Badge yaharaniye ayisize amatotoro_KNC ku musifuzi ashinja kumwima umwanya wa mbere

image_750x_6268f86ab9f57.jpg

Nyuma y’umukino Gasogi United yanganyije na Rutsiro FC, Kakooza Nkuriza Charles (KNC) mu mujinya w’umuranduranzuzi yananiwe kwihanganira umusifuzi yita ko yamwimye umwanya wa mbere. Wari Umukino w’umunsi wa 19 wa shampiyona y’u Rwanda aho Gasogi yari yakiriye Rutsiro FC. Iyo iyi kipe iyoborwa na KNC iwutsinda yari guhita ifata umwanya wa mbere by’agateganyo n’amanota 38 […]

Pep Guardiola yatanze ibisubizo bitangaje ku birego Manchester City ishinjwa

Umutoza wa Manchester City, Pep Guardiola, yagaragaje imbamutima ze nyuma y’igihe kirekire yaranze kugira icyo atangaza ku makosa ikipe atoza imaze iminsi ishinjwa. Umuyobozi wa Manchester City ni we wagize icyo atangaza nyuma y’itangazo rishinja ikipe ya Man City amakosa menshi. Kuri ubu Pep Guardiola ni we wari utahiwe kugirana ikiganiro n’itangazanakuru aho mu magambo […]

Umunyekongo ufite ibigwi muri ruhago nyafurika yasezeye burundu

gettyimages-94504191-612x612.jpg

Rutahizamu ukomeye w’Umukongomani akaba n’umunyabigwi wa Tout Puissant Mazembe, Trésor Mputu Mabi yashyize akadomo ku rugendo rwe rw’umupira w’amaguru ku myaka 37 y’amavuko nyuma ikiganiro yagiranye na televiziyo Nyota RTV. Mputu Trésor Mabi yatangiye gukina nk’uwabigize umwuga tariki ya mbere Gashyantare 2003 mu ikipe ya TP Mazembe y’iwabo muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo. Uretse […]

Ntiwakemura ikibazo cya M23 utabanje gukemura icya FDLR_Gen. David Sejusa

Gen (Rtd). David Sejusa Tinyefuza wahoze mu ngabo za Uganda, asanga ari ubujiji kwibwira ko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yakwigobotora ikibazo cy’umutwe wa M23 hatabayeho kubanza gukemura icy’uwa FDLR. Ni ibikubiye mu butumwa Gen. Sejusa yanyujije ku rubuga rwe rwa Twitter kuri uyu wa Gatanu. Kuri ubu umwaka wamaze kurenga Ingabo za Repubulika Iharanira […]

Inkubiri ya Super League yongeye gutitiza abanyamupira b’i Burayi

ze3vxehb55nz3jkjyjn3acteru.jpg

Real Madrid, FC Barcelona na Juventus zumvikanye zisaba andi makipe 50 yo ku mugabane w’u Burayi ko yashyiraho irushanwa rindi ritari UEFA Champions League. Kuri uyu wa 9 Gashyantare 2023 ni bwo i Berlin mu Budage, Bernd Reichart, umuyobozi w’uruganda rukora telefone ya Samsung A22 akaba n’umufatanyabikorwa mu gutegura irushanwa rya European Super League yavuze […]

Tshisekedi yareze u Rwanda kuri Perezida Azzali Asoumani

Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yareze u Rwanda kuri mugenzi we Azali Assoumani w’Ibirwa bya Comores arushinja gushoza ‘intambara ya kinyamaswa’ ku gihugu cye. Tshisekedi ku wa Kane yari i Moroni, mu ruzinduko rwasize agiranye ibiganiro na Perezida Assoumani ubura iminsi mike agasimbura Macky Sall wa Sénégal ku buyobozi bw’Umuryango wa […]

Amafoto: Cristiano Ronaldo yandikiye andi mateka muri Saudi Arabia

syweypwxkzbqddcqnc52zpmsvi.jpg

Cristiano Ronaldo yatsinze ibitego 4 muri shampiyona ya Saudi Arabia bituma, aca uduhigo 4 icya rimwe ari na ko atangiza ikiragano gishya mu burasizuba bwo hagati. Yari inshuro ya 11 atsinda ibitego bine kuzamura mu mukino umwe ndetse ikaba inshuro ya 61 atsinda nibura ibitego 3 mu mukino (Hattrick) kuva yatangira urugendo rwe rw’umupira w’amaguru […]

