Hemejwe imipaka ntakuka hagati yâu Rwanda na Congo
Mu gihe u Rwanda rwifatanyaga nâibindi bihugu bwo ku mugabane wâAfurika kwizihiza umunsi wahariwe imipaka, hemejwe imipaka igera kuri 22 hagati yâu Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ni umuhango wari witabiriwe na Minisitiri wâIngabo Gen James Kabarebe ku ruhande rwâu Rwanda hamwe na Minisitiri wâumutekano wa Congo Henri Mova Sankanyi aba bombi bakaba […]
Urutonde rwa Sitade 12 zo mu Burusiya zizakinirwaho imikino y'igikombe cy'Isi- AMAFOTO
Imikino y’igikombe cy’Isi 2018, izatangira ku wa Kane tariki ya 14 Kamena 2018, mu Burusiya. Mu kuyitegura neza, hateganyijwe sitade 12 zizakinirwaho imikino yose, kuva itangiye kugeza irangiye. Reba amafoto yazo n’abo zakira: 1. Sitade ya Luzhniki Ni sitade nini cyane, yubatswe mu 1956 mu gace ka Khamovniki gaherereye i Moscow, yakira abantu 81,006. Niyo […]
Umusaza ari kuburana nâurukiko rwemeza ko amaze imyaka 2 apfuye we akavuga ko ari muzima
Umusaza witwa Constantin Reliu wâimyaka 63 yâamavuko ukomoka muri Romania ari kuburana nâurukiko rwo muri kiriya gihugu ruvuga ko amaze imyaka isaga 2 apfuye nyamara we akemeza ko atigeze apfa. Uyu musaza avuga ko nyuma yâubukwe bwe mu 1991 yahise ajya guhahira mu gihugu cya Turukiya ahoy amaze imyaka 4 gusa agahita agaruka. Nyuma yaho […]
Norway: Umunyarwanda ukekwaho uruhare muri Jenoside yatawe muri yombi
Leta ya Norway yatangaje ko kuwa Kabiri tariki ya 5 Kamena 2018 yataye muri yombi umugabo wâUmunyarwanda uri mu kigero cyâimyaka 50 yâamavuko ukurikirwanyweho ibyaha byo kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Urwego rushinzwe iperereza muri kiriya gihugu rwa âKriposâ rwatangaje mu itangazo rwashyize ahagaragara ko uyu mugabo utahise atangarizwa amazina yafatiwe mu […]
Uganda: Umwe mu basirikare barinda umugore wa Perezida Museveni yatewe icyuma
Umushoferi wâimyaka 19 akurikiranweho icyaha cyo gukubita no gutera icyuma umwe mu basirikare bashinzwe kurinda umugore wa Perezida Museveni wa Uganda. Â Uyu musore wafashwe ni Joshua Tusingwire, atuye i Muhamya, Rubaare Sub, muri Ntungamo, ngo akaba yarateye uyu musirikare icyuma ubwo umufasha wa Perezida, Janet Museveni yagendereraga akarere ka Ntungamo mu gikorwa cyâubukangurambaga bujyanye […]
Terese Mitsindo arasaba Perezida Kagame guhesha Abanyafurika agaciro mu ruhando rwâamahanga
Umunyarwanda uba mu gihugu cyâu Butaliyani, Â Maria Terese Mitsindo, arasaba Perezida Kagame gufasha Afurika ntikomeze gusuzugurwa mu ruhando rwâamahanga, maze impunzi zâAbanyafurika zirara munsi yâamateme i Burayi, zigahabwa agaciro. Maria Terese Mitsindo, aba mu gihugu cyâu Butariyani. Ni umubyeyi wâabana bane ukomoka mu Rwanda, mu Mujyi wa Huye, mu ntara yâAmajyepho. Amaze guhabwa ibihembo bine […]
U Rwanda rurasaba urukiko âMICTâ kugaragaza ingingo zirurengera ku mwanzuro wo kurekura bamwe mu bakoze Jenoside
Ambasaderi wâu Rwanda muri Loni, Valentine Rugwabiza yasabye umuryango wâAbibumbye ko Urwego rwâUrukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, MICT rwagaragaza mu buryo buboneye ukuntu hakiri abantu bidegembya kandi baza muri ba ruharwa mu kugira uruhare Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994. Ibi yabitangaje mu kiganiro nâakanama kâumutekano mu muryango wâAbibumbye yabereye I New York aho yavuze ko […]
Abatavuga rumwe na Leta ntibemera nkâukuri ibyo Perezida Nkurunziza yavuze ko mu 2020 ataziyamamaza
Abatavuga rumwe na Leta yâu Burundi, bavuga ko batizeye ibyo Perezida Nkurunziza yatangaje ko mu 2020 azava ku buyobozi. Bemeza ko ibyo yababeshye ari byinshi. Ku wa Kane tariki ya 7 Kamena 2018, Nibwo Perezida Nkurunziza yatangarije Abarundi nâamahanga ko yiteguye gushyigikira umukuru wâigihugu Abarundi bazitorera mu 2020, byâumwihariko ko we atazongera kwiyamamaza. Perezida Nkurunziza […]
