Gakenke: Abavugwaho ko bapfiriye mu kirombe bavuyemo ari bazima
Kuwa 24 Nyakanga 2017 nibwo inkuru yabaye kimomo ko mu Murenge wa Rusasa Akarere ka Gakenke hari abaturage bagera kuri 3 baguye mu kirombe gicukurwamo amabuye yâagaciro bazize kubura umwuka. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Nkuko Rushya Charles, Umunyamabanga Nshingwabikorwa wâuyu Murenge wa Rusasa yabitangarije itangazamakuru yavugaga ko intandaro yâurwo rupfu yari imashini itanga amashanyarazi yari yajyanywe kuzamura […]
Umusaza utagira amaboko udodesha amano yatangaje abantu benshi (Amafoto & Video)
Umusaza witwa Madan Lal akomoka mu gace ka Haryana mu gihugu cy’u buhinde. Uyu musaza w’imyaka 45 y’amavuko, yavutse nta kaboko na kamwe afite ariko uko akura agakunda gukora ndetse yimenyereza kujya akoresha ibirenge buri kintu cyose. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu musaza yize kwandika no gusoma mu buryo butamworoheye kuko yandikishaga ibirenge, gusa abantu benshi bagatungurwa […]
Kwizera Olivier yaguzwe na Free State ikipe yo muri Africa yâEpfo
Umuzamu Kwizera Olivier wakiniraga ikipe ya Bugesera yamaze gusinya amasezerano nâikipe yitwa Free State yo muri Afurica yâEpfo, azajya ahembwa asaga ibihumbi 5000 byâamadorele. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu musore waciye muri APR FC akaza kwirukanwa akerekeza muri Bugersera FC, yaramaze iminsi akora isuzuma ryâubuzima muri iyi kipe yamuguze, nyuma yo kumushima bahise bamusinyisha amasezerano yâimyaka 2 […]
Dr Habineza yasezeranyije guhindura umujyi wa Rwamagana nka Kigali
Umukandida wâIshyaka Democratic Green Party of Rwanda, Dr Frank Habineza yasezeranyije ko azahindura Umujyi wa Rwamagana ukaba nka Kigali mu rwego rwo kuwusubiza ku rwego uvugwaho ko wahozeho. Habineza yabitangaje ubwo yiyamamarizaga mu karere ka Rwamagana mu Murenge wa kigabiro uyu munsi ku wa Kabiri tariki ya 26 Nyakanga 2017. Uyu mujyi ngo wahoze uri […]
Leta ya Afurika yâEpfo yinjiye mu kibazo cyâabarwanira imitungo Ivan Ssemwaga yasize
Nyuma yâaho habonekeye undi muntu wanditswe ku mitungo ya Ssemwanga, irimo amashuri nâamazu ari mu gihugu cya Afurika yâEpfo, abo mumuryango we bahagurutse basaba iki gihugu gukurikirana imitungo yasize. Amakuru mashya aturuka muri Afrika yâepfo, avuga ko ubuyobozi bwo muri iki gihugu, buri gushaka uburyo bwakiranura abagize umuryango wa Ivan Ssemwanga, nyuma yâaho ubuyobozi bwasanze […]
Ikibazo cy'amazi muri Nyakabanda na Nyamirambo cyabaye ingorabahizi, WASAC ivuga iki?
ikibazo cy’ibura ry’amazi mu mirenge imwe n’imwe yo mu mujyi wa Kigali gikomeje kuba ingorabahizi aho usanga hari abamara amezi 2 kugeza ku byumweru 2 batarabona amazi muri za robine, mu gihe nyamara ikigo cyâigihugu gishinzwe gukwirakwiza amazi, WASAC, cyari cyatangaje mu ntangiriro z’uyu mwaka ko bitarenze mu kwa Gatandatu kizaba cyakemutse. Â Ni mu […]
Ishusho yâuko u Rwanda rwari kumera iyo FPR Inkotanyi idatsinda urugamba mu 1994
-Itera amapfa niyo itera nâaho bahahira, FPR Inkotanyi yabayeho ngo izure u Rwanda ku bwâumugambi wâImana -Njye mbona u Rwanda rwari kugirwa indagizo y’amahanga -Abarutuye amahanga yari gusigara abafata nkâinyamaswa cyangwa ibisimba – Ubundi abicanyi bari kumara kwica uwo bashaka nabo bakicana -Ubundi se u Rwanda rwari kurinda kumera gutyo Kagame ari hehe? Ibi ni […]
Rayon Sports mu myiteguro yo kwerekeza muri Tanzania
