Indirimbo 6 zikunzwe kurusha izindi muri Afurika y'i Burasirazuba

Mu kwezi gushize hari indirimbo nyinshi z’abahanzi zagiye hanze muri Afurika y’i Burasirazuba, Ikinyamakuru okayafrica, cyatangaje  zimwe mu ndimbo zikunzwe kurusha izindi muri Afurika y’Iburasiraazuba. 1.Harmonize ft. Diamond Platnumz “Kwa Ngwaru” Iyi ndirimbo yahuriwemo n’abahanzi babiri bakomeye bo muri Tanzaniya ndetse bava mu nzu imwe itunagnya imiziki ya Wasafi Kwa Ngaru ikaba imaze kuzenguruka mu […]

Burundi: Uwavuze ko abarwanya Leta bazajugunywa muri Tanganyika, yakatiwe igifungo cy’imyaka itatu

Urukiko rukuru rwa Bujumbura kuri uyu wa Mbere, itariki ya 30 Mata 2018, rwaciye urubanza igitaraganya, rukatira Melchiade Nzopfabarushe, umuyoboke w’ishyaka CNDD FDD, igifungo cy’imyaka itatu ashinjwa gukoresha amagambo y’urwango mu baturage. Melchiade Nzopfabarushe ukomoka mu muri komini ya Kabezi mu ntara ya Bujumbura rurale, ashinjwa ibyaha birimo gukangisha abaturage imvugo mbi ishobora kubangamira abadakurikiza […]

Bimwe mu byaranze itariki ya 1 Gicurasi 1994, ubwo Jenoside yakorerwaga Abatutsi yari ikomeje

U Rwanda n’Isi yose baribuka ku nshuro ya 24 jenoside yakorewe Abatutsi, kuri iyi tariki ya 1 Gicurasi mu mwaka wa 1994, ubwicanyi bwakorwaga mu gihugu bwari bukomeje, ikaba itariki yibukwaho bimwe mu bikorwa bitandukanye byakorwaga. Nk’uko Komisiyo y’igihugu ishinzwe kurwanya jenoside (CNLG) ibitangaza ibicishije ku rukuta rwayo rwa Twitter, Ivuga ko kuri iyi tariki […]

Abakozi ba Loni bari barashimutiwe muri Sudani y’Epfo babonetse

Mu cyumweru gishize nibwo Umuryango w’Abibumbye wari watangaje ko abakozi bawo 10 mu batanga imfashanyo baburiwe irengero muri Sudani y’Epfo mu buryo budasobanutse, ubu ukaba utangaza ko babonetse. Umuryango utabara imbabare muri Sudani y’Epfo (Croix Rouge), utangaza ko aba bakozi 10 bari babuze, ari abakozi ba Loni bashinzwe gutanga imfashanyo bo muri Sudani y’Epfo, bakaba […]

Nyamagabe: Umusore yafatanwe urumogi yari yambariyeho

Mu mpera z’icyumweru gishize, Polisi y’u Rwanda yafatiye umusore witwa Bimenyimana Reverien w’imyaka 28 mu kagari ka Kagano Umurenge wa Kitabi, akaba yari yihambiriye ku mubiri we ibiro 10 by’urumogi arenzaho imyenda. Uyu Bimenyimana akaba yari ari mu modoka yo mu bwoko bwa Hiace ifite nomero ziyiranga RAA 777W yavaga mu karere ka Rusizi yerekeza […]

Muhanga: Urukiko rwisumbuye rwemeje ko impunzi 21 z'Abanyecongo zongera gufungwa iminsi 30

Mu rubanza ubushinjacyaha buregamo impunzi 21 z’abanyecongo zo mu nkambi ya Kiziba , ku itariki ya 22 Mata 2018 ,ubwo uru rubanza rwabaga, ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Bwishyura, mu karere ka Karongi, rwari rwasabye ko zakongera gufungwa iminsi 30 none Urukiko rwisumbuye rwahaye agaciro ubu busabe. Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa mbere itariki […]

