Tanzania: Impunzi z’Abarundi zirasaba kwimurirwa mu yindi nkambi

Abarundi bahungiye muri Tanzania nyuma y’imvururu zishingiye kuri politiki zavutse mu gihugu mu mwaka wa 2015, barasaba kwimurirwa mu zindi nkambi, kugira ngo umutekano wazo ubungwabungwe. Izi mpunzi ziba mu nkambi 3, Nduta, Mtendeli na Nyarugusu, zikavuga ko kuba umutekano wazo ukomeza guhungabanywa biterwa n’uko inkambi zubatse hafi y’umupaka ugabanya u Burundi na Tanzania. Zisaba […]

Nta kiguzi twabona duha ubumwe bw' Abanyarwanda- Hon Mukabalisa

Perezida w’Inteko Nshingamategeko, umutwe w’Abadepite, Hon. Mukabalisa Donatille avuga ko ubumwe ari umusingi w’ibyo u Rwanda rumaze kugeraho, bityo ko nta kiguzi cyabwo umuntu yabona. Mu kiganiro Hon. Mukabalisa n’itsinda ry’Abadepite ayoboye, bagiranye n’abaturage b’umurenge wa Mudende, Akarere ka Rubavu, ubwo bari basoje umuganda usoza ukwezi kwa Gatandatu, wabaye ku wa 29 Kamena 2019, yashimiye […]

Rusizi: Abakozi b’imishinga basabwe kugira imikorere izira akajagari

Abayobozi n’abakozi b’imishinga  12 iterwa inkunga na Compassion international mu karere ka Rusizi  bongeye kwibutswa inshingano zabo mu kubonera abana bagera ku 3250 bitaho ubumenyi n’ubrere bukwiye, ku bufatanye n’abashumba b’amatorero ya gikirisitu iyo mishinga ikoreramo,buri wese asabwa kwitanga atizigama  no kunoza imikorere ngo aba bana bitaho mu bihe biri imbere bazabashe kwigirira akamaro batezweho […]

Perezida Trump yongeye guhura na Kim Jong-un atera intambwe yinjira muri Koreya ya Ruguru

Kuri iki Cyumweru, itariki 30 Kamena, Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yongeye guhura n’Umuyobozi wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong-un, bahuriye ku mupaka wa Koreya zombie, ndetse atera intambwe nkeya n’amaguru yinjira by’amateka muri Koreya ya Ruguru. Itangazo ry’uku guhura ryari ryasohowe mbere yahoo gato na Perezida wa Amerika na mugenzi […]

Ernest Nimubona ukomeye mu gisirikare cy'u Burundi yaburiwe irengero

Ernest Nimubona ufite ipeti rikuru (officier supĂ©rieur) mu gisirikare cy’u Burundi yaburiwe irengero kuva ku wa Gatanu tariki ya 27 Kamena 2019, umuryango we ukaba utaramenya irengero rye. Nk’uko bitangazwa na SOS Medias/ Burundi, ngo Ernest Nimubona yari asanzwe akora muri Etat Major, by’umwihariko akaba yaranahoze mu gisirikare cy’u Burundi na mbere y’amasezerano yo mu […]

RDC: Hagiye gukorwa operasiyo mu duce twugarijwe n'umutekano muke

Umukuru w’igihugu cya Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yatangaje ko hagiye gukorwa za ‘operations’ mu duce dutatu twugarijwe cyane n’umutekano muke uterwa n’inyeshyamba ndetse n’imitwe y’iterabwoba. Djugu na Mahagi mu ntara ya Ituri na Minembwe muri Kivu y’Amagepfo ni two duce Tshisekedi yatangarije mu isabukuru y’imyaka 59 iki gihugu kimaze kibonye ubwigenge ku […]

Nibyo, ndemeza ko ADF ari umutwe w’iterabwoba – Perezida Tshisekedi

Perezida Felix Tshisekedi, wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, yemeje ku mugaragaro ko ADF ari umutwe w’iterabwoba uteye ikibazo ku Banyekongo kandi ufitanye imikoranire n’umutwe wa Islamic State. Ni mu kiganiro yahaye RFI na France 24 kuri uyu wa Gatandatu  ari muri Katanga. Iki kiganiro biravugwa ko cyabereye muri etage ya kane y’inyubako ikoreramo Intara […]

Iburasirazuba: Umwiherero w’abayobozi witezweho impinduka mu miyoborere y’inzego z’ibanze

