Umuhanzi Sizza mu byishimo byo kwibaruka umwana
Umuhanzi wâumugande Sizza ari mu byishimo bikomeye byo kwitwa papa, nyuma yo kwibaruka umwana wâumukobwa mu mpera zâicyumweru gishize. Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga, Sizza Man yashimiye Imana avuga uburyo ari nziza yo yamuhaye umwana wâumukobwa. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Sizza Man yagize ati ââ Imana ni nziza, ubu umwana wâumukobwa yavutse, ubu umwana na nyina bameze neza […]
2017-2024: FPR ishyize imbere kubaka no kongerera ubushobozi inganda nshya zirimo urwâ imiti
Umuryango FPR Inkotanyi urateganya kubaka igihugu gishingiye ku iterambere ryâumuturage , kongera ibyoherezwa mu mahanga no kubaka inganda zikomeye zizaba ibisubizo ku bibazo byagiye bigaragara mu Rwanda byo kudakora ku Nyanja. Kudakora ku nyanja nâimwe ni imwe mu ngaruka zikomeye zigira uruhare ku iterambere ryâu Rwanda nâiryâumuturage kuko usanga ibicuruzwa byavuye mu mahanga bitwarwa ku […]
Ambasaderi wa Amerika muri Loni aranenga Afurika ku bijyanye n'inzara
Ambasaderi wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Loni, Nikki Haley yanenze bikomeye imihugu bya Afurika uburyo byananiwe guhangana nâinzara kuri uyu mugabane. Ibyo Haley yabivugiye mu nama yâumutekano ya Loni, yiga ku bibazo byâumutekano ku mugabane wa Afurika. Avuga ko inzara itarikwiye kuba ikivugwa mu mwaka wâ2017. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Haley yatangaje ko abantu barenga […]
Muhanga: Dr Frank yakiriwe nâimbaga yâabaturage kuva yatangira kwiyamamaza (Amafoto)
Ubwo umukandida wa Green Party yasesekaraga mu karere ka Muhanga mu bikorwa byo kwiyamamaza, yakirwanywe urugwiro nâimbaga yâabaturage na we yavuzeko ari ubwa mbere yari ababonye kuva yatangira ibi bikorwa. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ni umuhango wabereye mu marembo yâumurenge wa Nyarusange aho imbaga yâabaturage bâimpande zose bari bitabiriye ku bwinshi. Ni umuhango waranzwe nâibyishimo ku mukandida […]
Karongi: Dr Frank yijeje urubyiruko ruzajya rwihangira imirimo ko ruzajya rutangira gusora nyuma y'imyaka 2
Kuri uyu wa Kane Nyakanga 2017, umukandida wâishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije rya Green Party, Dr Frank Habineza yakomereje ibikorwa bye byo kwiyamamaza mu karere ka Karongi, ibikorwa byabereye mu kibuga kinini giherereye mu ishyamba rwagati mu murenge wa Rugabano mu kagari ka rufungo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu ijambo yagejeje ku babashije kuhagera na bo […]
Washington: Abana 6 bahagarariye u Burundi mu irushanwa baburiwe irengero. Babiri barakekwa muri Canada
Abasore nâinkumi batandatu bahagarariye u Burundi mu marushanwa mpuzamahanga yo gukora Robots yaberaga i Washington muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika , baburiwe irengero mu ijoro ryo kuwa 18 Nyakanga, aho babiri muri bo bagaragaye binjira mu gihugu cya Canada igipolisi kikaba gikomeje gushakisha. Aba basore bari hagati yâimyaka 16 na 18 bari bahagarariye u […]
Umwana yateweho amaboko avanywe ku wapfuye arakora neza
Umwana wâumuhungu wâUmunyamerika yateweho amaboko mashya ku buryo ubu akora neza ku buryo abasha kuyakoresha akina udukino tw’abana dutandukanye. Uyu mwana Zion Harvey amaze imyaka ibiri ateweho amabko, kuko yayateweho afite imyaka 8 ubu akaba afite 10 nkuko BBC dukesha iyi nkuru yabitangaje. Ababonye Zion akinisha ayo maboko basabwe nâibyishimo bitewe nuko amerewe. Ayo maboko […]
Mu by'ukuri turifuza gupfa – Imfungwa zo muri ISIS