Dore imyitwarire uzabona ku mukobwa ukamenya ko atakiri isugi

Mu muco nyarwanda bizwi ko umukobwa witwaye neza ntakubagane (Gukora imibonano mpuzabitsina imburagihe) aba akiri isugi kugeza ubwo abikoreyeho akabona gutaza ubusugi, gusa ntabwo biba byoroshye ko wamenya  umukobwa watakaje ubusugi bwe ariko hari bimwe mu bimenyetso byaguhamiriza neza ko umukobwa atakiri yo.  1.Kurakara igihe abajijwe ko akiri isugi: Umukobwa utakiri isugi iyo ubimubajije agusubizanya […]

Icyuya cy’abarwayi ba Malariya gishobora gukurura umubu uyitera

Ubushakashatsi bwakozwe n’ikigo ICIPE (International Centre of Insect Physiology and Ecology) cyo mu Bwongereza, bugaragaza ko impumuro cyangwa se icyuya cy’abarwayi ba malariya, gishobora gukurura umubu uyitera. Ubushakashatsi bwakorewe ku bana barumwe n’umubu utera malariya ukabasigamo agakoko ka ‘Plasmodium’ ngo byagaragaye ko bari bafite ibyago byinshi byo kurumwa n’umubu kurusha bagenzi babo bakiri bazima batararumwa […]

Uzafatwa arwanya Leta y’u Burundi ngo azajugunywa mu kiyaga cya Tanganyika

Ibi ni ibyatangajwe na Melchiade Nzopfabarushe, ubarizwa mu ishyaka CNDD FDD riri ku butegetsi mu Burundi, ubwo yigishaga abaturage bo muri Migera, ibijyanye n’amatora ateganyikwe ya Kamarampaka. Uyu mugabo yatangarije abaturage ko ibyo ababwira ari ubutumwa bw’ishyaka CNDD FDD bugomba gutangwa mu gihugu hose, mbere na mbere buburira abazatora OYA mu matora ya kamarampaka. Melchiade […]

MIDIMAR yahagaritse komite yari ihagarariye impunzi mu nkambi ya Kiziba

Nyuma y’imvururu zari zimaze iminsi zumvikana mu nkambi ya Kiziba iri mu karere ka Karongi, Intara y’i Burengerazuba, mu kuzishakira umuti, Minisitiri w’Imicungire y’ibiza n’impunzi (MIDIMAR) yakuyeho komite yari ihagarariye impunzi. Iyi Minisiteri mu itangazo yageneye abanyamakuru kuri uyu wa 30 Mata 2018, itangaza ko ibi byemezo byafashwe mu rwego rwo kugira ngo ibikorwa bikomeze […]

Pasiteri yakuyemo umukobwa ikariso amubwira ko ibyaha bye biri hagati y'amaguru- Amafoto

Umupasiteri ukomoka muri Nigeria, akaba azwi ku izina rya Obbo, yatangariwe n’abakirisitu be ayonbora ubwo yakuragamo ikariso umwe mu bakobwa basengera mu rusengero rwe, ahamya ko hagati y’amaguru ye ariho hari indiri y’ibyaha byose afite. Ibi byabaye ubwo Obbo yateguraga amasengesho yo gusengera abakirisitu be bafite ibibazo bitandukanye gusa bikaba akarusho ubwo yasengeraga uyu mukobwa […]

Lt.Col. Rugigana uvuga ko dosiye ye irimo ‘itekinika’ yangiwe kuburanishirizwa mu ruhame

Umuvandimwe wa Kayumba Nyamwasa, Lt. Col. Rugigana Rugema Ngabo, watangiye kuburanishwa n’urukiko rw’Ikirenga, yangiwe kuburanira mu ruhame mu gihe we avuga ko muri dosiye ye habayemo icyo yise ‘itekinika’. Ubwo iburanisha ryasubukurwaga kuri uyu wa Mbere tariki ya 30 Mata 2018, ubushinjacyaha bwasabye ko uru rubanza rwashyirwa mu muhezo bitewe n’uko ngo rufite aho ruhuriye […]