Abayobozi mu nzego z’banze basaga 700 bateraniye mu mwiherero w’iminsi 3 mu ishuri ryigisha abapolisi riherereye mu Murenge wa Gishari, mu Karere ka Rwamagana. Ijambo  Guverineri Mufulukye Fred yagejeje ku bayobozi baturutse mu turere twose tugize intara y’iburasirazuba  ryibanze ku kunenga ibitagenda neza mu miyoborere y’inzego z’ibanze  ndetse no gusaba ababarizwa mu nzego z’ibanze kwirinda imikorere ituma abaturage batabona […]

Kamonyi: Umurenge wa Runda wegukanye igikombe cy’umuganda uhigitse indi 415

Umurenge wa Runda mu Karere Kamonyi wahawe igikombe cy’ibikorwa by’umuganda kubera guhangana n’ibiza biherutse kwibasira ako karere mu mwaka wa 2016 bikangiza  amazu 2400, ubutaka buhinzeho imyaka mu gishanga cya Kamiranzovu, bigatwara n’ ubuzima bw’abaturage 16 . Minisitiri w’Ubutegetsi bw’igihugu, Shyaka Anastase, ashimira abaturage bo mu Murenge wa Runda kuko bagize uruhare runini mu gushyira […]

Ibisambo byitwaje intwaro byibasira abakozi ba Mobile Money byakamejeje muri Kampala

Ibisambo byitwaje intwaro byibasira abakozi ba Mobile Money mu Mujyi wa Kampala byongeye kwaduka birasa umwe muri aba bakozi ndetse n’umushoferi we. Ubujura bwabereye ku Muhanda wa Balintma, muri Zone ya Kayiwa muri Rubaga ku isaha ya saa yine z’ijoro kuri uyu wa Gatanu ushize. Umuvugizi Wungirije w’Igipolisi muri Kampala, Luke Owoyesigyire avuga ko uwishwe […]

Nyanza: Mu mihigo 73 bari bahize harimo imwe n’imwe ikiri inyuma

Ubuyobozi bw’akarere  ka Nyanza buvuga ko nubwo bwifuzaga kwesa  imihigo yose bari barahize mu mwaka w’ingengo y’imari ya 2018 — 2019  kuko mu mihigo 73  bari bahize harimo imihigo imwe  ikiri inyuma ngo bikaba byaratewe n’uko yagiye igira ikibazo. Ntazinda Erasme umuyobozi w’akarere ka Nyanza  avuga ko umuhigo wa mbere utarashoboye kugerwaho  ijana ku ijana […]

Nyamasheke: Abatesha abana amashuri bakabajyana mu mirimo ivunanye akabo kagiye gushoboka

Ubuyobozi bw’akarere ka Nyamasheke buraburira ababyeyi  n’abandi batesha abana kwiga bakabajyana mu mirimo ivunanye  bashukishawa udufaranga tw’intica ntikize ko batazihanganirwa kuko ibihano bihari bibategereje  byanatangiye,bugasaba buri wese urebwa n’uburenganzira bw’umwana guhaguruka agahangana n’ikintu cyose cyabubangamira. Ni bimwe mu byo Bwiza.com yatangarijwe n’umuyobozi w’aka karere wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage,Mukamana Claudette nyuma y’ibiganiro  abarebwa n’uburenganzira bw’umwana […]

Papa akunda kunkorakora ku mabuno- umukobwa w’i Kigali

Umukobwaw’imyaka 23 y’amavuko uvuga ko aba mu Mujyi wa Kigali, utarashatse ko dutangaza amazina ye yanditse avuga ko umugabo wa nyina akunda kumukorakora ku mabuno. Yifashishije urubuga rw’abandikira Bwiza.com  ari rwo info@bwiza.com, yavuze ko uyu mugabo ubana na nyina atari we Se umubyara ariko ko kumwita ‘papa’ ari umuco yatojwe na nyina. Avuga ko iyo […]

Diamond avuga ko  icyumba araranamo na Tanasha cyabaye nka gereza

Umuhanzi Diamond Platnumz atangaza ko yaburiye amahoro mu cyumba araranamo n’umukunzi we, Tanasha Donna bitewe n’igikombe cya Afurika kiri kubera mu Misiri. Ibi ni nyuma y’aho Ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru ya Tanzania ari nacyo gihugu cy’amavuko cy’uyu mugabo itsindiwe n’iya Kenya ibitego 3-2 mu gikombe cya Afurika. Uyu mugabo avuga ko yabuze amahoro bitewe n’umukunzi […]

Christian University of Rwanda yibutse abazize jenoside yakorewe Abatutsi- AMAFOTO