Mu by’ukuri turifuza gupfa (we really want to die) ni imvugo yumvikana mu barwanyi bakekwaho kuba mu mutwe wa leta ya kiyisilamu (ISIS) bafashwe nâingabo za Irak zibafungiye mu buzima bukomeje kwibazwaho. Abo barwanyi bafashwe nâizo ngabo ubwo zahanganaga nabo mu mujyi wa Mosul izi nyeshyamba zari zimaze igihe kinini zarigaruriye. Ubuzima bwabo bukomeje kwibazwaho […]
Rwamagana :Yibye ibigori ubukwe yiteguraga burapfa umugeni aburirwa irengero
Umusore uri mu kigero cyâimyaka 27 utuye mu Kagari ka Ntunga mu mpera zâicyumweru gishize yafashwe ashinjwa kwiba umufuka wâibigori maze ajyanwa mu kigo ngororamuco ubukwe yiteguraga buhita bupfa. Umukobwa bari gushyingiranwa akaba yarahise nawe aburirwa irengero. Kuri uyu wa kane, itariki ya 20 Nyakanga 2016 twanyarukiye mu Murenge wa Mwurire maze dusanga inkuru yabaye […]
Ibikorwa byo kwiyamamaza Paul Kagame yabikomereje muri Nyarugenge- AMAFOTO
Umukandida wâumuryango FPR Inkotanyi,Paul Kagame ubwo yari asoje ibikorwa byo kwiyamamaza mu karere ka Rulindo, yabikomereje mu karere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali. Ku gicamunsi cyo ku wa 20 Nyakanga 2017, nibwo umukandida Paul Kagame yasesekaye mu murenge wa Nyakabanda ku kibuga cy’ahazwi nko kuri Tapis Rouge aho umuhango waberaga, abaturage babarirwa mu bihumbi […]
RDC: Konti zose zâIntara ya Kivu yâAmajyepfo muri banki zitandukanye zahagaritswe
Ibiro byâInama yâIntara ya Kivu yâAmajyepfo byategetse ko konti za banki zose zâintara zifungwa nyuma yo kwegura kwâuwari Guverineri wâintara, Marcellin Cishambo. Nkâuko byatangajwe nâumuvugizi wâiyi nama, David Ombeni Nakabinda, watangarije Radio Okapi aya makuru kuri uyu wa Gatatu itariki 19 Nyakanga, yavuze ko iki cyemezo cyafashwe mu rwego rwo kubuza ko ubuyobozi bweguye bwayakoresha […]
Inama zagufasha gukomera mu rukundo rushya nyuma yo gutandukana nâuwo wakundaga
Burya gutandukana nâuwo ukunda ni ibintu bitakirwa kimwe nâabakundana bombi, rimwe na rimwe ugasanga umwe muri mwe ahise afata ibyemezo bitandukanye bishobora no kumuganisha ahabi. Hari igihe uhita uninjira mu rukundo rushya ariko bikakugora kubera urukundo rwa mbere wahozemo rutarasibangana muri wowe. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Dore inama zagufasha mu gihe bikubayeho: Urasabwa kwizera uwo mukundanye nyuma […]
Sida yahitanye abasaga miliyoni muri 2016 ku Isi
Gahunda ya Loni ishinzwe kurwanya Loni(Onusida,) iratangaza ko abantu basaga miliyoni bishwe na Sida mu mwaka ushize wa 2016, ariko ko hari icyizere ko bagenda bagabanuka. Muri iyo mibare yatangajwe nâiyi gahunda ku wa Kane, tariki ya 20 Nyakanga 2017, igaragaza ko hari icyagabanutse kinini ku bicwaga nayo ku mwaka, kuko ngo mu wa 2005 […]
Bidasubirwaho Karekezi Olivier ni umutoza mushya wa Rayons Sports
Perezida wâIkipe ya Rayon Sports, Gacinya Denis, yemeje ko iyi kipe ifite umutoza mushya uzayitoza guhera muri shampiyona itaha ari we Karekezi Olivier, wabaye igihe kinini umukinnyi w’ Ikipe yâIgihugu Amavubi ndetse na APR FC, amakipe yombi yanabereye kapiteni. Aya makuru yayemeje mu kiganiro yagiranye na Radio 10 na TV10 uyu munsi ku wa Kane […]
Polisi mu Mujyi wa Kigali ntibona urusaku nkâikibazo cyananiranye gukemuka
Mu Mujyi wa Kigali hamwe na hamwe haracyumvikana urusaku rukabije kuba rwinshi mu duce abaturage batuyemo, akenshi ruturuka mu tubari, amahoteli ndetse nâinsengero. Ibi rero bikaba bibangamira abaturage bahatuye, kuko akenshi usanga urwo rusaku rugeza mu masaha akuze yâijoro. Nyiramana Betty ni umubyeyi umaze igihe gito yibarutse, atuye mu gace ka Remera hafi ya stade, […]
