Tanzania: Impunzi zâAbarundi zirasaba kwimurirwa mu yindi nkambi
Abarundi bahungiye muri Tanzania nyuma yâimvururu zishingiye kuri politiki zavutse mu gihugu mu mwaka wa 2015, barasaba kwimurirwa mu zindi nkambi, kugira ngo umutekano wazo ubungwabungwe. Izi mpunzi ziba mu nkambi 3, Nduta, Mtendeli na Nyarugusu, zikavuga ko kuba umutekano wazo ukomeza guhungabanywa biterwa nâuko inkambi zubatse hafi yâumupaka ugabanya u Burundi na Tanzania. Zisaba […]
Nta kiguzi twabona duha ubumwe bw' Abanyarwanda- Hon Mukabalisa
Perezida wâInteko Nshingamategeko, umutwe wâAbadepite, Hon. Mukabalisa Donatille avuga ko ubumwe ari umusingi wâibyo u Rwanda rumaze kugeraho, bityo ko nta kiguzi cyabwo umuntu yabona. Mu kiganiro Hon. Mukabalisa n’itsinda ry’Abadepite ayoboye, bagiranye n’abaturage b’umurenge wa Mudende, Akarere ka Rubavu, ubwo bari basoje umuganda usoza ukwezi kwa Gatandatu, wabaye ku wa 29 Kamena 2019, yashimiye […]
Rusizi: Abakozi bâimishinga basabwe kugira imikorere izira akajagari
Abayobozi nâabakozi bâimishinga 12 iterwa inkunga na Compassion international mu karere ka Rusizi bongeye kwibutswa inshingano zabo mu kubonera abana bagera ku 3250 bitaho ubumenyi nâubrere bukwiye, ku bufatanye nâabashumba bâamatorero ya gikirisitu iyo mishinga ikoreramo,buri wese asabwa kwitanga atizigama no kunoza imikorere ngo aba bana bitaho mu bihe biri imbere bazabashe kwigirira akamaro batezweho […]
Perezida Trump yongeye guhura na Kim Jong-un atera intambwe yinjira muri Koreya ya Ruguru
Kuri iki Cyumweru, itariki 30 Kamena, Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yongeye guhura nâUmuyobozi wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong-un, bahuriye ku mupaka wa Koreya zombie, ndetse atera intambwe nkeya nâamaguru yinjira byâamateka muri Koreya ya Ruguru. Itangazo ryâuku guhura ryari ryasohowe mbere yahoo gato na Perezida wa Amerika na mugenzi […]
Ernest Nimubona ukomeye mu gisirikare cy'u Burundi yaburiwe irengero
Ernest Nimubona ufite ipeti rikuru (officier supĂ©rieur) mu gisirikare cyâu Burundi yaburiwe irengero kuva ku wa Gatanu tariki ya 27 Kamena 2019, umuryango we ukaba utaramenya irengero rye. Nk’uko bitangazwa na SOS Medias/ Burundi, ngo Ernest Nimubona yari asanzwe akora muri Etat Major, by’umwihariko akaba yaranahoze mu gisirikare cy’u Burundi na mbere y’amasezerano yo mu […]
RDC: Hagiye gukorwa operasiyo mu duce twugarijwe n'umutekano muke
Umukuru w’igihugu cya Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yatangaje ko hagiye gukorwa za ‘operations’ mu duce dutatu twugarijwe cyane n’umutekano muke uterwa n’inyeshyamba ndetse n’imitwe y’iterabwoba. Djugu na Mahagi mu ntara ya Ituri na Minembwe muri Kivu y’Amagepfo ni two duce Tshisekedi yatangarije mu isabukuru y’imyaka 59 iki gihugu kimaze kibonye ubwigenge ku […]
Abayobozi bakuru ba Polisi za Sudani na Centre Africa bashimiye umuyobozi wa Polisi yâu Rwanda
Kuri uyu wa 29 Kamena, ku cyicaro gikuru cya Polisi, umuyobozi wa Polisi yâu Rwanda IGP Dan Munyuza yahakiriye Lt. Gen. Adil Mohamed Ahmed Bashair umuyobozi mukuru wa Polisi ya Sudan na Col. Bienvenu Zokoue umuyobozi mukuru wa Polisi ya Repuburika ya Centre Africa. Lt. Gen. Adil Mohamed Ahmed Bashair ni nawe uyoboye ihuriro ryâabayobozi […]
Nibyo, ndemeza ko ADF ari umutwe wâiterabwoba – Perezida Tshisekedi
Perezida Felix Tshisekedi, wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, yemeje ku mugaragaro ko ADF ari umutwe wâiterabwoba uteye ikibazo ku Banyekongo kandi ufitanye imikoranire nâumutwe wa Islamic State. Ni mu kiganiro yahaye RFI na France 24 kuri uyu wa Gatandatu ari muri Katanga. Iki kiganiro biravugwa ko cyabereye muri etage ya kane yâinyubako ikoreramo Intara […]