Ubuyobozi bwa Kaminuza ya Gikirisitu mu Rwanda (Christian University of Rwanda) bufatanyije n’abanyeshuri bayigamo  n’abandi  bafatanyabikorwa bayo, bibutse ku nshuro ya 25 jenoside yakorewe Abatutsi. Ni umuhango wabaye kuri uyu wa Gatanu tariki 28 Kamena 2019, aho waranzwe n’urugendo rwo kwibuka rwatangiriye kuri iyi Kaminuza, mu Kigo kitiriwe Mutagatifu Pawulo (Saint Paul) mu karere ka […]

FARDC yaburijemo igitero cya ADF inabohoza abantu 10 bari bafashwe bugwate

Igisirikare cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatanu, itariki 28 Kamena, cyaburijemo igitero cy’umutwe wa ADF mu gasantere ka Opira gaherereye muri Tenambo, ho muri Teritwari ya Beni. Aya makuru yemejwe na Sosiyete sivile yo muri Oicha binyuze kuri Janvier Kasayirio uvuga ko humvikanye intwaro ziremereye n’intoya bigateza icyoba […]

Leta y’u Burundi iravugwaho kugira gereza zitazwi hafi y’umupaka wabwo n’u Rwanda

Bamwe mu baturage baturiye umupaka w’u Rwanda n’u Burundi bavuga ko bufite gereza z’ibanga hafi yawo, ngo zikaba zifungiyemo abatavuga rumwe na Leta hamwe n’Abanyarwanda. Aho izi gereza ngo ziri ni muri Komini Bugabira na Ntega, mu Ntara ya Kirundo, Intara iri mu Majyaruguru y’u Burundi, ikaba ikora ku mupaka w’u Rwanda n’u Burundi. Amakuru […]

APR FC yirukanye abakinnyi 16 barimo na Kapiteni

Ubuyobozi bw’ikipe ya APR FC bumaze gufata umwanzuro wo kwirukana abakinnyi bagera kuri 16 barimo nabakomeye nk’uwari kapiteni wayo Mugiraneza Jean Baptiste Migi. Kuri uyu wagatanu tariki 28 Kamena 2019  ni bwo ubuyobozi bw’ikipe ya APR FC bwafashe icyemezo cyo gusezerera abakinnyi bari bamaze iminsi bigaragara ko badatanga umusaruro nkuko bitangazwa n’ubuyobozi bw’iyi kipe. Iki […]

Kuri njye, Bisesero ni ibara ry’u Bufaransa — Bernard Kayumba

Mu myaka 25 ishize, Abanyarwanda babiri barokokeye mu Bisesero, Eric na Bernard, barebanaga impungenge n’ibyiringiro aho bari babonye ubuhungiro bihishe abari bari gukora jenoside. Bernard agasanga ibyabereye mu Bisesero ari ibara ry’Abafaransa kandi igisirikare cyabo gikwiye kwemera ko cyananiwe inshingano zacyo. Icyo gihe batekerezaga ko agakiza kabo mu kaga bari barimo mu misozi ya Bisesero […]

Abafana ba Meddy bamusabye gushyira hanze indirimbo yo kubafasha impeshyi

Abafana b’umuhanzi Meddy batangaje ko bifuza ko yashyira hanze indirimbo nshya kugira ngo ibafashe kuryoshya iyi mpeshyi. Meddy yari aherutse gushyira hanze iyo yise ‘All Night’ yanyuze benshi ndetse bakayitazira iyo ku musego bitewe n’imikarago iyigize. Yifashishije urukuta rwe rwa instagram, yagize ati “ All Night, mwiteguye kumva indi muri iyi mpeshyi. Niba wumva witeguye […]

Agashya: Mu Burundi hari abantu bagiye gutanga amaturo mu kiliziya batura za grenades

Mu gihugu cy’u Burundi haravugwa ibintu bitari byabaho mu nsengero, haba muri iki gihugu ndetse n’ahandi ku Isi, aho hari abantu bagiye gutanga amaturo bakajyana ibishyimbo bivanze n’ibisasu bya grenades muri Kiliziya Gaturika yo mu Ntara ya Kayanza, mu majyaruguru y’’igihugu. Nk’uko byatangajwe n’Umuvugizi w’Igipolisi cy’u Burundi, Pierre Nkurikiye, ngo ibisasu bibiri bya grenades nibyo […]

Abanyekongo bakomeje guhungira imirwano imaze iminsi yubuye muri Uganda

Amagana y’Abanyekongo akomeje guhungira muri Uganda kubera imirwano ikaze ikomeje kubera mu gice cy’uburasirazuba bw’igihugu cyabo gikomeje no kwibasirwa n’icyorezo cya Ebola. Ukuriye Inkambi y’impunzi ya Kyangwali, Jolly Kebirungi, aravuga ko impunzi zisaga 150 zakirwa buri munsi. Amakimbirane hagati y’amoko y’Abagegere n’Abalendu ngo akaba akomeje gutuma abaturage bata ibyabo muri Joo, Muvarama na Djugu bahungira […]

