Umugore wanjye yansebeje mu bantu numva ngo mfite igitsina gito

Mu gihe nari maze iminsi mfite akanyamuneza mu mutima ndetse ntuje, nahisemo gufata umugore wanjye n’umwana tujya mu karuhuko ariko ntibyaje kungendekera uko nabyibwiraga. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ubwo twageraga aho tugomba kuruhukira, haje inshuti y’umugore kandi muzi uko abagore bakunda kuvugavuga. Nabahaye akanya baraganira bavuga ku ngingo zitandukanye, ariko nyuma naje gutambuka mu cyumba ngiye gufata […]

U Bubiligi: Umuhanzi Seleman yambikanye impeta n’umukunzi we —AMAFOTO

Umuhanzi w’Umunyarwanda, Seleman Decoz, yambikanye impeta y’urukundo n’umukunzi we, ubu bakaba biteguye kurushinga vuba. Mu kiganiro kirambuye Bwiza.com, yagiranye na Seleman, avuga ko impeta bayambikanye ku wa Gatandatu tariki ya 15 Nyakanga 2017, mu Bubiligi aho bose baba, ubu yiteguye kurushinga ndetse ko ari iby’agaciro kuba agiye kubana n’umukobwa bari bamaze imyaka myinshi bakundana. Agira […]

Abanyecongo babaye nka ya Mana yirirwa ahandi igataha i Rwanda

Abanyecongo baturiye umupaka w’u Rwanda ngo basigaye birirwa bakora ibikorwa byabo iwabo bwakwira bakaza kurara mu Rwanda kubera ibibazo by’umutekano muke bivugwa muri iki gihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ibyo bakora bihuje n’imvugo u Rwanda rukomora ku bakurambere barwo ko Imana yirirwa ahandi igataha i Rwanda. Abakunze kurara mu Rwanda ni abatuye i […]

Umuvugabutumwa muri Restoration yiciwe muri Congo abandi barakomeretswa bikomeye

Umuvugabutumwa wo mu Itorero Restoration, Pasitoro Habiyambere Fabien biravugwa ko yiciwe i Masisi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aho yari mu ivugabutumwa. Amakuru agera kuri Bwiza.com, aravuga ko uyu muvugabutumwa yari kumwe n’itsinda ry’abantu bafatanya umurimo w’Imana bari baragiye muri iki gikorwa muri Congo, bahagurutse ku wa Kane tariki ya 13 Nyakanga 2017. [xyz-ihs […]

Nyamasheke: Kwamamaza umukandida wa FPR byatangiye bishimira ubwigunge yabakuyemo

Abaturage b’akarere ka Nyamasheke,abakuru n’abato muri rusange n’abanyamuryango ba FPR Inkotanyi by’umwihariko ngo ntibazibagirwa ubwigunge bahozemo,aho batabashaga kugenderanira n’utundi turere tw’igihugu kubera kutagira umuhanda ubahuza na two, ariko ubu ngo barajya I Kigali bakagaruka, ibyo ngo nta wundi baboshima uretse Paul Kagame wabibagejejeho bituma batangiranye imbaraga nyinshi mu kumwamamaza bakazanamutora 100%. Kumwamamaza byatangiriye mu Murenge […]

Waragiye ariko ntiwibagiranye- Zari Hassan yicaye ku mva ya Ivan Semwanga

Umugore w’umuhanzi Diamond Platnumz, Zari Hassan yashyize ahagaragara amafoto ye yicaye ku mva y’uwahoze ari umugabo we, Ivan Semwanga uherutse gupfa. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mugore wakomeje kurangwa n’udushya tudasanzwe ndetse rimwe na rimwe no kutumvikana n’umugabo we Diamond kuva Semwanga yapfa, yashyize amafoto ye ku rukuta rwe rwa Instagram yicaye ku mva, munsi y’ayo mafoto […]

Komisiyo y’Amatora yongereye igihe cyo kwiyimura kuri lisiti y’itora

Komisiyo y’Igihugu y’amatora yongereye umunsi umwe ku gihe ntarengwa yari yatanze cyo kwikosoza kuri lisiti y’itora, bitewe n’umubare munini w’abagikora iki gikorwa. Tariki ya 17 Nyakanga 2017 wari umunsi ntarengwa wo gusoza iki gikorwa ariko hongereweho umunsi umwe kugira ngo n’abasigaye bamare kwikosoza. Icyo gihe iyi Komisiyo yahamagariraga Abanyarwanda bemerewe gutora kugenzura niba bari kuri […]

