Gatsibo: Yatawe muri yombi amaze gukusanya miliyoni 2 mu baturage abizeza akazi
Polisi y’u Rwanda mu karere ka Gatsibo yataye muri yombi umusore w’imyaka 23 witwa Rukundo Jean Pierre, akurikiranyweho gushuka abaturage bo mu mirenge ya Bumbogo , Rusororo na Ndera mu karere ka Gasabo, abizeza ko azabahesha akazi muri Sosiyete ikwirakwiza amashanyarazi aturuka ku mirasire y’izuba yitwa B Boxx Company . Rukundo akimara kubikora yahungiye mu […]
Nyagatare: ‘Abimukira’ baraza ku isonga ry’abagaragaraho ingengabitekerezo ya jenoside
Bamwe mu baturage baturuka mu tundi turere tw’igihugu bakajya gutura mu ka Nyagatare, baraza kuza ku isonga mu bafatirwa mu bikorwa n’amagambo bigamije guhohotera abarokotse jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, biganisha ku ngengabitekerezo ya jenoside. Akarere ka Nyagatare ni kamwe mu tutarabayemo jenoside cyane bitewe n’amateka y’urugamba rwo kubohora igihugu rwahatangiriye, gaherereye mu Ntara y’i […]
Umupolisi w’Umurundi wafatiwe mu Rwanda agasubizwa iwabo yaruhukiye muri kasho
Umupolisi w’Umurundi uherutse gufatirwa mu Rwanda yasinze agasubizwa iwabo yahise aruhukirizwa muri kasho nk’uko amakuru dukesha kimwe mu binyamakuru byo mu Burundi ivuga. Kuri uyu wa Mbere ushize nibwo ubuyobozi bw’Akarere ka Rusizi bwashyikirije abayobozi b’I Burundi umupolisi witwa Irakoze Theogene wari wambutse mu buryo bunyuranyije n’amategeko akinjira mu Rwanda. Icyo gihe igipolisi cy’u Burundi […]
Amajyepfo: Uruganda rw'ikigage ruzatwara miliyoni 860
Uturere umunani tugize intara y’amajyepfo na sosiyete y’abashoramari bo mu ntara y’amajyepfo SPIC(Southern province investment corporation), bagiye gutangiza uruganda rw’ikigage,ruzuzura rutwaye miliyoni 860. uru ruganda ngo rukaba ruje guhangana n’ibiyobyabwenge ndetse n’inzoga z’inkorano zikunze kuba muri iyi ntara. Muzuka Eugene Kayiranga , umuyobozi w’akarere ka Huye ,avuga ko uru ruganda ruzagabanya ibiyobyabwenge ndetse n’umwanda,aho usanga […]
Ishyaka riri ku butegetsi mu Bushinwa ryasuye u Rwanda mu rwego rwo kungurana ibitekerezo na RPF-Inkotanyi
Itsinda ry’ayobozi b’ishyaka riri ku butegetsi muri Repubulika ya Rubanda y’u Bushinwa ryitwa ‘Communist Party of China(CPC) bayobowe na Dr.Ji Zihye kuri uyu wa kane tariki ya 19 Mata 2018, bari mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi ibiri mu rwego rwo kungurana ibitekerezo n’ishyaka riri ku butegetsi mu Rwanda, Rwanda Patriotic Front(RPF-Inkotanyi) ku bijyanye n’imiyoborere. Mu […]
Ikihebe kabuhariwe cyagize uruhare mu bitero byo kuwa 11 Nzeri muri Amerika cyatawe muri yombi
Ikihebe kabuhariwe, Mohammed Haydar Zammar, gifite ubwenegihugu bw’u Budage cyagize uruhare mu bitero byagabwe kuri World Trade Center kuwa 11 Nzeri 2001 cyafatiwe muri Syria nyuma y’igihe kinini cyaraburiwe irengero nk’uko byatangajwe kuri uyu wa Gatatu n’Ibiro Ntaramakuru by’Abafaransa, AFP. Mohammed Haydar Zammar yatawe muri yombi n’inzego z’umutekano z’Abakurude mu majyaruguru ya Syria kuri ubu […]
RDC: Inzu 60 zimaze kurengerwa n’amazi nyuma y’imvura y’iminsi itatu.
