Iyo dusangiye umuganura twongera kubaka ubumwe bwacu- Guverineri Mufulukye

Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba, Fred Mufulukye avuga ko gusangira umuganura byongera kubaka ubumwe bw’Abanyarwanda. Yabitangaje ku wa Gatanu tariki ya 3 Kanama 2018, ubwo hizihizwaga umunsi ngarukamwaka mu gihugu w’Umuganura, umuhango wabereye mu gihugu hose Abanyarwanda basangira ku byo bejeje. Guverineri Mufulukye muri uyu muhango yifatanyije n’abaturage ba Katabagemu mu karere ka Nyagataremu kuwizihiza, yabibukije ko […]

Moise Katumbi yangiwe kwinjira muri Congo

Umuyobozi w’Abatavuga rumwe na Leta muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Moise Katumbi yangiwe gusubira mu gihugu cye kwiyamamaza ku mwanya w’umukuru w’igihugu mu matora ateganijwe mu Ukuboza. Mu gitondo cyo ku wa Gatanu tariki ya 3 Kanama 2018, nibwo yasabye uruhushya rwo kwinjira mu gihugu kugira ngo ashyikirize kandidatire ye inzego zishinzwe amatora arangirwa. […]

Umuririmbyi Demi Lovato yemeye kujyanwa mu kigo cy’ababaswe n’ibiyobyabwenge

Umuririrmbyi ukomoka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika , Demi Lovato yamaze kwemera ko ajyanwa kuvurirwa mu kigo cyita ku bantu babaswe n’ibiyobyabwenge benshi bita Rihabu ( rehab center). Amakuru aturuka mu nshuti ze za hafi  avuga ko umuryango wa Demi Lovato ari wo wafashe iya mbere maze usaba ko uyu muhanzi yajyanwa muri Rihabu […]

Leta ya Tanzania irashima intambwe Diamond Platnumz agezeho muri muzika

Ikigo cy’igihugu cy’ubugeni n’ubuhanzi mu gihugu cya Tanzaniya (BASATA) gitangaza ko kugeza ubu bigaragara ko umuziki waho umaze gutera imbere ugereranyije n’ibindi bihugu byo muri aka karere ka Afurika y’Iburasirazuba barimo n’u Rwanda. Umunyabanga Nshingwabikorwa wa BASATA, Onesmo Kayanda yatangaje ko ibi babivuga bitewe n’uburyo abahanzi bo muri iki gihugu by’umwihariko nka Diamond Platnumz bakomeje […]

Papa Francis yahinduye gatigisimu avuga ko igihano cy’urupfu ntaho cyemewe

Papa Francis yahinduye inyigisho z’ukwemera kwa Kiliziya Gatolika, avuga ko igihano cy’urupfu kitemewe mu buryo ubwo ari bwo bwose. Gatigisimu ya Kiliziya Gatolika, ikubiyemo inyigisho za Kiliziya Gatolika mu buryo buvunaguye, mbere yemeraga ko hari ubwo mu bihe bimwe na bimwe igihano cy’urupfu cyakoreshwa. Ubu noneho gatigisimu ya Kiliziya Gatolika iravuga ko igihano cy’urupfu “kitemewe […]

Robert ufite abagore 19 yatangaje ibanga akoresha ngo batamuca inyuma

Robert Kathata  ukunzwe kwitwa Ramoh ni umugabo ukomoka mu gihugu cya Kenya atangaza ko atewe ishema no kuba afite abagore 19 kandi ko ntanumwe umuca inyuma kuko afite umuti kabuuhariwe akoresha kugirango abibarinde. Robert ufite abana 34 yabyaye kuri aba bagroe 19 yatangarije ikinyamakuru the Nairobian ko umuti kabuhariwe akoresha mu kurinda abagore be kumuca […]

Ruharambuga: Ubuyobozi buremerewe n’umutwaro wo gushakira mituweli abasaga 600

Ubuyobozi bw’umurenge wa Ruharambuga mu karere ka Nyamasheke buvuga ko  buhanganye n’ikibazo kibukomereye cyane cy’abaturage bagera kuri 600 batishoboye, badashobora no kubona mituweli. Butangaza ko bugiye kwifashisha  abafatanyabikorwa, bukaba bugiye no kwifashisha amadini n’amatorero ya gikirisitu ahakorera, mu kwezi kwiswe ukw’impuhwe bakabufasha kubishyurira mituweli. Umunyamabanga Nshigwabikorwa w’uyu murenge, Bigirabagabo Moise, avuga  ko hari abaturage benshi […]

