Zimbabwe: Robert Mugabe yavuze uruhande ashyigikiye mu matora yo kuri uyu wa Mbere
Mbere yâumunsi umwe ngo amatora yâumukuru wâigihugu ateganyijwe muri Zimbabwe abe, Robert Mugabe wahoze ayoboye iki gihugu yatangaje ko atazashyigikira uwamusimbuye muri Zanu-PF, Emmerson Mnangagwa nyuma yo kwirukanwa ku ngufu mu ishyaka yishingiye. âS inshobora gutora abo banteje ibibazo, â uwo ni Robert Mugabe wakomeje agira ati: â Nzakora amahitamo yanjye mu bandi bakandida 22 […]
Itangazo ryo kubika Munyakariza Viateur
Umuryango wa Munyakariza Viateur warutuye mu karere ka Bugesera (l’arĂ ÂȘte) , ubabajwe no ku kubamenyesha ko Munyakariza Viateur yitabye Imana ejo tariki 28/7 2018 akazashingurwa tariki 30/7/2018. Umuhango wo kumuherekeza uzabera kuri Centrale ya Cyeru mu karere ka Bugesera, umurenge wa Ntarama, akagari ka Kanzenze. Azashingurwa mu irimbi rya Mayange. Inshuti n’avandimwe twifatanye n’abasigaye kumuherekeza. […]
Uganda: Urukiko rwakatiye abarobyi 35 bâAbanyekongo
Abarobyi 35 bâAbanyekongo hagati muri uku kwezi kwa karindwi bakatiwe igifungo kiri hagati yâimyaka ibiri nâimyaka itatu mu gihugu cya Uganda nyuma yo kubahamya ibyaha byâuburobyi butemewe no kwinjira mu mazi yâiki gihugu binyuranyije nâamategeko nkâuko amakuru ava mu nzego zâumutekano yatangajwe kuri uyu wa Gatandatu avuga. â Dufite Abanyekongo 35, barimo 31 bemeye icyaha […]
Ku mbibi zâigihugu nkâingabo zâigihugu dushinzwe umutekano ni mwiza 100% – Col. Pascal Muhizi
Umuyobozi wâingabo mu turere twa Rubavu na Nyaruguru, Col Pascal Muhizi yijeje abaturage ko umutekano ku mbibi zâigihugu aho bashinzwe umutekano wifashe neza neza 100%, abasaba kwima amatwi ibivugwa nâabarwanya ubutegetsi bari hanze yâigihugu kuko ngo ntaho bamenera ngo bahungabanye umutekano. Col Pascal Muhizi uyobora ingabo mu turere twa Nyabihu na Rubavu mu nama nâabaturage […]
Burera: Polisi yafashe amaduzeni 195 yâinzoga zitemewe mu Rwanda na litiro 314 za Kanyanga
Ku bufatanye nâabaturage bo mu karere ka Burera, mu murenge wa Kivuye, mu kagari ka Buhita,mu ijoro ryo ku itariki 26 Nyakanga uyu mwaka; Polisi muri aka karere yakoze igikorwa cyo gufata abo byakekwaga ko binjiza mu gihugu inzoga zitemewe mu Rwanda bazikuye muri kimwe mu bihugu byo muri aka karere gihana imbibi na rwo […]
U Rwanda rugiye kwakira abahoze ari abayobozi muri Afurika 7 bazitabira inama ya ALF
Inama ya 5 ya African Leadership Forum igiye guteranira I Kigali izahuriramo abahoze ari abakuru bâibihugu muri Afurika bagera kuri 7 bazashyira imitwe yabo hamwe bagatekereza ku nzira nshya zo gushora mu mpinduka za Afurika hagamijwe iterambere rirambye. Inama ya African Leadership Forum izabera I Kigali mu Rwanda guhera kuwa 02 kugeza kuwa 03 Kanama […]
Zari yasabye Wema Sepetu kutazamukandagirira mu rugo ku bwâubutumire bwa Diamond
Nyuma yo kumenya amakuru avuga ko Miss Wema Sepetu wahoze akundana na Diamond yatumiwe mu birori byâisabukuru yâumwana we, Zari Hassan yasabye uyu nyampinga kutazamugerera mu rugo. Tiffah ni imfura ya Diamond na Zari, isabukuru yâuyu mwana iteganyijwe ku wa 6 Kanama 2018 muri Afurika yâEpfo. Mu batumiwe hamenyakanye amakuru ko harimo na Wema Sepetu […]
Murumuna wa Perezida Kabila yamusabye kuva ku buyobozi
Umuvandimwe wa Perezida Joseph Kabila, yamusabye kuva ku buyobozi hagategurwa amatora yâuzamusimbura ku mwanya wâumukuru wâigihugu muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Emmanuel Masirika Kabila wâimyaka 32 yâamavuko, asangiye se na Joseph Kabila, akaba ari umuhungu wa Laurent DĂ©sirĂ© Kabila, kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 28 Nyakanga 2018, akaba yagaragaye mu itsinda ryâabasaba Perezida […]
