Impunzi 21 z'Abanyecongo zo mu nkambi ya Kiziba zivuga ko zifungiye akarengane

Mu Rwanda impunzi 21 z’Abanyekongo zo mu nkambi ya Kiziba ziregwa ibyaha birimo kurema umutwe w’iterabwoba no kutubaha amategeko y’igihugu, zitabye urukiko rwisumbuye rwa Muhanga, zitangaza ko ntacyo zibona zifungiye. Mu rubanza rwamaze umwanya muto kuri uyu wa Kane tariki ya 26 Mata 2018, ubushinjacyaha bwavuze ko abo bagabo bakomeza gufungwa indi minsi 30 y’agateganyo […]

Ibihugu 10 bya mbere ku Isi bifite abasirikare b’abakobwa beza kurusha ibindi- REBA AMAFOTO

Bitewe n’umuco w’igihugu, hari aho usanga abakobwa batemerewe kujya mu gisirikare kimwe n’uko hari abacyemererwa ariko bakaba batemerewe kwigaragaza mu buzima bwabo bwite bigengaho (vie privée)  cyangwa kujya mu bindi bikorwa nko guhatanira umwanya wa nyampinga, kumurika imideli,… Nk’uko hari ibihugu biba bizwiho kugira abakobwa beza, ni nako hari ibihugu biba bibwiho kugira abakobwa beza […]

Kigali: Uruganda rwengaga ikinyobwa cya Kambuca rwafunzwe

Ku itariki ya 24 Mata, inzego z’umutekano zifatanyije n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuziranenge (Rwanda Standards Board-RSB), n’abayobozi b’inzego z’ibanze bafunze uruganda rwengaga ikinyobwa cya Kambuca ( kombucha ) kitujuje ubuziranenge kandi rwakoraga mu buryo butemewe n’amategeko, hanamenwa litiro 11,000 z’icyo kinyobwa zari zimaze gutunganywa, hanafatwa abantu 9 bagicururizaga mu tugari twa Nyabugogo na Kimisagara two mu […]

Rusizi: Ubuyobozi bwa CIMERWA n’abakiriya ntibavuga rumwe ku izamuka ry’ibiciro bya sima

Ukwezi kugiye gushira mu Mujyi wa Rusizi sima ibona umugabo igasiba undi, aho iyo bita nimero ya 2 ikunze gukoreshwa n’abaturage benshi mu bwubatsi yabanje kuzamura ibiciro cyane kugeza n’ubwo ibuze burundu, ubuyobozi bwa CIMERWA bwo bukavuga ko itigeze ibura cyangwa ngo izamure igiciro, ibi bigashyira abakiriya mu rujijo. Ubwo Bwiza.com yatemberaga mu mujyi wa […]

Umutoza Hasan yiyemeje gufasha Rwamagana FC igasubira mu cyiciro cya mbere

Ubuyobozi bwa Rwamagana City F.C bwahaye inshingano zo gutoza Muhire Hasan wasezeye mu ikipe ya MIROPLAST F.C , akaba avuga ko afite intego yo kuyifasha ikaba yasubira mu cyiciro cya mbere.   Ubuyobozi bw’ikipe ya Rwamagana City F.C bwemeza ko bufitiye ikizere umutoza Muhire Hasan ndetse bazakora ibishoboka ikipe igaruke mu kiciro cya mbere nkuko […]

Wema Sepetu yahishuye ko inda aherutse gukuramo itari iya ya Diamond

Umunyamideli,umukinnyi wa filime, Miss Wema Sepetu, umwe mu bakobwa bakurikiranwa cyane muri  Tanzaniya yatangaje ko abibeshya ko inda aherutse gukuramo ari iya Diamond bibeshya Kuva 2006 Sepetu yatangiye kuvugwa cyane nyuma yo kuba nyampinga watanzaniya ndetse no kuba yarahise akundana n’icyamamare Diamond Platnumz gusa yakunzwe no kubabazwa no kubura urubyaro dore ko byanavuzwe ko intandaro […]

Nyamasheke: Imibiri 336 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yashyinguwe mu cyubahiro

Kwibuka ku nshuro ya 24 jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, mu cyahoze ari Komini Rwamatamu ya perefegitura ya Kibuye ubu akaba ari mu karere ka Nyamasheke, byaranzwe no gushyingura mu cyubahiro mu rwibutso rwa Jenoside rwa Rwamatamu imibiri 336 yakuwe mu mirenge ya Gihombo, Mahembe na Kirimbi. Muri iyi mibiri yashyinguwe, 308 yakuwe mu mva […]