Girinka munyarwanda izahinduka Girinzu musirikare, Girinzu mupolisi-Dr Frank Habineza
Umukandida wâ ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikeje, Dr Frank Habineza yabwiye abaturage bo mu murenge wa Shyira, akagari ka Mpinga umudugudu wa Vunga mu karere ka Nyabihu ko azakora bakagira imibereho myiza ndetse akazakora ibishoboka hakabaho gira Girinzu musirikare girinzu mupolisi . Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 19 Nyakanga 2017 nibwo Dr Frank […]
Indorerezi 1,200 zimaze kwemezwa na NEC ko zizakurikirana amatora yo mu Rwanda
Indorerezi zaturutse mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba zirishimira umutekano uri mu Rwanda muri iki gihe ndetse n’uko amatora y’umukuru w’igihugu yateguwe ugereranyije no mu bindi bihugu nk’uko byemezwa na Charles JK Njoroge, waje uyoboye izi ndorerezi. EAC irateganya kohereza itsinda ry’indorerezi 27 zizakurikirana amatora y’Umukuru w’igihugu ateganyijwe mu kwezi kwa 8 uyu mwaka. Bamwe muri […]
Tanzania: Inzara iri mu Nkambi ya Nduta yatumye impunzi z'Abarundi zisaga 15,000 ziyemeza gutaha
Ikibazo cy’inzara irangwa mu nkambi z’impunzi muri Tanzania cyatumye imiryango irenga 3,000 yâAbarundi bahungiye mu nkambi ya Nduta muri Tanzaniya kuri ubu imaze kwiyandisha ishaka gutahuka. Urutonde zifuza gutahuka mu gihugu cyâamavukiro rumanitse mu kigo cyâukuriye iyo nkambi. Urwo rutonde rugaragaraho imiryango 3,048. Harimo imiryango irimo umuntu umwe cangwa abarenga batandatu, bityo bigatuma abantu bose […]
Dr Habineza avuga ko kumwangira ko yiyamamariza aho yihitiyemo ari intandaro yo kubura abaturage
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 19 Nyakanga 2017, umukandida wâishyaka rya Green Party, Dr Habineza Frank yakomereje ibikorwa bye byo kwiyamamaza mu karere ka Rulindo aho yakiriwe nâabaturage bacye ariko na none benshi ugereranyije nâaho yakoreye ibikorwa byo kwiyamamaza ku munsi wabanje, ibi ngo bikaba biterwa no kuba aho aba yasabye kwiyamamariza, inzego zâibanze […]
Nta wo muri opozisiyo ugaragara nkâuwaba Perezida, nta wabujijwe ndetse nâAbapadiri-Mushikiwabo
Minisitiri wâUbubanyi nâAmahanga wâu Rwanda, Louise Mushikiwabo yatangaje ko nta muntu wigeze abuzwa guhatanira umwanya wa Perezida wa Repubulika mu Rwanda. Mu nkuru yâikinyamakuru Jeune Afrique iri mu gifaransa ifite umutwe ugira uti: « Rwanda, Louise Mushikiwabo : â Personne nâest empĂ ÂȘchĂ© de se prĂ©senter Ă Â la prĂ©sidentielle â ugenekereje mu kinyarwanda igira iti: Rwanda, […]
Amatora 2017: Abanyarwanda bakabakaba miliyoni 7 nibo bemerewe gutora Perezida wa Repubulika
Komisiyo yâigihugu yâAmatora yatangaje urutonde ndakuka rwâabemerewe gutora mu matora ya perezida wa Repubulika ategerejwe muri Kanama uyu mwaka. Urwo rutonde rwashyizwe ahagaragara ku wa Gatatu tariki ya 19 Nyakanga 2017, nyuma yuko Abanyarwanda bahawe igihe cyo kwikosoza no kwiyandikisha kuri lisiti yâitora dore uko imibare yâabazatora iteye. Abazatora bose hamwe ni 6,897,076. Abagore bangana […]
REB nâabamenta ruracyageretse mu nkiko, inzitizi no gusubikwa bibonwa nko gutinza urubanza nkana
Kuri uyu wa gatatu tariki 19 Nyakanga 2017, hari hateganijwe inama ntegura rubanza rwa kabiri abamenta (Abarimu bigisha abandi Icyongereza)baregamo ikigo gishinzwe uburezi mu Rwanda REB, urukiko rwisumbuye rwa Gasabo ruyimurira tariki ya 27 Nzeri ngo nta myiteguro yabaye. Icyiciro cya kabiri cyâabamenta barega REB kigizwe nâabamenta 20 bataburanye mu cyiciro cya mbere, nkâuko bitangazwa […]
Imiti igabanya ubukana hari abayiha amatungo, abayishyira ku bisebe n'abakayigurisha abandi !!