Burundi: Abajura bibye ibikoresho byo mu kiliziya birimo na Ukarisitiya
Abajura bataramenyekana binjiye muri kiriziya ya Paruwasi ya Munyinya bibamo ibikoresho byarimo imbere, badasize na Ukarisitiya. Muri Kiliziya, ukarisitiya ni ikintu gikomeye cyane, benshi banahabwa bafite impungenge mu mitima yabo kuko ifatwa nkâumubiri wa Yezu kirisitu, uyihawe akaba aba agomba kuba afite umutima usukuye, ariko kumva ko zaba zibwe, kikaba atari ikintu cyoroshye. Aba bajura […]
Tubigiyeho byinshi natwe tugiye kubitangiza iwacu – Min. Dr Djalal Adrjoun
Minisitiri wâumuryango nâuburenganzira bwâumwana wo mu gihugu cya Tchad Dr. Djalal Adrjoun Khalil nâabandi bayobozi bazanye mu ruzinduko mu Rwanda, basuye urugo mbonezamikurire yâabana bato ECD Nyagatovu, rwubatse mu Murenge wa Mukarange.Nyuma yo gusura ibikorwa bitandukanye bifasha mu kuboneza imikurire y’abana n’ibifasha abagore kwiteza imbere, yavuze ko mu Rwanda hari byinshi bahigiye bagiye kubitangiza iwabo. […]
  Uganda: Umuyobozi wâurubuga The Investigator yatawe muri yombi mu buryo budasobanutse
Umunyamakuru akaba na nyiri urubuga, The Investigator rwo muri Uganda, Stanley Ndawula, kuri uyu wa Gatanu yatawe muri yombi nâabantu bikekwa ko ari abo mu nzego zâumutekano. Impamvu zâitabwa muri yombi rye, zirimo nâaho yaba afungiye kugeza ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu zari zitaramenyekana mu gihe abayobozi bavuga ko ntacyo bazi kuri ibi […]
Polisi yagaruje ibiro bisaga 140 bya gasegereti yari yibwe muri Rutongo Mining Company
Polisi yâu Rwanda yari imaze iminsi ifite amakuru aturuka mu baturage no mu buyobozi bwâikigo cyâubucukuzi bwâamabuye yâagaciro gikorera mu karere ka Rulindo, mu murenge wa Masoro cyitwa Rutongo Mining Company ko hari abantu biba amabuye muri iki Kigo bakajya kuyacuruza mu buryo bunyuranyije nâamategeko. Ku itariki 25 Nyakanga uyu mwaka Polisi yakoze umukwabu wo […]
RDC: Abantu batanu baguye mu mpanuka yâindege ya kompanyi ya Air Kasai
Abantu bagera kuri batanu baguye mu mpanuka yâindege yo mu bwoko bwa Antonov ya kompanyi yâindege yo muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, yabereye hafi yâumupaka wâiki gihugu na Angola kuri uyu wa gatanu, itariki 27 Nyakanga. Iyi ndege ya kompanyi yâindege ya Air Kasai, yamanutse butosho nyuma yâakanya gato ihagurutse mu Mujyi wa Kamako, […]
Ibyo twakoreye Diamond bibere abandi isomo- ikigo cya BASATA
Ikigo cyâigihugu gishinzwe  ibyâubuhanzi muri  Tanzaniya cyatangaje ko ibyo cyakoreye umuhanzi Diamond Platinumz ubwo cyamubuzaga gukorera ibitaramo bye hanze bikwiriye kubera isomo abandi bahanzi.  Umunyabanga Nshingwabikorwa wa BASATA, Godfrey Mngereza yavuze ko icyemezo cyafatiwe Diamond kuwa 26 Nyakanga ari  uburyo bushya buriho aho umuhanzi wese ugiye kujya hanze agomba kuba yahawe icyemezo […]
Gacinya Denis wayoboye Rayon Sports yagizwe umwere ahita afungurwa
Umunyemari wamamaye cyane kubera umwanya w’ubuyobozi yari afite muri Rayon Sports bwana Gacinya Chance Denid yagizwe umwere nyuma yamezi umunani ari muri gereza akurikiranyweho kunyereza umutungo wa leta abinyujije kompanyi yari abereye umuyobozi Kuri uyu wa Gatanu ni bwo urukiko rwa Rusizi rwategetse ko uyu Gacinya Denis hamwe na Gtaha Jean Paul baregwanaga hamwe barekurwa […]
Burundi: Umuganga yafashe ku ngufu umurwaza w'umukobwa