OMS ivuga ko u Rwanda ruri mu byago byo kwibasirwa na Ebola

Umuyobozi w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (OMS) mu Rwanda, Dr Kasonde Mwinga avuga ko u Rwanda ruri mu byago byo kuba rwakwibasirwa n’icyorezo cya Ebola. Uyu muyobozi avuga ibi ashingiye ku kuba iki cyorezo kimaze iminsi kiyogoza uburasirazuba bwa Congo-Kinshasa buhana umupaka n’u Rwanda mu burengerazuba ndetse ikaba iherutse guhitana batatu mu Karere ka […]

Loni ku mutima wa jenoside yakorewe Abatutsi- Linda Melvern

Mu kiganiro aherutse kugirana na JA, Umunyamakuru w’ Umwongereza, Linda Melvern yatangaje ko Loni ikwiriye kuryozwa jenoside yakorewe Abatutsi basaga miliyoni hagati ya Mata na Nyakanga 1994. Linda yagize ati” Loni yisanze hagati y’ ubwicanyi ariko nta gisubizo nta n’ umuti yatanze ubwo imbaga y’ inzirikarene yicwaga kandi yari ifite ubushobozi bwose busabwa”. Yakomeje ashimangira […]

Min.Shyaka avuga ko hifuzwa ko Umujyi wa Kigali wajya ugira umwihariko mu matora

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’igihugu, Prof.Shyaka Anastase avuga ko hifujwe ko umurwa mukuru w’igihugu waba utandukanye n’utundi turere nyuma y’ibibazo byagiye bigaragara mu matora. Min. Shyaka wari mu Nteko Nshingamategeko, ahagarariye Guverinoma, mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 28 Kamena 2019, ubwo yari arimo ayigezaho irangashingiro ry’umushinga w’itegeko ngenga rigenga amatora, yavuze ko uko […]

UNAMID yongerewe amezi ane yo gukomeza kubungabunga amahoro muri Darfur

Akanama k’amahoro n’Umutekano k’Umuryango w’Abibumbye katoye umwanzuro wongerera igihe cy’amezi ane ubutumwa bwo kubungabunga amahoro i Darfur buzwi nka UNAMID. Iki gihe cyahawe ubu butumwa ni icyo gusoza ubutumwa bw’ingabo, nkuko bivugwa n’inyandiko y’umwanzuro nimero 2479 w’iyi nama yateraniye i New York kuri uyu wa kane. Ibihugu bigize iyi nama y’umutekano ku isi, byatoye ku […]

DRC: Perezidansi imaze gukoresha 97% ku ngengo y'imari yari iteganyijwe muri 2019

Mu  mezi atanu gusa ni ukuvuga kugeza ku wa 31 Gicurasi 2019,  Ibiro bya Perezida wa Repbulika Iharanira Demokarasi ya Congo bimaze gukoresha 97,98% ku ngengo y’ imari yari iteganyijwe gukoreshwa mu mwaka wose wa 2019. Ibi byatangajwe  muri raporo yavuye mu igenzura risanzwe rikorwa na Minisiteri y’ Imari n’ Ingenamigambi muri Congo-Kinshasa aho raporo […]

Mu rugamba rwo gukumira Ebola, Minisante ikeneye Miliyoni 12 z'Amadolari

Minisiteri y’Ubuzima yabwiye abaterankunga ko ikeneye miliyoni 12 z’amadolari ya Amerika mu mezi atandatu ngo ikomeze gukumirira Ebola irimo kuvugwa muri Congo na Uganda, ibihugu bituranye n’u Rwanda. Ebola imaze igihe ivugwa muri Congo Kinshasa aho imaze guhitana abantu barenga 1,500 kuva mu kwezi kwa munani umwaka ushize. Muri uku kwezi yageze no muri Uganda […]

Bumbogo: Abambuwe isambu ku bwa Burugumesitiri bamaze imyaka 21 basiragizwa

Abaturage bo mu Mudugudu wa Birembo na Gisasa, ho mu Kagari ka Ngara, Umurenge wa Bumbogo, mu Karere ka Gasabo, bavuga ko hashize imyaka 21 batarahabwa ingurane ku butaka bwabo bavuga ko bwubatswemo bayoborwa na Burugumesitiri. Aba baturage bavuga ko Rutabagirwa Faustin wari Burugumesitiri yabanyaze ubutaka, abwubakamo imidugudu bizezwa kuzishyurwa, uko imyaka igenda ishira ikibazo […]

Gisagara: Barashimwa kuba bafite ivuriro muri buri Kagari

Minisitiri w’Ubuzima, Dr Gashumba Diane, yashimye Akarere ka Gisagara kugeza ubu gafite ivuriro muri buri kagari, ibi ngo bigaragaza ko kesheje umuhigo w’imyaka irindwi mu gihe gito. Mu bukangurambaga bwise ‘Bahoneza’, bwabaye kuri uyu wa Kane tariki ya 27 Kamena 2019, mu Karere ka Gisagara, Minisitiri Dr Gashumba Diane wanafunguye ku mugaragaro amavuriro y’ibanze ane […]

Noherereje databuja ifoto yanjye nkenyeye isume none yayuririyeho ansaba igitsina- Nkore iki?

