Burundi: Abatoye Yego mu matora ya kamarampaka nibo baza imbere

Ku wa Kane tariki ya 17 Gicurasi 2018, nibwo mu gihugu cy’u Burundi habaye amatora ya kamarampaka, mu gihe amajwi akibarurwa abatoye YEGO, ngo Itegeko Nshinga rivugururwe nibo baza imbere y’abatoye Oya, bifuza ko ryaguma uko riri. Komisiyo Ishinzwe Amatora mu Burundi, CENI, itangaza ko amajwi yabaruwe mu rwego rw’Intara ataragera ku cyicaro cyayo. Ariko […]

Umwami Mswati III wa Swaziland yahinduye izina ry'iki gihugu

 Umwami w’igihugu cya Swaziland, Mswati III yahinduye izina ryacyo akita Eswatini ‘Igihugu cy’ubutaka kavukire”. Iri zina ryahinduwe n’umwami Mswati III ashingiye ku itegeko No. 80 ryo mu 2018 ryashyizweho umukono na we ubwe, rinasohoka mu igazeti ya Leta. Mbere y’uko Umwami afata icyemezo cyo guhindura izina ry’igiihugu cye, ngo yabanje kubitangaza  mu kwezi gushize mu […]

Minisitiri w’Uburezi arasaba abarezi kwigisha uburere buzira ingengabitekerezo ya jenoside

Minisitiri w’Uburezi, Dr. Mutimura Eugene avuga ko uburezi bwa bose ariryo pfundo ry’u Rwanda rwa none n’ejo hazaza, bityo agasaba abarezi guha abana uburere buzira ingengabitekerezo ya jenoside. Ibi yabitangarije ku rwibutso rwa jenoside rwa Kiziguro, mu Karere ka Gatsibo, kuri uyu wa Gatanu tariki ya 18 Gicurasi 2018, ubwo abakozi ba Minisiteri y’Uburenzi (Mineduc) n’ibindi […]

Ubusambanyi buravuza ubuhuha hagati y’abarimu n’abanyeshuri muri kaminuza ya Makerere

Iperereza ryakozwe muri Kaminuza ya Makerere, rigaragaza ko ubusambanyi hagati y’abarimu n’abanyeshuri, bumaze gufata indi ntera, mu gihe bukorwa abanyeshuri bashukishwa amanota. Iperereza ryakozwe mu gihe cy’amezi abiri, cyane cyane rikorwa harebwa ihohoterwa rikorwa rishingiye ku gitsina, byagaragaye ko iyo ngeso yeze cyane muri Kaminuza ya Makerere iherereye mu mujyi wa Kampala muri Uganda Nk’uko […]

30% by’impunzi z’Abanye Congo ziri mu nkambi ya Kiziba zimaze kwiyandikisha zishaka gutaha

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe impunzi (UNHCR) ryatangiye kwandika impunzi zishaka gusubira muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ubu 30% bakaba bamaze kwiyandikisha. Minisiteri Ishinzwe Imicungire y’Ibiza n’Impunzi (Midimar) yatangaje ibi, ku wa Kane tariki ya 17 Gicurasi 2018, mu kiganiro yagiranaga na Komisiyo y’Ingengo y’Imari n’umutungo by’Igihugu, ku mbanzirizamushinga w’ingengo y’imari yayo 2018/2019. Umunyamabanga Uhoraho muri […]

Uganda: Hibwe imbunda mu rugo rwa Gen Salim Saleh

Inzego z’umutekano muri Uganda ziri mu iperereza ry’imbunda yari yibwe  mu rugo rwa Gen Salim Saleh, umuvandimwe akanaba umujyanama wa Perezida Museveni wa Uganda. Ku wa 9 Gicurasi 2018, nibwo amakuru yamenyekanye ko imbunda yibwe, hakekwa umusirikare witwa Richard Komakech wavuye ku kazi nta ruhushya ahawe. Umuvugizi w’igisirikare, Brig. Richard Karemire yemeje aya makuru, atangariza […]

Burundi: Kamarampaka isize bamwe mu bayoboke ba Agathon Rwasa bishwe abandi bafunzwe

Visi Perezida w’Inteko Nshingamategeko y’u Burundi, Rwasa Agathon avuga ko bamwe mu bayoboke be bafunzwe abandi baricwa mu bihe hitegurwaga amatora ya kamarampaka yabaye ku wa Kane tariki ya 17 Gicurasi 2018. Aganira n’itangazamakuru ubwo yari amaze gutora ku biro by’itora bya Ciri, mu ntara ya Ngozi, ahagana saa tanu z’amanywa zo kuri uyu wa […]

Inyeshyamba za FDLR zishinjwa gushimutira Abongereza babiri muri Pariki ya Virunga

