Rubavu: Arataka kurenganywa na Lieutenant muri RDF wamunyaze inka yiguriye

Umuturage wo mu murenge wa Kanzenze w’akarere ka Rubavu witwa Banyeretsurwango Eustache, avuga ko amaze umwaka n’igice asiragira ngo ahabwe ubutabera, nyuma yo kurenganywa n’umusirikare wo mu ngabo z’u Rwanda ufite ipeti rya Lieutenant wamunyaze inka yiguriye. Uyu muturage avuga ko mu mwaka ushize ari bwo yaguze iyo nka na mugenzi we witwa Kabayiza utuye […]

Mesut Özil ntari mu bakinnyi Arsenal izifashisha

Umudage Mesut Ozil, yirukanwe mu bakinnyi 25 ikipe ya Arsenal izifashisha muri shampiyona y’Abongereza, baza kumenyekana ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri. Kutagaragara mu bakinnyi Arsenal izifashisha bisobanuye ko Ozil uhembwa ibihumbi 350 by’ama-Pounds bya buri cyumweru atazongera gukinira iyi kipe kugeza muri Gashyantare umwaka utaha. Ikinyamakuru Goal.com cyageze kure kivuga ko bishoboka ko […]

Ibyavuye mu biganiro byahuje intumwa z’u Rwanda n’u Burundi

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 20 Ukwakira, intumwa z’ibihugu by’u Rwanda n’u Burundi zahuriye i Nemba mu karere ka Bugesera, mu biganiro bigamije kuzahura umubano w’ibihugu byombi umaze igihe warangiritse. Intumwa z’u Burundi ziyobowe na Minisitiri wabwo ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Shingiro Albert, mu gihe Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Dr Vincent Biruta […]

Gen. Muganga yabwiye abakinnyi ba APR impamvu bihaye intego yo kugera mu matsinda

Umuyobozi w’Ingabo z’u Rwanda mu Ntara y’Iburasirazuba no mu mujyi wa Kigali akaba na Visi-Perezida wa APR FC, Maj. Gen. Mubarakah Muganga, yabwiye abakinnyi ba APR FC ko bihaye intego yo kugera mu matsinda y’imikino Nyafurika kubera ko bababonyemo ubwo bushobozi. Ejo ku wa Mbere Gen. Muganga yari yasuye abakinnyi ba APR FC i Shyorongi, […]

RDC: Inyeshyamba za ADF zateye gereza zicikisha imfungwa zirenga 1,400

Imfungwa 1,455 zari zifungiye muri gereza ya Kangbayi iri rwa gati mu mujyi wa Beni muri Kivu y’Amajyaruguru, zatorotse mu rukerera rwo kuri uyu wa Kabiri, nyuma y’igitero abitwaje intwaro bayigabyeho. Amakuru ava mu bayobozi n’abashinzwe umutekano muri Beni, avuga ko icyo gitero cyagabwe n’inyeshyamba zo mu mutwe wa ADF-NALU wo muri Uganda wari ufite […]

Klopp yavuze ko bazategereza Van Dijk nk’uko umugore w’umutima ategereza umugabo we ufunzwe

Umudage Jurgen Klopp utoza Ikipe ya Liverpool, yatangaje ko bazashyigikira Virgil van Dijk kugeza akize nk’uko umugore w’umutima ategereza umugabo we mu gihe ari muri gereza. Uyu myugariro w’Umuholandi, aheruka kuvunikira mu mukino wa shampiyona y’Abongereza Liverpool yanganyijemo na Everton ibitego 2-2 ku wa Gatandatu w’icyumweru gushize, akaba agomba kumara hanze y’ikibuga byibura amezi umunani […]

Perezida Kim Jong-un aheruka gusuka amarira, asaba imbabazi z’imbonekarimwe

Perezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong-un, aherutse gusuka amarira anasaba imbabazi z’imbonekarimwe, ku mpamvu z’uko yananiwe kuvana igihugu cye mu bihe bikomeye kirimo byatewe n’icyorezo cya COVID-19. Perezida Kim yakuye amadarubindi mu maso ararira, ubwo yagezaga ijambo ku basirikare b’igihugu cye bari ku karasisi, ubwo hizihizwaga Isabukuru y’imyaka 75 Ishyaka ry’Abakozi riri ku butegetsi […]

APR FC yahawe uruhushya rwo kwitabira CAF Champions League

Nyuma yo kuzuza ibisabwa kugira ngo ibone uburenganzira bwo kwitabira amarushanwa y’umwaka utaha w’imikino, ikipe ya APR FC yahawe na FERWAFA uruhushya rwo kwitabira amarushanwa yo ku mugabane wa Afurika (CAF Club Licence). Ku wa Mbere tariki 12 Ukwakira, Komisiyo ishinzwe gutanga impushya zo kwitabira amarushanwa muri FERWAFA, yari yasuye ikipe ya APR FC aho […]