Mu gihe ikipe ya Rayon Sports yitegura gukina umukino wa gicuti uzayihuza na Simba yo muri Tanzania, yatangiye imyiteguro yo kugira ngo izabashe kwitwara neza mu gihe izaba yaserukiye u Rwanda. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ni mu gihe kandi mu kwezi kwa Nzeli biteganyijwe ko hazatangira amarushanwa ku mugabane wâAfurika, iyi kipe na yo ikaba iri mu […]
Karongi: Baritana bamwana ku buziranenge bwâinshundura barobesha mu Kivu
Abarobyi bo mu kiyaga cya Kivu bibumbiye mu makoperative, ni bo basanzwe bafitiwe icyizere cyo gufatanya nâinzego zitandukanye za leta mu gutanga amakuru agamije guca no gukumira ikoreshwa ryâimitego itemewe yitwa kaningiri mu Rwanda. Ku ruhande rwâAkarere ka Karongi bo ngo bamaze gutahura ko hari bamwe mu barobyi bemewe babarizwa muri ayo makoperative nyamara akaba […]
Umubyeyi yakubitiye umwalimu imbere yâabanyeshuri bajya gukiza
Umwalimu mu ishuri ribanza rya Amun muri uganda witwa Darius Okello ari kwivuza ibikomere yatewe nâumwe mu babyeyi barerera kuri icyo kigo uherutse kumukubitira mu maso yâabo arera ndetse akamukomeretsa bikomeye. Uyu mwalimu yakubiswe nâumubyeyi ubwo yamusangaga mu ishuri aje kwihorera kubera umwana we wari watashye arira avuga ko mwalimu yamukubise amuziza ko yatsizwe imibare. […]
Dr âKimaranzaraâ yeretse Abanyabugesera uburyo azaca amapfa nâinzara byakunze kuhavugwa
Umukandida wâishyaka Democratic Green Party of Rwanda, Dr Frank Habineza, yatangaje ko agiye gufata ingamba zigamije kurwanya amapfa, ibura ryâimvura nâinzara byakunze kuvugwa mu karere ka Bugesera. Dr Habineza usigaye ufite izina ry’akabyiniro ka Dr Kimaranzara, yavuze ko ibyo bibazo byakunze kugaragara mu karere ka Bugesera abizi kandi bamaze igihe babishakira igisubizo kirambye. Yabivuze ubwo […]
Burundi: Uwiteguraga kuba Padiri yiyahuye
Faratiri Marc Nibasumba ukomoka muri paruwasi ya Kayogoro, Diyosezi ya Rutana mu Burundi, yiyahuye arapfa. Amakuru aturuka mu gihugu cyâu Burundi, avuga ko Marc yiyahuye mu ijoro ryo ku cyumweru tariki 23 Nyakanga 2017, akoresheje umugozi ubwo yari mu cyumba yararagamo muri seminari nto ya Mpimba, Diyosezi ya Rutana. Andi makuru avuga ko Marc yiyahuye […]
Yeruzalemu: Imashini zigenzura ko hari uwitwaje icyuma zihanganishije ibihugu zishobora gukurwaho
Umutegetsi mukuru muri Israheli aravuga ko hari ubushake bwo kureba ibindi byakwifashishwa mu kigwi cy’imashini zitavugwaho rumwe Israheli yashyize ku butaka butagatifu bwa Yeruzalemu mu rwego rw’umutekano. Jenerali Majoro Yoav Mordechai yasabye abayisilamu gutanga ibindi bitekerezo ku cyakorwa mu rwego rwo guhangana nâikibazo cyâubushyamirane bushingiye kuri Yeruzalemu bwiyongereye mu minsi ibiri ishize. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Igihugu […]
Umugabo wâimyaka 41 yafashwe asambana nâumwana we wâimyaka 13 avuga ko yabitewe na Satani
Umugabo witwa Sikiru Odejide wâimyaka 41 yâamavuko yatawe muri yombi asambanya umwana we wâumukobwa wâimyaka 13 yisobanura avuga ko yabitewe na satani. Uyu mugabo wo mu mujyi wa Ogun uherereye mu Burengerazuba bwâAmajyepfo ya Nigeria yatanzwe mu nzego zâubutabera nâumugore we batakibana kubera impamvu zurumo nâizâubusambanyi, ariko ikibazo cyo kuryamana nâumwana we yibyariye kikaba cyarabaye […]
Afurika yâEpfo: Haravugwa umwana ushobora kuba warakize virusi ya sida
Abaganga bo muri Afurika yâEpfo baratangaza ko hari umwana wâimyaka 9 yâamavuko wanduye agakoko gatera sida avuka ariko amaze igihe kinini atarakenera imiti nyuma yâuko yahawe imiti myinshi nyuma gato yo kuvuka. Iyi nkuru dukesha BBC irakomeza ivuga ko uyu mwana amaze imyaka 8 nâigice nta bimenyetso agaragaza byâuko afite virusi ya sida. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] […]
