Umufana wa Senderi yamusabye guhimba indirimbo ku iyegura rya ba Meya mu Rwanda
Umukobwa witwa Rwigamba Nadine uzwi ku izina rya Queen akaba umufana wâakadasohoka wâumuhanzi Eric Senderi International Hit yamandikiye amusaba ko yahimba indirimbo ivuga ku nkundura yo kwegura kwa hato na hato kw aba Meya mu Rwanda. Uyu mukobwa abinyujije ku rubuga rwa Instagram, yasabye uyu muhanzi ko yahimba indirimbo akayita âhis is Rwandaâ, indirombo yaba […]
Burundi: Habaye imyigaragambyo yo kwamagana ONU nâu Bufaransa
Mu Burundi, abantu babarirwa mu Magana babyukiye mu bikorwa byâimygaragambyo kuwa Gatandatu wâiki cyumweru igamije kwamaganira kure intumwa ya ONU muri kiriya gihugu, Michel Kafando, ONU ubwayo hamwe n’igihugu cyâu Bufaransa. BBC dukesha iyi nkuru ivuga ko bamwe mu bitabiriye iyi myigaragambyo ari abari baraye mu bikobwa byâamasengesho yo gusengera igihugu cyâu Burundi yabereye mu […]
Minisitiri wâUbubanyi nâamahanga wâu Burusiya ategerejwe mu Rwanda
Kuri iki cyumweru rariki ya 3 Kamena 2017, biteganyijwe ko Minisitiri wâububanyi nâamahanga wo mu gihugu cyâu Burusiya, Sergey Lavrov ategerejwe mu Rwanda aho biteganyijwe ko ari busure ibikorwa bitandukanye birimo nâurwibutso rwa Jenoside rwa Gisozi. Biteganyijwe ko nyuma yo gusura uru rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ruherereye ku Gisozi, akavayo ajya kubonana na mugenzi […]
Kuki Leta igira ibanga umubare wâamafaranga izishyura ikipe ya Arsenal kandi ari ayâabaturage?
Iki ni ikibazo umuturage yabajije nyuma yaho Leta yâu Rwanda igiranye amasezerano nâikipe ya Arsenal yo mu Bwongereza yo kwamamaza ubukerarugendo bwarwo, ariko ikirinda gutangaza umubare wâamafaranga izatanga mu gihe cyâimyaka itatu amasezerano azamara. Mu kiganiro kirambuye âImvo nâimvanoâ cya radiyo BBC, ubwo Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Nduhungirehe Olivier yari umutumirwa muri […]
Uganda: Nixon Karuhanga ushinjwa gushimuta Joel Mutabazi, ibye byose byashyizwe hanze
Ofisiye mu gipolisi cya Uganda, Abby Kitagenda yatawe muri yombi ku wa Mbere tariki ya 28 Gicurasi 2018, ahaswe ikiboko nâabashinzwe iperereza mu gisirikare cya Uganda, avuga ibyâamabwiriza bahabwaga na SSP Nixon Karuhanga , ubu ufunzwe ashinjwa gushimuta Joel Mutabazi. Nkâuko ikinyamakuru Spyreports kibitangaza, Abby Kitagenda yatangaje ko SSP Nixon Karuhanga ariwe wabahaga amabwiriza yo […]
Ibyo Diamond yananiwe gukorera Zari mu myaka 3, yabimikoreye mu mashusho y'indirimbo-Amafoto
Mu gihe kingana n’imyaka itatu umuhanzi Diamond Platnumz wo muri Tanzania, yamaze abana na Zari mu nzu, batarakora ubukwe cyangwa ibindi birori byo kumwerekana mu muryango nk’umugore we, yabimukoreye mu mashusho y’ndirimbo . Ni indirimbo ‘Iyena’ Diamond yakoranye na Rayvanny, bombi bakorera umuziki mu nzu iwutunganya ya Wasafi. Amashusho yayo agaragaza Diamond yasezeranye na Zari […]
Umugabo wanjye anca inyuma agasambana nâabandi bagore kandi agiye guhabwa ubupasiteri vuba- NKORE IKI?