Lt. Col Nkusi uheruka gutoroka FARDC yemeje ko ikorana n’abacancuro b’abazungu

Lieutenant-Colonel Nkusi Frank uheruka gutoroka Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) akiyunga kuri M23, yemeje ko mu bari kugifasha ku rugamba harimo abacancuro b’abazungu. Lt. Col Nkusi yabitangaje ubwo we na bagenzi be berekanwaga n’Umuvugizi wa M23, Major Willy Ngoma. Uyuusirikare yavuze ko hari abandi bantu bakorana n’Ingabo za Congo Kinshasa mu ntambara […]

Impamvu Messi yambaye nimero 10 bakina na Marseille kandi Neymar ahari

resize_2_.jpg

Lionel Messi yatunguye abantu benshi ubwo babonaga yambaye umwenda wanditseho nimero 10 mu mugongo kandi Neymar Jr usanzwe uyambara ari mu kibuga ndetse yambaye 11. Muri rusange, kuva Lionel Messi yasinyira ikipe ya Paris Saint Germain mu mwaka w’2021 yahisemo ko azajya yambara nimero 30 mu mugongo kuko yasanze inshuti ye magara Neymar bakinanye mu […]

Uganda yimye ishami rya UN uburenganzira bwo gukomeza kuyikoreramo

Tariki ya 08 Gashyantare 2023, nibwo Leta ya Kampala yatangaje ko itazongerera manda ishami rya UN rishinzwe uburenganzira bwa muntu muri iki gihugu kuko batarikeneye. Ku wa 3 Gashyantare 2023, Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Uganda, yoherereje ibiro bya Komiseri Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe uburenganzira bwa muntu ibaruwa imuteguza iki cyemezo. Muri iyi baruwa, Minisitiri Jeje […]

Abasifuzi bazakiranura APR FC na Rayon Sports bamenyekanye

Umukino w’umunsi wa 19 wa Shampiyona uzahuza APR FC na Rayon Sports, wahawe Ruzindana Nsoro nk’umusifuzi wa mbere uri mu bazaba bawuyoboye. APR FC izakira Rayon Sports imaze hafi imyaka ine itayitsinda; mu mukino uzabera kuri Stade Mpuzamahanga ya Huye ku Cyumweru. Igitego cya Bizimana Yannick ni cyo cyatandukanyije impande zombi; mu mukino ubanza wabaye […]

Seth Kikuni yahaye urw’amenyo Tshisekedi witegura kugenderera igihugu cya 5 mu cyumweru kimwe

Umunyapolitiki Seth Kikuni yahaye urw’amenyo Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Congo Kinshasa witegura kugenderera igihugu cya gatanu mu gihe kitageze ku cyumweru. Kikuni ni umwe mu bari bahatanye na Tshisekedi mu matora y’Umukuru w’Igihugu yo muri 2018. Mu butumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa Twitter, yavuze ko ingendo Tshisekedi yirirwa agirira mu mahanga nta kindi […]

Paris Saint Germain yagiriwe inama yo kutongerera Lionel Messi amasezerano

230104103714-01-lionel-messi-psg.jpg

“Imishahara ye iraremereye, ntashimisha abafana” ni yo magambo Jerome Rothen yakoresheje agira inama ikipe ya Paris Saint Germain (PSG) yo kutongerera Lionel Messi amasezerano. Muri rusange, ahazaza ha Lionel Messi hakomeje kuba agatereranzamba bijyanye n’uko amasezerano ye muri PSG azarangira mu mpera z’uyu mwaka w’imikino wa 2022/2023, n’ibiganiro byo kuyongera bikaba bitari kugenda neza. Ikinyamakuru […]

Habayeho kurasana hagati y’abaturage ba Kenya na Sudani y’Epfo

Abayobozi bo mu bihugu bya Kenya na Sudani y’Epfo bahuye kugira ngo baganire ku makimbirane abaturage babyo bagiranye ku mipaka bapfa inzuri z’amatungo Kuri uyu wa 8 Gashyantare 2023, Sudani y’Epfo yahamagaje intumwa ya Kenya muri Juba, Samwel Nandwa, kugira ngo baganire ku kibazo cy’imirwano yahuje abaturage babo kandi bamagane ibivugwa ko ari igitero cya […]

Tottenham yahombye amapawundi miliyoni 46 yari yiteze muri Afurika y’Epfo

Inteko ishinga amategeko ya Afurika y’Epfo yaburijemo amasezerano yo kwamamaza ikipe y’umupira w’amaguru ya Tottenham Hotspur yari kugirana n’ikigo cy’ubukerarugendo, SAT (South African Tourism). Byari byitezwe ko ikipe ya Tottenham igirana na SAT amasezerano y’imyaka itatu y’ubufatanye mu byo kwamamaza afite agaciro ka miliyoni 42.5 z’amapawundi ariko biza kuburizwamo. Impamvu zitangwa n’Inteko ishinga amategeko yo […]

