Hospitali ya King Faisal kuanza upandikizaji wa figo mwaka huu
Wizara ya Afya imetangaza kuwa hospitali ya King Faisal itaanza kutoa huduma ya upandikizaji figo mwaka huu na hivyo kuwa hospitali ya kwanza kuanzisha huduma hiyo nchini . Maendeleo hayo yalitarajiwa kuanza mnamo 2022, hata hivyo, hospitali ilikuwa bado inaandaliwa kwa huduma ya matibabu. Akizungumza na gazeti la The New Times, Julien M. Niyingabira, Meneja […]
RDC: Ingabo za Uganda zageze i Kiwanja numa yo kuhava kwa M23
Nyuma yo kwinjira muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo zinyuze mu mujyi wa Bunagana, ku itariki ya 31 Werurwe, Ingabo za Uganda (UPDF) zakomeje koherezwa hirya no hino mu bice zizaoreramo, cyane cyane mu turere M23 igenda irekura buhoro buhoro . Ku wa Gatandatu, itariki ya 8 Mata, itsinda ry’abasirikare 1.000 mu 2000 bari bategerejwe […]
Ibitaro bya King Faisal biratangira gutanga serivisi zo gusimbura impyiko muri uyu mwaka – RBC
Minisiteri y’ubuzima yatangaje ko ibitaro byitiriwe Umwami Faisal bizatangira gutanga serivisi zo gusimbuza impyiko muri uyu mwaka, bikaba ibitaro bya mbere bibitangije mu gihugu . Byari biteganijwe ko ibi bizatangira mu 2022, ariko, ibitaro byari bigitegurwa kugirango bitange izi serivisi z’ubuvuzi. Aganira na The New Times, Julien M. Niyingabira, Umuyobozi w’ishami ry’ikigo cy’itumanaho cy’Ikigo cy’igihugu […]
Masisi: Habaye gusubiramo hagati y’amatsinda abiri y’inyeshyamba za Nyatura
Kuri iki Cyumweru, itariki ya 9 Mata 2023, ahitwa Buganda, mu gace ka Kabalekasha, Umudugudu wa Bishange, Sheferi ya Bahunde muri Teritwari ya Masisi muri Kivu y’Amajyaruguru habaye imirwano hagati y’amashami abiri ashyamiranye ya Nyantura . Aya makuru yahawe Lesvolcansnews.net atanzwe na perezida w’inama y’urubyiruko ya Gurupoma ya Mupfuni Shanga. Uyu witwa Abishe Shabirera, yerekana […]
Ethiopia: Icyemezo cyo gusenyera ingabo z’intara mu z’igihugu gishobora gushoza indi ntambara
Kuri iki Cyumweru, itariki 9 Mata 2023, urusaku rw’amasasu rwumvikanye mu mijyi ibiri yo mu Ntara ya Amhara muri Ethiopia mu gihe ibihumbi n’ibihumbi by’abaturage baho bigaragambyaga bamagana itegeko rya guverinoma ihuriweho yo gusenyera igisirikare cy’intara mu gisirikare cy’igihugu . Abagize ingabo zidasanzwe za Amhara n’imitwe yitwara gisirikare ikorana nazo, bahize ko bazamagana icyemezo cyafashwe […]
#Kwibuka29: Bumwe mu bwicanyi bwakozwe ku itariki ya 10 Mata 1994 hirya no hino mu gihugu
Ku munsi nk’uyu w’itariki ya 10 Mata mu 1994, Leta y’abicanyi yari ikomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi hirya no hino mu gihugu. Iyi nyandiko y’icyahoze arri CNLG iragaragaza hamwe mu hantu hashoboye kumenyekana hiciwe Abatutsi kuri iyi tariki mu 1994 . 1. Abafaransa bakomeje gufasha guverinoma y‘abicanyi yayoborwaga na minisitiri w’intebe Jean Kambanda […]
Amakuru y’ibanga ku ntambara yo muri Ukraine yashyizwe ku karubanda ashobora kwangiza byinshi
Inyandiko z’ibanga zibarirwa muri za mirongo za minisiteri y’ingabo ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, zirimo amakarita, ibishushanyo n’amafoto , zikomeje guhererekanywa ku mbuga za internet nyuma yo gushyirwa ku karubanda n’umuntu utaramenyekana . Ibishya muri ibi bingana gute? Amakuru menshi yo muri izi nyandiko asanzwe azwi. Itandukaniro ni uko yatangajwe ku bwinshi, kandi yose […]
U Bushinwa bwohereje indege nyinshi z’intambara n’amato hafi ya Taiwan