RURA yavuze ko nta gahunda ya vuba ifite yo kuvugurura ibiciro by’ingendo

Umuyobozi w’Urwego rw’Igihugu Ngenzuramikorere (RURA), Lt. Col. Patrick Nyirishema, yavuze ko nta gahunda ya vuba RURA ifite yo kuvugurura ibiciro bishya by’ingendo biheruka gushyirwaho, ngo kuko inzego zitandukanye zabanje kubyigana ubushishozi mbere yo kubishyiraho. Ku itariki ya 15 Ukwakira ni bwo RURA yatangaje ibiciro bishya by’ingendo ku modoka rusange zitwara abagenzi, gusa byakirwa nabi na […]

Abantu 104 bakize Covid-19 mu Rwanda

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu Gatandatu tariki 17 Ukwakira 2020, mu Rwanda habonetse abarwanyi bashya ba Covid-19 batandatu, mu gihe abakize icyo cyorezo ari 104. Abarwayi bashya batandatu babonetse mu bipimo 2,224 byafashwe, barimo umwe wabonetse i Kigali, bane babonetse muri Kirehe (abapimwe mu nkambi z’impunzi) n’undi umwe wabonetse i Gicumbi. Kugeza kuri uyu […]

Ibyago kuri Liverpool! Virgil Van Dijk wavunitse ashobora kumara amezi umunani adakina

Television ya BeIN Sports mu kanya kashize, yatangaje ko myugariro Virgil van Dijk ukinira ikipe ya Liverpool ashobora kumara amezi ari hagati y’arindwi n’umunani adakina, nyuma yo kuvunikira mu mukino wa shampiyona y’Abongereza ikipe ye yangayijemo na Everton ibitego 2-2. Virgil yasimbuwe ku munota wa 11 w’umukino ahita ajyanwa kwa muganga, nyuma yo gukinirwa nabi […]

RIB yafashe Nshimiyimana yari imaze igihe ihiga ngo aryozwe umugore we yishe

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha kuri uyu wa Gatandatu, rwatangaje ko rwataye muri yombi Nshimiyimana Emmanuel wo mu murenge wa Rukumberi mu karere ka Ngoma, nyuma y’igihe rumushakisha ngo aryozwe icyaha cyo kwica umugore we yakoze. Mu rukerera rw’itariki ya 03 Ukwakira ni bwo Nshimiyimana yishe umugore we witwa Ntabahuzimana Hilarie amukubise umupanga, ahita azimira. Umunyamabanga Nshingwabikorwa […]

Umunyamakuru wa siporo wa KT Radio yateye ivi (amafoto)

img-20201017-wa0019.jpg

Umunyamakuru Kuradusenge Isaac ukora ibiganiro bya siporo kuri KT Radio, yateye ivi asaba umukunzi we Kayumba Sylivie kuzamubera umutima na we akamubera umutwe. Ni umuhango wabereye i Nyamirambo mu mujyi wa Kigali ku mugoroba w’ejo. Ku wa 15 Ukwakira umukunzi wa Kuradusenge yari yagize isabukuru y’amavuko, yandika kuri Instagram ubutumwa, amubwira ko urukundo nyakuri yarubonye […]

VAR yarijije abafana ba Liverpool

Ikipe ya Liverpool yanganyije na Everton ibitego 2-2, mu mukino wa shampiyona y’Abongereza iyi kipe y’umutoza Jurgen Klopp yabujijwemo amanota atatu n’ikoranabuhanga rya VAR. Liverpool yari yasuye Everton ku kibuga Goodison Park giherereye mu gace ka Merseyside, mu mujyi wa Liverpool amakipe yombi atuyemo. Hari mu mukino w’umunsi wa gatanu wa shampiyona. Umunota wa gatatu […]

Umuyobozi wa Gereza ya Mageragere wari ukurikiranweho kwemerera abarimo Nyamvumba gusurwa yagizwe umwere

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge kuri uyu wa Gatandatu, rwanzuye ko Zuba Camille wari Umuyobozi wa Gereza ya Nyarugenge iherereye i Mageragere, Sengabo Emmanuel Hilary wari Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Amagereza (RCS) na Mudacyahwa Deo wari ushinzwe iperereza muri Gereza ya Mageragere badahamwa n’icyaha cy’ubufatanyacyaha mu gufata icyemezo gishingiye ku itonesha, ubucuti, urwango, ikimenyane cyangwa icyenewabo, rutegeka […]