Bamwe mu baturage baravuga ko hari abafata imiti igenewe abanduye virusi itera Sida bakayiha amatungo yarwaye, mu gihe abandi bayishyira ku bisebe hakaba hari nâabayigurisha abandi, ibi bikorwa byose ngo ntibikwiye kuko byagira ingaruka kandi iba yatwaye akayabo. Imiti igabanya ubukana bwa virusi itera Sida ngo igura miliyoni eshanu zâamafaranga yâu Rwanda ku ihabwa umuntu […]
Yishe umukobwa we wâimyaka 15 amuziza gusambana nâumuhungu bakundanaga
Umubyeyi wâumugabo yahondaguye umukobwa we wâimyaka 15 kugeza amwishe amuziza gusambana nâumuhungu wari inshuti ye atabanje kubisabira uburenganzira nkâuko bitangazwa nâigipolisi cyo muri Zimbabwe. Igipolisi cya Zimbabwe muri Midlands kivuga ko kiri gushakisha uyu mugabo wiyiciye umwana witwa Benjamin Mpanduki, nyuma yo gushinjwa kwica umukobwa we, Pamela Believer Mpanduki. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Nyina wâuyu mwana witwa […]
Dr Frank Habineza yijeje abaturage kuzabakuriraho imisoro yâubutaka
Umukandida wa Green Party, Dr Frank Habineza yijeje abaturage bo mu Karere ka Ngoma ko imisoro yâubutaka izaba yamaze kuvaho mu kwezi kwa Cyenda naramuka atowe. Ibi ni bimwe mu byo yatangarije mu Murenge wa Kibungo, Akagali ka Cyasemakamba mu Karere ka Ngoma, ubwo yiyamamazaga ku mwanya wâumukuru mu matora ateganyijwe mu kwezi kwa Kanama. […]
Kicukiro: Ibihumbi byâabaturage byazindukiye kwakira umukandida Paul Kagame- AMAFOTO
Abanyamuryango ba FPR Inkotanyi hamwe nâabarwanashyaka b’indi mitwe ya politiki bishyize hamwe nayo, bateraniye mu karere ka Kicukiro ari benshi bakira umukandida wabo, Paul Kagame, wiyamamariza umwanya wâumukuru wâigihugu yari asanzweho. Umahango wabereye mu Murenge wa gahanga, mu karere ka Kicukiro, Umujyi wa Kigali, ku wa 19 Nyakanga 2017, Abaturage babarirwa mu bihumbi bakaba babukereye […]
RDC : Urukiko Rwisumbuye rwa Lubumbashi rurasuzuma ubujurire bwa MoĂ ÂŻse Katumbi
Urukuko rwisumbuye rwa Lubumbashi Muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rurasuzuma ubujurire bwa MoĂ ÂŻse Katumbi ku bijyanye nâigifungo cyâimyaka 3 yakatiwe muri Kamena 2016 ku gukoresha inyandiko mpimbano. Kuri uyu wa kabiri washize, Katumbi yanze abacamanza 29 muri 30 bagize urwo rukiko rwa Lubumbashi. Arasaba ko urwo rubanza ruburanishwa nâurundi rukiko nkuko Radio Okapi ibitangaza. […]
Chameleone yatunguye abantu avuga icyo azakora nareka umuziki
Umuhanzi Jose Chameleone, kuri uyu wa 17 Nyakanga, ari mu kiganiro kuri televiziyo ya NTV The Beat, yatunguye abantu kubera ibyo yatangaje avuga ko nareka umuziki azajya gukora ubworozi bwâinyamaswa. Uyu muririmbyi ubwo yabazwaga icyo azakora mu hazaza he, anabazwa gahunda afite mugihe azaba atagikora umuziki, yavuze ko mubuzima bwe yikundira inyamaswa ko nareka muzika […]
Haribazwa aho imbaraga zakoreshejwe mu gutangiza ikoreshwa rya Passport Nyafurika zagiye
Kuwa 17 Nyakanga 2017, umwaka umwe wari ushize Afurika Yunze Ubumwe itangije Passport Nyafurika, mu nama ya 27 ya A.U yabereye I Kigali mu Rwanda, aho iza mbere zahawe perezida wâu Rwanda, Paul Kagame, na perezida Idriss Deby Etino wa Tchad. Nyuma yâiki gihe gishize ariko, ngo imbaraga zakoreshejwe iki gikorwa gitangizwa zisa nkâizakendereye. Nkâuko […]
Muhazi: Kwamamaza umukandida wa FPR byaranzwe no kwishimira ibyo yabagejejeho
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kabiri tariki ya 18 ibikorwa byo kwamamaza Paul Kagame mu Karere ka Rwamagana byakomereje mu murenge wa Muhazi ahahuriye abaturage benshi Gahunda yo kwamamaza Paul Kagame yaranzwe no kuvuga ibigwi ndetse nâibikorwa byâindashyikirwa bagezeho kubera Paul Kagame. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Umwe mu baturage yabwiye Bwiza.com ko baje kwishimira ibyo bagejejweho […]
