Kagame au Mozambique pour une visite de travail de deux jours

Le prĂ©sident Kagame est arrivĂ© vendredi 24 septembre Ă Pemba, la capitale de la province de Cabo Delgado au Mozambique, alors qu’il entamait sa visite de travail de deux jours dans le pays. Le premier jour de sa visite, le prĂ©sident Kagame devrait s’adresser aux troupes rwandaises dĂ©ployĂ©es au Mozambique. s’adressant aux forces rwandaises dĂ©ployĂ©es […]
Depite Ssewanyana yongeye gutabwa muri yombi na UPDF nyuma yo kurekurwa
Igisirikare cya Uganda, UPDF, kuri uyu wa Kane cyataye muri yombi Depite Allan Ssewanyana uhagarariye Makindye y’Uburengerazuba kuko hari ibindi birego agomba gusubiza nyuma y’aho yari yarekuwe muri gereza ya Kigo we na mugenzi we, Muhammad Ssegirinya, uhagarariye Kawempe y’Amajyepfo mu nteko bamaze ibyumweru bibiri bafungiyemo. Umuvugizi w’Igisirikare cya Uganda, Brig. Flavia Byekwaso, yatangaje ko […]
Amafoto: Perezida Kagame yageze muri Cabo Delgado mu mwambaro wa gisirikare

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame watangiye uruzinduko rw’iminsi ibiri muri Mozambique, yageze mu Ntara ya Cabo Delgado, imaze iminsi iberamo ibikorwa by’ingabo z’u RWanda byo guhashya ibyihebe byari bimaze imyaka isaga itatu biyigaruriye Aherekejwe na mugenzi we wa Mozambique, Felipe Nyusi, kuri uyu wa Gatanu, itariki 24 Nzeri, umukuru w’igihugu akaba yaganiriye n’abasirikare n’abapolisi b’u […]
Hari abasanga u Bubiligi nabwo buhamwa n’ibyaha nk’ibyahamijwe Paul Rusesabagina
Ubutabera buherutse gusoza urubanza rwaregwagamo abarimo Paul Rusesabagina, bamwe bafata nk’intwari, baregwaga ibyaha by’iterabwoba byakorewe ku butaka bw’u Rwanda, aho bimwe mu bimenyetso byagendeweho mu kumuhamya ibyaha byakuwe mu Bubiligi bigizwemo uruhare n’abakora mu nzego z’ubucamanza b’Ababiligi, aho hibazwa niba iki gihugu nacyo kitaba gihamwa n’ibyaha nka Rusesabagina. Mu gihe abagizweho ingaruka n’ibitero by’umutwe wa […]
Goma: Abasirikare bakuru basaga 10 bagejejwe imbere y’urukiko
Abasirikare bakuru 11 ba FARDC kuri uyu wa Kane batangiye kuburanishwa n’Urukiko rwa Gisirikare rwa Goma, muri Kivu y’Amajyaruguru ku cyaha cyo kugerageza guha ruswa abagenzuzi ba gisirikare bari bagiye kubakoraho iperereza ku inyerezwa ry’amafaranga yari agenewe ibikorwa bya gisirikare muri ibi bihe muri iyi ntara hari ubuyobozi bwa gisirikare. Umunyamakuru wa Radio Okapi aravuga […]
Umupolisi Derek Chauvin wishe Umwirabura George Floyd yajuririye igihano yahawe

Derek Chauvin wahoze mu Gipolisi cya Minneapolis wahamijwe icyaha cyo kwica Umwirabura George Floyd, yajuririye igihano yahawe atanga impamvu zigera kuri 14 ashingiraho ku rubanza rwe rwavuzwe cyane mu itangazamakuru muri uyu mwaka rufitanye isano n’ivanguraruhu rikomeje gufata intera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Iyicwa ry’umugabo w’Umwirabura, Floyd w’imyaka 46 y’amavuko muri Gicurasi 2020 […]
Amashashi aturuka mu Rwanda arimo guhumanya Uganda – Minisitiri Anywar
Umunyamabanga wa leta muri minisiteri y’ibidukikije muri Uganda, Beatrice Anywar arasaba gufata ingamba zisumbuye zo kurwanya ibikorwa byangiza ibidukikije no guhangana n’imihindagurikire y’ikirere, ari nako yemeza ko amashashi ava mu Rwanda arimo kwangiza igihugu cye. Ngira isoni iyo ndimo gukorera urugendo muri KLM, iyo ugeze mu Rwanda, bakubwira gusiga amashashi yose mu ndege kuko atemewe […]
Le Ministre Rwandais des Affaires Etrangères a rencontré son homologue Burundais