Nitwa Christine K. ntuye muri Kigali muri Gasabo. Ndifuza inama zanyu kuko ndi mu rugamba rukomeye kandi nkabona rutazanyorohera umunsi ruzaba rwabaye rusange. Maze imyaka ine nshatse umugabo, twabanye turi abakiristo cyane pe. Umugabo wanjye ari umuvugabutumwa na njye ndirimba muri korali, munyihanganire ntabwo nshaka kuvuga itorero nâaho dutuye neza. Nyuma yo kubyara umwana wa […]
Inkomoko y'insigamigani 'Gupfa agatandabazimu', ikomoka ku rupfu rwa Yuhi IV Gahindiro
Insigamigani ‘Gupfa agatandabazimu’ niyo izwiho kuba inkomoko yâurupfu rwâumwami wâu Rwanda, Yuhi IV Gahindiro, azize gutatira igihango yagiranye na nyirakuru witwaga Mitunga. Yuhi IV Gahindiro yimye ingoma ahasaga mu1746 Yari mwene Mibambwe III Mutabazi II Sentabyo na Nyiratunga. Yagiye ku ngoma azunguye se, yimikirwa mu Ruhango rwa Mutakara na Nyamagana kwa Nangingare, hahoze ari muri […]
Urutonde rw'abakobwa 17 bahatanira ikamba rya Miss Burundi 2018- AMAFOTO
Abarundikazi 17 nibo babashije gutsinda banujuje ibisabwa mu majonjora yasojwe ku wa 28 Gicurasi 2018, yo mu ntara zose, bakaba bagomba kubonekamo uzambikwa ikamba rya nyampinga w’u Burundi 2018.
Kayonza: Abaregaga abakozi ba Sacco Ndego, ntibishimiye indishyi bahawe
Urubanza ubushinjacyaha mu karereka Ngoma rwaregagamo abari abakozi ba Sacco Ndego, mu karere ka Kayonza, bakatiwe igifungo cyâimyaka umunani nâihazabu ya miliyoni icyenda nâibihumbi magana arindwi mirongo itandatu na birindwi nâamafaranga magana ane na makumyabiri ( 9,767,420) kuri buri wese. Ibi ni ibyavuye mu isoma ryâuru rubanza ryabereye mu rukiko rwisumbuye rwa Ngoma, ku wa […]
Kigali: Umurenge wa Rwezamenyo wahembwe imodoka
Kuri uyu wa 01 Kamena 2018 hasojwe icyiciro cya kabiri muri iki gikorwa, Uturere nâImirenge byitwaye neza byahawe ibihembo bitandukanye, aho umurenge wa mbere Polisi yâu Rwanda yawuhembye imodoka. Guhera tariki 31 Ukwakira 2017 Polisi yâu Rwanda kâubufatanye nâumujyi wa Kigali nibwo hatangiye igikorwa cyâubufatanye hagati yâumujyi wa Kigali na Polisi yâu Rwanda mu bukangurambaga […]
Ibyemezo byâInama yâAbaminisitiri idasanzwe yo ku wa Gatanu tariki ya 1 Kamena 2018
Inama yâAbaminisitiri idasanzwe yateranye ku wa Gatanu, tariki ya 01 Kamena 2018, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME. 1. Inama yâAbaminisitiri yemeje imyanzuro yâInama yâAbaminisitiri yo ku itariki ya 27 Mata 2018 nâiyo ku ya 02 Gicurasi 2018. 2. Inama yâAbaminisitiri yagejejweho: Incamake ya raporo ku kibazo cyâibiza nâibimaze gukorwa na Guverinoma yâu […]
Dr Habineza aranenga abanyapolitiki barwanya Leta yâu Rwanda bayoborwa nâumujinya
Umuyobozi wâishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera ibidukikije ( DGPR ), Dr Frank Habineza, avuga ko kuba abarwanya Leta y’u Rwanda bari hanze bakora ibidafite ireme, ahanini ngo babiterwa nâumujinya ugeretseho amaburakindi. Dr Habineza asobanura uyu mujinya avuga ko uterwa nâuko baba bari basanzwe bakorana na Leta iriho mu Rwanda, bahunga bakagenda barakaye, umujinya ukabakoresha, iki […]
Mwarimu unyigisha yaryamanye n'umukunzi wanjye ngo mbone amanota none ndumva nabuze amahoro, nkore iki?