USA: Perezida wa Nijeriya, Muhammadu Buhari arabonana na Perezida Trump

Perezida wa Nijeriya, Muhammadu Buhari yiteguye kubonana na mugenzi we wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, kuri uyu wa Mbere tariki ya 30 Mata 2018 i Washington. Biteganyijwe ko aba bayobozi bombi baganira ku kibazo cy’iterabwoba n’iterambere ry’ubukungu muri Nijeriya, igihugu cya mbere gifite abaturage benshi muri Afurika, basaga imiliyoni 200. Igihugu cya […]

Abana b’Abanyarwanda n’Abarundi bari mu bari bashimuswe bafatiwe muri Uganda

Inzego z’umutekano muri Uganda zishe abantu babiri bacyekwaho gushimuta abagore n’abana mu gitero cyabaye mu masaha y’igitondo cyo ku wa Gatandatu tariki ya 28 Mata 2018, abana bari bashimuswe barimo abacyekwa kuba Abanyarwanda, Abarundi n’Abanyakenya. Izo nzego zatangaje ko zatabaye abana 94 bari bagizwe imbohe ku musigiti uri mu murwa mukuru wa Uganda, Kampala. Inzego […]

Dore ibanga ryatuma abanzi bawe bagukunda

“Iyo imigenzereze y’umuntu inezeza Uwiteka atuma n’abanzi be buzura na we”-Imigani 16:7 Ese umuntu w’ Imana ukijjwe agira abanzi? Yego kuko Dawidi yavuze ngo abanzi banjye barangana n’ umusatsi wo ku mutwe, Yesu yaravuze ngo bazabanga kandi umugaragu ntaruta shebuja kandi umwanzi w’ umuntu azaba uwo mu nzu ye (Matayo 10:36). Ubundi abanzi tugira ni […]

Dore ibintu 5 bishobora gutuma umusore abengera umukobwa mu buriri ku munsi w’ubukwe

Urukundo ruba rwiza iyo rurambye, kuko hari igihe ruzambywa n’akantu gato cyane, ibyari umunezero bigahinduka mu kanya nk’ako guhumbya, abitanaga ba cheri (e) umwe aho aciye undi akahanyuza umuriro. Ibintu bitanu tugiye kuvuga ahanini bishingiye ku mwanda umukobwa ashobora kugira, ku buryo ushobora gutera umusore kutamwishimira mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina ya mbere barushinze. Ubutaha tuzavuga […]

RDC: Lt.Col. Maro Ntumwa wayoboraga inyeshyamba yakatiwe igifungo cy’imyaka 20

Urukiko rwa gisirikare muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, rwakatiye Lieutenant colonel Maro Ntumwa, wari umuyobozi w’inyeshyamba igifungo cy’imyaka 20. Lt. Col. Maro Ntumwa yakatiwe igifungo cy’imyaka 20 ashinjwa ibyaha birimo guhohotera abagore abagira abacakara b’imibonano mpuzabitsina n’ibindi byaha byibasira inyokomuntu. Lt. Col. Maro Ntumwa  uzwi ku izina rya “Le Marocain”, ibi byaha ashinjwa yabikoreye […]

Abapolisi 160 b’u Rwanda boherejwe mu butumwa bw’amahoro muri Sudani y’Epfo- AMAFOTO

Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru tariki ya 29 Mata 2018, nibwo itsinda rigizwe n’abapolisi 160 b’u Rwanda, ryahagurutse ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali ryerekeza i Juba muri Sudani y’Epfo, mu butumwa bwo kugarura amahoro. Iri tsinda ryasezeweho ku kibuga cy’indege n’ubuyobozi bukuru bwa Polisi buhagarariwe na komiseri wa Polisi, CP John Bosco Kabera. […]

U Rwanda rwasabwe kugira icyo ruvuga ku ngingo y'irekurwa rya Col. Simba Aloys ufungiye ibyaha bya jenoside