Le Ministre Rwandais des Affaires Etrangères et de la CoopĂ©ration Internationale, le Dr Vincent Biruta, a rencontrĂ© son homologue Burundais Amb. Albert Shingiro en marge de la 76e AssemblĂ©e gĂ©nĂ©rale des Nations Unies Ă New York, aux États-Unis. Les deux responsables “ont Ă©changĂ© sur des questions de relations bilatĂ©rales entre nos deux pays, et la […]
Indege z’intambara z’u Bushinwa zikomeje kuvogera ikirere cya Taiwan
Minisiteri y’ingabo muri Taiwan ivuga ko ingabo zirwanira mu kirere z’iki gihugu zongeye kwihanangiriza indege 19 z’u Bushinwa zavogereye ikirere cyacyo mu gihe hakomeje gututumba umwuka mubi mu kigobe cya Taiwan. Kuri uyu wa Kane, iyi minisiteri yavuze ko indege z’u Bushinwa zavogereye ikirere cya Taiwan zirimo iz’indwanyi 12 zo mu bwoko bwa J-16 ndetse […]
Uwazimiye muri za 70 yongeye kubona inzira imusubiza mu rugo nyuma y’imyaka 47
Umugabo w’Umunyakenya kuri ubu ufite imyaka 70 y’amavuko witwa James Mwaura, wazimiye muri za 70 ubwo yari agiye guhahira umuryango we wari utuye ahitwa Molo muri Nakuru, ubwo yari afite imyaka 23, amaherezo yabonye inzira imusubiza mu rugo nyuma y’imyaka 47 abifashijwemo na facebook. Nk’uko tubikesha CitizenDigital, uyu mugabo yabuze inzira imusubiza mu rugo ubwo […]
Ibiro by’Umuvunyi byahagurukiye ruswa ikomeje kuvugwa mu bakozi ba leta
Ibiro by’Umuvunyi biri gukora iperereza ku birego bya ruswa mu bakozi ba Leta, cyane cyane mu bijyanye n’amasoko ya Leta n’ibikorwa remezo. Ibi bije bikurikira raporo iheruka gukorwa na Transparency International Rwanda (TIR), yasohotse muri uku kwezi yashyize mu majwi cyane izo nzego zombi. Raporo yiswe ‘ubushakashatsi bw’ibanze ku bunyangamugayo no gukorera mu mucyo muri […]
Perezida Museveni yafunguye insengero utubari n’amashuri bikomeza gufunga
Kuri uyu wa Gatatu, Perezida Museveni yategetse ko ko insengero, zari zimaze ukwezi hafi n’igice zifunze, zifungurwa, ariko hubahirizwa byimazeyo uburyo bukoreshwa (SOP) kugira ngo hatabaho ikwirakwizwa rya coronavirus, anafungura za casinos, imikino y’amahirwe n’ahakorerwa siporo ariko amashuri akomeza gufungwa. “Ahantu ho gusengera ubu hashobora gufungurwa hifashishijwe amabwiriza akomeye nko; gushyiraho umubare ntarengwa w’abantu 200 […]
U Rwanda rwaje ku mwanya wa kane mu hantu habereye ishoramari muri Afurika
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya wa kane mu gukurura ishoramari muri Afurika ukurikije urutonde ruheruka gukorwa na Rand Merchant Bank (RMB). RMB ni banki iyoboye y’amasosiyete n’ishoramari muri Afurika, ikaba imwe mu zigize Firsthand Bank, imwe mu bigo by’imari binini ku mugabane wa Afurika. Mu rutonde rwayo rwa 2021 rw’ibihugu 10 bya mbere bikurura ishoramari […]
Umuyobozi wa IMF ari mu mazi abira kubera amakosa yaba yarakozwe akiyobora Banki y’Isi
Komite ishinzwe imyitwarire y’abakozi y’ikigega mpuzamahanga cy’imari yahuye n’inama nyobozi y’iki kigega kugira ngo baganire ku ntambwe ikurikira mu gusuzuma uruhare rw’umuyobozi ushinzwe imiyoborere Kristalina Georgieva mu “ntenge zagaragaye mu gutanga amakuru” mu gihe yayoboraga Banki y’Isi nk’uko bitangazwa na Reuters. Ku wa 21 Nzeri, umuvugizi wa IMF, Gerry Rice, yagize ati: “Inama y’ubutegetsi yaganiriye […]
Abanyahayiti birukanwe muri Amerika bahondaguye abapilote bari babacyuye
Kuri uyu wa Kabiri, Abanyahayiti birukanwe muri Amerika bageze iwabo muri Port-au-Prince bafata abapilote b’Abanyamerika bari babatwaye ndetse n’abakozi b’urwego rushinzwe abinjira n’abasohoka barabahondagura barabakomeretsa. Imvururu zadutse nyuma gato yuko indege yari itwaye abagabo bakuze yari igeze muri Haiti maze abo yari ijyanye bashyikirizwa abayobozi ku bayobozi ba Haiti ku kibuga cy’indege. Nk’uko bitangazwa na […]