Zari muruhuri rw'ibibazo nyuma yo kugaragara yumva indirimbo ya Diamond

Zari Hassan wahoze ari umugore w’umuhanzi Diamond Platnumz hashize iminsi yibasiwe n’abafana be bamuhora kuba yaragaragaye atwaye imodoka ari kumva indirimbo ya Diamond batandukanye muri gashyantare 2018. Ibi byabaye kuri uyu wagatatu aho abafana batangizaga igisa n’intambara y’amagambo kuri Zari babinyujije ku rubuga rwe rwa instagram benshi bibandaga ku gusaba uyu mugore kwibagirwa burundu Diamond […]

Amerika ihangayikishijwe n’u Burusiya bugamije kuyica intege

Nyuma yaho u Burusiya bushinjwe kwinjira mu mabanga ya Amerika bugafasha Perezida Donald Trump gutsinda amatora, kuri ubu ubuyobozi bwa Amerika butangaza ko bufitiye iki gihugu impungenge. Ku wa Kane tariki ya 2 Kanama 2018, abategetsi bakuru b’ibigo bishinzwe umutekano mu gihugu muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika,  bagaragaje amakenga bafite ku bw’inyigo u Burusiya […]

Rubavu: Umugore yafatanwe urumogi arutwaye mu myenda yari ahetsemo uruhinja

Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Rubavu iragira inama abantu batuye cyangwa batemberera muri ako karere, bacyumva ko bakoresha amayeri atandukanye mu gutunda no gukwirakwiza ibiyobyabwenge hirya no hino, kubireka kuko amayeri bakoresha yose yatahuwe kuko n’ababigerageza kubihacisha bagenda bafatwa. Ni ubutumwa butanzwe nyuma y’uko ku gicamunsi cyo ku itariki ya 1 Kanama uyu […]

RDC: Bemba Jean Pierre yatanze kandidatire ye mu matora y’umukuru w’igihugu

Jean Pierre Bemba  wahoze ari visi Perezida muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, yatanze impapuro zisaba kuba umukandida mu matora y’umukuru w’igihugu ateganijwe mu Ukuboza 2018. Bemba yatanze kandidatire ye ku wa Kane tariki ya 2 Kanama 2018, akaba yari aherekejwe n’igipolisi igihe yagezaga izo nyandiko mu biro by’akanama gashinzwe amatora mu murwa mukuru i […]

MINISANTE iraburira Abanyarwanda ku bw’icyorezo cya Ebola cyagaragaye muri Congo

Mu itangazo Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda (MINISANTE) yasohoye, iraburira Abanyarwanda nyuma y’aho bigaragariye ko icyorezo cya Ebola cyongeye kugaragara muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Itangazo riragira riti “Nk’uko byatangajwe na Minisiteri y’Ubuzima mu Gihugu cya Repuburika Iharanira Demokarasi ya Kongo (DRC) ejo tariki ya 1 Kanama 2018, icyorezo cya Ebola cyagaragaye mu Majyaruguru y’icyo […]

Ubutumwa buhumuriza Harmonize yageneye abahoze bakorana nawe ubucuruzi buciririrtse

Umuririmbyi  ukomoka mu gihugu cya Tanzaniya, Rajab Abdul Kahali uzwi nka  Harmonize yatangaje ko ubuzima abamo atigeze abutekereza habe no mu nzozi aboneraho umwanya wo gusaba abo bahoze bakorana guhangana n’ibibazo bahura nabyo ntibave ku izima. Uyu muhanzi abinyujije ku rukuta rwa Instagram ubwo yari yasuye abakorera mu gace kitwa Kariakoo mu mujyi wa Dar Es […]

Urwenya: Umukobwa abahungu baramubwiye ngo niyurire igiti

1.Umukobwa  yabwiye nyina ngo abahungu bambwiye ngo nurire igiti, nyina ati reka reka ubwo bashakaga kukurebera ikariso. Umukobwa ati nanjye nari nabiketse ngiye kurira mbanza nyikuramo. 2. Umusore  yajyanye umukunzi we i wabo kumwerekana, igihe bari ku meza bafata amafunguro ise wumuhungu yongorera umwana we ati:”niko sha uyu mukobwa ureba imirari akaba atagira amenyo wamukundiye […]

Perezida Kagame avuga ko gusabiriza inkunga ari nko gutsindwa mu myumvire kw’Abanyafurika

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame akaba n’umuyobozi w’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU), avuga ko Afurika ishobora gutera inkunga iterambere ryayo. Ibi yabitangaje ku wa Kane tariki ya 2 Kanama 2018 i Kigali, mu kiganiro ku ‘Gutera inkunga umugabane wa Afurika hagamijwe iterambere rirambye”. Iki kiganiro cyatangiwe mu nama ihuza abahoze ari abakuru b’ibihugu barimo […]

Ese Gen. Adolphe Nshimirimana azashyirwa mu Ntwari z’u Burundi?