Rubyiruko, muzakunde u Rwanda nk'uko Inkotanyi zarukunze- Min. Mbabazi

Minisitiri w’urubyiruko, Rosemary  Mbabazi yahaye impanuro urubyiruko rwo mu karere ka Rwamagana zo gukunda igihugu nk’uko Inkotanyi zagikunze. Mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 24 jenoside yakorewe Abatutsi, wo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 25 Mata 2018, Abaturage b’akarere ka Rwamagana by’umwihariko urubyiruko, basabwe gukunda igihugu no kwimakaza ubumwe. Ni umuhango witabiriwe n’abayobozi […]

Jacob Zuma wahoze ari Perezida wa Afurika y’Epfo agiye kurongora umugore wa karindwi

Jacob Gedleyihlekisa Zuma w’imyaka 76 y’amavuko, wahoze ayobora igihugu cya Afurika y’Epfo ari mu myiteguro y’ubukwe bwe n’umukobwa w’imyaka 24 y’amavuko. Umukobwa uyu musaza agiye kurongora yitwa Nonkanyiso Conco, akaba yatangarije ikinyamakuru TimeLive ko ari mu myiteguro y’ubukwe bwe na Perezida Zuma. Nonkanyiso weguriye umutima Perezida Zuma, atuye mu gace k’abaherwe kazwi nka “Hilltop Estate’ […]

Gutanga ikizamini cy’Icyongereza ku barimu ba kaminuza mbona atari cyo kizakemura ireme ry’uburezi- Umwarimu

Minisiteri y’uburezi mu Rwanda ivuga ko igiye kuzajya itanga ikizamini cy’icyongereza ku barimu ba kaminuza, ariko ku ruhande rwabo bakabinenga bavuga ko umwana apfa mu iterura. Abarimu bavuga ko umwana atamenyera ururimi muri kaminuza mu gihe atarwigiye mu mashuri abanza, cyangwa se ayisumbuye. Umwe muri aba barimu waganiriye n’ijwi ry’Amerika, avuga ati “ntekereza ko kuzatanga […]

Umukobwa waryamanye n’umusore bakundana mbere yo kubana, dore ibyago 8 aba yikururiye

Mu rukundo habamo kwishimisha. Mu rukundo habamo kunezezanya ndetse no kuba hafi y’uwo ukunda ibihe byose, mu buryo bwo kumurinda irungu cyangwa ibindi yajyamo bishobora no kuba ari bibi. Mukobwa, niwishimishanya n’umusore mukundana mutarabana, uzaba wishyize mu bihe bibi bishobora kukubyarira akababaro k’igihe kirekire. 1.Kwiyandarika: Mu gihe cyose uzemera mukaryamana, ashobora guhita agufata nkaho wizera […]

Ibintu 10 waba utaramenye kuri Gen. Bosco Ntaganda, umusirikare utarahiriwe n’urugamba

Gen. Bosco Ntaganda ni umusirikare warwanye intambara mu bihugu bitandukanye, ayobora ingabo biza kurangira ashinjwe ubwicanyi ndengakamere bwakozwe aho yayoboraga ingabo, ubu akaba afunzwe akurikiranyweho ibyaha 18. 1.Bosco Ntaganda yavukiye mu Rwanda Ku wa 5 Ugushyingo 1972, nibwo Bosco yavukiye mu Rwanda mu Ntara y’Amajyaruguru mu Kinigi, ubu ni mu karere ka Musanze, agace k’imisozi […]

Inzoka ya mbere ku Isi yanditswe mu gitabo cy’amateka ifite ibiro 158- AMAFOTO

Inzoka ya mbere ku isi yagaragaye nk’ifite uburebure n’ubunini kurusha izindi ku Isi yiswe ‘Medusa’ ikaba yarabonwe mu Mujyi wa Kansas, muri Leta ya Missouri, muri Leta zunze ubumwe za Amerika. Iyi nzoka yabonwe ku wa 12 Ukwakira 2011, ifite uburebure bwa metero 7.67, ari nabwo yashyirwaga mu gitabo cy’amateka adasanzwe y’Isi (Guinness Book of […]

Nyagatare: Mgr Nzakamwita ashimwa kuba yarafashe iya mbere mu kuhimakaza ubumwe n’ubwiyunge

Bamwe mu baturage bo mu kagari ka Karujumba, umurenge wa Kiyombe ho mu karere ka Nyagatare, bavuga ko Musenyeri Nzakamwita Servilien wa Diyosezi Gatolika ya Byumba, yabakoreye igikorwa cy’indashyikirwa kigaragaza ubumwe n’ubwiyunge, ubwo yabafashirizaga hamwe n’abamwiciye bakubakirwa. Ni inzu 47 Musenyeri Nzakamwita yubakiye abaturage bo mu murenge wa Kiyombe mu 1997 na 1998, afatanyije n’abandi […]

