Jay-z yibitseho agatubutse kurusha abandi baraperi atarigeze arangiza amashuri
Shawn Corey Carter wamenyekanye cyane ku izina rya Jay-z, yavutse ku itariki ya 4 Ukuboza 1969, avukira i Brooklyn mu Mujyi wa New York, muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Jay-z yakuriye mu buzima bugoye abana na nyina, Gloria carter ndetse nâabavandimwe be, nyuma yo gusigwa na se, Adnis Rreeves ubwo Jay-z yari afite imyaka […]
Kwemererwa gutunga imbunda mu Rwanda ni nkâuko ingamiya yaca mu mwenge wâurushinge- Min Busingye
Ministeri yâubutabera iratangaza ko yamaze gushyikiriza Inteko Ishinga Amategeko umushinga wâitegeko ryemerera umuturage wese wujuje ibisabwa biteganywa nâitegeko rigena gutunga, gutanga, gucuruza, no gukora intwaro mu Rwanda, gusa igatangaza ko bitakorohera buri wese bitewe n’urutonde rw’ibisabwa. Minisitiri wâUbutabera Johnston Busingye avuga ko ibi bitavuze ko imbunda zigiye kujya zicuruzwa mu maduka  nkâibindi bicuruzwa byose nkâuko […]
Nyamagabe: Abamugaye bababazwa nuko badafashwa nkâabatishoboye
Abafite ubumuga bo mu murenge wa Tare mu karere ka Nyamagabe bavuga ko ubumuga bafite butari mu bishingirwaho bashyira abantu mu byiciro byâubudehe, ibi bikaba bituma badahabwa ubufasha bugenerwa abandi baturage batishoboye. bikanababera inzitizi no kuri serivisi zâubuvuzi kuko ubwishingizi mu kwivuza (mutuel de sante) butabasha kuvuza indwara zâubumuga nâizindi zifitanye isano nabwo. Munyaneza Ladislas […]
Alexis Kagame uvugwaho guhindura Bibiliya mu Kinyarwanda, ni muntu ki?
Alexis Kagame yavutse ku wa 15 Gicurasi 1912, mu misozi ya Kiyanza, mu cyahoze ari Komini Mugambazi, ubu ni mu karere ka Rulindo. Yavutse ku ngoma yâumwami Yuhi V Musinga, umuryango we wari umwe mu miryango ikomeye i bwami, kuko bari abanyamabanga bâibwami [Abiru]. Avuka, u Rwanda rwari mu maboko yâabakoloni bâAbadage, gusa nyuma yaho […]
Perezida Kagame yakiriye Ellen DeGeneres ugiye kubaka mu Rwanda ikigo kizita ku Ngagi
Perezida Kagame yakiriye mu biro bye, Ellen DeGeneres, uzwi cyane mu kiganiro gisetsa ‘The Ellen DeGeneres Show’ gicishwa kuri televiziyo. Akaba agiye gutangiza mu Rwanda umushinga wo kubaka ikigo kizafasha mu bikorwa bya Dian Fossey Gorilla Fund byo kwita ku ngagi . Perezida Kagame yakiriye Ellen DeGeneres, kuri uyu wa 29 Gicurasi 2018, mu biro […]
Uganda: Umupolisi akurikiranyweho gusambanya ku ngufu umwana ufite ubumuga akanamutera inda
Polisi ya Uganda ikorera mu kace ka kasese icumbikiye umwe mu bo bakorana utatangajwe amazina ukurikiranyweho gusambanya ku ngufu umwana wâumukobwa ubana nâubumuga akanamutera inda. Uyu mupolisi ukora mu rwego rwa police Constable ashinjwa gusambanya uyu mwana wâimyaka 16, imiryango irengera abafite ubumuga nâabandi babifite mu nshingano bakaba bari gushyira polisi mu majwi kubera kutabasha […]
Nyamasheke: Bababazwa no kutabona ababo bishwe muri jenoside ngo bashyingurwe mu cyubahiro
Bamwe mu barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi bo mu mirenge ya Cyato na Rangiro mu karere ka Nyamasheke bavuga ko intimba ikiri yose, baterwa no kuba batarabona imibiri yâababo bishwe muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ngo ishyingurwe mu cyubahiro. Ubwo hibukwaga ku nshuro ya 24 jenoside yakorewe Abatutsi muri iyi mirenge yombi, kugeza ubu yibukira […]
Ubuhamya: Ni njye wasembuye data, turasambana bimviramo gutwita inda ye
