Umuryango wâumunyamakuru wishwe afasha FBI gucakira Kabuga Felicien uratabaza
Icyizere cyo kubona ubutabera cyâumuryango wâumunyamakuru wo muri Kenya, William Munuhe, wishwe ubwo yari arimo arafasha FBI gukurikirana Umunyarwanda, Kabuga Felicien, kiragenda kirushaho kuyoyoka nyuma yâaho ubutabera bwâiki gihugu bukomeje kwirangagiza ubusabe bwawo bwo guhabwa impozamarira. Iyi nkuru dukesha ikinyamakuru The Standard iravuga ko icyizere cyo kubona ubutabera kuri uyu muryango kigenda kiyoyoka mu gihe […]
Uganda yanze ko umwe mu Banyarwanda 2 bahiciwe ahashyingurwa
Abanyarwanda babiri, Ntwari Bahati na Dusabimana Theoneste biciwe mu gihugu cya Uganda mu buryo bwâamayobera mu minsi ibiri ikurikiranye, ku Cyumweru no kuwa Mbere. Ntwari Bahati yasanzwe yapfuye asa nkâuwanizwe kugeza ashizemo umwuka, i Kampala, mu murwa mukuru wa Uganda, ku Cyumweru itariki 29 Kanama nkâuko byatangajwe nâumuryango we. Abo mu muryango we bavuga ko […]
Tanzania: Umuyobozi wa CHADEMA uregwa ibyaha byâiterabwoba yagejejwe mu rukiko
Umunyapolitiki Freeman Mbowe utavuga rumwe nâubutegetsi muri Tanzania, kuri uyu wa Kabiri, itariki 31 Kanama yageze imbere yâUrukiko Rukuru rwa Dar es Salam, aho akurikiranweho ibyaha byâiterabwoba, mu gihe abatavuga rumwe nâubutegetsi nâabaharanira uburenganzira bwa muntu bavuga ko uru rubanza rushingiye ku mpamvu za politiki. Ku rukiko hari imbaga yâabantu, abayobozi bâabatavuga rumwe nâubutegetsi bari […]
Umutwe wa TPLF wambuwe ibirindiro byâingenzi wari ufite muri Amhara
Igisirikare cya Ethiopia cyongeye kwigarurira agace ka Debre Zebit, kâingenzi ku karere ka Amhara, kari kari mu maboko yâinyeshyamba zâumutwe wa TPLF. Aka gace kigaruriwe nyuma yo kugasukaho ibisasu bya bombe mbere yâuko ingabo za Ethiopia zifatanyije nâabarwanyi bo muri Amhara zitsinsura abarwanyi ba TPLF muri Debre Zebit nâahandi hahakikije. Ibiro Ntaramakuru Nyafurika, APANews bivuga […]
Deux Rwandais assassinés en Ouganda dans des circonstances mystérieuses
Un ressortissant rwandais identifiĂ© comme Ntwari Bahati a Ă©tĂ© retrouvĂ© mort par strangulation apparente, dans la capitale ougandaise Kampala la veille du dimanche 29 aoĂ»t selon des sources familiales. Selon eux, il y a Ă©galement eu une tentative de brĂ»ler le corps du dĂ©funt, qui travaillait comme mĂ©canicien automobile Ă Kampala. Il avait vĂ©cu en […]
Uwari minisitiri muri Afghanistan atunzwe no kugemura ibyo kurya ku igare mu Budage

Uwahoze ari minisitiri wâitumanaho muri Afghanistan, Sayed Sadaat kuri ubu akora akazi ko kugenda ajyana ibyo kurya ku bantu babaiguze kuri internet akoresheje igare mu gihugu cyâu Budage, aho ubuzima abayeho bushobora kuba ari bwo butegereje benshi mu banyafuganistani bari guhunga kuri ubu. Uyu yari minisitiri mu gihugu cye mbere yo kwimukira mu Budage, ariko […]
Igerageza rishya ryâurukingo rwa virus itera sida ryakubise igihwereye
Kuri uyu wa Kabiri, Johnson & Johnson yatangaje ko urukingo rwari mu igeragezwa rwananiwe kurinda bihagije virusi itera SIDA muri Afurika yo munsi yâubutayu bwa Sahara ku bakobwa bakiri bato bafite ibyago byinshi byo kwandura. Kunanirwa kâurukingo mu cyiciro cyo hagati byerekana imbogamizi zâiterambere ryâinkingo, cyane cyane kuri virusi itera sida cyangwa izindi zitera indwara […]
Igisirikare cya Amerika cyasize gifunze indege za gisirikare nâimodoka cyasize i Kabul
Igisirikare cya Amerika cyasize kiborotse ibikoresho bya gisirikare birimo indege nâimodoka zâintambara cyasize muri Afghanistan ku buryo bitakongera gukoreshwa mbere yo kuhavana abasirikare bacyo ba nyuma bari basigaye ku butaka bwâiki gihugu kuri uyu wa Mbere, itariki 30 Kanama 2021. Indege ya nyuma yâIgisirikare cya Amerika yahagurutse ku Kibuga cyâIndege Mpuzamahanga kitiriwe Hamid Karzai cya […]