Exclusive : Amakuru yâikoranabuhanga ya Komisiyo yâIgihugu yâAmatora arinzwe hejuru ya 98%
Mu gihe gitambutse mu nkuru zijyanye nâamatora yagiye aba ku isi dufatiye nko ku byabaye mu mwaka ushize muri Leta Zunze Ubumwe zâAmerika ndetse nâUbufaransa havuzwe ibyâuko hari ibihugu byâamahanga ya kure byaba byarashoboye kwinjirira serivisi zitegura amatora maze zigahinduramo byinshi byanatumye ibyayavagamo bikemangwa. Ni muri urwo rwego ikinyamakuru Bwiza.com twegereye Mike Shima Senga umukozi […]
Turkiya: Abakozi 6 ba Amnesty International barimo umuyobozi wayo batawe muri yombi
Abaharanira uburenganzira bwa muntu 6 bâabanyamahanga batawe muri yombi mu gihugu cya Turkiya, barimo nâumuyobozi wâishami rya Amnesty International muri Turkiya, Idil Eser, aho bafashwe nâigipolisi kibasanze muri hotelo bari bari gukoreramo inama yâumutekano bashinjwa gufasha abiyahuzi. Kuri uyu wa Kabiri nibwo Urukiko rwa Instabul rwategetse ko aba bantu bazarekurwa ari uko babanje kuburanishwa nk’uko […]
U Rwanda rurasangiza amahanga aho rugeze mu kubungabunga umurage ndangamateka ushingiye ku muco
U Rwanda ruteganyijwe kwitabira inama mpuzamahanga yâishami rya Loni rishinzwe, ubuhanga, uburezi nâumuco(Unesco), aho rumurika ibijyanye nâintambwe rwateye mu bijyanye no kubungabunga umuco. Iyi nama irahuza abayobozi ba za Minisiteri zifite umuco mu nshingano zayo bigira hamwe uko bakomeza kurinda umurage ushingiye ku muco mu bihugu bya Afurika yâi Burasirazuba nâibirwa bikikije inyanja yâu Buhinde,ibera […]
Rubavu : Abana batatu bishwe nâimyumbati abandi bari mu bitaro
Abana babiri bavukana ,hamwe nâumwe wâumuturanyi ,bo mukagari ka Rwaza mu mudugudu wa Gashovu umurenge wa Rugerero mu karere ka Rubavu,bahitanwe nâimyumbati bariye ,ndetse hakaba hari nâundi mwana nâumugore barwariye mubitaro bya Gisenyi basangiye iyo myumbati. Nkâuko twabitangarijwe nâubuyobozi bwâumudugudu abo bana bari batuyeyemo ngo iyo myumbati ikiri mibisi bayitekewe na ICYIZANYE Chantal umuturanyi wâabo […]
Umukandida Paul Kagame yiyamamarije muri Muhanga yakirwa nâabasaga ibihumbi 150 â AMAFOTO
Ku munsi wa gatanu wâibikorwa byo kwiyamamariza umwanya wâumukuru wâigihugu, umukandida wâumuryango FPR Inkotanyi, Paul Kagame, yakiriwe nâabanyamuryango basaga ibihumbi 150 mu karere ka Muhanga. Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 18 Nyakanga, Ubwo Umukandida Paul Kagame yageraga kuri Sitade ya Muhanga aho ibihumbi nâibihumbi byari bimutegerereje yasanzwe nâibyishimo abatangariza ko abishimiye dore ko babarirwa […]
Bujumbura: Igitero cya grenade muri Zone Bwiza cyakomerekeje abagera ku 10
Amakuru aturuka mu gihugu cyâu Burundi aravuga mu mujyi wa Bujumbura muri Zone Bwiza, ku Muhanda wa 2, hagabwe igitero cyâabantu bitwaje ibirwanisho ku Cyumweru gishize mu kabari kitwa ‘ Kubajandarume ‘, aho bateye grenade ikomeretsa abantu bagera ku icumi. Umuvugizi wâigipolisi cyâu Burundi, Pierre Nkurikiye, abinyujije ku rukuta rwe rwa twitter akaba yavuze ko […]
Ibiribwa bibujijwe kurya mbereho amasaha 2 ugiye gutera akabariro
Imibonano mpuzabitsina ku bashakanye ni kimwe mu bikorwa byâibanze bihuza umugore nâumugabo kandi bikababera inkingi ikomeye yo gukomeza urugo rwabo,Iyo itagenze neza rero usanga akenshi hari utubazo twa hato na hato tuza tubishamikiyeho. Niba wifuza ko rero igikorwa cyo gutera akabariro cyabagendekera neza mukaryoherwa kandi mukanyurwa uzirinde gukora amakosa yo kurya ibi bintu bikurikira mbereho […]
Muhima : Abacuruza ikiryabarezi bahawe iminsi ibiri yo kugifunga