Umusomyi wacu yatwandikiye adusaba ko twamugira inama ku kibazo kimuremereye yifuje kubasangiza ngo mu mugire inama. aragira ati”Nanditse ubu butumwa umutwe uri kundya, umutima wanjye wamenetse.umukunzi  wanjye yakoze ibintu agira ngo amafashe ariko aho bigeze ndumva ngiye kumureka.Ndi mu mwaka wa nyuma wa Kaminuza imwe hano I Kigali.Uyu mukobwa twamenyanye ngeze mu mwaka wa kabiri, gukundana […]
Igitero cyo ku munsi wâinyana (IGICE CYA 1)
Iki ni igitero cyabaye ku ngoma ya Yuhi IV Gahindiro, ahasaga mu mwaka wa 1746, uyu mwami yari afite uburyo yagabanyijemo iminsi ye, maze imirimo ye akayigabanya mu minsi umunani, afite gahunda ntatezuka. Buri munsi wagiraga umurimo, umushakira ibindi akamutegereza nimugoroba. Iminsi ye yari igabanije muri ubu buryo: -umunsi wa Mbere nâuwa Kabiri: Iyi yari […]
Gicumbi: Umunyamakuru wa RBA, Camile Athanase yagizwe Meya w'agateganyo
Nyuma y’uko bitangajwe ko uwari umuyobozi w’agateganyo w’akarere ka Gicumbi, Jean Claude Sewase Karangwa yeguye ataramara n’iminsi 7, njyanama y’aka karere yahise iterana itora umunyamakuru Camile Athanase aba ari we umusimbura by’agateganyo. Uyu Camille Athanase amaze imyaka irenga ibiri ari umujyanama wâAkarere ka Gicumbi, ubu akaba yari umunyamabanga wâiyi nama Njyanama yâAkarere hakiyongeraho no kuba […]
Bansezeranyije kunyica ariko nzapfa ndwana ku mitungu ya Mowzey Radio – Weasel Manizo
Umwe mu bagize itsinda rya Goodlyfe Weasel Manizo yatangaje ko azarwana kugeza ashizemo umwuka ariko imitungu ya mugenzi we Radio baririmbanaga mu itsinda rimwe ntizangizwe n’abashaka kuyisahura. Mukiganiro yagiriye kuri NBS TV ubwo yabazwaga ku bashaka kwigabiza imitungu ya mugenzi we Radio harimo na Murumuna wa Radion Frank Sekibogo maze ahamyako n’ubwo bamusezeranyije kuzamwica ark […]
Muhanga: nyuma y'ifungwa ry'insengero batonda umurongo imbere ya gare ngo basengerwe

Ni nde wishe Mzee Kabila? Ese umuhungu we, Joseph Kabila yaba agiye kuva ku buyobozi amuhoreye?
Ku wa 16 Mutarama 2001, nibwo inkuru yakwiriye Isi yose ko Perezida Laurent DĂ©siré Kabila wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo arashwe nâabamurindaga. Yaje gusimburwa nâumuhungu we Joseph Kabila, umaze imyaka 17 ku buyobozi ariko ataragaragaza ukuri ngo uwishe se amenyekane. Umwe mu barinzi ba Perezida Laurent Desire Kabila,Caporal Rachidi Kasereka (Kadogo), niwe warashe sebuja amasasu atatu […]
Burundi: Urukiko rwatangaje intsinzi kuri kamarampaka
Urukiko rurengera Itegeko Nshinga rwa Bujumbura rwatangaje kuri uyu wa Kane tariki ya 31 Gicurasi 2018 ko amatora ya kamarampaka yagenze neza mu mucyo ndetse abatoye âyegoâ bakaba bafite ubwiganze bunini ugereranije nâabatoye âoyaâ ku ivugurura ryâingingo yo mu itegekonshinga yemerera umukuru wâigihugu kuba yakongera kwiyamamaza bityo agakomeza kuyobora u Burundi. Imibare yatanzwe nâurukiko igaragaza […]
Afurika yâEpfo: Korali yâabakobwa b'abanyeshuri yaririmbye yambaye ubusa
Muri Repubulika yâAfurika yâEpfo, ikibazo cyâabana bâabakobwa bâabanyeshuri kahagurukije imbaga hibazwa icyaba cyabateye kuririmba bambaye ubusa, ibintu byatunguye bikanatangaza buri wese wababonye. Aba bana bâabanyeshuri biganjemo abakobwa bari mu marushanwa yo kuririmba, aho byageze bagakora ibiteye isoni byo kubyina bakuyemo imyenda amabere ari hanze buriburi ndetse no ku bice byo hasi bambaye utwenda twâimbere gusa. […]
Gicumbi: Meya Yeguye nta nâicyumweru aramara ku buyobozi
Uwari umuyobozi mushya wâakarere ka Gicumbi, Jean Claude Karangwa Sewase yeguye nyuma yâiminsi 6 gusa agizwe umuyobozi wâagateganyo wa kariya karere. Uyu muyobozi yashyizweho kuri uyu mwanya kuwa Gatanu wâicyumweru cyashize tariki ya 25 Gicurasi 2018, yerekwa abaturage bukeye bwaho mu muganda wo kuwa 26 nkâumuyobozi mushya wâagateganyo, yegura kuwa 31 muri uko kwezi. Ni […]