Amazina yanjye ni Stella, mfite imyaka 25 yâamavuko, natangiye kumva nkunze cyane data ubwo nari mfite imyaka 21 niga muri kaminuza, ababyeyi bacu bashakanye bakiri bato cyane ku buryo twabyirutse utamenya ko ari bo bambyara kuko ni nkaho twanganaga mu gihagararo. Nakuze numva niyumvamo papa mu buryo budasanzwe. Data yari munini, ateye neza, mbese afite […]
Koreya ya Ruguru yohereje umwe mu basirikare bakuru  muri Amerika guhura na Trump
Umwe mu bayobozi bakomeye muri Koreya ya Ruguru yoherejwe muri Amerika guhura na perezida Trump ngo baganire ku buryo ibihugu byombi byanoza umubano. Uyu muyobozi bavuga ko akoranira bya hafi na perezida Kim Jong akaba nâumwe mu basirikare bakuru muri kiriya gihugu, Gen Kim Yong-chol biteganyijwe ko aba yasesekaye muri Amerika ejo kuwa Gatatu tariki […]
Reba amafoto y'umugore wo muri Esipanye bahimbye Trump kubera uburyo asa na perezida w'Amerika
Umugore wo mu gihugu cya Esipanye avuga ko amafoto ye amaze kugera ahantu henshi hirya no hino ku isi kubera abantu baba bavuga ko asa na perezida wa 44 wa Leta Zunze ubumwe zâAmerika, Donald Trump. Ku rundi ruhande, uyu mugore witwa Dolores Leis Antelo avuga ko kuva yabona amafoto ya perezida Trump asanga koko […]
Diamond asigaye ajya muri Afurika y'Epfo kureba Zari mu ibanga rikomeye
Diamond Platnumz wamaye cyane mu muziki ndetse no kuba akunda abagore amaze iminsi ajya muri Afurika y’Epfo aho Zari aba, mu ibanga bivugwa ko ari gusaba imbabazi uyu wahoze ari umugorewe banabyaranye abana babiri. Kuva Zari Hassan yatangaza ku mugaragaro ko yatandukanye na Diamond kuwa 14 Gashyantare 2018 yahise ajya kuba muri Afurika y’Epfo mu […]
FRC, umutwe wâinyeshyamba uri mu nzira zo gucumbukura ikivi cya M23
Hari hashize imyaka itanu umutwe wâinyeshyamba za M23  (Mouvement du 23 Mars) zarwaniraga ku butaka bwa Congo, ushyize intwaro hasi. Ubu haravugwa undi urimo gutegurwa ngo ube wacumbukura ikivi M23 yacumbitse witwa FRC (F ront pour la Restauration du Congo ). Ibyâuyu mutwe wâinyeshyamba byagaragaye mu ntangiriro zâuku kwezi kwa Gatanu, ubwo umugore witwa Brigitte Safari Misabiro, […]
Karago: Umuyoboro wâamavomo 14 hakoramo atatu gusa
Abatuye umurenge wa Karago mu karere ka Nyabihu bavuga ko batunzwe nâamazi yâibirohwa bavoma mu kiyaga cya Karago, nyamara bamaranye imyaka ibiri umuyoboro wagombaga kubaha amavomo 14 hakaba hakoramo atatu gusa. Ngo gusaranganya amazi ntibishoboka kuko rwiyemezamirimo yataye ibikorwa, bityo umurenge ukaba utabasha kuyicungira akiri mu maboko ye. Uyu muyoboro watwaye miliyoni 169 zâamafaranga yâu […]
Nta kigeragezo kibasha kubageraho kitari urusange, Imana izabacira akanzu
“Nta kigeragezo kibasha kubageraho kitari urusange mu bantu; kandi Imana ni iyo kwizerwa, kuko itazabakundira kugeragezwa ibiruta ibyo mushobora, ahubwo hamwe n’ikibagerageza izabacira akanzu, kugira ngo mubone uko mubasha kucyihanganira.” 1 Abakorinto 10:13 Iyo umuntu ari mu bigeragezo akenshi icya mbere kimubaho ni uguterwa nâubwihebe ndetse agatangira kwibwira ko Imana yamutaye, akaba yashidikanya ku mbaraga […]
âCurse of tippecanoâ umuvumo washyizwe kuri bamwe mu ba perezida bâAmerika bakabigenderamo-Amafoto
Curse of tippecano, ikitwa cyangwa gifatwa nkâumuvumo washyizwe kubakuru bâigihugu cya leta Zunze Ubumwe zâAmerica, uvuga ko buri mu perezida uzajya afata ubuyobozi mu mwaka uherwa na zero, azajya aba asinyiye urupfu rwe, aho byabereye ku mugezi wa tippecano ho muri iki gihugu kijyâigihangange. Mu mwaka wi 1840, abazungu bigaruriye ubutaka bwâabahindi bo muri amerika, […]