Ibyo wamenya ku mushahara n’andi mafaranga abasirikare ba RDF bagenerwa

Iteka rya Perezida wa Repubulika Nº 044/01 ryo ku wa 14 Gashyantare 2020, rishyiraho sitati yihariye y’Ingabo z’u Rwanda, rikagena ibijyanye n’umushahara umusirikare ahabwa ndetse n’andi mafaranga n’ibindi agenerwa mu gihe bibaye ngombwa. Umutwe wa gatandatu w’iri teka uragira uti: “Umushahara n’ibindi bigenerwa abasirikare”, bigasobanurwa kuva mu ngingo ya 86 kugeza mu ya 96 ya […]

Zlatko watandukanye nabi na APR FC yiyemeje kurega Yanga Africans muri FIFA

Umunya-Serbia Zlatko Krmpotic, yatangaje ko agiye kurega ikipe ya Young Africans mu Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA), kubera ko ubuyobozi bw’iriya kipe yo muri Tanzania butakurikije ibikubiye mu masezerano ye ubwo bwayasesaga. Tariki ya 03 Ukwakira ni bwo ikipe ya Young Africans yasohoye itangazo rivuga ko yamaze gutandukana na Zlatko wahoze atoza APR FC […]

Ansu Fati yinjiye mu gitabo cy’abanyaduhigo cya Guiness des Records

Umunya-Espagne, Ansu Fati ukinira ikipe ya FC Barcelona, yinjiye mu gitabo cya Guiness World of Records (Guiness des records) cyandikwamo abantu bakoze ibintu bidasanzwe. Uyu mwana ukomoka muri Guinée-Bissau, yanditswe muri kiriya gitabo nk’umukinnyi muto kurusha abandi watsinze igitego muri UEFA Champions league. Ni igitego uyu rutahizamu wa FC Barcelona yatsinze Inter Milan ku wa […]

Sadate yahishuye uko inkoni z’abasirikare zatumye yanga urunuka APR FC

Perezida ucyuye igihe wa Rayon Sports, Munyakazi Sadate, yahishuye ko gukubitwa n’ingabo z’igihugu ubwo bishimiraga intsinzi ya Rayon Sports kuri APR FC biri mu byatumye arushaho kwanga iyi kipe y’Ingabo z’igihugu urunuka. Yabitangaje kuri uyu wa Gatanu, mu kiganiro yagiranye na B&B FM-Umwezi. Perezida Sadate aheruka kwamburwa inshingano zo kuyobora Rayon Sports n’Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere […]

Burundi: Icyoba ni cyose mu baturage nyuma y’imbunda bivugwa ko zahawe Imbonerakure

Abaturage bo mu Ntara ya Cibitoke mu majyaruguru ashyira Uburengerazuba bw’u Burundi, baravuga ko bafite ubwoba nyuma y’uko leta y’u Burundi ihaye Imbonerakure imbunda. Imbonerakure ni umutwe w’urubyiruko rwo mu ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi mu Burundi. Imbunda urwo rubyiruko ruheruka guhabwa zahawe abayobozi barwo mu makomini agize Intara ya Cibitoke, zitanzwe n’umunyamabanga w’Ishyaka CNDD-FDD […]

Yanga Africans yakiriye umutoza watoje Mukura VS n’abana ba FC Barcelona

img_20201016_110452.jpg

Ikipe ya Young Africans ikinamo Kapiteni w’Ikipe y’igihugu Amavubi, Haruna Niyonzima, yakiriye Umurundi Kaze Cédric uheruka gusinya amasezerano yo kuyitoza. Uyu mugabo w’imyaka 40 y’amavuko yageze i Dar es Salaam ku wa Kane w’iki cyumweru aje gusimbura Umunya-Seribia Zlatko Krmpotic iyi kipe uheruka kwirukana, nyuma y’iminsi 37 yari amaze ayitoza. Kaze Cédric akigera ku kibuga […]

Perezida Kagame yagize Me Evode Uwizeyimana umusenateri

Ashingiye ku biteganywa n’itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe mu 2005, cyane cyane mu ngingo yaryo ya 80, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yashyize mu myanya abasenateri bashya barimo Me Evode Uwizeyimana. Abasenateri bashya bashyizwe mu myanya basimbuye abasoje manda yabo mu bashyirwaho n’umukuru w’igihugu. Muri Gashyantare uyu mwaka […]

RDC: Minisitiri André Lite yamaganye urugomo rwakorewe Martin Fayulu

Minisitiri w’Uburenganzira bwa muntu muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, André Lite, yamaganye imbaraga z’umurengera Polisi yakoresheje kuri Martin Fayulu, ubwo yageragezaga guhagarika urugendo uriya munya-Politiki yari yateguye i Kinshasa ku wa Gatatu w’iki cyumweru. Abitabiriye urwo rugendo bigaragambyaga bamagana ishyirwaho rya Komini y’icyaro ya Minembwe, agace gaherereye mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Nyuma gato […]