Imyaka itatu ishize Lt. Gen Adolphe Nshimirimana wari inkingi ikomeye mu gisirikare cy’u Burundi yishwe, bitewe n’uruhare yagize ngo Leta ya Nkurunziza ifate ubutegetsi, bamwe bakaba bamusabira gushyirwa mu ntwari z’igihugu ariko abandi bakabitera utwatsi. Ku wa 2 Kanama 2015, nibwo igikuba cyacitse i Burundi nyuma y’inkuru yari imaze kumenyekana ko Lt Gen Nshimirimana yishwe, […]

Chris Brown ari kwifashisha amashusho y’urukozasoni ngo izina rye rikurwe mu rubanza

Umuririmbyi Chris Brown  avuga ko urubanza rwo gufata ku ngufu  aregwamo rudakwiye kuba rumureba  bitewe n’uko ubwo icyaha cyabaga yari ahuze. Iki kirego cyatanzwe n’umugore utaratangajwe amazina avuga ko mu kwezi kwa Gicurasi yafashwe ku ngufu n’inshuti ya Chris Brown ubwo yari mu rugo rw’uyu muhanzi . Uyu mugore avuga ko ubwo yafatwaga ku ngufu  […]

Pasiteri yakubiswe nk’iz’akabwana ubwo yiyemeraga ko agiye kuzura umuntu bikamunanira

Umupasiteri witwa Getayawkal Ayele wo mu gihugu cya Ethiopia yahaswe ikiboko ubwo yizezaga abaturage ko agiye kuzura umuntu wari witabye Imana bikamunanira. Pasiteri Getayawkal Ayele uniyita intumwa y’Imana, yari agiye kuzura uwitwa Belay Biftu, umuryango we umuha ubwo burenganzira, aragerageza biranga, umuryango we uramwahuka uramukubita aza gukizwa na Polisi. Nk’uko ikinyamakuru Afrik.com kibitangaza, ngo Getayawkal […]

Ubwiza bwawe nicyo gishoro – Huddah Monroe

Alhuda Njoroge wamamaye nka Huddah Monroe n’umunyakenyakazi ukunzwe cyane ku mbuga nkoranyambaga  cyane cyane kuri Instagram akaba n’umunyamideli w’umwuga, yahishuye byinshi bitari bizwi ku buzima bwe bwite ndetse anasubiza bimwe mu bibazo byamatsiko yabajijwe nabamukurikira kuri instagram. Ubwo yaganiraga n’abamukurikira kuri instagram Huddah yahishuye byinshi ku buzima bwe aho yavuze ko yifuza kuzabyara abana 7 […]

Nyamasheke: Abiga muri GS FAK barasabwa gukurana umuco wo kwishakamo ibisubizo

Ubuyobozi bw’Urwunge rw’amashuri rwitiriwe ‘ Frank Adamson ’ (GS FAK/ Kibogora) n’ubw’umurenge wa Kanjongo mu karere ka Nyamasheke burasaba abiga muri iri shuri gukura bakunda igihugu cyabo no gukurana umuco w’ubutwari no kwishakamo ibisubizo. Ibi babyibukijwe ubwo bizihizaga umunsi w’umuganura usanzwe wizihizwa ku wa Gatanu wa Mbere w’ukwezi kwa   Kanama, aho bahisemo kuwizihiza berekana […]

Jean Pierre Bemba yakiriwe n’imbaga y’abaturage ubwo yageraga muri Congo

Umunyapolitiki utavuga rumwe na Leta ya Kabila, Jean Pierre Bemba ubwo yasesekaraga muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yakiriwe n’imbaga y’abaturage nyuma y’imyaka 10 yari amaze ari muri gereza ku mugabae w’u Burayi. Bemba yahanaguweho ibyaha n’urukiko mpuzamahanga mpanabyaha TPIR yashinjwaga by’intambara, ubu akaba yaravuze ku mugaragaro ko ashaka kwiyamamaza mu matora y’umukuru w’igihugu muri […]

Rubavu/Rusizi: Bane bafatanwe ibiro 46 by'urumogi

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’i Burengerazuba ifatanyije n’abaturage bafatanye abagabo bane ibiro 36 by’urumogi mu turere twa Rubavu na Rusizi. Bose hamwe bafashwe ku itariki ya 1 Kanama uyu mwaka. Abitwa Habiyaremye Edouard w’imyaka 35 na mugenzi we Uwizeyimana Cyprien w’imyaka 20 bafatiwe mu murenge wa Gihundwe mu kagari ka Shagasha  bafite ibiro […]

