Ushinjwa urupfu rwa AIGP Kaweesi yituye hasi ubwo yari mu rukiko kubera inzara
Umwe mu bantu umunani bashinjwa kugira uruhare mu rupfu rwa AIGP, Andrew Felix Kaweesi ari we Yusuf Nyanzi yituye hasi ubwo yitabaga urukiko ngo aburane ku kuba yaburana ari hanze. Yusuf  Nyanzi na bagenzi be bamaze imyaka isaga ibiri bafunzwe bakekwaho urupfu rwa Kaweesi. Uyu mugabo yituye hasi ubwo yari mu rukiko akavuga ko byatewe […]
Rwampara: Abana babiri bavukana bapfiriye mu kizenga bogagamo
Ibi Polisi yâu Rwanda ibitangaje nyuma yâaho kuri uyu mugoroba wo kuri uyu wa kabiri tariki ya 26 Gashyantare, mu Kagari ka Nyarurama, Umurenge wa Kigarama mu Karere ka Kicukiro abana babiri bavukana bogaga mu kizenga cya Rwampara barohamye bagahita bitaba Imana. Abo bana ni Igihozo Sandrine wâimyaka 12 yâamavuko na Mugisha Fabrice wâimyaka 8 […]
Muhima: Ibyiciro byâubudehe byagombye guhera mu masibo
Abaturage bagize utugari twose tw’Umurenge wa Muhima bamaze iminsi baraza inkera yâabahizi, aho baganira ku muco no ku bindi bibazo bibugarije. Akagari ka Rugenge niko kaheturiye utundi kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 23 Gashyantare 2019, aho ubuyobozi bwâumurenge buvuga ko hatahiwe imidugudu nâamasibo, ari naho hatangirwa amakuru yose, arimo nâareba ivugururwa ryâibyiciro byâubudehe. Rugenge […]
Min. Sezibera avuga ko umubano wâu Rwanda na E.U ukomeje kuba nta makemwa
Minisitiri wâUbubanyi nâAmahanga wâu Rwanda, Dr. Sezibera Richard, yatangaje ko umubano wâu Rwanda nâUmuryango wâIbihugu byâi Burayi (E.U), ukomeje kuba mwiza. Yabitangaje mu biganiro ngarukamwaka bihuza abahagarariye ibihugu bigize E.U, ndetse na Leta yâu Rwanda byabaye kuri uyu wa Kabiri tariki ya 26 Gashyantare 2019, i Kigali. Ashimangira ko uyu muryango ukomeje gufasha u Rwanda […]
Perezida Kagame yabajije abaturage bâi Nyamagabe niba banezezwa no kuba abanyuma mu Mihigo
Umukuru wâIgihugu, Paul Kagame yasuye akarere ka Nyamagabe, abaza abagatuye niba bishimira kuba abanyuma mu mihigo yâumwaka. Avuga ko umwanya wa nyuma ugaragaza ibibazo bafite kandi bishobora gukemuka. Ni uruzinduko yagiriye muri aka karere, kuri uyu wa Kabiri tariki ya 26 Gashyantare 2019. Aho yavuze ko hari ibikorwa bitegereza amikoro ariko na none ngo hari […]
Israel: Minisitiri yakatiwe gufungwa imyaka isaga 10 ashinjwa kuba intasi ya Iran
Urukiko rwo mu Mujyi wa Yerusalemu rwakatiye igihano cyo gufungwa imyaka 11  uwahoze ari Minisitiri muri Israel , Gonen Segev nyuma yo guhamwa nâibyaha byo  gutata igihugu cye mu nyungu zâigihugu cya Iran. Minisitiri Segevu yemeye ko yakoze icyaha gikomeye ku bwo gutanga amakuru ku gihugu gifatwa nkâumwanzi wa Israel. Itangazo ryashyizwe ahagaragara nâUmushinjacyaha Mukuru […]
Kenya: Hafashwe agatsiko k'abiganaga ijwi rya perezida Kenyatta bakariganya abanyemari
