Iran yaturikije ibigo 20 by’Amerika

Intambara imaze amezi hagati ya Iran na Amerika ikomeje gufata indi ntera, aho amakuru mashya yagaragaje ko Iran yangije nibura ibigo bya gisirikare bya Amerika birenga 20 biri mu bihugu bitandukanye byo mu Burasirazuba bwo Hagati. Amashusho yafashwe nâicyogajuru ndetse nâisesengura ryakozwe nâabanyamakuru ba BBC Verify byerekana ko ibyo bitero byateje iyangirika rikomeye ku bikoresho […]
Ntukabwire umugore âNdagukundaâ kuko byarashaje

Hari igihe nigeze kwibaza impamvu ijambo ândagukundaâ ari ryo rikoreshwa cyane mu rukundo kurusha andi yose. Uko imyaka yagiye ishira, narushijeho kubona abantu benshi baryandika ku mbuga nkoranyambaga, bakaryohereza mu butumwa bwa telefoni, cyangwa bakarivuga kenshi iyo bari kumwe nâabo bakunda. Ariko uko nagendaga mbona ubuzima bwâabatandukanye, ni ko natangiye kubona ko hari igihe iri […]
Iyo Leta ihinduye ibinyoma ukuri

Mu isi ya none, amakuru ni kimwe mu bikoresho bikomeye kurusha ibindi. Ashobora kubaka amahoro, akigisha abaturage, akabahuza, ariko nanone ashobora gukoreshwa mu kuyobya abantu no kubemeza ibintu batari kwemera iyo baba bafite amakuru yuzuye. Ni muri urwo rwego icyegeranyo cyiswe âHow The Government Manipulates Facts | Secrets and Liesâ cigaragaza uburyo ubutegetsi, inzego za […]
Mwarakoze cyane: Kwizera Olivier

Umunyezamu wa Rayon Sports, Kwizera Olivier, yagaragaje amarangamutima yihariye nyuma yo gusoza amasezerano ye nâiyi kipe, ashima abafana ku rukundo nâinkunga bakomeje kuyereka abakinnyi muri uyu mwaka wâimikino wa 2025-2026. Ni ubutumwa yatanze nyuma yâumukino Rayon Sports yanganyijemo na Kiyovu Sports igitego 1-1, umukino washyize akadomo ku rugendo rwâiyi kipe muri shampiyona ndetse ikanabona itike […]
Ni iki cyiri mu masezerano u Rwanda rwasinyanye n’Uburusiya?

U Rwanda rwashyize umukono ku masezerano mashya yâubufatanye nâu Burusiya mu rwego rwâikoranabuhanga rya nuclear, intambwe ifatwa nkâiyâingenzi mu rugendo rwo guteza imbere ubushakashatsi, ubuvuzi nâikoranabuhanga rigezweho mu gihugu. Aya masezerano yasinywe ku wa 19 Gicurasi 2026 mu nama mpuzamahanga yiga ku guhanga udushya mu bijyanye nâingufu za nuclear yabereye i Kigali. Arimo ubufatanye mu […]
Ese koko Cambodia yirukanye abanyafurika bari batuyeyo?

Urwego rushinzwe abinjira nâabasohoka muri Cambodia rwahakanye amakuru yari amaze iminsi akwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga, yavugaga ko Abanyafurika bafite ibyangombwa byâubwimukira byarengeje igihe bategetswe kuva muri icyo gihugu bitarenze tariki ya 31 Gicurasi 2026. Aya makuru yari ashingiye ku nyandiko yari yacicikanye ku mbuga nkoranyambaga isa nkâitangazo ryemewe ryaturutse ku buyobozi bwa Cambodia. Iyo nyandiko […]
Uwari ugiye kurongora umunyarwandakazi yaburiwe irengero

Umunyamideli w’Umunyarwandakazi ukorera ibikorwa bye muri Tanzania, Jasinta Makwabe, yahishuye ibihe bikomeye yanyuzemo nyuma yo kuburirwa irengero n’umugabo wari waramukoye ndetse anamwambika impeta y’urukundo, hasigaye igihe gito ngo bakore ubukwe. Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru ari i Kigali aho yitabiriye imikino ya BAL, Jasinta yavuze ko uwo mugabo yari yaramugaragarije ko afite gahunda ihamye yo kubaka […]
Kwizera Olivier akomeje kuzamura umuziki wa Nigeria mu Rwanda