Ibitekerezo ugomba gusiga inyuma mu gihe wiyemeje gushinga urugo

Burya gushaka ni igikorwa cya kigabo ntago bishobora buri wese kandi gushaka no gukomeza urugo ni ikindi niyo mapamvu mu gihe hari ingeso za kunaniye uba usabwa kubanza kwitekerezaho mbere yo gufata icyo cyemezo Mu gihe cyose urangwa nizi ntekerezo ntuzirirwe uhirahira ngo ushake umugore cyangwa umugabo kuko ntago mwamarana kabiri. zimwe muri izo twavuga: […]

Ubutabera mu gihugu cyacu bugomba kuba buzira ruswa no kubogama- Perezida Kagame

Perezida Kagame yasabye abacamanza kutavugirwamo no kwihutisha ubutabera, baca imanza nta ruswa nta no kubogama. Ibi yabitangaje kuri uyu wa Gatatu tariki ya 1 Kanama 2018, ubwo yakiraga indahiro z’abacamanza mu Rukiko rw’Ikirenga, Urukiko rw’Ubujurire, Urukiko Rukuru n’Urukiko Rukuru rw’Ubucuruzi. Perezida Kagame avuga ko ubutabera butinze buba butatanzwe neza, agasaba abarahiriye iyi mirimo yabo mishya […]

Uburwayi bwa se wa Kanye West bukomeje kugira ingaruka  ku mubano  wabo bombi

Umubano wa Kanye West na se umeze neza nyuma yaho uyu mubyeyi Ray Kanye abaganga bamusanganye kanseri  mu myanya myibarukiro y’abagabo( prostate cancer) Abantu ba hafi kuri Kanye West batangarije TMZ ko ubu Kanye West n’umugore we Kim Kadarshian ndetse n’abana babo batatu bamuri hafi cyane aho arimo kuvurirwa mu bitaro byo mu mujyi wa […]

Umuraperi French Montana yarusimbutse nyuma y’igitero cyagabwe iwe mu rugo

Umuririmbyi wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Karim Kharbouch uzwi ku izina rya French Montana yarokotse igitero cy’abantu babiri bitwaje intwaro bamuteye iwe mu rugo mu ijoro ryakeye. Inzego z’ubuyobozi zaho urugo rwa Calabasas rwa Montana ruherereye, zatangarije TMZ ko iki gitero cyabaye mu ijoro ahagana saa tatu z’ijoro gusa ngo ubwo Montana na […]

Ringtone wabenzwe na Zari yabaye Padiri -Amafoto

Umunyakenya uririmba indirimbo zihimbaza Imana uzwi nka Ringtone amaze iminsi uvugwa cyane bitewe no kuba yarashaka kwiyegurira umutima wa Zari Hassan   wahoze ari umugore wa Diamond, kuri ubu yamaze gutangaza ko yabaye umupadiri ku mugaragaro nyuma yaho Zari amubengeye. Ibi yabitangaje abinyujije ku rukuta rwa instagram atangaza ko nyuma yibyamubayeho byose yiyemeje kwibera uwihaye imana […]

Kenya igiye kwirukana abanyamahanga basaga 3,000 bahaba mu buryo butemewe

Igihugu cya Kenya kigiye kwirukana abanyamahanga basaga 3000 bahaba mu buryo bunyuranyije n’amategeko, aho byinshi biberekeyeho birimo birakwirakwizwa mu bayobozi bireba ngo boroshye ibijyanye no kubasubiza iwabo. Biravugwa ko abanyamahanga 3,434 batigeze bajya gusuzumisha impushya zabo zo kuba muri Kenya nyuma y’iminsi 60 bari bahawe n’urwego rushinzwe abinjira n’abasohoka, kubw’ibyo aba ngo bari mu gihugu […]

Guverinoma y’u Rwanda yiteguye gufasha inganda z’imyenda mu gihugu nyuma yo kuvanwa muri AGOA

Guverinoma y’u Rwanda yiteguye gufasha inganda zikora imyenda mu gihugu ni biba ngombwa nk’uko byatangajwe na minisitiri w’inganda kuri uyu wa Kabiri nyuma y’aho Leta Zunze Ubumwe za Amerika zikuriye u Rwanda mu masezerano ya AGOA. Minisitiri w’ubucuruzi n’inganda w’u Rwanda, Vincent Munyeshyaka, mu kiganiro kigufi yahaye itangazamakuru kuri uyu wa Kabiri, itariki 31 Nyakanga, […]