Umwe mu basenya Hoteli Top Tower yagwiriwe n'urukuta ahita apfa
Mu minsi ishize, nibwo hatangiye ibikorwa byo gusenya inyubako yakoreragamo Hoteri Top Tower yari ku Kimihurura, ubu muri iyi minsi ya none ibi bikorwa bikaba birimbanyije ariko ari na ko byatangiye kugira ingaruka ku babikora no ku nyubako bituranye. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Amakuru yatanzwe na Ambasaderi wâumuryango w’Ubumwe bw’ u Burayi, Michael RyanĂąâŹÂ yavuze ko urukuta […]
Gatsibo: Barinubira kubyuka iya rubika kubera amashuri ari iyo bigwa
Abaturage batuye mu Karere ka Gatsibo barasaba ubuyobozi kubatabara kubera amashuri ari kure bigatuma abanyeshuri biga mu mashuri abanza nâayisumbuye biga kure yabo. Ababyeyi bavuga ko abana babo bakora urugendo rurerure cyane bajya kwiga bitewe nâuko aho batuye ari kure yâahari amashuri. Umwe mu babyeyi avuga ko abana babo biga kure yâaho batuye ku buryo […]
Washington: Abana bâAbarundi baherutse gutoroka bahagurukije inzego zitandukanye zibashakisha
Inzego zâumutekano za Leta Zunze Ubumwe za Amerika zikomeje gushakisha abana bâAbarundi baherutse gutorokera muri I Washington ubwo bari bitabiriye amarushanwa mpuzamhanga yo gukora za robots, aho babiri muri bo bagaragaye binjira muri Canada, ariko na nâubu nta wuramenya irengero ryabo. Aba bana bari mu cyigero cyâimyaka 16 na 18 babuze kuwa Kabiri ushize ubwo […]
Umukobwa yasuye umusore ku ishuri yakirwa nâimbaga yâabahungu aratungurwa (Amafoto)
Umukobwa wo mu gihugu cya Nigeria witwa Dorich Danielle aratangaza uburyo yatunguwe no gusanganirwa nâimbaga yâabahungu hafi ikigo cyose ubwo yajyaga gusura umuhungu wâinshuti ye. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibyakozwe nâaba basore babana nâumukunzi wa Daniella abenshi bavuga ko byerekanye ko uyu mukobwa yitaweho, we ku ruhande rwe avuga ko byamuteye isoni ndetse bikanamutera kwikandagira kuko bose […]
Umugabo akurikiranyweho kwivugana umugore we wamuhatiraga kumutega amatwi
Umugabo witwa Jason-Kevin yivuganye umugore we witwa Kelly amuziza ko yamuhatiraga kumutega amatwi ngo amuririmbire atabishaka. Aba bantu 2 bo mu mujyi wa Lillois mu Bubiligi bari mu butembere mu misozi, aho bagezeyo baza kugira kudahuza ku biganiro bagiriyeyo birangira umugabo yivuganye umugore we bari babyaranye rimwe. Ibitangazamakuru bitandukanye bivuga ko uyu mugore witwa Kelly […]
Ibihugu bitunze intwaro za kirimbuzi nâubushobozi zifite mu kwica
Ubwoba nâurwikekwe bikomeje kuzamuka ku isi nyuma yâaho igihugu cya Koreya ya Ruguru gitangarije ko cyagerageje kandi bigacamo igisasu cya missile cyambukiranya imigabane (ICBM). Igisasu bivugwa ko gifite nâubushobozi bwo kugera ku butaka bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Umwuka mubi ukaba ukomeje kuzamuka kubera ubushobozi bwâigisirikare cya Koreya ya Ruguru nâubuyobozi bushya bwa Leta […]
Sudani yâEpfo: Inyeshyamba za Riek Machar zafatiye ku rugamba umujenerali nâumukomiseri wa leta
Inyeshyamba zo mu mutwe wa SPLA-IO wa Dr Riek Machar ziravuga ko zataye muri yombi kuri iki Cyumweru komiseri muri guverinoma ndetse nâumusirikare mukuru ufite ipeti rya General bafatiwe mu mirwano yabereye mu karere gakungahaye kuri peteroli ka Bentui. Amakuru aturuka aha akaba avuga ko imirwano yadutse mu nkengero za Bentui mu duce twa Tharwangyiely, […]
Kongere y'Amerika yemeje ibihano bishya ku Burusiya
Abategetsi b’amashyaka yombi muri kongere ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika bemeje itegeko rishyiraho ibihano bishya ku Burusiya ku birego by’uko bwaba bwarivanze mu matora ya perezida umwaka ushize. Iri tegeko ndetse ryanagabanya cyane ububasha bwa Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika bwo kuba yakuriraho u Burusiya ibihano nkuko bigaraga mu nkuru […]