Rulindo: Umwana w’imyaka itanu yicishije murumuna we majagu

Umwana w’imyaka itanu y’amavuko wo mu murenge wa Buyoga w’Akarere ka Rulindo, ku mugoroba wo ku wa Kane tariki ya 15 Ukwakira 2020 yishe murumuna we w’imyaka ibiri amukubise majagu. Byabereye mu Mudugudu wa Gakoma, mu Kagari ka Mwumba, ubwo aba bana bombi bo mu muryango wa Nteziryayo Henry na Mutuyimana Léonille barimo bakina. Umuyobozi […]

Indaya yari ishaje i Nairobi yasezeye umwuga nyuma yo kwita ku bagabo 28,000

Indaya y’imyaka 49 y’amavuko y’i Nairobi mu gihugu cya Kenya, yatangaje ku mugaragaro ko isezeye uwo mwuga nyuma yo kwita ku bagabo babarirwa mu 28,000. Uyu mudandazamagara witwa Sarah Mutero, avuga ko nyuma yo guhagarika uriya mwuga yahawe ubutaka bufite agaciro k’amashiringi ya Kenya 120,000 (1,077,000Rwf) mu gace ka Makuyu ho mu ntara ya Muranga, […]

Nyaruguru: Bacuruza ibishyimbo n’ibigori bibisi ku mifungo y’100 rwf

img-20201015-wa0011.jpg

Ku masoko amwe n’amwe yo mu karere ka Nyaruguru, imbuto y’ibigori n’ibishyimbo ziri gucuruzwa ku mifungo y’igiceri cy’ijana (100 Rwf) bitewe n’uko muri iki gihe imbuto zo gutera kuri bimwe mu bihingwa (ibishyimbo, ibigori n’ibirayi) zabaye ingume. Abaturage bakaba bafite ubwoba ko umusaruro w’ubuhinzi uzaba muke cyane mu mezi ari mbere bakagira inzara. Magingo aya, […]

Burundi: Abanyamulenge barenga 30 batawe muri yombi bazira kuvuga Ikinyarwanda

Abanyamulenge barenga 30 bakomoka mu miryango itandatu itandukanye, ku munsi w’ejo batawe muri yombi na Polisi y’u Burundi bafatiwe ahitwa Gatumba mu Ntara ya Bujumbura, hafi y’umupaka w’u Burundi na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. SOS Media Burundi ivuga ko ifite amakuru y’uko abatawe muri yombi bari bamaze imyaka irenga 10 batuye mu Gatumba nk’impunzi. […]

Umunyamakuru wa KT Radio yatatse umukunzi we amwifuriza isabukuru nziza y’amavuko

isaackuradusenge_20201015_3.png.jpg

Umunyamakuru Isaac Kuradusenge ukorera KT Radio, yavuze imyato umukunzi we, Kayumba Sylivie, ubwo yamwifurizaga isabukuru nziza y’amavuko. Isaac Kuradusenge ni umwe mu bagize itsinda ry’abanyamakuru ba Siporo bakora ibiganiro by’imikino kuri KT Radio iri muri Radiyo za mbere zikunzwe mu gihugu. Mu butumwa uyu musore yasangije abamukurikira ku rubuga rwe rwa Instagram, yataatse umukunzi we […]

UEFA na Premier League bishimiye icyemezo cyafatiwe Victory TV yo mu Rwanda

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru ku mugabane w’u Burayi (UEFA), yatangaje ko ku bufatanye n’ubuyobozi bwa shampiyona y’Abongereza n’abafatanyabikorwa ba Canal+ mu Rwanda; bashimishijwe n’icyemezo cyafatiwe Televiziyo ya Victory TV ya hano mu Rwanda yerekanaga imikino yabo nta burenganzira ibifitiye. Mu Kwakira umwaka ushize Victory TV yari yaciwe amande ya miliyoni 10 z’Amafaranga y’u Rwanda inategekwa guhagarika […]

Uwahoze ari myugariro wa Rayon Sports yinjiye mu barwanya ubutegetsi bw’u Rwanda

Myugariro Iddi Nshimiyimana wakiniye ikipe ya Etincelles FC mbere yo kwerekeza muri Rayon Sports yakiniye bwa nyuma hano mu Rwanda, yeruye ku mugaragaro ko arwanya ubutegetsi bw’u Rwanda. Uyu musore ukomoka mu karere ka Rubavu, yakiniye Rayon Sports kugeza mu 2014 ubwo yavunikiraga ivi mu myitozo y’iyi kipe yiteguraga CECAFA Kagame Cup yabereye i Kigali, […]

Rubavu: Uwatwikiwe inzu arashinja inzego za leta kumutererana no kumwima ubutabera