Dore ibanga ryatuma abanzi bawe bagukunda

“Iyo imigenzereze y’umuntu inezeza Uwiteka atuma n’abanzi be buzura na we”-Imigani 16:7 Ese umuntu w’ Imana ukijjwe agira abanzi? Yego kuko Dawidi yavuze ngo abanzi banjye barangana n’ umusatsi wo ku mutwe, Yesu yaravuze ngo bazabanga kandi umugaragu ntaruta shebuja kandi umwanzi w’ umuntu azaba uwo mu nzu ye (Matayo 10:36). Ubundi abanzi tugira ni […]

Bimwe mu byaranze itariki ya 23 Mata 1994, muri jenoside yakorewe Abatutsi

Mu gihe hibukwa ku nshuro ya 24 jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, hari amatariki atazibagirana mu mitwe y’Abanyarwanda bitewe n’ubwicanyi bwayakoreweho n’ibindi bikorwa bya jenoside yakorewe Abatutsi. Komisiyo ishinzwe kurwanya jenoside (CNLG) ibicishije ku rukuta rwayo rwa twitter, igaragaza ko iyi tariki ya 23 Mata 1994, yaranzwe n’ibi bikurikira. Abatutsi bari bahungiye i Kabuye muri […]

Urutonde rw’ibihugu bifite ibisirikare bikomeye ku isi muri 2018

  Ku wa 21 Mata, ikigo gitangaza amakuru atandukanye ku bisikare, GFP(Global Fire Power) cyasohoye urutonde rw’ibihugu bifite ibisirikare bikomeye. Nk’uko bisanzwe, ibihugu nka Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’Uburusiya bikomeza kuyobora, na ho Misiri(Egypt) iza ku mwanya wa mbere muri Afurika. Umuntu ashobora kwibaza ati “ese ni iki iki kigo kigenderaho gishyira ibihugu kuri […]

U Buyapani: Umukecuru wari ukuze kurusha abandi ku Isi yapfuye afite imyaka 117

Umuyapanikazi, Nabi Tajima wari ufite imyaka 117, ari nawe wari ufite imyaka myinshi kurusha abandi, yapfuye. Nk’uko ikinyamakuru AFP kibitangaza, ngo Nabi Tajima wavutse ku wa 4 Kanama1900, yapfuye saa mbiri z’ijoro ryo ku wa Gatandatu, itariki ya 21 Mata 2018, mu bitaro byo mu gace ka Kikai/ Kagoshima. Mu 2015 nibwo Tajima yemejwe nk’ushaje kurusha abandi mu Buyapani, […]

Amajyaruguru: Guverineri Gatabazi arashishikariza urubyiruko kugaragaza impano rufite zijyanye na siporo

Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru, Gatabazi JMV arasaba urubyiruko kugaragaza impano rufite zijyanye na Siporo ndetse rukanaziteza imbere. Ubwo yitabiraga umunsi wahariwe siporo wa ‘Car Free Day’, mu karere ka Rulindo, kamwe mu tugize intara y’Amajyaryguru, ku wa 21 Mata 2018, Guverineri Gatabazi yabatangarije ko siporo ari nziza ku buzima, itanga amafaranga,… by’umwihariko agashishikariza urubyiruko kuyitabira. Agira […]

Nyamasheke: Abahoze ari inzererezi barashimira Perezida Kagame wabakuye mu buzima busharira

Bamwe mu rubyiruko bahoze ari inzererezi bakaza kujyanwa mu kigo cya Iwawa bakigishwa imyuga inyuranye n’indangagaciro na kirazira by’umuco nyarwanda, bavuga ko bashimira byimazeyo Perezida Kagame wabakuye ahabi, ubu bakaba bibeshejeho. Mu kiganiro na Bwiza.com, bavuze ko mbere yo kujyanwa  Iwawa bari barabaye imbata y’ingeso mbi zirimo kwiyahuza ibiyobyabwenge bitandukanye, ubujura n’ubundi bugome bunyuranye,dore ko […]

Uru Rwanda rwagize ibyago byo kuyoborwa n'abategetsi batagira umutima wa kimuntu- Hon. Mukabalisa

Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko/Umutwe w’Abadepite, Hon. Mukabalisa Donatille, avuga ko kuba jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yarabaye, byaturutse ku kuba u Rwanda rwarategetswe n’abayobozi batagiraga umutima wa kimuntu. Yatangaje ibi, ubwo yifatanyaga n’abaturage bo mu karere ka Nyamagabe, ku wa 21 Mata 2018, kwibuka ku nshuro ya 24 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, umuhango ukaba warabereye ku […]

Uru Rwanda rwagize ibyago byo kuyoborwa n'abategetsi batagira umutima wa kimuntu- Hon. Mukabalisa

Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko/Umutwe w’Abadepite, Hon. Mukabalisa Donatille, avuga ko kuba jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yarabaye, byaturutse ku kuba u Rwanda rwarategetswe n’abayobozi batagiraga umutima wa kimuntu. Yatangaje ibi, ubwo yifatanyaga n’abaturage bo mu karere ka Nyamagabe, ku wa 21 Mata 2018, kwibuka ku nshuro ya 24 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, umuhango ukaba warabereye ku […]

Koreya ya Ruguru yemeye guhagarika igerageza ry’ibisasu bya kirimbuzi

Perezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong-un, yatangaje ko bahagaritse igerageza ry’ibisasu bya kirimbuzi by’umwihariko naho byageragerezwaga hagasenywa. Nk’uko BBC ibitangaza, Kim yavuze ko irindi gerageza ridakenewe kubera ko ubushobozi bwa Korea ya Ruguru bwo gukoresha intwaro za kirimbuzi bwasuzumwe neza. Ibi abivuga mu itangazo Leta yasohoye, itangaza ko kuva ku itariki ya 21 Mata […]

Ibyaranze Ruganzu wari intasi ikomeye n’indwanyi , nyuma yo gupfa akaba afatwa nk’igicucu

Ndoli wiswe Ruganzu wa kabiri amaze kwima ingoma, yari umuhungu wa Ndahiro II Cyamatare waguye ku rugamba yarwanaga na Nsibura umwami w’Ubushi n’Ubuhavu wari warigaruriye igice kinini cy’u Rwanda. Cyamatare kandi ingoma ye yaranzwe n’amakimbirane hagati ye na benewabo banze kumuyoboka, muri bo Juru akaba ariwe wari ku isonga. Icyo gihe nibwo ingoma ngabe yitwaga […]

Rusizi: Abarokokeye muri CIMERWA bashengurwa n’uko uwari umuyobozi warwo mukuru akidegembya

Abari abakozi b’uruganda rukora sima rwa CIMERWA ruri mu murenge wa Muganza mu karere ka Rusizi barokotse Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994, bavuga ko yabaye basa n’abari baragizwe ibisenzegeri n’ubuyobozi bw’uruganda bwariho, aho bwabatotezaga bikabije butabafata nk’abantu kugeza ku ndunduro mu 1994 ubwo bakorerwaga Jenoside bigizwemo uruhare rukomeye na bamwe mu bari abayobozi bakuru barwo. […]

Manchester yabonye itike yo gukina umukino wa nyuma wa FA Cup

Ikipe ya Manchester United yatsinze ikipe ya Tottenham Hotspurs ibitego 2-1 mu mukino w’igikombe cy’igihugu bita’ FA Cup’. Ibi bikaba bihesheje ikipe ya Manchester United itike yo gukina umukino wa nyuma. Uyu mukino wari umukino wa ½ aho aya makipe yombi yari yakaniranye gusa biza kurangira umutoza Jose Mourinho wa Manchester ariwe wegukanye intsinzi. Tottenham […]

FPR-Inkotanyi, RPA, bakuye abanyarwanda mu icuraburindi bakwiye gushimwa -Dr. Ji Zihye

Itsinda ry’ayobozi b’ishyaka riri ku butegetsi muri Repubulika ya Rubanda y’u Bushinwa ryitwa ‘Communist Party of China (CPC) bayobowe na Dr.Ji Zihye kuri uyu wa gatandatu tariki ya 21 Mata 2018, basuye urwibutso rwa Kigali ruri ku Gisozi mu rwego rwo kunamira inzirakarengane zazize jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994 zihasyinguye ndetse n’inzu ndangamurage y’amateka […]

Rayon Sports na Yanga Africans mu matsinda amwe na Gor Mahia

Nyuma yo gusezerera ikipe ya Costa do Sol yo muri Mozambique mu mikino nyafurika ya CAF Confederations Cup igahita igera mu matsinda y’iyi mikino, amakipe izakina nayo yamenyekananye. Ikipe ya Rayon Sports yasezereye ikipe ya Costa de sol iyitsinze ibitego 3-2, mu mukino ubanza wabereye I Kigali, Rayon Sports yari yatsinze iyi kipe 3-0 naho […]

Kenya: Perezida Uhuru Kenyatta aravuga ko atazemera abatinganyi mu gihugu cye

Perezida wa Kenya Uhuru Kenyatta, aratangaza ko atazemerera abaryamana bahuje ibitsina (Abatinganyi), kuba mu gihugu cye kuko bibangamiye umuco gakondo w’igihugu. Mu kiganiro Kenyatta yagiranye n’umunyamakuru Christiane Amanpour wa CNN, yatangaje ko ubutinganyi atari ikibazo cy’uburenganzira bwa muntu ahubwo nuko bihabanye n’umuco gakondo. Yagize ati’’Ntabwo naganira ku ngingo idafitiye umumaro abaturage ba Kenya. Iki si […]