Umuhanzikazi Zahara arira iyo ari ku rubyiniro â Menya amateka ye nâinzira yâumusaraba yanyuzemo
Bulelwa Mkutukana uzwi cyane nka Zahara, yavutse ku itariki ya 9/11/1988,avukira mu gace kitwa Phumlani muri Eastern Cape ho muri South Africa . Zahara yavutse kuri Nokhaya na Mlamli Mkutukana, ni uwa 6 mu muryango wâabana 7. Ku myaka 6 gusa Zahara yinjiye mu muziki aho yatangiriye muri Cholare yâabana bato ndetse ari nawe muyobozi […]
Dore ibyiza byo gusomana utari uzi, harimo no kuba bikundwa n'abagore kurusha abagabo
Igikorwa cyo gusomana ni igikorwa abantu benshi badaha agaciro cyane ku byiza cyaba kitugirira, ariko nkuko byakoreweho ubushakashatsi nâinzobere mu bijyanye nâumubiri wâumuntu ndetse nâimitekerereze ya muntu, igikorwa cyo gusomana kigira ibyiza byinshi cyane kubari kugikora, tukaba twabashakiye ibyo byiza gusomana byaba bigira ku muntu uri kubikora. Gusomana byongera ubudahangarwa bwâumubiri ubu nâubushakashatsi bwakorewe ku […]
Sudani yâEpfo: Abayobozi 6 basabiwe ibihano bikarishye nâAmerika
Amerika yasabye Loni gufatira ibihno bikomeye abayobozi bo muri Sudani yâEpfo bagera kuri 6 kuko batubahirije amasezerano yâamahoro ,kubangamira ibikorwa byâubutabazi  ndetse no gushaka kuyobya imfashanyo zigenewe abaturage mu gihe igihugu kimaze imyaka mu ntambara. Reuters dukesha iyi nkuru ivuga ko Amerika yasabye Loni gukurikirana abayobozi bakomeye barimo Minisitiri ushinzwe Imirimo yâInama yâAbaminisitiri, Martin Elia […]
Umugabo yasabye gatanya nyuma y'iminota 15 asezeranye n'umugore we.
Mu birori byakataraboneka byari byahuje inshuti n’abavandimwe b’imiryango yombi byabereye i Dubai ku wa Gatanu tariki ya 25 Gicurasi 2018, umusore yabenze umugeni nyuma y’iminota 15 basezeranye. Intandaro yitandukana ryaba bageni ryaturutse ku mafaranga angana n’ibihumbi 50 000 bya ma Dh amafaranga akoreshwa muri Leta zunze ubumwe z’abarabu, yari gutangwa na Se w’umukobwa kugirango afashe […]
Ibintu 10 wamenya kuri Olive Lembe, umugore wa perezida Kabila- AMAFOTO
Amazina ye yose, ni Marie Olive Lembe di Sita, akaba umugore wa Perezida Joseph Kabila, wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Imyaka ishize ari 12 bashakanye. 1.yavutse ku wa 29 Nyakanga 1976, ubu afite imyaka 41 yâamavuko. Yavukiye i Kailo mu Ntara ya Maniema, imwe muri 26 zigize Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Olive avuka ku […]
Nyuma yo kurata igikombe, umuzamu wa Liverpool yakiriye ubutumwa bwâiterabwoba
Polisi yo mu Bwongereza iri gukora iperereza ku baba boherereje ubutumwa umunyezamu wâikipe ya Liverpool, Loris Karius  nyuma yâuko iriya kipe ibuze igikombe cya Champions League, ku munota wa nyuma wâirushanwa bumubwira ko bazamwica. Uyu munyezamu yagaragaye cyane arimo yisobanura anasaba imbabazi abafana bâikipe ye kuri stade nyuma yâumukino ndetse yongera no kwisegura mu kiganiro […]
Kenya: Abapolisi 2 bakurikiranyweho uruhare mu bukwe bwâumwana wâimyaka 9
Abapolisi 2 bakorera mu gace ka Kajiado muri Kenya bakurikiranyweho uruhare mu gutegura no gushaka gushyira mu bikorwa byâimihango yâubukwe bwâumwana wâimyaka 9 yâamavuko wari ugiye gushyingirwa umusaza wâimyaka 56. Umwe muri aba bapolisi utatangajwe amazina avugwaho kuba yarafashije abandi bantu mu gusiramura uyu mwana wâumukobwa (Female Genital Mutilation) mu gihe mugenzi we na we […]
