Kigali: Mtume akamatwa kwa kudanganya polisi

Mtume kwa majina ya Liliane Mukabadege amekamatwa jana na jeshi la polisi Mjini Kigali juu ya uongo wa anapokwenda wakati wa kujikinga virus vya Corona. Mukabadege anadaiwa kuwadanganya polisi kuwa anakwenda mjini kwenye show ya radio lakini akachepuka kuelekea kanisani. ” Jeshi la polisi limekamata mtume Mukabadege kwa kudanganya kuwa anakwenda kwenye radio. Polisi imemfuata […]

E-learning muri UR izagongana n’ubushobozi bw’abanyeshuri

Muri ibi bihe u Rwanda n’Isi muri rusange bahanganye n’Icyorezo cya Virus ya Corona (Covid-19), hafashwe umwanzuro ko amasomo mu mashuri abanza, ayisumbuye, amakuru na za kaminuza yaba ahagaze mu rwego rwo kwirinda ko iki cyorezo cyakwirakwizwa. Icyemezo gihagarika amasomo kireba na Kaminuza y’u Rwanda (UR) muri ibi bihe yahise itangiza uburyo bushya bwo guha […]

Rwandan gov’t officials to forfeit April salary

Senior government officials including Cabinet Members, Permanent Secretaries and heads of parastatals, among other senior leaders will forfeit April’s salary to contribute to social protection of vulnerable citizens. This was announced through a statement issued by the Office of Prime Minister Dr Edouard Ngirente. According to a statement released on Sunday evening, the move is […]

Ruhango: Umugabo yari agiye kwiyahura kubera inzara

Umugabo witwa Ndabasanze Felecien utuye mu Karere ka Ruhango, Umurenge Ruhango, Akagari ka Munini, mu Mudugudu wa Ruhuha, avuga ko hashize ukwezi kumwe agerageje kwiyahura ku bwo kubura icyo agaburira abana be babiri n’umugore. Ndabasanze yatangarije Bwiza.com ko yageze aho asubika kwiyahura, igikorwa avuga ko ari “ Icy’ububwa” yari agiye gukora nyuma yo kwitegereza abana […]

RIB arrests two more suspects of assault resulted into death

Rwanda Investigation Bureau (RIB) has arrested two more suspects (a man and woman) in Rubavu District, who are suspected of intentionally assaulting one Salomon Niyonzima, 24, who later died in hospital. Those arrested were identified as Jean-Claude Ntirenganya, who was beating Niyonzima, and Afisa Naberaho who is also suspected of being involved in this immoral […]

Nyanza: Abo mu miryango y’abasore babiri barashwe na Polisi banze kubashyingura

Abantu bo mu miryango y’abasore babiri barashwe na polisi y’u Rwanda bivugwa ko bayirwanyije mu Murenge wa Nyagisozi, Akarere ka Nyanza banze gushyingura abantu babo. Amakuru avuga ko kuri uyu wa 03 Mata 2020, abo mu miryango yabo bashyikirijwe amabarurwa abasaba kugira uruhare mu kubashyingura banga kuyasinya. Ubuyobozi bw’Umurenge buvuga ko nta mpamvu zifatika bagaragaza, […]

Abanyerondo barankubise bavuga ko ntatwite minisitiri-utuye Bannyahe

Umugore witwa Angelique Mutamuriza utuye mu Mudugudu wa Kangondo II (Bannyahe), Akagari ka Nyarutarama, Umurenge wa Remera mu Karere ka Gasabo avuga ko yakubiswe n’abakora irondo ry’umwuga aho atuye kandi atwite, bamubwira ko adatwite minisitiri. Mutamuriza yabwiye Ishema TV ko irondo ryamusanze iwe rigatangira kumukubita we n’umukozi we. Avuga ko nta cyaha yari azi akurikiranweho […]

Wakazi wa kisiwa Nkombo wadai kuuawa na nja juu ya Covid-19

Wakazi wa kisiwa cha Nkombo Wilayani Rusizi, Kusini Magharibi mwa Rwanda wamesema kuna hofu ya kuuawa na njaa juu ya Virus vya Corona. Wametangaza kuwa wanatii amri ya serikali ya kubaki nyumbani lakini wanaweza kuuawa na nja kutokana na kutokuwa na chakula. Wanaitaka serikali kuwasaidia hasa chakula kwani kazi walizokuwa wakifanya zilikomeshwa hadi tarehe 19 […]

