Ntacyo nahita ntangaza- Col. Biyereke ku gitero cya FLN mu Bweyeye
Umuvugizi w’Igisirikare cy’u Burundi, Col Floribert Biyereke avuga ko hakiri kare kuba bagira icyo batangaza ku byatangajwe n’Ingabo z’ u Rwanda (RDF) ko hari abarwanyi bo muri FLN baturutse mu Burundi, bakagaba ibitero mu Karere ka Rusizi mu Bweyeye. Igisirikare cy’u Rwanda kivuga ko ahagana saa tatu z’ijoro ku cyumweru abarwanyi b’umutwe wa FLN bateye […]
FDLR iravugwaho kuba igiye gushinga banki
Hari amakuru yagarutsweho n’ikinyamakuru cyo mu Butakiyani cyitwa L’Indro kivuga ko inyeshyamba zirwanya ubutegetsi bw’ u Rwanda, Forces dĂ©mocratiques de libĂ©ration du Rwanda, FDLR), ishobora gushinga Banki ahitwa Kasugho muri DRC. Iki kinyamakuru kivuga ko binashoboka ko FDLR yashinga banki muri uwo mujyi uri Kilometero 70 uvuye ahitwa Lubero kubera amafaranga ibona ibifashijwemo no gukorana […]
Umutingito washenye inzu ya gatatu i Rubavu
Amakuru aturuka mu Mujyi wa Gisenyi mu Karere ka Rubavu avuga ko hari inzu iri ahitwa Bugoyi, hafi na Radiyo y’abaturage ya Rubavu (RC Rubavu) yasenyutse bitewe n’umutingito ukomoka ku iruka ry’ikirunga cya Nyiragongo. Umunyamakuru wa RBA i Rubavu, Sada Hakizimana avuga ko umutingito wo kuri uyu wa 24 Gicurasi 2021 mu saha ashyira saa […]
Uwari majoro muri RDF wahunze yagaragaye mu irahira rya Museveni
Hari amakuru avuga ko Rtd. Maj. Robert Higiro wa RNC yagaragaye mu irahira rya Perezida Museveni acungiwe umutekano nâurwego rwâubutasi bwa Uganda CMI. Tariki ya 12 Gicurasi 2021 nibwo umuhango wâirahira rya Perezida wa Uganda Yoweli Kaguta Museveni uheruka gutsinda amatora yo kuwa 14 Mutarama 2021 ryabaye. Maj. Higiro ushinzwe ibikorwa bya gisilikare muri RNC […]
Iruka rya Nyiragongo: Abantu basaga 170 baburiwe irengero, 150 baburanye n’ababo
Abatuye mu bice by’Amajyaruguru ya Goma basubiye mu ngo zabo gusa basanga zahiye nyuma y’uko ikirunga cya Nyiragongo kirutse, Ishami rya LONI riharanira uburenganzira bw’abana (UNICEF) rivuga ko abasaga ku 170 baburiwe irengero mu gihe 150 bo baburanye n’ababo. Mu ijoro ryo kuwa Gatandatu, Nyiragongo yahinduye ikirere umutuku maze iruka amazuku yamanutse akagera hafi ya […]
Amazirantoki y’abatuye Kampala ntiyavamo gas methane-inyigo
Igitangazamakuru cya Leta ya Uganda, The New Vision gitangaza ko hari inyigo yerekanye ko umwanda w’abatuye i Kampala utavamo gas Methane. Iki kinyamakuru ntikivuga inyigo yagaragaje iki kibazo uko yitwa gusa yakozwe na The National Water and Sewerage Corporation (NWSC). Ntigitangaza niba cyaramenye impamvu ituma imvakibuno y’ab’ i Kampala itavamo ingufu za methane gusa ngo […]
RIB yataye muri yombi batandatu bagendaga mu modoka bigize REG bakiba insiga z’umuriro
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi abantu 6 bakurikiranweho icyaha cyâubujura bwâinsinga zâamashanyarazi bigize nk’abakozi ba REG. RIB ivuga ko aba bakoreshaga imodoka ya gisivili imeze nk’iya REG bakajya kuri sitasiyo za REG bakiba insiga zâumuriro wâamashanyarazi ziharunze bakajya kuzigurisha.