Kenya: Igipolisi cyafashe Abarundikazi 25 bari mu nzira zo gucuruzwa

Abarundikazi bagera muri 25 bafatiwe n’igipolisi cya Kenya mu mukwabu ahitwa Westlands, muri Nairobi mu ijoro ryo kuri uyu wa gatanu, rishyira kuri uyu wa Gatandatu, itariki 21 Mata 2018. Birakekwa ko bari mu nzira zo gucuruzwa. Itsinda ry’abapolisi ba Kenya bakaba basanze aba bakobwa bose mu inzu imwe iherereye muri aka gace ka Westlands […]

Musanze: Minisitiri Kaboneka yasabye abaturage gufatanya n'ingabo mu bikorwa byazo mu iterambere ryabo

Kuri uyu wa 20 Mata 2018, mu Karere ka Musanze Umurenge wa Musanze, Akagari ka Garuka hatangirijwe ku rwego rw’Igihugu gahunda y’ibikorwa by’Ingabo z’Igihugu mu Iterambere ry’Abaturage, byari bisanzwe bizwi ku izina rya “Army Week”. Iki gikorwa kibanze k’ukubakira abaturage amazu yo kubamo, cyatangijwe  ku mugaragaro na Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Hon Francis Kaboneka ari kumwe […]

RDC: Abarwanyi ba FDLR 1,101, aba M23 334 n’abanyagihugu 2304 bamaze kwamburwa intwaro

Kuva ibikorwa bya gisirikare bya Sokola 2 byatangira mu ri Kivu y’Amajyaruguru mu 2015 abarwanyi ba FDLR 1,101 ndetse n’abandi bo mu mitwe itandukanye y’abanyekongo 2304 nibo bamaze kwamurwa intwaro nk’uko byatangajwe kuri uyu wa kane ushize, itariki 19 Mata n’umuvugizi w’ibikorwa bya Sokola 2, Major Guillaume Ndjike ubwo hagenzurwa icyo, ibi bikorwa bya gisirikare […]

Urubyiruko na minisiteri irushinzwe ntibavuga rumwe ku gishoro cyo kwihangira umurimo

Ubuzima bugoranye kubera kubura imirimo mu rubyiruko rw’ u Rwanda, ni ikibazo uru Rwanda rwejo rugarukaho, nyuma ya politiki zitandukanye z’igihugu bivugwa ko zigamije guhanga imirimo, igamije gukura aba banyarwanda mu bukene. Ariko kugeza uyu munsi iki kibazo kiracyari ingutu aho benshi muri bo nanavuga ko bigoranye guca iyi ngoyi y’ubukene. Kimwe mubyo inzego za […]

Ngoma: Umuturage yafatanywe ibihumbi bisaga 100 by’amafaranga y’amiganano

Ku itariki 16 Mata uyu mwaka, Polisi mu karere ka Ngoma yafatanye uwitwa Niyongere Jean  Damascene amafaranga y’amiganano agizwe n’inoti 58 z’ibihumbi bibiri zihwanye n’ibihumbi 116. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Uburasirazuba, Chief inspector of Police (CIP) Theobard Kanamugire yavuze ko yafatiwe mu kabari aho yishyuye amafaranga y’amiganano. Yagize ati,”Ku mugoroba w’uwo munsi; Niyongere yagiye […]

Kampala:Umunyarwanda ukora ubumotari arashinjwa kuba intasi no gutunga imbunda

Umuryango wa Claude Iyakaremye uratabaza nyuma y’aho uyu Munyarwanda bivugwa ko akora akazi k’ubumotari muri Kampala aterewe muri yombi mu buryo budasobanutse muri Werurwe n’urwego rushinzwe ubutasi mu gisirikare cya Uganda, CMI aho ari gushinjwa kuba intasi y’u Rwanda no gutunga imbunda binyuranyije n’amategeko. Umunyamategeko ukurikirana ibibazo by’uburenganzira bwa muntu, Eron Kiiza yabwiye itangazamakuru kuri […]

Sudani: Perezida Omar al-Bashir yirukanye uwari minisitiri w’ububanyi n’amahanga

Perezida wa Sudani Omar al-Bashir yirukanye minisitiri ushinzwe ububanyi n’amahanga Ibrahim Ghandour nyuma yuko uyu mu minisitiri atangaje abadipolomate bahagarariye icyo gihugu mu mahanga bamaze igihe kirekire badahembwa. Nkuko bitangazwa n’ibiro ntaramakuru bya Sudani( SUNA) perezida Bashir yirukanye Ibrahim Ghandou kuwa 19 Mata 2018. Ibi biro bigira biti’’Perezida Omar al-Bashir kuri uyu mugoroba, yirukanye minisitiri […]

