa n’ibiza biruse iyi imaze iminsi. Mu bantu batanu bishwe n’ibiza […]
Umunyarwanda avuga ko ibicuruzwa bye bihwanye na Frw miliyoni umunani byaheze i Kampala
Umucuruzi wâUmunyarwanda, Cephas Nshimyumuremyi avuga ko hari ibicuruzwa bifite agaciro kâamafaranga yâu Rwanda miliiyoni umunani yaranguye muri Uganda ariko bikaba byarahezeyo kubera ibibazo byo kwambuka imipaka. Nshimyumuremyi usanzwe atunganya ibicuruzwa byitwa âUburangaâ yabwiye The East African dukesha iyi nkuru ko ibi bicuruzwa byaheze Uganda ari ibyo gupfunyikamo amavuta yo kwisiga ku mubiri, amasabune yo mu […]
Abashyigikira amoko nibajye mu kuzimu- Perezida MuseveniÂ
Perezida wa Uganda Yoweli Museveni yasabye abayobozi ba Sudani yâAmajyepfo gushyira imbaraga mu gukora ibyateza imbere abaturage babo. Yasabye ko ibibatandukanya nkâirondamoko bikwiriye kutabaranga kuko ngo ari uguta igihe. Museveni wari mu biganiro byâamahoro bihuza abanyepolitiki bo muri Sudan mu Murwa Mukuru Juba, yavuze ko nta terambere ryagerwaho abantu bakomeje gushyira imbere ibyâamoko. Ati â […]
Gen. Dallaire avuga ko nta magambo yasobanura uko yakiriye icyemezo cya LONI cyo kwanga gutabara mu gihe cya jenoside
Umunya-Canada, Lt. Gen. Romeo Dallaire avuga ko yumva nta magambo ahagije yavuga uko yiyumvise ubwo yamenyeshaga Umurayango wâAbibumbye (ONU) ngo itabare kuko yabonaga hari imigambi yo kwica Abatutsi mu 1994. Gen. Dalliare wari uhagarariye ingabo za LONI zari mu Rwanda (MINUAR) mu gihe cya jenoside yakorewe Abatutsi kuwa 11 Mutarama 1994 Â yohereje icyiswe â genocide […]
Kirehe: Bamwe mu barimu barijujutira guhora bakwa ibyangombwa uko umwaka utashye
Bamwe mu barimu bigisha mu mashuri yo mu Murenge wa Mpanga mu Karere ka Kirehe bavuga ko barambiwe guhora bakwa nâubuyobozi bwâAkarere ibyangombwa buri mwaka kandi baba barabitanze mbere yo guhabwa akazi. Bamwe muri aba baganiriye na Bwiza.com kuwa 14 Ukwakira uyu mwaka, bavuga ko bakwa ibyangombwa buri uko habaye igenzura kandi baba bazi ko […]
Ukwigamba intambara kabiri mu cyumweru kimwe kwa Gen. Muhoozi guhatse iki?