2017-2024: FPR izashyiraho uburezi bufite ireme, bugera kuri bose, abaturage bose bashobore kwivuza neza
Umuryango FPR Inkotanyi ugaragaza ko mu bikorwa politiki byawo bizashyirwa mu bikorwa kuva mu mwaka wa 2017 kugeza mu wa 2024 , izateza imbere uburezi bufite ireme, bugera kuri bose, mu gihe abaturage bose bazafashwa kwivuza neza kandi bagahabwa nâubuvuzi bwihariye. Uyu muryango ugaragaza ko uzageza ku Banyarwanda izi serivisi ibicishije muri gahunda yâimibereho myiza, […]
Umutoza wa Barcelona ntashaka ko Neymar agenda mu gihe PSG iri kumwigaho
Umutoza Ernesto Valverde w’ikipe ya FC Barcelona aramagana amakuru yuko Neymar ashobora kwerekeza mu ikipe ya Paris St-Germain(PSG). Valverde yongeye gushimangira ubushake bwe bwo kugumana umukinnyi Neymar mu ikipe ya Barcelona nyuma y’umukino wa gicuti n’ikipe ya Juventus. Ni umukino warangiye ku ntsinzi y’ibitego 2 bya Barcelona kuri 1 cya Juventus, ibitego bya Barcelona byombi […]
Kabila nadatangaza amatora kuwa 30 Nzeri , kuwa 1 Ukwakira ntazaba akitwa perezida
Ihuriro ryâabatavuga rumwe na Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Joseph Kabila riratangaza ko rigiye gukora ibishoboka byose akava ku butegetsi bitarenze tariki ya 1 Ukwakira 2017. Ni muri urwo rwego rwagaragaje indangaminsi yâibikorwa bigamije kumugamburuza akava ku butegetsi nkuko Jeune Afrique ibigaragaza mu cyo yise itya ” RD Congo : lâopposition dĂ©voile son […]
Umukandida wa FPR, Paul Kagame yiyamamarije i Rwamagana- REBA AMAFOTO
Umukandida ku mwanya wâumukuru wâigihugu yari asanzweho, Paul kagame yakomereje ibikorwa byo kwiyamamaza mu karere ka Rwamagana. Ibikorwa byo kwiyamamaza kuri iki cyumweru tariki ya 23 Nyakanga 2017, umukandida Paul Kagame yabikomereje mu murenge wa Kigabiro, akarere ka Rwamagana, nyuma yo kubisoza muri Kirehe na Ngoma, uturere twose two mu Ntara yâIburasirazuba. Abaturage babarirwa mu […]
Uganda: Uwarindaga mubyara wa Perezida Museveni yakatiwe igihano cyâurupfu
Urukiko rwa gisirikare rushinzwe kuburanisha ingabo zidasanzwe muri Uganda (SFC) mu mujyi wa Sembabule rwakatiye igihano abasirikare nâabapolisi batandukanye muri Uganda barimo nâuwari umurinzi wa mubara wa Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni wakatiwe igihano cyâurupfu. Umupolisi witwa Canan Nkamuhebwa warindaga mubyara wa Perezida Museveni yakatiwe igihano cyâurupfu mu rukiko rwari ruyobowe na Lt Col […]
U Rwanda rwavanyemo Tanzaniya mu marushanwa ya CHAN 2018
Ikipe yâu Rwanda yâumupira wâamaguru, Amavubi yanganyije na Tanzania ubusa ku bundi mu mikino yâamajonjora yo gushaka itike yâimikino ya nyuma mu irushanwa riihuza abakinnyi bakina mu bihugu byabo ku mugabane wa Afurika. Ni umukino wabereye kuri Stade Regional i Nyamirambo witabiwe nâabafana benshi bari buzuye iyi stade, ku wa Gatandatu tariki ya 22 Nyakanga […]
Rubavu: Abanyekongo barifuza umuyobozi umeze nka Paul Kagame
Abaturage bo muri Congo cyane cyane mu bice bituranye nâu Rwanda, barifuza icyabaha umukuru wâigihugu umeze nka perezida Paul Kagame kubera intambwe ikomeye amaze kugeza ku Banyarwanda. Hari mu kiganiro âDialogue entre Congolaisâ gihita kuri Radio Okapi cyari gifite insanganyamatsiko igira iti: âAmatora muri afurika,na Kongo byâumwiharikoâ Abaturage bahawe urubuga ku mirongo ya telephone muri […]
Ibikorwa byo kwiyamamaza umukandida Paul Kagame yabikomereje i Ngoma â AMAFOTO