M23 yerekanye ba Ofisiye 5 ba FARDC baheruka kuyiyungaho

Umutwe wa M23 werekanye batanu bahoze ari ba Ofisiye mu gisirikare cya Congo Kinshasa (FARDC) ndetse na Polisi ya Congo; mbere yo gutoroka bakawiyungaho. Aberekanwe barimo Major Gakufi Desiré wahoze ari Komiseri wungirije wa Polisi ya RDC mu gace ka Kitchanga muri Masisi ushinzwe imiyoborere. Barimo kandi Colonel Bahati Gahizi John wahoze ari komanda wungirije […]

Umubare w’abishwe na MONUSCO muri RDC wiyongereye

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), cyatangaje ko abantu umunani ari bo bamaze kwitaba Imana; nyuma y’imvururu zahuje Ingabo za Loni ziri muri Congo (MONUSCO) n’abaturage bo muri Teritwari ya Nyiragongo. Umuvugizi w’ibikorwa bya Gisirikare byiswe Sokola II, Lieutenant-colonel Guillaume Ndjike Kaiko, kuri uyu wa Gatatu yatangaje ko abantu umunani ari bo bishwe […]

Minisitiri w’umutekano muri Koreya y’Epfo yegujwe kubera urupfu rw’abantu 159

Minisitiri w' umutekano Lee Sang-min

Inteko ishinga amategeko muri Koreya y’Epfo yatoye ingingo yeguza Minisitiri w’umutekano imbere mu gihugu, Lee Sang-min, ashinjwa uburangare mu rupfu rw’abantu 159 mu kwezi k’Ukwakira 2022. Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 08 Gashyantare 2023, ni bwo inteko ishinga amategeko muri Koreya y’Epfo yatoye yemeza gutakariza icyizere Minisitiri Lee Sang-min kubera umubyigano wabaye mu murwa […]

Uko amakipe azesurana mu ijonjora ry’ibanze ry’igikombe cy’amahoro

Kuri uyu wa Gatatu ku cyicaro cy’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda habereye tombora y’igikombe cy’Amahoro aho amakipe arimo Rayon Sports, APR FC, Kiyovu Sports na Mukura atagaragaye mu ijonjora rya mbere. Umukino uzahuza Rwamagana City na Gasogi United ni wo mukino uzaba ukomeye mu ijonjora ry’ibanze ry’igikombe cy’Amahoro cy’abagabo rizakinwa ku itariki ya 14 n’iya […]

RDC yakumiriye ku butaka bwayo Radiyo na Televiziyo zo mu Rwanda

Inama Nkuru Ishinzwe kugenzura itangazamakuru muri RDC (CSAC), ku wa Kabiri yategetse ikigo Canal+ gufunga mu gihe cy’iminsi 90 Radiyo na Televiziyo zo mu Rwanda zigaragara kuri decodeur za Canal+. Kiriya kigo kivuga ko ku wa 31 Mutarama no ku wa 1 Gashyantare 2023 hari raporo y’igenzura yagaragaje ko Canal+ Rwanda ngo yavangiye amashusho ya […]

Umukinnyi wahoze muri Real Madrid yahishuye impamvu yise imbwa ye ‘Messi’

Umunya-Espagne akaba n’umunyabigwi wa Real Madrid, Francisco Román Alarcón Suárez wamamaye ku izina rya Isco, yatangaje abantu yita imbwa ye izina y’umunyabigwi wa FC Barcelona kuri ubu ukinira Paris Saint Germain, Lionel Messi. Bivugwa ko mbere yo kujya mu ikipe ya Real Madrid yatozwaga na Carlo Ancelotti mu mwaka w’2013, Isco yari umufana ukomeye wa […]

Batsinze ibitego byinshi ariko bitagira igikombe

gettyimages-1153095819-768x512_1_.jpg

Harry Kane ayoboye urutonde rw’abakinnyi bakomeye ku mugabane w’Uburayi batsinze ibitego byinshi ariko bidaherekejwe n’igikombe icyo ari cyo cyose. Nta gihe gishize rutahizamu w’Umwongereza Harry Kane atsinze igitego cya 200 muri Premier League kikaba n’icya 267 atsindiye Tottenham Hotspurs, bikiyongeraho n’ibitego 53 yatsindiye ikipe y’igihugu y’u Bwongereza agahita yuzuza ibitego 320 muri rusange. Ku cyumweru […]