Kenya: Umuyobozi yohereje ifoto y’imyanya y’ibanga mu itsinda rya whatsApp

Umuyobozi mu gace kitwa Nyandarua muri Kenya yohereje mu itsinda rya WatsAp ifoto igaragaza imyanya y’ibanga ye. Umwe mu baba mu itsinda yavuze ko ” Uwo mugabo yibeshye akohereza igitsina cye mu itsinda bigasaba ko bamuhamagara ngo bamubwire ibyo yakoze.” Uyu muyobozi ngo yagerageje gusiba ifoto gusa benshi bari bamaze kuyitwara nka sikirinishoti (screen). Uyu […]

Nkunda umukozi wo mu rugo rwacu ariko ntinya kubivuga-Umusore utuye i Gikondo

Umusore witwa Karemera John (amazina yahinduwe) avuga ko yisanze yakunze umukozi wo mu rugo rw’iwabo ariko aba atinya kubivuga bitewe n’ababyeyi be. Yifashishije info@bwiza.com. Karemera yanditse avuga ko yakunze uwo mukobwa ufite imyaka 23 kandi na we akaba yumva ageze mu gihe cyo gushinga urugo. Ikimuteye ubwoba ni uko ababyeyi be bagira amahane ku ngingo […]

Kigali: Kumeanzishwa upelelezi kwa wanajeshi wanaoshtakiwa kuwabaka wanawake

Jeshi la Rwanda limeanzisha upelelezi kwa wanajeshi wake watatu wanaoshtakiwa kuwabaka wanawake eneo la Bannyahe Mjini Kigali. Habari zimezagaa kuwa wanajeshi hao walibaka wanawake na kuwapiga waume zao wiki iliyopita. Msemaji wa Jeshi la Rwanda, Luteni Kanali Innocent Munyengango jana alisema upelelezi utaazishwa kuhusu mashtaka hayo. Pamoja na hayo, kwa mujibu wa BBC, upelelezi umeanzishwa […]

Rwanda to help students unable to access e-learning platforms

Rwanda Education Board (REB) has said that it is working with the United Nations Children’s Fund (UNICEF) and other partners to deliver lessons, through radio and television, for students who don’t have access to e-learning platforms amid the COVID-19 crisis. The response follows calls by activists calling on the Ministry of Education to put in […]

COVID-19 izasiga bamwe mu Banyarwanda mu bibazo by’ubukungu

Icyorezo cya Coronavirus gishobora kuzasiga bamwe mu baturage bafite ibibazo by’amikoro ahagaze nabi bitewe n’ihagarara ry’ibikorwa byinjiza amafaranga. Mu Rwanda ibikorwa byinshi n’ubwo atari byose byinjiza amafaranga byahagaritswe kuwa 21 Werurwe 2020. Amabwiriza yavugaga ko mu rwego rwo kwirinda Coronavirus, abantu bagomba kuguma mu rugo, hagakora abo bishoboka ko bakoresha murandasi. Ni igihe cyari kumara […]

IMF yahaye u Rwanda inguzanyo ya $ miliyoni zisaga 109 zo kurwanya COVID-19

Inama Nyobozi y’Ikigega Mpuzamahanga k’Imari (IMF) yemeje miliyoni 109.4 z’amadolari agamije gufasha u Rwanda guhangana n’ingaruka z’icyorezo cya coronavirus kuri ubu kimaze gukwira ku Isi muri iki gihe. Aya mafaranga ni inguzanyo yihutirwa, igamije gufasha leta y’u Rwanda guhangana n’ingaruka za Corona. Ni amafaranga azanyuzwa mu ishami ry’inguzanyo zihutirwa (Rapid Credit Facility). Ingaruka mbi ku […]

Abasirikare ba RDF bashinjwa ibyaha bikomeye bagiye kuburanishwa

Abasirikare batatu mu Ngabo z’u Rwanda ( RDF) bataramenyekana amazina bakekwaho guhohotera abaturage mu gace kitwa Bannyahe mu Mujyi wa Kigali bagiye kuburanishirizwa mu ruhame. Abaturage batuye Bannyahe bagiye babwira itangazamakuru ko aba basirikare bagiye babakubita gusa hakaba n’abavuga ko bafashe ku ngufu abagore n’abakobwa. Soma: https://bwiza.com/?RDF-yatangaje-ko-abasirikare-batatu-bakurikiranweho-ibyaha-bikomeye Lt. Col. Innocent Munyengango, Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda […]