I Burasirazuba: Min. Kaboneka arasaba abayobozi bâinzego zâibanze gushyira imbere inyungu zâabaturage
Minisitiri wâUbutegetsi bwâIgihugu, Kaboneka Francis arasaba abayobozi bâinzego zâibanze bo mu Ntara yâi Burasizuba gushyira imbere inyungu zâabaturage. Ibi Min. Kaboneka yabitangaje ku wa Kane tariki ya 7 Kamena 2018, mu muhango wo kwibuka abahoze ari abakozi bâamaperefegitura na su-pereferegitura, byahujwe bikaba Intara yâi Burasirazuba bishwe muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Agira ati ândasaba […]
Ingingo zirengagizwa nabesnhi kandi ariryo pfundo ry'ibyishimo by'umugore mu gihe cyo gutera akababriro
Abagore benshi baryoherwa nâ imibonano mpuzabitsina, ariko usanga uburyo bishima atari bumwe. Tugiye kubabwira bimwe mu bituma umugore aryoherwa ndetse bikaba byatuma ahora yishimiye uwo bafatanya mu gutera akabariro. Umugore aryoherwa no gutera akabariro iyo umugabo barimo guhuza urugwiro amweretse ko amwitayeho kandi akabikora amubwira utugambo twinshi twiza, kuko abagore benshi bemeza ko badakunda umugabo […]
Umusore yafashwe asambanya ihene yisobanura avuga ko atinya ko abantu bamwanduza SIDA
Umusore witwa Otieno Jalango wo mu gace ka Muhuru muri Kenya yafashwe asambanya ihene yâumuturage abajijwe impamvu yabikoze yisobanura ko yanga kuryamana nâabantu atinya ko bamwanduza virusi itera SIDA. Uyu musore wâimyaka 23 yâamavuko yemerera inzego zâumutekano ko atai ubwa mbere aryamanye nâitungo kuko ngo yari asanzwe abikora ariko ntafatwe, impamvu ibimutera ngo ikaba ari […]
Burundi: Perezida Nkurunziza avuga ko ataziyamamaza mu matora yâumukuru wâigihugu mu 2020
Perezida Nkurunziza wâu Burundi, atangaza ko mu matora y’umukuru w’igihugu ateganywa mu mwaka wa 2020, atazayiyamamazamo. Ibi yabitangaje ubwo yashyiraga umukono ku Itegeko Nshinga rishya ryavugururwe, mu gihe abatavuga rumwe na Leta bashimangiraga ko ryahinduwe kugirango azayobore kugeza mu 2034. Umuhango wo gusinya iri tegeko Nshinga rishya, wabaye ku wa Kane tariki ya 7 Kamena […]
Gasabo: Meya ntavuga rumwe nâabavuga ko nta ruhare bagira mu kubashyiraho no kubakuraho
Umuyobozi wâakarere ka Gasabo, Rwamurangwa Stephen avuga ko abaturage ari bo bagira uruhare mu gutuma ba Meya begura ku myanya yabo kuko baba bagaragaje ibitagenda neza nyamara abaturage bo bakavuga ko uretse no kubeguza nta nâuruhare bagira mu kubashyiraho. Uyu muyobozi yatangaje ibi ubwo yaganiraga nâitangazamakuru aho bagarutse cyane ku nkubiri imaze iminsi yo kwegura […]
Zari yaciye amarenga yo gusubirana na Diamond -Amafoto
Mu gihe kingana n’amezi ane umuherwe Zari hassan ukunze kwiyita The Boss Lady adaca uwaka na Diamond Platnumz babanaga nk’umugore n’umugabo gusa kuri ubu baraca amarenga yo kuba basubirana nyamara Zari yari yaratsembye kutazongera kubana na Diamond. Mu byumweru bishize ni bwo umuryango wa Diamond cyane cyane nyina umubyara Sanura Kasimu wamushyizeho igitutu ahanini bamubaza […]
Aho naba ndi hose, haba mu Rwanda cyangwa mu kindi gihugu, ndi Umunyarwanda- Min. Mushikiwabo
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Ubutwererane n’Ibikorwa by’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, Louise Mushikiwabo, avuga ko aho yaba ari hose, mu Rwanda cyangwa mu mahanga, ahora ari umunyarwanda. Aho yari ari i Bruxelles mu gihugu cyâu Bubiligi, ku wa 6 Kamena 2018, Min. Mushikiwabo yabajijwe nâabanyamkuru kuri kandidatire ye yo guhatanira kuyobora umuryango wâibihugu bivuga ururimi rwâigifaransa âFrancophonieâ, yemeza […]
U Rwanda rwatumiwe mu nama ya G7 iziga ku bukungu no kubungabunga inyanja