Ouverture des bars 18 mois après la fermeture
Le conseil des ministres du mardi 21 septembre a dĂ©cidĂ© d’ouvrir les bars progressivement, suite Ă la rĂ©duction des cas de Covid-19 dans le pays. C’est la première fois que des bars ouvrent depuis l’Ă©pidĂ©mie de Covid-19 au Rwanda il y a 18 mois. Les heures de couvre-feu dans la ville de Kigali ont Ă©galement […]
Imodoka y’umwe mu bajyanama bakuru ba Perezida Zelenskyy wa Ukraine yarashweho

Imodoka y’umuntu wegereye bya hafi Perezida Volodymyr Zelenskyy wa Ukraine kuri uyu wa Gatatu yarashweho urufaya rw’amasasu mu cyo ubuyobozi bufata nko kugerageza kumwivugana. Amasasu agera ku 10 ni yo yafashe imodoka yari itwaye uyu muntu wa hafi mu bafasha perezida (Principal Aide) ubwo yari igeze hafi y’agace ka Lesnyky, mu birometero nka bitanu usohotse […]
Hafashwe umwarabu ushinjwa kuba yatozaga inyeshyamba za ADF gukoresha drones
Umunyamahanga ukomoka mu gihugu cya Jordan mu Burasirazuba bwo Hagati, bivugwa ko ari mu batoza inyeshyamba za ADF, yatawe muri yombi n’abayobizi ba Repubulika ya Demokarasi ya Congo, afatiwe ku muhanda usanzwe atari nyabagendwa wo muri Beni nk’uko byatangajwe kuri uyu wa Kabiri. Patrick Muyaya, Umuvugizi wa Guverinom ya Congo yagize ati “Igisirikare cyafashe Umunya-Yorodani […]
Bamwe mu bicanyi ruharwa babayeho barimo umugore waba warishe abantu 650

Kuri iyi Isi hari abantu bagiye babaho wavuga ko bavukanye umuvumo w’ubwicanyi cyangwa inyota yo kwica bagiye baba abicanyi ruharwa, nk’abo tugiye kurebera hamwe bagiye babayeho mu mateka bivugwa ko ari bamwe mu bicanyi ruharwa kugeza ubu bamenyekanye nk’uko tubikesha Wikipedia. Ted Bundy Theodore Robert Bundy yari umwicanyi ruharwa w’Umunyamerika, ushimuta, ufata ku ngufu, wibasiye […]
U Bufaransa: Uwahoze ari minisitiri yabitswe akiri muzima
Paul Quilès,wahoze ari minisitiri kubwa Perezida François Mitterrand, kuri uyu wa Kabiri, itariki 21 Nzeri 2021 yabitswe akiri muzima, binyomozwa n’umwe mu bakobwa be. Uyu mugabo wahoze ari umuyobozi w’ibikorwa byo kwiyamamaza bya François Mitterrand mu 1981, wabaye minisitiri mu myaka ya 80 na 90, byatangajwe ko yapfuye kubera kwibeshya nk’uko iyi nkuru dukesha RFI […]
RDC: Major Kenga na mugenzi we Jacques Mugabo mu rubanza ku iyicwa rya Chebeya
Major Christian Ngoy Kenga Kenga n’umurinzi we, Jacques Mugabo, bakatiwe badahari ku rwego rwa mbere igihano cy’urupfu n’Urukiko Rukuru rwa Gisirikare mu 2011 mu rubanza rw’iyicwa ry’impirimbanyi y’uburenganzira bwa muntu Floribert Chebeya (uri ku ifoto) n’umushoferi we Fidèle Bazana, kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 22 Nzeri , 2021 baritaba ku nshuro ya mbere mu […]
HRW yanenze uko urubanza rwa Rusesabagina rwagenze kugeza ku musozo
Umuryango Mpuzamahanga uharanira Uburenganzira bwa Muntu, Human Rights Watch, uravuga ko Paul Rusesabagina, yahamijwe ibyaha nyuma y’urubanza rwaranzwe n’intenge zirimo kuba ubutabera bwarakoreshejwe na guverinoma y’u Rwanda. Uyu akaba yakatiwe imyaka 25 y’igifungo kuri uyu wa Mbere, igihano kitanyuze ubushinjacyaha bwari bwamusabiye gufungwa burundu. Kuri uyu wa 20 Nzeri 2021 nibwo Urukiko Rukuru, urugereko ruburanisha […]
Afurika y’Epfo: Hasubukuwe urubanza rwa ruswa ruregwamo Jacob Zuma