LeBron James yaciye agahigo karemereye muri NBA

Rurangiranwa mu mukino wa Basketball, LeBron James, yanditse amateka yo kuba umukinnyi watsinze amanota menshi mu mateka ya shampiyona ya Basketball ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika (NBA). Uyu mugabo yabigezeho ubwo ikipe ya Los Angeles Lakers asanzwe akinira yatsindaga Oklahoma City Thunder amanota 133-130 mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu. Ni umukino King […]

RDC: Ihangana hagati y’abaturage na MONUSCO ryaguyemo 3, imodoka 4 ziratwikwa

Abantu batatu bapfuye na ho imodoka enye ziratwikwa, ubwo abaturage bo muri Teritwari ya Nyiragongo ho mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru bari bahanganye n’Ingabo za Loni ziri muri Congo (MONUSCO). MONUSCO mu itangazo yasohoye yavuze ko “yababajwe n’urupfu rw’abigaragambya batatu ubwo bagabaga igitero gikomeye ku modoka zayo kuri uyu wa Kabiri, ahagana mu masaha y’umugoroba.” […]

Uwagonze umunyamakuru John Williams Ntwali yahanishijwe Frw 1,000,000

Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro kuri uyu wa Kabiri rwahanishije uwitwa Bagirishya Emmanuel Moïse Frw miliyoni imwe, nyuma yo kumuhamya icyaha cyo gukomeretsa no kwica bidaturutse ku bushake umunyamakuru Ntwali John Williams. Ku wa 31 Mutarama 2023 Bagirishya yari yagejejwe imbere y’ubutabera akurikiranyweho icyaha cyo kwica umuntu bidaturutse ku bushake. Icyo gihe ubushinjacyaha bwasobanuye ko uyu […]

U Rwanda ruhangayikishijwe n’ubutunzi bwacu_Tshisekedi muri Afurika y’Epfo

Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yongeye kwikoma u Rwanda ubwo yari i Pretoria mu gihugu cya Afurika y’Epfo. I Cape Town kuri uyu wa Kabiri Tshisekedi yari yahitabiriye Inama mpuzamahanga y’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, Mining Indaba 2023 yatumiwemo na mugenzi we Cyril Ramaphosa. Muri iyi nama nk’ibisanzwe Umukuru w’Igihugu cya Congo yongeye […]

Umukinnyi ukomeye muri Al Nassr yikomye Cristiano Ronaldo

resize_1_.webp

Umukinnyi wa Al Nassr yikomye imikinire ya Cristiano Ronaldo avuga ko yaba ibangamira umukino w’ikipe yose muri rusange. Umukinnyi wo hagati mu kibuga ukomoka muri Brazil Luiz Gustavo Dias wamenyekanye cyane muri Bayern Munich kuri ubu ukinana na Cristiano Ronaldo mu ikipe ya Al Nassr yatangaje amagambo atungura benshi ubwo yaganiraga n’ikinyamakuri RT Arabic. Luis […]

Ishimwe rya Jimmy Gatete kuri Mukura VS yamuhaye amahirwe y’imbonekarimwe

Jimmy Gatete wabiciye bigacika mu ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ ndetse no mu makipe ya APR FC na Rayon Sports, yashimiye ikipe ya Mukura VS yamuhaye amahirwe yo gukina muri shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda akiri umwana muto, mbere yo guhinduka igihangange. Gatete mu butumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa Instagram, yavuze ko Mukura yamuhaye amahirwe […]

Ukwitana ba mwana hagati ya RDC na M23 ku warashe kajugujugu ya MONUSCO

Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yashinje umutwe wa M23 kuba ari wo uheruka kurasa kuri kajugujugu ya MONUSCO yerekezaga i Goma. Ku Cyumweru tariki ya 05 Gashyantare ni bwo iyo kajugujugu yarashweho n’abantu batatangajwe, ubwo yari igeze muri Teritwari ya Nyiragongo ijya i Goma. MONUSCO mu itangazo yasohoye yavuze ko iyi kajugujugu yari […]

Ba Jenerali 2 muri RDF na ba Colonel bitabiriye ibirori bya ‘Tarehe Sita’ muri Uganda

Igisirikare cy’u Rwanda (RDF) kuri uyu wa Mbere tariki ya 06 Gashyantare, cyifatanyije na UPDF cya Uganda mu kwizihiza ibirori by’umunsi mukuru wa ‘Tarehe Sita’ Uganda yizihizaga ku nshuro ya 42. Ni ibirori ku ruhande rwa RDF byitabiriwe n’Umugaba w’Ingabo z’u Rwanda zirwanira ku butaka, Lt. Gen Mubarakh Muganga wari kumwe n’Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, […]