Cameroun: Abasirikare basaga 30 baburiye mu mpanuka y’ubwato bari barimo

Ubwato bw’igisirikare cya Cameroun kuri iki Cyumweru bwarohamye ahitwa Debunsha, burimo abantu 37 barimo abasirikare bo mu mutwe ushinzwe gutabara byihuse (Brigade d’intervention rapide (BIR). Abantu batatu nibo kugeza ubu byemezwa ko babashije kurokoka. Ubu bwato bwari butwaye ibikoresho bwiswe “Mundemba” bwari buri kwerekeza ahitwa Bakassi burimo abantu 37 harimo n’ababukoramo, bwarohamye mu Nyanja kuri […]

Rwamagana: Imodoka yataye umuhanda igonga umugenzi ahita apfa

Ku mugoroba wo ku cyumweru tariki ya 16 Nyakanga, imodoka yo mu bwoko bwa Toyota yataye umuhanda igonga umugenzi wagendaga n’amaguru ahita yitaba Imana ndetse igonga inzu y’umuturage. Ahagana mu masaha ya saa Kumi n’ebyiri na 45 nibwo iyi mpanuka ibaye, ikaba yabareye mu mudugudu wa Kabuga mu kagari ka Sibagire mu murenge wa Kigabiro. […]

Senat y’u Rwanda yemeje manda ya 2 y’Umuvunyi Mukuru wagaragaje imbogamizi zigihari

Abagize Senat y’u Rwanda bemeje manda ya kabiri y’Umuvunyi Mukuru, Aloysia Cyanzayire nyuma y’uko aba babanje kumva ibikubiye muri raporo ya komite ishinzwe ibibazo bya politiki n’imiyoborere myiza kuri dosiye ye nyuma y’aho na none inama y’abaminisitiri yari yemeje kumwongeza indi manda. Jean-Damascene Sindikubwabo, perezida w’iuyi komite, avuga ko isuzuma ryabo ryarebye ibyo yakoze, umwirondoro […]

Dr Frank Habineza aremeza ko umukandida wa FPR niyibeshya gato bazamutsinda mu matora

Ku munsi wa gatatu hatangijwe ibikorwa byo kwiyamamaza, Dr Frank Habineza, umukandida w’ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije (DGPR), aranenga ibiherutse gutangazwa n’umukandida wa FPR ko ibizava mu matora bizwi, avuga ko ahubwo niyibeshya gacye bazamutsinda mu matora. Ni mu kiganiro yagiranye na Ijwi rya Amerika, aho yagaragaje imbogamizi bahura nazo n’uburyo ki bizeye kuzitwara […]

Umwana w’umukobwa akurikiranyweho kwica nyina yarangiza akamutwikira mu nzu

Umwana w’umukobwa w’imyaka 15 y’amavuko wo muri Illinois, leta nto ihana imbibi na leta ya Indiana ari gukurikiranwa n’ubutabera nyuma yo kwivugana nyina umubyara yarangiza agatwika inzu mu rwego rwo gusibanganya ibimenyetso. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Anna Schroeder w’imyaka 15 yabwiye urukiko ko atakundaga nyina, dore ko yanatahuwe kuri uwo mugambi we mubisha wo kwiyicira umubyeyi binyuze […]

RDC: Umunyamakurukazi w’Umunyamerika wari waburiwe irengero yabonetse ari muzima

Umunyamakurukazi w’Umunyamerika wari waburiye kuwa gatanu ushize muri pariki ya Okapi Okapi Wildlife Reserve muri Ituri nyuma y’igitero cy’inyeshyamba za Mai-Mai, yaje kuboneka mu ijoro ryo kuwa Gatandatu rishyira ku Cyumweru ari muzima nk’uko byatangajwe n’Umuyobozi wa Teritwari ya Ituri, Alfred Bongwalanga. Kuwa Gatanu nibwo agatsiko k’abantu bitwaje ibirwanisho bateye abashinzwe kurinda pariki bari baherekeje […]

Uganda : Inkuba yakubise impunzi 4 zo muri Sudani y'Epfo zihita zipfa

Kuri iki cyumweru tariki ya 16 Nyakanga 2017, inkuba yakubize umuryango w’abantu 4 mu nkambi y’impunzi za Sudani y’Epfo iherereye muri Bidi-Bidi, agace gaherereye mu karere ka Yumbe muri Uganda bose barapfa. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Umuyobozi ushinzwe impunzi mu biro bya minisitiri w’Intebe muri Uganda, Solomon Osakan, yavuze ko uyu mugore witwa Jennifer Dusman w’imyaka 26 […]

Kayonza: ES Kabarondo, ushinzwe imyitwarire arashinjwa kwangisha abanyeshuri ubuyobozi no kwigomeka