Urukiko rwo muri Afurika y’Epfo kuri uyu wa Kabiri, itariki 21 Nzeri 2021, rwasubukuye urubanza rwa ruswa ruregwamo uwahoze ari Perezida w’iki gihugu, Jacob Zuma, rufitanye isano n’igurwa ry’intwaro zifite agaciro ka miliyari 2 z’Amadolari. Uru rubanza ku masezerano yo kugura intwaro yo muri za 90 rwagombaga gutangira muri Gicurasi, nyuma yo gusubikwa inshuro nyinshi, […]
Le parquet “insatisfait” de la dĂ©cision de justice dans l’affaire Rusesabagina
L’AutoritĂ© nationale des poursuites pĂ©nales (NPPA) a exprimĂ© son mĂ©contentement Ă l’Ă©gard de la dĂ©cision rendue dans le procès terroriste du FLN impliquant Paul Rusesabagina et ses coaccusĂ©s. Peu de temps après le verdict condamnant Rusesabagina Ă 25 ans de prison, Faustin Nkusi, porte-parole de la NPPA, s’est fĂ©licitĂ© du fait qu’aucun des accusĂ©s n’ait […]
Hahishuwe uko Israel yishe umuhanga wa Iran ikoresheje machine gun yagenzurirwaga kure

Amakuru yashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Kabiri yahishuye ko igihugu cya Israel cyishe uwafatwaga nk’umuhanga wari ukuriye abandi ba Iran mu bijyanye na gahunda zo gutunganya ingufu za kirimbuzi ikoresheje uburyo budasanzwe, aho yakoresheje imbunda yo mu bwoko bwa machine gun yagenzurirwaga kure hakoresheje ikoranabuhanga. Mohsen Fakhrizadeh yari ku rutonde rw’abantu batagomba kubaho rwa Israel […]
Urukiko rw’u Burayi rwemeje ko u Burusiya ari bwo bwivuganye intasi yabwo, Litvinenko
Urukiko rw’Uburenganzira bwa Muntu rw’u Burayi rwemeje ko u Burusiya ari bwo bwiciye i Londre mu 2006 Alexander Litvinenko, wigeze kuba intasi yabwo. Litvinenko yahoze ari umukozi w’urwego rw’ubutasi rw’u Burusiya ruzwi nka FSB rwasimbuye, KGB, mbere yo kujya gukorana n’urwego rw’ubutasi rw’Abongereza ruzwi nka Mi6 amaze guhungira mu Bwongereza. Yaje gupfa urupfu rubabaje nyuma […]
Impanuka y’ubwato mu Kiyaga cya Kivu yahitanye 7 bamwe baburirwa irengero
Abantu barindwi bapfuye abandi benshi baburirwa irengero nyuma y’impanuka y’ubwato bwarohamye mu Kiyaga cya Kivu mu ijoro ryo ku Cyumweru, itariki 19 Nzeri, ahegereye Ruhunde, muri Teritwari ya Kalehe, muri Kivu y’Amajyepfo. Aya makuru yemejwe kuri uyu wa Mbere, itariki 20 Nzeri na Pascal Cimana, umuyobozi wungirije wa Teritwari ya Kalehe avugana na 7sur7.cd dukesha […]
Ruswa ivugwa mu nzego z’ubutabera, gutinza imanza, ubucucike mu magereza- Ibitegereje Minisitiri mushya w’ubutabera
Ubutabera ni inkingi ya mwamba mu gukumira no kurwanya akarengane na ruswa kuko iyo butanzwe bugira umumaro ukomeye mu iterambere ry’Igihugu, amahoro, n’uburenganzira bwa muntu bigatuma abaturage batekana kuko baba bumva bakingiwe n’amategeko, ariko mu butabera bw’u Rwanda haracyavugwa ibibazo nk’ibya ruswa, gutinza imanza n’ubucucike mu magereza bitegereje minisitiri mushya w’ubutabera, Dr Emmanuel Ugirashebuja Ruswa […]
Urukiko rwasanze Rusesabagina ahamwa n’ibyaha yari akurikiranweho
Mu gihe hategerejwe umwanzuro w’urukiko kuri uyu wa 20 Nzeri 2021, Urukiko Rukuru rwasanze Paul Rusesabagina ahamwa n’icyaha cyo kuba mu itsinda ryagize uruhare mu bitero by’iterabwoba byagabwe ku butaka bw’u Rwanda hagati ya 2018 na 2019. Rusesabagina na bagenzi be bagera kuri 20 baregwa ibyaha bifitanye isano n’ibikorwa by’iterabwoba byagabwe ku butaka bw’u Rwanda, […]
Ibihugu 10 byibasiwe na Coronavirus kurusha ibindi ku Isi
Kuva icyorezo cya Covid-19 cyagaragara mu Isi mu mpera za 2019, kimaze guhitana abantu basaga miliyoni 4,5 mu gihe abamaze kucyandura basaga miliyoni 219 ku Isi yose. Dore ibihugu 10 bya mbere byibasiwe kurusha ibindi Leta Zunze Ubumwe za Amerika Umubare w’abanduye: 42,900,906 Abanduye kuri miliyoni: 128,691 Abapfuye bose: 691,880 Abapfuye muri miliyoni: 2,075 Abakirwaye: […]