Perezida Kagame yafashe mu mugongo abanya-Turkiya na Syria nyuma yo gushegeshwa n’umutingito

Perezida Paul Kagame yafashe mu mugongo abanya-Turkiya ndetse n’abanya-Syria, nyuma y’umutingito ukomeye wibasiye ibi bihugu ugahitana ababarirwa muri 2,300. Mu rukerera rwo kuri uyu wa Mbere ni bwo Turkiya na Syria byibasiwe n’imitingito ibiri ikomeye, irimo umwe wari ku kigero cya 7.8 ndetse n’undi wari kuri 7.5. Kugeza ubu ababarirwa muri 2,300 ni bo byamaze […]

Umuryango wa Thomas Sankara watangaje ko utazitabira umuhango wo kumushyingura

Kuri uyu wa 5 Gashyantare 2023 ni bwo umuryango w’uwahoze ari Perezida wa Burkina Faso, Thomas Sankara, watangaje ko utazitabira umuhango wo kumushyingura mu cyubahiro. Tariki ya 3 Gashyantare 2023 ni bwo guverinoma ya Burkina Faso yatangaje ko umubiri w’umuyobozi w’impinduramatwara muri iki gihugu Thomas Sankara uhabwa icyubahiro. Itangazo ryakomezaga rivuga ko ari yo mpamvu […]

Manchester City yatangaje ko itunguwe n’itangazo riyiteguza ibihano

Manchester City yategujwe ko ishobora gufatirwa ibihano nyuma y’igenzura rimaze imyaka ine rikaza kugaragaza ko yakoze amakosa mu igura n’igurisha ry’abakinnyi. Kuri iki gicamunsi ni bwo Premier League yatangaje ibyavuye mu igenzura ryatangiye Kwakira 2018. Ryagaragaje ko iyi kipe ikinira ku kibuga Etihad yatangiye gukora amakosa ku isoko ry’abakinnyi mu mwaka w’imikino wa 2009 ubwo […]

Goma: Abigaragambya bashatse kwinjira mu Rwanda ku ngufu, baratatanywa

Polisi ya Repubulika iharanira demukarasi ya Congo kuri uyu wa Mbere tariki ya 06 Gashyantare 2023, yatatanyije abanye-Congo bashakaga kwambuka ku ngufu umupaka ngo binjire ku butaka bw’u Rwanda mu karere ka Rubavu. Kuva mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere abatuye mu mujyi wa Goma baramukiye mu myigaragambyo ikaze, bamagana Ingabo za EAC ziri […]

Umutoza wa Musanze FC yashyizeho ibihano bikakaye

foq_rwmxwaa2ojc.jpg

Mu gitondo cyo kuri uyu wa wa mbere ni bwo umutoza mukuru wa Musanze FC Adel Ahmed yashyizeho amande, azajya acibwa uwagaragaje imyitwarire idahwitse muri iyi kipe. Umunya-Misiri Ahmed Abdelrahman Adel wageze Rwanda ku wa kane w’iki cyumweru gishize aje guaimbura Franck Ouna, yahise ashyiraho ibihano bikakaye nyuma yo kubwirwa imyitwarire ikunze kuranga abakinnyi ba […]

Mbonyi yatunguranye, atangaza intego ye nyamukuru muri uyu mwaka

Umuhanzi nyarwanda mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana , Israel Mbonyi nyuma yo kuzuza inzu y’imyidagaduro ya BK Arena ubu yatangaje ko ahangayijishijwe no kutamera ubwanwa. Israel mbonye ukunze gutebya agaragaza uko yumva, mu butumwa yanyujije ku rukuta rwe rwa Twitter kuri uyu munsi yanditse ko gahunda afite uyu mwaka ari ukumera ubwanwa. Mbonyi […]

Tshisekedi mu ngendo hanze ya RDC kubera umwuka mubi n’u Rwanda

Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ategerejwe i Luanda muri Angola mu ruzinduko agomba kugirira muri iki gihugu. Kuri uyu wa Mbere tariki ya 06 Gashyantare ni bwo byitezwe ko Tshisekedi agera i Luanda, aho aza guhurira na mugenzi we Manuel João Lourenço. Byitezwe ko aba bombi baganira ku kibazo cy’umwuka […]

Manzi Thierry wari umaze amezi 5 nta kazi yerekeje muri imwe mu makipe akomeye mu Rwanda