Umuturage witwa Mujyambere Vedaste wo mu Murenge wa Nyamyumba mu Karere ka Rubavu, arashinja inzego zirimo ubushinjacyaha, ubuyobozi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha kumutererana no kumwima ubutabera, nyuma yo kugirana ibibazo n’abaturage bikagera n’aho atwikirwa inzu. Uyu muturage avuga ko bigitangira mu 2017 yaguze isambu na ba se wabo na ba nyirasenge, agatangira kuyihinga nta kibazo. Ni […]

Muri 11 babonye igihembo cyitiriwe Nobel mu 2020 harimo abagore 4, nta Munyafurika urimo

abanyamerika.png

Mu ntangiriro z’Ukwakira buri mwaka, ikigo kitiriwe Umunyasuwedi Alfred Nobel cyo muri Suede, gitanga ibihembo ku bantu kaboze ibikorwa bikagirira ikiremwamuntu akamaro mu Buvuzi (Medecine et Physiologie), Ubutabire (Chimie), Ubugennge (Physique), Ubukungu (Economie), Ubuvangazo (Litterature) n’Amahoro. Abahawe iki gihembo uyu mwaka wa 2020, harimo abagore 4, nta Munyafurika urimo. Dore urutonde rw’abahembwe uyu mwaka n’ibyo […]

APR FC yatsinze Kiyovu Sports mu rubanza zaburanagamo Nsanzimfura Keddy

Ikipe ya APR FC yatsinze Kiyovu Sports, mu rubanza iyi kipe yo ku Mumena yari yayirezemo gusinyisha umukinnyi Nsanzimfura Keddy kandi agifitiye Kiyovu Sports amasezerano. Tariki ya 19 Nyakanga 2020 ni bwo APR FC yerekanye Nsanzimfura Keddy nk’umukinnyi mushya yaguze avuye muri Kiyovu Sports. Mu kirego cyahise gitangwa na Kiyovu Sports, iyi kipe yavuze ko […]

Danny Usengimana yatangaje impamvu ubukwe yari yateguje abantu butabaye

Rutahizamu Danny Usengimana ukinira ikipe ya APR FC n’Ikikipe y’igihugu Amavubi, yatangaje ko kuba imibare y’ubwandu bwa Covid-19 ikomeje kwiyongera mu mujyi wa Montreal wo muri Canada umukunzi we atuyemo, ari yo ntandaro yatumye ubukwe bwe yari yatumiriye abantu butaba. Ku wa 21 Nzeri 2020 ni bwo Danny yashyize hanze urupapuro rurarika abazitabira ubukwe bwe […]

Malawi: Uwahoze ari Minisitiri akurikiranweho guha Pasiporo uwakoze Jenoside

Uladi Mussa wabaye Minisitiri muri Guverinoma ya Malawi, afunzwe azira guha Pasiporo mu buryo butemewe n’amategeko impunzi z’Abanyarwanda zituye muri kiriya gihugu, zirimo n’izifite aho zihuriye na Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Mussa wabaye Minisitiri w’Umutekano w’Imbere mu gihugu igenzura ibiro bishinzwe abinjira n’abasohoka, mu byaha ashinjwa harimo kuba yarahaye Pasiporo Vincent Murekezi ukekwaho kugira […]

Igihembwe kiruta ibindi mu byagaragaye mu ngengabihe y’amashuri 2020/21

img-20201014-wa0000.jpg

Minisiteri y’Uburezi (Mineduc) yaraye ishyize ahagaragara ingengabihe y’uburyo abanyeshuri bo mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazasubukura amasomo, nyuma y’amezi akabakaba arindwi yari amaze afunzwe kubera icyorezo cya Coronavirus. Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 25 Nzeri 2020 niyo yatanze icyizere ko amashuri agiye gufungura mu gihe cya vuba. Yavuze ko amashuri atangira gufungurwa hagaherwa kuri za kaminuza […]

Cristiano Ronaldo yanduye Coronavirus

Umunya-Portugal Cristiano Ronaldo, yanduye icyorezo cya Covid-19, nk’uko byatangajwe n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu gihugu cya Portugal. Itangazo iryo shyirahamwe ryasohoye rivuga ko “Cristiano ameze neza, nta bimenyetso agaragaza, akaba ari mu kato.” Uyu rutahizamu w’Ikipe ya Juventus, yaherukaga kugaragara mu mikino ibiri ikipe y’igihugu cye anabereye Kapiteni iheruka gukina, harimo uwa gicuti yakinnye na Espagne […]

FERWAFA yatangaje igihe shampiyona za 2020/21 zizatangirira

img-20201013-wa0020.jpg

Ubuyobozi bw’Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru hano mu Rwanda (FERWAFA), bwatangaje igihe za shampiyona z’umwaka w’imikino wa 2020/21 zizatangirira, harimo iy’ikiciro cya mbere mu bagabo izatangira tariki ya 04 Ukuboza uyu mwaka.