Leta yâu Rwanda nka kimwe mu bihugu bikataje mu iterambere, ni kimwe muri 12 byatumiwe mu nama yâibihugu birindwi bivuga rikijyana ndetse birangwamo ubukungu bukomeye ku isi (G7), iyi nama ikaba izibanda  ku ngingo irebana no kurinda inyanja ndetse no ku bukungu. Ikinyamakuru CBC dukesha iyi nkuru kivuga ko biteganyijwe ko iyi nama izatangira kuwa […]
Zambia: Leta iraha icyizere impunzi zâAbanyarwanda cyo kuziha ubwenegihugu
Leta ya Zambia yatangiye guha impunzi zâAbanyarwanda ibyangombwa byâagateganyo bizemerera gutura. Biteganyijwe ko ibyangombwa bya burundu bizemerera gutura nkâabenegihugu zizabihabwa mu gihe cyâimyaka itatu. Impunzi z’Abanyarwanda zibarirwa mu bihumbi bisaga bine, abo Zambia imaze guha ibyo byangombwa bararenga gato igihumbi na magana ane. Ubwo BBC dukesha iyi nkuru yaganiraga na Abdon Mawere, ushinzwe ibibazo by’impunzi […]
Kirehe: Umugabo yafatanwe ibikoresho yifashishaga akora amafaranga yâamiganano
Uwitwa Habimana Jean Claude, ku wa mbere tariki 4 Kamena 2018; Polisi mu karere ka Kirehe yamufatanye ibikoresho yifashishaga mu gukora amafaranga yâamaginano birimo akamashini nâamarangi yâamabara atandukanye. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara yâi Burasirazuba, Chief Inspector of Police (CIP) Theobald Kanamugire yavuze ko uyu musore wâimyaka 24 yâamavuko yafatiwe mu kagari ka Nyakangezi, mu […]
Ese iyo Mutara III Rudahigwa atimikwa nâabazungu yari kwitwa irihe zina?
Nkuko amateka yâu Rwanda rwo hambere abisobanura neza, abami bâu Rwanda bari abo mu bwoko bwâabanyiginya, amabanga yâabiru niyo yamenyerwagamo umuhungu wâumwami wavukanye imbuto nâuko azazungura se ku ngoma igihe yatanze. Mbere yâumwami Kigeli III Nyamuheshera,umwami wimaga ingoma yahitaga afata izina ryâumwami ashaka nuko akongeraho iryo yiswe nâababyeyi. Ahasaga mu mwaka wa1576 ku ngoma yâumwami […]
Musanze: Munyentwari wicishije ibuye mugenzi we yahanishijwe igifungo cyâimyaka 25
Urukiko Rwisumbuye rwa Musanze rwahamije icyaha cyâubwicanyi umugabo witwa Munyentwari,  maze rumukatira igihano cyâigifungo cyâimyaka 25 nkâuko Ubushinjacyaha bwari bwakimusabiye. Ubushinjacyaha ku Rwego rwisumbuye bwari bukurikiranyeho Munyentwari Jean Baptiste icyaha cyo kwica mugenzi we witwaga Barahasanzwe amukubise ibuye mu mutwe. Mu iburanisha ryabereye aho icyaha cyakorewe mu Mudugudu wa Ruganda, Akagari ka Gatare, Umurenge wa […]
Iminsi irabarirwa ku ntoki ngo Mahoro Isaac ataramire abatuye i Nyamata
âShimwa Yesu, Live Concertâ , izina ryâigitaramo cyateguwe nâumuhanzi Mahoro Isaac kizabera i Nyamata mu karere ka Bugesera ku rusengero rwâAbadiventisite bâumunsi wa Karindwi, Iminsi isigaye irabarirwa ku ntoki ngo bataramirwe mu indirimbo zo guhimbaza. Igitaramo giteganyijwe Tariki ya 09 Kamena 2018, I Nyamata, kigamije gushimira Imana ku bwâibyiza nâibitangaza bitandukanye ikomeza gukorera u Rwanda […]
Kayonza: Abaturage bubatse Laboratwari muri G.S Gahini bamaze imyaka 5 batarishyurwa
Abaturage batuye mu murenge wa Gahini, mu karere ka Kayonza baratakamba basaba ubuyobozi bw’akarere kubishyuriza amafaranga yabo bambuwe na rwiyemezamirimo, bamaze imyaka itanu basaba kwishyurwa amafaranga yabo bakoreye ubwo bubakaga Laboratwari kuri G.s Gahini. Abo baturage bavuga ko kuba batarishyuwe amafaranga yabo byabagizeho ingaruka ku buryo byatumye bamwe bakomeza no kuba mu cyiciro cya mbere […]
Ntuzababare nusanga umugore wawe yarasambanye nâabagabo benshi, ahubwo bizabe ikibazo yaguciye inyuma
Iki ni igitekerezo cyatanzwe nâumusomyi wa Bwiza.com, aho avuga ko kuba umusore yabanye nâumugore ku munsi wa mbere bagiye gutera akabariro agasanga yarasambanye nâabagabo benshi. Uyu musomyi agira ati âNtabwo ari ngombwa, iyo usanze yarasambanye na benshi ntabwo biba bivuze ko atabasha kubaka urugo, urugo ni rugari, ntabwo ruba rushingiye ku buriri gusa, ashobora kuba […]