Nitwa Anita, nkaba ndi umukobwa w’imyaka 31, iwacu ni mu mujyi wa Kigali, akaba ari naho nkorera akazi ka buri munsi. Mu minsi ishize nibwo nagize ntya mba nikozeho mu bintu byabaye nta ruhare mbigizemo ariko ndabona bitanyorohera. Hari amafoto ajyanye n’akazi nari nafotoje telefoni yanjye, umukoresha wanjye ansabye ko nyamwoherereza nkora ikosa ryo koherezamo n’imwe […]

RDC: FARDC yigaruriye ibirindiro by’inyeshyamba mu mirwano yaguyemo abantu 19

Igisirikare cya Congo, FARDC, kuri uyu wa Gatatu, itariki 26 Kamena kigaruriye ishyamba rya Wago, ryari indiri y’abantu bitwaje intwaro muri Teritwari ya Djugu, mu Ntara ya Ituri. Biravugwa ko ingabo za Congo zigaruriye aha hantu nyuma y’imirwano ikaze yaguyemo abantu 19 barimo inyeshyamba 16 n’abasirikare bal eta batatu nk’uko imibare yatangajwe n’umuvugizi w’igisirikare muri […]

Perezida Kagame n'umufasha we muri Botswana- AMAFOTO

Perezida Kagame wari wagendereye igihugu cya Madagascar ari kumwe n’umufasha we, kuri uyu wa Kane tariki ya 27 Kamena 2019, bakomereje urugendo muri Botswana. Ku wa Gatatu Perezida Kagame ari kumwe n’umufasha we, basuye igihugu cya Madagascar bakirwa na Perezida w’iki gihugu, Andry Rajoelina n’umufasha we Mialy Rajoelina, ku kibuga cy’indege cy’i Antananarivo, banitabira ibirori […]

Tanzania: Umugabo washakanye n'Umunyarwandakazi yahaye Depite Jaguar ubutumwa bukakaye

Umugabo w’Umunyarwandakazi Umunyana Remy, AY yagize icyo atangariza Depite Charles Njagua uzwi nka Jaguar akaba n’umuhanzi wasabye ko abanyamahanga barimo Abanyatanzaniya bakwirukanwa mu gihugu cya Kenya. Jaguar muri iki cyumweru yumvikanye mu bitangazamakuru avuga ko Abashinwa, Abanya-Tanzania, Abanya-Uganda babuzwa gukorera ubucuruzi muri Kenya kuko ngo babangamira abenegihugu. Benshi bagaragaje ko batishimiye aya magambo ya Jaguar. […]

Rusizi/ Nkanka: Barishimira iterambere bamaze kugeraho

Abaturage bo mu Murenge wa Nkanka, mu karere ka Rusizi, bavuga ko ibyo bamaze kwigezaho ubwabo mu myaka 25 bamaze bibohoye  ari ntagereranywa binabereka byinshi bishoboka igihe bakomeza kubumbatira umutekano no gushishikarira umurimo banarinda ibyo bagezeho. Baganira na Bwiza.com ubwo muri uyu murenge haberaga imurika ry’ibikorwa by’ubuhinzi,ubwororozi,ubukorikori n’ibindi, banataha ibikorwa remezo birimo ivuriro ry’ibanze ( […]

Amafoto: Inyeshyamba nyinshi bivugwa ko ari iza Kayumba Nyamwasa zishwe izindi zirafatwa

Abantu benshi bikekwa ko ari inyeshyamba z’Abanyarwanda bishwe abandi bafatwa ari bazima nyuma y’igikorwa cya gisirikare cy’ingabo za Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, muri Kivu y’Amajyepfo. Ababashije kurokoka biravugwa ko bahungiye nko mu birometero 100 uvuye I Minembwe. Kuri uyu wa kane nibwo byatangajwe ko uwitwa Habib Mudasru (uri ku ifoto hasi), bivugwa ko ari […]