Polisi yo mu gihugu cyâu Burundi yataye muri yombi umuganga ucyekwaho gufata ku ngufu umukobwa wari umurwaza mu bitaro yari asanzwe avuraho. Umuganga witwa Jean Sibomana yafashwe nâigipolisi cyâu Burundi ku wa Kane tariki ya 26 Nyakanga 2018, akaba akurikiranweho gufata umukobwa utatangajwe amazina wari urwaje umurwayi ku bitaro uyu muganga yavuragaho. Ikinyamakuru Igihe/ Burundi […]
Rusizi: Musenyeri Kayinamura yakirijwe uruhuri rwâibibazo muri ES. Bugarama
Abanyeshuri biga mu ishuri ryisumbuye rya Bugarama riri mu murenge wa Muganza mu karere ka Rusizi bavuga ko bahangayikishijwe cyane nâinyubako zâamashuri bigiramo nâizo bararamo zishaje cyane zimwe zatangiye no kuva iyo imvura nyinshi iguye,kutagira ibibuga byâimikino nâibindi,bakavuga ko bifuza ko byakemuka bakiga mu buryo bwiza. Bavuga ko iyo Leta ihohereje abana hajyayo bake cyane […]
Muhanga: Gufungwa bya hato na hato ni kimwe mu bibangamira abakora uburaya
Bamwe mu bakora uburaya mu mujyi wa Muhanga bavuga ko imbogamizi zikomeye bahura nazo ari ugufungwa kwa hato na hato igihe bari mu kazi kabo. Uwimana Immaculee umwe mu bakora uwo mwuga benshi bita ugayitse, muri uyu mujyi wa Muhanga avuga ko ubu bagenzi babo 18 bafungiwe mu kigo cyakira inzererezi cya Mushubati aba ngo […]
Urukiko rwanzuye ko Perezida Museveni yemerewe kongera kwiyamamaza mu gihe yaba abishaka
Urukiko rushinzwe kubungabunga itegekonshinga rwa Uganda, rwanzuye ko Perezida Yoweri Kaguta Museveni yemerewe kongera kwiyamamaza ku nshuro ya gatandatu mu gihe yaba abishaka. Uyu mwanzuro w’urukiko wafashwe kuri uyu wa Gatanu tariki ya 27 Nyakanga 2018, uje ushimangira impinduka zari zakozwe mu itegekonshinga rya Uganda. Izi mpinduka zari zemejwe n’inteko ishingamategeko mu kwezi kwa cumi […]
Perezida Kagame yabwiye Inama ya BRICS 2018 impamvu ari ngombwa gukorana na Afurika
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yijeje abitabiriye inama yâUmuryango wâIbihugu bifite umuvuduko mu iterambere izwi (BRICS) ya 2018, ko Abanyafurika barimo guharanira Afurika Yunze Ubumwe ishyize hamwe kandi ifite imbaraga izazamura imiyoborere ku mugabane ndetse nâubufatanye nâabafatanyabikorwa bo hirya no hino ku Isi. Ibi akaba yabivugiye mu gihugu cya Afurika yâEpfo mu Nama ya BRICS2018 […]
Abakozi bâIbitaro bya Rutongo basabwe guharanira ko umuturage ashimishwa na serivisi ahabwa
Guverineri wâIntara yâAmajyaruguru, Hon Gatabazi Jean Marie Vianney ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki 25 Nyakanga 2018, Â yasabye abakozi bâIbitaro bya Rutongo guharanira ko umuturage ashimishwa na serivisi ahabwa. Ni mu nama yagiranye na bo nyuma yo gusura ibyo Bitaro biherereye mu Karere ka Rulindo, aho yari aherekejwe na bamwe mu bagize […]
Icyamamare ku mbuga nkoranyambaga, Brian White, cyahuriye nâuruva gusenya ku ngoro ya Museveni
Icyamamare ku mbuga nkoranyambaga akaba nâumwe mu baherwe bakiri bato mu Mujyi wa Kampala, aherutse guhura nâuruva gusenya ubwo yasohorwaga nabi mu ngoro ya perezida Museveni, bagombaga kubonana, bitewe nâimyambarire ye. Ibi ngo bikaba byarabaye mu cyumweru gishize ubwo abashinzwe umutekano basohoraga nabi uyu musore Brian Kirumira uzwi nka Brian White mu ngoro ya perezida […]
Kuva kuwa 01 Kanama 2018 uwishyuye mituweli azabasha kwivuza mu gihe uzaba atarishyura bitazamukundira
Minisiteri yâUbutegetsi bwâIgihugu (MINALOC) nâIkigo cyâUbwiteganyirize mu #Rwanda (RSSB) @RssbInfo birashishikariza Abanyarwanda muri rusange, cyane cyane abakoresha mituweli, kwihutira kwishyura umusanzu wa Mituweli wa 2018-2019. Kwishyura umusanzu wa Mituweli wa 2018-2019 bizatuma kuva ku itariki ya mbere Kanama 2018 uwishyuye ashobora kwivuza mu gihe uzaba atarishyura atazahabwa serivisi z’ubuvuzi. Kwishyura hakoreshwa gusa uburyo bwâikoranabuhanga. Minisiteri […]