Ngoma: Aborozi baratabaza kubera indwara yitwa âRift valleyâ yica inka amarabira
Abaturage batuye mu karere ka Ngoma bavuga ko batewe impungenge nâindwara yibasiye inka zabo ndetse zimwe muri zo zikaba zirimo gupfa. Abaturage bavuga hashize ibyumweru bigera kuri bibiri inka zabo zifatwa nâindwara yababereye amayobera, abashinzwe ubworozi bavuga ko zibasiwe n’indwara ya âRift Valleyâ. Nizeyimana Emmanuel, avuga ko indawara yibasiye inka zabo yababereye amayobera ku buryo […]
Tanzania: Rwambikanye hagati yâumugore wa Diamond na mugenzi we bapfa ikanzu
Impaka za ngo turwane hagati ya Hamisa Mobetto wabyaranye na Diamond na mugenzi we, Alliyah ucuruza imyenda zirakomeje ku mbuga nkoranyambaga, bapfa kwiyitirira ikanzu. Abicishije ku mbuga nkoranyambaga, Hamisa yatangaje ko ikanzu yambaye mu birori byo gutangiza ku mugaragaro Wasafi TV ya Diamond Platnumz, ari iyadodewe mu iduka rye âMobetto Stylesâ. Iyi kanzu Hamisa yari […]
Umusore yivuganye mukase na bene se bapfa amasambu
Kuru uyu wa Gatatu tariki ya 31 Gicurasi 2018, polisi ya Uganda ikorera mu gace ka Kalungu yataye muri yombi umusore wâimyaka 22 yâamavuko nyuma yo kwica mukase ndetse na bene se bapfa ikibazo cyâamasambu. Uyu musore witwa Matia Kalimunda yasanze umuvandimwe we Musa-tafa Gwalamubisi kwa se ubabyara ahita amwica hamwe na Vincent Kasolo, mu […]
Mugimba J.B aremera imigabane ye muri RTLM, agahakana kuyitera inkunga mu bikorwa bya jenoside
Urukiko rukuru mu Rwanda rwasubukuye iburanisha ry’urubanza Bwana Jean Baptiste Mugimba aburanamo n’ubushinjacyaha ibyaha bya Jenoside. Uyu wahoze ari umunyamabanga mukuru w’ishyaka CDR yemereye urukiko ko yari afite imigabane muri Radiyo RTLM ahakana ko atigeze ayitera inkunga mu bikorwa bya jenoside. Ku munsi we wa nyuma wo kwiregura ku kirego cyâubushinjacyaha Bwana Jean Baptiste Mugimba […]
Rusizi: Abarokotse Jenoside bifuza ko hafatwa Nsabimana Callixte, wari mubyara wa Habyarimana
Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi bakoraga mu ruganda rwâicyayi rwa Shagasha no mu mirima yâicyayi yarwo, barasaba ubuyobozi bwa Ibuka na Leta yâu Rwanda kubakurikiranira uwari umuyobozi warwo mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi, Nsabimana Callixte, aho yaba yihishe hose ku Isi akaza akabazwa ubugome yabakoreye. Bamwe mu baharokokeye bashyize mu majwi uyu wari umuyobozi wâuru […]
Menya icyateye umuzamu wa Liverpool, Karius kureka gusiganwa kuri moto agahitamo guconga ruhago
Lolis Sven Karius yavutse ku itariki ya 22 Kamena 1993, avukira mu gace kitwa Biberach mu Mujyi wa Baden-Wurttemberg mu Budage. Ni umuzamu w’ikipe ya Liverpool yo mu Bwongereza, mu bwana bwe yakundaga gutwara moto, ariyo mpano ababyeyi bamubonamo, aza kubivamo ahitamo guconga ruhago. Ubuzima bwe nkâumwana muto mu mupira wâamaguru Karius yatangiriye mu gakipe […]
Perezida Kenyatta na mukeba we R. Odinga biyungiye mu masengesho imbere y'imbaga
Perezida wa Kenya, Uhuru Kenyatta na mukeba we Raila Odinga bahoberaniye mu masengesho yo gusengera igihugu batangaza ko ari ikimenyetso cyâubwiyunge nâubumwe mu rwego rwo kubaka igihugu. Mu mezi 8 ashize, aba bombi bahuriye mu bikorwa byâamatora byasize abagera kuri 92 bahasize ubuzima kubera imyivumbagatanyo yatewe no kutavuga rumwe ku byavuye mu matora. Perezida Kenyatta […]
Urutonde rwâabagore 5 bâabakuru bâibihugu bya Afurika bize amashuri menshi- AMAFOTO