Ibiganiro ku gukorera inkingo za COVID-19 mu Rwanda bigeze kure-Perezida Kagame
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yabwiye abitabiriye Inama Mpuzamahanga ku Buzima âGlobal Health Summitâ ko ibiganiro ku gukorera mu Rwanda inkingo za COVID19 bigeze kure. Iyi nama yahuje abayobozi bo ku rwego ruhanitse harimo abakuru bâibihugu na za Guverinoma ndetse nâabayobozi bakuru bâimiryango mpuzamahanga yita ku buzima. Kagame yavuze ko impinduka zazanywe nâicyorezo cya Covid-19 […]
Rema ‘ameranye nabi’ n’umugabo we ku buryo byagera no kuri gatanya
Amakuru avuga ko umuhanzi Rema Namakula ameranye nabi n’umugabo we Hamza Ssebunya ku buryo bombi bashobora no gutandukana. Rema uherutse gukorana indirimbo na The Ben, ngo ntameranye neza n’umugabo we nk’Blizz ibitangaza. Ntibizwi ngo barapfa iki, gusa ngo ni bwo bwa mbere aba bombi bashwana kuva batangira kubana. Mu gihe ibi byari bigihwihwiswa, ibyabereye kuri […]
Gen Elwelu ku gitutu nyuma y’imvugo ye ku bwicanyi bwa Kasese
Umugaba w’Ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, Lt Gen Peter Elwelu ari ku gitutu nyuma yo kuvuga ko ibyabereye mu Karere ka Kasese mu 2016, ubwo we n’abo ayoboye bateraga Ubwami bwa Nzeruru, hakagwa abagera ku 153 abandi bagafungwa ntacyo bitwaye kuko n’ubundi hapfuye abanyabyaha, bari babikwiriye. Gen. Elwelu kuri uyu wa 18 Gicurasi 2021 […]
Rusesabagina na bagenzi be basabwe Frw miliyari ebyiri
Mu rubanza Paul Rusesabagina n’abo bareganwa bakurikiranyweho ibyaha birimo iby’iterabwoba uyu munsi humviswe abaregera indishyi. Abo barimo ibigo binini n’abantu ku giti cyabo bagera kuri 80. Bose bavuga ko ibyabo byangijwe n’ibitero by’inyeshyamba za FLN Rusesabagina yari abereye umugaba w’ikirenga. Basaba indishyi zikabakaba miliyari ebyiri z’Amafaranga y’Amanyarwanda. Hari umugore wiciwe umugabo usaba Frw miliyoni 100 […]
lmana yirigwa i Rwanda igataha i Burundi- Umuturage yumvise ko Nkurunziza yagizwe umuyobozi w’ikirenga
Umwe mu baturage b’Abarundi, Claver Nzohayimana Sinarinzi yagaragaje ibyishimo byo kumva ko Inteko ishinga amategeko y’u Burundi kuri uyu wa Kane, yatoye umushinga w’itegeko rigira Pierre Nkurunziza wahoze ari Perezida wa kiriya gihugu umuyobozi w’ikirenga mu gukunda igihugu. Ni igikorwa cyahuriranye no kwimura itariki u Burundi bwizihirizagaho Umunsi wo Gukunda Igihugu, wavanwe ku itariki ya […]
BAL: Umukino umwe wasubitwe
Uyu ni umunsi wa Gatanu wâirushanwa Basketball Africa League, (BAL) ribera mu Rwanda gusa umwe mu mikino yarasubitswe kubera Coronavirus. Umukino wagombaga guhuza Zamalek yo mu Misiri na Groupement Sportif des Petroliers yo muri Arijeriya ejo ku wa Gatatu warasubitswe kubera ko hagaragaye umwe mu bakinnyi wanduye Covid-19. VOA
Hashize imyaka 30 mbyumva-Amb. Karega
Ambasaderi wâu Rwanda muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Vincent Karega yavuze ko amaze imyaka 30 yumva ibyiwa balkanisation; u Rwanda rwigarurira bimwe mu bice bya RDC. Imvugo âBalkanisationâ, yatangijwe nâabarimo Arikiyepiskopi wa Kinshasa, Cardinal Fridolin Ambongo na Adolphe Muzito wabaye Minisitiri wâIntebe wa RDC, akaba nâUmuvugizi wâIhuriro Lamuka rya Martin Fayulu watsinzwe amatora […]
Ibitero kuri Gaza byatanze umusaruro wa gisirikare ukomeye- Gen Gantz wa Israel
Minisitiri w’ingabo wa Israel Beny Gantz yatangaje kuri Twitter ko ibitero kuri Gaza byatanze “umusaruro wa gisirikare ukomeye”. Ni nyuma y’aho agahenge katangiye kuva ku masaha y’igicuku cyo kuwa Gatanu. Hahagaritswe imirwano yo kurasanaho ibisasu imaze iminsi 11 isize abantu barenga 240 bafpuye, benshi ni abo muri Gaza. Abanyapalestina bahise bisuka mu mihanda ya Gaza […]
Hari abavuga ko ikibazo cy’ihanurwa ry’indege ya Habyarimana cyirengagijwe