Musanze: Umusore arahakana icyaha akurikiranyweho cyo kwicisha ishoka nyirakuru
Mu gihe ubushinjacyaha ku Rwego rwisumbuye rwa Musanze bukurikiranye umusore wâ imyaka 16 witwa Mugisha Gad icyaha cyo kwica nyirakuru amutemesheje ishoka, mu ibazwa uyu musore yahakanye avuga ko atigeze ayimutemesha. Mugisha akekwaho kuba ku itariki ya 16 Gicurasi 2018, mu gihe cya saa cyenda nâigice zâamanywa (15:30) yarakubise nyirakuru witwaga Bapfakuvuga Marie ishoka mu […]
U Bwongereza: Itangazamakuru nâAbadepite baranenga u Rwanda ku masezerano ahenze rwagiranye na Arsenal
Itangazamakuru ndetse nâabanyamategeko bo mu gihugu cyâu Bwongereza banenze igihugu cyâu Rwanda ku masezerano giherutse kugirana nâikipe yo muri kiriya gihugu ya Arsenal ashingiye ku kwamamaza ubukerarugendo mu Rwanda, rukaba rwaremereye iriya kipe Miliyoni 30 zâAmayero azatangwa mu myaka 3. Umwe mu badepite bo muri kiriya gihugu, Andrew Bridgen, agira atiâibi biratangaje cyane, bisa no […]
U Burundi ku isonga mu kudindiza imikorere yâumuryango âEACâ
Igihugu cyâu Burundi, kimwe muri bitandatu bigize umuryango wa Afurika yâi Burasirazuba, gishyirwa ku isonga mu kuba kidindiza imikorere yâuyu muryango bitewe nâibirarane, kutitabira inama,⊠Ku mafaranga agera ku miliyoni 113 zâamadolari yâAbanyamerika uyu muryango wari wateganije gukoresha mu ngengo yâimari yâuno mwaka uzarangira mu kwezi kwa karindwi, buri gihugu cyose kiri muri uyu muryango […]
Mayor wa Bugesera na ba Visi Mayor na bo beguye
Nsanzumuhire Emmanuel, wari Mayor w’akarere ka Bugesera nâabamwungirije bombi bagize Komite nyobozi yâakarere ka Bugesera, beguye ku mirimo yabo kuri iki cyumweru Tariki ya 27 Gicurasi 2017, njyanama yâaka karere nayo yamaze kwemeza ubwegure bwabo. Amakuru dukesha umuseke , Ndahiro Donald uyobora inama njyanama yâakarere ka Bugesera yavuze ko Mayor nâabamwungirije bashyikirije njyanama amabaruwa yo […]
Rayon Sports yatsinze ibitego 3 (Mpaga ) idakinnye na Miroplast
Rayon Sports yatsinze kuri mpaga ibitego bitatu ku busa, ibona amanota atatu idakinnye. Ni kumunsi weje kucyumweru Tariki ya 27 Gicurasi, 2018. Amasaha umukino wagombaga gutangiriraho yageze Miroplast itarakandagira ku ikibuga, abasifuzi bari kuyobora uyu mukino bafashe umwanzuro wo gutera mpaga nyuma yo kutayica iryera. Afana ba Rayon Sports bari bitabiriye umukino wâumunsi wa 24 […]
Nick Minaj yatunguye isi ubwo yatangazaga umusore bari murukundo muri iyi minsi -Amafoto
Umuraperikazi Nicki Minaj ubarizwa muri Leta zunze ubumwe z’Amerika yatunguye benshi mu bamukurikira umunsi kumunsi mu mpande z’isi avuga k’urukundo yaba afitanye numuraperi Eminem. Uyu muhanzi ugezweho mu ndirimbo âChun-Liâ yavuze ibi biturutse ku gitekerezo cyanditswe nâumwe mu bafana be ku mashusho yari yashize kuri Instagram, amubaza niba ibihuha bivugwa ko ari gukundana na Eminem […]
Hari urubyiruko rwapfushije ababyeyi muri Jenocide rukaba rugiye gupfa nabi-Dr, Rev Pt Antoine Rutayisire
Dr, Rev Pt Antoine Rutayisire avuga ko hari urubyiruko rwabuze ababyeyi barwo muri Jenocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda muri Mata 1994 ariko narwo rukaba ruri kwiyica aho gukorera igihugu ngo rugere ikirenge mu cya bakuru babo babohoye igihugu. Ibi yabitangaje kuwa 25 Gicurasi ubwo yatangaga ikiganiro mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 24 abakirisitu […]
Ese waba uzi impamvu abagore benshi basakuza mu gihe kimibonano mpuzabitsina?