Amazu agera kuri 60 harimo n’ibyumba by’amashuri mu ntara ya Katanga iherereye muri Repubulika iharanira demukarasi ya Kongo, zimaze kurengerwa n’umwuzure nyuma y’imvura imaze iminsi itatu igwa. Abaharanira inyungu z’abaturage( société civile locale) mu mugi wa Mulunguishi baravuga ko amazi atembera mu mugezi witiriwe uyu mugi yayobye, agana mu mazu. Umwe mu bagize iri tsinda, […]
RCS: Abofisiye 236, Abasuzofisiye n’Abawada 1059 bazamuwe mu ntera
Tariki ya 11 Mata 2018, Inama y’Abaminisitiri iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika Paul Kagame muri Village Urugwiro yemeje Iteka rya Perezida rizamura mu ntera Abofisiye Komiseri, Abosifisiye bisumbuye n’Abofisiye bato 236. Iyo nama kandi yemeje Iteka rya Minisitiri rizamura mu ntera Abasuzofisiye n’Abawada 1059. Mu ba ofisiye komiseri bazamuwe harimo CP Charles MUSITU wahawe […]
Igisirikare cy’u Rwanda n’icya Tanzania mu nzira zo gukaza ubufatanye mu by’ubwirinzi
Inama y’impuguke mu bya gisirikare hagati ya Tanzania n’u Rwanda yabereye ku cyicaro gikuru cy’igisirikare cya Tanzania, TPDF, I Dar es Salaam guhera kuwa 16 kugeza kuwa 18 Mata, yateranye mu rwego rwo kurangiza umushinga w’amasezerano y’ubwumvikane ku bufatanye mu bya gisirikare hagati y’ibihugu byombi. Maj. Gen K.P. Njelekela, niwe wari uyoboye uruhande rw’igisirikare cya […]
Kubeshywa,kurazwa amajoro,kwitwa imbwa… bimwe mubyo umuraperi Khalifani atazibagirwa
umuhanzi nyarwanda uririmba mu njyana ya Hip-Hop Nizeyimana Odo uzwi nka Khalfani yakomoje ku nzira yanyuzemo itoroshye kugirango abe ageze aho ageze ubu doreko ari no kurutonde rw’abahanzi icumi bagomba guhatanira igihembo rukumbi cy’irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star 8rizatangira muri Gicurasi. ni mukiganiro yagiranye na isango star ubwo yaganirizwaga kubuzima bwe bwamuranze ndetse […]
Umunyarwandakazi yahawe amasaha 48 ngo abe avuye ku butaka bw’u Burundi
Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu mu Burundi kuri uyu wa gatatu, itariki 18 Mata 2018 yasohoye itangazo rimenyesha Umunyarwandakazi, Nkomeza Christine ko adakenewe ku butaka bw’u Burundi ahabwa amasaha 48 ngo abe yavuye muri iki gihugu nyuma yo gukekwaho ibikorwa biteye amakenga. Uyu munyarwandakazi akaba yemerewe gusohoka mu Burundi akaba yakwerekeza mu kindi gihugu ashaka. Itangazo ryashyizwe […]
Amajyaruguru: Hafashwe ingamba zo gukemura burundu ibibazo by'abaturage
Nyuma yo kubona ko hari abaturage benshi bagana Intara y’Amajyaruguru basaba gukemurirwa ibibazo bijyanye n’ubutaka, Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru, Hon Gatabazi Jean Marie Vianney yafashe ingamba yo kujya ahura n’abaturage buri wa kabiri w’icyumweru kandi kikaba igikorwa gihoraho kugeza igihe ibibazo byose bihari bizarangirira burundu. Ni mu rwego kuri uyu wa kabiri tariki ya 17 Mata […]
Abadepite bemeje umushinga w’itegeko ryerekeye kutabasha kwishyura imyenda n’igihombo
Perezida w’Umutwe w’Abadepite, Mukabalisa Donatille kuri uyu wa Gatatu, tariki 18 Mata 2018 yafunguye igihembwe kidasanzwe ubwo hemezwaga ishingiro ry’umushinga w’itegeko ryerekeye kutabasha kwishyura imyenda n’igihombo n’umushinga w’itegeko ryerekeye imiburanishirize y’imanza z’imbonezamubano, iz’ubucuruzi, iz’umurimo n’iz’ubutegetsi. Minisitiri Evode Uwizeyimana yagejeje ku Nteko Rusange ubusobanurampamvu ku mushinga w’itegeko ryerekeye kutabasha kwishyura imyenda n’igihombo. Mu gutegura uyu mushinga […]
RDF yatanze ibisobanuro ku kuntu abasirikare bayo 2 bisanze ku butaka bwa Congo