Umunyezamu wâIkipe yâIgihugu yâu Rwanda, Amavubi, ndetse na Rayon Sports, Kwizera Olivier, akomeje kugaragaza uruhare rudasanzwe mu kumenyekanisha indirimbo zâabahanzi bo muri Nigeria, binyuze mu mashusho ashyira ku mbuga nkoranyambaga ari kuziririmba. Mu minsi ishize, indirimbo âAnxietyâ yâumuhanzi Paddy K yamenyekanye cyane nyuma yâamashusho yakwirakwijwe agaragaza Kwizera Olivier ayiririmba. Nyuma yâayo mashusho, iyi ndirimbo yarebwe […]
Maneko wa CIA yafatanwe Zahabu za miliyari 58 Frw

Uwahoze ari umuyobozi mukuru mu rwego rwâubutasi rwa Amerika, CIA, yatawe muri yombi nyuma yo gukekwaho kunyereza miliyoni zâamadolari no kubeshya ku mateka ye yâamasomo nâubumenyi yivugaga. Inkuru yatangajwe na NBC News ku wa 27 Gicurasi 2026 ivuga ko abashinzwe iperereza basanze uyu mugabo abitse mu rugo rwe utubuye twa zahabu 308, dufite agaciro kari […]
Trump mu mazi abira: Lisansi ishobora kongera guhenda kurusha mbere

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, akomeje gushyirwaho igitutu nâabaturage ndetse no mu ishyaka rye ryâAbarepubulikani kubera ikibazo cyâubukungu, cyane cyane izamuka ryâibiciro bya lisansi nâingaruka zâintambara yo mu Burasirazuba bwo Hagati ku isoko rya peteroli. Raporo ya CNN yatangajwe ku wa 26 Gicurasi 2026 igaragaza ko icyizere bamwe mu ba-Repubulikani bari […]
Amerika yagabye igitero kuri Iran

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zagabye igitero gishya ku birindiro bya gisirikare biri mu majyepfo ya Iran, mu gihe umwuka mubi hagati yâibihugu byombi ukomeje gufata indi ntera mu Burasirazuba bwo Hagati. Inkuru yatangajwe na The National Desk ku wa 28 Gicurasi 2026, ivuga ko igisirikare cya Amerika cyarashe drones zari ziteje ikibazo ndetse kinangiza […]
Kugura indaya mu Rwanda ni icyaha

Urwego rwâUbugenzacyaha, RIB, rwongeye kwibutsa Abanyarwanda ko amategeko yâu Rwanda abuza umuntu gutanga amafaranga cyangwa ikindi gihembo agamije gukora imibonano mpuzabitsina nâundi muntu. Ibi byagarutsweho nâUmuvugizi wa RIB, Dr Murangira Thierry, mu kiganiro cyateguwe na Minisiteri yâUburinganire nâIterambere ryâUmuryango (MIGEPROF) ku bufatanye na RIB, cyibanze ku gukumira ibikorwa bifitanye isano nâihohoterwa nâicuruzwa ryâabantu. Dr Murangira […]
Meya wa New York w’Umusiramu yagiye gusari yambaye ikanzu ya Arsenal FC

Meya wa New York, Zohran Mamdani, yagaragaye yambaye ikanzu (thobe) iriho amabara nâibirango byâikipe ya Arsenal FC mu birori byo kwizihiza Eid al-Adha byabereye muri Bronx kuri uyu wa gatatu. Uyu muyobozi wa mbere wâUmusilamu uyoboye umujyi wa New York, usanzwe ari umufana ukomeye wa Arsenal, yari yambaye iyo kanzu yâubururu nâumutuku iriho amagambo âEmirates […]
Gasabo: Umufana wa Arsenal yishwe n’inzoga bita icyumaÂ

Mu kagari ka Kagugu, umurenge wa Kinyinya mu karere ka Gasabo, haravugwa urupfu rutunguranye rwâumusore witwa Tuyishimire Leandre wari ufite imyaka 28 yâamavuko, bikekwa ko rwatewe nâinzoga zâibyuma yari amaze iminsi asangira nâinshuti ze bishimira igikombe cya shampiyona ikipe ya Arsenal yatwaye. Amakuru yamenyekanye ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri ahazwi nka Batsinda, aho […]
Congo Brazzaville igiye gukuraho visa ku Banyafurika bose

Mu rwego rwo gukomeza kwimakaza ubumwe nâubwisanzure bwâingendo ku mugabane wa Afurika, Perezida wa Repubulika ya Congo, Denis Sassou-Nguesso, yatangaje ko igihugu cye kizatangira kwakira Abanyafurika bose badafite visa guhera tariki ya 1 Mutarama 2027. Iri tangazo ryatanzwe ku wa 25 Gicurasi 2026, mu muhango wo kwizihiza Umunsi wa Afurika, wizihizwa ku munsi hashinzwe Umuryango […]
Museveni yanenze abayobozi bishimira Arsenal aho kwita ku bibazo byâabaturage

Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yanenze abayobozi nâabaturage bari mu byishimo byo kwizihiza intsinzi ya Arsenal F.C. muri Premier League, abasaba gushyira imbere gukemura ibibazo byâubukene nâimibereho yâabaturage babo. Ibi Museveni yabivugiye mu muhango wo gutangiza Inteko Ishinga Amategeko ya 12 wabereye i Kololo ku wa 25 Gicurasi 2026. Uyu mukuru wâigihugu yavuze ko yatunguwe […]
Abagore babyaye babazwe bagomba gutegereza imyaka ibiri mbere yo kongera gusama

Abaganga bâinzobere mu buzima bwâumubyeyi nâumwana bagiriye inama abagore babyaye babazwe gutegereza nibura amezi 24 mbere yo kongera gusama, bavuga ko inkovu iba yarasizwe ku mura igomba kubanza gukira neza kugira ngo hirindwe ibibazo bishobora gushyira ubuzima bwâumubyeyi nâumwana mu kaga. Ibi byatangajwe nâabaganga baganiriye nâikinyamakuru cyo muri Nigeria cyandika ku buzima, bavuga ko gusama […]
U Burusiya bugiye gusenya umurwa mukuru wa Ukraine

U Burusiya bwatangaje ko bugiye kugaba ibitero bukomeje kwita âibitero byateguwe kandi bikurikiranaâ ku bikorwa bya gisirikare nâinganda zikora intwaro muri Kyiv, umurwa mukuru wa Ukraine, bunasaba abanyamahanga bose kuhava byihuse. Ibi byatangajwe na Minisiteri yâIngabo yâu Burusiya ku wa 25 Gicurasi 2026, ivuga ko ibyo bitero ari igisubizo ku gitero cya drones Ukraine yagabye […]
RDC yahinduye gahunda yâikipe yâigihugu

Ishyirahamwe ryâUmupira wâAmaguru muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, FECOFA ryatangaje ko ikipe yâigihugu ya RDC yahinduye gahunda yâurugendo rwo kwitegura Igikombe cyâIsi cya 2026 kubera ingamba zafashwe zijyanye nâicyorezo cya Ebola. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara nyuma yâinama yabaye hagati ya FECOFA na FIFA, ubuyobozi bwâumupira muri RDC bwemeje ko ikipe yâigihugu yagombaga kubanza kunyura […]
RGB yasheshe ubuyobozi bw’itorero Inkurunziza

Urwego rwâIgihugu rwâImiyoborere, RGB, rwafashe icyemezo cyo gukuraho inzego zâubuyobozi bwâItorero Ăglise Inkuru-Nziza au Rwanda (EIR), nyuma yâibibazo bimaze igihe bivugwa birimo kutubahiriza amategeko, icyenewabo ndetse nâimiyoborere idaha abanyamuryango uruhare mu byemezo. Iki cyemezo gikubiye mu ibaruwa yo ku wa 21 Gicurasi 2026 yashyizweho umukono nâUmuyobozi Mukuru wa RGB, Doris Uwicyeza Picard. Muri iyo baruwa, […]
Abapolisi bigize abagore bajya guta muri yombi umucuruzi w’ibiyobyabwenge

Abapolisi bo muri Thailand bakoze igikorwa kidasanzwe cyakuruye amarangamutima ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo kwiyoberanya nkâababyinnyi bâabagore kugira ngo bafate umugabo ukekwaho ubucuruzi bwâibiyobyabwenge. Iki gikorwa cyabereye mu gace ka Tha Luang, mu burasirazuba bwa Thailand, aho abo bapolisi benshi bari abagabo bambaye amakanzu yâabagore arabagirana ndetse biyitirira itsinda ryâababyinnyi bo mu birori byo ku […]
Umugore yaguye igihumure nyuma yo gukubitwa inkoni 100 azira gusambana

Mu Ntara ya Aceh yo muri Indonesia, umugore yaguye igihumure nyuma yo guhabwa ibihano byo gukubitwa inkoni 100 mu ruhame, ashinjwa gukora imibonano mpuzabitsina nâumugabo batashakanye. Ibi bihano byabereye mu mujyi wa Banda Aceh imbere yâabaturage benshi ndetse nâabayobozi batandukanye, aho uwo mugore nâumugabo bari kumwe bakubiswe inkoni nâabashinzwe kubahiriza amategeko ya Sharia akoreshwa muri […]
Ibimenyetso bikwereka ko Umukobwa agukunda