Umucamanza w’ Urukiko  Mpanabyaha Mpuzamahanga Rwashyiriweho u Rwanda ( TPIR ) rukorera i Arusha muri Tanzania, yandikiye Leta y’u Rwanda ayisaba kugira icyo ivuga ku ngingo ishobora gufatwa yo kurekura Col. Simba Aloys wahamwe n’ibyaha bya jenoside yakorewe Abatutsi, ubu akaba afungiye muri Benin. Col. Simba Aloys yahamwe n’ibyaha bya jenoside, aho ashinjwa kuyobora ibitero […]

Urukiko rwa ICC rwagiyeho rushyiriweho Isi yose ariko byarangiye rubaye urwa Afurika gusa- Perezida Kagame

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU), arakemanga imikorere y’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwa ICC, avuga ko rwashyizweho rwitwa urw’Isi ubu bikaba bisa nk’aho rwashyiriweho gukurikirana Abanyafurika gusa. Perezida Kagame yagarutse ku mikorere ya ICC ku wa 28 Mata 2018, i Kigali, ubwo yitabiraga umunsi wa kabiri w’ibiganiro mu […]

Mbonimpa Claver avuga ko uwamurashe yamumenye n’ubwo na we yahise yicwa

Pierre Claver Mbonimpa, Umurundi uharanira uburenganzira bw’ikiremwamuntu ndetse akaba n’umuyobozi w’ishyirahamwe riharanira uburenganzira bw’ikiremwamuntu mu Burundi (APRODH), yarashwe mu mwaka wa 2015, ariko aza kurusimbuka, ubu atangaza ko yamenye ababikoze. Mu kiganiro yagiranye n’iradiyo y’Abadage, DW News, Claver Mbonimpa yasabye ko ubutabera bwakora akazi kabwo, agashimangira ko nubwo hashize imyaka itatu, nta cyo abona cyari cyahinduka mu […]

Rusizi: Abarokokeye mu murenge wa Gitambi bifuza ko hashyirwa ikimenyetso cy’amateka ya jenoside

Abarokotse jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, bo mu murenge wa Gitambi ho mu karere ka Rusizi, bavuga ko hashyizwe ikimenyetso kigaragaza amateka ya jenoside, byabafasha kugirango ibyahabereye bitazibagirana. Kuba muri uyu murenge nta rwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwigeze ruhubakwa ngo biterwa n’uko uyu murenge uhurirwaho n’ibyari amakomini atatu ari yo Bugarama, Nyakabuye na Gishoma, […]

Sheebah Karungi yashatse kwerekana ‘tatiwaji’ yishyira hanze yambaye ubusa- AMAFOTO

Umuhanzikazi wo muri Uganda, Sheebah Karungi, afite ibishushanyo ku mubiri we, mu ndimi z’amahanga bita ‘tattoos’ cyangwa se tatiwaji, nkuko bamwe bakunze kubivuga. Ibi nibyo byatumye ashyira amafoto ye ku mbuga nkoranyambaga, yambaye ubusa. Sheebah atangaza ko akunze izi tatiwaje, imwe afite mu mugongo indi ku kaguru, aho agira ati “ubu nkunze cyane tatiwaji zanjye”. […]

Indagu za Nyirabiyoro wapfuye atabwiye Kigeri intsinzi

Kigeli III Ndabarasa amaze kwima ingoma  ahayinga mu mwaka wa 1740, igihugu cyahuye n’ibibazo, aho Nkundiye wa Kabega yari yarigometse kubutegetsi maze yigarurira igice cyo ku Ijwi, ndetse no  mu Ndorwa hamwe no  mu Bunyabungo barigometse ku ngoma ya Kigeli III Ndabarasa. Ni bwo rero Kigeli III Ndabarasa ubwo yiteguraga gutera Ndorwa , Ijwi ndetse n’Ubunyabungo, […]

Burundi: Umwe mu baharanira uburenganzira bwa muntu yakatiwe igifungo cy’ imyaka 32

Germain Rukuki wo mu ishyirahamwe riharanira uburenganzira bwa muntu mu Burundi, yakatiwe igifungo cy’imyaka 32 ashinjwa kwifatanya n’abatavuga rumwe na Leta mu kurwanya Perezida Nkurunziza. Rukuki yahamijwe ibyaha byo kujya mu bikorwa by’imyigaragambyo, kugira uruhare mu bwicanyi bw’abashinzwe umutekano ndetse no konona iby’abandi. Rukuki n’ umwunganira mu mategeko nta n’umwe wari witabye urukiko. Amashyirahamwe aharanira […]