Abarundi 8 bari bagiye gucuruzwa muri Arabia Saoudite batabawe
Ishami rishinzwe kurwanya icuruzwa ryâabantu muri Uganda rifite ibiro muri minisiteri yumutekano, ryatabaye Abarundi 8 bari bagiye gucuruzwa muri Arabia Saoudite banyujijwe muri iki gihugu. Nkâuko byatangajwe na Agnes Igoye, umuhuzabikorwa wungirije wâishami rishinzwe kurwanya icuruzwa ryâabantu, aba Barundi 8 basanzwe muri hotel yo mu gace ka Kabalagala, ahasanzwe nUmunyayemeni witwa Ramsey Muhammad wari ugiye […]
Afghanistan: Amerika yasoje ubutumwa bwayo ku mugaragaro ihungishije abantu 79,000
Abasirikare ba nyuma ba Leta Zunze Ubumwe za Amerika bari basigaye muri Afghanistan baraye bahagurutse ku Kibuga cyâindege cya Kabul, Pentagon itangaza ku mugaragaro ko ubutumwa bwari bumaze imyaka 20 yintambara bushyizweho akadomo. Gen. Kenneth McKenzie, Komanda wâubuyobozi bukuru bwâingabo za Amerika, yavuze ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zahungishije abantu 79,000 bavanwa Kabul barimo […]
Paris: Urukiko rwanze ubusabe bwâababuranira Agathe Habyarimana
Nyuma yâimyaka 14 yâurujya nâuruza mu nkiko ariko urubanza rutaba, Urukiko rwâUbujurire rwa Paris kuri uyu wa Mbere rwateye utwatsi ubusabe bwâabunganira Agathe Habyarimana bwo kudakurikiranwa nâubutabera. Kutaburanisha urubanza bishobora gutangazwa n’ubutabera mu gihe bubonye ko dosiye idafite ibintu biremereye, kandi iyi yari impamvu yatanzwe n’abunganizi ba Agathe Habyarimana. Ariko urukiko ntirwigeze rufata icyemezo ku […]
Burundi: Uwari uhagarariye u Rwanda yatunguranye mu Munsi w’Imbonerakure
Perezida wâu Burundi, Evariste Ndayishimiye yijeje Abarundi ko ibyâumubano wâigihugu cye nâu Rwanda bikomeje gushakirwa umuti anagira ubutumwa aha Abanyarwanda yanyujije ku muntu wari uhagarariye u Rwanda wari witabiriye imihango yo kwizihiza Umunsi wâImbonerakure wabaye kuwa gatandatu ushize, itariki 28 Kanama 2021. Ibirori byo kwizihiza umunsi wahariwe urubyiruko rwâishyaka CNDD-FDD (Imbonerakure Day) riri ku butegetsi […]
Afghanistan: Ikibuga cyâindege cya Kabul cyagabweho ikindi gitero cya za rokete

Kuri uyu wa Mbere ku Kibuga cyâIndege cya Kabul harashwe ibisasu bya rokete bigera muri bitanu ariko bisamirwa mu kirere nâubwirinzi bwa missiles bwâAbanyamerika mu gihe aba bari gusoza igikorwa cyo kuvana ingabo zabo muri Afghanistan. Nyuma yâuko bamaze kuhavana abantu bagera mu 144,400, barimo abanyamahanga nâAbanyafuganistani batinya kugirirwa nabi nâubutegetsi bwâAbatalibani bafashe igihugu ku […]
Abafana ba Drake bagabye igitero ku rugo Kanye West yavukiyemo

Inzu yâiwabo wa Kanye West ku ivuko mu Mujyi wa Chicago muri iyi weekend yagabweho igitero nâabafana bâUmuraperi mugenzi we Drake bahasiga ubutumwa bwo kumutera ubwoba mu gihe umwuka utari mwiza hagati yâaba baraperi bombi ukomeje gufata intera. Nkâuko bitangazwa nâibinyamakuru byo muri Amerika bitandukanye birimo Uproxx, hari ubutumwa bwasizwe ku ngazi zinjira mu rugo […]
Gicumbi: Arashinjwa gukeba igitsina cyâumwana yareraga amuziza kunyara ku buriri
Umugore wâimyaka 47 yâamavuko, ubarizwa mu Karere ka Gicumbi, Umurenge wa Muko, Akagari ka Kigoma, ubushinjacyaha bwasabiye mu cyumweru gishize gufungwa byâagateganyo iminsi 30 ku cyaha cyo Kwangiza imyanya Ndangagitsina yâumwana wâumuhungu yareraga urubanza rwe rwatangiye kuri uyu wa Mbere. Iki cyaha cyakozwe ku itariki 03 Kanama2021 ubwo yabyukaga mu gitondo agasanga umwana yanyaye ku […]