Kinyinya: Abaturage bavuga ko hari ikimenyane mu gutanga ibiribwa

Bamwe mu baturage bo mu Mudugudu wa Gicikiza, Akagari ka Kagugu mu Murenge wa Kinyinya, bavuga ko bakeka ko hari ikimenyane mu gutanga ibiribwa bihabwa abatishoboye muri ibi bihe akazi kahagaze mu rwego rwo kwirinda no gukumira icyorezo cya Coronavirus. Aba baturage batangarije Bwiza.com ko badashira amakenga uburyo ubuyobozi butanga ibi biriribwa bashingiye ku buryo […]

Yirukanwe ku kazi ku bwo gutinda ku musarani

Umugabo w’Umunya-Malawi yirukanwe ku kazi yakoraga muri Hoteli yitwa Amaryllis iri mu Mujyi wa Blantyre bitewe no gutinda mu bwiherero. Uyu mugabo utatangajwe amazina na Nyasa Times dukesha iyi nkuru, umukoresha we yaje kumureba ku kazi uwo bakorana amubwira ko yagiye mu bwiherero. Bosi yaramutegereje kuko yamushakaga cyane, undi ngo yamaze nk’iminota 30. Igihe aziye […]

Kigali: Wanaosubiri msaada wa serikali wapia mayowe

Wakazi Tarafa la Bumboko kijijini Ngara wametangaza kukumbwa na njaa baada ya kusubiri msaada wa serikali wakaukosa wakati wa kutotoka nyumbani kwa ajili ya Virus vya Corona. Baadhi yao wameambi Bwiza.com kuwa waliandikwa na viongozi wao wiki iliyipita ila bado hawajapokea kitu. ” Waliandika majina yetu wiki iliyopita, wengine wamepata chakula lakini sisi hatujapokea.” Mmoja […]

Kwibuka26: Abazagira ihungabana bazafashirizwa mu ngo kubera Coronavirus

Komisiyo y’Igihugu yo Kurwanya Jenoside (CNLG) itangaza ko kwibuka ku nshuro ya 26 Jenoside yakorewe Abatutsi bizabera mu ngo ku bwo kwirinda icyorezo cya Coronavirus , ariko kubazagira ihungabana bazafashirizwa mu rugo hifashijwe uburyo butandukanye. Mu itangazo CNLG yashyize ahagaragara, rivuga ko “ Abaturage bazibukira mu ngo babifashijwemo n’ibiganiro bizahita mu itangazamakuru: Radiyo, Televiziyo, imbuga […]

Gasabo-Bumbogo : Abatarahabwa ubufasha bwa Leta baratabaza

Bamwe mu baturage bo mu Mudugudu wa Gisasa mu Kagari ka Ngara mu Murenge wa Bumbogo mu Karere ka Gasabo, baravuga ko bataragerwaho n’ubufasha bw’ibiribwa Leta yageneye abatishoboye muri ibi bihe ibikorwa byinshi byinjiza amafaranga byahagaze kubera Coronavirus. Aba baturage babwiye Bwiza.com ko batorohewe ninzara muri ibi bihe nyuma y’aho bashyizwe ku rutonde rw’abazafashwa ariko, […]

Rwanda extends nationwide lockdown as 82 test positive for COVID-19

Rwanda on Wednesday extended its lockdown to April 19 as part of efforts to curb the spread of the novel Coronavirus. “Unnecessary movement and visits outside the home are not permitted except for essential services such as healthcare, food shopping or banking and for personnel performing such services,” Prime Minister Dr Edouard Ngirente said in […]

Rwanda: Idadi ya wagonjwa wa Virusi vya Corona yapanda kwa 75

Wagonjwa wa Virus vya Corona nchini Rwanda wamefika 75 kulingana na tangazo la Wizara ya Afya nchini humo. Rwanda inashika nafasi ya pili eneo la Afrika Mashariki kuwa na wagonjwa wengi wa ugongjwa huo. Kwa sasa, Kenya ingali kwa nafasi ya kwanza na wagonjwa 81. Serikali zimeanzisha mikakati mkikubwa ya kuwakinga wananchi wake Virus vya […]