Byemejwe: Umuhanzi Ali Kiba agiye gukinira ikipe yo mu cyiciro cya mbere mu mupira wâamaguru
Ubuyobozi bwâumujyi wa Tanga ari nabwo buyobora ikipe ya Coastal Union bwamaze kwemeza ko bwamaze gusinyisha umuhanzi ukomeye wo mu gihugu cya Tanzaniya, Ali Kiba kugira ngo azayikinire muri Shampiyona yâikiciro cya mbere mu mwaka utaha. Umuyobozi mukuru wâikipe ya Coastal Union, Steven Mguto yatangarije Radiyo ya EFM  ko byari ngombwa gusinyisha uyu mukinnyi mbere […]
Umujenerali wo muri Iran yabwiye Perezida Trump ko yiteguye intambara yasenya Amerika
Umuyobozi w’umutwe w’abasirikare kabuhariwe ba Iran yaburiye Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ko Amerika iramutse iteye Irani, iki gihugu cyasenya ibyo [Amerika] itunze byose.” Ibiro ntaramakuru Tasnim by’igihugu cya Irani byatangaje ko Jenerali Majoro Qassem Soleimani yasezeranyije ko Perezida Trump aramutse atangije intambara, Irani yahita iyisoza. Aya magambo aje akurikira ubutumwa Trump […]
Justin Bieber nâumukunzi we mushya bakomeje gutungura benshi
Umuhanzi wâicyamamare Justin Bieber nâUmukunzi we mushya, Hailey Badwin mu ijoro ryakeye ryo ku wa 26 Nyakanga 2018, batunguye benshi ubwo bagaragaraga basomana mu ruhame bitandukanye nâibyo ubusanzwe abantu bamenyereye. Iki gikorwa cyo gusomana bitamenyerewe mu ruhame cyabereye muri resitora iherereye mu mujyi wa NewYork ahitwa â12 chairs muri Brooklyn. Batitaye ku bari babakikije, Justin […]
Loni ifitiye impungenge amatora yo muri Congo
Umuryango wâAbibumbye utangaza ko Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ititeguye neza amatora ateganijwe mu Ukuboza uyu mwaka, ko uko byagenda kose aramutse abaye atakorwa mu mucyo. Intumwa yihariye yâumunyamabanga mukuru wa Loni, Leila Zerrougui avuga ko mu gihe nta cyaba cyahindutse, ko amatora atakwitabirwa na bose kandi nta nakorwe biciye mu mucyo. Atangaza […]
Sudani yâEpfo: Perezida Salva Kiir arashinjwa guhemba abadepite bongereye manda ye
Guverinoma ya Sudani yâEpfo yihagazeho ku cyemezo iherutse gufata kitavuzweho rumwe cyo guha abadepite inguzanyo yâamadolari 40,000 yo kugura imodoka ivuga ko ari uburenganzira bwabo bwo kubona uburyo bubafasha ingendo. Aya mafaranga yafashwe nkâagahimbazamusyi kahawe abadepite nyuma yâukwezi bemeye kongera manda ya perezida Salva Kiir ikazageza mu 2021, byamaganwa bikomeye nâabanyapolitiki batavuga rumwe nâubutegetsi nâimiryango […]
Nyamasheke: Kutagira inganda bidindiza iterambere ryâabahinzi
Abaturage bo mu karere ka Nyamasheke bavuga ko umusaruro beza utababyarira inyungu bifuza kubera ko nta nganda zihagije ziwongerera agaciro, bakifuza gukorerwa ubuvugizi ngo aka karere kagire inganda zifatika zibasha gutunganya umusaruro wabo. Bavuga ko beza umuceri mwinshi ariko nta ruganda rugaragara ruwutunganya bafite, bakaba bahinga urutoki, imyumbati, ibigori, imbuto nâimboga,âŠbyose bakabigurisha ku giciro kiri […]
Nyarugenge: Hasubukuwe urubanza rw'abaregwa gusahura Access Bank bifashishije ikoranabuhanga
Abantu 21, barimo Abanyarwanda nâabanyamahanga, bakurikiranweho icyaha cyâubujura bukoreshejwe ikoranabuhanga mu mabanki kuri uyu wa Kane, itariki 26 Nyakanga bakomeje kuburanishwa mu Rukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge. Aba bakurikiranwe biganjemo abari abakozi ba Access Bank yibwemo akayabo ka miliyari isaga y’Amanyarwanda. Ku nshuro ya kabiri yâuru rubanza, umucamanza kuri uyu wa Kane yagiye asaba buri wese […]
Uganda: Urukiko rwemereye Perezida Museveni kuzahatanira manda ya 6 mu 2021