Urukiko rwakatiye igifungo uwatutse nyina akamwandagaza mu ruhame
Urukiko rwâAkarere ka Ilala muri Tanzania kuwa gatanu ushize rwakatiye igihano cyâigifungo cyâumwaka umwe, umukobwa witwa Zabrina Mohamed Sidik, nyuma yo kumuhamya icyaha cyo gutuka no kwandagaza nyina, Rafika Mohamed Sidiki, amwita indaya, ikinyendaro, umujura nâibindi bitutsi. Umucamanza Martha Mpaze yatanze igihano nyuma yo kwemera ibimenyetso byatanzwe nâabatangabuhamya bane bâubushinjacyaha. Uyu mucamanza yavuze ko ubushinjacyaha […]
Kabul: Ikindi gitero ku kibuga cyâindege cyaburijwemo abasivili barimo abana barahagwa
Igitero cya Drone yâAbanyamerika cyo kuri iki Cyumweru ku modoka yuzuyemo ibiturika yarasiwe hafi yâIkibuga cyâindege cya kabul cyaguyemo nâabana bato nkâuko byemejwe nâabatangabuhamya. Aba batangabuhamya babwiye Al Jazeera ko byibuze abana batatu bari mu basivili batandatu bahitanwe nâiki gitero mu gihe ibinyamakuru bimwe bivuga ko abantu 9 bo mu muryango umwe , barimo abana […]
Buri rugo mu Mujyi wa Kigali ruzaba rufite amazi mu 2035 – WASAC
Mu 2024, 87% by’ingo zo mu Mujyi wa Kigali zizaba zifite amazi, mu gihe mu 2035 ingo 100% (Buri gipangu)zizaba zifite amazi nk’uko byemezwa n’Ikigo gishinzwe amazi isuku nâisukura WASAC, kivuga ko mu 2050 noneho buri nzu izaba ifite amazi. Ibi bikubiye mu gishushanyo mbonera kirigutegurwa nâiki kigo cyâuburyo bwo gukwirakwiza amazi mu mujyi wa […]
RDC: Abaguverineri babiri bakurikiranweho kunyereza amamiliyari
Ubugenzuzi Bukuru bwâImari ya Leta ya Congo bukurikiranye ba Guverineri babiri; Atou Matubuana, Guverineri wa Kongo-Central na Wale Lufungula wâIntara ya Tshopo. Uwa mbere akurikiranweho kunyereza akayabo ka miliyoni 5 zâAmadolari, mu gihe uwa kabiri akurikiranweho kugerageza kunyereza umutungo afatanyije nâuwahoze ari minisitiri. Umugenzuzi Mukuru wâimari ya Leta ashinja Atou Matubuana miliyoni 5 zâAmadolari angana […]
RDC ishobora kwambura Abashinwa ikirombe yabahaye nyuma yo kubona yaba irimo kwibwa
Minisitiri wâimari, Nicolas Kazadi, yatangarije ibiro ntaramakuru by’Abongereza, Reuters, ko guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo irimo gusubiramo amasezerano yâamadorari miliyari 6 zâamadorari âyâibikorwaremezo nâamabuye y’agaciroâ hagati yayo n’abashoramari b’Abashinwa. Ni amasezerano yemereraga u Bushinwa gucukura amabuye yâagaciro nabwo bukubakira RDC ibikorwaremezo bitandukanye birimo imihanda ya gari ya moshi. Muri Gicurasi, Perezida Felix Tshisekedi […]
Ibice bimwe byâigihugu bishobora kwibasirwa nâamapfa nkâayo mu 2016 â Meteo Rwanda
Ikigo cyâigihugu cyâiteganyagihe kiravuga ko ibice bitandukanye byâintara yâiburasirazuba nâintara yâAmajyepfo bishobora kwibasirwa nâuruzuba rukabije nkâurwo mu 2016, 2010 no mu 1996. Ibi byatangajwe kuri uyu wa gatanu ushize, itariki ya 27 Kanama, ubwo iki kigo cyasohoraga iteganyagihe ryâimvura ryâukwezi kwa Nzeri kugeza Ukuboza 2021. Uruzuba rukabije rwo mu 2016 nirwo u Rwanda rwagize rurerure […]
Tom Cruise yibiwe imodoka mu ifatwa ryâamashusho ya Mission: Impossible 7
Ubwo hari harimo gukinwa filimi ya « Mission : Impossible 7 » mu Bwongereza, umukinnyi wâimena wâiyi filimi, Tom Cruise yibwe imodoka yâagaciro ya BMW yari irimo ibintu bye nâabamwegereye bifite agaciro kâibihumbi bisaga 100 byâamafaranga akoreshwa mu Bwongereza. Iyi modoka ya Tom Cruise yibiwe aho yafatiraga amashusho yâigice cya karindwi cya Mission: Impossible mu […]
Burundi: Uwahoze ayobora CNDD-FDD yiyemeje gutaha nyuma y’imyaka 6 mu buhungiro