Igipolisi cya Kenya cyavumbuye agatsiko k’abagabo barindwi bashinwa kwigana perezida Uhuru Kenyatta bakambura Umunyemari ukomeye muri iki gihugu witwa Naushad Merali akayabo k’amafaranga. Abatawe muri yombi ni; Joseph Waswa, Duncan Muchai, Isaac Wajekeche, William Simiyu, David Luganya, Gilbert Kirunja na Anthony Wafula. Ni agatsiko bivugwa ko gafite abantu bakorana mu biro bitandukanye birimo n’iby’umukuru w’igihugu, […]
Uganda yashyikirije Congo bamwe mu bahoze muri M23 bari bahahungiye
Abahoze ari abarwanyi b’umutwe wa M23 basaga 60 bari bari mu gihugu cya Uganda burijwe indege basubizwa iwabo muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo nyuma y’imyaka isaga itanu bahungiye muri iki gihugu nyuma yo gutsindwa ku rugamba n’ingabo za leta ifatanyije n’umutwe udasanzwe wa Monusco. Biravugwa ko byibuze abahoze ari abarwanyi 57 n’abandi bantu 10 […]
Nyabihu: Urukiko rwakiriye dosiye iregwamo umugore ushinjwa kwangiza imyanya ndangagitsina y'umugabo
Ubushinjacyaha ku Rwego rwâIbanze rwa Mukamira, bwakiriye dosiye iregwamo umugore ukekwaho icyaha cyo kwangiza imyanya ndagagitsina yâumugabo, akoresheje amenyo. Ibyo byabaye tariki ya 11/02/2019, mu gihe cya saa tatu zâijoro, mu mudugudu wa Kazibake, Akagari ka Rugeshi, Umurenge wa Mukamira, mu Karere ka Nyabihu, ubwo uyu mugore uri mu kigero cyâimyaka 41 yâamavuko, usanzwe afite […]
Ruhango: Abahinzi bâinanasi bahangayikishijwe no kutabona imbuto nziza zo gutera
Bamwe mu bahinzi bâinanasi bo mu murenge wa Kabagari, mu Karere ka Ruhango bavuga ko bahangayikishijwe nâikibazo cyo kutabona imbuto nziza zo gutera zâinanasi kubera uburwayi bwibasiye iki gihingwa muri aka gace, mu gihe ari igihingwa ubusanzwe cyaheraga cyane. Ndahimana Franà §ois utuye mu kagari ka Karambi avuga ko ubusanzwe bezaga inanasi cyane ariko ubu ngo […]
RDC: Abanyururu basaga 100 batorotse Gereza ya Bandundu
Abanyururu basaga 100 muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo kuri uyu wa Mbere batorotse Gereza ya Bandundu iherereye mu Ntara ya Kwilu. Ubutumwa bw’Igipolisi cya Congo, bwanyuijwe kuri twitter buravuga ko abanyururu 105 muri 302 bari bafungiye muri Gereza ya Bandundu batorotse. Ubu butumwa bukomeza buvuga ko abo banyururu batorotse bigizwemo uruhare na bamwe mu […]
Zari yatangiye icyumweru cyâamasengesho no kwiyiriza kubera Diamond
Uwahoze ari umugore wâumuhanzi Diamond Platnumz, Zari Hassan Tlale yatangiye icyumweru cyâamasengesho no kwiyiriza kugira ngo asabire Diamond Platnum ashinja kuba umubyeyi gito. Mu minsi mike ishize, Zari yagiye aca amarenga ku ngingo yo kuba Diamond Platnumz ntacyo amufasha ku bijyanye no kurera abana babiri babyaranye. Ibi Diamond ntacyo yigeze abivugaho. Abinyijuje ku rukuta rwe […]
U Rwanda rurashaka kuba izingiro ry'ibijyanye n'ubwikorezi bwo mu kirere mu karere
U Rwanda rurashaka kuba izingiro ry’ubwikorezi bw’abantu n’ibintu mu ndege mu karere nk’uko byatangajwe kuri uyu wa Mbere n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo, Jean de Dieu Uwihanganye. ” Turareba u Rwanda nk’izingiro ry’akarere, bitari ukwibanda cyane gusa ku rujya n’uruza rw’abagenzi ahubwo n’imizigo. turi gutekereza gushyiraho umujyi w’ikibuga cy’indege uzahuzwa bya hafi n’icyanya cyahariwe […]