Abarangiza ibihano muri ibi bihe bazataha iwabo-RCS

Urwego rw’Amagereza mu Rwanda (RCS) rutangaza ko imfungwa zizarangiza ibihano byazo muri ibi bihe u Rwanda ruhanganye n’Icyorezo cya Coronavirus zizajya zitaha. Ibi Umuvugizi wa RCS, Hillary Sengabo yabihamirije The New Times mu kiganiro bagiranye. Uyu muyobozi ati ” Imfungwa ntabwo zaguma muri gereza ngo ni uko ingendo zitemewe. Abarangije ibihano byabo kandi turabafasha kuko […]

The teen dreams to be a reproductive health doctor

Augustin Habimana, 15, a secondary school student at Groupe Scolaire SAGA says he will do whatever it takes to become a reproductive health doctor, a career he dreamed to pursue since he was young. His dream got a huge boost when he attended training on reproductive health conducted by Speak Out project at his school […]

Karongi: Ubumenyi yahawe n’umushinga Speak Out bwamuhaye icyizere

Umuturage wo mu Kagari ka Nyamushishi, Umurenge wa Murundi mu Karere ka Karongi, Nirere Esperence aravuga ko ubumenyi yahawe ubwo yahugurwaga n’umushinga Speak Out utanga amahugurwa mu bice bitandukanye by’igihugu ku bana n’abandi bantu, bwamuhaye icyizere ndetse ku buryo ibyo yize asubira inyuma akabisangiza bagenzi be. Nirere Esperence ni umwana w’umukobwa w’imyaka 18 y’amavuko ni […]

Living in dilemma of what is true about reproductive health

There was a time when girls in Busenyi Village, Kaberi Cell, Ruheru Sector in Nyarguru District of Southern Province felt confused of what is right or wrong about reproductive health. But at the moment, Gloriose Mushimiyimana, a student at Groupe Scolaire Ruheru says they have got to know everything concerning their rights and reproductive health […]

Kenya: Depite ntiyorohewe nyuma yo kurasira umuntu mu kabyiniro k’Umunyarwanda

Umudepite w’acage ka Embakasi, Babu Owino ari mu bihe bibi bica amarenga ku hazaza he muri politki ya Kenya nyuma yo kurasira umusore uvanga imiziki (DJ), Evolve mu kabari k’Umunyarwanda, Billy Ndengeyingoma. Depite Owino ashinjwa kuba yarashatse kwivugana Felix Orinda uzwi ku izina rya DJ Evolve, mu ijoro ry’itariki ya 17 Mutarama ubwo bari bahuriye […]

MIGEPROF yasabye abashakanye kwibuka kuboneza urubyaro muri iki gihe bari kuguma mu ngo

Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango (MIGEPROF) yasabye abagore n’abagabo kwibuka kuboneza urubyaro muri iki gihe bari kuguma mu ngo kubera icyorezo cya Coronavirus. Abanyarwanda kuva kuwa 21 Werurwe basabwe kuguma mu ngo nyuma y’aho umuntu wa mbere wanduye Coronavirus (COVID-19) agaragariye mu Rwanda. Ubutegetsi buvuga ko iki gihe kizamara ibyumweru bibiri. Ibi birumvikana ko ku bashakanye, […]

Umukunzi wa Davido yasanzwemo Coronavirus

Umukunzi w’Umuhanzi, David Adedeji Adeleke uzwi nka Davido ari we Chioma yapimwe ibizamini bigaragaza ko yanduye icyorezo cya Coronavirus. Chioma ufitanye umwana na Davido witwa David Jnr, yanduye ubwo yari muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aho akubutse we n’umugabo we. Iby’aya makuru byatangajwe na Davido ubwe ku mbuga nkoranyambaga. Yavuze ko mu bo bari […]

Uko imibare ya Coronavirus yifashe kuri uyu wa 28 Werurwe 2020

Imibare y’urubuga Worldo meters yerekana isegonda ku rindi uko icyorezo cya Coronavirus cyifashe ku Isi. Imibare irerekana ko iki cyorezo kimaze kwica abantu 27, 370 naho abamaze kucyandura ni 597, 458 hirya no hino ku Isi. Kugeza ubu abantu bo mu bihugu 199 hirya no hino ku Isi ni bo bamaze kwandura kiriya cyorezo. Iyi […]

Amakuru ari muri rubanda avuga kuri Kabuga Félicien ukekwaho uruhare muri jenoside

Hari amakuru yagiye agaruka mu matwi ya benshi avuga ku munyemali, FĂ©licien Kabuga ushinjwa kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, gusa akaba nta rwego cyangwa abo bireba bigeze bagira icyo babivugaho cyane ko amwe muri yo yumvikana nk’inkuru z’urwenya rwo muri rubanda. Uretse ayo makuru yafashwe nka bwa buvanganzo bwo muri rubanda, hari […]