Myugariro w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Manzi Thierry, yamaze kwerekeza mu kipe ya AS Kigali nyuma y’amezi atanu nta kipe afite. Muri Kanama umwaka ushize ni bwo uyu musore yari yasezerewe na FAR Rabat yo mu gihugu cya Maroc, nyuma yo gusoza amasezerano y’amezi atandatu yari yarayisinyiye. Iyi kipe y’Ingabo za Maroc yari yayigezemo nyuma yo gutandukana […]

Igisubizo cya Minisitiri Lutundula ku mpamvu RDC yirukanye ba Ofisiye ba RDF babaga i Goma

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Congo Kinshasa, Christophe Lutundula, yatangaje ko ibyo kuvuga ko RDC yirukanye ku butaka bwayo abasirikare ba RDF babaga mu buyobozi bukuru bw’Ingabo za EAC ziri muri Congo byafashwe uko bitari. Mu mpera z’ukwezi gushize ni bwo RDC yirukanye ku butaka bwayo bariya basirikare batatu b’u Rwanda bakoreraga i Goma. Umuvugizi w’Igisirikare […]

Padiri Niwemushumba uheruka kwegura muri Diyosezi ya Ruhengeri agiye kurongorera muri ADEPR

Padiri Niwemushumba Phocas uheruka kwegura muri Kiliziya Gatolika kubera icyo yise uburyarya bwayimitswemo, agiye gusezeranira n’umukobwa bakundanaga mu itorero rya ADEPR. Inyandiko y’ubutumire uyu wahoze ari umupadiri yamaze gushyira hanze yerekana ko azakora ubukwe na Uwitije Olive ku wa 04 Werurwe uyu mwaka. Aba bombi bazasezeranira mu rusengero rwa ADEPR Masizi, nyuma y’umuhango wo gusaba […]

Tottenham idafite umutoza mukuru yisasiye Manchester City

Tottenham Hotspurs yari yakiriye Manchester City kuri Tottenham Hotspur Stadium mu mukino w’umunsi wa 22 wa shampiyona wasifuwe na Andrew Madley. Wari umukino watojwe na Christian Stellini kuko Antonio Conte yabazwe kubera ikibazo cy’uburwayi bw’agasabo k’indurwe. Ku munota wa 15 nyuma yo kwiba umupira abo hagati ba Man City, Pierre Emile Høejbjerg yazamukanye umupira awuha […]

Ibihangange 10 muri ruhago byavukiye umunsi umwe

cwnbyqfuaae-zcs-3.jpg

None tariki ya 5 Gashyantare 2023 ni bwo ibyamamare bibiri muri ruhago Cristiano Ronaldo na Neymar Junior bishimiraga isabukuru y’amavuko. Kuko umuntu avuka rimwe risa, umunsi w’amavuko ni umwe mu minsi mikuru mu buzima bwa muntu. Umuntu aricara hasi maze agasubiza amaso inyuma, akishimira ibyiza yagezeho, ndetse agakosora aho bitagenze neza, ari na ko ahanga […]

Ibyo abantu benshi bibaza ku twobo tubiri tuba munsi y’umugongo

images_14_-2.jpg

Ibyo Abanyarwanda bita ‘amaso y’ikibuno’ bikunda kugirwa n’ab’igitsina gore. Abenshi barabigira ariko ntibazi igisobanuro cyabyo. Muri make, amaso y’ikibuno ni utwobo tubiri dufata impande zombi duherereye inyuma aho igufwa ry’uruti rw’umugongo rihurira n’iry’urukenyerero. Utu twobo rero ni karemano kuko duterwa no kwirema kw’inyama ndetse n’imitsi minini izihuza kuri icyo gice. Nta myitozo iyo ari yo […]

Nyaruguru: Abasore 50 batangiye kubakira mugenzi wabo witegura kurushinga

Bamwe basizaga ikibanza, abandi batunda ibiti byo kubakisha

Abasore bo mu murenge wa Rusenge, mu karere ka Nyaruguru, batangiye igikorwa cyo guha umuganda mugenzi wabo witegura gushinga urugo bamufasha kubona inzu yo kuzazaniramo umugore. Iyo umusore afite ikibanza, yaramaze kurambangiza umugeni, abibwira bagenzi be, bakamufasha kugisiza, bagashaka ibiti byo kubaka cyangwa bakabumba amatafari, hanyuma bakazamura inzu kugeza ku gisenge, bagahoma, bakanasakara. We yishakamo […]

Rayon Sports Vs Kiyovu Sports: Impumeko iri hagati y’abakeba bombi mbere yo kwesurana