Ababyeyi barera ku kigo cy’ishuri ryisumbuye rya Kabarondo mu karere ka Kayonza barakamba basaba ubuyobozi gukemura ibibazo bimaze igihe bivugwa muri icyo kigo, ushinzwe imhyitwarire (Animatrice) akaba ashyirwa mu majwi mu kuba nyirabayazana. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Umwe mu babyeyi yabwiye Bwiza.com ko bafite impungenge ku burere bw’abana babo biturutse kuri bomboribombori zihora muri icyo kigo, aho […]

Uganda: Yigiriye inama yo kwiba televiziyo yo mu bitaro yari arwariyemo ngo yishyure

Umurwayi wari wibye televiziyo yo mu Bitaro by’Abashinwa bya Naguru kugirango abone uko abyishyura 300,000 by’Amashilingi ya Uganda yari abibereyemo, yatawe muri yombi afungirwa kuri station ya polisi ya Jinja. Uyu witwa Abdu w’imyaka 28 w’ahitwa Kasubi muri Kireka, yatawe muri yombi nyuma yo gufungura televiziyo yo mu bwoko bwa Samsung ifite pouces 32 agashaka […]

Umukandida Paul Kagame yakomereje ibikorwa byo kwiyamamaza muri Kamonyi- AMAFOTO

Umukandida w’umuryango FPR/Inkotanyi ubwo yari asoje ibikorwa byo kwiyamamaza mu karere ka Nyamagabe na Huye, urugendo yarukomereje mu karere ka Kamonyi. Abaturage bagiye baturuka mu bice bitandukanye by’aka karere kuri uyu wa 16 Nyakanga 2017, bahuriye mu murenge wa Rukoma ahazwi nko mu Ikiryamo cy’Inzovu, baje kwakira umukandida wabo, Paul Kagame. Abaturage bagiye baturuka mu […]

Umukecuru w’imyaka 88 amaze kuryamana n’abimukira basaga ibihumbi 3

Umukecuru wo mu gihugu cy’u Budage w’imyaka 88 avuga ko mu myaka 5 ishize yaryamanye n’abimukira basaga Ibihumbi 3 mu gihe yabaga abacumbikiye ngo bamenyere igihugu gishya binjiyemo bavuye mu bihugu bya bo bakomokamo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mukecuru w’imyaka 88 y’amavuko, ni Dogiteri mu bijyanye na ubuzima bw’imyororokere by’umwihariko akaba inzobere mu bijyanye n’imibonano mpuzabtsina, […]

Rusizi: Kwamamaza umukandida wa FPR Inkotanyi mu mirenge byatangiranye ingufu zidasanzwe

Kuri uyu wa 15 Nyakanga ni bwo kwamamaza umukandida wa FPR Inkotanyi, Paul Kagame byatangiye ku rwego rw’Akarere ka Rusizi bitangirira ku kibuga cy’umupira cya Mushaka, mu Murenge wa Rwimbogo ahahurijwe imirenge ya Rwimbogo, Nzahaha na Gashonga, hanahurira n’abandi bayobozi n’abaturage batandukanye baturutse mu yindi mirenge igize aka karere, aho imbaga y’abaturage batagira ingano bari […]

Senegal: Abantu 8 bapfiriye muri Stade abasaga 60 barakomereka (Amafoto)

Abantu 8 muri Senegal bagwiriwe n’urukuta mu gihe bari mu myivumbagatanyo yatewe n’abafana mu mukino w’irushanwa ry’igikombe cy’igihugu ubwo barimo bareba umukino wa nyuma w’iri rushawa. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Rfi rukesha iyi nkuru ivuga ko ibi byabaye mu mugoroba wo mu ijoro ryakeye ryo kuwa Gatandatu, ubwo abafana bateraga amabuye mu kibuga berekana ko hari ikipe […]

Ituri: Undi Munyamerika yashimuswe n’inyeshyamba, Abongereza 2 bararokoka

Abarinzi ba pariki 11 n’Umunyamakuru w’Umunyamerika baburiwe irengero mu majyaruguru y’uburasirazuba bwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, aho hari ibimenyetso bigaragaza ko bashimuswe n’inyeshyamba nk’uko byatangajwe kuri uyu wa Gatandatu. Abarinzi 11 n’umunyamakuru w’Umunyamerika bakorera pariki izwi nka Okapi Wildlife Reserve (RFO) bashimuswe kuwa gatanu n’inyeshyamba bivugwa ko ari izo mu mutwe wa Mai-Mai Simba […]

Ibikorwa by'iterambere twasezeranye byarakozwe n'ibindi biri mu nzira — Paul Kagame i Huye