Twifashishije imbuga za internet zitandukanye zandika inkuru zijyane nâurukundo nâimibanire, ngo gutaka kâumugore mu gihe atera akabariro gusobanuye byinshi. 1.Ikimenyetso cyâuko yishimye Impamvu ya mbere ituma umugore arira cyangwa ataka mu gihe cyo gutera akabariro, ngo ni ibyishimo birenze aba yagize. Ibyishimo umugore agira iyo aryohewe nâimibonano mpuzabitsina ngo biba bimeze nkâiyo umuntu akoze mu […]
Uganda: Banki yâigihugu igiye gushyirwa ku isoko yegurirwe abashoramari
Banki nkuru yâigihugu muri Uganda igiye kugurishwa akayabo ka Miliyari 504 ikegurirwa abashoramari kuko ifaranga nâagaciro karyobiri kurushaho kuzamba muri kiriya gihugu. Amakuru dukesha ikinyamakuru spyreports cyo muri Uganda avuga ko hari amakuru yemeza ko gucunga banki nka leta ya Uganda bitagishobotse mu gihe ikomeje kugenda igwa mu gihombo uko bukeye nâuko bwije bityo ko […]
Umugore Bebe Cool, Zuena yibasiwe nyuma yo kuvuga ko ari Umunyarwanda
Umugore wâicyamamare mu muziki Bebe Cool, Zuena Kirema yibasiwe bidasubirwaho nâabamukurikira ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo kuvuga ko ari umunyarwanda warerewe muri Uganda ndetse akaba atewe ishema nâigihugu cye cyâu Rwanda. Uyu mugore yatangaje ibi akoresheje ikirango ikipe ya Arsenal iherutse gushyira ku mpuzankano yayo gikangurira abantu gusura u Rwanda nyuma yâamasezerano u Rwanda rwagiranye […]
U Rwanda rwabaye igihugu cya 3 gishyigikiye amasezerano yâisoko rusange rya Afurika
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 26 Gicurasi 2018, u Rwanda washyikirije Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe (AU) inyandiko zemeza burundu amasezerano ashyiraho isoko rusange rya Afurika, (AfCFTA), ruba u rwa Gatatu mu kwemea aya masezerano nyuma ya Kenya na Ghana byashyikirije AU izo nyandiko ku wa 10 Gicurasi 2018. Aya masezerano ashyiraho isoko rusange […]
U Rwanda rwasubije abanenga ubufatanye rwagiranye na Arsenal
Umyobozi wâIkigo cyâigihugu cyâIterambere(RDB) Claire Akamanzi yasubije abakomeje kunenga amasezerano u Rwanda ruherutse kugirana nâikipe  yo mu cyiciro cya mbere cyâumupira wâamaguru mu Bwongereza, Arsenal afite agaciro ka milyoni 30 zâamayelo. Abinyujije ku rubuga rwe rwa twitter,uyu muyobozi yavuze ko abakomeje kunenga iyi gahunda bashobora kuba bafite ibindi bitari byiza bagambiriye cyangwa se bakaba nta […]
Bimwe mu bintu byagufasha kumenya umukobwa cyangwa umugore uryoshya imibonano igihe utera akabariro
Ntibazakubeshye ngo abakobwa baryoshya imibonano mpuzabitsina kimwe, kuko ntibaremwe kimwe, kandi nanone abo baryohereza ntibakunda bimwe. Gusa nanone ntitwakwirengagiza ko ubumenyi nâuburambe umukobwa abifitemo bushobora kumufasha kuryoshya imibonano, kuko bitewe nâibyo ba Nyirasenge bamutoje cyangwa se niba yaraganiriye nâabakuze, cyangwa akaba asengera muri ya madini bigisha abakobwa gufata neza abagabo no kubasasira neza. Ibi bishobora […]
Ethiopia: Perezida Kagame yabonanye nâigihangange mu gusiganwa ku maguru,Haile Gebrselassie
Perezida Kagame ari kumwe na Minisitiri wâIntebe wa Ethiopa Dr.Abiy Ahmed , babonanye nâigihangange mu gusiganwa ku maguru Haile Gebrselassie wamenyekanye cyane mu mikino ya Olempike. Uhereye ibumoso: Haile Gebrselassie, Perezida Kagame na Minisitiri w’Intebe Dr. Abiy Ahmed Perezida Kagame uri mu ruzinduko muri Ethiopia kuva kuri uyu wagatanu kuri iki gicamunsi yavuye mu mujyi […]
Ubuholandi : Abadepite basabye ko hasesengurwa amasezerano u Rwanda rwagiranye na Arsenal