Iburasirazuba: Umwiherero wâabayobozi witezweho impinduka mu miyoborere yâinzego zâibanze
Abayobozi mu nzego zâbanze basaga 700 bateraniye mu mwiherero wâiminsi 3 mu ishuri ryigisha abapolisi riherereye mu Murenge wa Gishari, mu Karere ka Rwamagana. Ijambo  Guverineri Mufulukye Fred yagejeje ku bayobozi baturutse mu turere twose tugize intara yâiburasirazuba  ryibanze ku kunenga ibitagenda neza mu miyoborere yâinzego zâibanze  ndetse no gusaba ababarizwa mu nzego zâibanze kwirinda imikorere ituma abaturage batabona […]
Kamonyi: Umurenge wa Runda wegukanye igikombe cyâumuganda uhigitse indi 415
Umurenge wa Runda mu Karere Kamonyi wahawe igikombe cyâibikorwa byâumuganda kubera guhangana nâibiza biherutse kwibasira ako karere mu mwaka wa 2016 bikangiza amazu 2400, ubutaka buhinzeho imyaka mu gishanga cya Kamiranzovu, bigatwara nâ ubuzima bwâabaturage 16 . Minisitiri wâUbutegetsi bwâigihugu, Shyaka Anastase, ashimira abaturage bo mu Murenge wa Runda kuko bagize uruhare runini mu gushyira […]
Ibisambo byitwaje intwaro byibasira abakozi ba Mobile Money byakamejeje muri Kampala
Ibisambo byitwaje intwaro byibasira abakozi ba Mobile Money mu Mujyi wa Kampala byongeye kwaduka birasa umwe muri aba bakozi ndetse nâumushoferi we. Ubujura bwabereye ku Muhanda wa Balintma, muri Zone ya Kayiwa muri Rubaga ku isaha ya saa yine zâijoro kuri uyu wa Gatanu ushize. Umuvugizi Wungirije wâIgipolisi muri Kampala, Luke Owoyesigyire avuga ko uwishwe […]
Nyanza: Mu mihigo 73 bari bahize harimo imwe nâimwe ikiri inyuma
Ubuyobozi bwâakarere ka Nyanza buvuga ko nubwo bwifuzaga kwesa imihigo yose bari barahize mu mwaka wâingengo yâimari ya 2018 â 2019 kuko mu mihigo 73 bari bahize harimo imihigo imwe ikiri inyuma ngo bikaba byaratewe nâuko yagiye igira ikibazo. Ntazinda Erasme umuyobozi wâakarere ka Nyanza avuga ko umuhigo wa mbere utarashoboye kugerwaho ijana ku ijana […]
Nyamasheke: Abatesha abana amashuri bakabajyana mu mirimo ivunanye akabo kagiye gushoboka
Ubuyobozi bwâakarere ka Nyamasheke buraburira ababyeyi nâabandi batesha abana kwiga bakabajyana mu mirimo ivunanye bashukishawa udufaranga twâintica ntikize ko batazihanganirwa kuko ibihano bihari bibategereje byanatangiye,bugasaba buri wese urebwa nâuburenganzira bwâumwana guhaguruka agahangana nâikintu cyose cyabubangamira. Ni bimwe mu byo Bwiza.com yatangarijwe nâumuyobozi wâaka karere wungirije ushinzwe imibereho myiza yâabaturage,Mukamana Claudette nyuma yâibiganiro abarebwa nâuburenganzira bwâumwana […]
Papa akunda kunkorakora ku mabuno- umukobwa wâi Kigali
Umukobwawâimyaka 23 yâamavuko uvuga ko aba mu Mujyi wa Kigali, utarashatse ko dutangaza amazina ye yanditse avuga ko umugabo wa nyina akunda kumukorakora ku mabuno. Yifashishije urubuga rw’abandikira Bwiza.com ari rwo info@bwiza.com, yavuze ko uyu mugabo ubana na nyina atari we Se umubyara ariko ko kumwita âpapaâ ari umuco yatojwe na nyina. Avuga ko iyo […]
Diamond avuga ko  icyumba araranamo na Tanasha cyabaye nka gereza
Umuhanzi Diamond Platnumz atangaza ko yaburiye amahoro mu cyumba araranamo nâumukunzi we, Tanasha Donna bitewe nâigikombe cya Afurika kiri kubera mu Misiri. Ibi ni nyuma yâaho Ikipe yâigihugu yâumupira wâamaguru ya Tanzania ari nacyo gihugu cyâamavuko cyâuyu mugabo itsindiwe nâiya Kenya ibitego 3-2 mu gikombe cya Afurika. Uyu mugabo avuga ko yabuze amahoro bitewe nâumukunzi […]
Christian University of Rwanda yibutse abazize jenoside yakorewe Abatutsi- AMAFOTO