Kuri iki Cyumweru, u Bushinwa bwohereje indege nyinshi z’intambara n’amato y’intambara hirya no hino hafi ya Taiwan ku munsi wa kabiri w’imyitozo minini ya gisirikare, mu kwerekana ingufu nyuma y’inama yahuje perezida w’icyo kirwa na Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika . Iyi myitozo yamaganwe na Taipei yamaganwa kandi isaba Washington, […]
Umwicanyi ruharwa wanafataga ku ngufu wari warahimbye urupfu rwe yafatiwe muri Tanzaniya
Muri Tanzaniya, hafatiwe umwicanyi wari na ruharwa mu gufata ku ngufu watorotse gereza yo muri Afurika yepfo abinyujije mu guhimba urupfu rwe . Thabo Bester yari amaze umwaka umwe yarabuze nyuma yo gutekerezwa ko yapfuye yitwitse muri kasho yari afungiwemo. Kumuhiga byatangiye mu kwezi gushize nyuma y’iperereza rishya ryakozwe nyuma y’urupfu rwe rw’uruhimbaano ryerekanye ko […]
Uganda: Abandi bayobozi barimo minisitiri w’intebe bashobora kugezwa mu rukiko bazira amabati
Biteganijwe ko abandi bayobozi benshi muri guverinoma na ba minisitiri bazakurikiranwa mu rukiko kubera imanza zerekeranye n’amahano yo kunyereza mabati yari agenewe abatishoboye mu Karere ka Karamoja muri Uganda, nk’uko abapolisi n’ibiro by’umuyobozi w’ubushinjacyaha (DPP) babitangaje . Umuvugizi wa polisi, Fred Enanga, yatangarije Sunday Monitor ko iperereza rya polisi, aho ubushinjacyaha bushingira ku byaha bushinja, […]
Kenya iracyakeneye ubufasha bw’u Rwanda ku ikoranabuhanga ryo gukusanya imisoro
Kenya irashaka ubufasha bw’u Rwanda mu guhindura uburyo bwo kwishyuza imisoro hakoreshejwe ikoranabuhanga kugira ngo hongerwe imisoro, cyane cyane mu nzego zitamenyekanisha uko zinjije (informal sector) . Ubu buryo bw’ikoranabuhanga bwo kwishyuza imisoro bwatumye u Rwanda rukuba hafi inshuro ebyiri imisoro ku nyongeragaciro, kandi Kenya yizeye kwigana ibyagezweho n’u Rwanda. Nubwo Kenya isanzwe ikoresha imashini […]
Rutshuru: Sosiyete sivile irashinja Ingabo za Uganda gukorana na M23
Abasirikare ba Uganda boherejwe muri Congo barimo kwagura aho bazakorera muri Teritwari ya Rutshuru (Kivu y’ Amajyaruguru) nyuma yo koherezwa vuba aha mu mujyi wa Bunagana mu butumwa bwo kubungabunga umutekano, mu rwego rw’ingabo z’akarere ka EAC, ariko Sosiyete sivile y’aha irashinja izi ngabo gukorana na M23 . Kuri uyu wa Gatandatu, itariki ya 08 […]
Nakiriye telefoni nyinshi zinsaba kwanga kugenwa kwanjye muri guverinoma — Vital Kamerhe
Minisitiri w’intebe wungirije, Minisitiri w’ubukungu akaba na Perezida w’ishyaka rya politiki Union pour la Nation congolaise (UNC), Vital Kamerhe kuri uyu wa Gatandatu, itariki ya 8 Mata 2023 yageze i Bukavu, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo . Uyu muyobozi uherutse gushingwa ubukungu bw’igihugu yari agiye kwiyandikisha hasigaye iminsi itatu ngo kwiyandikisha kuri lisiti y’itora birangire […]
Tariki 9 Mata 1994: Abafaransa batangije Opération Amaryllis Abatutsi 500 bicirwa mu kiliziya i Gikondo
Tariki ya 9 Mata, nibwo icyo Abafaransa bise « Opération Amaryllis  » yatangiye mu Rwanda kugera 12 Mata. Igisobanuro cy’iyo operasiyo kwari ugucyura Abafaransa n’abanyamahanga bari mu Rwanda. Iyo operasiyo yabaye igihe abantu bicwaga cyane muri Kigali n’ahandi henshi mu gihugu, bicwa n’abasirikari n’Interahamwe . Izo ngabo z’Abafaransa zarebaga abicwaga nyamara ntibigeze babatabara, barabaretse baricwa […]
Ethiopia: Leta irateganya gusenyera mu gisirikare cy’igihugu ingabo zari iz’intara