Amateka ya Ruganzu wari intasi ikomeye n’indwanyi , nyuma yo gupfa akaba afatwa nk’igicucu

Ndoli wiswe Ruganzu wa kabiri amaze kwima ingoma, yari umuhungu wa Ndahiro II Cyamatare waguye ku rugamba yarwanaga na Nsibura umwami w’Ubushi n’Ubuhavu wari warigaruriye igice kinini cy’u Rwanda. Cyamatare kandi ingoma ye yaranzwe n’amakimbirane hagati ye na benewabo banze kumuyoboka, muri bo Juru akaba ariwe wari ku isonga. Icyo gihe nibwo ingoma ngabe yitwaga […]

Intambwe 10 zagufasha kwitwara neza imbere y'umukobwa mugiye gusomana bwambere

Gusomana ni kimwe mubintu bikunze kuzonga abantu benshi bakundana  iyo babigerageje kandi mubyukuri ni ibintu byoroshye ariko ugasanga abantu batabiha gaciro rimwe na rimwe bakabikora nabi bikabaviramo kubengwa byahato nahato  Dore bimwe mubyagufasha mu gihe ugiye gusomana n’umukunzi wawe: 1. Ntabwo ugomba gusoma umukunzi wawe gusa ari uko mugiye guhuza igitsina. Gusomana bigomba gukorwa buri […]

Dore ibyo wakorera umugabo wawe akazinukwa abandi bagore

Nubwo ingo nyinshi zikunze gusenyuka biturutse ku makimbirane akenshi usanga ashingiye ku mitungo, iyo imibonano mpuzabitsina idakozwe neza na byo bishobora kuba intandaro yo gushwana hagati y’abashakanye biturutse ku gukekana amababa ndetse rimwe na rimwe bikavamo no gutandukana burundu. Dore inama wakurikiza kugirango urugo rwanyu rudasenyuka biturutse ku mibonano mpuzabitsina itakozwe neza. 1. Ganira n’umugabo […]

Ibyaranze itariki ya 28 Mata 1994, ubwo jenoside yakorerwaga Abatutsi yari ikomeje

Mu gihe hibukwa ku nshuro ya 24 jenoside yakorewe Abatutsi, hari amwe mu matariki agaruka mu mitwe y’Abanyarwanda kubera ibikorwa by’ubwicanyi n’ibindi byakorwaga muri jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994. Nk’uko Komisiyo y’igihugu ishinzwe kurwanya jenoside (CNLG) ibicishije ku rukuta rwayo rwa twitter ibitangaza,  ngo ku wa 28 Mata 1994, nibwo Abatutsi bari bahungiye […]

Uganda: Abantu babiri bashinjwaga iterabwoba barashwe na polisi barapfa

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 28 Mata 2018, ubwo polisi yabyukiraga mu mukwabo mu gace ka Kisenyi karimo umusigiti w’Abasilamu wa Usafi no mu bindi bice bitandukanye by’umujyi wa Kampala, yafashe abantu bashinjwa iterabwoba babiri muri bo baza kuraswa. Mu itangazo umuvugizi wa polisi, Emilian Kayima Yageneye abanyamakuru, yatangaje ko hari […]

USA: Perezida Trump arihanangiriza ibihugu bishaka gutambamira Amerika kwakira igikombe cy’isi

Perezida wa Amerika Donald Trump yavuze ko ibihugu bishaka kubangamira umugambi wa Amerika wo kwakira imikino y’igikombe cy’isi bishobora guhura n’ingaruka za politiki. Abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter, Trump yagize at i’’Amerika yifatanije n’ibihugu bya Canada na Mexico batanga ubusabe bwo kwakira igikombe cy’isi cya 2026 ’’ Yakomeje agira ati’’ Bizaba biteye isoni kubona […]