Ubuyobozi bwa Kaminuza ya Gikirisitu mu Rwanda (Christian University of Rwanda) bufatanyije nâabanyeshuri bayigamo nâabandi bafatanyabikorwa bayo, bibutse ku nshuro ya 25 jenoside yakorewe Abatutsi. Ni umuhango wabaye kuri uyu wa Gatanu tariki 28 Kamena 2019, aho waranzwe nâurugendo rwo kwibuka rwatangiriye kuri iyi Kaminuza, mu Kigo kitiriwe Mutagatifu Pawulo (Saint Paul) mu karere ka […]
FARDC yaburijemo igitero cya ADF inabohoza abantu 10 bari bafashwe bugwate
Igisirikare cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatanu, itariki 28 Kamena, cyaburijemo igitero cyâumutwe wa ADF mu gasantere ka Opira gaherereye muri Tenambo, ho muri Teritwari ya Beni. Aya makuru yemejwe na Sosiyete sivile yo muri Oicha binyuze kuri Janvier Kasayirio uvuga ko humvikanye intwaro ziremereye nâintoya bigateza icyoba […]
Leta yâu Burundi iravugwaho kugira gereza zitazwi hafi yâumupaka wabwo nâu Rwanda
Bamwe mu baturage baturiye umupaka wâu Rwanda nâu Burundi bavuga ko bufite gereza zâibanga hafi yawo, ngo zikaba zifungiyemo abatavuga rumwe na Leta hamwe nâAbanyarwanda. Aho izi gereza ngo ziri ni muri Komini Bugabira na Ntega, mu Ntara ya Kirundo, Intara iri mu Majyaruguru yâu Burundi, ikaba ikora ku mupaka wâu Rwanda nâu Burundi. Amakuru […]
APR FC yirukanye abakinnyi 16 barimo na Kapiteni
Ubuyobozi bwâikipe ya APR FC bumaze gufata umwanzuro wo kwirukana abakinnyi bagera kuri 16 barimo nabakomeye nk’uwari kapiteni wayo Mugiraneza Jean Baptiste Migi. Kuri uyu wagatanu tariki 28 Kamena 2019Â ni bwo ubuyobozi bwâikipe ya APR FC bwafashe icyemezo cyo gusezerera abakinnyi bari bamaze iminsi bigaragara ko badatanga umusaruro nkuko bitangazwa n’ubuyobozi bw’iyi kipe. Iki […]
Kuri njye, Bisesero ni ibara ryâu Bufaransa â Bernard Kayumba
Mu myaka 25 ishize, Abanyarwanda babiri barokokeye mu Bisesero, Eric na Bernard, barebanaga impungenge nâibyiringiro aho bari babonye ubuhungiro bihishe abari bari gukora jenoside. Bernard agasanga ibyabereye mu Bisesero ari ibara ryâAbafaransa kandi igisirikare cyabo gikwiye kwemera ko cyananiwe inshingano zacyo. Icyo gihe batekerezaga ko agakiza kabo mu kaga bari barimo mu misozi ya Bisesero […]
Abafana ba Meddy bamusabye gushyira hanze indirimbo yo kubafasha impeshyi
Abafana bâumuhanzi Meddy batangaje ko bifuza ko yashyira hanze indirimbo nshya kugira ngo ibafashe kuryoshya iyi mpeshyi. Meddy yari aherutse gushyira hanze iyo yise âAll Nightâ yanyuze benshi ndetse bakayitazira iyo ku musego bitewe nâimikarago iyigize. Yifashishije urukuta rwe rwa instagram, yagize ati â All Night, mwiteguye kumva indi muri iyi mpeshyi. Niba wumva witeguye […]
Agashya: Mu Burundi hari abantu bagiye gutanga amaturo mu kiliziya batura za grenades
Mu gihugu cyâu Burundi haravugwa ibintu bitari byabaho mu nsengero, haba muri iki gihugu ndetse nâahandi ku Isi, aho hari abantu bagiye gutanga amaturo bakajyana ibishyimbo bivanze nâibisasu bya grenades muri Kiliziya Gaturika yo mu Ntara ya Kayanza, mu majyaruguru yââigihugu. Nkâuko byatangajwe nâUmuvugizi wâIgipolisi cyâu Burundi, Pierre Nkurikiye, ngo ibisasu bibiri bya grenades nibyo […]
Abanyekongo bakomeje guhungira imirwano imaze iminsi yubuye muri Uganda
Amagana y’Abanyekongo akomeje guhungira muri Uganda kubera imirwano ikaze ikomeje kubera mu gice cy’uburasirazuba bw’igihugu cyabo gikomeje no kwibasirwa n’icyorezo cya Ebola. Ukuriye Inkambi y’impunzi ya Kyangwali, Jolly Kebirungi, aravuga ko impunzi zisaga 150 zakirwa buri munsi. Amakimbirane hagati y’amoko y’Abagegere n’Abalendu ngo akaba akomeje gutuma abaturage bata ibyabo muri Joo, Muvarama na Djugu bahungira […]
OMS ivuga ko u Rwanda ruri mu byago byo kwibasirwa na Ebola