Mu cyumweru gishize nibwo hari hatangajwe inkuru z’uko abakerarugendo babiri b’Abongereza bashimutiwe muri Pariki ya Virunga, muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo nyuma yo kurekurwa, bitangazwa ko ari inyeshyamba za FDLR zari zabashimuse. Ku wa 11 Gicurasi 2018, nibwo Abongereza babiri n’abashoferi bari babatwaye b’abanyecongo, bashimuswe, nyuma yo kurasanaho kwabaye hagati y’abashinzwe kurinda pariki n’izi […]

Icyumweru cy’ibikorwa bya Polisi: Hakozwe ubukangurambaga mu mashuri

Ubukangurambaga ku kurwanya no gukumira ukwishora mu biyobyabwenge burakomeje nk’uko gahunda iteye mu cyumweru cya mbere cy’ukwezi kwahariwe ibikorwa bya Polisi y’u Rwanda mu mwaka wa 2018. Ku wa kabiri tariki 16 z’uku kwezi, Polisi yatanze ibiganiro mu bigo by’amashuri 23 byo mu turere dutandukanye; ababitanze bakaba baribanze ku bwoko bw’ibiyobyabwenge bikunze gufatirwa mu Rwanda, […]

Ihohoterwa rikorerwa abana ryiganje mu gukubita ab’abahungu mu ngo no mu mashuri- Ubushakashatsi

Ubwo hashyirwaga ahabona ubushakashatsi bwakozwe ku ihohoterwa rikorerwa abana n’urubyiruko mu Rwanda, Minisiteri y’ubuzima mu Rwanda, yasabye ababyeyi n’abarezi kwirinda gukubita abana ko bibagiraho ingaruka mbi ku mu biri no mu mitekerereze yabo. Ni ubushakashatsi bwamuritswe kuri uyu wa Kane tariki ya 17 Gicurasi 2018, Umuyobozi ushinzwe ishami ry’ubuvuzi bw’indwara zo mu mutwe mu Kigo […]

Kigali: Dr. Munyakazi Leopold yasabiwe igifungo cya burundu y’umwihariko

Urugereko rwihariye rw’urukiko rukuru i Kigali, kuri uyu wa Kane tariki ya 17 Gicurasi 2018, rwumvise abashinja n’abashinjura Dr Leopold Munyakazi, ubushinjacyaha bumusabira igifungo cya burundu y’umwihariko. Mu kwezi gushize nibwo abatangabuhamya bashinjura Dr Munyakazi bumviswe aho avuga i Kirwa mu murenge wa Kayenzi, akarere ka Kamonyi, naho abamushinja bumvirwa mu rugereko rwihariye rw’urukiko Rukuru […]

Nizeye neza ko Zari azaba uwanjye- Umuhanzi Ringtone

Umunyakenya uririmba indirimbo zihimbaza Imana uzwi nka Ringtone amaze iminsi uvugwa cyane bitewe no kuba ashaka kwiyegurira umutima wa Zari Hassan Tlale  wahoze ari umugore wa Diamond, kuri ubu yamaze gutangaza ko atacika intege kugeza yegukanye uyu mugore. Ibi uyu muririmbyi yabitangaje nyuma yaho  Zari yanze kwakira impano y’imodoka yari yagenewe n’uyu muhanzi ubwo yari […]

Umuyobozi w’inyeshyamba za Antibalaka zo muri Centrafrika yafatiwe muri Congo

Umuyobozi mukuru w’inyeshyamba za ‘Antibalaka’ zo muri Centrafrika, Gen. Pinho yafashwe n’igisirikare cya Congo (FARDC) muri Teritwari ya Bondo. Ku wa Gatatu tariki ya 16 Gicurasi 2018, nibwo Gen. Pinho yafashwe ari mu gace ka Kanzau muri Teritwari ya Bondo arinzwe n’abasirikare basaga 30 buri wese afite intwaro ye. Radiyo Okapi dukesha iyi nkuru, itangaza […]

Nyabihu: Minisitiri w’Intebe arakangurira ababyeyi kurandura ikibazo cy’imirire mibi n'igwingira mu bana

Minisitiri w’Intebe, Dr Ngirente Edouard arasaba ababyeyi bo mu karere ka Nyabihu,  kurandura burundu ikibazo cy’imirire mibi ndetse n’igwingira mu bana. Mu Kagari ka Kijote, Umurenge wa Bigogwe ho mu Karere ka Nyabihu, kuri uyu wa Kane tariki ya 17 Gicurasi 2018, niho Minisitiri w’Intebe yatangirije ubukangurambaga bwo kurandura ikibazo cy’igwingira mu bana bato mu […]