Uwahoze ari Perezida wâishyaka CNDD-FDD, Jeremie Ngendakumana umaze imyaka 6 mu buhungiro mu gihugu cyâu Bubiligi, kuri iki Cyumweru, itariki 29 Kanama ategerejwe mu gihugu cye cyâu Burundi, aho avuga ko nta keza yabonye mu mahanga, ndetse uko yahabonye atari ko yahumvaga. âNyuma yâimyaka itandatu mu buhungiro, ndizera ko igihe kigeze ngo ntahe, nkorere igihugu […]
Rusizi: Yafatanwe amabalo 18 ya magendu yâimyenda ya caguwa nâinkweto
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 28 Kanama abapolisi bo mu ishami rya Polisi yâu Rwanda bashinzwe kurwanya abanyereza imisoro(RPU) bafashe amabalo 18 yâimyenda ya caguwa nâinkweto imiguru 30 byinjizwaga mu Rwanda mu buryo bwa magendu. Ibyo bicuruzwa byafatiwe mu Karere ka Rusizi, Umurenge wa Gihundwe, Akagari ka Kamatita, mu midugudu ya […]
Umucuruzi wâUmunyarwanda yapfiriye muri Uganda azize impanuka itavugwaho rumwe
Umucuruzi wâUmunyarwanda witwa Sivo, wakoreraga mu gihugu cya Uganda kuri uyu wa Gatatu yishwe agonzwe nâimodoka mu buryo butavugwaho rumwe. Ibi byabereye mu gace ka Bujenje ku muhanda Masindi-Hoima ku isaha ya saa kumi nâimwe zâumugoroba, aho amakuru agera ku rubuga rwa VirungaPost avuga ko imodoka yagonze yaba yari itwawe nâumukozi wâUrwego rwâUbutasi bwa Gisirikare, […]
Umuturirwa wo mu Mujyi wa Dalian mu Bushinwa wafashwe nâinkongi yâumuriro
Amakamyo arenga 30 ya kizimya mwoto yahamagariwe kuzimya inyubako ndende yo mu mujyi wa Dalian mu Bushinwa. Nta bantu baramenyekana baba bagizweho ingaruka nâiyi nkongi ariko amafoto yashyizwe ahagaragara aragaragaza iri gorofa rikongoka kuva hasi kugeza hejuru. Ibi byabaye kuri uyu wa Gatanu kuri inyubako ndende, iherereye mu majyaruguru y’uburasirazuba bw’u Bushinwa. Ibitangazamakuru byo mu […]
Kagame en Allemagne pour Le sommet « Compact with Africa »
Le prĂ©sident Paul Kagame est Ă Berlin, en Allemagne, oĂč, aux cĂŽtĂ©s d’autres chefs d’Ătat de divers pays africains, il participera au sommet du Pacte du G20 avec l’Afrique organisĂ© par la chanceliĂšre allemande Angela Merkel. Le sommet de cette annĂ©e comprendra un sommet du G20 sur l’investissement sur les « Conditions-cadres pour les affaires et […]
Umuherwe Berlusconi wabaye Minisitiri wâIntebe wâu Butaliyani yajyanwe mu bitaro
Uwahoze ari Minisitiri wâIntebe wâu Butaliyani, Silvio Berlusconi yakiriwe mu Bitaro bya San Raffaele, mu Mujyi wa Milan ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane nkâuko amakuru aturuka mu ishyaka rye, Forza Italia yageze kuri Reuters kuri uyu wa Gatanu avuga. Amakuru macye yagiye ahagaragara avuga ko Berlusconi yakiriwe mu bitaro ngo asuzumwe ariko nta […]
Abantu bacuruza udupfukamunwa batabifitiye uburenganzira bihanangirijwe
Abacuruza nâabakora udupfukamunwa batabifitiye uburenganzira bihanangirijwe nâIkigo gishinzwe ubuziranenge bwâibiribwa nâimiti, Rwanda FDA, kuko barimo kurenga ku mabwiriza ariho, ndetse bakaba batiza umurindi ikwirakwira rya Covid-19. Hirya no hino usanga hagurishwa udupfukamunwa ariko abantu batugura basigarana impungenge zâuko nta birango byâubuziranenge utwinshi dufite, ndetse bamwe bavuga ko batazi uko bamenya udupfukamunwa twizewe. Umwe mu baganiriye […]
Uwahoze ari Minisitiri wâIntebe wa Mali yatawe muri yombi
Uwahoze ari Minisitiri wâIntebe wa Mali, Boubeye Maiga, yatawe muri yombi akurikiranweho uruhare mu igurwa ryâindege yâuwari umukuru wâigihugu, Ibrahim Boubacar Keita, ritavuzweho rumwe. Impamvu ya nyayo yâitabwa muri yombi rye ntabwo irasobanuka neza, ariko rifitanye isano nâindege yaguriwe umukuru wâigihugu mu 2014 kuri miliyoni 40$ nkâuko umwunganizi we, Kassoum Tapo, yabitangarije Reuters ku murongo […]