Mu gihe u Rwanda n’ u Bufaransa bari mu nzira nziza yo kunoza umubano, hari abavuga ko ikibazo cy’ihanurwa ry’indege ya Juvenal Habyarimana cyirengegijwe n’impande zombi. Nyuma y’ibyegeranyo byateguwe mu gucukumbura ukuri ku ruhare rw’Ubufaransa muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 (Raporo Duclert) n’iy’ u Rwanda (Raporo Muse) abayobozi b’ibihugu byombi bamaze kugaragaza ko bashimishijwe […]
Impamvu udashaka umugore ni uko uryama mu mashuka y’umweru- Kabarebe abwira Gashumba
Umunyamideli, ikimenyabose n’umushabitsi, Doreen Kabarebe avuga ko Frank Gashumba na we w’ikimenyabose atarashaka undi mugore kuko arara mu mashuka y’umweru. Aganira na Galaxy FM, Kabarebe yavuze ko amakuru y’uko yaba ari mu rukundo na Gashumba, se w’ikimenyabose, Sheila Carol Gashumba. Gashumba nta mukunzi aragira kuva yatandukana na nyina wa Sheila, ingingo ituma bikekwa ko yaba […]
Uganda igiye kubaka umuhanda ujya mu Burundi unyuze Tanzania mu rwego rwo ‘kwirinda u Rwanda’
Umunyamakuru wa Televiziyo ya NBS muri Uganda, Canary Mugume atangaza ko hari gahunda ya Uganda yo kubaka umuhanda uva muri icyo gihugu, ukagera i Bujumbura unyuze muri Tanzania mu rwego rwo kwirinda gukomeza guhura n’ingorane zo kunyura mu Rwanda. Mugume, umwe mu banyamakuru bubashywe muri iki gihugu kuri uyu wa 20 Gicurasi 2021, yazindutse yandika […]
Rihanna mu rukundo
Umuraperi w’Umunyamerika ASAP Rocky yatangaje ko ari mu mubano w’urukundo n’umuririmbyi Rihanna. Mu kiganiro n’ikinyamakuru GQ, uyu muraperi yavuze ko Rihanna ari “urukundo rw’ubuzima bwanjye”. Ibihuha ku kuba aba bahanzi b’ibyamamare baba barimo kureshyanya byatangiye mu ntangiriro ya 2013, ubwo uwo muraperi yashyigikiraga Rihanna mu bitaramo bizwi nka Diamonds World Tour yakoreye mu bice bitandukanye […]
Dore izindi mpamvu zaba zaratumye inama ya CHOGM isubikwa
Ku itariki ya 7 Gicurasi 2021, nibwo ku nshuro ya kabiri inama yâabakuru bâibihugu bigize Commonwealth, CHOGM, yagombaga kubera i Kigali yasubitwe, bitewe nâikwirakwira ryâicyorezo cya Covid-19 gusa ubu haravugwa izindi mpamvu ziyongeraho. Uretse Coronavirus, CHOGM ngo yaba yarasubitswe nyuma yâibiganiro Ubunyamabanga Bukuru bwa Commonwealth bwagiranye nâibihugu binyamuryango bya Commonwealth, bikaza kugaragara ko byinshi bidafite […]
Ndabona warahindutse- Bimwe mu byabwiwe Perezida Kagame mu kiganiro n’abajenerali b’Abafaransa
Mu kiganiro giheruka guhuza Perezida Kagame nâabahoze bayobora ingabo zâu Bufaransa hagati yâumwaka wa 1990 na 1994 zari mu Rwanda, harimo ko umwe mu bari bakirimo, Yannick GĂ©rard wahoze ahagarariye u Bufaransa i Kampala yabwiye Perezida Kagame ko abona yarahindutse. Prof Vincent Duclert wakoze Raporo yerekanye uruhare rwâ u Bufaransa muri Jenoside yakorewe Abatutsi muri […]
Umuhungu wa Gen Wilson Irategeka yakoze ku mutima urukiko
Mu Rwanda uno munsi urukiko ruburanisha imanza z’iterabwoba n’izambukiranya imipaka rwakomeje kumva abaregwa mu rubanza rwa Paul Rusesabagina na bagenzi be baregwa ibyaha birimo iterabwoba. Batatu bireguye kuwa 19 Gicurasi 2021 bemeye ko babaye abarwanyi mu mutwe wa FLN ariko bashimangira ko binjiye mu gisirikare ku gahato. Ndagijimana Jean ChrĂ©tien w’imyaka 24, ni umuhungu wa […]
Umu-DASSO ‘yakubise’ umuturage amumena ijisho
Usabuwera Jean Baptiste, umukozi wâurwego rwunganira akarere mu mutekano (DASSO), aravugwaho ko mu ijoro ryo kuri uyu wa 18 Gicurasi 2021 ahagana ku i Saa mbiri mu Kagari ka Ngoma, Umurenge wa Nyamiyaga ahazwi nko ku Nkambi, yakubise inkoni umuturage akamumena ijisho. Amakuru avuga ko uyu DASSO yasanze abantu bashyamiranye barwana, agafata inkoni bivugwa ko […]
Nta byishimo uzagira kugeza igihe uzaba wikinishirije-Umunyamakuru wa K FM
Umunyamakuru wa Radio KFM yo muri Uganda, Maritza avuga ko abantu bakwiriye nibura kuzajya bikinisha rimwe na rimwe kugira ngo bamenye ibyishimo bya nyabyo. Uyu uzwi nka Mama KLA akora ikiganiro gikunzwe cyitwa D Mighty Breakfast, avuga ko ari uburyo bumwe bwafasha abantu kumenya ibyiza byo gutera akabariro. Kuri Twitter, ati ” Ntekereza ko ahubwo […]