Burundi: Abantu 8 bafunzwe bazira gucura umugambi wo kuzahungabanya amatora yakamarampaka

Igipolisi cy’u Burundi cyatangaje ko cyataye muri yombi abantu 8 bashinjwa gucura umugambi wo guhungabanya amatora ya Kamarampaka ku ivugururwa ry’itegeko nshinga ategerejwe muri Gicurasi 2018. Umuvugizi wa Polisi y’iki gihugu Pierre Nkurikiye, yatangaje ko mu mukwabo wakozwe n’inzego z’umutekano, basanze intwaro 2 ndetse n’ibiturika mu rugo rw’umuntu umwe ukekwaho gucura uyu mugambi mu burengerazuba […]

APR FC inyagiye Marines FC imvura y’ibitego biyifasha kuguma imbere

Ikipe ya APR FC itsinze ikipe ya Marines FC ibitego 5 kuri 2 mu mukino wa shampiyona yari igeze ku munsi wayo wa 17 bifasha APR kuguma ku ntebe y’icyubahiro. Ni umukino wabereye kuri sitade Amahoro Iremera kuri uyu wa gatanu tariki ya 20 Mata 2018. Ikipe ya APR FC yatangiye yataka cyane bituma ku […]

Uherutse gufungwa azira gupfobya jenoside yarashwe agerageza gucika bimuviramo urupfu

Uwitwa Francois Nsengiyumva uherutse gutabwa muri yombi azira gupfobya jenoside, kuri uyu wa kane nimugoroba yaraye agerageje gutoroka kasho ya station ya polisi ya Kibungo araraswa bimuviramo gupfa Biravugwa ko Nsengiyumva yari avuye ku musarani agakubita igikubara umupolisi wari ubarinze akiruka ashaka gucika maze umupolisi agahaguruka agahita amurasa undi agahita apfa. Iyi nkuru dukesha Umuseke […]

Hamaze kwemezwa Jenoside enye zabaye ku isi

Jenoside ni ijambo kugeza ubu ritarabonerwa inyito nyayo mu Kinyarwanda. Bamwe babanje kuyita Itsembabwoko, abandi bakayita Amahano, abandi bakayita Itsembatsemba, abandi ngo ni Ubwicanyi ndengakamere. Ku isi izimaze kwemezwa ni iy’abanyarumeniya (1915), iy’abayahudi (1941-1945), iy’abatutsi(1994), n’iy’abanyabosiniya(1995). Abanyamateka benshi bagerageza gushakira Jenoside inyito ihuza n’uko umuryango w’abibumbye ONU wayemeje. Umwe mu bazobereye kwandika no gusesengura za […]

Menya Uwiringiyimana Agatha, umugore rukumbi wayoboye Guverinoma y’u Rwanda

Agatha Uwiringiyimana washyizwe ku rutonde rw’intwari zo mu rwego rw’Imena, ni umwe mu bagore bacye b’abanyapolitiki mu Rwanda babashije gukora ibikorwa bitandukanye by’ubutwari. Agahigo kuri we ni uko kugeza ubu ari we mugore rukumbi wayoboye Guverinoma y’u Rwanda, kuva muri Nyakanga 1993 kugeza yishwe muri Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994. Ubwo yari Minisitiri w’intebe w’u […]

Umugaba mukuru w’ingabo za Sudani y’Epfo, Gen Mawut Ajongo, yitabye Imana

Umugaba mukuru w’ingabo za Sudani y’Epfo, Gen Ajongo Mawut yitabye Imana mu rukerera rwo kuri uyu wa gatanu azize uburwayi yari ari kwivuriza mu gihugu cya Misiri. Perezida wa Sudani y’Epfo, Salva Kiir akaba yahise asohora itangazo ritangaza urupfu rw’umugaba mukuru w’ingabo za SPLA avuga ko ruteye agahinda kandi yari umugabo w’intangarugero wagize uruhare mu […]

Indagu za Nyirabiyoro wapfuye atabwiye umwami Kigeli intsinzi

Kigeli  Rwabugiri amaze kwima ingoma  ahayinga mu mwaka wa 1800, igihugu cyahuye n’ibibazo, aho Nkundiye wa Kabega yari yarigometse ku butegetsi maze yigarurira igice cyo ku Ijwi, ndetse no  mu Ndorwa hamwe no  mu Bunyabungo barigometse. Ni bwo rero Kigeli Rwabugiri  ubwo yiteguraga gutera Ndorwa , Ijwi ndetse n’Ubunyabungo, yahamagaje Nyirabiyoro ngo amushakire intsinzi y’urugamba […]