William Ruto yambuwe abashinzwe kumurinda
Visi Perezida wa Kenya, William Ruto, ari gutabaza avuga ko yambuwe abashinzwe kumurinda binyuranyije nâamategeko. William Ruto wagaragaje ko yiteguye guhatanira umwanya wâumukuru wâigihugu mu matora ataha yo mu 2022, abinyujije ku muvugizi we yavuze ko yambuwe abari bashinzwe kumurinda mu rugo rwe kuri uyu wa Kane. Itangazo ryashyizwe ahagaragara rigira riti â Muri iki […]
Urukiko rwateye utwatsi ubujurire bwa Aimable Karasira
Aimable Karasira Uzaramba ukurikiranweho ibyaha byo guha ishingiro jenoside yakorewe Abatusti ndetse no kuyihakana akomeje gufungwa byâagateganyo nyuma yâaho Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanze ubujurire bwe, mu gihe avuga ko atiteguye gukomeza kuburana urubanza rwe avuga ko rushingiye ku mpamvu za Politiki. Ubushinjacyaha bumukurikiranyeho ibyaha bine byo guha ishingiro no guhakana jenoside yakorewe abatutsi, gukurura […]
Rusizi: Umugabo wari ukurikiranweho ibyaha bya jenoside yakatiwe igifungo cya burundu
Urukiko rwâIbanze rwa Kagano, mu Karere ka Rusizi, kuwa 23 Kanama rwahamije uwitwa Nigirente Jeremie wâimyaka 58 icyaha cya jenoside yari akurikiranyweho nâUbushinjacyaha maze rumuhanisha igihano cyâigifungo cya burundu. Nigirente Jeremie yari akurikiranweho ibyaha byakozwe mu mwaka wâ1994 aho yashinjwe kugira uruhare mu bitero byishe Abatutsi bari bahungiye ku cyahoze ari Superefegitura ya Rwesero ubu […]
Mama ntiyashakaga ko dufatirwa mu mutego tukicirwa mu nzu yacu â Perezida Kagame
Hashize imyaka 60 Perezida wa Repubulika, Paul Kagame avuye mu Rwanda ahunze nâumuryango we, bajya gushaka ubuhungiro muri Uganda bahunga kwicirwa mu nzu yabo ariko ntaribagirwa uko bahavuye. Ibi umukuru wâigihugu yabitangarije mu kiganiro cyihariye yagiranye nâikinyamakuru Jeune Afrique, avuga ukuntu umubyeyi we yamuhungishije bahunga kwicwa nkâuko byagendekeye benshi mu Banyarwanda nyuma mbere gato yâubwigenge […]
Uwahoze ari perezida wa Tchad ashyinguwe i shyanga
HissĂšne HabrĂ© wahoze ari Perezida wa Tchad arashyingurwa kuri uyu wa Kane mu gihugu cya Senegal ari nacyo yapfiriyemo aho yari afungiye, mu gihe hibazwaga igihe umurambo we uzacyurwa mu gihugu cye. HissĂšne HabrĂ© yabarizwaga muri Senegal kuva mu myaka 31 ishize aho yahungiye nyuma yo guhirikwa ku butegetsi na Idriss DĂ©by, muri iki gihugu […]
Musanze: Batanu barashinjwa kwica umusore wari urangije amashuri yisumbuye
Ubushinjacyaha ku rwego Rwisumbuye rwa Musanze bwashyikirijwe dosiye iregwamo abantu batanu bakurikiranyweho icyaha cyâubwicanyi cyakorewe umusore wâimyaka 21. Iki cyaha cyakozwe ku itariki ya 13 Kanama 2021 ubwo umusore witwa Habimana Gad wari umaze igihe gito arangije amashuli yisumbuwe yahamagawe nâumuntu kuri telefoni amubwira ko yamuboneye LAPTOP yo kugura mu Murenge wa Kagogo, mu Karere […]
Burundi: Haravugwa iyicwa ryâImbonerakure yishwe na bagenzi bayo
Uwitwa Jean Bosco Ndihokubwayo wo muri Komini Kibago mu Ntara ya Makamba bivugwa ko yari Imbonerakure yishwe kuwa Kabiri ushize na bagenzi be bari birirwanye basangira inzoga mbere yâuko haduka amakimbirane. Umwe mu babonye uko byagenze yagize ati â Batangiye gushyamirana mu kabari. Bateranaga ubwoba. Jean Bosco nyuma yaje kwicwa atemaguwe ubwo yari arimo gutaha […]
Mozambique: Uwari minisitiri avugwaho kunyereza miliyari z’amadolari z’inguzanyo