Akon yavuye muri Uganda igitaraganya
Umuhanzi Aliaune Damala Badara Akon yavuye muri Uganda byihuse, asiga umugore we, Rozina Negusei muri icyo gihugu nyuma yo kumenya ko umwe mu bahungu be yanduye Coronavirus. Akon wari wahageze ubwo Museveni yarahiraga ndetse ari no gukora inama ku bijyanye no gushora imari, yahisemo kuba asubiye muri Amerika adasoje icyamuzanye kubera umuhungu we. Amakuru ari […]
Israel ivuga ko izakomeza kurasa muri Gaza kugeza ituze ribonetse
Minisitiri w’intebe wa Israel Benjamin Netanyahu avuga ko ibitero bya Israel kuri Gaza bimaze iminsi icyenda byasubije Hamas inyuma imyaka myinshi kandi ko bigikomeza kugeza ituze ribonetse. Israel n’amatsinda y’intagondwa z’Abanye-Palestina zo muri Gaza bongeye kurasana nijoro kugeza mu masaha yo mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu nk’uko BBC ibitangaza. Abakozi babiri b’abanyamahanga bakora […]
Mumenye neza ubukire bwanjye mbere yo kunshyira ku rutonde rwanyu rw’ubugoryi- Diamond kuri Forbes
Umuhanzi Diamond Platnumz yiyamye Forbes yamushyize ku mwanya wa 28 mu bahanzi bakize muri Afurika, avuga ko urwo rutonde rwayo ari ” urw’ubugoryi”. Ni ibintu asanga byarakozwe hashingiwe ku makuru make bamufiteho. Kuri Instagram Ati :” Ubutaha muzashakishe neza muri Google kuri njye mumenye ubukire bwanjye mbere yo kunshyira kuri lisiti yanyu y’ubugoryi y’abahanzi bakize […]
Urutonde rw’abahanzi bakize muri EAC ruyobowe n’umugore
Urutonde rwa Forbes muri uyu mwaka wa 2021 rwashyize hanze abahanzi bakize ku mugabane wa Afurika. BWIZA irakugezaho uko abo mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba (EAC) bakurikirana n’imyanya bafite ku mugabane wa Afurika muri 30 ba mbere. 1. Akothee ufite miliyoni $10 Esther Akoth uzwi nka Akothee Ni Umunya-Kenyakazi. Ni umuhanzi akaba n’umushabitsi. Forbes yamuhaye […]
Bari bakwiriye urupfu- Gen Elwelu ku gitero yayoboye Kasese kikica abasaga 100
Umugaba w’Ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, Lt Gen Peter Elwelu avuga ko ibyabereye mu Karere ka Kasese mu 2016, ubwo we n’abo ayoboye bateraga Ubwami bwa Nzeruru, hakagwa abagera ku 153 abandi bagafungwa ntacyo bitwaye kuko n’ubundi hapfuye abanyabyaha, bari babikwiriye. Ku wa 27 Ugushyingo 2016, nibwo hagabwe igitero ku rugo rwâUmwami Charles Wesley […]
Dr Kayumba yasabwe kwishyura amande y’imodoka ‘itari iye’

Umuyobozi w’Ishyaka, Rwandese Platform for Democracy (RPD), Dr Kayumba Christopher avuga ko Polisi y’u Rwanda yamusabye kwishyura amande ya Frw 25,000 yo kuba yari atwaye ku muvuduko utemewe n’amategeko yo gukoresha umuhanda. Uyu munyepolitiki kuri Twitter, avuga ko iyi modoka, agendeye ku birango byayo atari iye. Ati ” Nabonye ubutumwa buvuye kw’irembo ndetse na polisi […]
Rutsiro: Abagana Akagari ka Bugina kwiherera ni ‘ ukwiyeranja’
Bamwe mu baturiye ibiro byâakagari ka Bugina ko mu murenge wa Gihango mu karere ka Rutsiro nâabahasaba serivisi, barinubira ko ubwiherero bwâako kagari bwaguye ntihihutirwe gushaka ubundi,bityo ubu bikaba bisaba kwiyeranja (kwirwanaho). Ibiro byâakagari ka Bugina byubatse mu mudugudu wa Karambi ,aho bamwe mu bahasaba serivisi kimwe nâabahaturiye bahuriza ku mbogamizi baterwa no kuba hashize […]
Haravugwa ubugambanyi muri Etincelles FC
Ubuyobozi bwa Etincelles FC bwabwiye abakinnyi bayo ko bugiye gukora iperereza kuri bamwe muri bo bakekwaho kuyigambanira bikaba impamvu yo gutakaza imikino yose yatsinzwe. Ubu bugambanyi buvugwa muri Etincelles FC bwatangiye kunuganugwa nyuma yâuko itsinzwe imikino ibiri (ubanza nâuwo kwishyura) na Musanze FC. Ibi kandi, byongeye kugira imbaraga ubwo umunyezamu wayo, Nsengiyumva Emmanuel âBiganzaâ, yavaga […]
Kaminuza ya Gitwe yaba igiye gufungura imiryango?