Mutarambirwa wahoze muri FDLR avuga ko umubare wâabasigaye muri Congo udakanganye
Komisiyo yâIgihugu Ishinzwe Gusubiza mu Buzima Busanzwe Ingabo Zavuye ku rugerero ndetse no mu mitwe yitwaje intwaro (RDRC)  itangaza ko imaze gusubiza mu buzima busanzwe abasaga ibihumbi 12 bahoze muri FDLR. Komiseri muri iyi Komisiyo, Mutarambirwa Elie, na we wahoze ari umwe mu barwanyi ba FDLR mbere yâuko ataha mu Rwanda, avuga ko imibare yâabasigaye […]
Rusizi: Abahinzi bâicyayi barasabwa kongera umusaruro
Ubuyobozi bwâuruganda rwâicyayi rwa Shagasha mu karere ka Rusizi nâubwâihuriro ryâamakoperative yâabahinzi bâicyayi mu Rwanda( FERWACOTHE)Â buvuga ko nyuma yo kongerera ubumenyi abahinzi bâicyayi nâabasoromyi bacyo bagera ku 1581 bubatezeho kongera umusaruro wâicyayi mu buryo bwifuzwa. Nyuma yâumwaka abahinzi bâicyayi nâabasoromyi bacyo bagera ku 1581 bahabwa amasomo ajyanye nâamashuri yâabahinzi bâicyayi mu mirima,bavuga ko hari […]
Kirundo: Ubuyobozi bwemeza ko imirambo icyenda yabonetse muri Rweru yavuye mu Rwanda
Ubuyobozi bwâIntara ya Kirundo mu gihugu cyâuBurundi butangaza ko imirambo icyenda yagaragaye mu kiyaga kiri hagati yâu Rwanda nâiki gihugu yavuye mu Rwanda. Mu kiyaga cya Rweru ku ruhande rwâu Burundi muri Komini Busoni, mu majyaruguru yâiki gihugu, kuri uyu wa Gatanu ushize hongeye kugaragara imirambo icyenda yâabantu ireremba hejuru yâamazi. Inkuru bifitanye isano:Â https://bwiza.com/2019/02/25/mu-kiyaga-cya-rweru-hongeye-kugaragara-imirambo-irimo-iyafatanyishijwe-igiti/ Babinyujije […]
Gasabo : Umumotari yafashwe agerageza guha ruswa umupolisi
Nyuma yaho mu ntangiriro zâiki cyumweru dusoje mu karere ka Burera mu murenge wa Gahunga ishami rya Polisi rishinzwe umutekano wo mu muhanda rihafatiye umumotari wagerageje guha umupolisi ruswa yi 5,000frw; na none mu mpera za cyo mu karere ka Gasabo mu murenge wa Remera hongeye gufatirwa undi mumotari wagerageje guha umupolisi ruswa yi 7000frw. […]
Tanzania: Impunzi zâAbarundi zijujutiye isoko zahahiragamo Leta yafunze
Leta ya Tanzania yatanze itegeko ryo gufunga isoko rya Mungano impunzi zâAbarundi zibarizwa mu nkambi ya Nduta zahahiragamo .Iki cyemezo zikaba zitacyakiriye neza ngo kuko ryari rizifatiye runini. Ni isoko bahuriragamo nâabandi baturage batuye hafi yâiyi nkambi yazo, ribarizwa mu bilometero 10 uvuye ku nkambi ya Nduta muri Tanzania, ryafunzwe ku itegeko ryatanzwe na Minisitiri […]
Gatsibo: Bahangayikishijwe nâibyobo byacukuwe mu nsi yâinzu batuyemo
Bamwe mu baturage bo mu Mudugudu wa Kamamana, Akagari ka Mamfu, Umurenge wa Muhura ho mu Karere ka Gatsibo, bavuga ko batewe impungenge nâubucukuzi bwâamabuye yâagaciro bwasize inzu zabo zinegetse, aho hari ibyobo bica mu nsi yazo ku buryo batekereza ko isaha nâisaha zishobora kuriduka bakahatakariza ubuzima. Ubu bucukuzi bwâamabuye yâagaciro bukorerwa mu mpinga yâagasozi […]
U Rwanda ni agati gasharira udapfa kurya gusa-Perezida Kagame