Igihugu cya Afurika yâEpfo kigiye koherereza Mozambique uwahoze ari minisitiri wâimari, Manuel Chang, wavuzwe mu mahano adasanzwe aho yafashe umwenda mu izina ryâigihugu amafaranga akayakubita mu mufuka we. Uyu yari minisitiri wâimari kuva mu 2005 kugeza mu 2015 ku butegetsi bwa Perezida Armando Guebuza. Chang yaje gufata inguzanyo mu buryo bwa magendu ya miliyari 2,2 […]
Hari iperereza ryakorwaga kuri Rusesabagina mu Bubiligi ryari ritararangira
Umunyamategeko wunganira Paul Rusesabagina wo mu Bubiligi uherutse kwirukanwa mu Rwanda aravuga ko umukiriya we yaje mu Rwanda mu gihe hari iperereza ryari riri kumukorwaho muri iki gihugu ryari ritararangira kubwâibyo agasaba ko yakoherezwa rigakomeza akaba ariho aburanira. Rusesabagina ufite ubwenegihugu bwâu Bubiligi, ategereje umwanzuro wâurukiko ku itariki 20 Nzeri aho ashobora kuzakatirwa igihano cyâigifungo […]
Corps d’un ressortissant rwandais de 24 ans retrouvĂ© par la police Canadienne
Le corps de Steve Nkusi, un ressortissant rwandais qui s’est noyĂ© dans un lac le week-end dernier, a Ă©tĂ© retrouvĂ© par la police Canadienne le mardi 23 aoĂ»t. Le corps a Ă©tĂ© retrouvĂ© dans le lac Ontario oĂč le jeune homme de 24 ans se serait noyĂ© alors qu’il cĂ©lĂ©brait un anniversaire sur un bateau. […]
Mali: Dosiye yâindege yâuwahoze ari perezida nâibikoresho bya gisirikare yongeye kuburwa
Muri Mali, ikibazo cy’indege ya perezida n’amasezerano y’ibikoresho bya gisirikare, byari byaryamishijwe mu 2018, byongeye kubyutswa. Abaminisitiri, abajyanama ba perezida n’abacuruzi bari mu bari gukurikiranwa. “Iperereza ryâinyongera ryarakozwe, kandi abaminisitiri bagombaga kumvwa barumvishijwe” nkâuko byatangajwe kuri televiziyo yâigihugu nâumushinjacyaha mukuru w’Urukiko rw’Ikirenga, Mamadou Timbo nkâuko iyi nkuru dukesha RFI ikomeza ivuga. Muri iyi dosiye yo […]
Tanzania: Igitero hafi ya Ambasade yâu Bufaransa cyahitanye abapolisi batatu

Abantu bane barimo abapolisi batatu, nâumusivili biciwe hafi ya Ambasade yâu Bufaransa mu gihugu cya Tanzania kuri uyu wa Gatatu nkâuko byemejwe nâIgipolisi kivuga ko uwakoze ubwicanyi wari witwaje imbunda nawe yarashwe akicwa. Igipolisi kiravuga ko abandi bantu batandatu bakomeretse muri iki gitero cyagabwe nâumuntu umwe ku muhanda witiriwe Ali Hassan Mwinyi. Aya makuru yemejwe […]
Igipolisi cya Canada cyabonye umurambo wâUmunyarwanda
Ku wa Kabiri, Igipolisi cya Canada cyarohoye umurambo wâUmunyarwanda Steve Nkusi, warohamye mu kiyaga muri weekend. Umurambo watoraguwe mu kiyaga cya Ontario aho bivugwa ko uyu musore wâimyaka 24 yarohamye mu gihe bizihiza isabukuru y’amavuko mu bwato nk’uko iyi nkuru dukesha The New Times ivuga. Amakuru aturuka mu muryango we avuga ko nyuma yâuko abapolisi […]
Ruto yasubije Perezida Kenyatta wasabye abatanyuzwe na guverinoma ye kwegura
Visi perezida wa Kenya, William Ruto, kuri uyu wa kabiri yavuze ko adateze kwegura ku mirimo ye nyuma yâamasaha macye Perezida Uhuru Kenyatta asabye abantu bumva batanyuzwe na guverinoma ye kwegura. Ruto yavuze ko yiyemeje kuguma mu butegetsi bwa Jubilee kandi ko atazasubira inyuma cyangwa ngo ayamanike nubwo hari abamuhamagarira kwegura niba atemera gahunda ya […]
Kajugujugu 10 za mbere ziringirwa ku rugamba ku Isi

Ku Isi hari ubwoko bugera kuri 27 bwa kajugujugu zâintambara zo kugaba ibitero (Attack helicopters) ariko muri bwo hari ubuhiga ubundi mu mikorere no kwiringirwa ku rugamba. Dore kajugujugu 10 za mbere zo kugaba ibitero ziteye imbere kurusha izindi. 1. AH-64E Apache Guardian (USA) 2. Bell AH-1Z Viper (USA) 3. Kamov Ka-52 Hokum-B (Russia) 4. […]
Ibihugu bya Algeria na Maroc byacanye umubano