Kuri uyu wa Kane, itariki 6 Mata 2023, Guverinoma ya Ethiopia yavuze ko ishaka kwinjiza mu gisirikare cy’igihugu cyangwa igipolisi, ingabo zari zisanzwe ari iz’intara, igikorwa gishobora kubonwa nko gushaka kugabanya ubwigenge izo ntara zagiraga . Ethiopia igizwe n’intara 10 zifite ubwigenge ku bintu runaka, uhereye ku kugira ingabo zazo kugeza ku burenganzira bwo gukoresha […]
EAC inaungana na Wanyarwanda katika kuadhimisha Mauaji ya Kimbari dhidi ya Watutsi

Jumuiya ya Afrika Mashariki (EAC) Ijumaa, Aprili 7, iliungana na Wanyarwanda katika kumbukumbu ya 29 ya Mauaji ya Kimbari ya 1994 dhidi ya Watutsi . Hii ilikuwa wakati wa hafla ya kumbukumbu iliyohudhuriwa na wafanyakazi wa EAC, na wawakilishi wa jumuiya ya kimataifa wenye makazi yao Arusha, Tanzania, na wakazi wa Arusha wakiongozwa na Mkuu […]
RDC: MONUSCO yafunze ibindi birindiro byayo
Kuri uyu wa Kane, itariki ya 6 Mata, MONUSCO yafunze ibirindiro byayo muri Kamango, umurwa mukuru wa sheferi ya Watalinga, nko mu birometero 80 mu majyaruguru y’uburasirazuba bw’umujyi wa Beni muri Kivu y’Amajyaruguru. Ni inkambi yari yashinzwe mu myaka icumi ishize mu rwego rwo guhangana n’ibikorwa by’inyeshyamba za ADF muri kiriya gihe, ikaba yafunzwe ihabwa […]
#Kwibuka29: Le chef de l’ONU appelle à  agir pour prévenir de futures atrocités
Alors que le monde célèbre la Journée internationale de réflexion sur le génocide de 1994 contre les Tutsi au Rwanda, le Secrétaire général des Nations Unies, Antà ³nio Guterres, a appelé la communauté internationale à  réfléchir sur la tragédie et à  prendre des mesures pour empà ªcher que des atrocités similaires ne se reproduisent . Dans son […]
Israel yagabye ibitero bikaze muri Liban na Gaza nyuma yo kuraswaho rokete uruhuri
Igisirikare cya Israel cyagabye ibitero by’indege ku birindiro by’umutwe w’abarwanyi b’Abanyapalesitine wa Hamas mu majyepfo ya Liban no mu karere ka Gaza . Igisirikare cyavuze ko ibyo bitero ari igisubizo cy’ibisasu bya roketi 34 byarashwe biva muri Liban byerekeza mu majyaruguru ya Israel, kuri uyu wa Kane ushize, cyavuze ko byarashwe na Hamas. Abarwanyi bo […]
Kindu: Bategereje mu minsi iri imbere abarwanyi ba M23 bazashyira intwaro hasi
Abarwanyi ba M23 “bakomoka muri Congo” bazashyira intwaro hasi bategerejwe i Kindu mu minsi iri imbere nk’uko byatangajwe n’Umuyobozi w’umujyi wa Kindu ku wa Gatatu, itariki ya 05 Mata 2023, ubwo yabonanaga n’abaturage, ariko ashimangira ko abarwanyi b’abanyamahanga bo muri uwo mutwe bo bagomba gusubira iwabo . Nk’uko Augustin Mulamba Atibu abitangaza ngo abazasubizwa mu […]
#Kwibuka29: Ibyaranze itariki ya 7 Mata muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994
Kuri uyu wa Gatanu, itariki 7 Mata 2023, u Rwanda n’Isi yose turibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yahitanye abantu basaga miliyoni mu minsi 100 mbere yo guhagarikwa n’izari ingabo za RPA/RPF. Hatangiye kandi icyumweru cy’icyunamo ku rwego rw’Igihugu kizasozwa ku itariki ya 13 Mata, aho insanganyamatsiko ari “Kwibuka Twiyubaka “. […]
Upinzani wa Uganda una wasiwasi kuhusu kutuma wanajeshi DRC
Nchini Uganda, uamuzi wa serikali kupeleka wanajeshi DRC una utata. Chama kikuu cha upinzani, FDC siku ya Jumanne kilimwomba rais kuwaeleza Waganda faida za kutumwa huku . Wanajeshi elfu mbili wa Uganda watatumwa mashariki mwa DRC chini ya bendera ya jeshi la kanda ya Afrika Mashariki, lenye jukumu la kusimamia uondoaji wa waasi wa M23. […]
Abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda ntibumva impamvu yo kohereza ingabo muri RDC
Muri Uganda, icyemezo cya guverinoma cyo kohereza ingabo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo ntikivugwaho rumwe aho ku wa Kabiri, ishyaka nyamukuru ritavuga rumwe n’ubutegetsi, FDC ryasabye perezida gusobanurira Abagande inyungu zo kohereza ingabo . Abasirikare ibihumbi ba Uganda bari koherezwa mu burasirazuba bwa Congo mu rwego rw’ingabo z’akarere ka Afurika y’Iburasirazuba, zishinzwe kugenzura isubira […]
Mozambique: Ingabo z’u Rwanda zarashe drones 2 z’ikigo gikorana na TotalEnergies y’Abafaransa
Ingabo z’u Rwanda muri Mozambique ziherutse kurasa drones ebyiri za True North, imwe mu masosiyete menshi akusanya amakuru kandi atanga umutekano kuri TotalEnergies. True North ngo yari yagurukije izi drones itabimenyesheje ingabo z’u Rwanda zazirashe. Ikibazo cyavuyemo cyasabye leta ya Mozambique kukinjiramo . U Rwanda nirwo rufite ingabo n’abapolisi benshi muri Cabo Delgado bagera ku […]
U Bushinwa na USA byiyemeje gufasha Zambia kwigobotora umwenda wa miliyari 14$
Kuri uyu wa Gatatu, abahagarariye ibihugu by’u Bushinwa na Amerika muri Zambia bemeye gukuraho ibyo batandukaniyeho no gufasha iki gihugu gukemura ikibazo cy’amadeni agera kuri miliyari 14 z’amadolari kibereyemo amahanga . Ambasaderi Du Xiaohui na Michael Gonzales kandi bemeye gushyigikira umuyobozi w’iki gihugu cya Afurika y’amajyepfo, Hakainde Hichilema, kubaka ubukungu bwarushijeho guhungabana kubera intambara y’u […]
Le gouvernement rwandais appelle au respect des directives de commémoration du génocide
Le ministère rwandais de l’unité nationale et de l’engagement civique (MINUBUMWE) a exhorté mercredi le public à  respecter les directives émises avant la commémoration de cette semaine du génocide de 1994, qui débutera vendredi. La 29e commémoration à  venir se tiendra sous le thème « Kwibuka twiyubaka : Remember-Unite-Renew  » et durera jusqu’au 13 avril. […]
Uganda: Minisitiri yatawe muri yombi azira amabati
Igipolisi cya Uganda cyataye muri yombi minisitiri ushinzwe ibibazo bya Karamoja, Mary Kitutu, akurikiranyweho kwiba amabati yagenewe abakene bo mu karere ka Karamoja . Ifatwa rye ryayobowe n’abagize komite y’inteko ishinga amategeko ishinzwe iperereza ku ikoreshwa nabi ry’amabati yagenewe abatishoboye muri Karamoja. Byaje nyuma y’uko uyu yanze gutanga ibimenyetso, yabanje kurahira, ku byerekeye icyo cyaha. […]
RDC: Vuba aha ingabo za EAC zigiye gutangira gukorana n’iza MONUSCO

Vuba aha ingabo z’umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba zoherejwe mu burasirazua bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (EACRF) zigiye gutangira gukorana n’ingabo z’umuryango w’Abibumbye (MONUSCO) . Umugaba mukuru w’ingabo za EAC, Gen. Jeff Nyagah n’umugaba w’Ingabo za MONUSCO, Gen. Otà ¡vio Rodriguez, kuri uyu wa Kabiri ushize bahuriye ku cyicaro cya MONUSCO barebera hamwe ibijyanye no guhuza […]
Gicumbi: Ubushinjacyaha bwakiriye dosiye y’umugore ushinjwa kwica umwana w’umugabo we
Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 04 Mata 2023, Ubushinjacyaha ku rwego Rwisumbuye bwa Gicumbi bwakiriye dosiye iregwamo umugore w’imyaka 30 y’amavuko, ukurikiranyweho kwica umwana w’umugabo we yareraga w’imyaka 6 y’amavuko, utuye mu Karere ka Rulindo, Umurenge wa Ntarabana ,Akagari ka Mahaza, Umudugudu wa Kibeho, aho yamukubise isuka mu mutwe yamara kumwica akamutaba mu rutoki […]