Uyu munsi, Guverineri w’Intara y’Amajyepfo n’abandi bayobozi bagiranye inama n’ubuyobozi bwa Kaminuza ya Gitwe hareberwa hamwe icyakorwa ngo isubukure amasomo. RBA niyo yatangaje ibi gusa nta byinshi yamenyesheje Abanyarwanda kuri iyi ngingo. Iyi kaminuza ariko itsinda ryâabantu 16 barimo abayobozi bakuru bayo, ku wa Gatatu 23 Mutarama 2019 ryakiriwe mu nteko ishingamategeko, muri komisiyo yâuburezi […]
Tanzania igiye gutumiza inkingo za Covid-19 inayitangeho amakuru
Itsinda ryashyizweho na leta ryagiriye inama guverinoma ya Tanzania gutekereza kuzana inkingo za Covid-19 no gutangaza amakuru y’iki cyorezo mu gihugu. Kuva mu kwezi kwa gatanu umwaka ushize Tanzania – igitegekwa na John Magufuli, yahagaritse gutangaza amakuru agendanye na coronavirus. Inkingo za Covid zimaze kwemezwa ku isi, Perezida Magufuli – wapfuye mu kwezi kwa gatatu […]
Yasohotse ahaberaga ubukwe arigendera asize umugeni kubera ibintu bitanu bitangaje sebukwe yari amusabye
Umusore witwa Okwudili wo mu gace ka Isiala Ngwa muri Leta ya Arabia muri Nigeria yasohotse muri sare yaberagamo umuhango wo gusaba no gukwa nyuma yo gusabwa n’uruhande rwo kwa sebukwe ibintu bitangaje kuko bitamenyerewe mu bukwe. Uyu musore yasabwe kwishyura ibirimo: Ibikoresho nk’intebe n’ibindi nkenerwa by’ahari bubere ubukwe, ibirirwa n’ibinyobwa bifite agaciro k’amanayira 100,000, […]
Uko uwari Amb. wa Tanzania mu Rwanda yarusimbutse ubwo Habyarimana na Ntaryamira bicwaga

Ali Hassan Mwinyi wayoboye Tanzania avuga ko ambasaderi w’igihugu cye mu Rwanda mu 1994, Saleh Boi Tambwe yari mu bantu bari kugenda mu ndege yarimo Perezida w’ u Rwanda, Juvenal Habyarimana gusa ngo bikarangira ku munota wa nyuma atayigiyemo bityo akarokoka urupfu rwamuhitanye, rudasize na mugenzi we w’ u Burundi, Cyprien Ntaryamira. Mu gitabo cye, […]
Uko ubwirinzi bwa ‘Iron Dome’ bwa Israel bwayifashije gushwanyaguza ibisasu 3,000 bivuye muri Gaza
Imirwano ikomeye itaherukaga kuboneka mu myaka myinshi hagati ya Israel na Gaza ubu iri gutuma haboneka amashusho akomeye y’ibisasusu binyuranamo mu kirere. Igisirikare cya Israel kivuga ko intagondwa z’Abanye-Palestina zarashe rokete zirenga 3000 kuri Israel mu gihe cy’icyumweru gishize. Ariko hafi 90% y’izo rokete zashwanyujwe n’ubwirinzi bwa za misile buzwi nka ‘Iron Dome missile defence […]
Musanze: Umuhungu w’imyaka 15 yasambanyije ihene ihaka bukeye irahurumura
Umuhungu uri mu kigero cy’imyaka 15 wo mu Mudugudu wa Kigasa, Akagari ka Mburabuturo mu Murenge wa Muko mu Karere ka Musanze, ahitwa mu Mugara abaturage bavuga ko ari mwene Nsenga, yasambanyije ihene ihaka ya Mama Yvonne, bucya yahurumuye. Umwe mu baturage bahaye BWIZA amakuru avuga ko nyir’ubwite yamuhamirije ko ihene ye yafashwe mu cyumweru […]
Uwiyita Faustin Twagiramungu yashinje Dr Kayumba gukorana na Kayumba Nyamwasa

Konti ya Twitter y’uvuga ko ari Faustin Twagiramungu yahagurukije Umuyobozi w’Ishyaka Rwandese Platform for Democracy, RPD, Dr Kayumba Christopher, yamagana ibyo imushinja ko akorana n’ishyaka rya Rwanda National Congress, RNC, ya Kayumba Faustin Nyamwasa wahungiye muri Afurika y’Epfo. Iyi konti yerura ikavuga ko ari iya Faustin Twagiramungu uzwi nka Rukokoma, wigeze kuba Minisitiri w’Intebe w’u […]
RIB yafunze umukozi wo muri REMA