Umukandida w’ishyaka RPF-Inkotanyi, Paul Kagame, yabwiye Abanyahuye ko ibikorwa by’iterambere basezeranye byakozwe n’ibindi bikaba biri mu nzira, asaba urubyiruko gukoresha neza amahirwe rufite, n’andi akazakomeza kuza ibyiza bigasanga ibindi. Ibi akaba yabitangaje mu bikorwa byo kwiyamamaza yakomereje mu Karere ka Huye kuri uyu wa 16 Nyakanga nyuma yo kuva mu Karere ka Nyamagabe. Mu Karere […]

Bafashwe basambanira mu ruhame bahanishwa kubazengurutsa umudugudu bafatanye (Amafoto)

Umugabo n’umugore bafashwe basambanira ku ibaraza ry’inzu y’umuturage mu rusisiro rumwe mu ntara ya Ebonyi muri Nigeria, aba bombi bahanishwa gukengurutswa umudugudu bafatanye bikureye n’ibyo bari baryamyeho n’ibindi bikoresho byo mu rugo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Aba bombi batatangarijwe amazina batawe muri yombi n’abaturage mu kajyi gato ka Amauzu Mkpoghoro gaherereye mu ntara ya Ebonyi bari gushimishanya […]

Burundi: Nyuma y’umwaka yishwe, guverinoma irashinjwa kuryamisha dosiye y’urupfu rwa Hafsa Mossi

Umwaka urihiritse Depite Hafsa Mossi wo mu gihugu cy’u Burundi yishwe, ariko iperereza ku iyicwa rye ryaheze ahantu hamwe. Abantu batawe muri yombi bakekwaho kugira uruhare mu rupfu rwe bavuga ko bahimbiwe ndetse bagasaba kurekurwa kuko nta n’umwe uragezwa imbere y’urukiko kuva bafatwa. Nyuma y’iyicwa rya Depite Hafsa Mossi wari uhagarariye u Burundi mu Nteko […]

NEC iributsa ko umunsi wa nyuma wo kwikosoza kuri lisiti y’itora ari kuri uyu wa Mbere

Komisiyo y’Igihugu y’Amatora,NEC, irahamagarira Abanyarwanda bemerewe gutora kugenzura niba bari kuri lisiti y’itora ndetse bagahita bemeza imyirondoro yabo bitarenze kuri uyu wa mbere, itariki 17 Nyakanga, mu rwego rwo kwirinda utubazo twavuka ku munota wa nyuma. Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa NEC, Charles Munyaneza, kuri uyu wa Gatandatu akaba yavuze ko urutonde rw ’abemerewe gutora rwa nyuma […]

RDC: Uwishe umuvandimwe we wakoreraga televiziyo y’igihugu, RTNC, yakatiwe n’urukiko

Urukiko Rwisumbuye rwa Bunia mu Ntara ya Ituri, kuri uyu wa Gatanu ushize rwakatiye imyaka 20 y’igifungo uwishe umunyamakuru wa radio na televiziyo bya leta ya Congo, RTNC, Innocent Banga Karaba. Igitangaje ariko, nuko uyu wahamijwe icyaha ndetse agakatirwa ari umuvandimwe w’uyu munyamakuru. Ubwo yaburanishwaga akaba yaremeye ko yishe umuvandimwe we kuwa gatatu, itariki 12 […]

Nyamagabe:Imbaga y'abaturage yasanganije Umukandida Paul Kagame imyato- Amafoto

Ku munsi wa Gatatu w’ibikorwa byo kwiyamamaza ku mwanya w’umukuru w’igihugu, umukandida w’umuryango FPR Inkotanyi, Paul Kagame, yabikomereje mu karere ka Nyamagabe. Kuva saa Cyenda z’ijoro abaturage baturuka mu bice bitandukanye by’akarere ka Nyamagabe n’ahandi hatandukanye, ni bwo batangiye kwinjira muri sitade ya Nyagasenyi i Nyamagabe, iherereye mu murenge wa Gasaka, akagari ka Nyamugari, baje […]

I Nyamasheke Frank Habineza yijeje abaturage ubwato n’umuhanda wa kaburimbo natsinda amatora-Amafoto

Ku munsi we wa Kabiri wo kwiyamamariza umwanya wa perezida wa Repubulika , umukandinda Dr Frank Habineza yiyamamarije mu karere ka Nyamasheke,aho we,umufasha we n’abandi bamuherekeje bahuriye n’abayoboke be n’abandi baturage bake bari baje kumva imigabo n’imigambi ye, abizeza ko naramuka atsinze amatora azabaha byinshi birimo n’ubwato n’umuhanda wa kaburimbo Cyato- Rangiro-Tyazo hasanzwe umuhanda w’igitaka […]