Perezida Paul Kagame yavuze ko u Rwanda ari agati gasharira ubwo yakomozaga ku bibazo byagiye bigaragara mu Ntara yâAmajyepfo, ahanini ngo bijyanye nâabaturanyi bâu Rwanda. Ni mu kiganiro umukuru wâigihugu yagiranye n’abavuga rikumvikana bo mu Ntara yâAmjayepfo, umuhuro wabo ukaba wabereye mu Karere ka Huye kuri uyu wa Mbere Tariki ya 25 Gashyantare 2019. Umukuru […]
Perezida  Museveni yatowe nkâumwe mu baperezida beza ku isi
Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni yashyizwe ku mwanya wa 12 mu baperezida bo ku Isi bazamuye ubukungu bw’ibihugu bayoboye. Uru ni urutonde rwashyizwe ahagaragara na Kaminuza ya New York ndetse na Banki yâIsi. Raporo yashyizwe hanze muri Gicurasi 2018 igaragaza ko Perezida Museveni ari umwe mu bakuru bâibihugu bazamuye ubukungu bwa Uganda ku buryo […]
Green Party yiteguye kubahiriza 100% itegeko rishya rigenga amashyaka
Itegeko rigenga amashyaka nâimitwe ya Politiki mu Rwanda ryo mu mwaka wa 2013 ryavuguruwe mu mwaka wa 2018, ryongerera amashyaka ububasha bumwe na bumwe, ariko ziyaka nâubundi bubasha bunyuranye. Mu mahugurwa yâumunsi umwe Ishyaka Riharanmira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda (DGPR) ryahaye abanyamakuryango bayo bagiz eKomite Nyobozi na Komite yaguye, basobanuriwe byimbitse ibyâiri tegeko, […]
RDC: Kimwe mu bigo bivurirwamo Ebola birakekwa ko cyatwitswe
Amakuru aturuka muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo aravuga ko kuri kimwe mu bigo bivurirwamo Ebola mu burasirazuba bwâiki gihugu hafashwe nâinkongi yâumuriro bikekwa ko wakongejwe nkana. Biravugwa ko hari abantu bateye bitwaje imihoro babonwe ku cyumweru nijoro aha hitwa Katwa, mbere yuko iyo nkongi yaduka. Abantu bane barwaye Ebola bahungishijwe. Nta batangajwe ko bazize […]
Bangladesh: Yarashwe mu gihe yashakaga gushimuta indege irimo abantu 156
Ubwo indege yavaga mu gihugu cya Bangladesh, umugenzi yashatse gushimuta abantu 156 barimo ariko inzego zâumutekano zimugwa gitumo, ziramurasa. CNN iratangaza ko ubwo iyi ndege yerekezaga i Dubai ivuye Dhaka muri Bangladesh, uyu mugenzi yafashe imbunda yo mu bwoko bwa pisitoli(Pistol) ayitunga bamwe mu bakozi bo mu ndege. Yategetse umutwazi ko kugusha indege ku kibuga […]
Tour du Rwanda: Umunya-Ă â°rythrĂ©e, Merhawi Kudus niwe wegukanye agace ka kabiri
Umunya-Ă â°rythrĂ©e, Merhawi Kudus ni we wegukanye agace ka kabiri (Kigali-Huye) k’irushanwa ry’amagare ririmo kubere mu Rwanda muri uyu mwaka wa 2019. Abakinnyi bitabiriye iri rushanwa bahagurutse mu Mujyi wa Kigali saa Yine zâigitondo (10:00) cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 25 Gashyantare 2019, berekeza i Huye aho basoreje aka gace. Ni urugendo rwâibilometero 120.5. […]
Perezida Trump yahishuriye mugenzi we wa Koreya ya Ruguru ibanga ryayifasha kugera ku bukungu buhambaye
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yavuze ko Koreya ya Ruguru ishobora kuba kimwe mu “Bihugu bikomeye cyane mu bukungu” ku Isi iramutse iretse gahunda yayo yo gucura ibitwaro kirimbuzi bya nikleyeri. Mu butumwa yanyujije ku rubuga nkoranyambaga rwa Twitter, Trump yavuze ko Koreya ya Ruguru ifite “Amahirwe menshi yo […]