Rwanda and IMF reached agreement on review of new resilience facility loan
Rwanda government officials and the International Monetary Fund (IMF) mission team have, on tuesday, reached a staff-level agreement on successful implementation of the economic and financial policies that were required to complete the first reviews under both the Policy Coordination instrument (PCI) and the Resilience and Sustainability Facility (RSF). The agreement, which is subject to […]
Uganda denies negotiating with DRC on behalf of M23
Kampala rejects the allegations conveyed on social networks according to which he is negotiating with Kinshasa on behalf of the M23 rebels, who occupy some localities in the province of North Kivu . Yoweri Museveni’s country speaks of a “hoax” by peace critics with the intention of distracting the public from ongoing bilateral achievements. “Uganda […]
Ruto salue le rôle du Rwanda dans la résolution de la crise sécuritaire en RD Congo
Le président William Ruto du Kenya a félicité le président Paul Kagame et le Rwanda pour leur compréhension et leur contribution « inestimables  » à  la résolution de la crise sécuritaire dans l’est de la RD Congo . Il a déclaré cela en s’adressant aux médias lors d’une conférence de presse conjointe, dans le cadre […]
Ishyamba si ryeru muri OIF: Canada yagabanyije inkunga yageneraga umuryango
Canada yagabanije miliyoni 3 z’amadorali ku nkunga yageneraga Umuryango Mpuzamahanga w’ibihugu bikoresha Igifaransa (OIF) nyuma y’ubushakashatsi bw’imbere mu muryango ku bijyanye n’akazi ndetse n’ibyemezo byinshi bitavugwaho rumwe by’Umunyamabanga Mukuru, Louise Mushikiwabo . Mu ibaruwa yo ku itariki ya 2 Mata yabonwe n’Ibiro Ntaramakuru QMI, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Canada, Mélanie Joly, yamaganye ibintu avuga ko […]
Gen. Chirimwami yashinje umwe mu bo bareganwa gutanga Bunagana gushaka kumwica
Ku nshuro ya gatatu, Brig. Gen. Chirimwami wa FARDC yitaba urukiko, mu iburanisha ryabaaye mu muhezo kuri uyu wa Kabiri, uyu mu ofisiye yakomeje gutuza no guhagarara ku buhamya yatanze imbere y’urukiko ku bijyanye n’ifatwa ry’Umujyi wa Bunagana wigaruriwe na M23 muri Kamena umwaka ushize . Chirimwami watunzwe intoki n’abasirikare babiri bakuru ba FARDC (Colonel […]
IMF n’u Rwanda byumvikanye ku gusuzuma ibijyanye n’inguzanyo nshya
Kuri uyu wa Kabiri, itariki 4 Mata, Ikigega Mpuzamahanga cy’Imari cyatangaje ko cyageze ku msezerano yo ku rwego rw’abakozi n’u Rwanda kuri politiki ikenewe kugira ngo harangizwe isuzuma rya mbere ry’inguzanyo ya miliyoni 319 z’amadolari y’Amerika igenewe u Rwanda binyuze mu kigo gishya cya IMF cyo kwigira n’iterambere rirambye (RSF) . Aya masezerano agomba gusuzumwa […]
Uko pasiporo ya Perezia Salva Kiir yatowe mu giturage cyo muri Kenya
Cyagombaga kuba ari ku Cyumweru gisanzwe ku itariki ya 19 Ukuboza 1993, ku baturage bo mu giturage cya Sawmill cyo muri Kenya mu gace ka Ainabkoi hagati y’Intara za Uasin Gishu na Baringo ariko abaturage ntibari biteze kubona ibyabaye uwo munsi . Saa kumi n’imwe za mu gitondo, indege yaguye muri icyo giturage. Imbaga y’abantu […]
Nibura abantu 6 baguye mu mpanuka y’ubwato mu Kiyaga cya Kivu abandi baburirwa irengero
Nibura abantu 6 baguye mu mpanuka y’ubwato bwarohamye yabaye kuri uyu wa Mbere, itariki ya 3 Mata 2023 mu mazi y’Ikiyaga cya Kivu, hafi ya Kizigo, muri Teritwari ya Idjwi, muri Kivu y’ Amajyepfo . Nk’uko byatangajwe na Moustapha, umuyobozi wa Teritwari ya Idjwi wemeje aya makuru mu binyamakuru byaho, ubwo bwato bwari butwaye abantu […]