Umugore wa Robert Mugabe yavunikiye mu mpanuka

Umugore wa perezida Robert Mugabe wa Zimbabwe , Grace Mugabe, yakoze impanuka y’imodoka avunika akabombabari. Uyu mugore yavunikiye mu mpanuka ubwo yaganaga mu rugo umugabo we avuye kwivuza muri Singapore. Yaje kuvunika bava ku kibuga cy’indege cya Harare ku wa gatandatu tariki ya 15 Nyakanga 2017, nkuko televiziyo y’icyo gihugu yabitangaje. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Inkuru igaragara […]

Ibikorwa byo kwiyamamaza Paul Kagame yabikomereje i Gisagara- AMAFOTO

Umukandida w’umuryango FPR/Inkotanyi ubwo yari asoje ibikorwa byo kwiyamamaza mu karere ka Nyaruguru, yakomereje mu karere ka Gisagara, imbaga y’abaturage yaturutse imihanda yose yaje kumwakirana urugwiro ngo abagezeho ibyo abateganyiriza kuri iyi manda y’imyaka 7 yiyamamariza. Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 15 Nyakanga 2017, ni umunsi wa kabiri wibi bikorwa, umukandida Paul Kagame wiyamamariza […]

Ibigwi by’abakandida bahatanira kuyobora u Rwanda bishobora kuzashingirwaho mu kubatora

Ku wa gatanu tariki 7 Nyakanga, nibwo Komisiyo y’amatora mu Rwanda yashyize ahagaragara urutonde ntakuka rw’abakandida bemerewe guhatanira umwanya w’umukuru w’igihugu. Bose ni abagabo bubatse, ariko bafite ibigwi binyuranye mu buyobozi, mu bumenyi no mu mirimo. Ma bantu batandatu bari bifuje guhatana mu matora yo kuya 3 na 4 Kanama uyu mwaka, batatu muri bo […]

Kuba ababaga hanze y’u Rwanda baza guhatana mu matora ngo bikwiye gutanga ubutumwa

Umuyobozi wa Njyanama y’Akarere ka Kirehe, Rwagasana Ernest asanga u Rwanda rwarateye intambwe mu bijyanye na demokarasi ahereye ku kuba hari Abanyarwanda bavuye hanze bakaza guhatanira kwiyamamaza kuyobora u Rwanda. Yabigarutseho mu kiganiro Isesenguramakuru yagiriye kuri RBA, ku wa Gatandatu tariki ya 15 Nyakanga 2017. Muri icyo kiganiro yari kumwe na Sembagare Samuel wahoze ari […]

Kuyobora FERWAFA: Imiryango yo gutanga kandidatire yafunzwe zitanzwe na babiri barimo De Gaulle

Ku isaha y’i saa tanu z’amanywa, ku wa Gatandatu tariki ya 15 Nyakanga 2017, niyo yari itariki ntarengwa yo gutanga kandidatire ku bahatanira kuyobora Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda(FERWAFA). Iyo saha yo gufunga imiryango yegereje(saa yine n’iminota 50, 10:50am), Raoul Gisanura yaje imbere wagirango niwe ugiye gutanga kandidatire ku kanama ka Ferwafa kari gashinzwe kwakira […]

Uwitwa Choudhury yabaye Umusilamu wa mbere w’Umutinganyi wakoze ubukwe — Amafoto & Video

Umusore wo mu Bwongereza yabaye Umusilamu wa mbere washyingiranwe n’uwo bahuje igitsina ngo wamutabaye nyuma yo kwamaganwa na bagenzi be b’Abasilamu kubera gukunda abagabo bagenzi be. Uyu witwa Jahed Choudhury w’imyaka 24 wo muri West Midlands, akaba akoze agashya ko kuba umusilamu wa mbere ushyingiranwe n’uwo bahuje igitsina nyuma y’aho mu musigiti yari amaze imyaka […]

Misiri: Igitero cy'umuntu witwaje icyuma ku mazi cyahitanye ba mukerarugendo babiri

Umugabo wo mu gihugu cya Misiri yasanze ba mukerarugendo babiri b’Abadage ku nkombe z’inyanja Itukura mu Misiri abateragura icyuma kugeza bashizemo umwuka, aho bivugwa ko yabanje kuzenguruka ashakisha abanyamahanga nk’uko ubuyobozi n’ababibonye bavuga. Uyu mugabo wari witwaje icyuma akaba yishe abo ba mukerarugendo babiri b’Abadagekazi mbere yo gukomeretsa abandi ba mukerarugendo babiri bari kuri hotel […]

Rwamagana: Bubatse nta byangombwa barasenyerwa none barashinja gitifu kuba nyirabayazana