Kuri uyu wa Kabiri, itariki 24 Kanama mu kiganiro nâitangazamakuru, Minisitiri wâUbubanyi nâAmahanga wa Algeria, Ramtane Lamamra, yatangaje ku mugaragaro ko igihugu cye gicanye umubano nâigihugu cyâigituranyi cya Maroc. Ku itariki ya 20 Kanama, Perezidansi ya Algeria yari yatangaje ko iteganya gusubiramo ibyâumubano wayo na Maroc, iyishinja kuba yaragize uruhare mu nkongi zâumuriro zibasiye igice […]
Gicumbi: Arashinjwa kwitwikira ijoro akajya mu rugo rw’abandi gusambanya umwana
Umusore wo mu Karere ka Rulindo, Umurenge wa Murambi, Akagari ka Gatwa, ushinjwa kuba yarateraga urugo rw’abandi mu masaha y’ijoro akajya gusambanya umwana w’umukobwa yasabiwe gufungwa byâagateganyo iminsi 30. Icyo cyaha yagikoze mu bihe bitandukanye ubwo yagiye ajya iwabo w’umwana wâumukobwa agahengera ababyeyi be baryamye umwana akamukingurira akinjira mu nzu akarara amusambanya agataha mu rukerera […]
Abanyeshuli b’abakobwa 250 bahunze Afghanistan bagiye gukomereza amasomo mu Rwanda
Abanyeshuli 250 bâAbanyafuganisitani bo mu ishuli rukumbi ryâabakobwa bâAbanyafuganistani biga bacumbikirwa mu kigo, hiyongereyeho abarezi nâababyeyi babo u Rwanda rwemeye kubakira nk’uko byemejwe nâumuyobozi wâiryo shuli wavuze ko babaye bimuriye amasomo yabo mu Rwanda mu gihe cyâigihembwe kimwe. Abo banyeshuli ni abo mu ishuli ryitwa The School of Leadership Afghanistan SOLA ryigamo abanyeshuli 250 bâabakobwa […]
Les forces rwandaises et mozambicaines encerclent la derniĂšre cachette des terroristes
Les forces rwandaises et mozambicaines ont encerclĂ© les derniĂšres zones d’opĂ©ration majeures du groupe terroriste liĂ© Ă l’Ătat islamique, Siri I et Siri II, selon des informations. Ce qui apparaĂźt comme la derniĂšre grande poussĂ©e militaire des forces conjointes contre les insurgĂ©s dans la province la plus septentrionale du Mozambique, Cabo Delgado, survient Ă peine […]
Umuyobozi wa CIA aravugwaho kubonana mu ibanga nâumuyobozi wâAbatalibani
Umuyobozi wâikigo cyâubutasi cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, CIA, William Burns, aravugwaho guhura mu ibanga nâumuyobozi wâAbatalibani, Abdul Ghani Baradar i Kabul nkâuko bitangazwa nâibinyamakuru nka Washington Post na Associated Press. Iyi nama yaba yaba yabaye mu gihe ibikorwa byo guhungisha abanya-Afghanistan nâAbanyamerika bakoreraga muri iki gihugu. Kugeza ubu abantu 16,000 bamaze guhungishwa bavanwa […]
HissĂšne HabrĂ© wayoboje Tchad inkoni yâicyuma yapfiriye muri gereza
Uwahoze ari Perezida wa Tchad, HissĂšne HabrĂ©, yapfiriye muri gereza yari afungiyemo mu gihugu cya Senegal ku myaka 79 yâamavuko. Yari afungiye muri iyi gereza nyuma yo gukatirwa igifungo cya burundu mu 2016 kubera ibyaha byibasiye inyokomuntu nkâuko byatangajwe kuri uyu wa kabiri. Ibinyamakuru byo muri Senegal byatangaje ko uyu mugabo wigeze kuyoboza Tchad inkoni […]
Rubavu: Umugabo akurikiranweho kwica umukobwa we amuziza ko yatinze gutaha
Ubushinjacyaha ku rwego Rwisumbuye rwa Rubavu bukurikiranye umugabo ukekwaho kwica umwana we wâumukobwa wâimyaka 15 amuhoye ko yatinze gutaha. Iki cyaha cyakorewe mu Mudugudu wa RukeriI, Akagari ka Bihungwe, Umurenge wa Mudende, mu Karere ka Rubavu, Intara yâUburengerazuba, ku itariki ya 11 Kanama 2021 ubwo uregwa yicaga umwana we wâumukobwa wâimyaka 15 amuziza ko yatinze […]
Perezida Duterte arateganya kurekura ubutegetsi ahita aba visi perezida

Perezida wa Philippine, Rodrigo Duterte, yemeye kuzaba umukandida wâishyaka rye (PDP-Laban) mu matora yo mu mwaka utaha ku mwanya wa visi perezida, aho asa nkâuska kwiharurira inzira yo kuzagumana ububasha nyuma yo gusoza kuva ku butegetsi nyuma ya manda yemerewe. Ishyaka PDP-Laban ryatangaje ibi mbere yâamatora yâabagize inteko ishinga amategeko ateganyijwe ku itariki 08 Nzeri, […]