Mu gihe usanga bamwe mu bakuru bâibihugu bafata ubutegetsi batarize amashuri menshi cyangwa se barize ibya gisirikare gusa, bamwe usanga bafite abagore batyaye mu mutwe, bafite amashuri ahambaye yanababeshaho neza batanabaye ari abafasha bâabakuru bâibihugu. Ku mugabane wa Afurika, Perezida Mugabe atarava ku buyobozi niwe wazaga ku isonga mu bakuru bâibihugu bya Afurika bize menshi, […]
Bitunguranye, Zinedine Zidane yeguye ku mirimo yo gutoza Real Madrid
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kane tariki 31 Gicurasi 2018, bitunugranye umutoza watozaga ikipe ya Real Madrid, Zinedine Zidane atangaje ko yeguye ku mirimo yo gutoza ikipe ya Real Madrid mu kiganiro amaze kugirana n’itangazamakuru. Iri yegura rya zidane rije ritunguranye nyuma y’iminsi itanu gusa abashije guhesha iyi kipe igikombe cya Champions League ku […]
Inkundura yo kwegura kwa ba Meya nâababungirije yakomereje mu karere ka Huye na Rubavu
Nyuma yâuko ku munsi wâejo tariki ya 30 Gicurasi 2018 bitangajwe ko nyobozi yâakarere Nyagatare yeguye yose ku buyobozi, iyi nkundura yakomereje no mu ntara yâAmajyepfo. Amakuru agera kuri bwiza.com avuga ko kugeza ubu, kuri uyu wa 31 Gicurasi 2018, Meya wâakarere ka Huye, Muzuka Eugene ndetse nâabamwungirije bunze barimo Mutwarasibo Cyprien wari Umuyobozi bwâAkarere […]
RDC: Abantu 5 bakomerekeye mu mpanuka yâindege ya UN
Ku mugoroba wo kuwa 30 Gicurasi 2018, imodoka ya UN yakoreye impanuka muri Reoubulika iharanira Demokarasi ya Congo abantu 5 bari bayirimo barakomereka. Amakuru aturuka ku biro ntaramakuru byâu Bufaransa AFP avuga ko iyi ndege nto yari mu kazi yaguye ikangirika bikomeye mu gace ka Kasai ku bwâamahirwe hakaba nta wahasize ubuzima kuko yari ikiri […]
Muhanga: Bavuga ko iyo hari abapfuye aribwo barya n'ubwo ataribo babica!!-Video
Ihohotera rikorerwa mu ngo rihatse ayandi yose, rigahemberwa nâihishira- Karangwa Charles
Umuyobozi mu muryango”Humanite et Inclusion’ ushinzwe ikurikirana ryâumushinga wo kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina, ku myaka ndetse no ku bumuga (VBGAH), Charles Karangwa, avuga ko irikorerwa mu ngo ariryo rihatse ayandi yose, byâumwihariko rigatizwa umurindi no guhishirana. Mu kiganiro nyunguranabitekerezo cyo ku wa Gatatu tariki ya 30 Gicurasi 2018, umuryango ‘Humanite et Inclusion’ uzwi nka […]
Ikosa rikomeye umugore akora mu buzima ni ukwizirika ku mugabo uguca inyuma- Zari Hassan
Zari Hassan, wahoze ari umugore w’icyamamare muri muzika, Diamond Platnumz nyuma bakaza gutandukana bapfa ubushurashuzi bwa hato na hato, kuri ubu aragira inama abagore bizirika ku bagabo babaca inyuma bizeye kuzabahindura. Zari uvuga ko hari abagore benshi bacibwa inyuma n’abagabo babo bagakomeza guhatiriza bizeye ko bazabahindura nyamara ibi ngo bisa nk’ibidashoboka kuko umugabo waguciye inyuma […]
Ese ujya ubura imihango? Kubura cyangwa gutinda kwayo ntibisobanuye ko utwite! Menya izindi mpamvu zibitera
Rimwe na rimwe usanga abakobwa cyangwa abagore batinda kubona imihango cyangwa bakanayibura. Aha usanga bihutira kujya kwa muganga kugira ngo bamenye ikibazo cyabaye cyangwa niba baba batwite, abaryamanye nâinshuti zabo bakihutira kuzibwira ko zabateye inda nâibindi. Hano rero turaza kubamara impungenge ko gutinda cyangwa kubura kwâimihango bidasobanuye buri gihe ku wasamye kuko hari byinshi bishobora […]
Abashoferi babangamiwe nâamande ya KVSC mu kwishyura parikingi
Abatwara ibinyabiziga mu mujyi wa Kigali nâahandi barinubira imikorere ya KVCS ishinzwe kwishyuza parikingi, aho ngo usanga bashyirwa muri sisitemu batabanje kubimenyeshwa, amande bacibwa akikuba inshuro 100, nâubumenyi buke burangwa mu bakozi babishinzwe,aho bakomeza kubarira imodoka parikingi kandi yamaze kuvamo bakabura ngo bishyurwe. Icyitwa gushyirwa muri sisitemu ni uburyo bwo kubarura imodoka iparitse, bugaragaza aho […]