Urukundo ni kimwe mu bintu bituma abantu benshi bagira amatsiko yo kumenya niba uwo bakunda na we abafitiye amarangamutima nkâayo. Nubwo abantu batabigaragaza kimwe, impuguke mu byâimibanire nâurukundo zivuga ko hari imyitwarire imwe nâimwe ishobora gufasha umuhungu kumenya niba umukobwa yamwihebeye byâukuri. Kimwe mu bimenyetso bikomeye ni uko umukobwa akumenyekanisha mu nshuti ze ndetse no […]
Nta munyamahanga wemerewe kwinjira mu Rwanda avuye muri RDC

Leta yâu Rwanda yatangaje ko yashyizeho ingamba zikomeye zo kwirinda icyorezo cya Ebola gikomeje kugaragara muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), zirimo no kubuza abanyamahanga bamwe kwinjira mu gihugu. Ibi byatangajwe na Minisiteri yâUbuzima kuri uyu wa 22 Gicurasi 2026, aho yasobanuye ko nta murwayi wa Ebola uraboneka mu Rwanda, ariko ko hakomeje gukazwa […]
DJ Toxxyk yakatiwe gufungwa umwaka n’igice

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwakatiye Shema Arnaud de Bosscher uzwi nka DJ Toxxyk igifungo cyâumwaka nâamezi atandatu ndetse rumutegeka gutanga ihazabu ya 1.050.000 Frw, nyuma yo kumuhamya ibyaha byose yari akurikiranyweho. Icyemezo cyafashwe kuri uyu wa 22 Gicurasi 2026, gishingiye ku byaha birimo ubwicanyi budaturutse ku bushake, ibikorwa bifitanye isano nâibiyobyabwenge, guhunga nyuma yo gukora […]
Hakimi ntashaka ko akurikiranwaho gufata ku ngufu

Myugariro wa Paris Saint-Germain nâikipe yâigihugu ya Maroc, Achraf Hakimi, ari mu bihe bikomeye nyuma yâuko urukiko rwo mu Bufaransa rukomeje gusuzuma dosiye aregwamo gufata ku ngufu Umukobwa wâimyaka 24. Kuri uyu wa Gatanu, urukiko rwâubujurire rwa Versailles ruri gusuzuma ubusabe bwa Hakimi bwo gutesha agaciro uru rubanza mbere yâuko rutangira kuburanishwa mu buryo bwimbitse. […]
Abanyamakuru bahembwa urusenda nubwo bize cyane

Mu gihe umwuga wâitangazamakuru ukomeje kugira uruhare rukomeye mu iterambere ryâigihugu no kugeza amakuru ku baturage, ubushakashatsi bushya bwakozwe nâIshyirahamwe ryâAbanyamakuru mu Rwanda (ARJ) bwagaragaje ko abanyamakuru benshi babayeho mu buzima bugoye nubwo bafite amashuri menshi. Raporo yiswe 2026 Rwanda Media Sector Mapping yerekanye ko abarenga 78% byâabanyamakuru bakora umwuga bafite nibura impamyabumenyi ya kaminuza, […]
Putin na Xi Jinping mu rugamba rwo guca intege idolari

Perezida w’Ubushinwa , Xi Jinping, yakiriye Perezida wâu Burusiya, Vladimir Putin, mu nama ikomeye yabereye i Beijing, mu rwego rwo kwizihiza imyaka 25 yâamasezerano yâubufatanye hagati yâibihugu byombi. Iyo nama yabaye nyuma yâigihe gito Perezida wa Amerika, Donald Trump, avuye mu ruzinduko rukomeye mu Bushinwa rwari rugamije kuganira ku bibazo byâubucuruzi nâumutekano. Ariko abasesenguzi bavuga […]
Uwayoboye Cuba arashinjwa na Amerika kuyihanurira indege

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ibirego bikomeye bishinja uwahoze ayobora Cuba, RaĂșl Castro, uruhare mu ihanurwa ryâindege ebyiri zâabasivili byabaye mu mwaka wa 1996, ibintu byongeye gukaza umwuka mubi hagati ya Washington na Havana. Ibi byatangajwe nâUrwego rwâUbutabera rwa Amerika (DOJ), rwasohoye dosiye yâibirego bishinja Castro wâimyaka 94 icyaha cyo kwica no kugambanira abaturage […]
Umugabo wifuje kurarana na Dj Ira

Uvanga imiziki uzwi nka Dj Ira yongeye kuvuga ku bibazo bamwe mu bakobwa bakorera mu myidagaduro bahura na byo, cyane cyane uburyo hari abagabo babafata nkâabakobwa bicuruza kubera akazi bakora. Mu kiganiro aherutse kugirana nâitangazamakuru, Dj Ira yavuze ko hari umugabo wigeze kumwegera amusaba ko batahana nyuma yo kuba bari basangiye ahantu yakoreraga. Ngo uwo […]
Rayon Sports yagaruye abakinnyi 4