Kigali/Karongi: Umuhanda si nyabagendwa kubera inkangu yawufunze ku rutare rwa Ndaba

Imvura nyinshi yaguye mu ijoro ryo ku wa Gatanu rishyira iryo ku wa Gatandatu itariki ya 28 Mata 2018, yateje inkangu yafunze umuhanda wa kaburimbo, Kigali-Karongi, ahazwi nko ku Rutare rwa Ndaba. Kubera ibi biza, inzego za Leta muri aka karere kimwe na Polisi y’u Rwanda, baramenyesha abakoresha uyu muhanda ko ufunze mu gihe bigikurwaho. […]

Messi yahigitse Ronaldo mu binjije amafaranga menshi 2017/2018-Urutonde

Ikinyamakuru, France Football cyasohoye urutonde rw’abakinnyi w’umupira w’amaguru binjije amafaranga menshi, Lionel Messi aza ku mwanya wa mbere Cristiano Ronaldo yari amazeho imyaka ibiri. Nguru urutonde rugizwe n’abakinnyi 20 binjije akayabo k’amafaranga: Lionel Messi Yari aherutse ku mwanya wa kabiri mu myaka ibiri yashize akurikiye Ronaldo. Ubu yinjije amayero niliyoni zisaga 110,200,000(£ 110.2M) Cristiano Uyu […]

RDC: Hatahuwe ibyobo bihambyemo abantu barenga 260 bishwe mu mezi ane ashize

Ishami rya Loni Rishinzwe Uburenganzira bwa Muntu ritangaza ko mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, hatahuwe ibyobo rusange byahambwemo abantu basaga 260. Nk’uko BBC ibitangaza, ngo abo bantu basaga 260 bishwe kuva mu Ukuboza 2017, abagera kuri 91 muri bo bakaba ari abagore. Iki kinyamakuru gitangaza ko  n’inzu zisaga 120 zasahuwe ndetse zikanasenywa […]

Uganda: Bikekwa ko uwagombaga kuzatanga ubuhamya mu rubanza rw’ishimutwa rya Joel Mutabazi yishwe

Urubanza abapolisi bakuru ba Uganda aribo Nixon Agasirwe na Joel Aguma n’abagenzi babo bane baregwamo gushimuta Lt.Joel Mutabazi wahoze arinda Perezida Kagame, rushobora kuzambywa n’ibura ry’umutangabuhamya w’ingenzi, Sgt.Emma Mulindwa uzwi nka Mukombozi bikekwa ko yaba yarishwe. Ikinyamakuru Chimpreports cyo muri Uganda, gitangaza ko uyu mutangabuhamya yaburiwe irengero mu mezi abiri ashize kandi ko ngo bamwe […]

DRC: Abantu 40 barohamye mu mugezi wa Ubangi bagerageza guhunga imirwano

Abantu barenga 40 barohamye mu mugezi wa Ubangi bagerageza guhunga ubwicanyi n’intambara birikubera mu Majyaruguru ashyira uburengerazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Aba baturage barohamye bashaka kwambuka umugezi wa Ubangi bagana mu buhugu by’abaturanyi. Nyamara ubwato bwabo bwahise burohama bitewe n’umuhengeri. Umuyobozi w’ungirije w’intara ya Ubangi Jean Bakatoye, yabwiye AFP ko aba baturage bari […]

Inama y’Abaminisitiri yateranye yashyizeho abayobozi muri REB, RAB na RCA

Ku wa Gatanu, tariki ya 27 Mata 2018, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yashizeho abayobozi  mu ibigo bitandukanye REB, RAB, RCA nahandi. Inama y’Abaminisitiri yemeje imyanzuro y’Inama y’Abaminisitiri yo ku wa 11 Mata 2018.   Inama y’Abaminisitiri yemeje ubutaka bwegurirwa Minisiteri y’Ingabo. Inama y’Abaminisitiri yemeje Imbanzirizamushinga y’Ingengo […]