Umupolisi yafashwe amashusho akubita umugore ingumi ziremereye mu mutwe- AMAFOTO
Amashusho yâumugore wâimyaka 20 akomeje gukwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga, abatari bake bayavugaho byinshi, aho banenga polisi yamukoreye ihohotera imukubita ingumi mu mutwe, nyuma ikanamwambika amapingu. Ibi byabereye ku kirwa cya New Jersey, muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ku wa 27 Gicurasi 2018, aho umugore wâimyaka 20 yâamavuko witwa Emily Weinman, ukomoka muri Philadelphia yakorewe […]
Somalia: Abagabo 3 bakatiwe igihano cyo kwicwa bamanitswe
Urukiko rwa gisirikare mu gihugu cya Somalia rwakatiye abagabo 3 igihano cyâurupfu nyuma yo guhamwa nâibyaha byâubwicanyi bwakozwe muri kiriya gihugu muri 2017 cyahitanye abantu benshi. Aba bagabo barimo Farhan Mohamed Samatar, Abdinasir Daqane Hassan na Abshir Mohamed Hajji Bule bashinjwa uruhare rukomeye mu gutegura no gushyira mu bikorwa igitero cyagabwe mu murwa mukuru wa […]
Centrafrica: Abapolisi bâu Rwanda bari mu butumwa bwâamahoro bambitswe imidari yâishimwe
Abapolisi bâu Rwanda 36 bari mu butumwa bwâamahoro bwâUmuryango wâAbibumbye mu gihugu cya RĂ©publique Centrafricaine (Multidimensional Stabilization Mission in Central African Republic (MINUSCA)) bazwi mu rurimi rwâIcyongereza nka Individual Police Officers (IPOs), ku itariki 30 zâuku kwezi bambitswe imidari yâishimwe nkâikimenyetso cyâimikorere myiza. Umushyitsi Mukuru muri uwo muhango wabereye ku cyicaro cyâIshami rishinzwe kurinda Abayobozi […]
Umuyobozi ukomeye muri Koreya ya Ruguru, akandagiye i New York nyuma yâimyaka 18 yari ishize
Minisitiri wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ushinzwe ububanyi nâamahanga, Mike Pompeo ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki ya 30 Gicurasi 2018, yasangiye na Gen. Kim Young Chol wo muri Koreya ya Ruguru. Gen. Kim Young Chol agiye muri Amerika nkâintumwa ya Perezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong-un, mu gihe Perezida Trump na […]
Rwamagana: Umugore akurikiranweho gutema mugenzi we bapfa umugabo
Polisi yâu Rwanda mu karere ka Rwamagana yataye muri yombi umugore witwa Mukarugira Christine wâimyaka 41, ucyekwaho gutema mugenzi we, Uwitonze Jesca wâimyaka 28 bapfa umugabo. Ku cyumweru tariki ya 27 Gicurasi 2018, nibwo Mukarugira Christine utuye mu mudugudu wâUmunini, akagari ka Ruhimbi mu murenge wa Gishari, yatemye Uwitonze Jesca, amushinja kwigarurira umugabo we babanaga ku […]
Mugabo, dore ibanga na pozisiyo nziza bizagufasha kunyaza umugore
Abagabo benshi uzasanga mu kanwa kabo bavuga ijambo ‘kunyaza umugore’ mu gihe cyâimibonano mpuzabitsina, ariko ababa bazi uko bikorwa, ni ingerere. Dore rero pozisiyo nziza wakwifashisha kugira ngo umugore anyare cyangwa se azane amavangingo. Ubusanzwe pozisiyo nziza ni mwe (umugabo nâumugore) mwihitiramo bitewe nâuko ibanezeza, biragoye guhita ubwira umuntu uti fata iyi reka iriya, gusa […]
Nyagatare: Umuyobozi wâakarere nâabamwungirije beguye ku mpamvu bita izabo bwite
Umuyobozi wâAkarere  ka Nyagatare, Mupenzi George n’abamwungirije, Kayitare Didas wari ushinzwe ubukungu na Musabyemariya Domitile wari ushinzwe imibereho myiza yâabaturage beguye ku mirimo bari bashinzwe. Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 30 Gicurasi, nibwo aba bayobozi batatu beguye. Inama njyanama yâakarere ikaba itangaza ko beguye ku ‘mpamvu zabo bwite’. Umuyobozi wâInama Njyanama yâAkarere ka Nyagatare, […]
Perezida Kagame na Joà £o Lourenà §o wa Angola bagiye mu Bubiligi aho baziga ku kibazo cya Congo