Bugesera: Abahinzi b’umuceri barataka igihombo batewe n’ibiza byakuruwe n’imvura

Abahinzi basaga 1800 bahinga umuceri mu gishanga cya Rurambi mu karere ka Bugesera baravuga ko kubera ibiza byatewe n’imvura idasanzwe byabahombeje amafaranga agera kuri miliyari imwe mu mafaranga y’u Rwanda. Bagasaba ko Leta yabavuganira kugira ngo ibigo by’imari byari byabahaye inguzanyo bibihanganire muri ibi bihe bikomeye barimo nyuma yo kwibasirwa n’ibiza. Aha baroba amafi, ubusanzwe […]

Umuyobozi muri Polisi ya Uganda yagonzwe ahita apfa

Polisi yo muri Uganda irimo gushakisha umushoferi wari utwaye imodoka akagonga umuyobozi wa Polisi mu gace   ka Kyebando, agahita apfa. Polisi itangaza ko ibi byabaye ku wa Kabiri tariki ya 15 Gicurasi 2018, Francis Kato wari umuyobozi wa polisi mu gace ka Kyebando agongwa n’imodoka yihutaga cyane iva mu cyerekezo cya  Kira. Umuyobozi wa polisi […]

Kigali: Ibikoresho bya Family Tv byafatiriwe kubera amadeni

Nyuma y’uko televiziyo ikorera mu Rwanda izwi nka Family Tv ijyanywe mu nkiko kubera kunanirwa kwishyura amadeni yari ifitiye ikigo cy’itumanaho cyayigurishaga interineti, byabaye ngombwa ko abanyamakuru basohorwa mu kazi ibikoresho birazingwa. Amakuru agera kuri bwiza.com avuga ko kuri uyu wa Gatatu tariki ya 17 Gicurasi 2017, aribwo umuhesha w’inkiko yinjiye aho iyi televiziyo ikorera […]

Burundi: Abaturage bazindukiye mu gikorwa cy'amatora ya kamarampaka- AMAFOTO

Kuva mu rukerera rwo kuri uyu wa Kane tariki ya 17 Gicurasi 2018, Abarundi babukereye bitabira amatora ya Kamarampaka, batora YEGO na OYA, ngo Itegeko Nshinga ry’u Burundi ribe ryahindurwa cyangwa rigume uko ryari risanzwe. Abitabiriye amatora hagaragayemo n’umukuru w’igihugu Petero Nkurunziza n’umufasha we Denise Nkurunziza, batonze umurongo nk’abandi baturage ku biro by’itora bya ECOFO […]

Nyamasheke: Abana bari munsi y’imyaka 5 bugarijwe n'uburwayi bw’inzoka zo mu nda buterwa n’isuku nke

Bamwe mu babyeyi bo mu kagari ka Mutongo, umurenge wa Macuba, mu karere ka Nyamasheke, bavuga ko abana babo, cyane cyane abari munsi y’imyaka itanu y’amavuko bakunze kwibasirwa n’uburwayi bw’inzoka, bavuga ko ahanini biterwa n’isuku nke. Ababyeyi bavuga iki kibazo kibakomereye, n’ubwo bagerageza kuvuza abana babo ariko indwara z’inzoka zo mu nda ngo biranga zikabazahaza, […]

Zeid Hussein ugereranya u Burundi n’iseta ibagirwaho abantu’ aranenga Leta yabwo

Nyuma y’igitero cyagabwe mu Ntara ya Cibitoke mu Burundi, kigahitana ubuzima bw’abantu 26, Intumwa Nkuru ya Loni ku burenganzira bwa muntu, Zeid Ra’ad Al Hussein, aranenga Leta y’u Burundi itarabashije kurinda umutekano w’abaturage. Zeid Ra’ad Al Hussein avuga ko hakenewe ibisobanuro byinshi kuri ubu bwicanyi, hakamenyekana ababukoze, akavuga ko u Burundi bwuzuye ibinyoma. Yagize ati “Bishobora kuba byaturutse ku mpamvu […]

Ubuyobozi bw’akarere ka Rusizi bwagaragarije Abasenateri raporo 'itekinitse' bunyomorezwa aho

Ubwo ubuyobozi bw’akarere ka Rusizi bwagaragariza Abasenateri bagize Komisiyo y’ Ubukungu n’ Imari,  raporo igaragaza aho bageze bageza amazi meza ku baturage, basanze irimo itekinika batamarizwa aho, banemera kubikosora. Ku wa Kabiri tariki ya 15 Gicurasi 2018, ubwo Abasenateri bagize Komisiyo y’ Ubukungu n’ Imari, basuraga aka karere, nibwo babeshye, umwe muri bo agezaho yemera […]

Iyo FPR idatsinda intambara, nta mututsi uba usigaye mu Rwanda- Prof. Audoin Rouzeau