Mani Martin yahembwe nkâumuhanzi Nyafurika uberewe kurenza abandi bose
Amakuru dukesha urubuga Twitter rwa Minisiteri yâUmuco na Siporo mu Rwanda aragaragaza ko Umuhanzi wâUmunyarwanda Mani Martin wagiye mu Iserukiramuco Nyafurika ryâUmuco nâimbyino FESPACO riri kubera muri Burukina FASO, yatangiye kwegukana ibihembo. Igihembo cyahawe MANI Martin ku mugoroba wo kuri uyu wa 24 Gashyantare 2019 ni icyo kuba ari we wari urimbye kandi aberewe kurenza […]
RHA yashyize ku mugaragaro umubare wâinyubako leta itunze
Ikigo cyâigihugu gishinzwe guteza imbere imiturire (Rwanda Housing Authority)Â kinashinzwe gucunga inyubako za leta, cyashyize ahagaragara umubare wâinyubako zanditse kuri leta nyuma yâinkuru yâikinyamakuru The Chronicles yavugaga ko nta hantu wabona umubare wâinyubako leta itunze. Inkuru yâikinyamakuru The Chronicles yari ifite umutwe ugira uti: â As Govât Seek to End Rent Dependence, There are No Records […]
Rusizi: Ubuyobozi bwa TTC-Mururu bukemanga ubumenyi bwâabanyeshuri bwohererezwa
Ubuyobozi bwâikigo cyâamashuri cya TTC- Mururu giherereye mu karere ka Rusizi, butangaza ko bwohererezwa abanyeshuri barangije ikiciro rusange busanga baba badafite amanota ahagije. Umuyobozi wâiki kigo, FrĂšre Mfurayase Jean avuga ko n’ubwo abenshi batabyitaho bitewe n’uko baba bavuga ngo nta mwana wâumuswa ubaho ariko iki ari ikibazo gikomeye cyane ku ireme ryâuburezi. Avuga ko bimaze […]
Uwahoze ari umugore wa Katawuti aricuza
Uwahoze ari umugore wâUmukinnyi wâAmavubi, Ndikumana  Katawuti ari we Irene Uwoya uzwi nka Oprah atangaza ko yicuza kuba yarashakanye  nâumuhanzi Dogo Janja. Uyu mugore atangaza ko yashakanye na Dogo Janja ariko ko umutima we utamukundaga. Ni ubukwe bwatunguranye ariko nanone urugo rwâaba bombi ntirwarambye kuko rutamaze umwaka umwe. Mu kiganiro nâikinyamakuru Risasi Jumamosi cyo muri […]
Mu kiyaga cya Rweru hongeye kugaragara imirambo irimo iyafatanyishijwe igiti
Mu kiyaga cya Rweru ku ruhande rwâu Burundi muri Komini Busoni, mu majyaruguru yâiki gihugu, kuri uyu wa Gatanu ushize hongeye kugaragara imirambo itanu yâabantu ireremba hejuru yâamazi, ariko iziritse mu buryo budasanzwe, aho abaturage bo muri iyi komini bavuga ko imirambo imwe yari ifatanyishije igiti cyacishijwe mu mirambo kigatunguka ku rundi ruhande. Ni imirambo […]
Naryamanye n'Umunyesipanye ampaye biswi- Bad Black
Umugore ukunzwe cyane ku mbuga nkoranyambaga ukomoka mu gihugu cya Uganda Shanita Namuyimba uzwi nka Bad Black yatangaje ko yigeze kuryamana n’umunyesipanye amuhaye ikiguzi cya Biscuits(Biswi). Abinyujije kurukuta rwe rwa instagram Bad Black yahishuye uko yigeze kuryamana n’umugabo ukomoka mu gihugu cy’Ubutaliyani amuhaye biscuits, uyu mugore udatinya gushyira hanze amabanga ye yo mu gitanda yanatangaje ko […]
VIDEO: Ikiganiro Isanzure-Abanyamuziki bacuranze banavuga ku muziki