Igisirikare cy’u Rwanda, RDF, cyasobanuye impamvu abasirikare bacyo babiri baherutse gufatirwa muri Congo bisanze ku butaka bw’iki gihugu, gishimangira ko ahanini byatewe no kuba nta mbago zigaragaza aho ibihugu byombi bigabanira, ndetse kibutsa ko kenshi u Rwanda narwo rwagiye rufatira abasirikare ba Congo ku butaka bwarwo rukabasubiza. Kuri uyu wa Mbere, itariki 16 Mata nibwo […]
Perezida Kagame na Museveni bategerejwe muri Ethiopia
Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame na mugenzi we wa Uganda, Yoweri Museveni bategerejwe muri Ethiopia mu minsi iri imbere mu nama igamije koroshya ishyirwaho rya kaminuza y’Abanyafurika (Pan-African University) nk’uko byatangajwe na minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Ethiopia. Perezida kagame ndetse na perezida Museveni bakaba bazitabira iyi nama y’iminsi ibiri iteganyijwe guhera kuwa 23 kugeza kuwa […]
Nyagatare: Umusaza warokotse jenoside afite impungenge z’umutekano we
Gahakwa Twaha, Umusaza warokotse jenoside yakorewe Abatutsi, avuga ko ahangayikishijwe n’umutekano w’ubuzima bwe n’umuryango we, nyuma yo gukorerwa igikorwa cy’iterabwoba mu cyumweru cy’icyunamo. Gahakwa ni umusaza w’imyaka 68 y’amavuko, atuye mu mudugudu wa Kabeza, akagari ka Cyembogo, umurenge wa Matimba ho mu karere ka Nyagatare. Ku munsi wa gatatu  w’icyumweru cy’icyunamo ahagana saa munani z’ijoro […]
Igisubizo ku nkuba zikomeje kwica abantu cyabonetse
Mike Pompeo uyobora iperereza rya Amerika yabonanye na Perezida wa Koreya mu ibanga
Umuyobozi w’ikigo gishinzwe iperereza muri Leta zunze ubumwe za Amerika, Mike Pompeo, yagiriye uruzinduko rw’ibanga muri Leta ya Pyongyang, aho yagiranye inama na Perezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un. Nk’uko bitangazwa n’ibinyamakuru byo muri Amerika, ngo iyi nama yari igamije gutegura uburyo Perezida Donald Trump na Kim Jong Un bazahura, bakagirana ibiganiro. BBC itangaza ko […]
Amwe mu mateka ya Nelson Mandela ufatwa nk'intwari y'Afurika
Amwe mu mateka ya Stromae ufite inkomoko mu Rwanda
Amwe mu mateka ya perezida Donald Trump ukomeje kurangwa n'udushya
Tumwe mudushya twaranze itsinda Makoma
AMWE MU MATEKA YA PEREZIDA NDADAYE WISHWE AMAZE AMEZI ATATU KU BUYOBOZI
Rayon Sports ikoze ibitarakorwa n'indikipe mu Rwanda igera mu matsinda ya CAF Confederations Cup
Bwa mbere mu mateka ikipe yo mu Rwanda, Rayon Sports ikatishije itike yo kujya matsinda y’imikino nyafurika ya CAF Confederations Cup ni nyuma yo gusezerera ikipe ya Costa do Sol yo muri Mozamboique ku giteranyo cy’ibitego 3-2. Umukino wo kwishyura mu ijonjora rya nyuma mu mikino nyafurika wahuzaga Rayon Sports na Costa do Sol urangiye […]
Sudani Yepfo: Umutwe w’itwaje intwaro wa SSNLM warekuye abana 500 wari washimuse
Umutwe w’itwaje intwaro wigometse ku butegetsi muri Sudani Yepfo witwa South Sudan National Liberation Movement (SSLM ) warekuye abana barenga 500 wari wafashe bugwate. Ibi byatangajwe n’umuryango mpuzamahanga wita ku bana UNICEF. Mu itangazo uyu muryango washyize ahagaragara, utangaza ko abana 200 barekuwe kuwa 17 Mata 2018 naho abandi 300 barekuwe uyu munsi kuwa 18 […]
Imyiteguro y’ubukwe bwa Ali Kiba buzabera muri Kenya irarimbanyije – Amafoto.
Icyamamare muri muzika muri Tanzania ndetse na Afurika y’uburasirazuba, Ali Kiba ari mu myiteguro y’ubukwe bwe buraba mu cyumweru gitaha, abifashijwemo na zimwe mu nshuti ze n’abavandimwe. Ubu bukwe buzabera i Mombasa mu gihugu cya Kenya. Bamwe muri izi nshuti ze harimo umukinnyi wa filimi, Esha Buheti, Zabibu(mushyiki we) n’abandi batandukanye bamaze gusesekara mu mugi […]
PFA yashyize hanze urutonde rw’abakinnyi 11 bagize ikipe ya shampiyona y’Ubwongereza 2017/2018.