Rusizi: Abaturage barasabwa kwirinda kuba intandaro y’icyabahungabanyiriza umutekano

Umunyamabanga nshingwabikorwa wa komisiyo y’igihugu y’Ubumwe n’Ubwiyunge, Fidèle Ndayisaba arasaba abaturage b’akarere ka Rusizi gukomera ku bumwe bwabo, kwirinda ibihuha byababuza kwikorera imirimo yabo ya buri munsi no kwirinda kuba intandaro   y’icyabahungabaniriza umutekano. Ndayisaba Fidèle yavuze ko nubwo mu minsi ishize mu murenge wa Bugarama hagiye humvikana   ibibazo by’ihungabana ry’umutekano ndetse no mu […]

Ntwite inda y’amezi 5, yanteye kwifuza cyane umugabo wa mukuru wanjye- NKORE IKI?

Nitwa Seraphine [izina rye ryahinduwe] nari nsanzwe mfite umwana umwe w’umuhungu none ubu ntwite inda y’amezi atanu, ariko ibirimo kumbaho nkeka ko ari amadayimoni ahari yanteye. Inda ya mbere natwise, nararikiye cyane ibiribwa bikomeye birimo amateke, ibijumba n’ibikoro rimwe na rimwe nkabirya byokeje, ariko ubu si ko biri, ahubwo agatima kanteye gukunda cyane umugabo wa […]

Musanze: Umusore wishe umukunzi we yabigambiriye yakatiwe gufungwa burundu

Urukiko  rwa Musanze rwakatiye igifungo cya burundu umuhungu witwa Safari Emmanuel nk’uko ubushinjacyaha bwari bwakimusabiye kubera icyaha  cy’ubwicanyi yakoreye umukunzi we yabigambiriye witwaga Iradukunda Rosine. Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Musanze bwari bukurikiranye Safari Emmanuel  kubera icyaha akekwaho cyo kuba yarishe umukunzi we witwaga  Iradukunda  Rosine  . Ni icyaha cyakozwe ku wa 27 Kamena 2018 mu gihe […]

Umukinnyi wa filimi, Brigitte Nielsen wabyaye ku myaka 54 akomeje guteza impaka

Amakuru yuko Brigitte Nielsen, umukinnyikazi wa filimi wo muri Danemark, yabyaye afite imyaka 54 y’amavuko, yateje impaka cyane ku mubare ukomeje kwiyongera w’ababyeyi babyara mu gihe cyo gucura. Mu kwezi kwa gatandatu nibwo Madamu Nielsen yabwaye umwana we w’umukobwa Frida. Kuri bamwe batabyemera, byabaye ngombwa ko asobanura icyemezo cye cyo kubyara ageze muri iyo myaka. […]

Ikiraka ingabo z’u Burundi na Uganda zifite muri Somalia cyongerewe iminsi

Akanama ka ONU gashinzwe umutekano ku isi kafashe icyemezo cyo gutinza gahunda yo kugabanya umubare w’ingabo z’umuryango w’ubumwe bwa Afurika zibungabunga amahoro muri Somalia. ONU iravuga ko inzego zishinzwe umutekano za Somalia zitatojwe neza kugira ngo zibe zabasha kuziba icyuho cyasigwa n’ingabo za AMISOM. Izi ngabo ziri mu butumwa bw’akanama ka ONU gashinzwe umutekano ku […]

Urubanza rw'abarwanashyaka ba FDU Inkingi rwongeye gusubikwa

Kuri uyu wa mbere ushize na bwo umucamanza mu rukiko rukuru ntiyabashije gutangira kuburanisha mu mizi urubanza rw’abarwanashyaka ba FDU Inkingi kubera inzitizi ababuranyi bombi bazamuye. Ubutabera bw’u Rwanda bubakurikiranyeho ibyaha byo gushaka kurema umutwe w’ingabo utemewe no kugirira nabi ubutegetsi buriho. Abaregwa bahakana ibyaha bakavuga ko bishingiye ku mpamvu za politiki. Uhereye ku ruhande […]

Itsinda ryaturutse muri Chad ryigiye ku Rwanda ibijyanye n’uburinganire n’iterambere ry’umugore