Tanzania: Hamenyekanye icyateye inkongi iheruka kwibasira Kilimanjaro

Iperereza ry’ibanze ku nkongi y’umuriro iheruka kwibasira umusozi muremure wa Kilimanjaro, yerekanye ko iyo nkongi yatewe n’abakarasi bari bari kumwe na ba mukerarugendo bazamukaga umusozi mu gace kawo ka Whona. Ni ibyatangajwe na Pascal Shelutete, umuyobozi ushinzwe itumanaho muri Pariki z’igihugu za Tanzania, mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru. Shelutete yavuze ko aburiraga umusozi bari bageze ahitwa […]

U Rwanda ruri gushaka abashoramari bo guhinga urumogi

Guverinoma y’u Rwanda ibinyujije mu kigo cy’Igihugu cy’Iterambere (RDB) n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere ubuhinzi bw’ ibyoherezwa mu mahanga (NAEB), yatangaje ko iri gushaka abashoramari bo guhinga urumogi ruzavamo imiti yifashishwa mu buvuzi. Ni nyuma y’igihe kirekire igihingwa cy’urumogi kitemewe mu Rwanda ndetse n’ubucuruzi bwarwo buri mu byaha bihanwa n’amategeko. Guverinoma yavuze ko hari umubare […]

Miss Muyango yahundagaje kuri Kimenyi imitoma ku munsi we w’amavuko

uwase_muyango_20201013_1.png.jpg

Umuzamu wa Kiyovu Sports n’Ikipe y’Igihugu Amavubi, Kimenyi Yves, yahundagajweho uruhuri rw’imitoma na Miss Uwase Muyango Claudine usanzwe ari umukunzi we, ubwo yamwifurizaga isabukuru nziza y’amavuko. Urubuga rwa Wikipedia rwerekana ko Kimenyi yavutse ku wa 13 Ukwakira mu 1992, ibisobanura ko kuri uyu wa Kabiri yujuje imyaka 28 y’amavuko. Umukunzi we, Uwase Muyango Claudine wabaye […]

RED-Tabara ngo ntiyatunguwe no kuba Ndayishimiye yaranze kwitabira inama yatumijwe na Tshisekedi

Umutwe wa RED-Tabara umaze imyaka itanu urwanya ubutegetsi bw’u Burundi, wavuze ko wamenye kandi wita ku byavuye mu nama ya Goma iheruka guhuza abakuru b’ibihugu byo mu karere, gusa uvuga ko utatunguwe no kuba Perezida w’u Burundi, Gen. Evariste Ndayishimiye, yaranze kuyitabira. Ni inama yabaye tariki ya 7 Ukwakira hifashishijwe ikoranabuhanga, ku butumire bwa Perezida […]

Martin Fayulu yabwiye Abakongomani ko Tshisekedi ntaho azabageza

Martin Fayulu Madidi, umuhuzabikorwa w’Ihuriro ry’amashyaka yo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo rizwi nka LAMUKA, yasabye umuryango mpuzamahanga n’ibihugu byo mu Burengerazuba bw’Isi, gufasha Congo kwikura mu bibazo byavutse mu matora y’Umukuru w’Igihugu yo mu 2018. Ku wa Mbere tariki ya 12 Ukwakira ni bwo Martin Fayulu yatorewe kuba umuhuzabikorwa wa LAMUKA, akazamarana izo […]

Magufuli ntiyumva impamvu Tanzania ituwe na miliyoni 55 yatsindwa n’u Burundi

Perezida wa Tanzania, Dr. John Pombe Magufuli, yarakajwe n’uko ikipe y’igihugu ya Tanzania ‘Taifa Stars’ yatsinzwe n’Intamba mu Rugamba z’u Burundi, avuga ko bidakwiye ko Tanzania nk’igihugu gituwe na miliyoni 55 z’abaturage itsindwa n’u Burundi bw’ebyiri. Ku cyumweru tariki ya 11 Nzeri ni bwo ikipe y’igihugu ya Tanzania yakinnye n’u Burundi, mu mukino wa gicuti […]

RDC: FDLR yongeye kuvugwa mu bwicanyi bukorerwa muri Pariki ya Virunga

Umurinzi wa Pariki y’Igihugu ya Virunga iherereye mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yishwe ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize mu gitero byemejwe ko cyagabwe n’umutwe wa FDLR-RUD urwanya leta y’u Rwanda. Ubuyobozi bw’iriya Pariki bwavuze ko umurinzi wayo yiciwe ku biro by’irondo biri ku kigo cya Congo gishinzwe kubungabunga ibidukikije, biri mu mudugudu […]

Jeannette Kagame yasabye ko ihohoterwa rikorerwa abana rishyirwa mu byaha bidasaza