Urubanza ruregwamo Barahira Tito na Ngenzi Octavien bombi bayoboye Komini Kabarondo bakaba bashinjwa Jenoside rugeze mu bujurire i Paris. Nyuma yo kuba ruhagaze iminsi 10 (4-14 Gicurasi ) ku mpamvu z’uburwayi n’abunganizi bifuzaga kugera ahakorewe icyaha, kuri uyu wa mbere rwasubukuwe. Ibindi byagarutsweho mu rukiko : -Kwica abana niko gutsemba, n’uwari mu nda yahawe ubwoko aricwa, […]

Uganda: Umuryango wa Rutagungira ushinjwa gushimuta Lt Joel Mutabazi, uratabaza Loni

Umuryango wa RenĂ© Rutagungira ufungiye muri Uganda wandikiye agashami ka Loni gashize uburenganzi bwa muntu, ugasaba kugira icyo ukora ku iyicarubozi ngo akorerwa aho afungiye. RenĂ© Rutagungira, ni umunyarwanda, afungiye muri Uganda kuva mu Kanama 2017, ashinjwa ibyaha birimo ugushimuta Lt Joel Mutabazi wahoze ari mu basirikare barinda Perezida Kagame w’u Rwanda, agasubizwa mu Rwanda […]

Abahigira guhirika Leta y’u Rwanda umugambi ubapfubana ntaho bari bagera

Amwe mu mashyaka ya politiki akorera hanze y’u Rwanda agizwe n’abatavuga rumwe na Leta y’u Rwanda yagiye yishyira hamwe agamije icyo yise ‘impinduka mu Rwanda’, no kuvanaho ubutegetsi buriho ariko bamwe mu bayagize ntibyabahiriye, abandi bacika intege batararenga umutaru. Ubu, umunyapolitiki Rusesabagina Paul afatanyije na Sankara Callixte bavuga ko bishoye mu kibuga gushobora ibimaze kugeragezwa […]

Amama Mbabazi agiye gushyingirana na perezida w’Afurika y’Epfo Cyril Ramaphosa

Mu minsi ya vuba, Amama Mbabazi wahoze ari Minisitiri w’Intebe muri Uganda araba bamwana wa Cyril Ramaphosa, umuyobozi mushya wa repubulika y’Afurika y’Epfo nyuma y’uko abana babo bashakanye bakabana nk’umugore n’umugabo. Chimpreports dukesha iyi nkuru ivuga ko umuryango wa Amama Mbabazi watangaje ko mu mpera z’iki cyumweru, mwishywa wa Amama Mbabazi witwa Bridget Birungi Rwakairu […]

Abahanzi batanu bahenze gutumira muri Uganda – Amafoto

Umuziki wa  Uganda umaze gutera imbere kuburyo utatinya kuvuga ko uri ku rwego rwo hejuru  muri Afurika by’umwihariko Afurika y’iburasirazuba uku gukundwa kwawo bituma n’abawukora binjiza kuburyo bugaragara aho usanga abahanzi bo muri Uganda bihagazeho, igihe ukeneye umuhanzi wakwifashisha mu birori biba bigoye utifite, aba ni abahanzi 5 bahenze igihe ukeneye gutumira umwe muri bo. […]

Burundi: Abatavuga rumwe na leta basabye ko amahanga yabufatira ibihano

bikomeye Abanyepolitike batavuga rumwe na leta y’u Burundi bibumbiye mu muryango uharanira uburenganzira bwa muntu basabye ko amahanga yafatira kiriya gihugu ibihano bikomeyye kubera ibibazo biri mu miyoborere ndetse no muri politiki bavuga ko byatumye igihugu gicikammo ibice. Aba banyepolitiki biganjemo abari mu buhungiro bavugiye mu kiganiro bagiranye n’itangazamakuru cyateguwe n’umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu […]

Nyamasheke: Umusaza w’imyaka 59 yasanzwe mu giti cy’imyembe yapfuye

Mu mudugudu wa Nyamugari, akagari ka Gasayo, umurenge wa Karengera ho mu karere ka Nyamasheke, haravugwa urupfu ruteye urujijo rw’umusaza, Ngendahayo Jean w’imyaka 59  y’amavuko, wabyutse saa munani z’ijoro  zo ku cyumweru tariki ya 13 Gicurasi 2018, ajya kwihagarika ntiyagaruka mu nzu, mu gitondo bamusanga mu giti cy’imyembe ho amanitse yapfuye. Nk’uko Bwiza.com yabitangarijwe n’umunyamabanga […]

Ku wa 16 Gicurasi 1994: Interahamwe n'abasirikare bishe Abatutsi benshi bari i Kabgayi