Ikipe ya Rayon Sports F.C. yongerewe icyizere mbere yâumukino wa nyuma wâIgikombe cyâAmahoro izahuramo na APR FC nyuma yâuko abakinnyi bane bâingenzi bagarutse mu myitozo yuzuye. Ku wa Kabiri, aba bakinnyi bagaragaye mu myitozo yabereye ku kibuga cya Nzonve aho iyi kipe iri gukomeza imy preparations yo kwitegura umukino wa nyuma uteganyijwe ku wa Gatandatu […]
Ebola si icyorezo cyihutirwa: WHO

Ishami ryâUmuryango wâAbibumbye ryita ku buzima (WHO) ryatangaje ko icyorezo cya Ebola gikomeje gukwira muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo no muri Uganda, aho hamaze kubarurwa abantu bagera kuri 600 bakekwaho kuyandura ndetse 139 bakekwaho guhitanwa na yo. Umuyobozi Mukuru wa WHO, Tedros Adhanom Ghebreyesus, yavuze ko kugeza ubu muri RDC hamaze kwemezwa abantu 33 […]
Ese koko Botswana yatanze ikiruhuko kubera ko Arsenal yatwaye igikombe?

Mu gihe abakunzi ba Arsenal ku isi bari mu byishimo nyuma yo kwegukana igikombe cya Premier League nyuma yâimyaka 22, Guverinoma ya Botswana yahakanye amakuru yavugaga ko yatanze umunsi wâikiruhuko ku bafana bâiyo kipe kugira ngo bishimire iyo ntsinzi. Itangazo ryari ryacicikanye ku mbuga nkoranyambaga, ryitiriwe Perezida wa Botswana, Duma Boko, ryavugaga ko ku wa […]
Ubujurire bwa Djihad na bagenzi be bwafashe ubusa

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwatesheje agaciro ubujurire bwa Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad, Ishimwe François Xavier, Kwizera Papy Nestor uzwi nka Papy Nesta ndetse na Kalisa John alias Kjohn, rutegeka ko igihano bari barakatiwe nâUrukiko rwâIbanze kigumaho. Aba bose bari barakatiwe imyaka itatu yâigifungo ndetse nâihazabu ya miliyoni 3 Frw bazira ibyaha bifitanye […]
Togo yakuyeho Visa ku Banyafurika bose

Guverinoma ya Togo yatangaje ko abaturage bose bakomoka mu bihugu bya Afurika bemerewe kwinjira muri iki gihugu badafite visa, mu gihe bazaba bagiyeyo igihe kitarenze iminsi 30. Iki cyemezo cyashyizweho umukono na Perezida wâInama Nkuru yâIgihugu, Faure GnassingbĂ©, cyatangiye kubahirizwa kuva ku wa Mbere tariki 18 Gicurasi 2026. Mu itangazo ryashyizwe hanze na Minisiteri yâUmutekano […]
Yampano yanyweye urumogi maze aruma umugore we izuru

Umuhanzi Uworizagwira Florien uzwi nka Yampano yatawe muri yombi nâUrwego rwâIgihugu rwâUbugenzacyaha (RIB), aho akurikiranyweho ibyaha birindwi bikekwa ko yakoze mu bihe bitandukanye. Mu byaha akekwaho harimo gukubita no gukomeretsa ku bushake, gukoresha ibikangisho, kwangiza ibintu byâundi, kunywa ibiyobyabwenge, gukoresha imvugo zâivangura, gufungirana umuntu mu buryo bunyuranyije nâamategeko ndetse nâubwinjiracyaha ku cyaha cyâubwicanyi. RIB yavuze […]
Miss mu Burundi yambuwe ikamba

Sosiyete INGO s.a itegura amarushanwa ya Miss Burundi yatangaje ko Mugisha Monica Celeste atakiri Miss Popularity 2025, nyuma yo gufata icyemezo cyo kumwambura iri kamba kubera ibyo yavuze ko ari ukurenga ku nshingano nâamasezerano yari afitanye nâiri rushanwa. Mu itangazo ryashyizwe hanze kuri uyu wa 18 Gicurasi 2026, ubuyobozi bwa INGO s.a bwavuze ko uyu […]
Yampano arafunzwe

Urwego rwâIgihugu rwâUbugenzacyaha (RIB) rwafunze Uworizagwira Florien uzwi mu muziki nka Yampano, aho akurikiranyweho ibyaha birimo gukubita no gukomeretsa ku bushake, gukoresha iterabwoba ndetse no gukoresha ibiyobyabwenge. Aya makuru yemejwe nâUmuvugizi wa RIB, Dr. Murangira B. Thierry, wavuze ko uyu muhanzi yafashwe ku wa 16 Gicurasi 2026 nyuma yâigihe ashakishwa nâinzego zâubugenzacyaha. Amakuru avuga ko […]
M. Iréné agiye kurongora umudiyasipora