Madamu wa Perezida wa Repubulika, Jeannette Kagame, yasabye inzego bireba guhagurukira ikibazo cy’ihohoterwa rikorerwa abana binyuze mu kwihutisha imanza z’abakekwaho icyo cyaha, anifuza ko icyo cyaha cyashyirwa mu byaha bidasaza. Ni ibikubiye mu butumwa Jeannette Kagame yageneye Abanyarwanda, mu gihe kuri uyu wa Mbere u Rwanda rwifatanyije n’Isi yose kwizihiza ‘Umunsi Mpuzamahanga w’umwana w’umukobwa’. Jeannette […]

Sadate mu bashenguwe n’urupfu rw’uwahoze ari Perezida wa Kiyovu Sports

Ikipe ya Kiyovu Sports yemeje ko Bushayija Léonard wabaye Perezida wayo mu myaka 20 ishize yapfuye. Inkuru y’urupfu rw’uyu musa. Iyi nkuru yamenyekanye ku munsi w’ejo, mbere y’uko Kiyovu Sports iyemeza mu butumwa yanyujije kuri Twitter yayo. Kiyovu yagize iti: “Umusaza wacu Bushayija Léonard amaze kwitaba Imana, umuryango wa Kiyovu wifatanyije mu akababaro n’umuryango wa […]

Kylian Mbappé yasingije Cristiano Ronaldo bagiranye ibihe byiza

img_20201012_080628.jpg

Rutahizamu Kylian Mbappé ukinira PSG n’Ikipe y’Igihugu y’u Bufaransa, yavuze imyato kizigenza Cristiano Ronaldo, nyuma yo kugirana na we ibihe byiza mu ijoro ryakeye. Aba bombi bari bahuriye mu mukino wa UEFA Nations League, Ikipe y’Igihugu y’u Bufaransa yanganyijemo na Portugal 0-0. Ni wo mukino wa mbere amakipe yombi yari ahuriyemo kuva muri 2016, ubwo […]

Musanze: Abapadiri bahanwe bazira gusoma Misa batubahirije ingamba zo kwirinda Covid-19

Abapadiri babiri bakorera kuri Diyosezi Gatulika ya Ruhengeri ibarizwa rwagati mu mujyi wa Musanze, bahawe ibihano nyuma yo gufatwa basoma Misa ariko batubahirije ingamba zo kwirinda Covid-19. Ni nyuma y’igenzura Polisi y’Igihugu yakoze ejo ku cyumweru, mu nsengero zo mu turere twa Musanze, Burera, Gicumbi na Gakenke. Polisi yasanze muri Kiliziya ya Diyosezi ya Ruhengeri […]

Abantu babiri ni bo banduye Covid-19 mu Rwanda kuri uyu wa Gatandatu

img_20201010_214759.jpg

Minisiteri y’Ubuzima kuri uyu wa Gatandatu, yatangaje ko abantu babiri barimo umwe w’i Kigali n’undi wa Kirehe ari bo banduye icyorezo cya Covid-19, mu bipimo 2,668 byafashwe. Umubare w’abanduye Covid-19 mu Rwanda wahise ugera ku bantu 4,892, ababarirwa mu 3,566 barimo 11 babonetse kuri uyu wa Gatandatu bakaba bamaze kugikira. Kugeza ubu abo kiriya cyorezo […]

Abakinnyi 10 b’umupira w’amaguru bagufi kurusha abandi ku Isi

Umupira w’amaguru n’umwe muri Siporo zikunzwe na benshi, igihagararo kikaba kimwe mu bifasha abawukina kwitwara neza mu kibuga. Cyakora cyo nubwo igihagararo n’ibigango biri mu bituma abakinnyi bitwara neza, hari abakinnyi bagufi ariko ubugufi bwabo butabuza kwitwara neza. Twifashishije urubuga Sportsshow.net, tugiye kubagezaho urutonde rw’abakinnyi babigize umwuga bagufi ku Isi kurusha abandi. 10. Alexis Sanchez […]

Rusizi: Abaturage bibye imifuka 500 ya sima nyuma y’uko ikamyo yari iyikoreye ihirimye

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu mu murenge wa Mururu ahitwa Roind Point mu Karere ka Rusizi, ikamyo ya CIMERWA yavaga ku ruganda rwa Bugarama ijya i Kigali yahirimye ipakiye imifuka 700, abaturage bibamo imifuka 500. Amakuru avuga ko umushoferi wari utwaye iriya kamyo witwa Sylvestre Sebanani w’imyaka 44 y’amavuko, yakomeretse cyane, biba ngombwa […]

RDC: Abantu 19 barimo Abarundi bahamijwe gufata ku ngufu

Urukiko rukuru rwo mu gace ka Uvira ho mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, rwakatiye igifungo cy’imyaka 15 abantu 19 barimo Abarundi, nyuma yo guhamywa ibyaha birimo gufata ku ngufu. Ni ibyaha byakozwe hagati ya Kamena na Kanama uyu mwaka, mu nkambi z’impunzi z’Abarundi za Lusenda na Mulongwe ziherereye muri […]