Umugore asigaye andaza mu modoka-Umugabo w’ i Kigali

Umugabo witwa Nkusi (izina ryahinduwe nk’uko yabisabye) avuga ko atuye mu Karere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali ariko ngo asigaye arara mu modoka kubera inkeke ashyirwaho n’umugore we. Nkusi yandikiye Bwiza.com kuri info@bwiza.com avuga ko muri ibi bihe atorohewe n’umugore umushinja kumuca inyuma. Avuga ko umugore we yarakajwe n’uburyo ngo yabonye Nkusi ahobera umugore […]

Ibyo wamenya ku muco wo kunywana

Mu muco w’Abanyarwanda ba kera, kunywana byari ikimenyetso cy’ubucuti bukomeye hagati y’abantu ndetse abahanaga iki gihango ntibyarangiriraga kuri bo bombi ahubwo byageraga no ku miryango ibakomokaho. Byakorwaga habayeho kurasaga abagiye kunywana ku nda maze buri wese akanywa amaraso ya mugenzi we. Uwabaga yanywanye n’undi babaga bagiranye igihango cy’amaraso bityo ntibazahemukirane haba mu bito cyangwa mu […]

Ubusabe bwa Gen. Tumukunde buzasuzumwa vuba

Urukiko rw’Ikirenga mu gihugu cya Uganda rwatangaje umunsi hazasuzumirwaho ubujurire bwa (Rtd) Lt. Gen. Henry Tumukunde uri mu maboko y’ubutabera aho akurikiranweho kugambanira igihugu ndetse no gutunga intwaro mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Umukuru w’Urukiko, Wilson Kwesiga mu itangazo yashyikirije abanyamategeko ba Gen Tumukunde yavuze ko ubujurire kwifungwa n’ifungurwa rye buzasuzumwa kuwa 14 Mata 2020 ariko […]

Bugesera: Abakora umuhanda bavuga ko bashobora kwandura Coronavirus

Bamwe mu bakozi ba Kompanyi y’Abashinwa yitwa Hunani iri gukora umuhanda Bugesera-Rwabusoro-Nyanza baravuga ko bafite impungenge ko bakwandura indwara ya Coronaviurus bagendeye ku kuba nta ngamba zo gukumira iki cyorezo babona zafashwe n’ababakoresha. Umwe mu bakoresha muri iyi kompanyi utashatse ko amazina ye atangazwa ngo atirukanwa, yabwiye Bwiza.com ko mu gihe ahandi akazi kahagaze, bo […]

Kenya: Abajura bibye urugi rwo ku biro bya polisi

Polisi mu gace ka Bungoma muri Kenya irahiga bukware abantu bataramenyekana bibye urugi rwo ku marembo manini kuri Sitasiyo ya Polisi ya Bungoma. Ibinyamakuru byo muri Kenya bitangaza ko ubu bujura bwabaye mu cyumweru gishize gusa polisi ishaka kubihisha. Ibi ariko ntibyahsobotse kuko amakuru yasakaye kuko byabaye ngombwa ko polisi itangira kubaza abantu benshi baba […]

Umuririmbyi Kenny Rogers yapfuye

Umuhanzi w’icyamamare mu muziki witwa Kenny Rogers wamenyekanye mu njyana igenda gake izwi nka “Country Music” yapfuye afite imyaka 81 apfiriye iwe mu rugo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Kenny Rogers yabaye umuhanzi w’icyamamare mu myaka y’1970 kugeza 1980 akaba yarakoraga indirimbo mu njyana izwi nka ‘Country’, agakina filimi, akaba umwanditsi w’indirimbo n’umucuranzi wa […]

Ahashyirwa abari mu kato ka Coronavirus ku Bitaro bya Muhima huzuye

Umuyobozi Mukuru w’Ibitaro bya Muhima, CSP Dr. Pascal Nkubito atangaza ko ibitaro ayoboye bitagifite aho kwakirira abakekwaho indwara ya Coronavirus kuko ibyumba birindwi byari byarateganyijwe byuzuye kuri uyu wa 20 Werurwe 2020. Dr. Nkubito yatangarije Bwiza.com ko kugeza ubu nta murwayi wa Coronavirus uragaragara muri ibi bitaro. Ati “Hari abakekwaho Coronavirus barindwi muri ibi bitaro. […]