Itsinda ryaturutse mu gihugu cya Chad ryasuye u Rwanda kurwigiraho uburyo rwateje imbere uburinganire ndetse n’iterambere ry’umugore. Mu cyumweru gishize ubwo iri tsinda ryari riyobowe na Dr Djalal Adrijoun Khalil, ryageraga mu Rwanda ryakiriwe n’ubuyobozi bwa Minisiteri y’uburinganire n’iterambere ry’umuryango (MIGEPROF). Ryasobanuriwe iby’iterambere ry’umugore w’umunyarwandakazi, uburinganire mu Rwanda ndetse n’uburenganzira bw’umwana ahanini bareba u Rwanda […]

Perezida Donald Trump yategetse guhagarika u Rwanda mu masezerano ya AGOA

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatanze itegeko ko u Rwanda ruhagarikwa mu masezerano ya AGOA kuko ngo rwinangiye rugaca caguwa. Iki cyemezo cya Trump kije nyuma yaho muri Werurwe uyu muyobozi yasabye u Rwanda ko  mu gihe cy’iminsi 60 rwakwisubiraho ku cyemezo rwafashe cyo guca caguwa. Uhagarariye ubucuruzi bwa Amerika, C.J […]

Ruhango: Umugore yakase igitsina cy’umugabo we

Umugore wabanaga n’umugabo we w’imyaka 32 y’amavuko mu mudugudu wa Musenyi, Akagari ka Kabuga, Umurenge wa Mbuye mu karere ka Ruhango, arashinjwa gukata igitsina cy’umugabo we aratoroka. Mu ijoro ryo ku wa 29 rishyira ku wa 30 Nyakanga 2018, nibwo uyu mugore yakoze aya mahano akeka ko umugabo we amuca inyuma. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’ Umurenge […]

DJ Khaled yatangaje icyo Demi Lovato akeneye kugira ngo ave mu bitaro

Umuraperi DJ Khaled aravuga ko hari icyizere ko umuririmbyi Demi Lovato azakira akagaruka mu muziki nk’uko bisanzwe ku bw’imbaraga z’urukundo. DJ Khaled ubwo yari mu mujyi wa Newyork ku wa mbere w’iki cyumweru, yatangarije TMZ ko Lovato bakoranye indirimbo bise “ A wrinkle in Time” hari ikizere ko azakira cyane ko ngo agenda amera neza. […]

Muhanga: Uwishe umwana we kinyamanswa akoresheje igice cy’ibati yakatiwe imyaka 20 y’igifungo

Kuwa 27 Nyakanga 2018 Urukiko Rwisumbuye rwa Muhanga nyuma yo kwiherera rwahanishije  igihano cy’igifungo cy’imyaka 20  uwitwa  Mubonyereza Claudine w’imyaka 20 y’amavuko Ubushinjacyaha bwari bukurikiranyeho  icyaha cyo kwihekura . Kuwa  24 Nyakanga 2018 nibwo Ubushinjacyaha ku  Rwego Rwisumbuye rwa  Muhanga rwasabiye igihano cy’igifungo cya burundu uwitwa  Mubonyereza Claudine w’imyaka 20 y’amavuko wari ukurikiranyweho  icyaha cyo […]

Matyazo: Kutagira amashanyarazi byongereye ubushomeri mu rubyiruko

Abaturage bo mu murenge wa Matyazo mu karere ka Ngororero, intara y’Uburengerazuba bahangayikijijwe no kutagira amashanyarazi  kuko bidindiza iterambere ryabo . Mugwaneza Védaste,  umusore utuye mu murenge wa Matyazo avuga ko kutagira umuriro w’amashanyarazi bidindiza iterambere rye kuko ari mu bushomeri kandi bitari bikwiye kuko yize umwuga wo gusudira   ariko akaba atabona uko awukora kuko […]

Min. Uwacu yiseguye ku banyarwanda batabonye Sauti Sol ku rubyiniro

Minisitiri w’Umuco na Siporo, Uwacu Julienne, aratangaza ko we n’abagize itsinda rishinzwe imitegurire y’Iserukiramuco Nyafurika (FESPAD) batashimishijwe no kuba itsinda rya Sauti Sol ritararimbye nyamara ryari ryageze aho rigomba kuririmbira ndetse anabisabira imbabazi. Ku wa 29 Nyakanga 2018, nibwo mu Rwanda hatangijwe ku mugaragaro icyumweru cy’iserukiramuco Nyafurika (FESPAD) cyahujwe n’umuganura. Nkuko bisanzwe no mu myaka […]

Uganda: Abo mu muryango wa Gen. Kayihura baramagana amakuru y’uko yaba ashaka kwiyahura