U Burusiya: Umuntu witwaje imbunda yishe abanyeshuri muri Kaminuza

Abayobozi b’u Burusiya baravuga ko kuri uyu wa Mbere umugabo witwaje imbunda yarashe akica abantu 8 abandi 6 bagakomereka muri Kaminuza iherereye mu Mujyi wa Perm. Uyu muntu warashe yahise atabwa muri yombi. Ibiro ntaramakuru bya leta, TASS, byavuze ko hari bamwe mu banyeshuri basimbutse mu igorofa banyuze mu madirishya ubwo bumvaga umurashi arimo kurasa. […]
Umusaza w’imyaka 90 akurikiranweho gufata ku ngufu abuzukuru be
Igipolisi cya Dedza mu gihugu cya Malawi cyataye muri yombi umusaza w’imyaka 90 ushinjwa gusambanya abuzukuru be babiri b’imyaka 10 na 11. Umuvugizi wungirije w’igipolisi muri Dedza, Sgt. Cassim Manda, avuga ko uyu musaza witwa Lester Dunken yasambanyije ku ngufu abuzukuru be babiri inshuro nyinshi muri aka karere. Bivugwa ko ku itariki ya 18 Nzeri […]
Le chef d’Ă©tat-major de l’armĂ©e rwandaise en visite Ă Cabo Delgado
Le chef d’Ă©tat-major de l’armĂ©e rwandaise (ACOS), le lieutenant gĂ©nĂ©ral Mubarakh Muganga, effectue une visite de 4 jours aux forces rwandaises dĂ©ployĂ©es Ă Cabo Delgado, au Mozambique. Ă€ son arrivĂ©e Ă Mocimboa da Praia hier, le Lt Gen. Muganga a Ă©tĂ© accueilli par le commandant de la force conjointe, le major gĂ©nĂ©ral Innocent Kabandana, qui […]
Burundi: Igitero cya grenade mu murwa mukuru cyahitanye abantu babiri
Byibuze abantu babiri bahitanwe n’igitero cya grenade mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru mu murwa mukuru wa politiki w’u Burundi, Gitega, mu gihe abandi benshi bivugwa ko bakomeretse. Amakuru aturuka mu Burundi aravuga ko iki gitero cya grenade kibasiye akabari gakunze kuba karimo abayoboke b’ishyaka riri ku butegetsi, CNDD-FDD. Ni akabari gaherereye ku muhanda Gitega-Ngozi-Muyinga, […]
Museveni yahonze Chameleone Range Rover nshya yitandukanya na NUP ya Bobi Wine
Umuhanzi Jose Chameleone wigeze kwiyamamariza kuba Meya wa Kampala agatsindwa, yatangaje ku mugaragaro ko ari umuyoboke wa nyawe w’ishyaka NRM riri ku butegetsi muri Uganda, nyuma yo kwakira imodoka nshya yo mu bwoko bwa Range Rover yahawe n’iri shyaka ngo yitandukanye n’ishyaka NUP rya Bobi Wine. Uyu muhanzi w’icyamamare muri Uganda no mu karere yatangaje […]
Kuri uyu wa Mbere nibwo Paul Rusesabagina amenya igihano ahabwa n’urukiko
Kuri uyu wa Mbere italiki ya 20 Nzeri 2021, nibwo urubanza rwari rumaze amezi arindwi rwa Paul Rusesabagina n’abo areganwa na bo ruzasomwa nyuma y’aho isomwa ryarwo ryari riteganyijwe ku ya 20 Kanama risubitswe. Isomwa ry’uru rubanza ryari ryasubitswe kuko urukiko rwari rutararangiza kwandika urwo rubanza ruhuza abantu benshi kandi rukaba rugomba kwandikanwa ubushishozi. Uru […]
Umudogiteri yishe abana be akoresheje imiti nawe agerageza kwiyahura
Igipolisi cya Kenya mu ntara ya Nakuru kiri gukora iperereza ku mahano y’umuganga (doctor) ushinjwa kwica abana be babiri, bafite imyaka itatu n’itanu, mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatandatu yarangiza agashaka kwiyahura ntibimukundire. Umuyobozi wa polisi muri Nakuru, Beatrice Kiraguri yatangarije The Standard ko iperereza ry’ibanze ryerekana ko muganga yateye abana imiti itaramenyekana, ikabaviramo […]
Abasirikare 15 ba Cameroun bishwe n’inyeshyamba zikoresha Icyongereza
Imibare y’abasirikare ba Cameroun baherutse kwicirwa kuwa Kane ushize mu gico cy’abantu bitwaje intwaro baharanira ubwigenge bw’abaturage bakoresha Icyongereza ikomeje kuzamuka, aho bavuye ku 10 bakagera kuri 15. Minisiteri y’ingabo yavuze ko imodoka z’abasirikare bari bafite inshingano zo “kurinda amashuri n’ahandi hantu h’ingenzi” mu gace ka Bamessing, yagabweho igitero cy’iterabwoba ry’amacakubiri. Imibare ivuga ko hapfuye […]