Ubutabera bwa Uganda kuri uyu wa Kane bwemereye perezida Museveni wâimyaka 73 kuzahatana mu matora yâumukuru wâigihugu ateganyijwe mu 2021 aho azaba agiye guhatanira manda ya gatandatu. Muri Mutarama uyu mwaka, nibwo perezida Museveni yatangaje itegeko rikuraho imyaka 75 umukuru wâigihugu agomba kuba atarengeje ngo yemererwe guhatanira kuyobora Uganda, bituma abatavuga rumwe nâubutegetsi bamushinja gushaka […]
Kigali: Abakomisiyoneri barwaniye mu cyamunara, bambura umuhesha wâinkiko ibipapuro
Ubwo hajyaga gutezwa icyamunara i Remera ahitwa mu Gihogere, abakomisiyoneri barashayamiranye, bamwe bashaka ko cyamunara itaba abandi bashaka ko iba. Byavuyemo imitwano umwe arahakomerekera, ndetse umuhesha w;inkoko yamburwa impapuro mpesha yari yitwaje ngo akoreshe iyo cyamunanara. Ni mu mudugudu wâAmarembo II, akagari ka Nyabisindu mu murenge wa Remera, munsi yâaho ibinyabiziga bisuzumirwa(Controle technique). Mu masaha […]
Abana batubera igipimo cyâubumwe nâubwiyunge â Fidele Ndayisaba
Ibi ni bimwe mu byavuzwe na Bwana  Ndayisaba Fidele Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo yâUbumwe nâUbwiyunge mu kiganiro yagejeje kubitabiriye inama yâ Ihuriro ryâ Ubumwe nâ ubwiyunge mu Karere ka Nyarugenge mu mpera zâicyumweru gishize. Ndayisaba akaba yagaragaje ko niba hari abana cg urubyiruko  bagaragaraho ingengabitekerezo ya Jenoside kandi baravutse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yarabaye ari uko […]
Min.wâIntebe, Dr Ngirente avuga ko hakiri imbogamizi muri gahunda mbonezamikurire yâabana
Minisitiri wâIntebe, Dr Ngirente Edouard avuga ko hakiri zimwe mu mbogamizi mu ishyirwa mu bikorwa rya gahunda ya Guverinoma yibanda ku bikorwa bijyanye no kunoza gahunda mbonezamikurire yâabana bato. Ku wa Kane tariki ya 26 Nyakanga 2018, ageza ku Nteko Ishinga Amategeko imitwe yombi gahunda ya Guverinoma yibanda ku bikorwa bijyanye no kunoza gahunda mbonezamikurire […]
CPI: Laurent Gbagbo arasaba guhanagurwaho ibyaha ashinjwa no kurekurwa byihuse
Uwahoze ari perezida wa Cote dâIvoire, Laurent Gbagbo, arasaba abacamanza bâUrukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (CPI) gutangaza ikurwaho ibyaha rye ndetse no kumufungura avuga ko umushinjacyaha atabashije kugaragaza ibimenyetso byâibyaha byibasiye inyokomuntu amushinja. âIbimenyetso byagaragajwe nâumushinjacyaha ntibihagije mu kwemeza ibyaha bishinjwa Laurent Gbagbo urenze ugushidikanya kwose gushobokaâ, ibyo ni ibyanditswe nâabunganira Gbagbo bandikira CPI kuri uyu wa […]
Musanze: Abofisiye 27 ba polisi bavuye mu bihugu 8 basoje amasomo yo kuyobora bari bamazemo umwaka
Kuri uyu wa 26 Nyakanga mu Karere ka Musanze ku Ishuri rikuru rya Polisi habereye umuhango wo gusoza icyiciro cya 6 cy’amasomo yo ku rwego rwo hejuru y’ ubuyobozi mu bya gipolisi ahabwa abofisiye bakuru ba polisi. Umushyitsi mukuru muri uyu muhango ni Minisitiri w’ Ubutabera akaba n’ Intumwa ya Leta, Johnston Busingye wagiye I […]
Sauti Sol igarutse i Kigali muri FESPAD
Itsinda rya Sauti Sol rigarutse mu rwanda nyuma yaho ryaherukaga kuza mu ntangiriro za 2018, kuri iyinshuro baje gutaramira abanyarwanda mu gitaramo cya Fespad cyahujwe n’umuganura mu Rwanda bakazafatanya na Zao Zoba, Bruce Melody,Charly na Nina ndetse na Knowless. Mbere y’uko aba bahanzi batumirwa Saut Sol na Zao Zoba ku mpapuro zamamaza hagaragaraga ko abahanzi […]
Perezida Joseph Kabila yizeje Min. Mushikiwabo kuzamushyigikira mu matora yâubuyobozi bwa OIF