Abo mu muryango wa Gen Kale Kayihura, wahoze ari umukuru w’igipolisi cya Uganda kuri ubu akaba afunze, mu mpera z’icyumweru gishize bagaragaje impungenge bafitiye amakuru avugwa y’uko Kayihura yaba yashyizweho uburinzi budasanzwe kuko ngo ashobora kwiyahurira aho afungiye, bo bavuga ko ibi babibona ahubwo nk’ikibazo ku buzima bwe kuko ngo ashobora kwicwa bikavugwa ko yiyahuye. […]

Lebron James arashinja Perezida Trump kwimakaza ivangura rishingiye ku ruhu

Igihangane mu mukino wa Basketball, Lebron James yatangaje ko Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump  akomeje kwimakaza ivangura rishingiye ku ruhu abinyujije by’umwihariko muri siporo. Ibi Lebron James yabitangarijr televiziyo ya CNN ubwo yatangizaga ishuri ahitwa Akron muri Leta ya Ohio. Yagize ati “Mu mezi ashize nibwo naje kubona ko  agamije(Trump)  kuducamo […]

Minisitiri Mushikiwabo wifuza kuyobora OIF agiye gutangira gushakira amajwi mu Burayi no muri Aziya

Mu rwego rw’ingendo akomeje gukorera hirya no hino ashakisha abazamushyigikira mu matora y’ubuyobozi bw’Umuryango w’Ibihugu bikoresha Ururimi rw’Igifaransa (OIF), umukandida Louise Mushikiwabo muri uku kwezi kwa Kanama azerekeza mu Burayi bwo hagati ndetse no muri Aziya yo mu majyepfo y’uburasirazuba aho azaba agiye kumvisha ibihugu byo muri ibi bice bikoresha Igifaransa imigambi afitiye uyu muryango […]

Ngo kuba minisitiri wa Congo yaje mu Rwanda si igitangaza usibye ko yari aherekejwe n’ukuriye ubutasi

Ibinyamakuru bitandukanye byo muri Congo birimo politico.cd biravuga ko kuba Visi Minisitiri w’Intebe ndetse akaba na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, Léonard She Okitundu, yagiriye uruzinduko rutunguranye mu Rwanda bikwiye gufatwa nk’ibisanzswe, usibye ko mu bamuherekeje harimo Umuyobozi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubutasi (ANR), Kalev Mutond. Itsinda ry’intumwa za Guverinoma ya Congo zikaba […]

Moise Katumbi yasabye uburenganzira bwo gusubira muri Congo ari mu ndege ye

Umunyapolitiki akaba n’umuherwe, Moise Katumbi ushaka kwiyamamaza ku mwanya w’umukuru w’igihugu muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yasabye uburengenzira bwo gutaha. Ubwo yaganiraga na Radiyo Mpuzamahanga y’Abafaransa (RFI), aho yari ari i Johannesburg muri Afurika y’Epfo, yasabye abayobozi bwa RD Congo, uburenganzira bwo gutaha n’indege ye ikagwa i Lubumbashi. Katumbi yabasabaga kuba yahagera ku wa […]

Indwara itazwi imaze guhitana abantu 15 mu byumweru bibiri

Indwara itaramenyekana imaze guhitana abantu 15 mu gace ka Mangina, gaherereye muri kilometero 30 uvuye mu Burengerazuba bw’Amajyepfo ya Beni mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Umuganga muri zone ya Mabalako/Mangina, Dr Germain Kamaliro avuga ko iyi ndwara irangwa n’impiswi, umuriro mwinshi, kuruka,… akaba ashimangira ko bataramenya iyo ariyo ariko ikaba ihitanye abantu 15 mu bantu […]

Leta ya Uganda ivuga ko nta Munyarwanda ufungwa ahorwa uwo ari we

Mu gihe hari amakuru avuga ko Abanyarwanda bari muri Uganda cyane cyane abigeze gukora mu nzego z’umutekano bahigwa bukware bacyekwaho ubunetsi, aya makuru Leta ya Uganda yayateye utwatsi. Ikinyamakuru The Standard cyo muri Kenya kivuga ko inzego z’iperereza muri Uganda, Urwego rushinzwe Ubutasi bwa Gisirikare ndetse n’Urwego rushinzwe Umutekano w’Imbere mu gihugu bahiga bukware abahoze […]

RDC: Ibihumbi 60 by’Amadolari byakusanyirijwe gufasha Moise Katumbi mu matora

Abaturage bo muri Katanga muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bakusanyije amadorali agera ku bihumbi 60, Moise Katumbi azifashisha yiyamamaza ku mwanya w’umukuru w’igihugu. Perezida w’urubyiruko mu ntara ya Katanga, Georges Mawine yatangaje ku wa Gatandatu tariki ya 28 Nyakanga 2018, ubwo bari mu myigaragambyo i Lubumbashi, ko intego yabo ari ugukusanya inkunga isaga ibihumbi […]