Umuyobozi wâIshami ryâUmuryango wâAbibumbye ryita ku buzima (OMS) mu Rwanda, Dr Kasonde Mwinga avuga ko u Rwanda ruri mu byago byo kuba rwakwibasirwa nâicyorezo cya Ebola. Uyu muyobozi avuga ibi ashingiye ku kuba iki cyorezo kimaze iminsi kiyogoza uburasirazuba bwa Congo-Kinshasa buhana umupaka nâu Rwanda mu burengerazuba ndetse ikaba iherutse guhitana batatu mu Karere ka […]
Loni ku mutima wa jenoside yakorewe Abatutsi- Linda Melvern
Mu kiganiro aherutse kugirana na JA, Umunyamakuru wâ Umwongereza, Linda Melvern yatangaje ko Loni ikwiriye kuryozwa jenoside yakorewe Abatutsi basaga miliyoni hagati ya Mata na Nyakanga 1994. Linda yagize atiâ Loni yisanze hagati yâ ubwicanyi ariko nta gisubizo nta nâ umuti yatanze ubwo imbaga yâ inzirikarene yicwaga kandi yari ifite ubushobozi bwose busabwaâ. Yakomeje ashimangira […]
Min.Shyaka avuga ko hifuzwa ko Umujyi wa Kigali wajya ugira umwihariko mu matora
Minisitiri wâUbutegetsi bwâigihugu, Prof.Shyaka Anastase avuga ko hifujwe ko umurwa mukuru wâigihugu waba utandukanye nâutundi turere nyuma yâibibazo byagiye bigaragara mu matora. Min. Shyaka wari mu Nteko Nshingamategeko, ahagarariye Guverinoma, mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 28 Kamena 2019, ubwo yari arimo ayigezaho irangashingiro ry’umushinga w’itegeko ngenga rigenga amatora, yavuze ko uko […]
UNAMID yongerewe amezi ane yo gukomeza kubungabunga amahoro muri Darfur
Akanama k’amahoro n’Umutekano k’Umuryango w’Abibumbye katoye umwanzuro wongerera igihe cy’amezi ane ubutumwa bwo kubungabunga amahoro i Darfur buzwi nka UNAMID. Iki gihe cyahawe ubu butumwa ni icyo gusoza ubutumwa bw’ingabo, nkuko bivugwa n’inyandiko y’umwanzuro nimero 2479 w’iyi nama yateraniye i New York kuri uyu wa kane. Ibihugu bigize iyi nama y’umutekano ku isi, byatoye ku […]
DRC: Perezidansi imaze gukoresha 97% ku ngengo y'imari yari iteganyijwe muri 2019
Mu mezi atanu gusa ni ukuvuga kugeza ku wa 31 Gicurasi 2019, Ibiro bya Perezida wa Repbulika Iharanira Demokarasi ya Congo bimaze gukoresha 97,98% ku ngengo yâ imari yari iteganyijwe gukoreshwa mu mwaka wose wa 2019. Ibi byatangajwe muri raporo yavuye mu igenzura risanzwe rikorwa na Minisiteri yâ Imari nâ Ingenamigambi muri Congo-Kinshasa aho raporo […]
Mu rugamba rwo gukumira Ebola, Minisante ikeneye Miliyoni 12 z'Amadolari
Minisiteri y’Ubuzima yabwiye abaterankunga ko ikeneye miliyoni 12 z’amadolari ya Amerika mu mezi atandatu ngo ikomeze gukumirira Ebola irimo kuvugwa muri Congo na Uganda, ibihugu bituranye n’u Rwanda. Ebola imaze igihe ivugwa muri Congo Kinshasa aho imaze guhitana abantu barenga 1,500 kuva mu kwezi kwa munani umwaka ushize. Muri uku kwezi yageze no muri Uganda […]
Bumbogo: Abambuwe isambu ku bwa Burugumesitiri bamaze imyaka 21 basiragizwa
Abaturage bo mu Mudugudu wa Birembo na Gisasa, ho mu Kagari ka Ngara, Umurenge wa Bumbogo, mu Karere ka Gasabo, bavuga ko hashize imyaka 21 batarahabwa ingurane ku butaka bwabo bavuga ko bwubatswemo bayoborwa na Burugumesitiri. Aba baturage bavuga ko Rutabagirwa Faustin wari Burugumesitiri yabanyaze ubutaka, abwubakamo imidugudu bizezwa kuzishyurwa, uko imyaka igenda ishira ikibazo […]
Gisagara: Barashimwa kuba bafite ivuriro muri buri Kagari
Minisitiri w’Ubuzima, Dr Gashumba Diane, yashimye Akarere ka Gisagara kugeza ubu gafite ivuriro muri buri kagari, ibi ngo bigaragaza ko kesheje umuhigo w’imyaka irindwi mu gihe gito. Mu bukangurambaga bwise ‘Bahoneza’, bwabaye kuri uyu wa Kane tariki ya 27 Kamena 2019, mu Karere ka Gisagara, Minisitiri Dr Gashumba Diane wanafunguye ku mugaragaro amavuriro yâibanze ane […]
Noherereje databuja ifoto yanjye nkenyeye isume none yayuririyeho ansaba igitsina- Nkore iki?