Abaturage batuye mu Kagari ka Kagezi mu Murenge wa Gahengeri mu Karere ka Rwamagana barashyira mu majwi gitifu w’akagari bamushinja kuba nyirabayazana wo kubaka ku buryo butemewe n’amategeko. Kuri uyu wa Kane ushize, itariki ya 13 Nyakanga mu gitondo abagore babiri aribo; Mukabugingo Louise na Mukagahigi Odette basenyewe n’ubuyobozi bw’akagari ndetse n’umukozi ushinzwe ibijyanye n’imyubakire […]

D Banj yaba ari we muhanzi ukize kurusha abandi muri Afurika na Miliyoni 100$

Umuhanzi, umushyushyarugamba, umwanditsi w’indirimbo D Banj, yatangaje ko kampani ye imaze gutera imbere ku buryo yishimira kuba ari mu bantu bafite miliyoni 100 z’amadolari. Uyu muhanzi uherutse kwibaruka umwana w’umuhungu ku mugore witwa Didi Kilgrow bashyingiranywe mw’ibanga, yashyize hanze ubuzima bwa Campany ye yitwa CREAM RECORDS yashinze mu myaka ishize, avuga ko bamaze gutera imbere […]

Burundi: Umukozi wa sosiyete sivile mu maboko ya SNR ashinjwa gushaka guhungabanya igihugu

Impirimbanyi y’uburenganzira bwa muntu yo muri Sosiyete Sivile y’u Burundi, iri mu maboko y’inzego z’ubutasi kuva kuri uyu wa kane ushize, aho akurikiranweho gushaka guhungabanya umutekano w’igihugu nk’uko byatangajwe kuri uyu wa Gatanu n’igipolisi. Uyu witwa Germain Rukuki, yatawe muri yombi mu gitondo cyo kuwa kane afatiwe mu gace ka Ngagara nyuma y’umukwabu ukomeye w’igipolisi […]

Iyo ushaka kwihuta ugenda wenyine, waba ushaka kugera kure ukajyana n’abandi — Paul Kagame i Nyanza

-Iyo ushaka kwihuta ugenda wenyine, waba ushaka kugera kure ukajyana n’abandi. -Iki gikorwa cyatangiye cyo kwiyamamaza ni nacyo cyerekana ko Abanyarwanda bashaka kwihuta. -Tumaze gutsinda ingamba nyinshi uburenganzira bwa muntu turabwubahiriza, umwanya wacu turashaka kuwushyira mu kubaka igihugu. Ibi ni ibyatangajwe n’umukandida w’umuryango RPF-Inkotanyi, mu ijambo yabwiye Abanyenyanza, aho yari akomereje ibikorwa bye byo kwiyamamaza […]

Gatsata: Umugabo yagiye kwiba igitoki afatwa n'uruhereko agiheraho- AMAFOTO

Umusore uri mu kigero cy’imyaka 30, kuva mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 20 Kamena 2017, yafashwe ku gitoki yari agiye kwiba mu mudugudu wa Rubonobono, Akagari ka Nyamabuye, Umurenge wa Gatsata mu karere ka Gasabo. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 21 Kamena, nibwo yabonywe, abantu benshi barahurura […]

Misiri: Urukiko rwakatiye abantu 30 igihano cyo gupfa

Urukiko rukuru rwo mu Misiri rwafashe icyemezo cyo guhanisha igihano cy’urupfu abantu 30 bahamijwe icyaha cyo kugira uruhare mu iyicwa ry’umushinjacyaha mukuru w’icyo gihugu muri 2015. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Hisham Barakat, yahitanywe n’igitero cy’igisasu cyatezwe mu modoka myaka ibiri ishize, uyu muyobozi akaba ari na we mukozi wo hejuru wa leta ukomeye wishwe n’intagondwa muri iyi […]

Mumaze imyaka 23 mutozwa kuba Abanyarwanda bazima, uzatatira iyi misiyo nta mahoro azagira — Gen Ibingira

Gen. Fred Ibingira yagiriye urubyiruko rw’Abanyarwanda inama yo gukoresha imyaka yabo mu gusigasira ubumwe bw’igihugu no kurinda ibimaze kugerwaho kandi ngo uzatatira izi nshingano nta mahoro azagira. Ibi Gen Ibingira akaba yarabivugiye mu mu kiganiro yagejeje ku bakozi ba Komisiyo y’Igihugu yo Kurwanya Jenoside (CNLG) ubwo bari mu muhango wo Kwibuka ku nshuro ya 23 […]

RDC: Imirwano ikomeye hagati ya FARDC n’inyeshyamba yaguyemo abantu 13

Imirwano ikomeye hagati ya FARDC na Mai-Mai mu gitondo cyo kuri uyu wa gatandatu, itariki 17 kamena mu gace ka kabasha, mu birometero 24 mu majyepfo y’uburasirazuba bw’umujyi wa Beni ho muri Kivu y’Amajyaruguru, yaguyemo inyeshyamba 12 n’umusirikare umwe wa leta ndetse hafatwa imbunda 4 n’amasasu menshi nk’uko amakuru aturuka mu gisirikare avuga. Nk’uko byemezwa […]