R. Kelly akomeje gushinjwa gukoresha abana b’abakobwa ubucakara bw’igitsina

Ababyeyi batandukanye b’abana b’abakobwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bakomeje gushyira mu majwi umuririmbyi Robert Kelly uzwi nka R. Kelly ko akoresha abana babo ubucakara bw’igitsina. Umwe muri aba babyeyi witwa Angelo Clary utuye muri Leta ya Carifonia yatangarije TMZ ko umukobwa we Azriel Clary yakoreshejwe ibikorwa by’ubucakara bw’igitsina kuko ngo akiri munsi y’imyaka […]

Nyamagabe: Hakusanijwe ibihumbi ijana byo kubakira uwabaga mu gisa n’umwobo

Ku muganda usoza ukwezi kwa Nyakanga 2018, abaturage b’umudugudu wa Munombe, akagari ka Kigeme,umurenge wa Gasaka mu karere ka Nyamagabe bubakiye inzu umuturage wari umaze imyaka ibiri aba mu bikuta by’amatafari bidasakaye. Ni kuwa Gatandatu tariki ya 28 Nyakanga, abaturage b’umudugudu wa Munombe bitabiriye umuganda ari benshi: barimo abarimu mu mashuri anyuranye y’aha ku Kigeme, […]

Rusizi: Abavugwagaho gukurura umwuka mubi mu itorero ry’Abametodisiti bababariwe

Nyuma y’imyaka ine mu itorero ‘Méthodiste libre mu Rwanda’, paruwasi ya Kamembe havugwa  umwuka mubi wakuruwe na bamwe mu bakirisitu bayo, ubuyobozi bw’iri torero ku rwego rw’igihugu n’ubwa komisiyo  y’igihugu y’ubumwe n’ubwiyunge buravuga ko umwuka mwiza wagarutse nyuma y’icyemezo cyo kugarura  abavugwagaho kuwukurura. Nk’uko Musenyeri Kayinamura Samuel, umwepisikopi w’iri torero yabitangarije Biwza.com, ngo intandaro y’uyu […]

Umuraperi Kanye West ari mu gahinda yatewe n’uburwayi bw’umubyeyi we

Umuraperi Kanye West ari mu gahinda nyuma yaho se umubyara, Ray West abaganga bamupimye bagasanga afite indwara ya Kanseri y’imyanya myibarukiro ku bagabo (prostate cancer). Inshuti za hafi z’uyu mubyeyi wa Kanye West zivuga ko  ibyavuzwe ko uyu musaza afite Kanseri y’igifu ari ibinyoma kandi ko umuhungu we arimo gutanga buri kimwe cyose ngo afashe […]

Inkuru ibaye impamo, Rutamu asezeye mu itangazamakuru

Hari hashize iminsi havugwa inkuru y’umunyamakuru wa Radio 1, Rutamu Elie Joe watangaje ko ikipe ya Argentine nisezererwa mu mikino y’igikombe cy’isi na we azahita asezera mu itangazamakuru, kuri ubu biratangazwa ko inkuru yabaye impamo. N’ubwo uyu munyamakuru atatangaje niba koko yahagaritse uyu mwuga ku bw’ikipe ya Argentine, ngo yarangije gusezera kuri Radio 1 ndetse […]

Perezida Museveni yaburiwe ko nadafungura Gen kayihura bizamugiraho ingaruka zikomeye

Abo mu muryango wa Gen Kale Kayihura ndetse n’inshuti ze za hafi bo mu gace ka Kisoro, baburiye Perezida Museveni ko gufunga uyu mujenerali bizamugiraho ingaruka zikomeye zishingiye kuri politiki. Amezi abiri ashize Gen Kayihura afungiye i Makindye muri kasho ya gisirikare nyuma yo gufatirwa iwe ahitwa  Lyantonde, kugeza n’ubu akaba ataragezwa imbere y’ubutabera ngo […]

Rubavu: Abasore babiri bafatanwe udupfunyika 8 612 tw’urumogi

Mu ijoro ryo ku itariki ya 28 rishyira iya 29 Nyakanga, nibwo Imanirabaruta Gabriel w’imyaka 22 y’amavuko na Rwasibo Lucien w’imyaka 29 bafatiwe mu karere ka Rubavu mu murenge wa Mukamira bagerageza kwinjiza mu Rwanda udupfunyika 8.612 tw’urumogi. Urwo rumogi  bari barupakiye mu ivatiri  yo mu bwoko bwa Carina  ifite pulake RAA 516F, ariko kubera […]