Nyanza: Umuturage avuga ko yagabweho igitero n’abantu atazi

Umuturage witwa Beatrice Mushimiyimana utuye mu Mudugudu wa Nyabisindu, Akagari ka Rwesero, Umurenge wa Busasamana aravuga ko mu ijoro ryakeye mu gicuku, yagabweho igitero cy’amabuye n’abantu atazi, bakamena ibirahuri by’inzu ye, bagatangira gutera amabuye mu cyumba abana be bararamo. Mushimiyimana yabwiye Bwiza.com ko ibibazo by’umutekano muke abimaranye igihe ariko ubuyobozi bukaba butabishakira ibisubizo. Uyu mugore […]

Coronavirus izarangirana n’ukwezi kwa gatatu- TB Joshua

Pasiteri washinze itorero ryitwa The Synagogue Church of All Nations (SCOAN), Temitope Balogun Joshua uzwi nka TB Joshua avuga ko indwara ya Coronavirus izarangira ku Isi kuwa 27 Werurwe ku Isi yose. Uyu mupasiteri w’Umunya-Nigeria avuga ko n’ubusanzwe yari yaravuze ko umwaka wa 2020 ari “Umwaka uteye ubwoba cyane.” Mu mpera za 2019 yavuze ko […]

Abasura i Kibeho bavuye ku bantu 80 bagera kuri umwe mu cyumweru

64733796-fca2-45b5-acbf-19a782635a1a.jpg

Abanyamahanga basura ubutaka butagatifu bwa Kibeho mu Karere ka Nyaruguru bavuye ku mpuzandengo ya 80 ku cyumweru bagera kuri umwe. Ibi ngo biterwa n’ingamba zafashwe na Leta y’u Rwanda mu rwego rwo gukumira indwara ya Coronavirus. Hagendewe kuri iyi mibare, ubukerarugendo bushingiye ku iyobokamana i Kibeho mu bigaragara ko bwaganyutse ku kigero kiri hejuru. Sr. […]

Abagabo beza barabuze ni ukubiba abagore b’indangare-umujyanama

Umugore wo mu gihugu cya Nigeria witwa Kayanmata Goddess avuga ko abagabo babaye babi bityo ko abeza ari imbarwa, ko uwamubona yamwiba umugore utagira icyo yitaho umufite. Uyu mugore bakunze kwitwa Miwa asazwe atanga inama ku bijyanye n’imibanire y’abashakanye ku mbuga nkoranyambaga. Urubuga rwo muri Ghana, Menshohwa rwatangaje ko Miwa asanga ” Abagore b’indangare bafite […]

RIB yataye muri yombi uvuga ko avura Coronavirus

Umugabo wo mu Karere ka Musanse wavugaga ko avura indwara ya Coronavirus ari mu maboko y’Urwego rw’Igihugu rw’Ubuenzacyaha (RUB) kuva ku wa kabiri tariki 17 Werurwe uyu mwaka. Ubu butumwa bw’uwafashwe buvuga ko avura Coronavirus bwacicikanye kuri YouTube mu buryo bw’amashusho. Uyu mugabo yavugaga ko asanzwe ari “umuvuzi gakondo” kandi afite umuti uvura icyorezo cya […]

Umwe mu bakozi ba Green Hills yasanzwemo Coronavirus

Umwe mu bakozi b’Ishuri Green Hills Academy (GHA) utatangajwe amazina yasanzwemo indwara ya Coronavirus nk’uko amakuru ari ku rubuga rwa inteineti rw’iri shuri abitangaza. Aya makuru avuga ko umwe mu bakozi ba GHA utatangajwe niba ari umugabo cyangwa umugore yasanganwe Coronavirus ndetse akaba ari kuvurirwa mu kato aho ngo ameze neza. Ni amakuru ari no […]

Coronavirus yageze muri Somalia

Umurwayi wa mbere w’indwara ya Coronavirus yagaragaye mu gihugu cya Somalia. Leta ya Somalia yatangaje ko ” umurwayi wa Coronavirus wagaragaye ari umuturage w’iki gihugu ariko ngo wari uherutse mu mahanga” Somalia iriyongera ku bihugu bisaga 10 byo ku Mugabane wa Afurika birimo n’u Rwanda, byagaragayemo Coronavirus. Uyu ni umurwayi wa 328.