Nitwa Anita, nkaba ndi umukobwa wâimyaka 31, iwacu ni mu mujyi wa Kigali, akaba ari naho nkorera akazi ka buri munsi. Mu minsi ishize nibwo nagize ntya mba nikozeho mu bintu byabaye nta ruhare mbigizemo ariko ndabona bitanyorohera. Hari amafoto ajyanye nâakazi nari nafotoje telefoni yanjye, umukoresha wanjye ansabye ko nyamwoherereza nkora ikosa ryo koherezamo nâimwe […]
RDC: FARDC yigaruriye ibirindiro byâinyeshyamba mu mirwano yaguyemo abantu 19
Igisirikare cya Congo, FARDC, kuri uyu wa Gatatu, itariki 26 Kamena kigaruriye ishyamba rya Wago, ryari indiri yâabantu bitwaje intwaro muri Teritwari ya Djugu, mu Ntara ya Ituri. Biravugwa ko ingabo za Congo zigaruriye aha hantu nyuma yâimirwano ikaze yaguyemo abantu 19 barimo inyeshyamba 16 nâabasirikare bal eta batatu nkâuko imibare yatangajwe nâumuvugizi wâigisirikare muri […]
Perezida Kagame n'umufasha we muri Botswana- AMAFOTO
Perezida Kagame wari wagendereye igihugu cya Madagascar ari kumwe n’umufasha we, kuri uyu wa Kane tariki ya 27 Kamena 2019, bakomereje urugendo muri Botswana. Ku wa Gatatu Perezida Kagame ari kumwe n’umufasha we, basuye igihugu cya Madagascar bakirwa na Perezida w’iki gihugu, Andry Rajoelina n’umufasha we Mialy Rajoelina, ku kibuga cy’indege cy’i Antananarivo, banitabira ibirori […]
Tanzania: Umugabo washakanye n'Umunyarwandakazi yahaye Depite Jaguar ubutumwa bukakaye
Umugabo wâUmunyarwandakazi Umunyana Remy, AY yagize icyo atangariza Depite Charles Njagua uzwi nka Jaguar akaba nâumuhanzi wasabye ko abanyamahanga barimo Abanyatanzaniya bakwirukanwa mu gihugu cya Kenya. Jaguar muri iki cyumweru yumvikanye mu bitangazamakuru avuga ko Abashinwa, Abanya-Tanzania, Abanya-Uganda babuzwa gukorera ubucuruzi muri Kenya kuko ngo babangamira abenegihugu. Benshi bagaragaje ko batishimiye aya magambo ya Jaguar. […]
Rusizi/ Nkanka: Barishimira iterambere bamaze kugeraho
Abaturage bo mu Murenge wa Nkanka, mu karere ka Rusizi, bavuga ko ibyo bamaze kwigezaho ubwabo mu myaka 25 bamaze bibohoye ari ntagereranywa binabereka byinshi bishoboka igihe bakomeza kubumbatira umutekano no gushishikarira umurimo banarinda ibyo bagezeho. Baganira na Bwiza.com ubwo muri uyu murenge haberaga imurika ryâibikorwa byâubuhinzi,ubwororozi,ubukorikori nâibindi, banataha ibikorwa remezo birimo ivuriro ryâibanze ( […]
Amafoto: Inyeshyamba nyinshi bivugwa ko ari iza Kayumba Nyamwasa zishwe izindi zirafatwa
Abantu benshi bikekwa ko ari inyeshyamba zâAbanyarwanda bishwe abandi bafatwa ari bazima nyuma yâigikorwa cya gisirikare cyâingabo za Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, muri Kivu yâAmajyepfo. Ababashije kurokoka biravugwa ko bahungiye nko mu birometero 100 uvuye I Minembwe. Kuri uyu wa kane nibwo byatangajwe ko uwitwa Habib Mudasru (uri ku ifoto hasi), bivugwa ko ari […]
Madagascar: Abantu 16 bapfiriye mu mubyigano ku Munsi w'Ubwigenge
Abantu bagera kuri 16 bapfirye mu mubyigano wabaye kuri sitade muri Madagascar ubwo bari mu birori by’umunsi w’Ubwigenge kuri uyu wa Gatatu, itariki 25 Kamena. Nta makuru menshi aratangazwa, gusa abategetsi baremeza ko ibi byabaye ubwo abantu bageragezaga kuva muri sitade akarasisi karangiye maze polisi igafunga imiryango. Abantu babarirwa muri mirongo bakomerekeye aha kuri sitade […]
Umugore yashatse ko turyamana ndabyamga none anyanga urunuka- Umusore utuye ku Muhima