Umukandida perezida wâumuryango FPR Inkotanyi, Paul Kagame kuri uyu munsi wa cumi wâibikorwa byo kwiyamamaza, yabikomereje mu Karere ka Ngoma, Intara yâIburasirazuba. Umuhango wo kuri iki Cyumweru tariki ya 23 Nyakanga 2017, wabereye ku kibuga kiri mu kagari ka Cyasemakamba, umurenge wa Kibungo, Abaturage bâingeri zose bakaba bazinduwe no kwakira umukandida wabo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] 11: […]
Dr Habineza ngo azitabira ikiganirompaka cyâabakandida ku kuyobora u Rwanda Kagame nakitabira
Ku nshuro ya mbere mu mateka yâu Rwanda hashobora kuba ikiganirompaka hagati yâabakandida bazaba bahatanira kuyobora u Rwanda muri manda itaha, mbere yuko amatora aba kuwa 04 Kanama nkâuko byatangajwe na Komisiyo yâIgihugu yâAmatora. Umukandida Dr Frank Habineza aravuga ko we azitabira iki kiganiro ari uko Paul Kagame nawe akitabiriye. Iby’iki kiganirompaka bikaba byaratangajwe kuri […]
Abakuru bâibihugu bahembwa menshi muri Afurika, Zuma imbere, Kagame ku mwanya wa 10
Abakuru bâibihugu byo muri Afurika ni bamwe mu bahembwa agatubutse ku Isi nubwo umugabane wabo wugarijwe nâibibazo byinshi bitandukanye. Perezida Jacob Zuma wa Afurika yâEpfo, niwe wa mbere uhembwa amafaranga menshi ku mugabane nâamadolari 272,000, akaba aza ku mwanya wa kane ku Isi mu bakuru bâibihugu bahembwa menshi. Perezida Paul Kagame aza ku mwanya wa […]
Ethiopia yarekuye Abanyasomaliya basaga 100 yari yaragize imbohe
Abanyasomaliya basaga 100 bari bamaze igihe bafungiwe muri Ethiopia ariko bakaza kurekurwa bageze iwabo kuri uyu wa Gatandatu nkâuko byemezwa nâubuyobozi bwa Somalia. Abayobozi bâiki gihugu bavuga ko izo mbohe 114 zari zifungiwe muri gereza zo muri Ethiopia zishinjwa ibyaha bitandukanye birimo kwinjira muri iki gihugu mu buryo bunyuranyije nâamategeko. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Bwana Jamaludin Mustafa […]
Dr Frank natorwa, inguzanyo ya buruse izikuba Kane ku banyeshuri ba Kaminuza
Umukandida wâishyaka Green Party, Dr Frank Habineza avuga ko naramuka atowe ikibazo cyâabanyeshuri bahabwa inguzanyo yâintica ntikize kizahita gikemuka. Â Mu ijambo yaku baturage mu muhango wo kwiyamamaza yakoreye mu karere ka Nyanza na Gisagara, yavuze ko bidakwiye guha abanyeshuri inguzanyo ya buruse idashinga kandi ari iyo baba bazishyura. Yagize atiâko nâubundi ari inguzanyo ko […]
Nyagatare : Mwadutumiye, twabitabye ngo tujye inama y'iya 4 Kanama-Kagame
Umukandida wâUmuryango FPR Inkotanyi, Paul Kagame , akaba na Perezida wa Repubulika akomereje ibikorwa byo kwiyamamaza mu Mujyi wa Nyagatare, nyuma yo gusoza ibi bikorwa mu Murenge wa Gatunda. Perezida Kagame yibukije abatuye aka karere ko basabwa kumutora, maze bakazakomezanya mu bikorwa bigamije gukomeza guteza igihugu imbere. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ati â Mwadutumiye, twabitabye ngo tujye […]
Umukandida Paul Kagame yakiriwe n'ibihumbi by'abaturage i Kayonza- AMAFOTO
Umukandida Paul Kagame ubwo yari asoje ibikorwa byo kwiyamamaza mu karere ka Nyagatare na Gatsibo, yakomereje mu karere ka Kayonza, Intara y’Iburasirazuba, yakirwa n’abaturage babarirwa mu bihumbi. Ku munsi wa 9 wâibikorwa byo kwiyamamaza ku mwanya wâumukuru wâigihugu yari asanzweho, ku wa 22 Nyakanga 2017, abaturage babarirwa mu bihumbi bazindukiye kwakira umukandida Paul Kagame ku […]
Burundi :Umwaka urashize nta cyerekana ko Umunyamakuru Jean Bigirimana akiriho