Visi perezida Ruto yaciye bugufi imbere ya Kenyatta yemera ubwiyunge

Visi Perezida wa Kenya, William Ruto aravuga ko yiteguye kwiyunga na Perezida Uhuru Kenyatta nta mananiza ayo ari yo yose abanje gushyiraho nyuma y’uko akomeje guhura n’ibibazo bitandukanye kubera umwuka mubi umaze igihe hagati ye n’umukuru w’igihugu wagiye unamugiraho ingaruka zirimo kubuzwa gusohoka mu gihugu no kwamburwa abarinzi. Ibi yabitangaje kuwa Kane ushize, itariki 16 […]
Indege ya Air France yasubiye i Beijing igitaraganya nyuma y’iminota ihagurutse
Indege ya Air France yerekezaga i Paris mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu yasubiye inyuma igitaraganya nyuma gato yo guhaguruka i Beijing nyuma y”ikibazo cya tekiniki”, ariko ibasha kugwa neza nk’uko byemezwa n’iyi kompanyi. Abapilote b’iyi ndege yo mu bwoko bwa Boeing-777, “bahisemo gusubira i Beijing nyuma y’iminota 14 indege ihagurutse kubera ko hagaragaye […]
Muhanga: Uko umwanditsi w’urukiko yafatiwe mu cyuho yakira ruswa
Kuri uyu wa Gatanu ushize, itariki 17 Nzeri 2021, Umwandisi w’Urukiko rw’Ibanze rwa Kiyumba ukekwaho icyaha cyo gusaba no kwakira ruswa, yagejejwe imbere y’Urukiko Rwisumbuye rwa Muhanga, kugira ngo Ubushinjacyaha bumusabire ibihano kuri icyo cyaha aregwa, ariko asaba ko urubanza rwe rusubikwa kuko umwunganizi we yihuje na dosiye atinze. Uyu mwanditsi w’urukiko akekwaho kuba ku […]
Gicumbi: Umugore w’imyaka 42 arashinjwa gusambanya umwana w’imyaka 14
Kuri uyu wa Kane, itariki 16/09/2021, Ubushinjacyaha bwaregeye Urukiko umugore w’imyaka 42 y’amavuko, wo mu Karere ka Rulindo, Umurenge wa Bushoki, Akagari ka Kayenzi, bukurikiranyeho icyaha cyo gusambanya umwana w’umuhungu w’imyaka 14 bumusabira gufungwa by’agateganyo iminsi 30. Iki cyaha cyakozwe ubwo uregwa yajyaga kureba umukecuru w’inshuti ye ngo age amufasha imirimo yo mu rugo avuye […]
Col. Isaac Zida wayoboye Burkina Faso yavuze ibyaba Perezida Ouattara ahiritswe
Col. Isaac Zida wigeze kuyobora Burkina Faso mu nzibacyuho iminsi 17 mu 2014, aravuga ko Perezida Alassane Ouattara wa Cote d’Ivoire yahinduye itegeko nshinga kugirango ayobore manda ya gatatu, kubw’ibyo akaba asanga ahiritswe ku butegetsi abaturage bakwishima. Uyu musirikare wabaye perezida w’inzibacyuho wa Burkina Faso nyuma y’imyivumbagatanyo y’abaturage yakuyeho Blaise Compaore ku itariki ya 31 […]
RURA igiye guhana yihanukiriye abashoferi bafata amafaranga y’abagenzi mu ntoki
Abashoferi bacyakira amafaranga y’abagenzi mu ntoki bagiye guhagurukirwa, aho ikigo cy’igihugu ngenzuramikorere kivuga ko kigiye kujya gishyira abantu muri bus bazajya bagenzura abashoferi kuko iyi mikorere ihombya ibigo bitwara abagenzi. “ Kuba rero hari abashoferi babyitwaza bakaba bakwakira amafaranga mu ntoki kuko asanze abagenzi ku cyapa, ibyo bintu ntabwo byemewe. Ndabibutsa ko ubu dufite aba-staffs […]
Perezida wa Somalia yambuye ububasha Minisitiri w’Intebe, Hussein Roble
Minisitiri w’Intebe wa Somalia, Mohamed Hussein Roble, yambuwe ububasha bumwe n’umukuru w’igihugu, Mohamed Abdullahi Mohamed, bakunda kwita Farmajo nyuma y’aho aba bombi bamaze iminsi hari ibyo batumvikanaho. Asobanura impamvu y’iki cyemezo yafashe kuri uyu wa Kane, itariki 16 Nzeri, Perezida Farmajo yashinje Minisitiri w’Intebe gufata ibyemezo ahubutse kandi ko nta mubano mwiza afitanye na perezidansi. […]