Minisitiri wâUbubanyi nâAmahanga, Ubutwererane nâIbikorwa byâUmuryango wa Afurika yâIburasirazuba, Louise Mushikiwabo urimo kwiyamamariza kuyobora ubunyamabanga bwâUmuryango Mpuzamahanga wâIbihugu bihuriye ku rurimi rw’Igifaransa (OIF), ubwo yahuraga na Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Joseph Kabila, yamwizeje kuzamushyigikira. Ku wa Gatatu tariki ya 25 Nyakanga 2018, ubwo yagiriraga uruzinduko i Kinshasa, Min. Mushikiwabo aherekejwe na Dr […]
Uganda: Umuhungu wa Perezida Museveni yasuye Gen Kale Kayihura muri kasho
Umujyanama Mukuru wa perezida Museveni mu bijyanye nâibikorwa bidasanzwe bya gisirikare, Maj. Gen. Muhoozi Kainerugaba, ngo yaba aherutse gusura mu ibanga Gen Kale Kayihura, wahoze ari umukuru wâigipolisi cya Uganda, aho afungiye mu kigo cya gisirikare cya makindye. Iyi nkuru dukesha Chimpreports iravuga ko Gen. Muhoozi yageze ku Kigo cya gisirikare cya makindye kuwa Kane, […]
RDC: Igitero cyagabwe nâinyeshyamba za âTwigwaneho Banyamulengeâ cyaguyemo batanu
Abantu batanu basize ubuzima mu gitero cyagabwe nâ inyeshyamba za âTwigwaneho Banyamulengeâ mu gace ka Uvira muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Aba bantu batanu ngo bishwe nâamasasu yo mu mirwayo yabaye ku wa 24 Nyakanga 2018, ndetse nâinzu nyinshi ziratwikwa mu gace ka Nambindu, muri teritwari ya Uvira. Nkâuko Radiyo Okapi ibitangaza, ngo inyeshyamba […]
Gasabo: Umugore w'imyaka 25 yafatanywe udupfunyika 2 598 tw'urumogi
Nâubwo hakiri abagikoresha ibiyobyabwenge kandi bazi ko bihanwa nâamategeko ndetse bikanangiza ubuzima bwâababikoresha; hari abaturage bamaze gusobanukirwa ububi nâingaruka zabyo ku buryo baha Polisi amakuru yerekeye ababyishoramo bagafatwa. Umuvugizi wa Polisi mu Mujyi wa Kigali, Senior Superintendent of Police (SSP) Emmanuel Hitayezu arashima bamwe mu bawutuye bakomeje kugaragaza imikoranire myiza na Polisi ku buryo amakuru […]
Rusizi: Abana bavuka mu miryango itishoboye bashima Leta ku bwâagaciro bafite
Abana bafashwa nâumushinga RW 0380 ukorera mu itorero ADEPR/ Gihundwe mu karere ka Rusizi, bashima Leta yâubumwe bwâAbanyarwanda agaciro gakomeye bavuga ko yabahaye. Aba bana bavuga ko agaciro bafite gashingiye ku kuba bashobora kwiga, kuvuzwa kugera ku rwego rwâIsi igihe hagize urwara, kugira ijambo mu bandi,Uburenganzira bwabo bubungwabungwa⊠Mu kiganiro na Bwiza.com, aba bana barimo […]
Imyambarire ya Diamond yatumye bamwita umutinganyi -Amafoto
Umuhanzi Diamond Platnumz akomomeje kwibasirwa nyuma y’uko agaragaye aririmba mu gitaramo yambaye umukufi  (anklet) wabagore ku kaguru benshi bakibaza ko asigaye ari umutinganyi. Abamukurikira kuri Instagram ye bamwibasiye bamusaba kubaha ibisubizo kuri iyo ngingo yo kwambara imikufi isanzwe yambarwa n’abagore ndetse banagaragaza ko iyo ngeso yadukanye ati nziza cyane ko hari umubare mu nini w’urubyiruko […]
Habonetse ingona yâibiro 600 imaze imyaka isaga 60
Ingona yâibiro 600 yabonwe mu Majyaruguru ya Australia, nyuma yâimyaka umanani abahigi bayishaka barayibuze. Mu mwaka wa 2010, nibwo iyi ngona yabonwe bwa mbere, ariko nyuma ihizwe irabura, bitangazwa ko ifite ibiro 600, uburebure bwa metero 4,7 byâumwihariko ngo ikaba ari imwe mu bwoko bwâingona zabayeho mu myaka 60 ishize, ntiyishwe ahubwo yajyanwe aho izindi […]
Tariki 25 Nyakanga, umunsi intwari yâigihugu Mutara III Rudahigwa yatangiyeho
Tariki 25 Nyakanga ni yo Umwami wâu Rwanda, Mutara III Rudahigwa, yapfiriyeho agapfa urupfu rudasobanutse benshi mu Banyarwanda bakemeza ko yishwe agambaniwe nâabakoloni bâAbabiligi. Iyo aza kuba akiriho aba ageze mu myaka 117. Umwami Mutara Rudahigwa, Abanyarwanda bafata nkâIntwari yâIgihugu, yavutse muri Werurwe 1911, yitaba Imana kuwa 25 Nyakanga 1959. Niwe mwami wa mbere wâu […]