Muhima: Hataburuwe ibisigazwa by’umubiri w’umuntu utaramenyekana

Abakozi bacukura ahazajya itiyo y’Amazi mu Mudugudu w’Inyarurembo, Akagari k’Amahoro mu Murenge wa Muhima bataburuye ibisigazwa by’umubiri w’umuntu utaramenyekana. Aba bakozi batangarije Bwiza.com ko kuwa Kane w’icyumweru gishize ari bwo baguye ku magufwa y’umuntu bavuga ko ari umugabo, ubwo bacukuraga hafi n’ikibuga cyigishirizwaho ibyo gutwara ibinyabiziga kiri haruguru y’Ibitaro bya Muhima. Umwe mu bacukuraga yatangarije […]

Umugabo yitumye muri banki

Umugabo wo mu gace ka Kakamega muri Kenya yinjiye muri banki, Jason Munai mu buryo butemewe yituma muri kimwe mu byumba byayo. Polisi mu gace ka Kakamega ifite Munai w’imyaka 23 wabashije guca mu rihumye abashinzwe umutekano, akinjira muri banki anyuze mu gisenge cy’inyubako ikoreramo mu ijoro ryo kuwa 13 Werurwe uyu mwaka. Citizen TV […]

Nyaruguru: Umusaruro w’ubuhinzi bwo mu bishanga watumye inzara icika burundu

kijyambere.jpg

Muri iyi minsi ibigori bireze mu mibande y’Akarere ka Nyaruguru, mu myaka mike ishize, yahoze ari ibisambu n’amabuga y’amatungo. Abaturage bavuga ko umusaruro uva muri ibyo bishanga, ari kimwe mu byatumye inzara yari karande, ihacika. Nsengiyumva Vital ni umwe mu banyamuryango 341 ba Koperative Jya Mbere Muhinzi ihinga ibirayi n’ibigori mu gishanga cya Rwoganyoni mu […]

Lionel Messi yishyize mu kato

Umukinnyi w’Ikipe ya FC Barcelone yo muri Espagne, Lionel Messi yahisemo kwishyira mu kato k’indwara ya Coronavirus. Ikinyamakuru The Sun gitangaza ko Messi yishyize mu nzu imwe iri mu Mujyi wa Barcelona irimo ikibuga cy’umupira, aho gukorera imyitozo ngororamubiri na pisine ngo agume ameze neza. Uyu mugabo w’imyaka 32 na bagenzi be basabwe kuba bishyize […]

Ngororero: Igihembwe kirangiye abiga muri G.S. Gasave nta mwarimu w’Ubutabire bafite

Mu gihe habura igihe gito ngo Igihembwe cya mbere cy’umwaka w’amashuri wa 2020 kirangire, abiga mu Rwunge rw’Amashuri rwa Gasave ruherereye mu Aurenge wa Ndora w’akarere ka Ngororero nta mwarimu w’ubutabire (Chimie) barabona. Ababangamiwe n’iki kibazo ni abiga Ubugenge, Ubutabire n’Imibare (PCM) na barumuna babo biga mu cyiciro rusange. Ni ikibazo kibangamye, cyane ku biga […]

Coronavirus yageze mu Rwanda

Umurwayi wa Coronavirus yagaragaye mu Rwanda nk’uko byemezwa n’itangazo rya Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE). Itangazo rya MINISANTE ryo kuri uyu wa 14 Werurwe rivuga ko umuntu wasanganwe Coronavirus ari Umuhinde wavuye i Mumbai kuwa 8 Werurwe 2020 aza i Kigali. Uyu ngo “Yageze mu Rwanda nta kimenyetso na kimwe agaragaza cy’iyi ndwara, gusa ngo kuwa 13 […]

Yasezeye ku kazi kubera imisuzi ya shebuja

Umukozi w’umugore witwa Mwangoka wo mu Mujyi wa Mombasa muri Kenya yanzuye kureka akazi yari amazemo imyaka 10 bitewe n’imisuzi ya sebuja avuga ko yari atakibashije kwihanganira. Uyu wanareze sebuja mu rukiko ko yamuhohoteye, yavuze ko mu kwezi kwa Gashyantare umukoresha we yamusabye kuzajya amukorera masaje (massage). Avuga ko ” yabyemeye kuko yumvaga bosi we […]

Umuvunyi Mukuru yatangaje urutonde rw’abahamwe n’ibyaha bya ruswa n’ibihano bahawe