Burundi: Abantu 19 bahoze muri RED-Tabara boherejwe n’u Rwanda bakatiwe igifungo cya burundu
Ubutabera bw’u Burundi bwakatiye igihano cy’igifungo cya burundu bantu 19 bahoze mu mutwe wa RED-Tabara urwanya ubutegetsi bwa CNDD-FDD ufite ibirindiro muri Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo . Abaciriwe urubanza bari bahungiye mu Rwanda mbere y’uko rubashyikiriza abayobozi b’u Burundi mu mpera z’ukwezi kwa Nyakanga muri 2021. Nk’uko kopi y’urubanza rwaciwe n’urukiko […]
Gen. Chirimwami mu rukiko muri dosiye akurikiranwemo uruhare mu ifatwa rya Bunagana
Gen. Major Chirimwami guhera kuwa Gatanu arimo kwitaba urukiko nk’umutangabuhamya muri dosiye y’abasirikare babiri bakuru ba FARDC bakurikiranweho uruhare mu ifatwa ry’Umujyi wa Bunagana . Bivugwa ko Gen. Chirimwami yaba yarahaye amabwiriza abo ba komanda ba regiment ya 3307 n’iya 3412, zakoreraga ahitwa Gisiza na Bunagana, yo gusubiza ingabo inyuma zikajya Chengeero, ngo ari nabyo […]
RDC: Minisitiri w’ingabo mushya yaganiriye n’umugaba mukuru wa UPDF ku kibazo cya Bunagana
Kuri uyu wa Mbere, itariki ya 3 Mata, Minisitiri w’intebe wungirije akaba na Minisitiri w’ingabo wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Jean-Pierre Bemba Gombo, yagiranye ibiganiro n’intumwa z’Igisirikare cya Uganda (UPDF) ziyobowe n’umugaba mukuru, Gen. Wilson Mbadi . Minisitiri w’ingabo wa RDC yari ari kumwe n’Umugaba Mukuru wa FARDC, Lieutenant General Christian Tshiwewe Songesha nk’uko […]
Finland Kujiunga na NATO Jumanne
Katibu Mkuu wa NATO Jens Stoltenberg alisema Finland itajiunga na muungano wa kijeshi siku ya Jumanne, chini ya mwaka mmoja baada ya nchi hiyo kuwasilisha ombi lake kujibu uvamizi wa Urusi dhidi ya Ukraine . Stoltenberg aliwaambia waandishi wa habari kabla ya mkutano wa mawaziri wa mambo ya nje wa NATO kwamba Finland inaleta jeshi […]
Uwari ukuriye igipolisi muri Kampala wari umaze imyaka hafi 5 yaratorotse yigaruye
Uwahoze ari umuyobozi wa polisi muri Kampala, Assistant Commission of Police (ACP) Siraj Bakaleke yongeye kugaragara nyuma y’imyaka hafi itanu ahunze igihugu yanga gutabwa muri yombi azira gufata no gufunga abenegihugu ba Koreya mu buryo bunyuranyije n’amategeko . ACP Bakaleke yahunze igihugu mu 2018 nyuma yo guhagarikwa ku mirimo ye muri Gicurasi kugira ngo akorweho […]
Sahel: Algeria ntikozwa kohereza ingabo z’amahanga mu karere hitwajwe iterabwoba
Kuri iki Cyumweru, itariki 2 Mata 2023, Umuyobozi w’Ingabo za Algeria, Lt.Gen. Said Chengriha, yongeye gusubiramo ko igihugu cye kitazemera ingabo zose z’amahanga zakoherezwa mu karere giherereyemo hitwajwe kurwanya iterabwoba . Mu ijambo rye, Gen. Chengriha yagize ati: “Algeria yanze uburyo ubwo ari bwo bwose bwo kwivanga kw’amahanga mu karere hitwajwe kurwanya iterabwoba kuko ari […]
Kagame réélu président du FPR-Inkotanyi
Le président Paul Kagame a été réélu président du parti au pouvoir, le FPR-Inkotanyi, lors du 16e congrès national qui s’est tenu au siège du parti à  Rusororo, le dimanche 2 avril. Kagame a été secondé comme candidat par la sénatrice Marie-Rose Mureshyankwano, qui a déclaré que le premier a fait ses preuves en tant […]
Intambara ya 3 y’Isi yose, Papa mushya uzateza ibibazo, ihungabana ry’ubukungu – Ubuhanuzi bwa 2023