Menya ukuri ku maribori benshi bibeshya ko atuma umugore agira amavangingo

Hari abantu benshi bibwira ko amaribori ari kimwe mu bimenyetso byerekana ko umugore afite amavangingo azana mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina, ariko ibi si byo nk’uko urububa Ladieslife rubitangaza. Uru rubuga rutangaza ko hari abayaterwa n’imiti yo mu bwoko bwa crème yitwa corticosteroid kimwe n’uko hari abayagira kubera uruhererekane rwo mu miryango. Ku bangavu, amaribori aza […]

Abaperezida ba Koreya zombi basinye amasezerano akumira intambara hagati ya zo

Perezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong-un n’uw’iy’Epfo, Moon Jae-in, bashyize umukono ku masezerano agamije kubyutsa umubano no gukumira icyo aricyo cyose cyabazanamo intambara . Ari imbere y’ibitangazamakuru mpuzamahanga, Perezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un, yavuze ko nta mpamvu n’imwe yatuma Koreya zombi zishwana, avuga ko yifuza amahoro. Nk’uko BBC ibitangaza, Perezida Kim […]

Abagenzuzi b'imari bwite b'ibigo bakwiye guhabwa ubwisanzure mu mikorere yabo- Hon. Makuza

Perezida wa Sena y’u Rwanda, Hon. Sen.Bernard Makuza, avuga ko abagenzuzi b’imari bwite (internal auditors) bakwiye guhabwa ubwisanzure mu mikorere yabo bagashyira mu bikorwa inshingano zabo. Avuga ko iyi yaba ari imwe mu ngingo zikwiye gufatwa kugirango umutungo wa Leta ucungwe nk’uko bikwiye. Mu nama nyunguranabitekerezo yo ku wa 26 Mata 2018, yahuje abagize Sena […]

Tunda Sebastian uzwiho amafoto ashotora abagabo agiye kurongorwa n'umunyamakuru

Umunyamideli wabigize umwuga, Tunda Sebastian ukomoka mu gihugu cya Tanzaniya agiye gukora ubukwe n’umunyamakuru ukorora kuri Televiziyo ya ‘CloudTV’ witwa Casto Dickson. Nk’uko yabitangaje, uyu Dickson mu magambo ye yeruye yemeza ko umutima we watwawe n’uyu munyamideli, Tunda ndetse ko ubu yiteguye ku murongora akamubera umugore. Yagize ati “Tunda ni umukobwa nifuza kugira umugore wanjye […]

Twibuka kugira ngo dukizanye ibikomere- Padiri Ubald

Padiri Ubald Rugirangoga umaze kwamamara mu gihugu mu bikorwa by’isanamitima n’ubwiyunge, avuga ko Jenoside yakorewe Abatutsi yasize ibikomere mu Banyarwanda bose, ari abayikoze n’ abayikorewe bose, ngo bakaba bakeneye isanamitima ryo kubakiza. Padiri Ubald Rugirangoga uvuka i Rwabidege mu murenge wa Karengera, ho mu karere ka Nyamasheke, avuga ko Jenoside yakorewe Abatutsi yamushegeshe cyane kuko […]

Abarwanyi 44 ba FDLR n’imiryango yabo bahawe igihe ntarengwa cyo kuba batashye mu Rwanda

Abari abaarwanyi ba FDLR bari bacumbikiwe mu nkambi ya Walungu mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, basabwe gutaha mu Rwanda bitarenze itariki ya 20 Ukwakira 2018. Iyo nteguza bayihawe ku wa 26 Mata 2018, n’itsinda ry’abagize Guverinoma ya Congo n’indi miryango nka SADC, CIRGL na Monusco. Iyi nteguza ireba abari […]

Umutekano wa Rick Ross i Nairobi wakajijwe ku buryo budasanzwe -Amafoto

Ku wa 28 Mata 2018, nibwo umuherwe akaba n’ikirangirire mu muziki w’isi, Rick Ross, azaba ari ku butaka bwa Kenya aho agiye gukorera igitaramo cyakataraboneka kigomba kubera mu Mujyi wa Nairobi. Rick Ross utegerejwe nk’umwami muri Kenya yateguriwe itsinda  ry’imodoka icumi zihenze hakiyongeraho indege igomba kugenda hejuru yazo mu rugendo ruva ku kibuga cy’indege rwerekeza […]