Abanyamakuru bâikinyamakuru cyigenga mu Burundi, Journal Iwacu baribuka umwaka ushize mugenzi wabo, Bigirimana Jean aburiwe irengero. Abo banyamakuru barasaba ko ukuri kwashyirwa ahagaragara ku bijyanye no kuburirwa irengero kwe. Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu, abo banyamakuru bambaye udupira twâumukara twanditseho tuti â Jean Bigirimana, ntabwo duteze kukwibagirwa. » bashyize indabo ahari ifoto ye […]
Zimwe mu mpamvu zituma ingo zisenyuka
Gusenyuka kwâingo ni igikorwa kijya kibaho kuri bamwe mu bashakanye, ibyo bikaba iyo umugabo nâumugore batanye burundu, cyangwa se bakabana mu mwuka mubi uzira urukundo aho usanga basigaye barara mu byumba bitandukanye mu nzu imwe mu gihe bagakwiye kurara bapfumbatanye bagashyushyanya. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi biterwa nâimpamvu nyinshi, hano twabateguriye zimwe muri zo: Â Imihindukire yâubuzima […]
Nyuma yo kuva muri Politiki Ambasaderi Joseph Habineza arakataje mu bucuruzi
Nyuma yâaho aviriye ku mirimo ye, Uwahoze ari Minisitiri wâumuco na Siporo, Ambasaderi Joseph Habineza, yatangarije Bwiza.com ko ubu ahugiye mubikorwa byo gucuruza amakaroni, aho acuruza ubwoko bwâamakaroni yise ââPastor Joeââ. Kurikirana ikiganiro twagiranye. Bwiza : Uratangira utwibwira birambuye. Joe : Nitwa Joseph Habineza niyo mazina ababyeyi banyise nyivuka, benshi banzi ku izina rya Joe, […]
Nyuma yo kutumvikana na Lil G Producer Junior yerekeje muri Studio shya
Nyuma yâaho Producer Junior atangarije ko atagikorera muri Studio Round Music yâumuhanzi Lil G, amakuru atugeraho ni uko ubu yamaze kwerekeza muri Studio nshya yitwa ââ T time Entertainmentââ. Amasezerano ya Junior muri studio ya Lil G ââ Round Musicââ yarangiye kuwa 01 Nyakanga 2017, yari yarasinyweho nâimpande zombi tariki ya 01 Nyakanga 2015, aya […]
Bazivamo Christophe n'abandi 65 barokotse impanuka yâimodoka
Visi Perezida wâUmuryango FPR Inkotanyi , Bazivamo Christophe yarokotse impanuka yâimodoka ubwo yerekezaga mu bikorwa byo kwamamaza umukandida wa FPR Inkotanyi. Iyi mpanuka yayikoze muri iki gitondo cyo ku wa Gatandatu tariki ya 22 Nyakanga ubwo yerekezaga muri icyo gikorwa mu karere ka Nyagatare. Ifoto yâimodoka ye iri gucicikana ku mbuga nkoranyambaga iragaragaza uruhande rwâibumoso […]
Rwamagana: Kuba muri koperative byamufashije kudashorwa mu busambanyi
Umugore witwa Mukabutare vestine utuye mu mudugudu wa Kavura mu Kagari ka Nyagasenyi mu Murenge wa Kigabiro mu Karere ka Rwamagana avuga ko kujya muri koperative byamufashije nyuma yâuko nyuma yo gusigirwa nâumugabo we abana batatu bâindahekana yumvaga ubuzima bugiye kuba bubi. Nyuma yo gutandukana nâumugabo we, abagabo bashakaga kumushukisha ibiribwa ariko nyuma yo kujya […]
Ubutabera: Urukiko rwatesheje agaciro inzitizi za REB, urubanza rwimurirwa mu mezi atandatu
Kuri uyu wa gatatu tariki 21 Nyakanga 2017, urukiko rwisumbuye rwa Gasabo rukorera I Rusororo, rwatesheje agaciro inzitizi zatanzwe nâababuranira Leta mu rubanza abakozi barezemo REB. Ni abahoze bigisha abarimu icyongereza(English mentors) barezemo iki kigo cyabirukanye mu buryo bunyuranije nâamategeko. Urukiko rwasanze inzitizi nta shingiro zifite, ariko rwimurira urubanza ku itariki ya 8 Mutarama 2018. […]
Amakipe azajya yitabira imikino ya nyuma yâigikombe cya Afurika yongerewe
Guhera mu mwaka wa 2019, amakipe azajya yitabira imikino ya nyuma yâigikombe cya Afurika cyâibihugu mu mupira wâamaguru aziyongeraho 8, ni ukuvuga ko azava kuri 16 akaba 24, kandi nâigihe iyi mikino yaberaga cyahinduwe. Ubusanzwe ayo makipe yahuraga ari 16 yajyaga mu mikino ya nyuma yâiri rushanwa, ndetse imikino nyiyabaga mu mpeshyi, ariko impinduka zatangajwe […]
No muri Suwede bambara Caguwa nkanswe mu Rwanda-Dr Frank Habineza