Urwego rw’Umuvunyi mu Rwanda rwashyize hanze urutonde rw’abantu bahamwe na ruswa ndetse n’ibihano bagiye bahabwa. Ibi babikoze bahingiye ku ngingo ya 4 (10Âș) y’Itegeko nÂș 76/2013 ryo ku wa 11/09/2013 rigena inshingano, ububasha, imiterere n’imikorere by’Urwego rw’Umuvunyi isaba Urwego rw’Umuvunyi gukora no gutangaza urutonde rw’abahamwe burundu n’icyaha cya ruswa n’ibihano bahawe. Abagaragara kuri uru rutonde […]

Muhima: Umubyeyi avugwaho kwirukana mu rugo umwana yibyariye

Umubyeyi witwa Mama Mucyo wo mu Mudugudu w’Inyarurembo, Akagari k’Amahoro mu Murenge wa Muhima mu Karere ka Nyarugenge aravugwaho n’abaturanyi ko ari kwirukana mu rugo umwana we w’umuhungu witwa Mucyo w’imyaka 17 y’amavuko. Bwiza.com yakiriye amakuru ikuye ku muntu wayo wa hafi muri ako gace (informant) ko hari iki kibazo, maze mu masaa kumi n’imwe […]

Umukozi wo mu rugo yitumye mu buriri bwa bosi we watinze kumuhemba

Umukobwa ukora akazi ko mu rugo, Ane khatioli muri Uthiru mu gace ka Muthua muri Kenya yitumye mu buriri bw’umukoresha we wari warakererewe kumuhemba. Uyu wari watanzwe na kompanyi y’abakozi ya ILRI, yasabye ko yahembwa hakiri kare kuko ngo hari umushinga yari afatanyije na murumuna we wari ukeneye amafaranga aho avuka. Umukoresha we yarabyanze, amubwira […]

Yaguwe gitumo aha umwana wa shebuja ibere ngo amwanduze SIDA

Umukozi wo mu rugo mu Cyaro cya Kiganjo muri Nyeri muri Kenya, Catherine Mbuyuka yaguwe gitumo ashaka konsa umwana wa shebuja kugira ngo amwanduze agakoko gatera SIDA. Uyu mukozi yabonwe na kamera zo mu nzu kuwa Mbere w’iki cyumweru, ubwo yageragezaga guha ibere umwana w’umuhungu w’imyaka ibiri wa shebuja kandi bizwi ko afite ubwandu bw’agakoko […]

Abaturage bategereje imyaka 11 ingurane y’ubutaka bavuga ko bambuwe n’Akarere ka Gatsibo

Abagabo babiri; Nzabonimpa Jean Bosco utuye mu Mudugudu wa Ngaju mu Kagari ka Bukomane mu Murenge wa Gitoki na Karangwa Cyprien ucumbitse mu Murenge wa Kiziguro bavuga ko bambuwe ubutaka bwabo n’Akarere ka Gatsibo, buri ahakorera koperative, COOPRORIZ-Ntende ihinga umuceri,ntibahabwe ingurane bategereje kuva mu 2009. Nzabonimpa w’imyaka 44 yatangarije Bwiza.com ko isambu ye ingana na […]

Min. w’Ubuzima w’Ubwongereza bamusanzemo Coronavirus

Nadine Dorries, umudepite akaba na minisitiri w’ubuzima w’Ubwongereza bamupimye basanga afite coronavirus. Minisitiri Nadine yatangaje ko yafashe ingamba zose zo kwirinda kwanduza abandi amaze kubimenya, kandi ko yishyize mu kato iwe mu rugo. Mu Bwongereza abantu batandatu bamaze kwicwa na coronavirus mu bagera kuri 382 bayanduye. Ikigo cy’ubuzima cya leta cyatangaje ko kiri kongera ubushobozi […]

Coronavirus yageze mu gihugu cya 10 muri Afurika

Minisiteri y’Ubuzima ya Burkina Faso yemeje ko hari abantu babiri basanzemo iyi virus, nibwo bwa mbere iyi ndwara ihageze. Abayirwaye ni umugore n’umugabo we baherutse kuva mu Bufaransa mu kwezi kwa kabiri muri uyu mwaka nk’uko minisitiri w’ubuzima Claudine Lougue yabibwiye abanyamakuru. Ni umugabo w’imyaka 73 n’umugore w’imyaka 57. Ejo kuwa mbere nibwo babasanzemo iyi […]