Louise Mushikiwabo yahagaritse Guinea muri Francophonie
Umuryango w’ibihugu bikoresha ururimi rw’Igifaransa (OIF) kuri uyu wa Kane mu nteko yawo idasanzwe yabereye I Paris wahagaritse igihugu cya Guinea mu muryango kubera coup d’etat iherutse gukorerwa uwari perezida w’iki gihugu, Alpha Conde. OIF yagumishijeho gahunda z’ubufatanye bw’iki gihugu n’umuryango zirimo izo gushyigikira inzira yo gusubizaho ubutegetsi bugendera ku itegeko nshinga na demokarasi. Umunyamabanga […]
Huit autres Rwandais expulsĂ©s d’Ouganda
Huit Rwandais ont Ă©tĂ©, mercredi 15 septembre, expulsĂ©s par les autoritĂ©s ougandaises par la frontière de Kagitumba fait suite Ă plusieurs autres dĂ©portĂ©s d’Ouganda ces dernières semaines. Les derniers arrivĂ©s ont Ă©tĂ© identifiĂ©s comme Ă©tant Theogene Harerimana, 33 ans ; Gilbert Hakizimana, 36 ans, Emmanuel Manirakiza, 24 ans, Cyprien Maniriho, 28 ans, Bosco Nyandwi, 30 […]
Inkambi ya Gihembe yari icumbikiye impunzi z’Abanyekongo igiye gufungwa
U Rwanda rufatanyije n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Mpunzi (UNHCR) bigiye gufunga inkambi y’impunzi z’Abanyekongo ya Gihembe, iherereye mu Karere ka Gicumbi mbere y’uko uyu mwaka wa 2021 urangira. Mu itangazo rihuriweho ryashyizweho umukono na UNHCR na Minisiteri ifite ibibazo by’impunzi mu nshingano zayo (MINEMA) havuzwe ko impunzi zisigaye muri iyi nkambi zigiye kwimurirwa mu […]
Ingabo z’u Bufaransa zishe umuyobozi wa Islamic State muri Sahara
U Bufaransa buravuga ko igisirikare cyabwo kishe umuyobozi wa Islamic State muri Sahara, Adnan Abu Walid al-Sahrawi, washinjwaga gutegeka iyicwa ry’Abafaransa batandatu bakoraga mu bikorwa by’ubutabazi n’umushoferi wabo mu 2020, ndetse uyu akaba yashakishwaga na Leta Zunze Ubumwe za Amerika kubera ibitero byo mu 2017 ku ngabo zazo muri Niger. “Sahrawi yishwe n’ingabo z’u Bufaransa”, […]
CMI ihora ishakisha impamvu zo guhangana n’u Rwanda, aho gukemura ibibazo – Andrew Mwenda
Umunyamakuru Andrew Mwenda, wo muri Uganda akaba n’umuyobozi w’ikinyamakuru, The Independent akomeje kunenga imyitwarire ya Uganda ku mubano mubi uri hagati y’igihugu cye n’u Rwanda by’umwihariko ukuntu Abagande bafite inkomoko mu Rwanda bakomeje gutotezwa bitwa intasi nyamara ntihagire n’umwe ugezwa mu rukiko. “Biragaragara, ukurikije umubano mubi cyane n’u Rwanda, ko Kigali igomba kuba ifite intasi […]
Abanyarwanda basaga 20 bamaze kwicirwa muri Uganda kuva muri Mata 2019
Abanyarwanda basaga 20 bamaze kwicirwa mu bice bitandukanye bya Uganda kuva muri Mata 2019 nk’uko byemezwa n’amakuru atandukanye arimo ayavuye mu bagize imiryango y’abishwe. Imirambo imwe y’Abanyarwanda bicwa yagiye ijugunywa ku mupaka mbere y’uko abayobozi ba Uganda bayishyikiriza u Rwanda. Iheruka n’iya Paul Bigirimana w’imyaka 47, wo mu Murenge wa Kaniga na Theoneste Dusabimana w’imyaka […]
Abadepite bashinjwa uruhare mu bwicanyi muri Masaka bongereweho iterabwoba
Ubushinjacyaha bwa Uganda bwashinje ibindi birego bishya by’iterabwoba abadepite babiri bo mu ishyaka NUP rya Bobi Wine, Mohammed Ssegirinya na Allan Ssewanyana, baherutse gutabwa muri yombi bashinjwa kugira uruhare mu bwicanyi bw’abantu bitwaje imihoro bwo muri Masaka, aho bareganwa n’abandi bantu bane. Imbere y’umucamanza wo mu rukiko rwa Masaka, Grace Wakoli kuri uyu wa Gatatu, […]
Un violeur en série arrêté à Kigali