Perezida akaba nâumukandida wâishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije, Green Party, Dr Frank Habineza avuga ko naramuka atowe azasubizaho caguwa akabanza akubaka inganda zihagije zâimyenda mu gihugu hanyuma akabona guca iyi myenda icuruzwa yarabanje kwambarwa. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi ni bimwe mu byo yatangaje mu gihe yagezaga imigabo nâimigambi ye ku baturage bo mu karere ka […]
Mpayimana Philippe natorwa ntazatuma hari umugore ubyara abana barenze batatu
Umukandida wiyamamariza umwanya wa Perezida wa Repubulika, Mpayimana Philippe yatangaje ko naramuka atsindiye uyu mwanya azatangiza politiki yo kubyara abana batatu ku mugore. Yabitangaje ubwo yiyamamazaga mu ntara yâi Burengerazuba mu turere twa Rubavu na Nyabihu. Ku munsi we wa Karindwi Mpayimana yiyamamarije mu mirenge ya Nyamyumba Gisenyi na Kanama mu karere ka Rubavu nâiya […]
Rwamagana: Abakorera mu gakiriro bafunze imiryango kubera kubura amashanyarazi
Abakorera mu gakiriro ka Rwamagana gaherereye mu murenge wa Kigabiro, bahagaritse akazi bitewe no kubura amashanyarazi, bamwe bafunze imiryango bakaba banasaba ubuyobozi gukemura ikibazo cyâumuriro bakongera gukora. Ku wa Gatanu abakozi ba REG ( Rwanda Energy Group ) bagiye kureba ikibazo gihari ntibagira icyo bagikoraho, abahakoreraga bakaba bibaza amaherezo yabyo dore ko akazi kabo karimo […]
Meya wa Rubavu, Sinamenye Jeremie yatawe muri yombi (yavuguruwe)
Umuyobozi wâAkarere ka Rubavu, Sinamenye Jeremie ari mu maboko ya Polisi akekwaho kugira imyitwarire idakwiriye umuyobozi irimo no kubangamira abiyamamaza. Umuvugizi wa Polisi yâu Rwanda , ACP Theos Badege, ibinyujije ku rukuta rwayo rwa Twitter, yatangaje ko Umuyobozi wâAkarere ka Rubavu, Sinamenye Jeremie nâUmunyamabanga Nshingwabikorwa wâUmurenge wa Busanze bafunzwe by’ agateganyo bakurikiranweho kubangamira uburenganzira bw’ […]
Gisagara: Dr Habineza yijeje abaturage kongera kubahuza n'Abarundi bakongera guhahirana
Mu bikorwa byo kwiyamamaza kuri uyu wa Gatanu, umuyobozi akaba nâumukandida wâishyaka Green Party yakoreye mu karere ka Gisagara, umurenge wa Musha mu Kagari ka Bukinanyana, Dr Fraank Habineza yijeje abaturage ko azahuza ibihugu byombi bikongera kugira ubuhahirane nk’uko byahoze. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu migabo n’imigambi yagejeje ku bari aho, yavuze ko ubusanzwe Abanyarwanda n’Abarundi bahoze […]
Kicukiro:Umukozi wo mu rugo aravugwaho kuroga no kwiba abo yakoreraga
Umugabo witwa Innocent Mugabo utuye mu kagari ka Nyanza mu murenge wa Gatenga ho mu karere ka Kicukiro arashakisha umukobwa wamukoreraga, ashinja kuroga umugore we nâabana be babiri. Uwo bashinja kuroga uyu muryango ni umukobwa[twirinze gutangaza amazina ye] uri mu kigero cyâimyaka yâamavuko 27 ukomoka mu karere ka Nyamasheke mu Murenge wa Kanjongo, mu Kagari […]
Uganda: Abaturage basaga miliyoni 3.5 banduye hépatite B
Leta ya Uganda yatangaje ingamba nshya zo guhangana nâindwara ya hĂ©patite B ikomeje guhitana abantu muri icyo gihugu dore ko ubu abasaga miliyoni 3.5 bayanduye. Umugishwanama mu ndwara zandura, Dr. Susan Nabadda, ukora mu bitaro bya Mulago muri icyo gihugu yatangaje ko guverinoma yâicyo gihugu yatangije ingamba nshya zo guhangana nâiyo ndwara. Zirimo kongera aho […]
Rubavu: Abo mu yindi mitwe ya politiki barakataje bamamaza umukandida wa FPR/Inkotanyi, Paul Kagame
Abanyamuryango ba FPR Inkotanyi bo mu mirenge itandukanye igize akarere ka Rubavu , bakomeje ibikorwa byo kwamamaza umukandida wabo, Paul Kagame bafatanije nâabahagarariye indi mitwe ya politiki itandukanye igakoreramo. Ubwo bamamazaga mu murenge wa Busasamana, abanyamuryango bâimitwe ya Polike nka PL, PSD, PDI bagaragarije imbere yâimbaga yâabanyamuryango ba FPR Inkotanyi babarirwa mu bihumbi ko nabo […]