Umusore witwa  Julius Nsabimana (amazina yahinduwe nkâuko yabidusabye) yandikiye Bwiza.com avuga ko afite imyaka 28 akaba atuye mu Murenge wa Muhima ari nako asaba inama ku kibazo afitanye nâumugore wifuje ko baryamana yabyanga agahinduka umwanzi gica. Uyu musore yanditse agira ati â  Mba mu gipangu kibamo umugore ufite umugabo nâabana bane. Uyu mugabo arakuze nâubwo […]
Uruhare rwâumugore mu kwimakaza ubumwe nâubwiyunge, inkingi ikomeye mu kubaka u Rwanda
U Rwanda ni kimwe mu bihugu bya Afurika ndetse no ku isi ubu bireberwaho mu guha ijambo umugore no kumufasha kwiteza imbere, hatibagiwe no kuba yahabwa umwanya mu gufata ibyemezo mu miyoborere yâigihugu. Nyuma yâurugamba rwatangijwe na FPR/Inkotanyi rwo kubohora igihugu no guhagarika Jenoside yakorerwaga Abatutsi muri Mata 1994, u Rwanda rwari rusigaye rusenyutse , […]
RDC: Abantu 16 baguye mu mirwano hagati ya FARDC nâinyeshyamba
Abantu cumi na batandatu baguye mu mirwano hagati ya FARDC nâinyeshyamba hatatangajwe umutwe zikomokamo mu majyaruguru yâuburasirazuba bwâiki gihugu nkâuko byatangajwe kuri uyu wa Kabiri. Akarere kabereyemo imirwano biravugwa ko ari nako kapfiriyemo abagera ku 160 mu gihe abandi babarirwa mu bihumbi amagana bahunze mu byumweru bibiri bishije. Umuvugizi wa gisirikare, Lt Jules Ngongo yabwiye […]
Ingabire Immaculée arasaba ko RIB yakurikirana abayobozi ba WASAC
Umuyobozi wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie ImmaculĂ©e, ni umwe mu bagiye bagaragaza ko izamurwa ryâibiciro byâamazi rikabije, nyuma yâaho bigaragariye ko byakoze mu manyanga, kuri ubu akaba asaba Urwego rwâigihugu rwâUbugenzacyaha (RIB) gukurikirana abayobozi ba WASAC babigizemo uruhare. Ibiciro bishya by’amazi mu Rwanda byatangajwe mu mpera y’ukwezi kwa mbere uyu mwaka, ariko abafatabuguzi batangiye […]
Abapolisi basezerewe basabwe gukomeza guharanira ko igihugu gikomeza gutekana
Umuyobozi wa Polisi yâu Rwanda, Inspector General of Police(IGP) Dan Munyuza, yasabye abasezerewe muri Polisi yâu Rwanda gukomeza kurangwa nâimyitwarire myiza no guharanira ko igihugu gikomeza kugira umutekano nâiterambere birambye. Ibi yabibasabye ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu tariki ya 26 Kamena, mu muhango wo kubasezera no kubashimira wabereye ku cyicaro gikuru cya Polisi […]
Ubushakashatsi: Abanyagitugu bagereranywa n' abarwayi bo mu mutwe
Ubushakashatsi bwakozwe  na Patrick Lemoine bugaragaza ko abategetsi bâ abanyagitugu bahuriza ku myitwarire imwe irangwa no kwikubira bikabije ndetse no kumva ko ibyo batekereza byagenderwaho babyanga bakaba banahasiga ubuzima, ibyo uyu mushakashatsi abifata nk’ indwara yo mu mutwe. Inzobere mu bijyanye no gusesengura indwara zo mu mutwe zituruka ku myitwarire , Patrick Lemoine yakoze inyigo […]
Joseph Kabila yatsembye kuva mu ngoro iteganyirijwe Perezida Felix Tshiskedi
Bitewe nâ agaciro kâ amafaranga ye bwite avuga ko yakoresheje mu mirimo yo gusana, Joseph Kabila wasimbuwe na Felix Tshisekedi  yavuze ko atazapfa kuva mu ngoro isanzwe iteganyirijwe abakuru bâ igihugu cya Congo-Kinshasa. Iyo ngoro Joseph Kabila yanze kurekura kandi avuga ko yaguzeho igice ariko akaba yanze no kwerekana ibyangombwa yubatswe na  Mobutu Sese Seko […]
Kenya: Umudepite yatawe muri yombi azira amagambo yâurwango ku banyamahanga
Polisi ya Kenya yataye muri yombi inahata ibibazo umudepite Charles Njagua Kanyi wavuze amagambo yuzuye urwango ku banyamahanga byâumwihariko abakomoka muri Tanzania na Uganda. Iyi ntumwa ya rubanda ishinja aba banyamahanga kubatwara imirimo yâubucuruzi nâishoramari mu gihugu cye. Uyu mudepite yavuze ko abivanze muri ibyo bikorwa byâubucuruzi bâabanyamahanga bose bagumba kuva muri icyo gihugu bagasubira […]