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwafunze Dufatanye Israel, umukozi mu kigo cy’Igihugu gishinzwe kubungabunga ibidukikije (REMA) ukurikiranyweho kwaka ruswa hagamijwe gukora ibinyuranye nâamategeko. RIB kuri Twitter ivuga ko ” Uwafashwe ubu afungiye kuri sitasiyo ya RIB ya Kicukiro mu gihe iperereza rikomeje kugirango hakorwe dosiye ishyikirizwe Ubushinjacyaha.” RIB iraburira abaturarwanda bishora mu bikorwa byo kwaka no […]
Ibikorwa bibiri Perezida Kagame yakoze bigashegesha burundu FDLR
Hakizimana Bahati Jean Bosco ukomoka mu Karere ka Nyabihu, ni umwe mu bahoze muri FDLR, aza gutahuka kuri ubu akaba ari rwiyemezamirimo ndetse akaba ari umuhanzi ukoresha amazina ya Pastor Bahati, avuga ko hari ibikorwa bibiri Perezida Kagame yakoze bishegesha bikomeye umutwe wa FDLR. Uyu mugabo wâimyaka 38 yâamavuko yatanze ubuhamya bwâubuzima yabayemo imyaka 18 […]
Mozambique: Gutabara imbwa n’abazungu abirabura bagasigara biribazwaho
Ishyirahamwe mpuzamahanga riharanira uburenganzira bwa muntu (Amnesty International) rivuga ko abatabara abantu muri Mozambique muri Werurwe, bihutiye gutabara imbwa n’abazungu bari muri hoteli, bagasigamo abirabura. Ubwo abyitiriraga Islam bagabaga ibitero muri Mozambique, abatabara bavanye abazungu n’imbwa ebyiri muri hoteli, bahasiga abirabura nk’uko abarokotse babitangaje. Uyoboye Amnesty International muri ako karere, Deprose Muchena yavuze ati: “Izi […]
Ibi bintu nyamara mukoresha abantu bambaye ‘civile’ mu kazi bagafata umuntu nk’abamushimuse ni bibi- Umuturage abwira polisi
Igipolisi cy’u Rwanda cyatangaje ko abapolisi bambaye imyenda ya gisivili bafashe umugabo wari watorotse kasho ya polisi i Musanze, ariko uko uyu mugabo yafashwe byanenzwe n’abantu benshi, hari uwavuze ko bisa no gushimuta. Amashusho yashyizwe ku rubuga rwa Twitter, yafatiwe mu Mujyi wa Musanze agaragaza abagabo bane bambaye imyenda ya gisivile bateruye umugabo bamushushubikanya, kandi […]
Umugore wa Katauti ari guteretwa n’umuhanzi wo muri Uganda

Umugore wa Ndikumana Amad Katauti wakiniye Amavubi, Irene Uwoya uzwi nka Oprah ari mu rukundo n’umuhanzi, Chozen Blood wo muri Uganda. Abenshi bamuzi mu ndirimbo nka Obuwala, Waddawa aho yari kumwe na Sheebah Karungi. Amakuru ari mu bitangazamakuru avuga ko aba bombi baba bari kumwe kenshi igihe uyu muhanzi aba ari muri Tanzania. Umuntu we […]
Mwanza: Umwarimu basanze aryamanye ku gitanda kimwe n’abakobwa babiri yigisha muri ‘primaire’
Umwarimu witwa Martin Mambosasa wigisha mu ishuri ribanza mu Ntara ya Mwanza mu Karere ka Magu, ari mu mazi abira nyuma yo gufatanwa abana babiri b’abakobwa yigisha mu mashuri abanza (primaire), aryamanye nabo mu gitanda kimwe. Umuyobozi w’Akarere ka Magu, Salum Kalii avuga ko uyu Mambosasa yagiye akora ibi bikorwa mu myaka irindwi ishize ndetse […]
Kinshasa: Umwe yapfuye, abandi bakomerekera mu ikozanyaho ry’Abasilamu bari mu isengesho
Umupolisi yapfuye mu murwa mukuru wa Repubulika iharanira demokarasi ya Congo mu mirwano yashyamiranyije ibice bibiri by’Abasilamu mu gihe bari bagiye gutangira isengesho ry’irayidi muri stade. Ibi bice bishingiye ku buyobozi bw’iri dini byari byumvikanye kurangiza ukwezi gutagatifu kwa Ramadhan bisengera hamwe kugira ngo bigaragaze ko byiyunze. Sylvano Kasongo ukuriye polisi i Kinshasa yavuze ko […]