Ubuyobozi bwâakagari ka Rugenge mu murenge wa Muhima mu karere ka Nyarugenge, butewe impungenge nâuko haba hari abana bakina ikiryabarezi, bufata umwanzuro wo kuba abakora ubwo bucuruzi babuhagarika bitarenze kuwa gatatu tariki ya 19 Nyakanga 2017. Mu mugoroba wo kuri uyu wa mbere tariki ya 17 Nyakanga, abagabo babiri bazengurutse ahantu hose hacururizwa imikino yâamahirwe […]
Ubwitabire bwâabaturage mu turere 7 burashimangira icyizere-Komiseri Gasamagera
Umuryango FPR Inkotanyi usanga uhereye ku bwitabire bwâabaturage ahantu hatandukanye umukandida wayo, Paul Kagame yiyamamariza, ufite icyizere gikomeye cyâintsinzi mu matora ya Perezida wa Repubulika azaba muri Kanama uyu mwaka. Ibyo byatangajwe nâUmuvugizi wâuyu muryango muri ibi bihe byo kwiyamamaza, Gasamagera Wellars, unashinzwe ubukangurambaga nâibikorwa bya politiki muri uyu muryango, mu kiganiro cyihariye yagiranye na […]
Diamond arashinjwa kwihakana umwana yabyaranye na Hawa
Umuhanzi wo mu gihugu cya Tanzaniya Hawa yatangaje ko se wâumwana we ari Diamond Platnumz, avuga ko ababazwa cyane no kuba yirengagiza umwana babyaranye, akabifata nkaho nta nibyo azi. Hawa na Diamond bakoranye indirimbo yamamaye muri aka karere âNitarejeaâ, aya makuru yo kuba Diamond arise wâumwana wa Hawa yari yaragizwe ibanga rikomeye ahanini kuko Hawa […]
Umutekano turawufite ariko dukeneye nâuwo mu gifu, hehe na Nzaramba -Dr Habineza
Dr Frank Habineza wiyamamariza kuyobora u Rwanda yasezeranyije abatuye intara yâi Burasirazuba ko batazongera guhura nâinzara yakunze kwitwa Nzaramba mu gihe yaba atowe. Dr Habineza wo mu ishyaka Democratic Green Party of Rwanda yabigarutseho ku wa Mbere tariki ya 17 Nyakanga 2017, ubwo yari mu gikorwa cyo kwiyamamaza mu karere ka Gatsibo mu ntara yâi […]
Kirehe: Dr Frank Habineza yongeye kwimurwa aho yagombaga kwiyamamariza
Umukandida wâishyaka Democratic Green Party of Rwanda, Dr Frank Habineza yongeye kwimurwa aho yari yateganyije kwiyamamariza mu karere ka Kirehe, ajyanwa kure yaho,bivugwa ko ubuyobozi bwirukanye abaturage, ndetse hagaragara nâabanyeshuri biga mu mashuri abanza bitwaje ibirango byâandi mashyaka badobeje icyo gikorwa. Ubwo Umukandida yageraga mu mujyi wa Kirehe, byabaye ngombwa ko akomereza ibikorwa bye aho […]
Uganda: Babiri batawe muri yombi nyuma yo kwigaragambya batwika imipira iriho Museveni
Igipolisi cya Uganda mu mujyi wa Kampala cyataye muri yombi abantu babiri bashinjwa gutwika amapine nâimipira iriho amafoto ya perezida Museveni mu rwego rwâimyigaragambyo yo kwamagana ko itegeko nshinga ryâiki gihugu rivugururwa ngo hakurwemo umubare wa manda umukuru wâigihugu yemerewe. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Abantu bane babarizwa mu ishyirahamwe ryâabashomeri biyise Jobless Brotherhood bagaragaye hafi yâahitwa Mutasa […]
Rutsiro: Bahangayikishijwe nâumuhanda ugana mu Gakiriro uri kubacaho abakiriya
Abakorera imirimo itandukanye mu Gakiriro ka Rutsiro gaherereye mu Murenge wa Mushubati baravuga ko bafite impungenge zâumuhanda ushobora kuzabacaho abakiliya bakenera gutwara ibigakorerwamo mu modoka. Bavuga ko hari nâimpanuka iherutse kubera muri ako Gakiriro biturutse ku miterere yâuwo muhanda. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uretse kubateza impanuka, kugeza ibikoresho byabo mu Gakiriro na byo ngo biragorana kuko bisaba […]
Malawi: Yatawe muri yombi ashinjwa kwigira umugore akajya gutega abagabo
Igipolisi cya Malawi cyataye muri yombi kuri uyu wa Mbere, umusore wâimyaka 19 witwa Van Gomani wigiraga umugore akajya gutega abagabo nkâindaya ku Muhanda witiriwe Kaunda mu murwa mukuru, Lolongwe. Ushinzwe itumanaho kuri station ya polisi ya Kanengo, salome Zgambo Chibwana, avuga ko uyu musore yambaraga imyambaro ya kigore ngo akaba yasaga nâabagore bigurisha. Â […]