Kenya: Indege yaburiwe irengero itwaye abantu 10
Inzego zishinzwe ubutabazi muri Kenya ziri mu bikorwa byo gushakisha indege nto yaburiwe irengero ku mugoroba wo kuwa Kabiri tariki ya 5 Kamena 2018, itwaye abantu bagera ku 10 ikaba itaraboneka. Inzego zitandukanye muri kiriya gihugu zivuga ko iyi ndege yakoreraga muri sosiyete ya East African Safari Air Express ikaba yaburiwe irengero ubwo yari igeze […]
Min.wâIntebe, Dr Ngirente avuga ko Afurika itagira ubukungu buhamye hatitawe ku guhanga udushya
Minisitiri wâIntebe, Dr. Ngirente Edouard yavuze ko umugabane wa Afurika udashobora kugira ubukungu buhamye mu gihe hatitawe ku guhanga udushya tugomba gutanga ibisubizo Abanyafurika bafite. Ibi Minisitiri wâIntebe, Dr. Ngirente yabivuze kuri uyu wa Gatatu tariki ya 6 Kamena 2018, ubwo yatangizaga ku mugaragaro inama ya kabiri yiga ku guhanga udushya muri Afurika (Africa Innovation […]
Urutonde rwâabakobwa bâAbanyafurika begukanye ikamba rya nyampinga wâIsi (Miss World) kuva mu 1950
Buri mwaka, niko ibihugu bitandukanye byo ku Isi bitegura amarushanwa yo gutora umukobwa uhiga abandi mu bwiza, akambikwa ikamba rya nyampinga. Ni muri urwo rwego uyu muhango unakorwa ku rwego rw’Isi, abakobwa bagaturuka imihanda yose bagatoranywamo umwe uhiga abandi akambikwa ikamba rya nyampinga wâIsi âMiss Worldâ. Ni muri urwo rwego Bwiza.com, yabakusanyirije amakuru yâabegukanye iri […]
Huye: Meya Muzuka yahererekanyije ububasha na Veneranda Musabyemariya
Mu gitondo cyo kuri uyu wa 6 Kamena 2016, Meya wa Huye, Kayiranga Muzuka Eugene yahereje igitabo gikubiyemo ibikorwa byâakarere, Veneranda Musabyemariya wamusimbuye kuri uyu mwanya byâagategayo nyuma yo kwegura. Muri uyu muhango wayobowe na Guverineri wâIntara yâAmajyepfo, Mureshyankwano Marie Rose, yasabye umuyobozi mushya gukoresha imbaraga nyinshi kugira ngo akarere katazasubira inyuma. Yagize atiâUhawe inshingano […]
Perezida Salva Kiir yemeye kugirana ibiganiro na Riek Mashar
Perezida wa Sudani yâEpfo, Salva Kiir yemeye ibiganiro na Riek Mashar aho biteganyijwe ko agomba guhura nâitsinda ryâabayobozi boherejwe na Riek Mashar riyobowe na Minisitiri wâububanyi nâamahanga, al-Dirdiri Mohamed Ahmed hamwe na Minisitiri wâibikomoka kuri peteroli Minister Azhary Abdel Gader ndetse nâumuyobozi wâishami rishinzwe ubutasi Salah Gosh. Umuvugizi wa perezidansi ya Sudani yâEpfo, Ateny Wek […]
Abasaza 2 bâimyaka 83-88 bakatiwe igifungo cya burundu bashinjwa gusambanya umwana
Urukiko rukuru rwa Nakuru muri Kenya rwakatiye abasaza 2 bâimyaka 83 na 88 igifungo cya burundu nyuma yo guhamwa nâicyaha cyo gusambanya ku ngufu umwana wâimyaka 10 Aba basaza barimo Mureithi Mungai wâimyaka 83 ndetse na mugenzi we Mureithi Ngari 88 bashinjwa kuba barasambanyije umwana wâumukobwa wâimyaka 10 muri 2015 gusa bakaba barabikoze mu bihe […]
Inkomoko yâumugani âakâi Muhana kaza imvura ihiseâ
Uyu mugani waciwe nâumwami wâamahoro, iterambere, nâumutuzo Yuhi IV Gahindiro wayoboye u Rwanda ahayinga mu mwaka wa 1746, akaba mwene Mibambwe III Mutabazi II Sentabyo na Nyiratunga. Gahindiro ubwo yari mu rugo rwe rwâi Sheri na Butera ho muri Runda na Gihara [ubu ni mu karere ka kamonyi], yari afite akamenyero ko kuzenguruka urugo rwe […]
Zimwe mu mpamvu zituma abagabo benshi bubatse baryamana nâabakozi babo bo mu rugo
Ikibazo cyâabagabo baryamana nâabakozi bo mu rugo, ni ikibazo cyugarije hafi isi yose kandi kikaba ari ikibazo gisa nâigikomeye kuko bituma ingo nyinshi zisenyuma. Ku rundi ruhande ariko, biranagoye ko cyacika burundu kuko uko bukeye nâuko bwije humvikana amakuru ku bagabo bafashwe nâabagore babo basambana nâabakozi, abagore bahukana nâabata ingo, abicanye bapfa umugabo, abarwana ndetse […]