Ishyirahamwe rihitamo abakinnyi bitwaye neza muri shampiyona y’Ubwongereza, PFA( Proffessional Footballer’s Association), ryashyize hanze ikipe y’umwaka w’imikino wa 2017/2018, igizwe n’abakinnyi 11. Manchester City ni yo yiganjemo umubare munini w’abakinnyi. Aba ni abakinnyi batoranyijwe muri buri kipe: Nikolà ¡s Otamendi, David Silva, Kevin De Bruyne, Kyle Walker na Sergio Agà ¼ero(Manchester City), Jan Vertonghen, Christian Eriksen na […]
Kwibuka24: Mureshyankwano arasaba abatuye Ndiza kureka ingengabitekerezo ya jenoside n’ inyigisho mbi bigishijwe kuva cyera.
Mu muhango wo kwibuka Abazize jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994,wabereye mu murenge wa Kiyumba mu karere ka Muhanga, kuri icyi cyumweru tariki ya 15 Mata.Guverineri Mureshyankwano yasabye abatuye muri iki gice cya Ndiza , kwirinda ingengabitekerezo ya jenoside, n’inyigisho mbi, bigishijwe kuva cyera, kuko aka gace karanzwe n’amateka mabi, nko kuba kari indiri y’abaparimehutu ,ndetse […]
Perezida Kagame yagarutse ku kamaro Abanyafurika bateze ku isoko rimwe
Umuyobozi w’umuryango wa Afurika Yunze ubumwe, akaba na Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame yagarutse ku kamaro Abanyafurika biteze ku isoko rimwe abayobozi b’ibihugu bashyizeho umukono mu kwezi gushize. Perezida Kagame yagarutse kuri iyi ntero, kuri uyu wa Gatatu, itariki 18 Mata, ubwo yitabiraga ibiganiro ku ntege nke z’ibihugu, iterambere ry’ubukungu n’amajyambere byabereye mu Bwongereza biyobowe […]
Burundi: Abaturage babiri bahitanywe n’amasasu, bane barakomereka abandi barashimutwa
Ahitwa Kagwema muri Komini Gihanga mu Ntara ya Bubanza mu gihugu cy’u Burundi mu ntangiriro z’iki cyumweru, kuwa 16 Mata ahagana saa mbiri z’ijoro abantu bitwaje ibirwanisho bataramenyekana bishe abaturage babiri bakomeretsa abandi bane mbere yo gushimuta abandi babiri. Iyi nkuru dukesha ikinyamakuru Iwacu-Burundi iravuga ko aba bagizi ba nabi bari baturutse mu ishyamba kimeza […]
Abahanzi nyarwanda bahagaze neza mugucurangwa cyane muri Uganda
uko iminsi ishira ni nako umuziki nyarwanda ugenda ukundwa kurwego rushimishije aho usanga hirya no hino bacuranga indirimbo zabanyarwanda. aha twagerageje kugenda tureba hamwe muduce two hanze y’uRwanda uko bacuranga indirimbo z’abanyarwanda aho twahereye ni mugihugu cy’abaturanyi cya Uganda . Indirimbo yambere twasanze ukunzwe cyane ndetse usanga ahantu hose icurangwa ni: Charly na Nina Nyuma […]
Imirimo 10 ikomeye kandi ishyira mu kaga abayikora
Hanze aha hari imirimo yorohera abayikora nubwo bajya bavuga ngo nta mwuga utavuna nko kubyuka ugafata isakoshi irimo imashini ukajya mu biro aho uba ugira utya ukanafata agakombe k’ikawa ugakomeza kumererwa neza, ariko ku rundi ruhande hari imyuga ivuna abayikora ndetse ikanabashyira mu kaga ku buryo baba bashobora no kuyitakarizamo ubuzima. Dore imirimo 10 ya […]
Nyuma yogushinjwa kutita kubana, Diamond yatawe muriyombi azira gukwirakwiza amashusho y'urukozasoni
Umuhanzi ukomeye mukarere Diamond Platnumz yatawe muri yombi azira gushyira ku mugaragaro amashusho asomana ndetse akanayakwirakwiza ku mbuga nkoranyambaga. Ni kuri uyu wa 17 Mata 2018 ubwo Minisitiri w’Itumanaho muri Tanzania, Harrison Mwakwembe ubwo yagezaga ijambo ku Nteko Ishinga Amategeko muri icyo gihugu aho yavuze ko uyu muhanzi yafunzwe aryozwa gukwirakwiza amashusho ahonyora umuco w’igihugu. […]