Umujyanama Mukuru wa Perezida wa Uganda mu bya operasiyo zidasanzwe, Lt. Gen. Muhoozi Kainerugaba amaze kugaruka inshuro ebyiri mu cyumweru kimwe ku ishyano ryagwira uwahirahira gatera Uganda. Abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter kuri uyu wa 8 Ukwakira uyu mwaka ubwo igihugu cye cyizihizaga Umunsi Mukuru wâUbwigenge kuwa 9 Ukwakira , Gen. Muhoozi yavuze ko […]
Umunyarwandakazi ari mu nkiko ku bwo kwinjira muri Amerika abeshye
Umunyarwandakazi, Beatrice Munyenyezi wo mu Mujyi wa Concord muri Leta ya California yagejejwe imbere yâubutabera ashinjwa ku beshya inzego zishinzwe abinjira nâabasohoka zo muri Amerika yiyita impunzi. Urubanza rwabaye mu 2012 rwatumye Munyenyezi mu 2013 ahamwa nâiki cyaha ndetse akatirwa afungwa imyaka 10 no kwamburwa nâubwenegihugu yari yarahawe nyuma yo kuva mu Mujyi wa Manchester […]
U Rwanda ruzavuga ku kibazo cyâinkuru zirwibasira mu nama izabera i Kampala
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri yâUbubanyi nâAmahanga  ushinzwe EAC,  Amb. Olivier Nduhungirehe avuga ko u Rwanda ruzagaruka ku nkuru zandikwa nâibinyamakuru byo muri Uganda rwo rubona ko zidafite ishingiro. U Rwanda rumaze kugaragaza inshuro ebyiri ko hari inkuru zanditswe nâikinyamakuru The New Vision zirimo â Puropaganda yibasira u Rwanda.â Ibi bihabanye nâmazezerano (MoU) yashyizweho umukono […]
Kamonyi/Kayenzi: Â Batandatu nâumukecuru wâimyaka 80 bafashwe biba ibicuruzwa mu iduka
Mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 12 Ukwakira ni bwo Polisi yâu Rwanda ikorera mu murenge wa Kayenzi mu karere ka Kamonyi yafashe abasore batandatu nâumukecuru umwe ufite imyaka 80 bamaze kwiba ibicuruzwa muri butike ya Gatete Janvier, umucuruzi mu isantere ya Kayenzi. Abafashwe ni Nirere Pacifique wâimyaka 23, Ukwizagira Eric ufite […]
U Rwanda rwavuze ku nkuru yerekeye uwishe Gen. Fred Rwigema yakwirakwiye muri Uganda
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri yâUbubanyi nâAmahanga  ushinzwe EAC,  Amb. Olivier Nduhungirehe avuga ko muri Uganda hongeye kwandikirwa indi nkuru yise âikinyomaâ ivuga ku waba yarishe Gen. Fred Rwigema wayoboye urugamba rwo kubohoza u Rwanda. Ni inkuru yâikinyamakuru bivugwa ko kiri mu kwaha kwa cya Leta ya Uganda cyitwa The New Vision. Mu nkuru cyashyize […]
Kimironko: Ntiharamenyekana icyatumye umugabo atera undi icyuma mu rubavu na we akikata ijosi
Umunyamabanga nshingwabikorwa wâumusigire wâUmurenge wa Kimironko, Angelique Uwinkindi atangaza ko hari amakuru yâumugabo witwa Yozefu wâimyaka 35 wateye icyuma mugenzi we witwa  Isaie mu rubavu aramukomeretsa cyane nyuma na we akikata ijosi agahita apfa. Gitifu Uwinkindi yabwiye Umuseke dukesha iyi nkur ko ib byabaye ahagana saa munani zâamanywa kuwa Gatandatu tariki ya 12 Ukwakira mu  mudugudu […]
Igicucu ni cyo cyakora ibyo- Umugore wa Diamond
Umugore wâUmuhanzi Diamond Platnumz, Tanasha Donna avuga ko nta bwenge bwaba burimo ku kuba yabeshya ku bijyanye nâitariki yâamavuko yâumwana we wâumuhungu. Ibinyamakuru ndetse no ku mbuga nkoranyambaga ntibahwemye kwerekana ko bigoye kwizera ko umwana wa Diamond na Tanasha yaba yaravutse ku munsi umwe nâuwo Se yizihirizaho isabukuru yâamavuko. Abenshi bemeza ko uyu mwana wâumuhungu […]
Muhanga: Ubuyobozi bwavuze ku kibazo cyâumuturage ubushinja kumugabaho igitero nijoro
Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umurenge wa Kibangu, Jean Claude Nshimiyimana, atangaza ko ibyatangajwe nâumuturage ayobora witwaEmiliyana Nyirampfakurera wo mu karere ka Muhanga ko yatewe nâubuyobozi atari uko byagenze. Nyirampfakurera wo mu Kagari ka Gasharu, Umudugudu wâUbuhoro aherutse kubwira BBC mu minsi ishize ko ku wa Kane tariki ya 10 Ukwakira uyu mwaka, yatewe n’abantu bazindutse mu gaturuturu […]