Perezida Paul Kagame wâu Rwanda akaba nâumuyobozi mukuru wâumuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU), na mugenzi we wa Angola, JoĂ ÂŁo Lourenà §o bazahura nâabayobozi batandukanye mu Bubiligi aho bazigira hamwe ikibazo cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC). Biteganyijwe ko aba bayobozi bombi, bazagirira uruzinduko mu Bubiligi, mu ntangiriro zâukwezi kwa Gatandatu. Perezida JoĂ ÂŁo Lourenà §o wa […]
Urukiko rwategetse kujya bapima uburebure bwâigitsina cyukekwaho icyaha cyubusambanyi
Urukiko rwo muri New Zerande rwatanze itegeko ryo gupima ibitsina byâabazajya bakekwaho icyaha cyo gusambanya ku ngufu cyangwa ibindi bikorwa bifitanye nâihohotera rishingiye ku gitsina. Iri tegeko ryasohotse nyuma yâuko umwe mu bagore bâabayobozi muri kiriya gihugu asabye urukiko ko rupima igitsina cyâumwe mu bo bakoranyeho ubwo babisikanaga hakarebwa niba ingero zatanzwe hari aho zihuriye […]
Nyuma yo guca amashashi, leta igiye guhagurukira nâikibazo cya pulasitiki
Minsitiri wâIbidukikije, Dr Biruta Vincent yatangaje ko mu gihe cya vuba ibicuruzwa bituruka hanze byinjira mu gihugu bipfunyitse muri pulasitiki bizajya bisora amafaraga menshi mu rwego rwo kugira ngo bigabanuke. Ibi yabitangaje mu kiganiro nâitangazamakuru ubwo yavugaga ku itangizwa râicyumweru cyahariwe ibidukikije, aho yavuze ko nubwo leta yaciye amashashi, hakiri ibicuruzwa byinshi bituruka mu mahanga […]
Judith Heard ashobora gukatirwa igifungo cy'imyaka 10 ku bw'amafoto ye yagiye hanze yambaye ubusa -Amafoto
Ku wa Mbere tariki ya 28 Gicurasi 2018, nibwo hiriwe hakwirakwizwa mu bitangazamakuru amafoto y’umunyamideli, Kantengwa Judith Heard yambaye ubusa buri buri, ibi bikaba bishobora gutuma afungwa imyaka 10Â nk’uko biteganwa n’itegeko rya Uganda. Amafoto yashyizwe hanze, agaragaza uyu mubyeyi w’abana babiri ari ahantu hameze nko mu bwogero, agaragaza amabere ndetse ari gutumura itabi. Judith […]
Ukutumvikana hagati ya Perezida Museveni nâumugore we ku ishyirwaho ryâumuyobozi wa Makerere
Perezida wa Uganda, Yoweli Museveni ntavuga rumwe nâumugore we, Janet Kataha Museveni  ku bijyanye nâufite uburenganzira bwo gutanga akazi mu nzego zimwe na zimwe zirimo nâizijyanye nâuburezi n’ubwo umugore we ari Minisitiri wâuburezi. Iki kintu umuntu yakwita ukutavuga rumwe mu rugo rwâumuyobozi mukuru wâigihugu cya Uganda, cyatewe no kuba mu minsi yashize umugore we, Janet […]
Imvune ya Sarah ni igihano cy'Imana- Kuwaiti Preacher
Preacher Mubarak al-Bathali, uzwi nka Kuwaiti Preacher yatangaje ko Mohammed Sarah, umunyamisiri uherutse kuvunikira bikomeye mu mukino wa nyuma wa UEFA champions League, ubwo ikipe ya Liverpool yakinaga na Real Madrid, ari igihano cy’Imana ku bwo kutubahiriza igisibo. Abinyujije ku rukuta rwe rwa twitter, Kuwaiti yavuze ko kiriya ari igihano Imana yahaye Sarah wakinnye umukino […]
Rusizi: Abana bâimfubyi nâabatishoboye barashimira Leta yabagaruriye icyizere cyo kubaho neza
Abana bagera kuri 267 barimo abâimfubyi nâabakomoka mu miryango ikennye cyane bo mu murenge wa Mururu mu karere ka Rusizi bitabwaho nâumushinga RW 0394 uterwa inkunga na Compassion  international ukaba ukorera mu itorero ADEPR paruwasi ya Cyirabyo, bavuga ko iyo batagira Leta nziza ibitaho batari kwizera kubaho neza ejo hazaza, ariko ubu ko bafite icyizere […]
Umukomisiyoneri wâinyeshyamba, udafite aho yanditse amenya ate umukiriya wananiwe kwishyura Banki? â Min. Busingye
Ikibazo cya cyamunara zitezwa nabi, maze abitwa abakomisiyoneri bagatesha agaciro umutungo wâumuturage gihangayikishije inzego nyinshi. Ibi ngo bigirwamo uruhare na bamwe mu bakozi ba Banki babaha amakuru ku nguzanyo zâabakiriya, ndetse nâabashinzwe kugurisha ingwate, bigahombya Banki na nyirumutungo. Abo bose bahagurukiwe. âAbakomisiyoneri bajye mu makampani, cyangwa babe abamarine Polisi ikore akazi. Commissionaire nashake aho abarizwa […]