Madagascar: Abantu 16 bapfiriye mu mubyigano ku Munsi w'Ubwigenge

Abantu bagera kuri 16 bapfirye mu mubyigano wabaye kuri sitade muri Madagascar ubwo bari mu birori by’umunsi w’Ubwigenge kuri uyu wa Gatatu, itariki 25 Kamena. Nta makuru menshi aratangazwa, gusa abategetsi baremeza ko ibi byabaye ubwo abantu bageragezaga kuva muri sitade akarasisi karangiye maze polisi igafunga imiryango. Abantu babarirwa muri mirongo bakomerekeye aha kuri sitade […]

Umugore yashatse ko turyamana ndabyamga none anyanga urunuka- Umusore utuye ku Muhima

Umusore witwa  Julius Nsabimana (amazina yahinduwe nk’uko yabidusabye) yandikiye Bwiza.com avuga ko afite imyaka 28 akaba atuye mu Murenge wa Muhima ari nako asaba inama ku kibazo afitanye n’umugore wifuje ko baryamana yabyanga agahinduka umwanzi gica. Uyu musore yanditse agira ati “  Mba mu gipangu kibamo umugore ufite umugabo n’abana bane. Uyu mugabo arakuze n’ubwo […]

Uruhare rw’umugore mu kwimakaza ubumwe n’ubwiyunge, inkingi ikomeye mu kubaka u Rwanda

U Rwanda ni kimwe mu bihugu bya Afurika ndetse no ku isi ubu bireberwaho mu guha ijambo umugore no kumufasha kwiteza imbere, hatibagiwe no kuba yahabwa umwanya mu gufata ibyemezo mu miyoborere y’igihugu. Nyuma y’urugamba rwatangijwe na FPR/Inkotanyi rwo kubohora igihugu no guhagarika Jenoside yakorerwaga Abatutsi muri Mata 1994, u Rwanda rwari rusigaye rusenyutse , […]

RDC: Abantu 16 baguye mu mirwano hagati ya FARDC n’inyeshyamba

Abantu cumi na batandatu baguye mu mirwano hagati ya FARDC n’inyeshyamba hatatangajwe umutwe zikomokamo mu majyaruguru y’uburasirazuba bw’iki gihugu nk’uko byatangajwe kuri uyu wa Kabiri. Akarere kabereyemo imirwano biravugwa ko ari nako kapfiriyemo abagera ku 160 mu gihe abandi babarirwa mu bihumbi amagana bahunze mu byumweru bibiri bishije. Umuvugizi wa gisirikare, Lt Jules Ngongo yabwiye […]

Ingabire Immaculée arasaba ko RIB yakurikirana abayobozi ba WASAC

Umuyobozi wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie ImmaculĂ©e, ni umwe mu bagiye bagaragaza ko izamurwa ry’ibiciro by’amazi rikabije, nyuma y’aho bigaragariye ko byakoze mu manyanga, kuri ubu akaba asaba Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) gukurikirana abayobozi ba WASAC babigizemo uruhare. Ibiciro bishya by’amazi mu Rwanda byatangajwe mu mpera y’ukwezi kwa mbere uyu mwaka, ariko abafatabuguzi batangiye […]

Abapolisi basezerewe basabwe gukomeza guharanira ko igihugu gikomeza gutekana

Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda, Inspector General of Police(IGP) Dan Munyuza, yasabye abasezerewe muri Polisi y’u Rwanda gukomeza kurangwa n’imyitwarire myiza no guharanira ko igihugu gikomeza kugira umutekano n’iterambere birambye. Ibi yabibasabye ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu tariki ya 26 Kamena, mu muhango wo kubasezera no kubashimira wabereye ku cyicaro gikuru cya Polisi […]

Ubushakashatsi: Abanyagitugu bagereranywa n' abarwayi bo mu mutwe

Ubushakashatsi bwakozwe  na Patrick Lemoine bugaragaza ko abategetsi b’ abanyagitugu bahuriza ku myitwarire imwe irangwa no kwikubira bikabije ndetse no kumva ko ibyo batekereza byagenderwaho babyanga bakaba banahasiga ubuzima, ibyo uyu mushakashatsi abifata nk’ indwara yo mu mutwe. Inzobere mu bijyanye no gusesengura indwara zo mu mutwe zituruka ku myitwarire , Patrick Lemoine yakoze inyigo […]

Joseph Kabila yatsembye kuva mu ngoro iteganyirijwe Perezida Felix Tshiskedi

Bitewe n’ agaciro k’ amafaranga ye bwite avuga ko yakoresheje mu mirimo yo gusana, Joseph Kabila wasimbuwe na Felix Tshisekedi  yavuze ko atazapfa kuva mu ngoro isanzwe iteganyirijwe abakuru b’ igihugu cya Congo-Kinshasa. Iyo ngoro Joseph Kabila yanze kurekura kandi avuga ko yaguzeho igice ariko akaba yanze no kwerekana ibyangombwa yubatswe na  Mobutu Sese Seko […]