Mufti w’u Rwanda yasabye Abayislamu kwirinda ubusabane
Mufti w’u Rwanda, Sheikh Salim Hitimana yibukije Abayislamu kwirinda ubusabane kuri uyu munsi mukuru wa Eid al-Fitr, umunsi usoza Igisibo Gitagatifu cya Ramadhan, mu gukomeza kwirinda icyorezo cya Covid-19 cyugarije isi n’u Rwanda muri rusange. Kuri Stade ya Kigali i Nyamirambi niho haramukiye isengesho ry’umunsi mukuru wa Eid El Fitr, umunsi mukuru usoza igisibo gitagatifu […]
Grace Mugabe yasabwe gutaburura umugabo we Robert Mugabe
Grace Mugabe, umugore w’uwahoze ari Perezida wa Zimbabwe Robert Mugabe, yahamagajwe n’urukiko gakondo (gacaca) ashinjwa kumushyingura “mu buryo butabereye”. Madamu Grace arimo gushinjwa kurenga ku muco agashyingura uwo wari umugabo we mu rugo rw’umuryango, aho kumushyingura “ahatoranyijwe na benewabo [abo mu muryango we] ndetse na nyina”. BBC dukesha iyi nkuru ivuga ko mu ibaruwa yanditswe […]
Abarwanyi bayobowe na Col. Makanika bagabye igitero i Masango ibintu biradogera
Abarwanyi ba Twirwaneho bakuriwe na Koloneli (Col.) Michel Rukunda uzwi nka Makanika kuwa Gatatu mugitondo kare bateye abarwanyi ba MaĂŻ-MaĂŻ Biloze Bishambuke i Masango muri chefferie ya Bavira, ibintu birushaho kuzamba. Kuva mu ntangiriro z’iki cyumweru habaye imirwano ikomeye y’imitwe y’inyeshyamba muri chefferie za Bavira na Bafuliiru mu misozi miremire ya teritwari ya Uvira, nk’uko […]
Rubavu:Umugabo yagiye kurega umugore we ko amuca inyuma agarukanye na polisi basanga ari gusambana (amafoto)

Umugabo witwa Manishimwe Samuel wâimyaka 30 yâamavuko utuye mu Mudugudu wa Mubuga Akagari ka Gikombe, Umurenge wa Rubavu yagiye Kuri polisi kurega umugore we ko ari kumuca inyuma ubwo asubiranyeyo na polisi asanga koko umugore we arimo gusambana nâundi mugabo. Biravugwa ko ibi byabaye kuri uyu wa Kabiri Tariki 11 Gicurasi 2021 mu masaha yâumugoroba. […]
Ubwoko bwa Covid-19 bwayogoje u Buhinde bwageze mu kindi gihugu gituranye n’u Rwanda
Ibindi bihugu bitatu byo muri Afurika birimo umuturanyi w’ u Rwanda mu Burengerazuba, Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, Algeria na Nigeria – ubu byatahuye ubwoko bwa coronavirus bwo mu Buhinde, nkuko Dr Ngoy Nsenga wo mu ishami rya ONU ryita ku buzima (OMS/WHO) yabibwiye BBC. Uko kwemezwa n’umukozi wo muri OMS gutumye ibihugu byo muri […]
Idamange yabwiye urukiko ko hari abacungagereza ‘bamubwiye ko basabwe kumucisha bugufi’
Urubanza rwa Idamange Yvonne Iryamugwiza rwatangiye kuburanishwa mu mizi n’urukiko rwakoreye mu Karere ka Nyanza mu gihe we yari i Kigali muri gereza afungiyemo, gusa avuga ko hari abacungagereza bamubangamiye. Idamange yavuze ko afite ikibazo cy’umutekano muri gereza afungiyemo kuko ngo abacungagereza bamubangamira, ndetse hari abamubwiye ko ‘basabwe gucisha bugufi Yvonne’. Yavuze ko ibyo bikorwa […]
Abanyarwanda babiri bafungiwe i Lilongwe
Abanyarwanda babiri; Ufitese Celistin na Kacyatwa Sector, bafatiwe muri Malawi bakurikiranweho kuhatura mu buryo bunyuranyije nâamategeko, bakaba bafungiwe mu Murwa Mukuru w’icyo gihugu, Lilongwe. Malawi yafashe iki cyemezo nyuma yâuko bitegetswe nâ Umucamanza mu Rukiko rwa Mangochi ku wa 10 Gicurasi 2021 nk’uko Malawi24 dukesha iyi nkuru ibitangaza. Uyu mwanzuro wo kohereza mu Rwanda Ufitese […]