Mu gihe u Rwanda n’Isi yose bibuka ku nshuro ya 24 jenoside yakorewe Abatutsi, Komisiyo y’Igihugu Ishinzwe kurwanya Jenoside (CNLG) itangaza ko ku munsi nk’uyu wa 16 Gicurasi mu 1994, Interahamwe n’abasirikare bishe abantu babarirwa mu magana bari bahungiye kuri Kiliziya i Kabgayi. Kuri iyi tariki kandi ingabo za FPR/Inkotanyi zafashe agace ka Bugesera zirokora abantu […]

U Rwanda rugiye kongera umubare wa za kamera zo ku mihanda mu mujyi wa Kigali

Leta y’u Rwanda igiye gushora akayabo ka Miliyari zigera kuri 5 z’amafaranga y’u Rwanda mu kugura izindi kamera zo ku mihanda zizwi nka CCTV hagamijwe gukaza umutekano mu mujyi wa Kigali. The New Times dukesha iyi nkuru ivuga ko iyi gahunda izashyirwa mu bikorwa guhera mu mwaka utaha, bikaba binateganyijwe ko aya mafaranga agomba kuzongerwa […]

Uganda: Umusaza w’imyaka 80 yarashe umugore we w’imyaka 30 aramwica

Polisi yo mu gihugu cya Uganda mu gace ka Mityana, iri mu iperereza ry’umusaza w’imyaka 80 bikekwa ko yaba yarashe umugore we akamwica. Nk’uko polisi yabitangarije chimpreports, ngo umusaza witwa Samuel Baliluno w’imyaka 80, acyekwaho kurasa umugore we, Agnes Nakimera mu rutugu ahita apfa. Umuvugizi wa polisi mu gace ka Mityana, rejiyo ya Wamala, Kikandwa […]

Inzobere z’abaganga b’Abanyamerika zigiye kumara iminsi 10 mu Rwanda zivura umwingo n’ibibari

Ku mugoroba wo ku wa Gatandatu tariki ya 12 Gicurasi 2018, nibwo inzobere z’abaganga b’Abanyamerika basesekaye ku kibuga cy’indege cya Kigali i Kanombe, bakaba bazamara iminsi 10 mu Rwanda bavura umwingo n’ibibari. Aba baganga bazaba bavurira mu bitaro bya Gitwe biherereye mu karere ka Ruhango, ubuyobozi bwabyo bukavuga ko bizeye ko hari umubare munini w’abarwayi […]

Nyamasheke: Mu mirenge ya Kanjongo na Bushekeri hatoraguwe imbunda abaturage bahinga

Amakuru agera kuri Bwiza.com avuga ko mu mirenge ya Kanjongo na Bushekeri mu karere ka Nyamasheke  gutoraguwe imbunda abaturage bahinga, ngo bikaba bigaragara ko aho zakuwe zahatabwe mu myaka ishize binagendanye n’ibihe igihugu cyanyuzemo, zikaba zitoraguwe hashize iminsi mike cyane no mu murenge wa Bushenge muri aka karere hatoraguwe gerenade mu gitsinsi cy’insina ubwo nanone […]

Bidasubirwaho, perezida Trump agiye guhura na mugenzi we wa Koreya ya Ruguru

Perezida w’Amerika Donald Trump yatangaje ko bitarenze ukwezi kwa Kamena aba yabonanye na mugenzi we wa Koreya ya Ruguru Kim Jong Un bakaganira amaso ku maso ibyerekeye ibitwaro bya kirimbuzi. Abinyujije ku rubuga rwa Twitter, perezida Donald Trump yagize ati “Niduhura bizaba ari ibihe bidasanzwe kuko tuzaganira ibintu bifitiye isi umumaro bigamije kuyigarurira amahoro.” Perezida […]

Kanyinya: Bifuza kubona imibiri y’ababo bishwe muri jenoside bakabashyingura mu cyubahiro

Ubwo abaturage bo mu murenge wa Kanyinya wo mu karere ka Nyarugenge, Umujyi wa Kigali, bibukaga ku nshuro ya 24 Jenoside yakorewe Abatutsi, basabye ko bafashwa kubona imibiri y’ababo bishwe muri jenoside bagashyingura mu cyubahiro. Umuhango wo kwibuka wabaye mu mpera z’icyumweru gishize, utangizwa n’urugendo rwo kwibuka nyuma haba ibiganiro n’ubuhamya bwatanzwe n’abaturage bari batuye […]