Nyuma yogushinjwa kutita kubana, Diamond yatawe muriyombi azira gukwirakwiza amashusho y'urukozasoni
Umuhanzi ukomeye mukarere Diamond Platnumz yatawe muri yombi azira gushyira ku mugaragaro amashusho asomana ndetse akanayakwirakwiza ku mbuga nkoranyambaga. Ni kuri uyu wa 17 Mata 2018 ubwo Minisitiri w’Itumanaho muri Tanzania, Harrison Mwakwembe ubwo yagezaga ijambo ku Nteko Ishinga Amategeko muri icyo gihugu aho yavuze ko uyu muhanzi yafunzwe aryozwa gukwirakwiza amashusho ahonyora umuco w’igihugu. […]
Kigali: Bamwe mu baturage ntibumva ukuntu basorera inzu biyubakiye
Uyu mushinga w’itegeko rigena umusoro ku nzu zo guturwamo, ni ingingo leta y’u Rwanda ivuga ko igamije ineza y’abanyagihugu, kuko bavuga ko no mu bihugu byateye imbere birimo amerika n’ubwongereza abanyagihugu batanga uyu musoro. Gusa ariko bamwe mu baturage bo mu mujyi wa Kigali baniyubakiye inzu zabo zikomeye, baravuga ko bazi neza akamaro k’umusoro ariko […]
Abayobozi bakomeye barimo na Perezida bazitabira ubukwe bwa Alikiba na Amina Rikesh
Umuhanzi wabigize umwuga mu karere k’Afurika y’uburasirazuba ndetse no muri Afurika yose muri rusange Abdul Kiba wamamaye nka Alikiba yatangaje ko ari kwitegura ubukwe bwe na Amina Rikesh umuna kenyakazi nawe w’icyamamare mu muziki mu mafoto yashyizwe hanze n’ikinamakuru Tuco.co.ke cyandikirwa muri Kenya agaragza uyu Alkiba arikumwe nabanyacyubahiro bakomeye harimo n’uwigeze kuyobora Tanzaniya Jakya Kikwete ndetse na […]
U Budage bwanze ko umugaba mukuru w’ingabo za Sudani y’Epfo abwinjiramo
Umugaba mukuru w’ingabo za Sudani y’Epfo, Gen. James Ajonga Mawut yagiye kubagirwa impyiko muri Miiri nyuma y’aho u Budage bumwangiye kwinjira ku butaka bwabwo nk’uko byatangajwe n’abo mu muryango we. Umuvandimwe wa Gen Mawut witwa Ubeer Mawut, avuga ko bafashe umwanzuro wo kujya I Cairo banyuze muri Israel nyuma yo kumwa visa yo kwinjira mu […]
Toulouse: Urukiko rwahinduye izina ry’umwana wavutse ababyeyi bakamwita Jihad
Umucamanza ukurikirana ibibazo byo mu miryango mu mujyi wa Toulouse mu Bufaransa, kuri uyu wa Gatanu ushize yafashe icyemezo ko umwana w’umuhungu wavutse mu kwezi kwa munani, umwaka ushize, ababyeyi be bakamwita Jihad, bihinduka akitwa Jahid mu bitabo by’irangamimerere. Mu gihe ababyeyi b’uyu mwana bifuzaga gukomeza kumuhamagara Jihad mu kanwa, umucamanza yahisemo ku nyungu z’uyu […]
Congo yasubije u Rwanda abasirikare babiri binjiye ku butaka bwayo binyuranyije n’amategeko
Igisirikare cya Congo cyashyikirije u Rwanda abasirikare babiri ba RDF bafashwe binjiye ku butaka bwa Congo mu buryo bunyuranyije n’amategeko mu ijoro ryo ku Cyumweru rishyira kuwa Mbere, bakaba barafatiwe hafi y’ikibuga cy’indege cya Goma. Umuvugizi w’ingabo za Congo muri Kivu y’Amajyaruguru akaba avuga ko aba basirikare b’u Rwanda babiri binjiye ku butaka bwabo bafite […]
Minisitiri Kaboneka yahaye umukoro ubuyobozi bushya bw’Inama Nkuru y’Itangazamakuru
Kuri uyu wa Mbere, itariki 16 Mata 2018 ku biro bya minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu (MINALOC) habereye umuhango w’ihererekanyabubasha hagati y’Inama y’Ubuyobozi icyuye igihe n’inshyashya y’Inama Nkuru y’Itangazamakuru (MHC). Umuhango wari uhagarariwe na Minisitiri Francis kaboneka wabwiye abayobozi bashya ko bagomba gukorana imbaraga kugira ngo ibibazo rigifite bikemuke n’intambwe ryateye muri iyi myaka yongerwe. Inama y’Ubuyobozi […]