UPDF ntacyo izakora kuri Gen Kyaligonza wagaragaye ahohotera umupolisikazi
Igisirikare cya Uganda (UPDF) gitangaza ko ntacyo cyiteguye gukora ku byakozwe na Rtd Maj. Gen Matayo Kyaligonza  wagaragaye ashaka gukubita umupolisikazi wâishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda, Esther Namaganda ahitwa Seeta mu Karere ka Mukono. Ubwumvikane buke bwatangiye ubwo uwo mupolisikazi yahagarikaga imodoka yari itwaye Kyaligonza ayishinja kwica amategeko yâumuhanda. Iyi ngo yaregwaga  gukata iri […]
Harmonize yasohoreye rimwe indirimbo 4 ziganjemo ibyamamare byo muri Nigeria
Icyamamare mu muziki muri Tanzania, Rajab Abdul Kahali uzwi nka Harmonize yasohoye uruhurirane rwâindirimbo (EP) 4 afatanyije na Diamond Platinumz, Yemi Aladi, Mr Eazi, Burna Boy bo muri Nigeria. Uretse indirimbo imwe yakoze wenyine yitwa âNitekeâ, izindi zose yazifatanyije na bagenzi be. âKainamaâ yayikoranye na Diamond Platinumz ndetse na Burna Boy. âShow me What You […]
Nyagatare: Hafatiwe amabaro asaga 10 yâimyenda yinjiye mu gihugu mu buryo bwa magendu
Kuri uyu wa 23 Gashyantare,Polisi mu karere ka Nyagatare yafashe imodoka yo mubwoko bwa Toyota Landcruiser RAA778H ipakiye amabaro 11 yâimyenda ya caguwa yâinjiye mu gihugu mu buryo bwa magendu. Iyi modoka yavaga mu Karere ka Nyagatare yerekeza mu mujyi wa Kigali yafatiwe mu murenge wa Rwimiyaga akagari ka Gacundezi itwawe na Mugarura Jean Pierre. […]
Gizenga wabaye Minisitiri wâIntebe kuri Leta ya Joseph Kabila yapfuye
Minisitiri Ushinzwe itangazamakuru nâitumanaho muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Lambert Mende yatangaje ko umunyapolitiki Antoine Gizenga yapfuye. Min. Mende yemeje aya makuru yâurupfu rwâuyu munyapolitiki, yihanganisha abo mu muryango we yakomokagamo ndetse nâamatsinda atandukanye yâabo bagiye bakorana mu kazi gatandukanye. Yagize ati âNi inkuru twakiranye akababaro kenshi, twihanganishije umuryango we akomokamo ndetse nâumuryango we […]
Gatsibo: Abatwika amatafari bangiza ibidukikije kubera ubushobozi buke
Abanyamuryango ba Koperative ‘Dutere Imbere Babumbyi’ ibarizwa mu Murenge wa Remera mu Karere ka Gatsibo, bavuga ko bashatse kwiteza imbere binyuze mu kubumba amatafari ariko bakaba bakomwa mu nkokora nâubushobozi buke butabemerera kubahiriza gahunda yo kubungabunga ibidukikije. Ibi bikorwa babikorera mu gishanga kiri mu mudugudu wa Bushobora, Akagari ka Akagarama I. Bavuga ko abenshi muri […]
Perezida Kagame arasura Nyamagabe imaze igihe ivugwamo ibibazo byinshi
Akarere ka Nyamagabe ni akarere kavuzwemo ibibazo byinshi birimwo gira inka zariwe n’abatazigenewe, kurya amabati, ruswa n’ibyabagizi ba nabi bateye bagatwika imodoka . Amakuru aturuka mu Karere ka Nyamagabe aremeza ko hari imyiteguro yo kwakira Umukuru wâigihugu Paul Kagame âushoboraâ kuzabasura kuri uyu wa Mbere tariki ya 25 Gashyantare 2019. Umuseke wavuganye n’umuyobozi w’Akarere ka […]
Akarengane ku kiremwamuntu, imitavu, inzuki, ninde uzishyura inyemezabwishyu zibyo yacucuye?