Umuhanzi Davido mu nzira zihagarika umuziki burundu

David Adedeji Adeleke wamamaye nka Davido akomoka mu gihugu cya Nigeriya yatangaje ko agiye guhagarika umuziki akareba ibindi yerekezamo mu gihe cya vuba. Ubwo yaganiraga n’itangzamakuru umuhanzi Davido wavutse 21 Ugushyingo 1992 kuri ubu ufite imyaka 25 yatangaje ko niyuzuza imyaka 30 azahita ahagarika umuziki burundu bivuzeko  yihaye igihe kingana n’imyaka 5 akora umuziki Yagize […]

Rayon Sports yageze i Dar Es Salam yakirwa mu buryo bukomeye -Amafoto

Rayon Sports yahagurutse hano mu Rwanda i saa tanu n’igice z’igicuku yerekeza i Dar Es Salam ho muri Tanzaniya kuri uyu wa 14 Gicurasi 2018 aho yahagurukanye abakinnyi 18 bazakurwamo abazakina na Young Africans mu marushanwa ya CAF Confederation cup ndetse abakinnyi bose bakaba bamaze kuhagera  Ni nyuma yaho ikipe ya Rayon Sports inganyirije i […]

Umugore wa perezida Trump, Melania ari mu bitaro

Umugore wa perezida w’Amerika, Melania Trump ari mu bitaro aho agomba kumara iminsi 7 akurikiranwa n’abaganga ku ndwara y’impyiko. Melania w’imyaka 48 yoherejwe mu bitaro bya Walter Reed medical center biherereye mu mujyi wa Bethesda guhera kuwa mbere w’iki cyumweru, nyuma yo kubona ko impyiko ze zitameze neza, ubu akaba ari kugurikiranwa n’abaganga b’inzobere. Ikinyamakuru […]

Rubavu: Abayobozi bavuga ko hakiri aboshya abaturage kubyara bagamije kuzuza isi

Nyuma y’uko bigaragaye ko u Rwanda ari kimwe mu bihugu bikirangwamo ibibazo by’imirire mibi, abayobozi batandukanye bahagurukiye iki kibazo ndetse banashakisha uburyo cyacika burundu. Ni muri urwo rwego mu muhango wo gutangiza icyumweru cyahariwe ubuzima bw’umubyeyi n’umwana mu Rwanda abaminisitiri barimo uw’ubuzima, Diane Gashumba ndetse na Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango Nyirasafari Esperance basuye abaturage ba […]

Burundi: Loni ibabajwe n’ubwicanyi bwahitanye abantu 26 mu Ntara ya Cibitoke

Intumwa idasanzwe mu Burundi y’Umunyamabanga mukuru w’umuryango w’Abibumbye, Michel Kafando, atangaza ko bababajwe kandi banenga ubwicanyi bwakorewe abaturage bo mu Ntara ya Cibitoke bugahitana abuzima bw’abantu 26. Ni ubwicanyi bwakozwe ku wa 11 Gicurasi 2018, abantu 26 bicishwa ibyuma n’amasasu, abandi benshi barakomereka. Mu itangazo iyi ntumwa ya Loni mu Burundi, yasohoye ku wa 12 […]

Nabyaranye na musaza wanjye, tubimenya nyuma ko tuva inda imwe kubera amakosa yakozwe n’ababyeyi bacu

Muraho neza, dushimishwa n’inama mutugira umunsi ku munsi, ni nayo mpamvu na njye nifuza ko munsangiza kuri ibyo bitekerezo by’isanamitima dore ko abenshi tuba twarumiwe. Nitwa Nikuze, iwacu ni mu karere ka Kicukiro, nashatse umugabo mu mwaka wa 2016, tubana ariko tudasezeranye, ubu mfite umwana w’imyaka ibiri ariko naje gutungurwa n’uko nabyaranye na musaza wanjye. […]

Meya wa Rusizi yeguye ‘gisukuti’, nyobozi y’udushya i Nyabihu irarembereye

Ku Cyumweru tariki ya 13 Gicurasi 2018, nibwo humvikanye iyegura rya Meya wa Rusizi, Harerimana Frederic, ariko yabyitwayemo gisukuti kuko atabihishe cyangwa ngo bimutere ipfunwe nk’abandi. Hari hashize kandi igihe gito, nyobozi yose ya Nyabihu na Gitifu wayo bakuyemo akabo karenge, nabo bakaba barakunze kurangwa n’udushya ab’ubu bita ‘kwinyuramo’. Harerimana Frederic yakuriye mu gisukuti. Yawubereye […]

Polisi igiye guha abaturage amashanyarazi inubake ibiro by’imidugudu mu cyumweru cyayihariwe

Uyu mwaka, icyumweru cyahariwe ibikorwa bya Polisi kiratangira ku itariki ya 15 Gicurasi kizagere kuwa 16 Kamena, ubwo Polisi y’u Rwanda izizihiza isabukuru y’imyaka 18 imaze ishinzwe, uku kwezi kwahariwe ibikorwa byayo, guha abaturage amashanyari batishoboye kubaka ibiro by’imidugudu nibindi, kukaba gufite insanganyamatsiko igira iti”Imyaka 18 y’ubufatanye mu kubungabunga umutekano: Duture mu mudugudu utarangwamo icyaha.” […]

Musanze: Polisi yaganirije Abayisilamukazi baho ku ihohotera rishingiye ku gitsina

Mu rwego rwo gukomeza gufatanya n’izindi nzego gukumira no kurwanya ihohotera rishingiye ku gitsina, ku cyumweru tariki 13 Gicurasi uyu mwaka; Polisi mu karere ka Musanze yagiranye ikiganiro n’Abayisilamukazi baho 359 ku ihohotera rishingiye ku gitsina, ibasaba kugira uruhare mu gukumira iki cyaha. Ubu butumwa bwatanzwe n’Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyaruguru, Chief Inspector of […]

Urubanza-shuri: Urubanza rwa Rukundo n’Ubushinjacyaha ntirushobora kurangizwa

Abagenerwankuru: Abacamanza, abapolisi, abagenzacyaha, abunganira abandi mu mategeko, abashinjacyaha, abashyiraho amategeko, abahesha b’inkiko, abiga amategeko, imiryango irengera uburenganzira bwa muntu, imiryango irwanya ruswa n’akarengane, inzego z’ibanze, abanyamakuru, abanyarwanda muri rusange. Isobanurampamvu: Uwabona umukino uri muri uru rubanza, byamugora kumva ko inzego zishinzwe amategeko mu Rwanda zikora uko bikwiye. Yego ngo “Nyirikirimi kibi yatanze umurozi gupfa”, […]

Ibintu by'ibanze bizakwereka ko urukundo rwanyu ruri mu marembera

Urukundo benshi bemeza ko ari indwara y’umutima abandi bati rurasaza mbega buri wese aruvuga uko abishaka ariko akenshi ntiruba akaramata, abahanga mu mibanire bemeza ko hari ibimenyetso bikomeye bikwereka ko urukundo rwanyu rwarangiye cyangwa ruri hafi kujyaho akadomo. Nkuko ikinyamakuru Daily Life cyaganiriye n’umuhanga mu mibanire witwa Bella Elwood-Clayton  avuga ko ibyiyumvo umubiri ukora iyo […]

Umusore washakaga guha Zari impano y'imodoka yahuriye n'akaga ku mbuga nkoranyambaga-Amafoto

Umuhanzi wo muri Kenya uririmba indirimbo zihimabaza Imana, Ringtone washakaga guha Zari Hassan impano yimodoka ihenze ya ‘Range Rover’, ubu yabaye iciro ry’imigani ku mbuga nkoranyambaga. Hadutse inkubiri yo gukwirakwiza amafoto ku mbuga nkoranyaga asa neza n’aya Ringtone ubwo yari ategereje Zari ngo amushyikirize imodoka yari yamugeneye. Bamwe mu bantu batangiye gusakaza aya mafoto bigana […]

Urutonde rw’abantu 10 bavuga rikijyana ku Isi mu 2018

Kugeza ubu, Isi ituwe n’abaturage barenga miliyali 7.5 , ariko uko iminsi ishira niko hagaragara abanyembaraga bashobora kuvuga Isi igakangarana bitewe n’ibihugu baturukamo, bayobora , amafaranga n’ibindi byose bituma icyo bavuze cyumvikana ndetse kigahabwa agaciro. Mu rutonde rw’abantu 75 bashyizwe ahagaragara n’ikinyamakuru forbes, bwiza.com igiye kugerageza kukwerekamo 10 ba mbere bafite ijambo n’ubutware mu ntoki […]

Nyamasheke: Abakozi b’ibitaro bya Kibogora n’Ibigo Nderabuzima bibishamikiyeho bibutse ababikoragamo bazize Jenoside

Mu gihe u Rwanda n’Isi yose bibuka ku nshuro ya 24 jenoside yakorewe Abatutsi, ibitaro bya Kibogora biherereye mu murenge wa Kanjongo, mu karere ka Nyamasheke na bimwe mu bigo nderabuzima bibishamikiyeho byibutse abari abakozi babyo bishwe muri jenoside. Abibutswe bari abakozi  bagera kuri 30 babiguyemo, barimo 15 baguye mu bitaro ubwabyo, abandi 15 bicirwa […]

Iyo modoka yinjyane uyihe Hamissa Mobetto – Zari Hassan

Zari Hassan umuze iminsi ari kuvugwa cyane mu binyamakuru bitewe ahanini n’umusore uzwi nka Ringtone umaze iminsi amugaragariza urukundo rudanzwe kugeza nubwo amuguriye imodoka nk’impano nubwo Zari atigeze ayakira ahubwo akamubwira ko yayiha Hamissa Mobetto wabyaranye na Diamond. Mu mpera z’iki cyumweru ubwo zari yari afite gahunda y’igitaramo muri Kenya ari naho uyu Ringtone akorera […]

Umuyobozi w’akarere ka Rusizi yeguye

Umuyobozi w’ akarere ka Rusizi, Harerimana Frederic yeguye ku buyobozi, mu gitondo cyo ku wa tariki ya 13 Gicurasi 2018. Amakuru agera kuri bwiza.com, aremeza ko uwari umuyobozi w’akarere ka Rusizi Harerimana Frederic, yatanze ibaruwa isaba kwegura ku mirimo yo kuyobora akarere ka Rusizi. Mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru wa City Radio, yavuze ko atanze ibaruwa […]

Iyo igihugu kiyobowe n'abagikunda nta kabuza gitera imbere- Hon. Mukabalisa

Perezida  w’Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda Umutwe w’Abadepite, Mukabalisa Donatille, avuga ko iterambere ry’igihugu mbere na mbere riterwa n’abakiyoboye bagikunda kandi baharanira inyungu z’abo bayobora kurusha uko baharanira izabo bwite. Ibi Hon.Mukabalisa yabitangaje ku wa Gatanu tariki ya 11 Gicurasi 2018, ubwo abagize Inteko Ishinga Amategeko n’Abakozi bibukaga ku nshuro ya 24 Jenoside yakorewe Abatutsi […]

Burundi: Abantu bataramenyekana bishe abantu 23

Mu ijoro ryo ku wa Gatanu tariki ya 11 Gicurasi 2018, abantu bataramenyekana bishe abantu 23 mu Burasirazuba bw’Amajyaruguru y’u Burundi. Umwe mu bayobozi b’u Burundi ikinyamakuru AFP dukesha iyi nkuru kitatangaje izina, yavuze ko bakeka ko umubare w’abishwe ushobora kwiyongera. Yagize ati “dufite abantu 23 bishwe, barimo abagabo, abagore n’abagabo, umubare ushobora kwiyongera mu […]

RDC: Abakerarugendo babiri bashimutiwe muri Pariki ya Virunga

Ku wa Gatanu tariki ya 11 Gicurasi 2018, abakerarugendo babiri b’Abongereza bashimutiwe muri Pariki ya Virunga muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Radiyo Okapi itangaza ko abo bakerarugendo bashimutiwe hagati ya Kibumba na Nyiragongo muri Teritwari ya Nyiragongo muri Kivu y’Amajyaruguru. Nk’uko sosiyeti sivile muri aka gace ibitangaza, ngo bashimuswe ubwo baganaga i Goma bari […]

Muhanga: Urubyiruko rurasabwa kwigira ku ngabo za FPR/Inkotanyi zahagaritse jenoside yakorewe Abatutsi

Ubwo hibukwaga urubyiruko rwazize jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 , urubyiruko rwiganjemo urwo mu bigo by’amashuri yisumbuye byo mu murenge wa Cyeza, mu karere ka Muhanga rwasabwe kwimakaza ubumwe bw’Abanyarwanda kurusha ibindi byose no kwigira Ku butwari n’ubwitange byaranze urwayihagaritse. Unkundiye Fhilippe, umwe mu rubyiruko rwarokotse jenoside rwo mu murenge wa Cyeza, mu buhamya bwe, […]

U Burusiya: Abazajya kureba imikino y'igikombe cy'Isi bakorewe amarobo(Robots) bazajya basambanya

Iminsi 34 gusa niyo ibura ngo igikombe cy’isi kiba rimwe mu myaka ine gitangire, kuri ubu abahanga mu gukora amarobo(Robot) bakoze Robo zizifashishwa n’ubishaka mu gihe ashaka gukora imibonano mpuzabitsina. Ni nyuma y’uko bigaragaye ko buri gihugu cyabereyemo imikino y’igikombe cy’isi hagaragara umubare w’abana benshi bavuka nyuma yacyo, kandi ugasanga ba se ari abanyamahanga batanazwi. […]

Imitwe ibiri y’inyeshyamba zirwanya Leta y'u Burundi yakozanyijeho hapfamo batandatu

Imirwano hagati y’inyeshyamba ‘Red Tabara na Forebu’ ikomoka mu Burundi yabereye mu karere ka Uvira, muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yaguyemo abantu batandatu. Amakuru VOA ikesha abayobozi bo muri ako gace, yemeza ko iyo mirwano yabaye mu ijoro ryo ku wa Gatatu tariki ya 9 Gicurasi 2018, inyeshyamba za Red Tabara zitakarizamo benshi. Bavuga […]