RDC: Ikindi gice cyâishyaka UDPS nacyo cyemeje Felix Tshisekedi nkâumukandida wacyo mu matora yo mu Ukuboza
Mu nama yâishyaka UDPS/Kibassa ritavuga rumwe nâubutegetsi bwa perezida Kabila yateranye guhera kuwa 23 kugeza kuwa 24 Nyakanga, hemerejwemo ko Felix Tshisekedi ari we uzahagararira iri shyaka mu matora yâumukuru wâigihugu ateganyijwe kuwa 23 Ukuboza 2018. Muri iyi nama yari yateranye mu rwego rwo kugena umukandida wâiri shyaka nkâuko itangazo ryasomewe imbere yâitangazamakuru kuri uyu […]
Amajyaruguru: Ubuyobozi bwahumurije abaturage baturiye Pariki yâIbirunga benda kwimurwa ngo yagurwe
Ubuyobozi bwâIntara yâAmajyaruguru bwahumurije abaturage baturiye Pariki yâIbirunga, iri mu nzira zo kwagurwa, nyuma yâibihuha bivuga ko bazabimura bakabajyana ahantu ha kure, ko bazabimura batabahaye ingurane, ko abo mu cyiciro cya mbere batazahabwa amazu yo guturamo nâibindi. Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa mbere ushize, itariki ya 23 Nyakanga 2018, nibwo Guverineri wâIntara yâAmajyaruguru, Hon […]
Burundi: Abantu bitwaje intwaro barasanye nâabasirikare ba Leta
Abantu bitwaje intwaro bikekwa ko bari baturutse muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, barasanye nâabasirikare ba Leta mu gace ka Buringa, Komini Gihanga, Intara ya Bubanza. Amakuru aturuka mu gihugu cyâu Burundi avuga ko iyi mirwayo yabaye ku Cyumweru tariki ya 22 Nyakanga 2018, muri aka gace kari hafi yâishyamba kimeza rya Rukoko, amasasu ngo […]
Yagerageje gutanga umwana we wâimyaka 2 ngo bamusambanye bamwishyure 12,000$ ntibyamuhira
Umubyeyi wo mu mujyi wa Houston muri Leta ya Texas ho muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yashinjijwe kugurisha umwana we wâimyaka 2 ngo asambanywe ku madolari 12,000. Uyu mugore wâimyaka 25 witwa Sarah Marie Peters yemeye ibyaha ashinjwa birimo guteza imbere ubusambanyi, akatirwa igifungo cyâimyaka 40. Nkâuko inyandiko zâurukiko zibigaragaza, uyu mugore ngo yafashe […]
Uganda: CMI irashinjwa kugwatira telephone yâUmwamikazi wa Rwenzururu
Abayobozi bâUbwami bwa Rwenzururu mu gihugu cya Uganda baravuga ko Urwego rwâUbutasi mu gisirikare (CMI) cyagwatiriye telephone zirimo iyâUmwamikazi, Agnes Ithungu nâizindi 2 zâabakozi be bo mu rugo. Ubwo yavuganaga nâitangazamakuru ku rukiko Rukuru rwa Jinja, Intmwa Nkuru yâibwami, Alfred Makasi, yavuze ko izo telephone 3 zagwatiriwe nâabakozi ba CMI kuwa gatatu wâicyumweru gishize. Aba […]
Kamonyi/Kayenzi: Imashini yapfiriye mu muhanda ibangamiye cyane abawukoresha
Abaturage bo mu murenge wa Kayenzi mu karere ka Kamonyi, bavuga ko bahangayikishijwe nâimashini ikora imihanda imaze imyaka isaga icumi yarapfiriye mu muhanda uri mu kagari ka Mataba muri metero nka 300 uvuye mu isanteri y’ubucuruzi ya Kayenzi, kuko ibangamiye urujya nâuruza rwâabantu nâibinyabiziga muri uyu muhanda. Uyu muhanda wapfiriyemo iyi mashini nâubwo ari uwâibitaka, […]
Dr Jose Chameleone wakubise umuntu akenda kumwica arahigwa bukware
Polisi ya Uganda mu gace ka Lubowa, irahiga icyamamare muri muzika, Joseph Mayanja uzwi ku izina rya Dr Chameleon, nyuma yo gukubita umushoferi utwara abagenzi akamusiga ari intere. Amakuru aturuka muri Uganda, avuga ko Dr Chameleone yakubise umushoferi witwa Daniel Magooba ukomoka mu gace ka Kiwatule, wari amucyuye iwe mu gace ka Sseguku, amwishyuje amafaranga […]
Kicukiro: Abasore batatu bafatanwe moto yâinjurano bashakaga kugurisha ibihumbi 100