Sudani y’Epfo: Abakozi 10 ba Loni baburiwe irengero

Umuryango w’Abibumbye utangaza ko abakozi bawo 10 mu batanga imfashanyo baburiwe irengero muri Sudani y’Epfo mu buryo budasobanutse. Ibiro bya Loni bishinzwe imfashanyo OCHA, bitangaza ko abo bakozi babuze ku wa Gatatu w’iki cyumweru aho bari mu gace ka yei, gaherereye muri Yei River. Ibi biro bitangaza ko babuze bari mu modoka bagana muri Komini […]

Bizimana Djihad yakuyeho agahigo kari gafitwe na Sugira Ernest

Umukinnyi ukina hagati mu kibuga mu ikipe ya APR FC  no mu ikipe y’igihugu Amavubi, Bizimana Djihad yamaze kugurwa na Beveren yo mugihugu cy’ububirigi akaba yayisinyiye imyaka 3. Tariki ya 10 Mata 2018 ni bwo uyu musore yerekeje mu gihugu cy’u Bubiligi gukora igeragezwa muri iyi kipe byari bitaganyijwe ko rizamara ukwezi ariko akaba yararitsinze […]

Ibyaranze itariki ya 27 Mata 1994, ubwo jenoside yakorerwaga Abatutsi yari ikomeje

Mu gihe hibukwa ku nshuro ya 24 jenoside yakorewe Abatutsi, hari amwe mu matariki agaruka mu mitwe y’Abanyarwanda kubera ibikorwa by’ubwicanyi n’ibindi byakorwaga muri jenoside yakorewe Abatutsi. Komisiyo y’igihugu ishinzwe kurwanya jenoside (CNLG) ibicishije ku rukuta rwayo rwa twitter, itangaza ko itariki ya 27 Mata 1994, yaranzwe na: Impunzi zari zahungiye muri Hotel des Milles […]

Gicumbi: Manirafasha wasambanyije mu kibuno umwana w'umuhungu yahanishijwe igifungo cy'imyaka itanu

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Gicumbi  bwatsinze urubanza bwaregagamo uwitwa Manirafasha Jean de Dieu utuye mu Karere ka Rulindo , Umurenge wa Ntarabana ,Akagari ka Mahaza  wari ukurikiranyweho n’Ubushinjacyaha  icyaha cyo gusambanya umwana w’umuhungu w’imyaka icyenda y’amavuko . Byatangajwe ko ubwo yamusangaga aho arinze imyaka kugira ngo inyoni zitayonona, aribwo yahise amusambanya mu kibuno. Mu iburana […]

Abatavuga rumwe na Leta ya Nkurunziza babona EAC yarananiwe gukemura ibibazo Abarundi bafitanye

Ubuyobozi bw’impuzamashyaka atavuga rumwe na Leta iriho mu Burundi (CNARED)  butangaza ko umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba(EAC) wananiwe guhuza Abarundi ngo ibibazo bafitanye bikemuke. Ibi babitangaje mu itangazo basohoye ku wa 22 Mata 2018, ikinyamakuru UBM news dukesha iyi nkuru gifitiye kopie, aho bavuga ko uyu muryango wananiwe kumvisha Leta y’u Burundi uburyo igomba kwitabira ibiganiro […]

Rusizi: Umusaruro w'icyayi udindizwa n’uburyo bwa gakondo bagikoresha bagisoroma

Abahinzi b’icyayi bibumbiye muri koperative  ‘Coopthe Shagasha’ mu karere ka Rusizi bavuga ko kimwe mu bituma batagera ku musaruro bifuza kuri hegitari ari imisoromere y’icyayi ikiri mu buryo bwa gakondo. Gusoroma icyayi biracyakorwa mu buryo bwa gakondo,aho usanga abantu bahetse  ibidonga mu migongo basoroma akababi kamwe kamwe bashyiramo, bamwe mu bahinzi b’icyayi bakavuga ko niba […]