Arsene Wenger yemeje ko agomba gusezera muri Arsenal

Umutoza, Arsene Wenger wanditse amateka yo kumara igihe kinini atoza ikipe imwe (Arsenal), ku bwumvikane n’iyi kipe yemeye ko azegura nyuma y’imyaka 22 ayitoza. Ibi byatarijwe ku mbuga nkoranyambaga z’impande zombie (Arsenal FC na Arsene Wenger) kuri uyu wa 20 Mata 2018. “Nyuma y’ubwumvikane n’ikipe, iki ni cyo gihe ngo nsezere nyuma y’umwaka wa shampiyona. […]

RDC: Umupadiri arakekwaho uruhare mu gitero cyatwitse urugo rwa perezida Kabila

Ubushinjacyaha bwa gisirikare burasaba urukiko rwa gisirikare muri Kivu y’Amajyaruguru gukora iprereza ku gitero cyagabwe mu mpera z’umwaka ushize ku rugo rwa perezida Joseph Kabila aho bwifuza guhata ibibazo umwe mu bapadiri ba Diyosezi Gaturika ya Butembo bukekaho kugira uruhare muri iki gitero cyasize gitwitse urugo rw’umukuru w’igihugu rugakongoka. Uru rugo rwa perezida Kabila ruherereye […]

Diamond yagize icyo atangaza ku buKwe bwa mukeba we, Ali Kiba

Nyuma y’aho Umuhanzi Ali Kiba akoreye ubukwe tariki ya 19 Mata 2018, mukeba we Diamond Platnumz ntiyatanzwe kugira icyo avuga kuri ubu bukwe. Uyu mugabo abicishije ku rubuga rwa Instagram anatebya,yifurije Ali Kiba ishya n’ihirwe mu rugo rwe. Diamond yagize ati”Bavandi ,bambwiye ngo King Kiba yakoze ubukwe,mumunsuhurize” Diamond yaboneyeho akanya ko kumwifuriza ibyiza byinshi mu […]

Minisiteri y’uburezi yahagurukiye amanyanga agaragara mu isabwa ry’agahimbazamusyi k’abarimu

Nyuma yo kubona ko hari abayobozi b’amashuri bagira uruhare mu kongera agahimbazamusyi k’abarimu babifashijwemo na komite z’ababyeyi barerera kuri ayo mashuri cyangwa bakabikora ku giti cyabo, bikaba bigira ingaruka zikomeye ku ireme ry’uburezi igihe abana baba basiragizwa batumwa gushaka ayo mafaranga ndetse bigahungabanya ababyeyi igihe cyose agahimbazamusyi kongerewe batabanje kugishwa inama, minisiteri y’uburezi yagaragaje ibisabwa […]

Zimbabwe: Zanu-PF yirukanye abadepite 11 bahoze bashyigikiye Robert Mugabe

Ishyaka ZANU-PF riri ku butegetsi muri Zimbabwe ryirukanye abadepite 11 bari inshuti za Robert Mugabe mu gihe perezida Emmerson Mnangagwa akomeje kwirukana abayobozi bagiye bashyigikira ku mugaragaro Mugabe n’umugore we nk’uko byatangajwe kuri uyu wa Gatanu. Perezida Emmerson Mnangagwa yagiye ku butegetsi mu Ugushyingo 2017 nyuma y’aho Robert Mugabe yirukaniwe n’abasirikare ku butegetsi yari yaragize […]

Abashaka gukora ibizamini by’impushya zo gutwara ibinyabiziga barafungurirwa umurongo wo kwiyandikisha

Polisi y’igihugu iramenyesha abashaka gukora ibizamini by’impushya zo gutwara ibinyabiziga ko umurongo wo kwiyandikisha ufungurwa uyu munsi tariki ya 20 Mata 2018. Ibicishije ku rukuta rwayo rwa twitter, yagize iti “Police y’u Rwanda iramenyesha abifuza kwiyandikisha mu bizamini by’impushya zo gutwara ibinyabiziga muri Gicurasi na Kamena ko umurongo uri bufungurwe none taliki ya 20/04/2018 mu […]

U Rwanda rurateganya kurushaho gushora imari mu gukora imihanda

U Rwanda rurateganya kurushaho gushora imari mu guteza imbere ibikorwaremezo by’ubwikorezi by’igihugu mu rwego rwo kuziba icyuho kikigaragara ku mihanda no kurushaho kuzamura ubukungu nk’uko byatangajwe kuri uyu wa kane, ubwo hatangizwaga inama yigagaga ku koroshya urujya n’uruza rw’abantu mu mijyi (National Urban Mobility Forum). Umunyamabanga wa Leta muri minisiteri y’ibikorwaremezo, Jean de Dieu Uwihanganye, […]