Burera: Abantu batanu barimo nâabayobozi bâakarere batawe muri yombi
Abantu batanu barimo nâabayobozi bâakarere ka Burera batawe muri yombi, aho bakurikiranweho gukoresha nabi umutungo wa Leta. Aba bagabo batanu bafashwe ku wa Kabiri tariki ya 5 Kamena 2018, bashinjwa gukoresha nabi umutungo wa Leta, itonesha n’icyenewabo. Abatawe muri yombi bari barasezeye ku kazi, ni Sembagare Samuel wahoze ari umuyobozi wâakarere, Zaraduhaye Joseph wahoze ari […]
Kwibuka: Amakipe yo mu bihugu bine bya Afurika azitabira imikino ya Kungu Fu i Kigali
Amakipe azaturuka mu bihugu bine bya Afurika hamwe nâayâu Rwanda, niyo azitabira imikino ya Kungu Fu, yo kwibuka ku nshuro ya 24 Jenoside yakorewe Abatutsi. Ku wa Gatandatu tariki ya 9 no ku cyumweru tariki ya 10 kamena 2018, mu nzu mberabyombi ya âLycee de Kigaliâ niho amakipe yâibihugu Zambia, Kenya, Tanzanie, RDC nâamakipe agera […]
Lionel Messi abaye intandaro yo kudahamagarwa kwa Mauro Icardi mu ikipe y'igihugu
Ku wa Kabiri tariki 5 Kamena 2018, nibwo hasozwa itangwa ry’urutonde rw’abakinnyi 23 b’ibihugu bizitabira igikombe cy’Isi 2018, gusa igikomeje gutungurana ni bamwe mu bakinnyi bakomeye batagaragaye ku rutonde rw’ikipe y’igihugu cya Argentine,u BubiLigi ndetse n’u Budage. Ikinyamakuru The Mirror gitangaza ko bamwe mu bakinnyi bakomeye batigeze bahamagarwa n’amakipe yabo y’ibihugu, gusa uwa vugishije benshi […]
Perezida Kagame yagize icyo avuga ku bagore, Amb. Nduhungirehe akanenga abikoma imyambarire yabo
Perezida Kagame avuga ko bidahagije ko abagore bagaragara neza nk’abagabo babo ko ahubwo bakwiye no kwita ku buryo bagaragara kugeza no ku myumvikanire y’ijwi ryabo (tone of their voice). Ibi yabitangaje ku wa 5 Kamena 2018, mu ijambo yagejeje ku bari bitabiriye Inama Ngarukamwaka yâIterambere (JournĂ©e EuropĂ©enne de dĂ©veloppement) i Bruxelles mu Bubiligi. Yagize ati […]
Perezida Kagame aranenga imyumvire yo kumva ko abagore bari munsi yâabagabo
Perezida  w’u Rwanda, Paul Kagame akaba nâumuyobozi mukuru wâUmuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU), aranenga imyumvire yo kumva ko abagore bari munsi yâabagabo. Perezida Kagame yanenze iyi myumvire ku wa Kabiri tariki ya 5 Kamena 2018, ubwo yagezaga ijambo ku bitabiriye umuhango wo gutangiza inama ngarukamwaka yiga ku iterambere i Burayi (JournĂ©e EuropĂ©enne de dĂ©veloppement) […]
Indi mitungo y'abo kwa Rwigara igiye gutezwa cyamunara
Nyuma yâaho ikigo cyâigihugu gishinzwe kwegeranya imisoro nâamahoro, RRA giteje icyamunara amakarito yâitabi ryo mu ruganda P rimier Tobacco Company rwâumuryango wo kwa Rwigara, ubu hakurikiyeho imashini zifashishwaga mu gutunganya iryo tabi. Kuwa 28 Werurwe 2018, nibwo Umuhesha wâinkiko wâumwuga yagurishije mu cyamunara amakarito 7195 yâitabi ryâumunyemari Rwigara Assianpol kuri ubu uhagarariwe nâabo mu muryango […]
Umusore ari mu bitaro nyuma yo kugushwa na kajugujugu yikoreye
Umusore witwa Joseph Nkaheza yajyanywe mu bitaro nyuma yo kugushwa nâindege yikoreye ku giti cye, akaba yari mu bikorwa byo gusuzuma ngo arebe niba ikora aribwo yahitaga imukoresha impanuka. Ababonye iyi mpanuka ku mugoroba wo kuwa Mbere tariki ya 4 Kamena 2018, bavuga ko uyu musore yari amaze iminsi mu mushinga wo gukora indege ya […]
Gatsata: Hatoraguwe umurambo wâumukobwa wari wambaye ubusa
Mu ishyamba riri mu kagari ka Nyamabuye, umurenge wa Gatsata, akarere ka Gasabo, hatoraguwe umurambo wâumukobwa, biracyekwa ko yapfuye amaze gusambanywa. Umurambo wâuyu mukobwa utaramenyekana amazina, watowe mu gitondo cyo ku wa Kabiri tariki ya 5 Kamena 2018, aho bamwe mu baturage bavuga ko mu ijoro ryo ku wa Mbere tariki ya 4 Kamena, yatahanye […]