Mu myaka hafi 500 ishize, Michel de Nostradame uzwi ku izina rya Nostradamus, yasohoye igitabo cye kizwi cyane cyitwa Les Prophéties, gikubiyemo ubuhanuzi 942 bigaragara ko buhanura ejo hazaza. Igitabo cyahanuye ibintu biteye ubwoba ku Ntambara ya Kabiri y’Isi Yose, kuzamuka kwa Hitler ku butegetsi, na Revolution y’Abafaransa, kandi ibyinshi mu byo yahanuye byabaye impamo […]
Lt. Gen. Hamuli wayoboye Operation Amani Leo yo guhiga FDLR yasezerewe
Lt Gen. Dieudonné Hamuli, wahoze ari umuyobozi wungirije w’igisirikare cya za Congo wagizwe Komiseri Mukuru wa polisi mu 2017, yoherejwe mu kiruhuko cy’izabukuru . Iteka rya perezida ryerekeye ikiruhuko cy’izabukuru muri Polisi ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo ryasomwe ku wa Gatandatu, itariki ya 01 Mata 2023 kuri antene ya Radiyo na Televiziyo by’igihugu cya […]
Umukobwa wa Perezida Paul Biya ari gushakishwa n’ubutabera bwa Amerika n’u Busuwisi

Brenda Biya, umukobwa wa Perezida wa Cameroun, Paul Biya, aravugwaho kuba arimo gushakishwa n’inkiko zo muri Amerika no mu Busuwisi kubera urubanza rwo gusebanya ku muntu w’umuhanzi wo muri Cameroun . Umukobwa wa Perezida wa Cameroun yongeye kuba intandaro y’impaka, aho bivugwa ko muri Amerika no mu Busuwisi hatanzwe ikirego kimurega. Uwatanze ikirego, ni umugore […]
U Budage bwahaye Ukraine icyiciro cya mbere cy’ibifaru yari imaze iminsi isaba
Minisiteri y’ingabo y’u Budage iravuga ko icyiciro cya mbere cy’ibifaru kabuhariwe bya Leopard 2 bivuye mu Budage cyoherejwe muri Ukraine. Ibifaru 18 bigezweho by’ibanze byatanzwe nyuma y’uko abasirikare ba Ukraine bamaze gutozwa kubikoresha. Minisitiri w’ingabo, Boris Pistorius, yatangaje ko azi neza ko ibi bifaru bishobora “gutanga umusanzu ukomeye” ku murongo w’urugamba. Ibindi bifaru biteye imbere […]
RDC: Ishyaka PPRD ryemeje ko Joseph Kabila ari we mukanida waryo mu matora ya 2023
Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 28 Werurwe 2023, Umunyamabanga Uhoraho w’ishyaka ry’Abaturage rihranira kongera Kwiyubaka na Demokarasi (PPRD), yatangaje ko Joseph Kabila ari umukandida wa PPRD n’ihuriro FCC mu matora ya perezida ya 2023. Yashimangiye iki cyemezo avuga ko “Joseph Kabila akiri muto, afite icyerekezo cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo kandi afite gahunda […]
Umoja wa Afrika unaomba karibu $90M kwa kikosi chake cha kulinda amani nchini Somalia
Umoja wa Afrika (AU) umeomba ufadhili wa karibu dola milioni 90 kwa ajili ya ujumbe wake wa kulinda amani nchini Somalia . Katika taarifa yake, Bankole Adeoye, kamishna wa AU wa masuala ya kisiasa na amani ambaye alitoa ombi hilo la ufadhili, alisema Misheni ya Umoja wa Afrika nchini Somalia (AMISOM) inatoa msaada muhimu kwa […]
RDC: M23 yongeye kugaragara mu gace ka Kibirizi yari yaravuyemo
Sosiyete sivile ya Kibirizi muri Sheferi ya Bwito muri Teritwari ya Rutshuru iravuga ko itewe inkeke n’urujya n’uruza rw’inyeshyamba za M23 zongeye kugaragara mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane, itariki ya 23 Werurwe, mu duce twa Kirima, Kibingu, Kabanda na Kibirizi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru . Uyu muryango uravuga ko abantu bari bagiye […]
AU irasabira ATMIS inkunga ya miliyoni 90$ yo gukoresha muri Somalia
Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) wasabye inkunga ingana na miliyoni 90 z’amadolari yo gutera inkunga ubutumwa bw’amahoro muri Somaliya . Mu ijambo rye, Bankole Adeoye, komiseri wa AU ushinzwe ibibazo bya politiki n’amahoro wasabye inkunga, yavuze ko AMISOM itanga inkunga ikomeye ku gisirikare cya Somaliya mu kurwanya umutwe w’iterabwoba wa al-Shabaab. Adeoye yagize ati: […]