Le Bureau d’enquĂŞte du Rwanda (RIB) a arrĂŞtĂ© et dĂ©tenu un prĂ©sumĂ© violeur en sĂ©rie qui aurait trompĂ© des femmes et des filles en leur offrant des emplois dans l’intention de les violer. Le suspect identifiĂ© par RIB comme Ă©tant ThĂ©ogène Bagaragaza, 35 ans, un habitant du quartier Gasabo de la ville de Kigali a […]
Bukavu: Inyubako ikoreramo ibinyamakuru birimo radio y’igihugu yahiye
Inkongi y’umuriro idasanzwe mu ijoro ryo ku wa Kabiri rishyira kuri uyu wa Gatatu mu Mujyi wa Bukavu yibasiye inyubako nini ikoreramo ibinyamakuru bigera kuri bine birimo ishami rya radio na televiziyo by’igihugu muri uyu mujyi. Nta muntu umuriro wahitanye, ariko “ibyangiritse ni byinshi”, nk’uko byatangajwe na JĂ©rĂ©mie Basimane, umuvugizi wa guverinoma y’intara. Iyi nyubako […]
Libya: Ingabo za Gen. Haftar zakozanyijeho n’inyeshyamba zivuganye Idriss Deby
Ingabo z’Abanyalibiya ziyobowe na Gen. Khalifa Haftar kuri uyu wa Kabiri zakozanyijeho n’inyeshyamba zirwanya ubutegetsi bwa Tchad zahitanye Perezida Idriss Deby nk’uko byatangajwe n’ibinyamakuru byegereye Haftar nka al-Hadath. Ingabo zo mu mutwe udasanzwe wa Tarek ben Ziyad, umwe mu mitwe ikomeye y’ingabo za Gen. Haftar bivugwa ko wakoze operation ku bacanshuro n’inyeshyamba z’Abanya-Tchad zikorera ku […]
Ni ikibazo cy’igihe gusa Museveni akisanga mu mwanda w’amateka – Bobi Wine
Kuri uyu wa kabiri, perezida w’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi (NUP), Robert Kyagulanyi uzwi ku izina rya Bobi Wine yagize ati: ” Ni ikibazo cy’igihe gusa kandi Perezida Museveni azarangirira mu mwanda w’amateka. “ Bobi Wine, wavuganaga n’umunyamakuru Marc Perelman wa France24 ari muri Afurika y’Epfo, yavuze ko Perezida Museveni ari mu nzira yo kuzarangira nk’abantu […]
Burundi: Umuntu utambaye agapfukamunwa azajya acibwa 100,000 Fbu y’amande
Amande y’amafaranga 100,000 y’Amarundi ni o agiye kuzajya acibwa umuntu wese uzajya ufatwa atambaye agapfukamunwa ahantu hateraniyeb abantu benshi mu mujyi wa Bujumbura u rwego rwo kwirinda icyorezo cya Covid-19 gikomeje gufata intera muri iki gihugu cyakunze kugikerensa. Umuyobozi w’Umujyi wa Bujumbura, Jimmy Hatungimana mu butumwa yageneye abayobozi batandukanye yagize ati “ Mwe bayobozi mugiye […]
Hahishuwe ko Donald Trump yaba yari agiye gutera u Bushinwa mu mpera ya manda ye
Kubera gutinya guhubuka kwa Perezida Donald Trump mu gihe manda ye yari irimo kugera ku musozo, Umugaba Mukuru w’ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yahamagaye kuri telephone, ku itariki ya 30 Ukwakira n’itariki ya 8 Mutarama, mugenzi we w’u Bushinwa amwizeza ko Amerika itazatera u Bushinwa nk’uko byahishuwe mu gitabo “Peril”, ugenekereje mu Kinyarwanda […]
Minisitiri w’Intebe wa Haiti arakekwaho uruhare mu iyicwa rya Perezida Jovenel Moise

Minisitiri w’Intebe wa Haiti, Ariel Henry, kuri uyu wa Kabiri yahagaritse ku mirimo ye Umushinjacyaha Mukuru wari urimo kumushinja kuba umwe mu bakekwaho kugira uruhare mu iyicwa rya Perezida Jovenel Moise. Perezida Moise yishwe arashwe n’abicanyi barimo abacanshuro bamusanze mu rugo iwe ku itariki ya 7 Nyakanga 2021, mu murwa mukuru, Port-au-Prince. Minisitiri w’Intebe, Ariel […]
Kenya: Umusenateri yagejejwe mu rukiko ashinjwa ibyaha by’urukozasoni

Umusenateri wo muri Kenya witwa Mithika Linturi, yashinjwe ibyaha birimo gushaka gufata ku ngufu umugore w’imyaka 36 n’icyaha cy’urukozasoni. Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 14 Nzeri 2021, ubwo yari yitabye umucamanza mukuru mukuru, Martha Nanzushi mu rukiko rwa Milimani, uyu musenateri utavugwaho rumwe yanashinjwe gukora igikorwa cy’urukozasoni. Ubushinjacyaha buvuga ko ku itariki ya 30 […]