Ishyaka DGPR rirasaba Leta yâu Rwanda guhagarika abakora ibikorwa bigira ingaruka mbi ku bidukikije
Mu gihe hizihizwa umunsi mpuzamahanga wahariwe kurengera Ibidukikije, ku wa 5 Kamena, Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda (DGPR), rirasaba Leta gukurikirana abakora ibifite ingaruka kuri byo. Ibi ni ibikubiye mu itangazo, iri shyaka ryashyize hanze kuri uyu wa 5 Kamena 2018, rishyirwaho umukono nâumuyobozi waryo, Dr Frank Habineza, aho bavuga ko kurengera […]
Uganda irakeka ko u Rwanda rwaba rugiye kugura intwaro za rutura n'u Burusiya
Leta yâu Rwanda nâ u Burusiya bikomeje ibikorwa byo kubaka umubano ahanini ushingiye ku bikorwa bya gisirikare, aha niho Uganda ihera ivuga ko rushobora kuba ruri mu mugambi wo gutumiza imbunda nini zigenda ku modoka ndetse nâindege zo kwifashisha mu mirwano no gucunga umutekano. Spyreports cyo muri Uganda dukesha iyi nkuru ivuga ko Minisitiri wâUbubanyi nâAmahanga […]
Rayon Sports ishaka umwanya wa mbere irakina n'Amagaju idafite abakinnyi 5 babanzamo
Ikipe ya Rayon Sports bakunze kwita gikundiro kuri uyu wa kabiri tariki 5 Kamena 2018 ifitanye umukino n’Amagaju wâikirarane cyâumunsi wa 22 aho iza gukina idafite bamwe mu bakinyi bayo bakomeye. Ni umukino uteganyijwe kuri uyu wa Kabiri tariki ya 5 Kamena 2018 aho ikipe ya Rayon Sports yakira Amagaju muri shampiyona y’ikiciro cyambere mu […]
Karongi: Itorero ADEPR ryaremeye umusore warokotse jenoside inzu ya miliyoni zisaga 20
Ubuyobozi bwâItorero âADEPRâ mu Ntara y’i Burengerazuba, bwaremeye Impano Janvier inzu ifite agaciro ka miliyoni zisaga 20. Akaba ari umuhungu wasizwe na Mutabagisha Thomas, wari pasiteri wâiri torero, aza kwicwa muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Inzu yahawe uyu musore witwa Impano Janvier ifite agaciro ka 20.500.000 yâamanyarwanda, yubatswe mu buryo bugezweho mu Mujyi wa […]
Uganda: Batatu bakurikiranyweho kwiba mudasobwa zirimo amakuru yâiperereza ku rupfu rwa Kaweesi
Abantu 3 muri Uganda bakurikiranyweho icyaha cyo kwiba mudasobwa mu nyubako ya Guverinoma ikorerwamo ibijyanye no kubika amakuru [(Government Analytical Laboratory (DGAL)] ikorera mu biro bya Minisitiri wâubuzima mu mpera zâukwezi kwa Gicurasi, 2018. Aba bagabo barimo Abdul Wabera, Bosco Anyazo ndetse na Andrew Okello bashinjwa gushaka kurigisa amakuru akubiyemo ibikorwa byâiperereza ku rupfu rwa […]
Umuhango wo gutangiza icyumweru cyahariwe kurwanya ruswa- AMAFOTO
Muri gahunda z’ibikorwa byâicyumweru cyahariwe ibikorwa bya Polisi muri uyu mwaka wa 2018, kuwa mbere tariki ya 4 Gicurasi, Polisi y’ u Rwanda yatangije icyumweru cyahariwe kurwanya ruswa nâakarengane, umuhango wabereye ku cyicaro gikuru cya Polisi yâu Rwanda, ahatangirijwe ubukangurambaga bwo gukumira ruswa nâibyaha bifitanye isano nayo. Ubu bukangurambaga bukaba bwatangijwe nâinama nyunguranabitekerezo, yahuje inzego […]
Uwahoze ari kapiteni mu gisirikare cya Uganda arashinjwa ubujura
Capt James Oculu wâimyaka 66 yâamavuko, wahoze mu gisirikare cya Uganda, yafashwe nâurwego rwa gisirikare rushinzwe iperereza, ashinjwa ubujura. Capt James Oculu yafatiwe iwe mu gace ka Bukunjja, muri district ya Mayunge, nâurwego rwa gisirikare rushinzwe iperereza. Umuvugizi wâigisirikare cya Uganda muri aka gace yafatiwemo, Lt. Amos Nsamba, avuga ko Ocule abazwa ibijyanye nâimiti yakuwe mu […]
Kanye West yagize ikibazo cy'uburwayi bwo mu mutwe
Umuhanzi wâicyamamare muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika uzwi mu njyana ya Hip Hop, Kanye West, aherutse gutangaza ko afite ikibazo cyo mu mutwe. Mu kinganiro na TMZ dukesha iyi nkuru, Kanye West yagarutse ku mishinga itandukanye ari gutegura imwe muri yo hakaba harimo n’umuzingo (Album) yitegura gushyira hanze yise “Ye” gusa yanahishuye ko yigeze […]