Umurundi yahaye Perezida Kagame inka, anamushimira kwihanganira Imbonerakure zihigira kuzamumesa

Umugabo ukomoka mu Burundi yijeje Perezida Kagame kuzamuha inka, anamushimira uburyo yakiriye impunzi z’Abarundi, n’uburyo yihanganira ubushotoranyi akorerwa. Ubwo Perezida Kagame yakiraga ibibazo n’ibitekerezo by’abari bitabiriye Rwanda day 2017, mu Bubiligi, ku wa Gatandatu tariki ya 10 Kamena 2017, nibwo Umurundi yamushimiye anamwizeza kuzamuha inyana. Rugambarara Adrien wari wakomeje kuzamura akaboko agaragaza ko hari icyo […]

Paris: Hasojwe iperereza ku ruhare muri jenoside rw’uwahoze ari perefe wa Gikongoro

Nyuma y’imyaka 10 ritangiye, abacamanza bo mu gihugu cy’u Bufaransa basoje iperereza ryabo ku ruhare rw’uwahoze ari perefe wa Gikongoro, Bukibaruta Laurent, muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, akaba yarahungiye muri iki gihugu nk’uko amakuru yagiye ahagaragara kuwa Mbere avuga. Abacamanza bakurikirana ibyaha byibasiye inyokomuntu mu rukiko rwisumbuye rwa Paris bakaba baragaragaje ibyavuye mu iperereza […]

​Leta na NEC ntibivuga rumwe ku mikoreshereze y’imbuga nkoranyambaga mu kwiyamamaza

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda akaba n’Umuvugizi wa Guverinoma, Louise Mushikiwabo nteyemeranywa na Komisiyo y’igihugu y’amatora(NEC) ku byo iherutse gutangaza ku bijyanye no kugezwaho ubutumwa bw’umukandida ushaka kwiyamamaza mbere yo gutangazwa ku mbuga nkoranyambaga. Yabitangaje ahereye ku byatangarijwe abanyamakuru mu Kiganiro NEC iherutse kugirana nabo tariki ya 25 Gicurasi 2017 ku myiteguro y’amatora ya Perezida […]

Amatora 2017: Imyumvire y’abatuye Amajyaruguru izatuma besa imihigo yo gutora 100%?

Intara y’Amajyaruguru yiyemeje ko abayituye bazitabira amatora ku kigero cy’100%, ndetse ko nta n’ijwi ry’imfabusa rizahaboneka, nyamara usanga hamwe mu turere hari abaturage batarasobanukirwa n’ibijyanye n’amatora, hakaba n’abandi usanga barashyize byose ku murongo. Bamwe mu batuye mu turere twa Musanze na Gakenke usanga bagifite imyumvire iri hasi ku bijyanye n’imyiteguro y’amatora. Nyamara abaturage baganiriye na […]

Bishop Jean Sibomana, Umuvugizi wa ADEPR yatawe muri yombi

Umuvugizi w’Itorero rya Pentekote mu Rwanda, Bishop Jean Sibomana, yatawe muri yombi na Polisi, akurikiranyweho ibyaha byo kunyereza umutungo w’itorero. Amakuru yemezwa na ACP Theos Badege, umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ko Bishop Jean Sibomana yatawe muri yombi kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 27 Gicurasi 2017, akurikiranweho ibyaha bimwe n’iby’abandi bayobozi bafatanyije kuyobora, byo […]

Shyorongi: Imodoka yari itwaye abagenzi yakoze impanuka ikomeye- REBA AMAFOTO

Imodoka itwara abagenzi (Coaster) yavaga i Musanze igana Kigali, ikoze impanuka igeze mu makorosi y’i Shyorongi, irenga umuhanda igwa mu manga, yahitanye ubuzima bw’abantu 14. Iyi Mpanuka yabaye mu masaha ya saa cyenda zo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 27 Gicurasi 2017, mu Murenge wa Kanyinya, Akagari ka Nyamweru, Umudugudu wa Agatare. “Ni impanuka […]

Reba video yakuye umutima abatagira ingano, aho umusore yivana imbere y’inzoka y’inkazi

Nick The Wrangler, umuhigi w’inyamaswa z’inkazi nk’inzoka n’ingona, mbere na mbere agira inama umuntu usanzwe atinya inzoka kudafungura iyi video. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Umunsi umwe gusa iyi video yarebwe n’abantu basaga miliyoni 10 aho Nick yari yayishyize ku rukuta rwe rwa Facebook Nawe rero niba utinya inzoka, wiyireba kuko ushoboka kwikanga Kanda hano ujye ubona amakuru […]