Umunyamakuru Murindahabi IrĂ©nĂ© wamamaye nka M. IrĂ©nĂ© yatangaje ko agiye gukora ubukwe nâumukunzi we Nishimwe Liliane usanzwe uba mu Bubiligi. Aba bombi bamaze igihe bakundana, ndetse ubukwe bwabo bukazaba tariki ya 15 Kanama 2026. Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga, M. IrĂ©nĂ© yagaragaje ibyishimo byinshi ategura ubu bukwe, anabwira Nishimwe Liliane amagambo yâurukundo agaragaza uburyo amukunda cyane. […]
Kidumu yabitswe ari muzima

Umuhanzi wâicyamamare mu Karere ka Afurika yâIburasirazuba, Kidum yahakanye amakuru yari amaze iminsi acaracara ku mbuga nkoranyambaga yavugaga ko yitabye Imana nyuma yâimpanuka ikomeye yabereye i Nairobi muri Kenya. Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga ze mu ijoro ryo ku wa 14 Gicurasi 2026, Kidum yavuze ko ari muzima kandi ko ayo makuru yaturutse ku […]
Yampano yasabiye imbabazi abafungiwe amashusho ye

Umuhanzi Yampano yasabiye imbabazi abantu bafungiwe gukwirakwiza amashusho ye yâubwambure nâumugore we, abinyujije mu ibaruwa yafunguye yashyize ku mbuga nkoranyambaga. Yavuze ko yafashe iki cyemezo ashaka kubaho mu mahoro no kurekura inzika zose zari zimuri ku mutima. Yasobanuye ko hari igihe abantu bakora amakosa bitewe nâuburakari, ubusinzi cyangwa ubuto, ariko uko umuntu agenda akura amenya […]
Vestine yabyariye muri Canada

Ishimwe Vestine, umwe mu bagize itsinda rya âVestine & Dorcasâ, yibarutse umwana wâumukobwa muri Canada aho amaze igihe atuye. Amakuru avuga ko uyu mwana yavutse muri Werurwe 2026 mu Mujyi wa Vancouver, bivuze ko ubu amaze hafi amezi abiri avutse. Vestine yasigaye muri Canada nyuma yâibitaramo itsinda rye ryari ryahakoreye mu mpera za 2025, mu […]
Yari umunyamakuru i Kigali none ubu ari gucunga imfungwa muri Amerika

Kamatari Murenzi uzwi nka MC Murenzi cyangwa MC Nzi, yamaze kwinjira mu kazi kâubucungagereza mu Mujyi wa New York muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika nyuma yo gusoza amasomo yabimutozaga. Amakuru avuga ko yari amaze igihe akurikirana aya masomo ndetse ko yayarangije vuba aha ahita atangira inshingano nshya nkâumucungagereza. MC Murenzi ni umwe mu banyamakuru […]
RPL na FERWAFA bari kumvana imitsi

Hari ukutumvikana hagati ya Rwanda Premier League (RPL) na FERWAFA ku bijyanye nâibikombe bizatangwa ku musozo wa BK Pro League 2025/26, cyane cyane kubera amakipe yo muri Sudani ari gukina muri iyi shampiyona. Byatangiye ku wa Mbere tariki ya 11 Gicurasi 2026, ubwo Perezida wa FERWAFA, Shema Fabrice, yatangazaga ko hazatangwa igikombe kimwe gusa kizahabwa […]
Yatse gatanya nyuma y’iminota 3 arongowe

Muri Kuwait, habaye inkuru yatunguye benshi nyuma yâuko umugabo nâumugore bari bamaze gushyingiranwa batandukanye hashize iminota itatu gusa bakoze ubukwe bwemewe nâamategeko. Amakuru avuga ko nyuma yo gusinya impapuro zâubukwe mu rukiko, aba bombi bari basohotse mu nyubako bishimira ko babaye umugabo nâumugore. Icyo gihe umugeni ngo yatsikiye imbere yâabantu benshi. Aho kugira ngo umugabo […]
Lamine Yamal yazamuye ibendera rya Palestine mu birori byo kwizihiza igikombe cya La Liga