Nyamasheke: Baratabaza Leta kubera ubwigunge baterwa nâiyangirika ryâumuhanda Tyazo-Cyato
Abaturage bâimirenge ya Cyato na Rangiro mu karere ka Nyamasheke bavuga ko bamaze igihe kirekire mu bwigunge baterwa nâiyangirika ryâumuhanda Tyazo- Cyato, aho kugeza ubu nta modoka nâimwe ishobora kuva mu i Tyazo ngo igere ku cyato. Abaturage bamaze imyaka myinshi batakamba uyu muhanda w’ibirometero 35 ngo ukorwe neza ariko amaso akaba yaraheze mu kirere, […]
Mexique: Abantu bashikiye ishusho ya Bikira Mariya nyuma yo kumva amakuru ko bayibonye irira
Urujya nâuruza rwâabaturage bo mu mijyi itandukanye yo mu gihugu cya Mexique basigaye birirwa bakanarara imbere ya kiliziya ya Hobbs nyuma yo kumva amakuru ko hari bamwe mu bakirisitu bahasengera babonye amarira atemba mu isura yâishusho ya Bikira Mariya ihari. Ibirangazamakuru bitandukanye bivuga ko hari bamwe mu basengera kuri iriya kiliziya bamaze kuvuga isengesho rizwi […]
Birarambiranye ko abana bâabakobwa bahozwa ku nkeke kubera imyambarire yabo- Amb. Nduhungirehe
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri yâUbubanyi nâAmahanga nâUbutwererane nâibikorwa byâumuryango wa Afurika yâUburasirazuba, Nduhungirehe Olivier avuga ko birambiranye ko abana bâabakobwa bahozwa ku nkeke kubera imyambarire yabo. Ibi Nduhungirehe yabitangaje ku wa 3 Kamena 2018, abicishije ku rukuta rwe rwa Twitter, ubwo yagiraga icyo avuga ku nkuru ya Igihe.com, aho ababyeyi nâabarezi bagaragaza impungenge zabo […]
Perezida Dutelte yibasiwe bikomeye nyuma yo gusoma umugore utari uwe mu ruhame
Perezida wa Philippines, Rodrigo Duterte ari mu mazi abira nyuma yo kugaragara mu ruhame no kuri za televiziyo asomana nâumugore ibitangazamakuru byise umunyamahanga. Uyu muperezida yarimo atanga ikiganiro muri Koreya yâEpfo, ubwo yahamagaraga umugore akamusaba ko yamusoma imbere yâimbaga, kugeza ubu amafoto ndetse nâamashusho bikaba byamaze gukwirakwira hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga. Ibi bikorwa […]
Uwamaliya Veneranda yatorewe kuyobora byâagateganyo akarere ka Huye
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 4 Kamena 2018, Inama Njyanama yâakarere ka Huye yatoye Uwamaliya Veneranda nkâumuyobozi wâakarere wâagateganyo. Uwamaliya Veneranda abaye umuyobozi wâakarere ka Huye wâagateganyo, nyuma yaho ku wa 31 Gicurasi 2018, Muzuka Eugene wakayoboraga yeguye nâabamwungirije barimo Mutwarasibo Cyprien wari Umuyobozi bwâAkarere Wungirije ushinzwe ubukunga na Niwemugeni Christine wari ushinzwe imibereho […]
Nkurunziza niyubahe abaturage ave ku buyobozi- Julius Malema
Umuyobozi wâishyaka ritavuga rumwe nâubutegetsi muri Afurika yâEpfo EFF (Economic Freedom Fighters), Julius Malema, avuga ko bikwiye ko abayobozi bajya bava ku butegetsi mu gihe manda zabo zirangiye, agaruka kuri Perezida Nkurunziza wâu Burundi. Ubwo iri shyaka ryakoraga umunsi mukuru mu mpera zâukwezi gushize, Julius Sello Malema yagarutse kuri Perezida Nkurunziza wâu Burundi, avuga ko […]
Uganda: Umugore nâumugabo bigaragambirije imbere yâInteko bafite isanduku bahambamo
Mu gitondo cyo kuwa Mbere tariki ya 4 Kamena 2018, polisi ya Uganda yataye muri yombi umugore nâumugabo bari mu myigaragambyo mu mujyi wa Kampala bashaka kwinjira mu ngoro yâInteko ishinga Amategeko bafite isanduku bashyinguramo abantu bapfuye Chimpreports dukesha iyi nkuru ivuga ko aba bombi bigaragambyaga banafite igipapuro kinini cyanditseho amaggambo asaba kurinda abagore mu […]
Louise Mushikiwabo witegura kwiyamariza kuyobora OIF ni muntu ki?