Amatora 2017: Urubyiruko rwize rushishikajwe no kuzitorera Perezida

Urubyiruko rwize rwo mu karere ka Rulindo rwemeza ko hari bamwe muri bo badakunda kwitabira gahunda za leta zirimo umuganda, ibiganiro mu gihe cyo kwibuka n’amatora, ariko ngo rugiye kwikubita agashyi nyuma yo kunengwa no kwinenga. Komisiyo y’igihugu y’amatora iherutse kunenga urubyiruko muri rusange rwarangije amashuri yisumbuye, urwiga muri kaminuza n’urwayirangije, uburyo rudakunze kwitabira gahunda […]

Kwirukanwa muri Afurika y’Epfo, Kayumba Nyamwasa abifata nk’ibidashoboka

Kayumba Nyamwasa wari ufite ibyangombwa bimwemerera kwitwa impunzi muri Afurika y’Epfo, aravuga ko nta mungenge afite nyuma yaho hafatiwe icyemezo cy’uko bihagarikwa akaba yanabyamburwa burundu. Kayumba aravuga ko nubwo byahagarikwa hari ubundi buryo ashobora kubamo muri Afurika y’Epfo n’ubwo yaba atitwa impunzi, na none akongeraho ko nta bwoba afite, ko ari ikidashoboka ko yakwirukanwa ku […]

Yasambanye n’umukobwa amabya ye ahita amubana umutwaro

Umusore uri mu kigero cy’imyaka 30 uba muri Amerika ariko inkomoko ye ari muri Afurika, ubwo yagiriraga uruzinduko mu gihugu cya Benin, yahuye n’uruva gusenya ubwo yari amaze gusambana n’umukobwa w’imyaka 18. Ndiaye Salima, umukobwa w’imyaka 18 y’amavuko, niwe wakoreye ibara uyu munyamerika, afatanyije na se, baramuroze bagamije kumukuramo amafaranga. Nk’uko ikinyamakuru Africanewsdest kibitangaza ngo […]

Abayobozi n’ingabo bifatanyije n’abaturage mu bikorwa bitandukanye by’ umuganda-AMAFOTO

Hirya no hino mu gihugu habaye igikorwa cy’umuganda rusange cyahuje abaturage n’abayobozi. Mu Ntara y’Amajyepfo, umuganda wahuje abaturage, abayobozi n’ingabo z’u Rwanda mu rwego rw’ibikorwa bya Army week bifatanyije mu gikorwa cyo kuyobya amazi ku mugezi wa Nyagafunzo ahazubakwa ikiraro kizajya gituma imodoka zibasha kugeza vuba umusaruro wo mu gishanga cya Base muri Bweramana. Mbere […]

Charlie Austin ukinira Southampton yagaragaye mu bihe byiza n’umukunzi we- REBA AMAFOTO

Ku wa Gatatu tariki ya 24 Gicurasi 2017, nibwo Charlie Austin ukinira ikipe ya Southampton yo mu Bwongereza, ari kumwe n’umukunzi we Bianca Austin , bagaragaye muri Barbados mu munezero. Charlie Austin w’imyaka 27 y’amavuko, yashakanye na Bianca mu mwaka wa 2015, bafitanye umwana umwe Avabella Austin. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ubwo basezeranaga mu mwaka wa 2015, […]

RwandAir yatangije ingendo zerekeza i Burayi indege idahagaze

Bwa mbere mu mateka y’u Rwanda indenge ya sosiyete Nyarwanda ikora ingendo zo mu kirere, RwandAir yakandagiye ku butaka bw’i Burayi yifashishije indege yiswe Umurage. Ni mu gikorwa cyo gutangiza izo ngendo indege ya Airbus 330-300 yahagurutse i Kigali ku gicamunsi cyo ku wa Gatanu tariki ya 26 Gicurasi 2017, yerekeza i Londres mu Bwongereza, […]

Rwamagana: Barasaba Leta kwambura aborozi ibishanga bikabafasha guhangana n’inzara

Abaturage batuye mu karere ka Rwamagana, imirenge ya Kigabiro, Muhazi, Fumbwe na Gahengeri bavuga ko kuba ibishanga byarigaruriwe n’abororeramo amatungo yabo hari icyo bibabangamiraho, bagasaba ko byasubizwa abaturage bakabibyaza umusaruro bahangana n’inzara. Ibi bishanga byarabafashanga kubona ibiribwa mu bihe by’impeshyi, bagatera imyaka bakayivomera ku buryo yabarwanagaho muri ibyo bihe, aba baturage bavuga ko hari ibishanga […]