Abapadiri babiri bashimutiwe hagati ya Beni na Butembo nâabantu bitwaje ibirwanisho
Inyeshyamba zo mu burasirazuba bwa Congo zashimuse abapadiri babiri ba Kiliziya gaturika mu gace kamaze imyaka ibiri karangwamo ubwicanyi nkâuko bytangajwe nâinama ya ba musenyeri kuri uyu wa Mbere. Abapadiri bashimuswe ni Charles Kipasa na Jean-Pierre Akilimali, bakaba barakuwe muri Paruwasi ya Bunyuka, iherereye hagati yâimijyi ya Butembo na Beni, aho batwawe nâagatsiko kâabantu bagera […]
Lt Gen. Karake, Maj Gen. Nziza na Brig Gen Gashayija mu basirikare bakuru bagiye mu kiruhuko
Abahoze mu ngabo zâu Rwanda(RDF) bagera kuri 817 bashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru kubera impamvu zitandukanye zirimo kurangiza amasezerano y’akazi, ukukure ndetse nâuburwayi. Ni ku nshuro ya gatanu hakorwa igikorwa nkâiki guhera mu mwaka wâ2013, RDF ishyira mu kiruhuko cyâizabukuru nkuko biteganywa nâamasezerano adasanzwe yayo. Abagiye muri iki kiruhuko muri uyu mwaka barimo ba Ofisiye na […]
Perezida Joseph Kabila yasimbuje Gen Bisengimana mu mpinduka yakoze mu nzego zâumutekano
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Joseph Kabila yakoze impinduka muri polisi yâicyo gihugu no mu gisirikare ashyiraho umuyobozi mushya usimbura Gen. Charles Bisengimana, ari we Gen DieudonnĂ© Amuli Bahigwa. Izi mpinduka zatangajwe mu nyandiko yasinyweho na Perezida Kabila, yo ku wa mbere tariki ya 17 Nyakanga 2017 yatangajwe kuri televiziyo yâiki gihugu nkuko […]
NEC yagize icyo ivuga ku mpamvu zatumye umukandida Habineza atiyamamaza i Nyagatare
Komisiyo yâIgihugu yâAmatora (NEC) irasaba umukandida Frank Habineza wâishyaka Riharanira Demokarasi nâIbidukikije, gukomeza kubahiriza amabwiriza agenga amatora mu rwego rwo kwirinda ko ibikorwa bye byo kwiyamamaza bizamo ibibazo. Ahantu habiri habineza yagombaga kwiyamamariza kuri uyu wa 17 Nyakanga, ngo hagombaga guhindurwa nyuma yo kugaragara ko Green Party yahisemo kwiyamamariza mu isoko no ku ishuri kandi […]
Ngororero : Aho tugana turahazi, kuko dufite umugambi umwe, tuzagera kure âPaul Kagame
Umukandida wa FPR -Inkotanyi Paul Kagame yishimiye cyane gusura abaturage bâakarere ka Ngororero ngo aganire nabo ibyubaka igihugu. Anababwira kandi ko gutora umukandida wa FPR-Inkotanyi ari ugutora kuguma kugira igihugu gikomeza mu Iterambere. Ku wa wa kabiri tariki ya 18 Nyakanga. nibwo Umukandida wa FPR-Inkotanyi yagiye kwiyamamariza mu Karere ka Ngororero, yakiriwe nâabaturage benshi buzuye […]
Turukiya: Perezida Erdogan arifuza ko abashakaga kumuhirika bacibwa imitwe
Perezida wa Turukiya, Recep Tayyip Erdogan arasaba ko abashakaga kumuhirika mu gikorwa cyabaye mu mwaka ushize bacibwa imitwe kuko ngo ari abanzi nâabagambanyi bâigihugu. Yabitangaje ubwo muri iki gihugu bizihizaga umwaka umwe bamaze baburijemo icyo gikorwa cyo guhirika ubutegetsi mu mpera zâuyu mwaka. Muri ibyo birori hibutswe nâabantu basaga 250 baguye muri icyo gikorwa batari […]
Abayobozi ba sosiyete Pharo bijeje perezida Kagame gukomeza gushora imari mu Rwanda
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye abayobozi ba sosiyete ikora ibikorwa byâishoramari âPharo Managementâ bari mu mwiherero mu Rwanda bamwizeza ko bateganya gukomeza gushora imari mu Rwanda. Abakozi nâabayobozi basaga 60 bâiyi sosiyete bari mu karere ka Rubavu bavuye i Burayi muri Amerika no muri Aziya. Aba bayobozi bakiriwe na Perezida Kagame ku wa Mbere […]
Kenya :Perezida Kenyatta ntazitabira ikiganiro mpaka gihuza abahatanira kuyobora igihugu