Abadepite bâUbuholandi basabye ko hakorwa ubusesenguzi ku masezerano yâubufatanye u Rwanda ruherutse kugirana nâikipe yo mu cyiciro cya mbere cyâumupira wâamaguru mu Bwongereza, Arsenal afite agaciro ka milyoni 30 z’amayelo. Inkuru dukesha  urubuga Dutchnews.nl ivuga ko izi ntumwa za rubanda zasabye Minisitiri Ushinzwe Imfashanyo, Sigrid Kaag ko yakora ubusesenguzi kuri aya masezerano yâubufatanye hagati yâu […]
Imana yakuremanye ubutware ariko ukwiriye kubukoresha neza
« Abamarayika si bo Imana yahaye gutegeka isi izabaho, iyo tuvuga » (Abaheburayo 2: 5.) Umugambi wâ Imana ku muntu ubwo yamuremaga, kwari ukugira ategeke byose (Itangiriro 2:15-20), ariko umuntu yategetse umwanya muto nyuma akoze icyaha ategekwa na byose. Imana iramubwira ngo uzategekwa nâumuruho, uzarya ututubikanye, nâinyamaswa zo mugasozi ziramuhindukirira kandi ari we wazise amazina […]
Ibyo wamenya ku ijoro ryiswe âIbyuma birebireââ Adolphe Hitler yishemo abantu benshi
Operation Hummingbird (night of long knives) cyangwa se ijoro ryâibyuma birebire , ni ijoro rikomeye ryabayeho mu mateka yâisi, ryo kuya 30/6/ kugeza 2/7/ mu mwaka wi 1934 ahishwe buri kinyabuzima cyose cyitemeraga amatwara ya Adolph hitler, bikozwe na ââ national Socialist German Workers Party [NAZI], aba bari bazwi ku kazina ka ââBrownshirtsââ kubera imyambaro […]
Rusizi: Itorero ADEPR ryagaye ku mugaragaro abapasiteri nâabandi abayoboke baryo bijanditse muri Jenoside
Muri paruwasi ya Ntura mu itorero ADEPR ni ho habereye kwibuka ku nshuro ya 24 Jenoside yakorewe abatutsi ku rwego rwâakarere ka Rusizi muri iri torero ahunamiwe abatutsi 38 baguye mu rusengero rwâiyi paruwasi bishwe urwâagashinyaguro bigizwe mo uruhare na bamwe mu bo basenganaga. Mu kiganiro nâitangazamakuru, umushumba wâururembo rwâintara yâuburengerazuba,R Ă©v. Sebadende Emmanuel, yagaye […]
Polisi yasabye abagenzi kutarebera abashoferi babatwara bavugira kuri telefoni
Umuyobozi wâishami rya polisi yâigihugu rishinzwe umutekano wo mu muhanda, CP George Rumanzi yasabye abagenzi kwamaganira kure abashoferi babatwara mu modoka rusange bavugira kuri telefoni cyangwa bagendera ku muvuduko ukabije. Ibinyujije ku rukuta rwayo rwa twitter, Polisi yâigihugu yavuze ko kwamagana abashoferi bakora aya makosa bireba buri wese kandi ko ari inshingano za buri wese […]
Ibyo wamenya ku nkomoko yâirushanwa ryâamagare rikomeye ku isi (Tour de France)
Tour de france ni irushanwa ngarukamwaka ryo gutwara amagare, ribera mu Bufaransa ndetse rikanazenguruka bimwe mu bihugu bituriye ubufaransa. Bwambere mu mateka , tour de france yabaye mu mwaka wi 1903, riza ari irushanwa ngaruka mwaka, uryitabiriye akagomba kuba yarahawe itike na UCI [union Cycliste Internationale]. Rigendrwa iminsi 21, rigakorwa umurambararo ungana nâibirometero 3,500, ryitabirwa […]
Ethiopia: Minisitiri wâintebe yahaye Perezida Kagame inka nâiyayo -AMAFOTO
Minisitiri wâIntebe wa Ethiopia Dr.Abiy Ahmed yahaye  Perezida Kagame uri mu ruzinduko muri iki gihugu  inka nâiyayo  ndetse anamwizeza ubufatanye mu rwego rwo guteza imbere Afurika. Mu magambo ashimira Dr.Abiy, Perezida Kagame yavuze ko  yishimiye impano ikora ku mutima bamuhaye kubera ko inka ari akarango kâumuco ibihugu byombi bisangiye. Ati âMurakoze kâubwâimpano yâagatangaza mumpaye, ikora […]
Gicumbi: Meya wâAkarere na ba Visi Meya begujwe
Kuri uyu wa 25 Gicurasi 2018Umuyobozi wâAkarere ka Gicumbi, Mudaheranwa Juvenal na ba Visi Meya bose begujwe ku mirimo yabo . Meya Mudaheranwa yegurijwe n’umuyoboziwâakarere Wungirije ushinzwe ubukungu nâiterambere, Muhizi Jules Aimbable nâumuyoboziwâakarere Wungirije ushinzwe imibereho myiza, Benihirwe Charlotte. Perezida wa Njyanama yâAkarere ka Gicumbi, Kayombya DieudonnĂ©, yemeje ko abo bayobozi bose begujwe koko kubera […]
Ese waba uzi impamvu igitsina gabo gikunda abakobwa bafite amabuno manini?