Rayon Sports kuri iki Cyumweru tariki ya 05 Gashyantare irakira Kiyovu Sports, mu mukino w’umunsi wa 18 ugomba kubera kuri Stade Régional y’i Muhanga. Ni umukino utegerejwe na benshi biganjemo abakunzi b’ariya makipe abiri y’amakeba, ndetse n’ab’andi makipe ahanganiye na yo igikombe cya shampiyona. Imyiteguro y’iyi Derby yaranzwe no gukorera imyitozo mu muhezo ku ruhande […]

Perezida Kagame yaganiriye na Ndayishimiye nyuma y’inama EAC

Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na mugenzi we Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, bagiranye ibiganiro nyuma y’inama idasanzwe yabahuje na bagenzi babo bayoboye ibihugu bigize umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC). Perezidansi y’u Rwanda n’iy’u Burundi zombi zemeje ko abakuru b’ibihugu byombi baganiriye; gusa ntizatangaza ibikubiye mu biganiro bagiranye. Ibiganiro hagati y’abakuru b’ibihugu byombi byabereye mu biro […]

Everton yisasiye Arsenal, iyigabanyiriza amahirwe ku gikombe cya shampiyona

Ikipe ya Everton yagabanyije amahirwe ya Arsenal yo kwegukana Igikombe cya shampiyona y’Abongereza, nyuma yo kuyitungura ikayitsinda igitego 1-0. Iyi kipe yo mu mujyi wa Liverpool yari yakiriye Arsenal i Goodson Park; mu mukino w’umunsi wa 21 wa shampiyona y’Abongereza. Wari umukino wa mbere umutoza Sean Dyche atoje Everton nyuma yo gusimbura Frank Lampard uheruka […]

APR FC yisubije icyubahiro mbere yo kwesurana na Rayon Sports

Ikipe ya APR FC yisubije umwanya wa mbere ku rutonde rwa shampiyona y’u Rwanda, nyuma yo gutsinda bigoranye Sunrise FC igitego 1-0. Iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu yari yasuye Sunrise FC kuri Stade ya Nyagatare, mu mukino w’umunsi wa 18 wa shampiyona. Ni umukino yasabwaga gutsinda ikisubiza umwanya wa mbere, nyuma y’uko ku wa Gatanu yari […]

Ubucuruzi bw’ibigori byokeje n’ibitetse bwaciwe i Bujumbura

Leta y’u Burundi yamaze guca ubucuruzi bw’ibigori byokeje ndetse n’ibitetse bwakorerwaga ku mihanda ndetse no mu bice bitandukanye by’Umujyi wa Bujumbura. Ni ibikubiye mu itangazo ryasohowe n’Umuyobozi w’Umujyi wa Bujumbura, Général de Brigade Jimmy Hatungimana; mu itangazo yasohoye ku wa Gatanu tariki ya 03 Gashyantare 2023. Itangazo rivuga ko “Ubuyobozi bw’Umujyi wa Bujumbura buramenyesha ababa […]

Ifoto y’umunsi: Perezida Kagame yahoberanye na Ndayishimiye w’u Burundi

Perezida Paul Kagame w’u Rwanda kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 04 Gashyantare 2023, yakiriwe na mugenzi we Evariste Ndayishimiye w’u Burundi barahoberana. Umukuru w’Igihugu ari i Bujumbura mu Burundi aho yitabiriye inama y’abakuru b’ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) yiga ku bibazo bya Congo. Ni inama yanitabiriwe n’abandi bakuru b’ibihugu barimo William Samoei […]

Uko Gen. Albert Murasira yavuye muri Ex FAR mbere yo kwisanga muri RDF

Umujyanama wa Perezida Paul Kagame mu by’umutekano, Gen James Kabarebe, yahishuye uko Minisitiri w’Ingabo z’u Rwanda, Maj Gen Albert Murasira yavuye mu ngabo zari iza Ex FAR mbere yo kwinjira muri RPA yaje guhinduka RDF. Gen Kabarebe yabigarutseho ku wa Gatanu tariki ya 03 Gashyantare, ubwo yaganiraga urubyiruko rusaga 600 rwitabiriye ibiganiro bigamije kurwigisha amateka […]

Perezida Paul Kagame ari i Bujumbura mu Burundi

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yamaze kugera i Bujumbura mu gihugu cy’u Burundi; aho yitabiriye inama idasanzwe y’abakuru b’ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Uburasirazuba (EAC). Ni inama iza kuyoborwa na Perezida Evariste Ndayishimiye kuri ubu uyoboye uriya muryango, ikaza kwibanda ku bibazo bya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Perezida Kagame akigera i Bujumbura yari aherekejwe […]