Kenya: Umudepite yatawe muri yombi azira amagambo y’urwango ku banyamahanga

Polisi ya Kenya yataye muri yombi inahata ibibazo umudepite Charles Njagua Kanyi wavuze amagambo yuzuye urwango ku banyamahanga by’umwihariko abakomoka muri Tanzania na Uganda. Iyi ntumwa ya rubanda ishinja aba banyamahanga kubatwara imirimo y’ubucuruzi n’ishoramari mu gihugu cye. Uyu mudepite yavuze ko abivanze muri ibyo bikorwa by’ubucuruzi b’abanyamahanga bose bagumba kuva muri icyo gihugu bagasubira […]

RDC: Hasohowe impapuro zo guta muri yombi umuyobozi w’umutwe wa NDC-R

Ubutabera bwa gisirikare muri Kivu y’Amajyaruguru bwasohoye impapuro zo guta muri yombi umuyobozi w’inyeshyamba witwa Guidon Shimiray Mwissa. RFI yabashije kubona kopi y’izi mpapuro zasohowe ku itariki 07 Kamena Gen. Timothee Mukuntu yemeje ko ari umwimerere. Guidon Shimiray Mwissa arashinjwa kugira uruhare mu bikorwa by’ubugumutsi, ibyaha by’intambara yinjiza mu gisirikare abana n’ibyaha byibasiye inyokomuntu binyuze […]

Uwabaye Miss wa Gambia mu 2014 yahishuye uko yafashwe ku ngufu n’uwahoze ari perezida

Umukobwa w’imyaka 23 wigeze kuba Miss Gambia, Toufah Jallow, yahishuye ukuntu mu 2015 yafashwe ku ngufu n’uwahoze ari perezida w’iki gihugu, Yahya Jammeh, ubwo yari akiri ku butegetsi. Ubuhamya bwe ni bumwe mu bukubuye muri raporo ya Human Rights Watch isobanura neza irindi fata ku ngufu n’ihohotera rishingiye ku gitsina byakozwe na Yahya Jammeh. Gusa, […]

Perezida Kagame n’umufasha we muri Madagascar- AMAFOTO

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame n’umufasha we, Madamu Jeannette Kagame, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 26 Kamena 2019, nibwo bageze mu gihugu cya Madagasikari, aho bitabiriye ibirori by’isabukuru y’imyaka 59 kimaze kibonye ubwigenge. Nk’uko byatangajwe na Perezidansi y’u Rwanda ibinyujije ku rukuta rwayo rwa Twitter, yagize iti “Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame, […]

Abahoze mu Bacengezi bavuga ko ibyakozwe na Leta y’u Rwanda bidasanzwe

Bamwe mu bahoze mu nyeshyamba bagabaga ibitero mu Rwanda bagahungabanya umutekano, bavuga ko ingabo z’igihugu barwanaga nazo zagiye zibafasha zikabavura kandi ari abanzi, bakaba bashima Leta y’ubumwe. Bavuga ko Abacengezi bari barabajujubije, n’abo ingabo z’u Rwanda zifashe aho kubagirira nabi ahubwo bakabitura ineza, ibi ngo byagiye bitungura benshi babaga bafashwe mpiri cyangwa barashwe batabasha kugenda. […]

Dr Kayumba ku kwibaza kwa BBC ku byatangajwe na Perezida Kagame

Impuguke muri politiki mpuzamahanga akaba n’umushakashatsi, Dr Christopher Kayumba yagize icyo atangaza kuri BBC yagaragaye yibaza niba ibivugwa na Perezida Kagame ko Abanyaburayi bishyira hejuru ku bijyanye n’iyubahirizwa ry’uburenganzira bwa Muntu byaba ari byo. Mu kiganiro na France 24, Kagame yakebuye Abanyaburayi abashinja buri gihe kwishyira hejuru bumva ko ari bo bubahiriza uburenganzira bwa muntu […]

Hari amanyanga ashobora kuba yarakozwe mu kwishyuza abaturage amazi- Min. Gatete

Minisitiri w’Ibikorwaremezo, Amb. Gatete Claver, avuga ko mu mezi abiri ashize Abanyarwanda binubiye ko ibiciro bishyujwe ku mazi ari umurengera, bityo akaba yasobanuriye inteko ko “hashobora kuba harabayemo amakosa”. Ibiciro bishya by’amazi mu Rwanda byatangajwe mu mpera y’ukwezi kwa mbere uyu mwaka, ariko abafatabuguzi batangiye kubyishyurizwaho mu kwezi kwa kane. Byateje uburakari kuko abenshi bagaragaje ko bishyujwe amafaranga […]