Muhura: Umwarimu ukekwaho gucuruza abo yigisha mu bandi bagabo yasanzwe asambanya umwe ufite imyaka 18
Umwarimu ufite imyaka 41 wigisha muri G. S. EAR Muhura, mu Murenge wa Muhura, mu Karere ka Gatsibo, yaguwe gitumo asambana umunyeshuri yigisha ufite imyaka 18 yâamavuko. Ahita atabwa muri yombi. Uyu mwalimu yari amaze iminsi akekwaho gusambanya abana yigisha abandi ngo akabacuruza hirya no hino mu bandi bagabo. Iki cyaha ngo yagikoreye mu Kagari […]
2019-2020: Ibigo bitatu bya leta byonyine byayihombeje Frw miliyari 40
Raporo yâumugenzuzi mukuru wâimari ya leta yâumwaka wa 2019/2020 yamurikiwe abagize Inteko Ishinga Amategeko imitwe yombi, igaragaza ko amafaranga yakoreshejwe nabi yari kuri miliyari 5.7 mu gihe ibigo bya Leta nka WASAC, REG, EUCL bimaze guhomba miliyari 40. Ibi bigo kandi biri mu birebwa n’ingingo yo kuba kugeza ubu inama zitangwa nâumugenzuzi mukuru wâimari ya […]
Gaston Sindimwo wahoze ari visi-perezida yirukanwe mu ishyaka
Ishyaka ry’abadasigana UPRONA ryafashe umwanzuro wo kwirukana abagabo batatu barimo uwahoze ari visi-perezida ku butegetsi bwa Pierre Nkurunziza mu Burundi, Gaston Sindimwo kuri ubu akaba ari umudepite. Mu bandi UPRONA yeretse umuryango usohoka harimo uwahoze ari umusenateri, Anicet Niyongabo na Ambasaderi Isidore Mbayahaga. Aba VOA ivuga ko bazize gusebya iri shyaka, kurisiga icyasha no gusebya […]
Boko Haram yahaye abaturage impano zirimo amafaranga n’ibiribwa (Amafoto)

Umutwe wa Boko Haram wahoze witwa Jam?âat Ahl as-Sunnah lid-Daâwah waâl-Jih?d watanze ibiribwa n’amafaranga ku baturage baYobe na Borno kugira ngo babashe gukora neza Ramadhan mu byishimo. Ibinyamakuru byo muri Nigeria birimo Sahara Reporters bivuga ko Boko Haram yatanze ibiribwa birimo: Umuceri, ibishyimbo, uburo, ibigori, amakaroni ndetse n’amafaranga. Umwe mu bo mu nzego z’umutekano yavuze […]
Kamwokya yujujwemo ibimodoka by’intambara mu gihe Bobi Wine bivugwa ko na we yiteguye kurahira (Amafoto)

Ibimodoka bya gisirikare byinshi byashyizwe mu gace ka Kamwokya ubusanzwe karimo Ibiro by’Ishyaka National Unity Platform (NUP) ya Robert Kyagulanyi Ssentamu uzwi nka Bobi Wine. Amafoto akomeje gucicikana ku mbuga nkoranyambaga arerekana ibimodoka byinshi muri ako gace. Umuvugizi wa Polisi ya Uganda, Fred Enanga yari yatangaje ko Bobi Wine nawe bamenye amakuru ko uyu mugabo […]
Kuki Gen. M. Itno Déby yihutiye kuvugana na Perezida Kagame?

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, ku wa 5 Gicurasi 2021 yakiriye umuhungu wa nyakwigendera Marshal Idris DĂ©by Itno witwa Abdelkerim Deby Itno, akaba murumuna wa Perezida Gen. Mahamat DĂ©by Itno wasimbuye umubyeyi we ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu wa Tchad. Kubonana na Perezida Kagame mu buryo bw’intumwa kwabayeho nyuma y’iminsi mike Perezida Deby yishwe […]
Ubwato bwa Amerika bwarashe ku bwa Iran muri Hormuz
Ubwato bwa Amerika bukora akazi ko kurinda bwarashe amasasu yo kuburira ku mato ya Iran yariho yegera amato ya gisirikare ya Amerika mu muhora wa Hormuz, nk’uko bivugwa na Pentagon. Minisiteri y’ingabo za Amerika, Pentagon, ivuga ko amato 13 anyaruka cyane y’ingabo zirwanira mu mazi za leta ya Iran kuwa mbere yasatiriye amato ya Amerika […]