Umukinnyi ukiri muto wa FC Barcelona, Lamine Yamal, yongeye kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo kugaragara azunguza ibendera rya Palestine mu gihe ikipe ye yizihizaga igikombe cya Shampiyona ya Espagne, La Liga. Aya mashusho yafashwe ku wa 11 Gicurasi 2026, ubwo abakinnyi ba Barcelona bazengurukaga umujyi wa Barcelona bari mu modoka ifunguye hejuru, bishimira […]
RIB yafunze Sky2 warumye umugore we ugutwi

Hahirwabasenga Thimotee wamenyekanye nka qSky2 yatawe muri yombi nâUrwego rwâIgihugu rwâUbugenzacyaha (RIB) ku wa 11 Gicurasi 2026. Sky2 akurikiranyweho gukubita no gukomeretsa ku bushake umugore we bashakanye byemewe nâamategeko, ndetse no kumuhoza ku nkeke. Amakuru avuga ko ibi byabereye mu Karere ka Gasabo, Umurenge wa Nduba, Akagari ka Gasanze, mu Mudugudu wâAgatagara. Biravugwa ko ku […]
Byiringiro Lague asanga atakiri ku rwego rwo gukina mu Rwanda

Umukinnyi wâikipe yâigihugu yâu Rwanda, Amavubi, Byiringiro Lague yavuze ko atagifite gahunda yo kongera gukina muri shampiyona yâu Rwanda, kuko abona itakiri ku rwego yifuza gukinaho mu rugendo rwe rwâumupira wâamaguru. Mu kiganiro yagiranye na Sunday Choice Live kuri iki Cyumweru, Lague yavuze ko uyu mwaka wâimikino ushobora kurangira atongeye gukina nyuma yo guhagarikwa na […]
Inguzanyo yemerewe abahanzi nta ngwate ni yaba ari igihuha?

Minisitiri wâUrubyiruko nâIterambere ryâUbuhanzi, Dr. Utumatwishima, yahumurije umuhanzi Uncle Austin nyuma yâimpungenge yagaragaje kuri gahunda ya BK-Reative. Iyi gahunda yashyizweho na Bank of Kigali ku bufatanye na Minisiteri yâUrubyiruko nâIterambere ryâUbuhanzi, igamije gufasha abahanzi kubona inguzanyo zishobora kugera kuri miliyari 1 Frw badatanze ingwate. Abinyujije ku rubuga X, Uncle Austin yavuze ko amaze kubona ubuhamya […]
Bishe umusifuzi wabasifuriye nabi

Mu gihugu cya Zambia, abantu batatu bamaze gutabwa muri yombi nyuma yâurupfu rubabaje rwâumusifuzi Donald Tonga wari ufite imyaka 55, wishwe nâagatsiko kâabafana nâabakinnyi bamukubise bikomeye ku kibuga. Ibi byabereye mu karere ka Chipangali, mu mukino wo gusubiramo wahuzaga amakipe ya Mikango United na Leopard United, yari ahataniye igihembo cyâamafaranga ibihumbi 5 bya Kwacha. Polisi […]
Polisi yatanze gasopo nyuma y’abakobwa bifashe amashusho bambaye amasume muri gare ya Nyabugogo

Polisi yâu Rwanda yaburiye abantu bakora amashusho agamije gukurura abantu ku mbuga nkoranyambaga, cyane cyane abafatira amashusho ahantu hahurira abantu benshi batabifitiye uburenganzira. Ibi byakurikiye amashusho aherutse gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga agaragaza abakobwa babiri bagaragara muri Gare ya Nyabugogo bambaye amasume ndetse bambaye n’udutambaro twâumweru mu mutwe, ibintu byakuruye imbaga yâababarebaga ndetse bitera impaka hagati […]
Yari indaya mpuzamahanga none ari mu kigo ngororamuco cya Gitagata

Mu nkuru yatangajwe na IGIHE, Mukaruziga Shakira wâimyaka 34 uri kuvurirwa mu Kigo Ngororamuco cya Gitagata, yavuze urugendo rwe rwaranzwe nâubuzima bwo kwishora mu bikorwa byo kwicuruza, gukorana nâibyamamare ndetse no kujya mu biyobyabwenge. Shakira yavuze ko yinjiye muri ubwo buzima nyuma yo gutandukana nâumugabo babyaranye, wari umukinnyi wâumupira wâamaguru ukomoka mu Burundi. Yavuze ko […]
Umukinnyi w’umugore yafashe ku ngufu umwana w’umuhungu w’imyaka 14

Muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, umukinnyi wâumupira wâamaguru wâumukobwa witwa Oteta Kristina Kitiona ari gukurikiranwa nâubutabera nyuma yo gushinjwa gusambanya inshuro nyinshi umwana wâumuhungu wâimyaka 14 no kumwoherereza amafoto nâamashusho yâurukozasoni. Uyu mukobwa wâimyaka 20 akurikiranyweho ibi byaha muri Leta ya Utah, aho bivugwa ko ibyo bikorwa byabaye hagati ya Kamena na Ukwakira 2024, […]
Valverde yajyanwe mu bitaro nyuma yo kurwana na Tchouaméni