Hibutswe Abatutsi biciwe kuri kiliziya ya Ntarama
Ku cyumweru tariki ya 15 Mata 2018, ku rwibutso rwa Jenoside rwa Ntarama mu Karere ka Bugesera habereye igikorwa cyo Kwibuka Abatutsi biciwe kuri iyi kiliziya muri Jenoside yakorewe Abatutsi. Ni mu rwego rwo Kwibuka ku nshuro ya 24 iyi Jenoside yatwaye abasaga miliyoni imwe. Ni igikorwa cyabimburiwe n’urugendo rwo Kwibuka izi nzirakarengane rwahareye ahitwa […]
#Rwanda: Imvura imaze gutwara ubuzima bw’abasaga 41 n’inzu zirenga 2800
Minisiteri ishinzwe imicungire y’Ibiza n’Impunzi (MIDIMAR), itangaza ko ifite impungenge ko imvura imaze iminsi igwa igasenyera abaturage abandi ikabatwara ubuzima, mu gihe yakomeza kugwa yakwangiza ibirenze ibyo imaze gutwara. Imvura idasanzwe yaguye mu kwezi kwa Gatatu n’intangiriro y’ukwa kane, yatwaye ubuzima bw’abasaga 41, isenya inzu zisaga 2800 ndetse hanakomereka abasaga 100. Habinshuti Philippe, Umuyobozi w’Ishami ry’Imicungire y’Ibiza […]
Abarundi bandikiye Perezida Kagame bamusaba gukoresha ububasha afite Itegeko Nshinga ryabo ntirihindurwe
Bamwe mu banyapolitiki n’abahagarariye imiryango ya Politiki, bandikiye Perezida Kagame nk’umuyobozi mukuru w’umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, bamusaba gukoresha ububasha afite, agahagarika umushinga Leta y’u Burundi ifite wo guhindura Itegeko Nshinga. Ni urwandiko rwateweho umukono n’Umunyapolitiki, Nestor Girukwishaka, umunyamabanga ushinzwe ububanyi n’amahanga mu ishyaka FNL/Amizero mu izina ry’umuyobozi mukuru Agathon Rwasa, umuyobozi wungirije mu Ishyaka […]
Uwahoze ayobora FBI avuga ko Donald Trump atari umuntu ukwiye kuba Perezida
Uwahoze ari umuyobozi w’ikigo gishinzwe iperereza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (PBI), James Comey, avuga ko Perezida Donald Trump atari umuntu ukwiriye kwitwa Perezida ashingiye ku mikorere ye n’imivugire, dore ko amushinja gutuka abagore abita ibipande by’inyama. Umwaka ushinze nibwo James Comey yavanwe ku buyobozi bwa FBI na Trump, kuva yawuvaho, nibwo yabashije kugira […]
Abatuye Umujyi wa Rusizi bavuga ko ukeneye kuvugururwa ukagira inyubako zijyanye n'icyerekezo
N’ubwo Umujyi wa Rusizi washyizwe mu mijyi 6 yunganira umujyi wa Kigali,abawutuye bavuga ko babona hari byinshi bigikeneye gukorwa kugira ngo ube koko umujyi usobanutse,cyane cyane ko ukigaragaramo akajagari k’inyubako  nyinshi z’ubucuruzi zitakijyanye n’igihe kandi zishaje cyane,na zimwe mu nzu z’abaturage ziwurimo. Ikindi basanga cyakongerwamo imbaraga ni amatara yo ku mihanda, aho usanga adahagije ibice […]
Abatuye Umujyi wa Rusizi bavuga ko ukeneye kuvugururwa ukagira inyubako zijyanye n'icyerekezo
N’ubwo Umujyi wa Rusizi washyizwe mu mijyi 6 yunganira umujyi wa Kigali,abawutuye bavuga ko babona hari byinshi bigikeneye gukorwa kugira ngo ube koko umujyi usobanutse,cyane cyane ko ukigaragaramo akajagari k’inyubako  nyinshi z’ubucuruzi zitakijyanye n’igihe kandi zishaje cyane,na zimwe mu nzu z’abaturage ziwurimo. Ikindi basanga cyakongerwamo imbaraga ni amatara yo ku mihanda, aho usanga adahagije ibice […]