Sudani: Amafaranga yanyerejwe nâubutegetsi bwa Omar al Bashir akomeje gushakirwa hasi hejuru
Banki nkuru ya Sudani irimo irahigira hasi hejuru akayabo kâamadolari yabayaranyerejwe nâuwari perezida wâiki gihugu Omar al Bashir nâabantu bamwegereye. Nkâuko bitangazwa na RFI, Banki Nkuru yâiki gihugu yafashe icyemezo cyo gufatira konti za banki zâabantu 161 bakekwaho ibikorwa byo guhungabanya ubukungu. Urutonde ruriho abantu bahoze bashyigikiye Omar al-Bashir nâabantu bo mu muryango we. Iki […]
Umunyamategeko wâUmubiligi wirukanwe mu Rwanda arateganya kuhagaruka
Umunyamategeko wâUmubiligi Vincent Lurquin uherutse kwirukanwa mu Rwanda nyuma yo gushaka kuburanira Paul Rusesabagina atabiherewe uburenganzira, aravuga ko yiteguye kugaruka ubwo urubanza ruzaba rusubukurwa mu kwezi kwa cyenda. Ibi uyu munyamategeko yabitangaje mu kiganiro yagiranye nâitangazamakuru nyuma yo kuva mu Rwanda nkâuko tubikesha Ijwi rya Amerika. Leta yâu Rwanda kuri uyu wa Gatandatu tariki ya […]
Menya ibifaru u Rwanda ruri gukoresha muri Mozambique harimo ibyo bitari bizwi ko rutunze

Ingabo zâu Rwanda ziri muri Mozambique kugarura umutekano mu Ntara ya Cabo Delgado zitwaje ibikoresho bitandukanye bizifasha muri aka kazi harimo imodoka zâintambara zâumutamenwa harimo izo mu bwoko bwa Isotrex Phantom II zatunguye benshi kuko bitari bizwi ko u Rwanda ruzitunze nkâuko bitangazwa na Africanmilitaryblog. Iki kinyamakuru gikunze gukora inkuru zijyanye nâigisirikare, kivuga ko iyo […]
Sudani zombi ziyemeje gufungura imipaka yazo yari imaze imyaka isaga 10 ifunze
Ibihugu bya Sudan na Sudani yâEpfo byemeranyije gufungura imipaka yabyo nyuma yâimyaka 11 ifunze. Ibi byatangajwe nyuma yâinama yabaye hagati ya Perezida Salva Kiir na Minisitiri wâIntebe wa Sudani yâEpfo, Abdalla Hamdok nkâuko byatangajwe nâibiro bya Perezida Kiir. Nkâuko itangazo ryashyizwe ahagaragara na perezidansi The East African yabonye muri iyi weekend rivuga, ngo iyi nama […]
Amafoto: Ihere ijisho umutwe wâingabo zidasanzwe zâAbatalibani, Badri 313, zirinze Kabul

Leta nshya ya Kisilamu iyoboye Afghanistan nyuma yo kwigarurirwa nâAbatalibani yamaze gukora umutwe wiswe Badri 313 wâingabo zidasanzwe zifite ibikoresho bikomeye byiganjemo ibyo bambuye ingabo zatsinzwe. Izina ryâuyu mutwe wâabakomando bâAbatalibani bivugwa ko bafite imyitozo yo lu rwego rwo hejuru wagereranya nâizindi special Forces zo mu karere nkâu Buhinde na Pakistan, rikomoka ku rugamba rwa […]
Uganda: Umudepite nâabo bari kumwe bari bivuganwe nâabaturage barakaye
Depite Francis Mwijukye mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru yari yivuganwe nâabaturage bariye karungu nyuma yâaho imodoka ye igonze abana babiri bagahita bapfa mu Giturage cya Mbizzinya-Kyengera, hafi yâUmujyi wa Buwama, ku muhanda Kampala-Masaka. Iyi mpanuka yabaye saa kumi nâebyiri nyuma yâaho imodoka yâuyu mudepite yo mu bwoko bwa Land Cruiser Prado igonze abantu batatu, […]
Abarwanyi biyemeje guhangana nâAbatalibani bigaruriye uturere dutatu
Abasirikare bâAbanya-Afghanistan biyemeje guhangana nâubutegetsi bwâAbatalibani baravuga ko bigaruriye uturere dutatu, mu ntsinzi ya mbere yabo kuva batangiza uru rugamba rwo kurwanya Abatalibani baherutse kongera kwigarurira igihugu bari barambuwe nâAbanyamerika mu 2001. Gen. Bismillah Mohammadi, wari minisitiri wâingabo, warahiriye guhangana nâAbatalibani, abinyujije kuri twitter mu mpera zâicyumweru gishize yatangaje ko uturere twa Deh Salah, Banu […]