Tanzaniya: Depite Tundu yafunzwe agiye kuza mu Rwanda, arashinjwa gutuka Magufuli
Depite Tendu Lissu wo mu ishyaka Chadema ritavuga rumwe nâubutegetsi muri Tanzaniya, yatawe muri yombi ashinjwa gutuka perezida wâiki gihugu, John Pombe Magufuli. Uyu mudepite usanzwe ari nâUmuyobozi wâUrugaga rwâAbavoka muri Tanzania yafatiwe ku kibuga cyâindege cya Dar es Salaam muri Tanzaniya ku wa Kane, ubwo yari agiye gufata indege ngo aze mu Rwanda, nkuko […]
Umugore uhamya ko yabyaranye na Diamond, kubura umugabo byatumye aba imbata yâibiyobyabwenge
Nyuma yo kwitabwaho nâabaganga, Umuhanzi wo muri Tanzania Hawa, yatangaje ko kuba umugabo we yaramusize bamaranye amezi 4 gusa ari byo byatumye abaho ubuzima atifuje kuva yavuka bwiganjemo kuba imbata yâibiyobyabwenge. Uyu muhanzi wanakoranye indirimbo na Diamond Platnumz bise â Nitarejeaâ ku wa 19 Nyakanga, nibwo abaganga bemeje ko yorohewe, nyuma yâuburwayi yagize bwatewe nâikoreshwa […]
Muhanga-Kamonyi: Abangirijwe nâumuyoboro wâamazi bamaze imyaka itanu bategereje ingurane
Ni abaturage basaga icumi, bo mu mudugudu wa Kabungo, akagari ka Kinini, umurenge wa Shyogwe, bavuga ko imyaka imaze kurenga itanu, bategereje kwishyurwa imyaka ndetse nâamasambu yabo, byangijwe ubwo hubakwaga umuyoboro wâamazi wiswe Shyogwe âMayaga, muri werurwe 2012. Mabuja Floride, umukecuru wâimyaka 64, umwe mu bangirijwe imyaka, avuga ko batunguwe no kubona imodoka zije zikoreye […]
Min. Kaboneka yasabye ko hakorwa iperereza ku bayobozi bavugwaho kubangamira abakandida
Minisitiri wâUbutegetsi bwâIgihugu, Francis Kaboneka arasaba abayobozi bâinzego zâibanze kurushaho korohereza abakandida bari kwiyamamariza umwanya wa Perezida wa Repubulika mu Rwanda, asaba ko ababivugwaho bakorerwa iperereza. Guhera tariki ya 14 Nyakanga 2017, Abakandida bahatanira umwanya wa Perezida wa Repubulika batangiye urugendo rwo kwiyamamaza bazenguruka igihugu cyose, bagaragaza imigabo nâimigambi yabo kugira ngo abayishimye bazabatore muri […]
Rayon Sports ikoze amateka atarakorwa nâindi kipe mu Rwanda
Ubuyobozi bwâikipe ya Rayon Sports bwatangaje ko mu ngengo yâimari yâiyi kipe hashyizweho akayabo ka Miliyoni 90 zo kugura abakinnyi, ibi bitarakorwa nâindi kipe iyo ari yo yose mu Rwanda. Iyi kipe yatwaye igikombe cya shampiyona cyâuyu mwaka ushije mu Rwanda (2016/2017), mu makuru yatangajwe nâubuyobozi bwâiyi kipe, bwemeza ko bafite intego zirenze izâumwaka washize […]
Karongi: Yatunguwe no gusangishwa ayo yakoreye muri VUP mu bitaro yararwaye akoze iminsi mikeya
Shyirambere Anastase ni umwe mu batuye mu Kagali ka Mubuga mu Murenge wa Rugabano ho mu Karere ka karongi, bakorera imirimo ya VUP muri uwo Murenge wa Rugabano. Avuga ko yatunguwe no kubona bamusangisha amafaranga ya VUP kwa muganga. Ni nyuma yuko yari amaze gukora iminsi mikeya agahita arwara akajya kwa muganga, aho we yiyumvishaga […]
Hubert Védrine yagize icyo avuga ku nkuru ya Revue XXI imushinja uruhare muri Jenoside
Hubert VĂ©drine wigeze kuba minisitiri wâububanyi nâamahanga wâu Bufaransa, yagize icyo avuga ku nkuru iherutse kwandikwa nâikinyamakuru Revue XXI ku ruhare rwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda. Muri iyi nkuru imaze ibyumweru bitatu igiye hanze, umunyamakuru Patrick de Saint-ExupĂ©ry ashinja u Bufaransa kuba bwaratanze uburenganzira bwo guha intwaro abakoze jenoside mu Rwanda, aho inyinshi […]