Gen. James Kabarebe yahishuye uko yigeze kurwana n’intare kugeza ayinesheje

Umujyanama wa Perezida Paul Kagame mu by’umutekano, Gen James Kabarebe, yahishuye uko mu 1982 we na bagenzi be bigeze guhangana n’intare ijoro ryose kugeza bayinesheje. Gen Kabarebe yabigarutseho ku wa Gatanu tariki ya 03 Gashyantare, ubwo yaganiraga urubyiruko rusaga 600 rwitabiriye ibiganiro bigamije kurwigisha amateka yaranze u Rwanda ndetse n’uruhare rufite mu guharanira kubaka ahazaza […]

Abakinnyi 10 batsindiye Amavubi ibitego byinshi mu mateka yayo

muhadjiri-hakizimana3-1-7828751656231547.jpg

Nubwo imibare yerekana ko ibitego ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ yinjijwe biruta ibyo yinjije, ntibikuyeho ko hari abakinnyi cumi bonyine babashije kwinjiza ibitego 125 mu izamu ry’andi mahanga. Bwa mbere ikipe y’igihugu ihamagarwa yari igiye kwitabira irushanwa rihuza ibihugu bya Afurika yo hagati ryabereye muri Gabon mu 1976; icyo gihe yatozwaga n’umudage Otto Martin Pfister (1972–1976) Kuva […]

Gasogi United yambuye APR FC umwanya wa mbere

Ikipe ya Gasogi United yafashe by’agateganyo umwanya wa mbere ku rutonde rwa shampiyona, nyuma yo gutsinda Gorilla FC ibitego 2-1. Iyi kipe y’umushabitsi Kakooza Nkuliza Charles ‘KNC’ yari yakiriye Gorilla FC kuri Stade ya Bugesera, mu mukino w’umunsi wa 18 wa shampiyona. Gorilla FC yafunguye amazamu ku munota wa 31 w’umukino ibifashijwemo na Habimana Yves, […]

Guverinoma yijeje ubufasha imiryango y’abishwe n’ubwanikiro bw’ibigori

Guverinoma y’u Rwanda yihanganishije imiryango y’u Rwanda kuri uyu wa Gatanu yihanganishije imiryango y’abantu bitabye Imana ndetse n’iy’abakomeretse nyuma yo kugwirirwa n’ubwanikiro bw’ibigori, iyizeza ubufasha. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu ni bwo abantu 11 bitabye Imana na ho 35 barakomereka, nyuma kugwirirwa n’ubwanikiro bw’ibigori buherereye mu Kagari ka Gasagara mu Murenge wa Rusororo […]

Mukura VS yakoreye impanuka i Rubavu

Ikipe ya Mukura VS kuri uyu wa Gatanu yakoreye impanuka yoroheje mu karere ka Rubavu, gusa ntihagira umukinnyi n’umwe ugira ikibazo. Iyi kipe yo mu karere ka Huye yakoze iriya mpanuka ubwo yarimo yinjira mu mujyi wa Gisenyi, ubwo bisi ya sosiyete ya Volcano yari iyitwaye yagongaga indi modoka yari iparitse. Mukura VS yerekeje mu […]

Ibihe bitazibagirana mu mateka ya ruhago y’u Rwanda

c2e469d6e5df59cd358ad3f8f4c574.jpg

Uhereye mu murenge wa Bugarama ho mu karere ka Rusizi ukagera mu mu murenge wa Matimba mu karere ka Nyagatare n’i mahanga, Umunyarwanda aho ava akagera ntazibagirwa ibyishimo yatewe n’impumeko ya ruhago umunsi umwe. Kuva mu mwaka 1869 Shefu Nshozamihigo mwene Kigeli IV Rwabugiri akojeje bwa mbere ikirenge ku mupira, ni mu gihe Abadage b’Abamisiyoneri […]

Uko byagenze ngo Umwami w’Abami wa Roma asukwe umushongi wa zahabu mu kanwa

screenshot_20230202-182459_1.jpg

Licinius Valeriean, Umwami w’Abami wa Roma, ni we mwami wishwe nabi mu mateka y’Isi nyuma y’uko afatiwe ku rugamba n’Abaperisi bakamusuka umushongi wa zahabu mu kanwa. Mu kinyejana cya gatatu nyuma y’ivuka rya Yezu, ubwo Ubwami bwa Roma bwari mu bushorishori bw’ubuhangange bwabwo, bwagambiriye kwigarurira ibice byose bari bazi. Icyo gihe byabasunikiye mu ntambara n’Ubwami […]