Le président de la Fédération Bélizienne de Football a invité le Président Kagame au Belize
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Belize (FFB) ryatumiye Perezida Kagame

Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu gihugu cya Belize (FFB), ??rg?? ?hu?, yatumiye Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, mu gihugu cye ubwo yari yitabiriye Kongere ya 73 ya FIFA yateraniye i Kigali kuwa Kane ushize . Mu itangazo rigenewe abanyamakuru, FFB yavuze ko Chuc yatumiye Perezida Kagamemuri Belize abisabwe na Minisitiri w’Intebe, ??hn ?r???ñ?. FFB iti […]
RDC: Urukiko rwasubije Ngwabidje ku mwanya we wa Guverineri wa Kivu y’Amajyepfo
Urukiko rushinzwe kurinda Itegeko Nshinga muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo kuri uyu wa Gatatu rwafashe icyemezo cyo gushyigikira Théo Kasi Ngwabidje warwitabaje ashinja Inteko Ishinga Amategeko y’intara “kutubahiriza amategeko” mu gufata icyemezo cyo kumuhagarika ku mirimo ye nka Guverineri wa Kivu y’Amajyepfo . Ni ku nshuro ya kane Théo Kasi Ngwabidje yirukanwe ku mirimo […]
ICC ihangayikishijwe n’iterabwoba ry’u Burusiya ryo kuyirasaho misile
Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) rwagaragaje ko ruhangayikishijwe n’iterabwoba ryaturutse mu Burusiya nyuma yo gusohora impapuro zo guta muri yombi Perezida Vladimir Putin . Kuri uyu wa Gatatu, ICC yatangaje impungenge zayo nyuma y’uko uwahoze ari Perezida w’u Burusiya, Dmitry Medvedev, akangishije kuzakubitisha misile za hypersonic uru rukiko, rukurikirana ibyaha by’intambara rufite icyicaro i La Haye. […]
U Rwanda rwafashe ingamba zo gukumira icyorezo cya Marburg kishe abantu muri Tanzania
Nyuma y’ahoTanzaniya yemeje bwa mbere ko icyorezo cya Marburg cyinjiye mu gihugu ndetse kuri uyu wa Gatatu ikaba yari imaze guhitana abantu batanu mu munani bayanduye, u Rwanda rwizeye ko iki cyorezo kitazapfa kwinjira mu gihugu kuko aho cyagaragaye mu baturanyi ari kure y’u Rwanda nubwo rwafashe ingamba zo kugikumira . Iki cyorezo cyamenyekanye nyuma […]
Tume ya Pamoja ya Kudumu ya Rwanda na Uganda yakutana Kigali
Mkutano wa siku tatu wa Tume ya Pamoja ya Kudumu (JPC) kati ya Rwanda na Uganda ulianza mjini Kigali Jumatano, Machi 22, ukilenga kujadili maeneo ya biashara na ushirikiano na hasa kufufua Miradi ya Kuunganisha Ukanda wa Kaskazini . Tume inakutana kwa mara ya kwanza baada ya zaidi ya miaka 10. Nchi hizo mbili zilikubaliana […]
SPLM-N yarekuye abasirikare 11 ba Sudani yari imaze umwaka urenga yarafashe
Umutwe wa SPLM-N (Sudan People’s Liberation Movement-North) uyobowe na Abdel Aziz al-Hilu warekuye kuri uyu wa Kabiri ushize abasirikare 11 bo mu Ngabo za Sudani bari bafungiye mu gace kagenzurwa n’uyu mutwe muri Kordofan y’Amajyepfo. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Kabiri nk’uko tubikesha Sudantribune, uyu mutwe wavuze ko abasirikare barekuwe hari hashize umwaka […]
OIF: Louise Mushikiwabo chooses her number two
The Secretary General of La Francophonie has appointed Caroline St-Hilaire from Québec as administrator. This appointment is expected to be confirmed on March 21 . This appointment was announced by the Canadian press on the night of March 19 and has yet to be confirmed by the Permanent Council of La Francophonie, which will meet […]