Kigali: Lt. Joel Mutabazi urwaye amaso yavuze ko ataburana atareba

Imbere y’umucamanza, Lt Joel Mutabazi n’abamwunganira mu mategeko, Me Mukamusoni Antoinette na Amani Jean de Dieu, bongeye kuvuga ko impamvu bataburana urubanza rw’ubujurire ari uko uregwa arwaye amaso ndetse atanabasha gusoma dosiye y’ikirego. Nk’uko bivugwa n’aba bamwunganira, bavuga ko nk’uko byari byategetswe n’urukiko ku wa 20 Kamena 2019, uyu Lt Joel Mutabazi wahoze mu itsinda […]

RDC: FARDC Yakajije umutekano aho inyeshyamba zikomoka muri Uganda zibasiye abaturage

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) yakajije umutekano mu kibaya cya Mwalika, giherereye mu gace ka Bashu, mu Burasirazuba bw’Amajyepfo ya Teritwari ya Beni, mu rwego rwo guhashya inyeshyamba za ADF zikomoka muri Uganda, zimaze iminsi zihica abaturage. Umuvugizi w’ingabo ziri mu bikorwa byo guhashya imitwe y’inyeshya bizwi nka Sokola2, Major Mak Hazukay […]

Kwinjira 'mu bukwe' bwa Diamond bisaba kwishyura akayabo

Umuhanzi Diamond Platnumz yaciye amarenga ko agiye gukorana ubukwe n’umukunzi we, Tanasha Donna mu kwezi kwa Nyakanga uyu mwaka gusa kwinjira bikaba ari ukwishyura. Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri hoteli yitwa  Hyaat Regency mu Mujyi wa Dar- Es Salaam ku munsi w’ejo, Diamond yaciye amarenga ko ashobora gukora ubukwe na Tanasha kuwa 7 Nyakanga kandi kwinjira […]

Kigali/Gasabo: Haracyekwa ko abana babiri bava inda imwe bishwe n’amadayimoni

Amakuru y’urupfu rw’abana babiri bava inda imwe yamenyekanye mu gitondo cyo ku wa Kabiri tariki ya 25 Kamena 2019, abaturanyi bakaba bakeka ko baba bishwe n’imyuka mibi bita Amajyini, amahembe cyangwa se Amadayimoni. Ni abana babiri ba Juwakimu Bosco na Uwimana Dorcas, batuye mu Mudugudu wa Tetero, Akagari ka Kabuye, Umurenge wa Jabana ho mu […]

Umunyamabanga Mukuru wa EAC, Liberat Mfumukeko, ari mu mazi abira

Inteko Ishinga Amategeko y’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba irimo gusabira ibihano Umunyamabanga Mukuru w’uyu Muryango, Umurundi Liberat Mfumukeko ishinja gukoresha nabi miliyoni eshatu z’amadolari z’umuryango. Ambasaderi Liberat Mfumukeko ariko we arahakana iryo koresha nabi ry’umutungo wa EAC ashinjwa. Abagenzuzi b’imari babwiye Inteko Ishinga Amategeko ko igice cy’ayo mafaranga cyaguzwe ibintu bitigeze bigera mu bubiko kandi hatagaragara […]

Abakozi ba AC Group bashyira amafaranga ku makarita ya Tap&Go bakomeje gushinjwa ubujura

Bamwe mu baturage bakoresha ikarita y’urugendo izwi nka tap&go barinubira ubujura bwa hato na hato bavuga ko bakorerwa n’ababashyiriraho amafaranga ku makarita y’urugendo , bavuga ko hari igihe umuhereza amafaranga agomba kugushyiriraho akagushyiriraho make ugereranije n’ayo wamuhaye , wanamusaba inyemezabwishyu akayikwima. Aba ni bamwe mu bakora ingendo mu modoka zitwara abantu mu buryo rusange mu […]

CAN 2019: Abakinnyi ba Nigeria bakoze imyigaragambyo banga gukora imyitozo

Abakinnyi bakomoka mu gihugu cya Nigeria bakoze imyigaragambyo banga gukora imyitozo yo kwitegura umukino  bafitanye na Guinea ,kubera ko ngo batahawe amafaranga y’agahimbazamusyi bemerewe. Kuri uyu wa kabiri tariki ya 25 Kamena 2019 ,aba Nigeria banze kwitabira imyitozo yari iteganijwe uyu munsi mu rwego rwo kwitegura umukino bafitanye n’igihugu cya Guinea ku wa gatatu tariki […]