Robertinho yavuze impamvu yahisemo kujya gutoza Gor Mahia nyuma ya Rayon Sports

Ikipe ya Gor Mahia yo mu gihugu cya Kenya, yemeje ko Umunya-Brésil Roberto Oliveira Goncalves ‘Robertinho’ watoje ikipe ya Rayon Sports ari we mutoza wayo mushya. Goal.com yavuze ko uyu mugabo yageze i Nairobi kuri uyu wa Gatandatu agiye gusimbura Steven Polack uheruka kwirukanwa n’iriya kipe ikunzwe kurusha izindi muri Kenya. Gor Mahia yemeje Robertinho […]

Perezida Donald Trump yakatiwe urwo gupfa

Perezida Donald Trump wa Leta zunze ubumwe za Amerika, yakatiwe urwo gupfa n’urukiko rwo mu gihugu cya Yemen ashinjwa ibyaha by’intambara. Perezida Trump yakatiwe kiriya gihano ari hamwe n’abandi bantu icyenda, barimo umwami wa Arabie Saoudite n’igikomangoma cyo muri kiriya gihugu. Ikinyamakuru Daily Star dukesha iyi nkuru, kivuga ko ubwo ruriya rubanza rwabaga ku wa […]

Rubavu: Muri APEFE-Mweya haravugwa umwiryane n’ivangura rishingiye ku moko

Abanyamuryango b’ishuri rya APEFE-Mweya, barashinja umuyobozi waryo, Ndakaza Laurent, kugundira ubuyobozi no guteza iryo shuri ibihombo byatumye ritezwa cyamunara, we akavuga ko abamushinja ibyo babiterwa n’ubugome bafite ahanini bushingiye ku ivangura rishingiye ku moko. Ikigo cya APEFE-Mweya giherereye mu Murenge wa Gisenyi mu Karere ka Rubavu, kikaba gifite ishuri ribanza n’iryisumbuye. Amakimbirane avugwa muri iri […]

Suarez yavuze ubugome yakorewe na FC Barcelona bwatumye atandukana na yo mu marira

Rutahizamu Luis Suarez yatangaje ko yarijijwe n’uburyo FC Barcelona yamufashe mu byumweru bye bya nyuma mbere y’uko yerekeza muri Atletico Madrid, anahishura ko yangirwaga gukora imyitozo itegura imikino y’iriya kipe. Suarez yahishuye inzira y’umusaraba yanyuzemo mu minsi ye ya nyuma muri FC Barcelona, mu kiganiro aheruka kugirana n’urubuga rw’Ikipe y’Igihugu ya Uruguay, nyuma y’umukino wo […]

Nyaruguru: Yatunguranye asabira imbabazi mu ruhame ku ruhare yagize muri jenoside

Mu kiganiro ku bumwe n’ubwiyunge cyatanzwe n’umuryango utari uwa Leta AMI (Association Modeste et Innocent) mu Kagari ka Bungi, Umurenge wa Rusenge, Akarere ka Nyaruguru, umugabo witwa Viateur Mbabariye w’imyaka 50, yatunguranye asaba imbabazi Philomene Mukamabano, w’imyaka 64 bari bicaranye, ku ruhare yagize mu iyicwa ry’umugabo we, Musoni Festus n’abana be muri 1994, ahita azihabwa. […]

RDF yatangiye gusimbuza abasirikare barwanira mu kirere mu butumwa bwa UNMISS

rauoct2.jpg

Igisirikare cy’u Rwanda (RDF), cyatangiye igikorwa cyo gusimbuza abasirikare bacyo bo mu mutwe w’ingabo zirwanira mu kirere bari bamaze igihe mu butumwa bwo kubungabunga amahoro muri Sudani y’Epfo (UNMISS). Itsinda rya cyenda rigizwe n’abasirikare 162 barimo abapilote, abakanishi b’indege bazasimbura bagenzi babo basoje ikivi muri UNMISS. Icyiciro cya mbere cy’abasirikare cyahagurutse i Kigali cyerekeza i […]

Nta bwoko bwitwa Abanyamulenge buba muri RDC_Fayulu ushinjwa kubanga urunuka

Martin Fayulu, umwe mu bayobozi b’ihuriro ry’amashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi ryiswe LAMUKA rikorera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yavuze ko muri icyo gihugu nta bwoko bwitwa ‘Abanyamulenge’ buhabarizwa, mu gihe we ashinjwa kugirira urwango rukomeye abantu bo muri ubwo bwoko. Fayulu yabitangaje kuri uyu wa Gatanu, mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru cyabereye i Kinshasa. Ni […]