Igipolisi cy’u Burundi kiravuga ko umupolisi wacyo wafatiwe mu Rwanda yakorewe iyicarubozo
Umupolisi w’umurundi uherutse gufatirwa mu Rwanda yinjiye mu buryo bunyuranyije n’amategeko, kuri uyu wa Mbere yasubijwe iwabo nyuma y’aho ubuyobozi bw’akarere ka Rusizi bumushyikirije abayobozi b’u Burundi. Igipolisi cy’u Burundi kuri twitter yacyo kikaba kivuga ko uyu mupolisi yakorewe iyicarubozo. Uyu mupolisi, APC Irakoze Theogene, Igipolisi cy’u Burundi cyavuze ko akorera kuri station ya polisi […]
Ibihugu byo muri EAC n’Ibiyaga Bigari nibyo bicumbikiye abantu benshi bakoze Jenoside
Ibihugu byo mu muryango wa Afurika y’iburasirazuba(EAC) ndetse n’akarere k’Ibiyaga Bigari nibyo bicumbikiye abakekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi benshi ku isi. Mu bihugu bya EAC habarizwa abakekwaho kugira uruhare muri Jenoside bagera kuri 317 naho mu Biyaga Bigari, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo icumbikiye abagera kuri 303 . Mu gihe abahunze ubutabera bakekwaho […]
Nyamasheke: Abarokokeye kuri komini Kirambo bakomeje gushengurwa n’uko hakiri imibiri y’ababo itaraboneka
Komini Kirambo ni imwe mu makomini y’icyari perefegitura ya Cyangugu mu gihe cya Jenoside yakorewe abatutsi yabereyemo amarorerwa akomeye cyane y’ubwicanyi ndengakamere bigizwemo uruhare rukomeye cyane n’uwari Burugumesitiri wayo, Mayira Mathias, cyane cyane ko ngo bakekaga ko inkotanyi zifashe ubutegetsi bamwe mu Batutsi b’iyi komini bari barize bavamo uba perefe wa perefegitura ya Cyangugu. Ngo […]
Abakinnyi 19 Rayon Sports izifashisha mu mukino ifitanye na Costa de Sol
Umutoza wa Rayon Sport Ivan Jacky Minnaert kuri icyi cyumweru tariki ya 15 Mata 2018 yatangaje urutonde rw’abakinnyi 19 azifashisa mu mukino w’ishiraniro afitanye na Costa de Sol yo muri Mozambique mu marushanwa ya CAF Confederation Cup. Ni umukino wo kwishyura dore ko umukino ubanza wabereye hano kuwa 6 Mata 2018 I Kigali ukarangira Rayon […]
UAE yahagaritse inkunga y’imyitozo yageneraga igisirikare cya Somalia
Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE)zahagaritse inkunga y’imyitozo ya gisirikare zahaga Somalia nyuma y’aho iki gihugu cyo mu ihembe rya Afurika gifatiriye miliyoni z’amadolari ndetse inzego z’umutekano zigafatira mu gihe gito indege y’izi leta mu cyumweru gishize. Inzego z’umutekano n’ubuyobozi bw’ikibuga cy’indege byavuze ko ayo mafaranga yinjiye mu gihugu mu buryo bunyuranyije n’amategeko mu gihe umugaba […]
Umukobwa wange afana Charly na Nina -Bruce Melody
Umuhanzi wabigize umwuga Bruce Melody ubu ari mu bahanzi 10 bari guhatanira irushanwa rya Primus Guma Guma Superstar ku nshuro yaryo ya 8 ribera hano mu Rwanda , yeruye ko umukobwa we ari umufana ukomeye wa Charly na Nina. Ubwo Bruce Melody yaganiraga na Radiyo Rwanda ku mugoroba wo kuwa 14 Mata 2018 yatangaje ko […]
Senat: Hasuzumwe umushinga w’itegeko ngenga rishyiraho amategeko rusange agenga ibigo bya leta
Kuri uyu wa Mbere, itariki 16 Mata, mu nteko rusange y’Inteko Ishinga Amategeko, umutwe wa Sena, hasuzumwe ishingiro ry’umushinga w’itegeko ngenga rihindura itegeko ngenga No 001/2016/OL ryo kuwa 20/04/2016 rishyiraho amategeko rusange agenga ibigo bya Leta; no kuryemeza. Hagaragajwe ibigo bya leta bimaze guhuza amategeko yabyo n’itegeko ngenga rishyiraho amategeko rusange agenga Ibigo bya Leta […]