Inkuru yo kwiyamamaza kwa Minisitiri Louise Mushikiwabo ku kuba Umunyamabanga mukuru wa OIF yameneyekanye tariki ya 8 Gicurasi uyu mwaka. Yaje kwemezwa bidasubirwaho tariki 23, ubwo Perezida wâUbufaransa Emmanuel Macron yatangazaga ko amushyigikiye, nubwo ibihugu byombi bimaze igihe bidacana uwaka kubera Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994, u Rwanda rushinja Ubufaransa kugiramo uruhare. Akimara kumva ibyo, […]
Rwamagana: Abana bakina âKung-Fuâ bihaye intego yo guhigika amagare mu kwigarurira abafana
Abana biganjemo abakiri bato bakina umukino wa Kungfu, Wushu bavuga ko biyemeje gukina umukino wa Kungfu Wushu kandi bafite intego yo guhesha ishema akarere ka Rwamagana ku buryo bashaka kujya batsindira imidari ku rwego mpuzamahanga ndetse bakigarurira abafana bâamagare. Abana 28 nibo bakina umukino wa KUNGFU WUSHU ufite inkomoko mu gihugu cyĂ Âșbushinwa bakaba bakinira ikipe […]
Intebe yâubumeya ubanza bayirwanira ihanda, urutonde rwâabayigera ni rurerure
*Sakwe sakwe ! Soma. *Yiigere uyiveho ! Ngicyo. *Intebe ya Meya! Inkubiri yo kwegura kwâabameya na bamwe mu bagize nyobozi yongeye kwaduka mu Rwanda, aho bamwe bavaho badateye kabiri. Meya wari uwâagateganyo wa Gicumbi, Sewase Jean Claude aciye agahigo ko kumara igihe gito kuri iriya ntebe, kuko yayoboye iminsi itandatu gusa agahita yegura. Mbere ye, hari abagiye […]
Muhanga: Prof. Dusingizemungu yasabye abagifite umugaga muri bo kuwureka bakabohoka    Â
Mu muhango wo kwibuka abazize jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 , baguye i Kabgayi ,Perezida wa Ibuka Professeur Mu mu isingizemungu Jean Pierre , yasabye abagifite umugaga n’ubwoba muri wo kuwureka , bakabohoka, u fite ikibazo akakivuga ,ufite amakuru akayatanga. Prof.Dusingizemungu avuga ko kuba abantu bafite ingengabiterezo ya jenoside , baragiye babwirwa kuyigumana muri bo […]
Perezida Obama agiye gusura Kenya
Uwahoze ari perezida wa Leta zunze ubumwe zâAmerika, Barrack Obama arateganya kugirira uruzinduko muri Kenya kuwa 15 Nyakanga 2018. Biteganyijwe ku muri uru ruzinduko rwâumunsi umwe, perezida Obama azabanza kuganira nâumukuru wâigihugu cya Kenya, Uhuru Kenyatta nyuma agasura ubutaka bwâiwabo mu gace ka KâOgelo aho binateganyijwe ko azahura nâabavandimwe be. Uru ni rwo rugendo rwe […]
Uganda: Abanyarwanda 2 barakekwaho uruhare mu kwica umuturage
Polisi ikorera mu gace ka Kisoro muri Uganda yatangaje ko yataye muri yombi abantu 2 bafite ibyangombwa byo mu Rwanda bakaba bakurikiranyweho uburahe mu bwicanyi bwakorewe umuturage wo muri kariya gace muri iki cyumweru dusoje. Chimpreports dukesha iyi nkuru ivuga ko uyu nyakwigendera witwa Samuel Safari wâimyaka 42 yishwe mu ijoro ryo kuwa Gatanu rishyira […]