Dore ibimenyetso bitanu bizakwereka ko umukobwa atagukunda, ahubwo agambiriye kukurya utwawe
Urukundo ruca amarenga ukamenya aho rugana, n’ubwo kumenya ikiri mu mutima wâumuntu bigoye, ariko iyo uri umuhanga gukengura umukobwa utagukunda ahubwo ushishikajwe no kukumaraho imitungo, wamutahura. Dore ibintu bitanu bizagufasha kuba wamukengura: 1.Kwishimisha cyane: Umukobwa wakurabutsweho ifaranga, iyo ashaka kurirya neza neza, uzasanga buri gihe akumenya amatangazo yâahazabera ibitaramo, ibirori, agace keza ko gusohokeramo, aho […]
Perezida Kabila azagumana ubutegetsi, anabuvuyeho yahabwa umwanya ukomeye muri politiki-Mende
Umuvugizi wa Leta muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, Lambert Mende yatangaje ko Perezida Kabila ashobora kuguma ku butegetsi ariko atanabugumaho akareba undi wo mu ishyaka riri ku butegetsi wiyamamariza umwanya ariko Kabila akagira umwanya ukomeye muri politiki ya kiriya gihugu. Ibi yabitangarije mu kiganiro yagiranye nâabanyamakuru kuwa 29 Gicurasi 2018, aho yirinze kwerura ngo […]
Umugore wa Trump ntakigaragara mu ruhame asigaye akorera akazi kuri Twitter
Melania Trump umufasha wa Trump perezida wa Amerika amaze iminsi 19 atagaragara mu ruhame, aho ku wa 10 Gicurasi 2018, ari bwo abantu baheruka kumuca iryera bakira imfungwa eshatu zâAbanyamerika zarekuwe na Koreya ya Ruguru. Nyuma yâiminsi ine umuvugizi we Stephanie Grisham yasohoye itangazo avuga ko Melania Trump, yagiye kwa muganga kwivuza impyiko ariko byagenze […]
Kubera urukundo bakunda ibiti, hari abagore bahisemo gusezerana nabyo -Amafoto
Itsinda ry’abagore bo muri Oaxaca na Mexico bahisemo gusezerana n’ibiti nyuma yo kwiyumvamo urukundo rudasanzwe nabyo aho bavuga ko aribyiza kuko bibafasha guhagarika kubyaragura ndetse n’ihohoterwa ribakorerwa. Ni mubirori byiswe “tree mendous” byahuruje imbaga aho abagore batandukanye bari babukereye mu makanzu yera baje gusezerana n’ibiti bikundiye. imwe mumpamvu zitangwa n’abamwe muri aba bagore basezeranye kubana akaramata […]
Kigali: Ntaganzwa Ladislas uregwa ibyaha bya jenoside yireguye ahakana ibyo ashinjwa
Urukiko rukuru mu Rwanda rwatangiye kumva ubwiregure bwa Ladislas Ntaganzwa uregwa ibyaha bya jenoside n’ibyibasiye inyokomuntu bicyekwa ko yaba yarakoze muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, mu Rwanda. Mu kwiregura kwe, Â Ntaganzwa yaranzwe no guhakana ibyaha byose aregwa. Ntaganzwa wiregura ku byaha bitanu bya jenoside nâibyibasiye inyokomuntu akekwaho ko yabikoreye i Nyakizu mu 1994 yongeye […]
Uruhare rwâabaturage mu bibakorerwa rujyana nâubushobozi, ikosa ni ukutabwira abaturage- Min. Kaboneka
Ubushakashatsi bwâishyirahamwe ryâuturere nâumujyi RALGA, mu mushinga DALGOR bwagaragaje ko uruhare abaturage bagira mu igenamigambi nâingengo yâimari yâakarere rukiri ruto, nyamara abayobozi bâinzego zâibanze bagasanga ruhari. Minisitiri wâUbutegetsi bwâIgihugu, Kaboneka Francis avuga ko byose bijyana nâubushobozi bwâigihugu, ahubwo ngo âikosa ni ukutagaruka ngo ubwire abaturage impamvu igikorwa bifuje kitakomejeâ. âUmuhanda uhuza imidugudu ntuguranwa uhuza uturere, […]
Nigeria: Perezida Buhari yagabanyirije imyaka abashaka kujya biyamamariza kuyobora
Leta ya Nigeria yatangaje ko igiye guha amahirwe urubyiruko rushaka kwiyamamariza kuyobora aho imyaka yagenderwagaho umuntu yagombaga kuba atarengeje izagabanywa kugira ngo bibone mu mapiganwa ari benshi bakiri bato. Ibi ni ibyatangajwe na perezida wa kiriya gihugu Muhamadu Buhari, ubwo hizihizwaga umunsi mukuru wâukwishyira ukizana kwâabaturage. Yagize atiâHagiye gutorwa itegeko rigabanya imyaka yagenderwagaho mu kwiyamamariza […]