Ariko noneho dore ko nigenje, ibi byo n ibiki? ko ntize amategeko sinige ibyâimibarire yâabantu, sinige ibyâubukungu, sinige ibya filizofiya, ibi byo bije bite? Wagira ngo nigize umucamanza wazakiza uru rubanza rukomeye! Ariko kuko nigeze kuba umumotsi nâubunararibonye nibitseho bintera kubura ibaba buri gihe rikangurukana, ryo kagira inka, maze ngashishimura ibyâubwenge nkageeeeeenda nâiyo kure kugira […]
Umutaliyani ukinana na Areruya Joseph yegukanye agace ka mbere ka Tour du Rwanda 2019
Ku nshuro ya mbere Tour du Rwanda ivuye ku rwego rwa 2.2 ikajya 2.1 ari na bwo ibaye, agace ka mbere katangiriye mu mugi wa Kigali kerekeza Rwamagana kagaruka i Kigali, ku ntera yâibirometero 111.8, gatwawe nâUmutaliyani, Fedelli Alessandro. Igikundi cyari kirimo Umunyarwanda, Mugisha Moise ni cyo cyari imbere binjira mu mugi wa Kigali, baturutse […]
Gicumbi: Umuganga wasambanyije umugore arimo kumubyaza yakatiwe gufungwa imyaka 10
Ubushinjacyaha bwatsinze urubanza bwaregagamo umuganga witwa Mutabaruka Jean Bosco utuye mu Karere ka Gicumbi , Umurenge wa Rubaya ,Akagari ka Muguramo , ku cyaha cyo gusambanya Umugore arimo kumubyaza . Urukiko rwasanze Mutabaruka  ahamwa  nâicyaha ahanishwa igihano cyâigifungo cyâimyaka icumi nâ ihazabu ya Miliyoni yâamafaranga yâu Rwanda (1.000.000Frw). Mu iburana rye, Mutabaruka yaburanye ahakana icyaha […]
Rwanda: Ubusambanyi buvugwa kuri ba Musenyeri, Padiri, Pasitoro, Sheikh, Manseri, mu murimo w' Imana, birashoboka?
Kuri iki cyumweru umwana w’umutambyi ariko udakomoka mu muryango wâAbalewi bo muri bibliya dore ko ariwo wavagamo abatambyi gusa, niyemeje kubura ibaba ryanjye nzanywe no gukoma rutenderi muri kiliziya yanjye, itorero ryanjye, umusigiti wanjye nâahandi hose nkorera Imana uko yampamagaye kose nkibaza niba bisoboka ko ubusambanyi buvugwa kubakorera Imana niba byaba bishoboka? nkanibaza kandi niba […]
U Burundi ngo bushobora kuvana ingabo zabwo zose muri Somalia
Nyuma yâaho Afurika Yunze Ubumwe ifatiye icyemezo cyo gucyura ingabo zâu Burundi 1000 mu zari mu bikorwa byo kubungabunga amahoro muri Somalia guhera kuri uyu wa kane ushize, na nâubu impaka zirakomeje kuri iki cyemezo ku buryo u Burundi bunavuga ko bushobora gukura nâizindi ngabo zabwo zari zisigaye muri Somalia zigera ku 5400. U Burundi […]
Rwamagana: Abaturage bijeje abadepite guhindura imyumvire
Abaturage  batuye mu Murenge wa Kigabiro mu Karere ka Rwamagana bavuga ko bishimiye impinduka mu mikorere yâinteko ishingamategeko, banishimira ko abadepite bahisemo kubegera bakaganira ku bibazo bibabangamiye mu ntego biyemeje hagamijwe imibereho myiza nâiterambere ryâumuturage . Mu  Murenge wa Kigabiro abadepite bari mu Karere ka Rwamagana mu ruzinduko rwâiminsi ibiri bafatanyije nâabaturage gukora umuganda rusange  bakora isuku hafi yâikibuga […]
Koreya ya Ruguru: Kim Jong Un yagiye guhura na Trump agendeye muri gali ya moshi
Ejo, tariki ya 23 Gashyantare, Umukuru wâIgihugu cya Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un, yagiye guhurira na Donald Trump muri Vietnam agendeye muri gali ya moshi. Ni ibiganiro bizaba ku wa gatatu no ku wa kane tariki ya 27-28 Gashyantare 2019. Uru rugendo biteganwa ko rutwara iminsi irenze ibiri kugira ngo Kim agere mu murwa […]
Venezuela: Igisirikare cyakumiriye imfashanyo zivuye hanze
Igisirikare cyo muri Venezuela kuri uyu wa Gatandatu cyateye ibyuka biryana mu maso mu baturage bari ku kiraro gihuza icyo gihugu na Columbia. Abo baturage bageragezaga gukura bariyeri kuri icyo kiraro kugirango imfashanyo nâubutabazi zishobore kwinjira muri Venezuela. