Perezida Kagame yeretswe ibyagezweho mu ikoranabuhanga mbere yo gusoza urugendo yagiriraga mu Bufaransa
Perezida Kagame ari kumwe na mugenzi we Emmanuel Macron, bitabiriye Inama ya âViva Techâaho ibigo bisaga 60 harimo nâibyo mu Rwanda byamuritse ibyagezweho mu ikoranabuhanga. Aba bakuru bâibihugu byombi beretswe umushinga wâikoranabuhanga witwa âKigali Innovation Cityâugamije gutanga abahanga mu bumenyi nâikoranabuhanga haba mu Rwanda no ku isi yose. Biteganyijwe ko Kagame asoza uruzinduko rwâakazi yagiriraga […]
Nyuma yâimyaka 61 bashakanye, bapfiriye umunsi umwe
Umusaza nâumukecuru bo muri New Zeland baherutse gutungura abantu ubwo bapfiraga umunsi umwe nyuma yâamasaha macye bizihije isabukuru yâimyaka 61 bari bamaze bashakanye. Uyu musaza witwa Peter nâumukecuru we Ruth batabarutse mu ri uku kwezi kwa Gicurasi, aho umukecuru yabanje gupfa mu masaha ya mugitondo, hanyuma umusaza we akaza kumukurikira nyuma yâamasaha 9 gusa umunsi […]
U Rwanda rusigaranye iminsi ibarirwa ku ntoki ngo rusubize Amerika ku bijyanye no guca caguwa
U Rwanda rusigaje iminsi ine gusa kugira ngo rutangarize Leta Zunze Ubumwe za Amerika ibijyanye nâicyemezo rwafashe cyo guca caguwa .Ni nyuma yaho muri Werurwe ruhawe iminsi 60 ngo rwisubireho kuri iki cyemezo kuko ngo ruzabihomberamo. U Rwanda rugomba kugira icyo ruvuga kuri iyi ngingo mu rwego rwo kubahiriza ibyo akanama gahagarariye ibyâubucururuzi bwa Amerika(USTR) […]
Uganda: Abakozi ba leta ntibavuga rumwe ku mushinga wo kujya bishyurwa bubyizi
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 23 Gicurasi 2018, nibwo ibiro bya Minisitiri wâIntebe muri Uganda byatangaje ko guverinoma iri kurebera hamwe uko abakozi ba leta bajya bahemberwa iminsi bakoze mu kwezi aho kubarirwa umushahara wâukwezi. Ibi bias nâibyazamuye impaka mu bakozi ba leta muri kiriya gihugu ndetse abenshi bagaragaza kutavuga rumwe kuri uwo mushinga […]
Menya imihindagurikire yâumubiri wawe, umenye imyaka igorana ku bahungu na bakobwa
Ubuzima bugizwe n’intambwe zigenda zihererekana bitewe n’ikigero umuntu aba agezemo, zimwe mu ntambwe zibanze umubiri ukenera harimo ibigenga kurya,guhumeka,gutembera kwa maraso ndetse n’imikorere y’ubwonko. Si ibyo gusa kuko hari n’ibindi bigenga kubaho ndetse no kororoka kwa bantu benshi bazi nk’ubuzima bwâimyororokere. Iyo umuntu avutse bitewe n’igihe amaze ku isi hari ibigenda bihinduka kuri we igihe […]
Dr Monique Nsanzabaganwa avuga ko umuco wo kwizigamira mu Banyarwanda ukiri hasi
Guverineri wungirije wa Banki nkuru yâIgihugu , Dr Monique Nsanzabaganwa avuga ko kugeza ubu abanyarwanda batarasobanukirwa nâmuco wo kwizigamira bigatuma nâubwizigame bwâigihugu muri rusange bukiri hasi ugereranyije no mu bindi bihugu. Ibi yabitangaje ubwo hasozwaga inama mpuzamahanga yari imaze iminsi 2 ibera i Kigali, ikaba yari igamije kuganira ku kamaro kâamatsinda yo kuzigama nâimbogamizi zikibangamiye […]
Umubano wâu Rwanda nâUbufaransa ugiye kuvamo agatotsi
Umubano wâu Rwanda nâUbufaransa ushobora kuba ugiye kuba mwiza bitewe nâubushake bwo kunoza ubutwererane perezida wâUbufaransa Emmanuel Macron na mugenzi we wâu Rwanda Paul Kagame bakomeje kugaragaza. Ubwo aba bakuru b’ibihugu bagiranaga ikiganiro nâAbanyamakuru kuri uyu wa Gatatu tariki ya 23 Gicurasi,i Paris mu Bufaransa,Perezida Macron yavuze ko ibyaranze umubano utari mwiza hagati yâibigugu byombi […]
Umujyanama wa Diamond Platnumz yatawe muri yombi
Umujyanama wa Diamond Platnumz uzwi nka Babu Tale yatawe muri yombi na Police azira kutishyura amafaranga yategetswe n’urukiko nyuma yo gukoresha amashusho y’ikompanyi ya Tip top entertainment mu buryo bunyuranyije n’amasezerano bagiranye. Ni nyumayaho uyu Tale Babu kuri uyu wagatatu tariki 22 Gicurasi 2018 ahamijwe ubwambuzi bushingiye ku gukoresha amashusho mu buryo bubyara afaranga y’ikompanyi […]
Uganda: Hadutse indwara itaramenyekana yibasira abana, 8 bamaze gupfa
Leta ya Uganda ihangayikishijwe nâicyorezo cyâindwara itaramenyekana irimo kwibasira abana bato, aho bafatwa banyara amaraso, kugeza ubu 8 mu basaga 45 bafashwe mu minsi 7 gusa bakaba bamaze gupfa. Ibi byatangajwe nâumwe mu bagize Inteko ishinga amategeko ya Uganda kuri uyu wa Gatatu tariki ya 23 Gicurasi 2018, Rose Mutonyi aho yavuze ko iyi ndwara […]
Gisagara: Polisi yafashe batatu bakekwaho ubwambuzi bushukana
Mu gitondo cyo ku itariki 22 zâuku kwezi kwa Gicurasi 2018, Polisi mu karere ka Gisagara yafashe abantu batatu bakekwaho ubwambuzi bushukana bwâamafaranga bakoreye abatuye akagari ka Bweya, umurenge wa Ndora, mu karere ka Gisagara. Umuvugizi wa Polisi yâu Rwanda mu Ntara yâAmajyepfo, Chief Inspector of Police (CIP) Emmnauel Kayigi, yavuze ko abafashwe ari: Niyomugabo […]
Ruganzu Bwimba na mushiki we Robwa bameneye amaraso u Rwanda ngo rutigarurirwa nâi Gisaka
Ruganzu wa Mbere Bwimba na Mushiki we Robwa Nyiramateke, ni abavandimwe bitanze butabazi ari bato, baharanira ko igihugu cyabo kitigarurirwa nâamahanga. Ni bene Nsoro i Samukondo wategetse u Rwanda kuva mu mwaka wa 1279 kugeza mu wa 1312, akaba yarababyaranye na Nyiraruganzu I Nyakanga ka Tema rya Lima rya Bare ba Gongo rya Muzora wa […]
Igisobanuro cyâigikapu ââFootballâ gihora iruhande rwa Perezida wa Amerika
Ni igikapu uzasanga gifite amazina menshi, ariko irikoreshwa cyane ni irya âFootballâ ubaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika wese, aba agomba kugihorana iruhande rwe. Iki gikapu gitwarwa nâumwe mu basirikare kabuhariwe bashinzwe kurinda perezida, unamuhora iruhande aho ari hose. kibamo imbarutso zâibisasu bya kirimbuzi. Urubuga rwa Washington post, ruvuga ko bidashoboka ko perezida […]
Prince Harry uherutse gukora ubukwe bwahuruje isi, ni muntu ki?
Ku wa Gatandatu tariki 19 Gicurasi 2018, nibwo Isi yose yari ihanze amaso mu Bwongereza ahaberaga ubukwe bw’igikomangoma Harry n’ umukinnyi wa filimi,  Meghan Markle. Prince Henry amazina ye yose ni Henry Charles Albert David. yavutse tariki 15 Nzeri 1984 avukira mu bitaro bya St Mary muri Pendindton i London mu Bwongereza, akaba umuvandimwe wa wa […]
Paris: Perezida Kagame yakiriwe na mugenzi we w'u Bufaransa, Emmanuel Macro- AMAFOTO
Perezida Kagame w’u Rwanda yakiriwe mu gihugu cy’u Bufaransa kuri uyu wa 23 Gicurasi 2018, na mugenzi we, Emmanuel Macro, banagirana ibiganiro byihariye bigamije gutsura umubano w’ibihugu byombi. Kuri uyu munsi, Perezida Paul Kagame ari i Paris mu ihuriro ryo guteza imbere Ikoranabuhanga mu Mishinga Igitangira âVivaTechâ, rizamara iminsi ibiri, uyu munsi ku wa Gatatu […]
RDB iremeza amasezerano yâubufatanye u Rwanda rwagiranye nâikipe ya Arsenal
Ku mugoroba wo ku wa 22 Gicurasi 2018, nibwo ku mbuga nkoranyambaga hatangiye gucicikana amakuru avuga ko u Rwanda rwagiranye amasezerano y’ubufatanye nâikipe ya Arsenal yo mu Bwongereza, yo kwamamaza ubukerarugendo bwâu Rwanda. Mu itangazo Ikigo cyâIgihugu Gishinzwe Iterambere(RDB) gifite mu nshingano ubukerarugendo mu Rwanda, cyageneye abanyamakuru, cyemeje ibyaya masezerano y’ubufatanye, ko azagira uruhare mu […]
Ikipe ya Arsenal yemeje Emery Unai nkâumutoza wayo mushya
Nyuma yâiminsi micye abafana bâikipe ya Arsenal bategereje kumva ugomba gusimbura Arsene Wenger ku buyobozi bwâikipe, iyi kipe yamaze kwemeza no gutangaza ko Emery Unai ari we mutoza wayo mukuru mushya. Emery Unai aje asimbura Arsene Wenger wo mu bufaransa kuri uyu mwanya nyuma yâimyaka igerakuri 22 yari amaze ayitoza. Emery yayoboye ikipe ya Paris […]
Perezida Museveni yifurije ubukwe bwiza umuhungu wa perezida Ramaphosa n'umukobwa wa Amama Mbabazi
Kuwa 22 Gicurasi 2018, nibwo perezida Museveni yakiriye umuhungu wa perezida wâAfurika yâEpfo, Andile Ramaphosa hamwe nâitsinda bari bazanye i Kamppala ubwo bari bagiye mu muhango wo gusaba no gukwa mwishywa wa Amama Mbabazi warerewe iwe, Bridget Birungi Rwakairu wâimyaka 37. Uyu musore wâimyaka 36 yageze i Kampala aherekejwe na nyina ndetse nâabandi bagera kuri […]
Rwamagana: Abana basizwe na Beatrice wishwe nâumugabo we, bahawe inkunga
Imfubyi zasizwe nâ umubyeyi witwa Muhaweniman Beatrice wishwe nâ umugabo we akamucagaguramo ibice akajya kumujugunya mu rufunzo, bahawe inkunga yâamafaranga asaga miliyoni eshatu azajya abafasha mu mibereho yabo. Muhaweniman Beatrice n’umugabo we Ntezimana Jean Damascene bari batuye mu mudugudu wa Nyagatovu, Akagari ka Kabasore, umurenge wa Karenge ho mu karere ka Rwamagana, bafitanye abana batandatu. Ubwo abagize […]
Umupasiteri yari yivuganywe nâabayoboke be, polisi irahagoboka
Umuvugabutumwa muri Uganda witwa Dan Mubiru ari mu bwihisho nyuma yâuko abayoboke bâitorero rye, Jerusalem Miracle Centre bamugabyeho igitero nâuburakari bwinshi kubwâamahirwe polisi ikahagoboka bataragira icyo bamutwara ariko bakangiza byinshi. Aba baturage batewe uburakari nâuko uyu wari umuyobozi wabo yashize irindi torero ryitwa Bethsaida Miracle Centre aho bamwe mu bo bakorana mu buyobozi bari banatangiye […]
Umuherwe Zari Hassan yise Diamond imbwa ye
Zari Hassan yifashe ku gahanga atuka Diamond wahoze ari umugabo we, banabyaranye abana babiri, amwita imbwa ye. Ibi byabaye ubwo Zari yaganiraga n’abafana be ku rubuga nkoranyambaga rwa Instagram mu buryo buzwi nka “live video”; umwe mu baganiraga na we yamubajije ikibazo, agira ati”Diamond Platnumz ni muntu ki?” mu gusubiza uyu mufana we warumubajije iki […]
Uganda: Umuryango warogewe mu biryo, umukozi arapfa, nyirabuja nâabana bararokoka
Polisi yo muri Uganda, mu gace ka Kabale, iri mu iperereza nyuma yâaho umukozi wo mu rugo asanzwe mu cyumba yapfuye, nyirabuja nâabana babiri barokoka uburozi.  Agnes Kesande wari uzwi ku izina rya ââŹâšĂ˘âŹâšKyakwera, yari umukozi wo mu rugo kwa Bruce Muhwezi, umurambo we wasanzwe mu cyumba yaryamagamo, hakekwa ko yaba yazize uburozi.  […]
Impungenge ku bana bari kwijyana mu mitwe yâiterabwoba mu mashyamba ya Congo
Mu gihe byari bimenyerewe ko imitwe yitwaje intwaro ashyira abana mu gisirikare ku ngufu ikajya kubakoresha ibikorwa bitandukanye birimo nâibyâubugizi bwa nabi, kuri ubu noneho ngo baba bari kwijyana kubera kubura ubundi buryo bwo kubaho no kutitabwaho nâababafite mu nshingano. Ibi ni ibyatangajwe nâumuryango muzamahanga ushinzwe gukurikirana ibijyanye nâikoreshwa ryâabana mu ntambara aho watangaje ko […]
Gusana ibyangijwe nâibiza utabanje gukuraho impamvu zâibyo biza, uba uri kwiyahura- Min. Kaboneka
Minisitiri wâUbutegetsi bwâIgihugu, Kaboneka Francis arasaba abaturage bâUmujyi wa Kigali kwirinda ibiza, bava mu manegeka kurusha uko bakwihutira gusana kandi bakiyarimo. Ibi Min.Kaboneka yabitangaje kuri uyu wa Kabiri tariki ya 22 Gicurasi 2018, kuri Petit sitade i Remera, ubwo yitabiraga umuhango wo gusoza ibikorwa byâicyumweru cyâumujyanama. Gahunda yari imaze icyumweru mu turere tugize Umujyi wa […]
Koreya yâEpfo ngo ishaka kugira ijambo rikomeye muri Afurika ibinyujije mu bikorwa
Minisitiri wâIntebe wa Koreya yâEpfo, Lee Wan-koo yatangaje ko kiriya gihugu kigiye gushora akayabo ka Miliyari 5 zâAmadorali mu bikorwa bitandukanye birimo ikoranabuhanga, amashanyarazi nâibindi mu bihugu bitandukanye byâAfurika, ibi ngo bikaba bizatuma iki gihugu kigira ijambo rikomeye kuri uyu mugabane. Ibi ni bimwe mu byatangarijwe mu nama ngarukamwaka ya Banki Nyafrika itsura amajyambere iri kubera […]
Muhanga: Abikorera baranenga RDB nâinzego zâibanze kubaha serivisi mbi
Mu mahugurwa yateguwe n’Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Iterambere (RDB) , yagenewe abikorera bo mu karere ka Muhanga na Kamonyi, agamije kubakangurira gutanga serivisi nziza no kwakira neza ababagana muri gahunda ya âNa yombiâ, abikorera banenze RDB ndetse n’inzego z’ibanze kubaha serivisi mbi kandi ari bo babigisha kuyitanga neza. Mu byo abikorera banenze , harimo kuba abakozi […]
Se wa Diamond yababajwe n'uko Hamissa yakubitiwe mu buriri bw'umuhugu we
Nyuma yaho bimenyekanye ko Sanura Kasim, nyina wa Diamond, akubitiye Mobetto mu nzu ya Diamond amuhora ko yararanye n’umuhungu we, kuri ubu na se wa Diamond yagize icyo abivugaho. Tariki 13 Gicurasi 2018 nibwo Hamissa Mobetto yararanye na Diamond mu cyumba kimwe gusa mu gitondo ubwo nyina wa Diamond yajyaga gusuhuza umuhungu we, ubwo ni […]
Burundi: Abatoye YEGO mu matora ya kamarampaka ni 73,18%, bamwe mu banyapolitiki barabyamagana
Nyuma yaho komisiyo Ishinzwe Gutegura Amatora mu Burundi (CENI) ishyiriye hanze ibyavuye mu matora ya kamarampaka byâagateganyo, bamwe mu banyapolitiki bavuga ko aya matora atakozwe mu mucyo, nâibyayavuyemo bakaba batabyemera. Mu kiganiro umuyobozi wungirije wâishyaka Amizero yâAbarundi, Evariste Ngayimmpenda yagiranye nâabanyamakuru ku wa 21 Gicurasi 2018, yahamije ko ibyavuye mu matora birimo amakosa menshi, bakaba […]
Umuhuro wa perezida Trump na mugenzi we Kim Jong wazinduye igitaraganya uwa Koreya yâEpfo
Mu gihe perezida wâAmerika, Donald Trump yitegura guhura na mugenzi we wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong bamaze iminsi baterana amagambo, perezida wa koreya yâEpfo, Moon Jae we yahise asura Amerika aho yagiranye ibiganiro na perezida Trump. Ibitangazamakuru bitandukanye biravuga ko mu buryo bwatunguranye, uyu muperezida yaje nâindege ye yihariye, agasura ingoro ya perezidansi yâAmerika […]
Polisi y'u Rwanda yatangije icyumweru cyahariwe umutekano wo mu muhanda- AMAFOTO
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 22 Gicurasi 2018, Polisi yâu Rwanda yatangije Ibikorwa by’icyumweru cyahariwe umutekano wo mu muhanda bizibanda ku bukangurambaga bugenewe buri cyiciro cy’abakoresha umuhanda. Ubu bukangurambaga ku mutekano wo mu muhanda, buzakorwa hagendewe ku nsanganyamatsiko igira iti ” menya, ubahiriza amategeko y’umuhanda urengere ubuzima”. Mu gutangiza iki cyumweru mu Mujyi wa […]
Umumotari yasambanyije umuzungu ku ngufu, bamufashe avuga ko yashakaga kumva uko bamera
Polisi ya Uganda ikorera mu gace ka Kawempe yataye muri yombi umusore wâimyaka 29 yâamavuko wari ukurikiranyweho gusambanya ku ngufu umuzungu bamubaza icyabimuteye akavuga ko yumvaga afite amatsiko yâuko kuryamana nâumuzungu bimera. Uyu musore wari usanzwe akora akazi ko gutwara abantu nâibintu kuri moto, ngo yafashe ku ngufu uyu muzungu wâimyaka 19 ukomoka mu gihugu […]
Abo kwa rwigara basabye ko abo bareganwa mu idosiye imwe bazanwa bakaburanishirizwa hamwe
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 22 Gicurasi 2018, urukiko rwongeye kuburanisha abo mu muryango wa Rwigara ariko ababunganira bagaragaza imbogamizi zâuko hari abandi 4 bari mu idosiye imwe na bo ariko bakaba batarahamagajwe ngo baburanire hamwe kuko nibataboneka imyanzuro izabafatirwa ishobora kuzagira ingaruka no kuri aba. Abo muri uyu muryango ndetse […]
Nyamasheke: Umupasiteri wo muri ADEPR yasabye imbabazi uwo yahemukiye muri Jenoside
Nyuma yâimyaka 24, Umuryango wa pasiteri Rugerinyange Jean wo mu itorero rya ADEPR, Paruwasi ya Mugera nâuwa  Ntwarabashi Athanase warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi idacana uwaka, yababariranye. Imbabazi bazihanye ku mugaragaro mu muhango wo Kwibuka ku nshuro ya 24 jenoside yakorewe Abatutsi mu yahoze ari segiteri Mugera ya Komini Gafunzo, ubu ni mu kagari ka Mugera, […]
RDC: Abantu 10 bishwe nâinyeshyamba za ADF zikomoka muri Uganda
Abantu 10 bishwe nâinyeshyamba za ADF zikomoka muri Uganda zikaba zikorera ibikorwa bya Kinyeshyamba muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Izi nyeshyamba ziciye aba bantu ndetse zinasahura mu gace ka Mangboko muri Beni ku cyumweru tariki ya 2o Gicurasi 2018. Nkâuko umunyamabanga wa sosiyeti Sivile muri Beni, Janvier Kasayiryo yabitangarije Radiyo Okapi, ngo izi nyeshyamba […]
Igisirikare cya Congo cyasabye Uganda amasasu ngo kibone kuyirekurira abantu
Igisirikare cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo cyemeye ko ari cyo cyashimuse abaturage 6 bo muri Uganda mu mpera zâicyumweru gishize ariko gisaba ko Uganda yagiha amasasu kugira ngo kibarekure. Inkuru dukesha daily monitor ivuga ko igisirikare cya Congo cyasabye inzego zâibanze zâakarere ka Rukungiri aho bariya bantu bashimutiwe, gisaba ko kugira ngo kibarekure ari […]
Muhanga: Abagize Komite zâabaturage zo kwicungira umutekano bahuguwe na Polisi
Mu karere ka Muhanga, kuri uyu wa mbere itariki ya 18 Gicurasi Polisi yâu Rwanda yahuguye abagize Komite zâAbaturage zo kwicungira umutekano (Community Policing Committees) bo mu murenge wa Shyogwe, bikaba bigamije kugira ngo bagire ubumenyi mu byo bashinzwe; bityo basohoze neza inshingano bafite zerekeranye no kugira uruhare mu gukumira ibyaha nâibyahungabanya umutekano. Aba bagize uru […]
Rusizi: Umugore yishe mugenzi we amujijije umugabo wajyaga abasabanya bombi
Umugore witwa Nyirabukara Francine wâimyaka 28 yâamavuko ari mu maboko ya polisi kuri sitasiyo ya Kamembe  mu karere ka Rusizi nyuma yo kwivugana mugenzi we Benimana Epiphanie wâimyaka 38 yâamavuko amuziza umugabo baturanye bivugwa ko yari asanzwe abasambanya bombi, dore ko aba bagore bombi basanganywe abagabo nâuyu mugabo na we akaba yari afite umugore. Iyi […]
U Rwanda rwagiranye amasezerano na Ghana arebana nâibyâubwikorezi bwo mu kirere
Leta yâu Rwanda kuri uyu wa 21 Gicurasi 2018 yagiranye na Ghana amasezerano yâibyâubwikorezi bwo mu kirere yatangiye gutegurwa mu mwaka wa 2010. Muri uyu muhango,Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri yâibikorwaremezo ushinzwe ubwikorezi, Eng.Jean de Dieu Uwihanganye mu izina rya leta yavuze ko aya masezerano afitiye inyungu impande zombi byâumwihariko guteza imbere ubuhahirane mu byâubucuruzi […]
Ubuzima bwiza ni bwo twifuza, tukabwifuriza nâabacu dukunda- Perezida Kagame
Perezida wa Repubulika yâu Rwanda, Paul Kagame avuga ko mu gihe abantu badafite ubuzima bwiza nta na kimwe bageraho mu bijyanye nâibikorwa byâiterambere. Ibi yabitangarije i Geneve mu Busuwisi ubwo hatangizwaha inama mpuzamahanga yâumuryango wâAbibumbye ishami ryita ku buzima ku nshuro ya 71 hagamijwe kurebera hamwe ibyagezweho mu kubungabunga ubuzima bwiza. Mu ijambo rye yagejeje […]
Abahoze biga muri kaminuza i Lubumbashi bibutse bagenzi babo bishwe muri jenoside yakorewe Abatutsi
Umuryango ‘Kassapards’ wâabahoze ari abanyeshuri ba Kaminuza nâamashuri makuru yo mu Mujyi wa Lubumbashi  no mu nkengero zawo muri RDC,  bifatanije nâimiryango ya bagenzi babo 23  bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu muhango wo kwibuka izo nzirakangane  ku Rwibutso rwa Kigali ku Gisozi. Umuhango wo kwibuka wabanjirijwe nâikindi gikorwa cyo kuremera umubyeyi warokotse jenoside wo ku […]
Dore amagambo abahungu bakunda kubwira abakobwa bakayazira
Hari amagambo abahungu benshi bakunda kubwira abakunzi babo baziko ari meza nyamara bikarangira abakozeho mu buryo batakekaga Nkuko bigenda bigaragazwa n’abahanga mu byubumenya muntu bavuga ko hari amagambo atagwa neza igitsina gore cyane cyane abakobwa kuburyo nâubwo yaba akunda umuhungu gute igihe ayabwiwe ngo bigira ingaruka mbi ku mubano wanyu. amwe mu magambo ashobora gusenya […]
Dr Habineza yahawe inshingano nshya mu Ihuriro Nyafurika ryâAmashyaka Ashinzwe Kurengera Ibidukikije
Umuyobozi mukuru wâIshyaka Riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije mu Rwanda, Dr Habineza Frank yagizwe Umuyobozi mukuru wâubunyamabanga buhoraho mu Ihuriro Nyafurika ryâamashyaka ya Politiki ashyinzwe kurengera Ibidukikije. Dr Habineza yari amaze imyaka umunani ari Perezida wa Federasiyo yâamashyaka ya Politiki ashyinzwe kurengera Ibidukikije, akaba avuga ko kuba bamugiriye icyizere agahabwa uyu mwanya utari usanzweho, ari […]
Umugore wâumwe mu bayobozi bakuru ba M23 yatawe muri yombi
Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo giherutse guta muri yombi umugore wa Desireâ Rwigema, umwe mu bayobozi bakuru bâumutwe wa M23 mu gikorwa ubuyobozi bwise gahunda yâintambara ya Congo. Chimpreports dukesha iyi nkuru ivuga ko uyu mugore witwa Beatrice Safari yatawe muri yombi ubwo yarimo yambuka umupaka uhuza u Rwanda na Congo ava mu […]
Hamisa Mobetto yakubitiwe mu buriri bwa Diamond
Nyina wa Diamond, Sanura Kassim na Hamisa Mobeto bafatanye mu mashati ubwo yari yasanganga uyu mugore aryamye ku buriri bwa Diamond. Ubwo nyina wa Diamond yaganiraga n’itangazamakuru, we ubwe yitangarije ko yakubise by’intangarugero Hamisa Mobetto amusanze ku buriri bw’umuhungu we, mu cyumweru gishize tariki 13 Gicurasi 2018. Ibi bije nyuma yaho uyu mukecuru Sanura Kassim […]
Perezida Kagame agiye kugirana ibiganiro byihariye na Emmanuel Macro wâu Bufaransa
Biteganyijwe ko Perezida Kagame azagirana ibiganiro byihariye na mugenzi we wâu Bufaransa, Emmanuel Macro, ku wa Gatatu tariki ya 23 Gicurasi 2018. Kuri uyu munsi, Perezida Paul Kagame azaba ari i Paris mu ihuriro ryo guteza imbere Ikoranabuhanga mu Mishinga Igitangira âVivaTechâ Â ari nabwo azaboneraho kubonana na mugenzi we, Macro. Radio Mpuzamahanga yâAbafaransa (RFI) itangaza […]
Abasirikare bikekwa ko ari aba Kongo bashimuse abagande 6
Abantu 6 bo muri Uganda bakomeje kuburirwa irengero guhera kwa Gatandatu wâicyumweru gishize, bakaba barashimuswe nâabantu bitwaje intwaro bikekwa ko ari abasirikare ba Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo. Aba bagabo 6 bafashwe nâaba barwanyi ubwo bari bagiye kuroba mu kiyaga cya Edward mu karere ka Rukungiri ari naho bari baturutse. Umuvugizi wa polisi ya Uganda […]
Umugabo yapfuye nyuma yo gutera akabariro
Polisi ikorera mu karere ka Lira gaherereye mu majyaruguru ya Uganda iri gukora iperereza ku cyaba kishe umugabo wasanzwe mu iroji yapfuye abaganga bakaba batangaje ko yapfuye amaze gutera akabariro nâumugore utatangajwe amazina. Polisi yatangaje ko Ogwang Kizito wâimyaka 38 yâamavuko yasanzwe mu cyumba cyâicumbi rizwi nka Blue Valley Lodge muri kariya karere yapfuye, ibimenyetso […]
RDC: Umubare wâabahitanwa na Ebola ukomeje kwiyongera
Minisitiri wâubuzima muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatangaje ko undi muntu umwe yishwe na Ebola ku Cyumweru tariki ya 20 Gicurasi 2018. Byatumye umubare wâabazize iyo ndwara ugera kuri 26 kuva icyo cyorezo cyadutse mu ntara ya Equateur mu Majyaruguru ashyira Uburengerazuba bwâigihugu. VOA itangaza ko Kuva iki cyorezo gitangiye kuvugwa, abantu 46 bose […]
Abadepite basabye ko hashyirwaho ikigega cyo kugoboka abasenyewe nâibiza
Mu gihe mu Rwanda hirya no hino hamaze iminsi hagaragara imitungo yangijwe nâibiza birimo imvura idasanzwe, bamwe mu bagize Inteko ishinga Amategeko mu Rwanda basabye ko hakwiye kujyaho ikigega kizajya kigoboka abasizwe iheruheru nâibi biza kuko ari ikibazo gikomeye. ni muri urwo rwego Komite icuga ingengo yâimari yâigihugu yasabye ko iki kibazo gikwiye kurebanwa ubushishozi […]
Shyira: Musenyeri Mugisha Samuel yijeje ubufatanye mu kubaka umuryango Nyarwanda
Nyuma yo kwimikwa akanahabwa inshingano zo kuyobora Diyosezi yâAbangilikani ya Shyira, Mugisha Mugiraneza Samuel yijeje ubufatanye mu kubuka Umuryango Nyarwanda. Ni umuhango wabaye kuri iki Cyumweru tariki ya 20 Gicurasi 2018, witabirwa nâabayobozi mu nzego zitandukanye barimo na Minisitiri wâubutegetsi bwâIgihugu, Kaboneka Francis, wasabye Musenyeri Mugisha gufasha Leta mu kubaka umuryango uzira amakimbirane. Musenyeri Mugisha […]
Kwibuka 24: Uwimana Veronique warokotse jenoside abayeho mu buzima bushaririye
Uwimana Veronique wâimyaka 49 ni umubyeyi wâabana batatu utuye  mu Kagari ka Bwiza ,Umurenge wa Gatenga ,Akarere ka Kicukiro. Yarokotse jenoside yakorewe Abatutsi ndetse akaba afite nâubwandu bwâagakoko gatera SIDA amaranye igihe cyâimyaka 18. Mu nzu yâibyumba bibiri bito, yicaye ku buriri,ubwo yagiranaga  ikiganiro na Bwiza.com kuri uyu wa Gatanu tariki ya 18 Gicurasi 2018,uyu […]
Rwanda: Bamwe mu babaye abadepite kuva mu nteko yâinzibacyuho kugeza ubu
Nyuma ya Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 no gutsinda intambara kwa FPR Inkotanyi yari imazemo imyaka ine, hashyizweho Guverinoma nâinteko byâinzibacyuho. Abagiriwe icyizere cyo kuba muri izo nzego zombie ni abari mu mashyaka atarijanditse muri Jenoside, abakomoka mu muryango FPR Inkotanyi, ndetse nâabari bahagarariye ingabo. Bwiza.com iragaruka ku babaye abadepite kuva icyo gihe bakaba bagifite […]
U Bwongereza: Ubukwe bw'igikomangoma, Harry nâumukunzi we Meghan bwabaye ubw'agatangazaâ AMAFOTO
Ubukwe bw’igikomangoma cy’u Bwongereza, Harry n’umukunzi we Meghan Markle, bwabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 19 Gicurasi 2018, buba ubw’agatangaza mu maso y’Abongereza n’Isi yose muri rusange. Nk’uko byari byatangajwe, bikaza no gushyirwa mu bikorwa, Prince Harry na Meghan basezeranye muri Kiliziya yitiriwe mutagatifu George [St George ] mu Mujyi wa Windsor uri mu Bwongereza. […]
Nararyamye mbonekerwa ko Zari ari we mugore unkwiriye- Ringtone
Umuhanzi wâIndirimbo zihimbaza Imana, wo mu gihugu cya Kenya, Ringtone Opoke yatangaje ko  ubwo yari aryamye yumvise ijwi rimubwira ko Zari ari we mugore umukwiriye. Mu kiganiro na televiziyo yitwa Citizen yo mu gihugu cya Kenya,Ringtone yavuze ko ubwo yumvaga inkuru  ko Zari yatandukanye na Diamond yabifashe nkâibisanzwe nyamara aza gutungurwa no kubura ibitotsi muri […]
Umuhanda Kigali-Gatuna-Kampala wongeye gufungwa
Ubu umuhanda Kigali-Gatuna-Kampala, wangiritse nyuma yâumunsi umwe gusa wari wongeye kuba nyabagendwa. Igice cyangiritse ni ikiri muri Uganda. Â Mu cyumweru gishize nibwo uyu muhanda wari wangiritse mu kagari ka Rwakojo, umurenge wa Cyumba, mu Karere ka Gicumbi ku gice cy’u Rwanda, urasanwa ku wa 18 Gicurasi 2018, imodoka zongera kuwucamo. Amakuru aturuka muri Uganda, […]
Twagiramariya Yvette, umunyarwandakazi wagize amahirwe yo kubonana n'igikomangoma cy'u Bwongereza
Mu gihe muri aya masaha Isi ikurikirana ibirori byo gushyingirwa kwâigikomangoma, Harry cyâu Bwongereza, benshi bagaruka ku buryo babonanye na we. Twagira Yvette, ni umwe mu banyarwandakazi bake wagize ayo mahirwe, ariko na we avuga ko âaricyo gitangaza cyamubayeho mu buzima bweâ. Twagiramariya Yvette, ni umunyarwandakazi ukora akazi kâitangazamakuru mu Bwongereza, agaruka ku buryo asubiza […]
Dore ingeso uzabona ku mugore wawe ukamenya ko asigaye aguca inyuma
Urukundo ruba hagati yâumugabo n’umugore, niryo pfundo ryo kubaka urugo rugakomera, nâababakomotseho bagahora bishimiye ababyeyi babo. Kwizerana no kudahemukirana hagati yâabashakanye bikaza ku isongo mu gushakira hamwe icyabateza imbere kurusha uko mwahora muryana. Mugabo niba hari ibyo ubona byahindutse ku mugore wawe, uko yitwara ukabona bitari bisanzwe, rimwe na rimwe hari igihe biba bifite ikibihatse, […]
Kigali: Umupolisi yarashe umumotari ahita apfa
Umupolisi wagiranye amakimbirane n’umumotari yari amaze kwaka ibyangombwa, yamurashe ahita apfa. Byabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki 19 Gicurasi 2018,  ubwo bagiranaga amakimbirane i Kabuga mu karere ka Gasabo, Umujyi wa Kigali. Nkuko umuvugizi wa Polisi y’uRwanda CP Theos Badege yabitangaje Ukwezi, ngo uyu mumotari yakoze amakosa yo kutubahiriza amategeko yo mu muhanda, umupolisi aramuhagarika amusaba ibyangombwa […]
Texas: Umunyeshuri yishe abantu 10 barimo nâumwarimu
Ku wa Gatanu tariki ya 18 Gicurasi 2018, umusore wâimyaka 17 yâamavuko yarashe abantu 10 bahita bahasiga ubuzima mu ishuri “High school in Santa Fe” riri muri Leta ya Texas, imwe mu zigize Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Polisi yo mu gace iri shuri riherereyemo, itangazo ko umusore watangajwe na bagenzi be ko yitwa Dimitrios […]
Ubutabera bumwe kuri bose, bukomeza ubumwe nâubwiyunge Abanyarwanda tumaze kugeraho- Prof. Rugege
Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Prof. Sam Rugege avuga ko ubutabera bungana kuri bose, ari inkingi ikomeye yo kwimakaza ubumwe Abanyarwanda bamaze kugeraho nyuma ya jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Ku wa Gatanu tariki ya 18 Gicurasi 2018, ubwo hibukwaga abari abakozi b’Inkiko, aba Minisiteri y’Ubutabera n’ab’Ubushinjacyaha bazize Jenoside yakorewe Abatutsi, Perezida wâUrukiko rwâIkirenge, nibwo yaboneyeho kwibutsa […]
Icyumweru cyâibikorwa bya Polisi 2018: Ubukangurambaga bwo kurwanya ibiyobyabwenge muri Nyarugenge
Nkâuko gahunda yâicyumweru cya mbere cyahariwe ibikorwa bya Polisi yâu Rwanda muri uyu mwaka wa 2018 iteye, aho iki cyumweru cyahariwe ubukangurambaga bwo gukumira no kurwanya ibiyobyabwenge, uyu munsi tariki ya 18 Gicurasi, ubu bukangurambaga bwakomereje mu gace kazwi nka Nyamirambo mu murenge wa Rwezamenyo mu karere ka Nyarugenge. Aka gace ka Nyamirambo katoranyijwe nkâagace […]