RDC: Hasohowe impapuro zo guta muri yombi umuyobozi wâumutwe wa NDC-R
Ubutabera bwa gisirikare muri Kivu yâAmajyaruguru bwasohoye impapuro zo guta muri yombi umuyobozi wâinyeshyamba witwa Guidon Shimiray Mwissa. RFI yabashije kubona kopi yâizi mpapuro zasohowe ku itariki 07 Kamena Gen. Timothee Mukuntu yemeje ko ari umwimerere. Guidon Shimiray Mwissa arashinjwa kugira uruhare mu bikorwa byâubugumutsi, ibyaha byâintambara yinjiza mu gisirikare abana nâibyaha byibasiye inyokomuntu binyuze […]
Uwabaye Miss wa Gambia mu 2014 yahishuye uko yafashwe ku ngufu nâuwahoze ari perezida
Umukobwa wâimyaka 23 wigeze kuba Miss Gambia, Toufah Jallow, yahishuye ukuntu mu 2015 yafashwe ku ngufu nâuwahoze ari perezida wâiki gihugu, Yahya Jammeh, ubwo yari akiri ku butegetsi. Ubuhamya bwe ni bumwe mu bukubuye muri raporo ya Human Rights Watch isobanura neza irindi fata ku ngufu nâihohotera rishingiye ku gitsina byakozwe na Yahya Jammeh. Gusa, […]
Kamonyi: Nyina yarabataye, ntibagira inzu, bashyizwe mu cyiciro cya 3 â Ubuzima busharira bwâabana 7 birera
Abana Barindwi bava inda imwe , batawe na nyina se amaze gufungwa, bavuga ko babayeho mu buzima busharira bwo kwirera, bakaba basaba ubufasha Leta bwo kuba babanza gukurwa mu cyiciro cya Gatatu yabashyizemo, kikaba kibabera inzitizi yo kugira icyo bagenerwa nk’abandi batishoboye. Udahemuka Eulade utuye mu Karere ka Kamonyi, Umurenge wa Runda, Akagari ka Gihara […]
Perezida Kagame nâumufasha we muri Madagascar- AMAFOTO
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame n’umufasha we, Madamu Jeannette Kagame, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 26 Kamena 2019, nibwo bageze mu gihugu cya Madagasikari, aho bitabiriye ibirori by’isabukuru y’imyaka 59 kimaze kibonye ubwigenge. Nkâuko byatangajwe na Perezidansi yâu Rwanda ibinyujije ku rukuta rwayo rwa Twitter, yagize iti âPerezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame, […]
Abahoze mu Bacengezi bavuga ko ibyakozwe na Leta yâu Rwanda bidasanzwe
Bamwe mu bahoze mu nyeshyamba bagabaga ibitero mu Rwanda bagahungabanya umutekano, bavuga ko ingabo zâigihugu barwanaga nazo zagiye zibafasha zikabavura kandi ari abanzi, bakaba bashima Leta yâubumwe. Bavuga ko Abacengezi bari barabajujubije, n’abo ingabo z’u Rwanda zifashe aho kubagirira nabi ahubwo bakabitura ineza, ibi ngo byagiye bitungura benshi babaga bafashwe mpiri cyangwa barashwe batabasha kugenda. […]
Dr Kayumba ku kwibaza kwa BBC ku byatangajwe na Perezida Kagame
Impuguke muri politiki mpuzamahanga akaba n’umushakashatsi, Dr Christopher Kayumba yagize icyo atangaza kuri BBC yagaragaye yibaza niba ibivugwa na Perezida Kagame ko Abanyaburayi bishyira hejuru ku bijyanye nâiyubahirizwa ry’uburenganzira bwa Muntu byaba ari byo. Mu kiganiro na France 24, Kagame yakebuye Abanyaburayi abashinja buri gihe kwishyira hejuru bumva ko ari bo bubahiriza uburenganzira bwa muntu […]
Hari amanyanga ashobora kuba yarakozwe mu kwishyuza abaturage amazi- Min. Gatete
Minisitiri w’Ibikorwaremezo, Amb. Gatete Claver, avuga ko mu mezi abiri ashize Abanyarwanda binubiye ko ibiciro bishyujwe ku mazi ari umurengera, bityo akaba yasobanuriye inteko ko “hashobora kuba harabayemo amakosa”. Ibiciro bishya by’amazi mu Rwanda byatangajwe mu mpera y’ukwezi kwa mbere uyu mwaka, ariko abafatabuguzi batangiye kubyishyurizwaho mu kwezi kwa kane. Byateje uburakari kuko abenshi bagaragaje ko bishyujwe amafaranga […]