Habineza wari umunyamabanga mukuru wa FERWAFA yeguye
Uwari Umunyamabanga Mukuru w’agateganyo wa FERWAFA kuri uyu wa mbere yashyikirije ubuyobozi ibaruwa isezera ku mirimo ye yari amazeho amezi abiri n’iminsi. Itangazo ryashyizwe ahagaragara n’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, rikaba rivuga ko kuri uyu wa Mbere itariki 16 Mata 2018, iri shyirahamwe ryakiriye ibaruwa yo kwegura ku mirimo y’uwari umunyamabanga mukuru w’agateganyo, Habineza […]
Kampala: Uwase yabeshye umukunzi ko yashimuswe ashaka kumukuramo miliyoni 25 ntibyamuhira
Igipolisi cya Uganda muri Old Kampala, cyataye muri yombi umukobwa w’imyaka 21 witwa Uwase Mariam, nyuma yo gutekera umutwe umusore w’inshuti ye ko yashimuswe amushakamo amafaranga. Uyu mukobwa akaba atuye mu nkengero za Kampala. Igipolisi kiravuga ko Uwase yahimbye ishimutwa rye ashaka gukura amafaranga mu musore w’inshuti ye bivugwa ko bamaranye amezi atatu avuga ko […]
U Rwanda na Uganda biri kuganira uko abagize uruhare muri jenoside bagarurwa
Guverinoma y’u Rwanda n’iya Uganda ziri mu biganiro bigamije gucyura abantu bose bakekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi ngo baburanishwe. Ibi bikaba byatangajwe kuri uyu wa gatandatu ushize na Ambasaderi w’u Rwanda I Kampala, Maj. Gen. Frank Mugambage, mu gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 24 Jenoside yakorewe Abatutsi cyaberaga muri Kaminuza Mpuzamahanga ya Kampala […]
Kimironko: Yamuhaye icupa ry’amazi ngo amufashe saa mbiri, akanguka yisanga i Gikondo saa kumi n’imwe
Ibi byabaye kuri iki Cyumweru, itariki 15 Mata, ubwo nyir’ubwite watanze ubuhamya kuri imwe mu maradiyo akorera mu Rwanda, yari agiye muri gahunda ku Kimironko, umwe mu bagenzi bari bari kumwe m’umodoka akumva iyi gahunda yari afite akamwumvisha ko nawe ari yo agiyemo akamusaba ko bafatanya urugendo nyamara ashaka kumucuza utwo yari afite akoresheje imbaraga […]
Urutonde rw’abatoza 6 babaye abakinnyi bakomeye ku mugabane w’i Burayi
Burya amateka meza y’abatoza batandukanye ku mugabane w’i Burayi bashobora kuba bayakesha ubunararibonye muri uyu mwuga w’umupira w’amaguru. Kuba batoza ibyo bakinnye biri mu ntwaro ikomeye abagabo nka Zinedine Zidane na Pep Guardiola bifashisha mu mwuga w’ubutoza. Aha tuhafite urutonde rw’abatoza bafatwaga nk’inkingi ya mwamba igihe bari abakinnyi: 6.Carlo Ancelotti Uyu yatojeho ikipe ya Bayern […]
Saint Andre yangiye abanyeshuri kwinjira bisaba ko Minisitiri ahagera-Amafoto
Kuri iki cyumweru, itariki ya 15 Mata 2018, bamwe mu banyeshuri biga ku shuri ryisumbuye rya Saint Andre riherereye mu Mujyi wa Kigali i Nyamirambo, babujijwe n’ubuyobozi bw’ikigo kwinjira kubera ko bakererewe , biba ngombwa ko Minisitiri w’uburezi ushinzwe amashuri abanza n’ayisumbuye, Dr. Munyakazi Isaac , ajyayo maze abana bari bahejejwe hanze babona kwinjira. Ibi […]
Umwe mu bagore b’Umwami Mswati yariyahuye
Umugore wa munani w’Umwami Mswati wa Swaziland, Senteni Masango, mu cyumweru gishize yafashe icyemezo cyo kwiyahura akoresheje umuti wa amytriptyline. Uyu mugore akaba yariyahuye hashize icyumweru murumuna we, Senteni Masango apfuye, aho bivugwa ko umugabo we, Mswati yamubujije kujya kumushyingura. Andi makuru akaba avuga ko uyu mugore warongowe na Mswati mu 1999 akaba umugore we […]