Perezida wa Kenya, Uhuru Kenyatta ntabwo azitabira ikiganiro mpaka gihuza abahatanira umwanya wo kuyobora Kenya. Iki kiganiro giteganyijwe kuba tariki ya 24 Nyakanga 2017 kikazabera kuri televiziyo yâigihugu. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Umuyobozi wâibiro bye bishinzwe itumanaho, Dennis Itumbi yatangaje ko Kenyatta atazaboneka nkuko bigaragara ku rukuta rwe rwa twitter. Iki kiganiro mpaka kizakorwa nyuma yuko cyimuwe […]
Ally Niyonzima yaba agiye gusinya amasezerano mu ikipe ya Nkana FC ya Zambia
Nyuma yâaho agiriye mu igeragezwa muri Zambia mu ikipe ya Zanaco bikanga, Umukinnyi wâikipe ya Mukura, Ally Niyonzima ngo yaba agiye gusinya imyaka ibiri mu ikipe ya Nkana fc nayo yo muri kiriya gihugu. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mukinnyi yifujwe nâamakipe menshi, ku buryo ikipe ya Rayon Sports yo mu Rwanda, yigeze gutangaza ko yamaze kumusinyisha […]
Nyagatare: Nyuma yo kubangamirwa nâabamotari no koherezwa hafi yâirimbi Dr Frank Habineza arasabira inzego zâibanze kweguzwa
Kuri uyu wa Mbere umukandinda wâIshyaka Green Party yakomereje ibikorwa byo kwiyamamaza mu karere ka Nyagatare na Gatsibo, nyuma yo kubangamirwa nâabamotari akanahindurirwa aho yagombaga kwiyamamariza akoherezwa hafi yâahari irimbi, yafashashe umwanzuro wo wo kuzenguruka umujyi asuhuza abaturage ndetse anasaba ko abayobozi bâinzego zibanze beguzwa. Abashinzwe kwamamaza DR Frank Habineza bemeje ko ubuyobozi bwâumurenge wa […]
RD Congo : 27 biganjemo abanyeshuri bapfuye barohamye 54 baburirwa irengero
Abantu 27 bapfuye abandi 54 baburirwa irengero nyuma yo kurohama mu mugezi wa KasaĂ ÂŻ, mu gice cyâAmajyepfo ashyira u Burengerazubabwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Abenshi muri bo ni abanyeshuri bajyaga mu kiruhuko nkuko jeune Afrique yabitangaje ibikesha umwe mu bayobozi bo muri ako gace kabereyemo impanuka. Umuyobozi wâintara ya Idiofa, Jacques Mbila […]
Idris Elba wo muri ââSometimes in Aprilââ yatangaje ko atazongera gushaka umugore bibaho
Umukinnyi wa Filime, Idris Elba wâimyaka 44 yâamavuko umaze gutandukana nâabagore babiri, yatangaje ko gushyingirwa ari ibintu yakuye muri gahunda ze mu buzima bwose azabaho kuri iyi si. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu kiganiro yagiranye nâikinyamakuru Essence giheruka gusohoka, yabajijwe ku bijyanye no kuba amaze gutandukana nâabagore 2, abazwa niba hari gahunda yo kuzongera gushaka, asubiza ko […]
Karekezi Olivier yasinyiye gutoza Rayons Sports Seninga yongera amasezerano muri Police FC
Amakuru agera kuri Bwiza.com aravuga ko Karekezi Olivier wabaye kapiteni wâIkipe yâu Rwanda yâumupira wâamaguru, Amavubi, yamaze gusinyira gutoza ikipe ya Rayon Sports, mu gihe Seninga Innocent na we yongerewe amasezerano yo gutoza ikipe ya Police FC kugera muri 2020. Seninga yongerewe aya masezerano yâimyaka itatu nyuma yo gufasha ikipe ya Police FC kuza ku […]
Tanzania: Abakirisitu Babiri batwawe n'umugezi ubwo Pasiteri yarimo kubabatiza
Mu mpera z’icyumweru gishize, abantu Babiri bapfuye ubwo barimo babatirizwa mu ruzi ruherereye mu karere ka Rombo, mu ntara ya Kilimanjaro mu Burasirazuba bwa Tanzaniya. Amakuru atangwa nuwungirije Polisi muri kariya karere, Hamisi Selemani Issa, avuga ko abo bantu Babiri bari mu bagombaga kubatirizwa mu mazi menshi, amazi akaba yarabakuye mu nzara za Pasiteri n’umuyobozi […]
Dore bimwe mu bintu byerekana ko intambara ya 3 yâIsi yatangiye kera
Ese koko Isi yaba yarinjiye mu Ntambara ya 3 yayo abantu benshi batabizi? Birashoboka ko Intambara ya 3 yâIsi nâibyo yangiza byaba bihari mu gihe isi irebera ari nako hategurwa ibirori byo kumurika imideri mu bihugu byabanje guhura nâiyi ntambara nka Liban? Mu gihe abanyamideri biyereka berekana amakanzu agezweho yâagaciro, ibihugu byâibihangange byo biri kwitegura […]