Ni byo koko hari byinshi bigenda bivugwa ku bijyanye nâimiterere yâigitsinagore cyane cyane hitawe ku itandukaniro riri hagati yâimiterere yâumubiri wâumukobwa nâumusore. Nkâuko rero na none abagore bose usanga hari imiterere badahuje ugendeye ku bigaragara inyuma[forme], usanga hari umwihariko wâabagore bafite ibibuno binini bagira mu rwego rwo kwigarurira imitima yâabagabo kurenza abifitiye ibibuno bito. Umuntu […]
Miss Anastasie ntiyumva kimwe na Miss Igisabo kubyo aherutse gutangaza
Mu minsi ishize nibwo Miss Hirwa Honorine wamamaye nk’igisabo ubwo yari mu marushanwa y’ubwiza umwaka ushize 2017 yatangaje ko ariwe Miss ukunzwe w’ibihe byose ntawamusimbura kuri uwo mwanya. Gusa Miss Umutoniwase Anastasie watowe kuri uwo mwanya mu mwaka wa 2018 ntiyemeranya nawe kuri iyi ngingo. Mu kiganiro uyu nyampiga uhiga abandi mubakunzwe n’abantu benshi bakunze […]
Rwakazina Marie Chantal ahigitse Henriette Murekatete ku mwanya w'umuyobozi w'umujyi wa Kigali
Mu gitondo cyo kuri uyu wa 25 Gicurasi 2018, mu mujyi wa Kigali hari hateganyijwe ibikorwa byâamatora agomba kuvamo ugomba gusimbura Nyamurinda uherutse kwegura ku buyobozi bwawo. Rwakazina Marie Chantal umwe mubahabwaga amahirwe atorewe kuyobora Umujyi wa Kigali ku majwi 146 mu gihe Henriette Murekatete we bari bahanganye agize amajwi umunani Iri tora ryabaye nyuma […]
Abarwanyi ba ISIS bamaze kugera mu bihugu 5 byo muri Afurika  birimo na Uganda
Afurika yunze ubumwe yatangaje ko hari amakuru yizewe avuga ko mu bihugu 5 byo mu Burasirazuba nâAmajyepfo yâAfurika birimo na Uganda hamaze gusesekaramo abarwanyi bo mu mutwe wa ISIS uzanzwe uzwi mu bihugu bya Iraq na Syria. Aba barwanyi bagendera ku matwara yâidini ya kisilamu, bivugwa ko bahoze ari bamwe nâabo mu mutwe wâiterabwoba wamenyekanye […]
Ubufaransa: Urukiko rwahamije Pascal Simbikangwa uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi
Urukiko rusesa imanza rwo mu Bufaransa kuri uyu wa kane bidasubirwaho rwemeje ko Umunyarwanda Capt. Pascal Simbikangwa wâimyaka 58 yagize uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Pascal Simbikangwa, yari yarakatiwe gufungwa imyaka 25 mu 2014 nyuma aza kujurira mu 2016 maze aratsindwa .Uru rukiko rwemeje ko Simbikangwa rumuhamya ibirimo kugira uruhare muri Jenoside nâibindi […]
Dore akamaro gakomeye utari uzi ko gukora imibonano mpuzabitsina
Nubwo imibonano mpuzabitsina ari ingenzi, usanga benshi bayikoresha nabi ari byo binabaviramo indwara zanduririra mu mibonano mpuzabitsina cyangwa andi makimbirane atandukanye akomoka ku mibonano mpuzabitsina ikozwe nta gahunda cyangwa mu buryo budakwiye. ubushakashatsi bwakozwe nâimpuguke mu bijyanye nâimikorere yâibitsina Dr. Jay Davidson ndetse nâitsinda ryâabandi bashakashatsi ngo imibonano mpuzabitsina ifata umwanya munini mu buzima nâimitekerereze […]
Umujyi wa Kigali ugiye gutora umuyobozi mushya
Mu gitondo cyo kuri uyu wa 25 Gicurasi 2018, mu mujyi wa Kigali hateganyijwe ibikorwa byâamatora ahari buvemo ugomba gusimbura Nyamurinda uherutse kwegura ku buyobozi bwawo. Biteganyijwe ko mu bajyanama 26 bâuyu mujyi wa Kigali buri wese aba ari umukandida kuko iyo bageze mu cyumba cyâitora buri wese aba ashobora kwiyamamaza cyangwa akamamaza mugenzi we. […]
Sudani yâEpfo: Umwana wâumukobwa wâimyaka 19 yakatiwe urwo gupfa
Umwana wâumukobwa wo muri Sudani yâepfo yakatiwe nâurukiko igihano cyâurupfu nyuma yo guhamwa nâicyaha cyo kwivugana umugabo iwabo bari baramushyingiye ku ngufu atabishaka. Ibitangazamakuru bitandukanye bivuga ko uyu mwana wahawe izina rya Hussein, ngo yemereye ubutabera ko yishe umugabo iwabo bamushyingiye atabishaka, uwo mugabo nawe akagerageza kumusambanya ku ngufu kuko uwo mwana atabishakaga, mu rwego […]
Nyagatare: Bane batawe muri yombi bazira gucuruza magendu no gutanga ruswa