Akarere ka Kayonza karasabwa gukemura ikibazo cy’umuturage wavukijwe ibye bitarenze amezi 3

Komisiyo y’ubumwe bw’Abanyarwanda, uburenganzira bwa muntu no kurwanya Jenoside, yasabye Guverinoma y’u Rwanda gusaba Akarere ka Kayonza gukemura ikibazo cy’umuturage warenganyijwe akamburwa umutungo we mu gihe kitarenze amezi atatu. Hari mu nteko rusange y’umutwe w’abadepite ubwo iyi komisiyo yagezaga raporo yayo ku badepite kuri uyu wa Kane, itariki 19 Mata 2018. Kuri uyu wa Kane […]

Nyagatare: Imvura ikabije yangije impombo nyinshi z’amazi bitera ibura ry’amazi

Imvura nyinshi imaze iminsi igwa mu karere ka Nyagatare yatumye umugezi wa Ngoma wuzura bituma impombo 10 z’amazi ndetse n’ibigega mu mirenge 8 y’aka karere byangirika, ingaruka ziba kubura amazi bikabije ndetse n’isuri yatumye bigorana kubasha gutunganya amazi yakomezaga kuza yuzuyemo icyondo, ariko ikigo cy’igihugu gishinzwe gukwirakwiza amazi meza, WASAC, kiravuga ko ku bufatanye n’abaturage […]

Rayons Sports yituwe ibyo yakoreye i Maputo yakirwa nk'umwami i Kigali-Amafoto

Nyuma yo gusezerera ikipe ya Costa do Sol yo muri Mozambique mu mikino nyafurika ya CAF Confederations Cup igahita igera mu matsinda y’iyi mikino, Rayon Sports yagarutse mu Rwanda mu gicuku yakirwa n’abantu benshi. Ku wa Gatatu tariki ya 18 Mata 2018 ni bwo Rayon Sports yakinnye umukino wo kwishyura na Costa do Sol mu […]

Impinduka muri Guverinoma y’u Burundi zasize Nyamitwe yeretswe umuryango

Perezida w’u Burundi, Pierre Nkurunziza kuri uyu wa 19 Mata 2018 yavuguruye guverinoma y’iki gihugu yereka umuryango bamwe mu bari bakomeye muri iyi guverinoma barimo umuvandimwe wa Willy Nyamitwe, Alain Aime Nyamitwe n’abandi nka Nestor Bankumukunzi, Dr Josiane Nijimbere na Celestin Ndayizeye. Abantu bashya binjijwe muri guverinoma barimo Ezechiel Nibigira, wahoze ari umukuru w’Imbonerakure, Gaspard […]

Ibyaranze itariki ya 20 Mata 1994, ubwo ubwicanyi bwari bukomeje muri jenoside yakorewe Abatutsi

Mu gihe hibukwa ku nshuro ya 24 jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, hari amatariki atazibagirana mu mitwe y’Abanyarwanda bitewe n’ubwicanyi bwayakoreweho n’ibindi bikorwa bya jenoside yakorewe Abatutsi. Komisiyo ishinzwe kurwanya jenoside (CNLG) ibicishije ku rukuta rwayo rwa twitter, igaragaza ko iyi tariki ya 20 Mata 1994, yaranzwe n’ibi bikurikira. Umwamikazi wa nyuma w’u Rwanda, Rosaliya […]

Abadashyigikiye ihindurwa ry’Itegeko Nshinga mu Burundi baratabarizwa

Umuryango uharanira uburenganzira bw’ikiremwamuntu (Human Rights Watch) utangaza ko abantu basaga 19 batawe muri yombi kuva mu kwezi kwa 12 k’umwaka ushize, bazira gukangurira abandi Barundi kuzatora OYA mu matora ya kamarampaka. Nk’uko radiyo Ijwi rya Amerika ibitangaza, ngo abo bantu bose batabwa muri yombi, ku mugambi wa Leta wo guhatirwa gutora YEGO mu matora […]

Bugesera: Abagore bababazwa n’uburyo umutungo wakazamuye urugo ujya mu kabari

Abagore batuye mu murenge wa Shyara mu karere ka Bugesera bavuga ko bavunika bahinga umuceri wamara kwera abagabo bakaba aribo bishyurwa amafaranga bakayakoresha ibyo bishakiye batabyumvikanyeho, bigatuma bahorana ubukene mu miryango. Umwe mu bagore bahinga umuceri mu murenge wa Shyara avuga ko abagore aribo bahinga ariko umuceri wamara kwera abagabo bakaba aribo bishyurwa amafaranga y’umusaruro […]