Ku wa mbere tariki 23 Nyakanga 2018, Polisi mu Mujyi wa Kigali yafatanye abasore batatu moto ifite nimero ziyiranga (Pulake) RB 100 R bikekwa ko bibye umuntu utaramenyekana. Abayifatanywe ni Ndayisaba Idrissa, Hakizimana Egide na Nshutiyabato Fabrice. Bafatiwe mu kagari ka Rwimbogo, mu murenge wa Nyarugunga, mu karere ka Kicukiro barimo kuyigurisha. Umuvugizi wa Polisi […]
RDC: Guverinoma iratangaza ko icyorezo cya Ebola cyacitse gitwaye ubuzima bwâabantu basaga 30
Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo iratangaza ko icyorezo cya Ebola cyarangiye muri iki gihugu kigashimira abayobozi mu bijyanye nâubuzima bwâabantu kimwe nâIshami ryâUmuryango wâAbibumbye ryita ku Buzima(OMS) kubera uruhare bagize mu kurwanya icyo cyorezo. Inkuru dukesha Ijwi rya Amerika, iravuga ko Umuyobozi wa OMS, Tedros Adhanom, yashimiye leta ya Congo kuba yaragize umuhate mu guhangana […]
Urukiko Rukuru rwatangiye kuburanisha mu mizi urubanza ruregwamo Diane Rwigara na nyina
Urubanza rwa Diane Rwigara na Adeline Mukangemanyi rwatangiye kuburanishwa mu mizi nyuma y’uko urukiko rwemeje ko abantu 4 bakekwaho ubufatanyacyaha n’abaregwa nabo bashyirwa mu rubanza. Mu iburanisha ryo ku wa kabiri tariki ya 24 Nyakanga 2018, mu Rukiko Rukuru, Diane Rwigara n’umubyeyi we babanje kwerekwa urutonde rw’ibirego babazwa niba babyemera ariko bombi barabihakana. Ahawe ijambo, […]
Rwamagana: Ubuyobozi bwizeye kugaruka ku mwanya wa mbere mu mihigo 2017/2018
Ubuyobozi bwâakarere ka Rwamagana butangaza ko bwizeye budashidikanya ko buzongera kwisubiza umwanya wa mbere mu mwaka wâimihigo wa 2017/2018. Kuva ku wa Mbere tariki ya 23 kugeza tariki 24 Nyakanga 2018, hateganyijwe igezura ryâimihigo akarere ka Rwamagana kahize muri uyu mwaka wâimihigo, bakaba batangiye kare bayikurikirana kugira ngo bazabashe kugumana umwanya wabo wa mbere. Mu […]
Uganda: Abayoboke babiri ba NRM batewe ibyuma bari kuva muri mitingi
Abayoboke babiri bâishyaka NRM riri ku butegetsi mu gihugu cya Uganda, mu ijoro ryo ku wa Mbere rishyira kuri uyu wa Kabiri batewe ibyuma ubwo bari bavuye muri mitingi yari iyobowe na Gen. Kahinda Otafire. Umwe muri aba batewe ibyuma witwa Faisal Mugoya wâimyaka 21, ngo yagabweho igitero nâabantu bikekwa ko bashyigikiye Asuman Basalirwa. Uyu […]
Igisirikare cya Israel kirigamba guhanura indege yâintambara ya Syria yari yavogereye ikirere cyabo
Igihugu cya Israel kiravuga ko cyahanuye indege yâigisirikare cya Syria yari yinjiye mu kirere cyacyo mu majyepfo ya Golan nkâuko bitangazwa nâigisirikare cyâiki gihugu. Igisirikare cya Israel kibinyujije kuri twitter kikaba cyatangaje ko missiles 2 zo mu bwoko bwa Patriot ari zozarashwe indege yâintambara ya Syria yo mu bwoko bwa Sukhoi kivuga ko yari yinjiye […]
Min. wâIntebe, Narendra Modi avuga ko yakwigira kuri Perezida Kagame gukoresha neza igihe
Minisitiri  wâIntebe wâu Buhinde, Narendra Modi uri mu ruzinduko mu Rwanda, atangaza ko yakwigira kuri Perezida Kagame ikoresha neza ryâigihe. Min. wâIntebe, Narendra Modi yabitangaje ku wa Kabiri tariki ya 24 Nyakanga 2018, ubwo bombi bitabiraga inama yahuje abashoramari n’abikorera bo mu Rwanda no mu Buhinde, i Kigali. Yashimye imiyoborere myiza ya Perezida Kagame, iterambere, […]
Karongi: Urukiko rwashimangiye igihano cyahawe Rwema wayoboraga AMIR washinjwaga gufata ku ngufu
Uwitwa Rwema John Peter wari Umuyobozi Nshingwabikorwa wâIshyirahamwe ryâIbigo byâImari Iciriritse mu Rwanda, wari ukurikiranweho icyaha cyo gusambanya ku ngufu umwana wâumukobwa yakatiwe igifungo cyâimyaka 5 nâindishyi zâakababaro agomba kwishyura uwo yahohoteye. Ku wa 22 Nyakanga 2017  nibwo Urukiko rwâUbujurire rwa Karongi rwahamije Rwema John Peter icyaha cyo gusambanya ku gahato umwana wâumukobwa, maze rumukatira igifungo […]