Polisi yâIgihugu mu murenge wa Rwempasha, mu karere ka Nyagatare yataye muri yombi abagabo bane bakekwaho kwinjiza mu buryo bwa magendu amabaro umunani yâinkweto za caguwa maze bagashaka gutanga ruswa. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara yâIburasirazuba CIP Theobard Kanamugire yavuze ko Polisi yamenye amakuru ko hari ibicuruzwa bya magendu bigiye kujyanwa kâuwitwa Twagirumukiza Celestin kandi […]
Perezida Kagame yagiriye uruzinduko muri Ethiopia-AMAFOTO
Perezida Paul Kagame yamaze kugera mu gihugu cya Ethiopia aho yakiriwe na Minisitiri wâIntebe wâiki gihugu, Dr. Abiy Ahmed. Uru ni uruzinduko rwa mbere Kagame agiriye mri iki gihugu kuva uwari Minisitiri wâIntebe Hailemariam Desalegn yeguye. Aba bayobozi bombi bagiranye ibiganiro byari byitabiriwe na Ambasaderi wâu Rwanda muri Ethiopia,Hope Tumukunde . Perezida Kagame agize uru […]
ââVatican Secret Archivesââ inzu igerwamo na Papa wenyine gusa, ibitse impapuro zo mu kinyejana cya 8
Vatican secret archives ni ububiko bukomeye cyane mu mateka yâidini Gatulika, bubitse impapuro zo mu kinyejana cya 8, bubarizwa i Vatican ndetse kandi budashobora kwinjirwamo, kwegerwa nuwo ari we wese utari Papa uriho. Izina secret archives ryashyizweho hagamijwe kwereka isi yuko ubwo bubiko ntawundi bwagenewe utari nyirâubutungane [papa], ndetse kabone niyo yaba afite ikibazo icyaricyo cyose […]
âSoulmateâ indirimbo nshya ya Mudandi Frank
Mudandi Frank, ubusanzwe akaba witwa Ndamyirokoye Franà §ois nyuma yo gusohora indirimbo zirimo iyitwa âNi Missâ yasohoye iyitwa â Soulmateâ. Aganira na bwiza.com yatangaje ko iyo ndirimbo yayikoreye byâumwihariko abakundana dore ko âSoulmateâ bisobanura umukunzi nyawe wo mu byiza nâibibi. Yagize ati âNi indirimbo nakoze kugira ngo ishimishe abafite abakunzi bamwe bâukuri batagira uburyarya. Muri make […]
Menya ibyâimva ihenze cyane ku isi yubatsweho umusigiti- ishyinguyemo nde?- AMAFOTO
Taj Mahal ni imva cyangwa ugituro cyashyizweho nâumwami wâabami SHAH JAHAL wayoboraga ubwami bwa MUGAL mu Buhinde , yashyizweho ngo ishyingurwemo umugore we yakundaga cyane. Mu mwaka wi 1632, nibwo mu gace ka Agra mu Buhinde mu bwami bwa Mugal, batangiye kubaka taj mahal, gusa iyi nzu yaje kurangira mu mwaka wi 1653 imaze imyaka […]
Nyuma ya Davido, Diamond nawe mu nzira zihagarika umuziki burundu
Mu minsi ishize nibwo umuhanzi Davido yatangaje ko agiye guhagarika umuziki ubwo aza yujuje imyaka 30 dore ko ubu afite 25 akayoboka izindi nzira, kuri ubu Diamond Platnumz nawe yatangaje ko ari kwitegura guharika umuziki agashyira imbaraga muzindi business(ibikorwa by’ubucuruzi). Nkuko Nairobi News ibitangaza ngo Diamond ari munzira zo guhagarika umuziki kuko atakora umuziki mpka […]
Nyabihu: Gitifu wâumurenge yatunguranye ubwo yagaragaraga mu ruhame yikoreye inkwi
Umunyamabanga Nshingabikorwa wâUmurenge wa Muramba mu Karere ka Nyabihu, Ngandu Marcel, yagaragaye mu muhanda yikoreye umutwaro wâinkwi bigaragara ko yari yakiriye umucecuru, ibintu byatangaje bikanatungura abantu bamubonye. Uwo muyobozi ngo yahuye nâumukecuru wo mu kigero cyâimyaka 80 yikoreye umutwaro wâinkwi,agenda asukuma mu nzira intege zashize, aramwakira arazimutwaza amugeza iwe mu rugo. Ngandu Marcel wari utashye […]
Niba urangiza vuba,dore ibiribwa byagusha kongera igihe umura utera akabariro
Gutera akabariro ni igikorwa gisaba kugitegura gusa hari benshi kijya gikoza isoni mu gihe barangije (gusohora) aribwo bagitangira igikorwa nyirizina ibi bikaba bigira ingaruka mbi zirimo no kutanyurwa n’igikorwa hagati yabari kugikora niyo mpamvu Bwiza.com yagerageje kubakusanyiriza nkuko lifestyle ibivuga ngo hari bimwe mu biribwa bifasha umugabo ufite ikibazo cyo kurangiza vuba mu gihe atera […]