Mu rwambariro rwâikipe ya Real Madrid hakomeje kuvugwa umwuka mubi hagati yâabakinnyi nyuma yâindi mirwano ikomeye yabaye hagati ya Federico Valverde na AurĂ©lien TchouamĂ©ni, ibintu byatumye ubuyobozi bwâikipe bukora inama yihutirwa kugira ngo bugerageze gukemura ikibazo. Nkâuko byatangajwe na Radio MARCA, amakimbirane hagati yâaba bakinnyi bombi ntiyahagaze nyuma yâimyitozo yo ku munsi wabanje, ahubwo yongeye […]
Yongeye gushora arenga Miliyoni 10 Frw kuri chapati imwe ntibyamuhira

Umunya-Kenya Raymond Kahuma yongeye kugerageza gukora chapati nini kurusha izindi ku Isi agamije kwandikwa muri Guinness World Records, gusa na none ntiyabasha kugera ku ntego yari yihaye. Bivugwa ko muri uyu mushinga yakoresheje amafaranga arenga KSh 951,000, angana nâasaga miliyoni 10.7 zâamafaranga yâu Rwanda. Aya mafaranga yakoreshejwe mu kubaka amashyiga manini idasanzwe, gukora amasafuriya yihariye […]
Kimenyi Yves yabyaranye impanga na Nana

Nyuma yâigihe havugwa inkuru zâuko umubano wa Kimenyi Yves nâumugore we Muyango Claudine utari wagenze neza, uyu munyezamu yemeye ku mugaragaro ko ari mu rukundo nâumugore uzwi nka Nana uba muri Australia. Ibi byagarutsweho mu kiganiro cya Live kuri TikTok yakoranye na Nana ndetse nâuwitwa GodFather. Muri icyo kiganiro, Kimenyi Yves yabajijwe niba Nana ari […]
Salva Kiir yirukanye umugaba mukuru w’ingabo

Perezida wa Sudan y’Epfo, Salva Kiir, yakoze impinduka nshya muri guverinoma ye zirimo kwirukana umugaba mukuru wâingabo ndetse na Minisitiri wâImari wari umaze igihe kitageze ku byumweru bibiri muri uwo mwanya. Itangazo rya leta ya Sudani y’Epfo ryatangaje ko General Paul Nang, wari umaze kuyobora igisirikare kuva mu Ukwakira gushize, yakuwe ku mwanya we nyuma […]
Yabeshye abaturage ko azabazanira amabuye mu isanzure

Polisi ya Uganda yatangaje ko yafashe umugabo witwa Jonathan Ahimbisibwe wo mu gace ka Makindye, akurikiranyweho ibikorwa byo kwiyitirira umwuga wâumuhanga mu byâisanzure (astronaut) kugira ngo ashuke abaturage. Uyu mugabo ashinjwa kwakira amafaranga yâabantu batandukanye ababwira ko ashobora kubagezaho amabuye akomoka ku kwezi. Polisi ivuga ko ayo masezerano yakoreshwaga nkâamayeri yo kubambura amafaranga. Bamwe mu […]
Yategetswe gusubiza inkwano nyuma yo gusaba gatanya

Umugore witwa Fatima Usman, ku wa Kabiri tariki ya 5 Gicurasi, yitabaje Urukiko rwa Shariâa rwa Magajin Gari ruherereye muri Leta ya Kaduna, asaba gutandukana nâumugabo we Sulaiman Adamu bari bamaze amezi atatu bashakanye. Nkâuko byatangajwe nâIkigo cyâIgihugu gishinzwe amakuru muri Nigeria (NAN), Fatima yasabye ko urukiko rusesa ubukwe bwabo binyuze mu buryo bwa Khulâi, […]
MINISPORTS yihanangirijwe ku micungire mibi ya za Stade

Inteko Ishinga Amategeko, Umutwe wâAbadepite, yasabye Minisiteri ya Siporo gushaka ibisubizo birambye ku bibazo bigaragara mu micungire no mu ikoreshwa ryâibikorwaremezo bya siporo mu gihugu. Ibi byagarutsweho ku wa 5 Gicurasi 2026, ubwo Komisiyo ishinzwe Uburezi, Ikoranabuhanga, Umuco, Siporo nâUrubyiruko yatangaga raporo ku isesengura rya politiki ya siporo ya 2020-2030. Perezida wâiyi Komisiyo, Depite Rubagumya […]