Kigali: Lt. Joel Mutabazi urwaye amaso yavuze ko ataburana atareba
Imbere yâumucamanza, Lt Joel Mutabazi nâabamwunganira mu mategeko, Me Mukamusoni Antoinette na Amani Jean de Dieu, bongeye kuvuga ko impamvu bataburana urubanza rwâubujurire ari uko uregwa arwaye amaso ndetse atanabasha gusoma dosiye yâikirego. Nkâuko bivugwa nâaba bamwunganira, bavuga ko nkâuko byari byategetswe nâurukiko ku wa 20 Kamena 2019, uyu Lt Joel Mutabazi wahoze mu itsinda […]
RDC: FARDC Yakajije umutekano aho inyeshyamba zikomoka muri Uganda zibasiye abaturage
Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) yakajije umutekano mu kibaya cya Mwalika, giherereye mu gace ka Bashu, mu Burasirazuba bwâAmajyepfo ya Teritwari ya Beni, mu rwego rwo guhashya inyeshyamba za ADF zikomoka muri Uganda, zimaze iminsi zihica abaturage. Umuvugizi wâingabo ziri mu bikorwa byo guhashya imitwe yâinyeshya bizwi nka Sokola2, Major Mak Hazukay […]
Kwinjira 'mu bukwe' bwa Diamond bisaba kwishyura akayabo
Umuhanzi Diamond Platnumz yaciye amarenga ko agiye gukorana ubukwe nâumukunzi we, Tanasha Donna mu kwezi kwa Nyakanga uyu mwaka gusa kwinjira bikaba ari ukwishyura. Mu kiganiro nâabanyamakuru kuri hoteli yitwa Hyaat Regency mu Mujyi wa Dar- Es Salaam ku munsi wâejo, Diamond yaciye amarenga ko ashobora gukora ubukwe na Tanasha kuwa 7 Nyakanga kandi kwinjira […]
Kigali/Gasabo: Haracyekwa ko abana babiri bava inda imwe bishwe nâamadayimoni
Amakuru yâurupfu rwâabana babiri bava inda imwe yamenyekanye mu gitondo cyo ku wa Kabiri tariki ya 25 Kamena 2019, abaturanyi bakaba bakeka ko baba bishwe nâimyuka mibi bita Amajyini, amahembe cyangwa se Amadayimoni. Ni abana babiri ba Juwakimu Bosco na Uwimana Dorcas, batuye mu Mudugudu wa Tetero, Akagari ka Kabuye, Umurenge wa Jabana ho mu […]
Umunyamabanga Mukuru wa EAC, Liberat Mfumukeko, ari mu mazi abira
Inteko Ishinga Amategeko yâUmuryango wa Afurika yâIburasirazuba irimo gusabira ibihano Umunyamabanga Mukuru wâuyu Muryango, Umurundi Liberat Mfumukeko ishinja gukoresha nabi miliyoni eshatu zâamadolari zâumuryango. Ambasaderi Liberat Mfumukeko ariko we arahakana iryo koresha nabi ryâumutungo wa EAC ashinjwa. Abagenzuzi bâimari babwiye Inteko Ishinga Amategeko ko igice cyâayo mafaranga cyaguzwe ibintu bitigeze bigera mu bubiko kandi hatagaragara […]
Abakozi ba AC Group bashyira amafaranga ku makarita ya Tap&Go bakomeje gushinjwa ubujura
Bamwe mu baturage bakoresha ikarita yâurugendo izwi nka tap&go barinubira ubujura bwa hato na hato bavuga ko bakorerwa nâababashyiriraho amafaranga ku makarita yâurugendo , bavuga ko hari igihe umuhereza amafaranga agomba kugushyiriraho akagushyiriraho make ugereranije nâayo wamuhaye , wanamusaba inyemezabwishyu akayikwima. Aba ni bamwe mu bakora ingendo mu modoka zitwara abantu mu buryo rusange mu […]
CAN 2019: Abakinnyi ba Nigeria bakoze imyigaragambyo banga gukora imyitozo
Abakinnyi bakomoka mu gihugu cya Nigeria bakoze imyigaragambyo banga gukora imyitozo yo kwitegura umukino bafitanye na Guinea ,kubera ko ngo batahawe amafaranga yâagahimbazamusyi bemerewe. Kuri uyu wa kabiri tariki ya 25 Kamena 2019 ,aba Nigeria banze kwitabira imyitozo yari iteganijwe uyu munsi mu rwego rwo kwitegura umukino bafitanye nâigihugu cya Guinea ku wa gatatu tariki […]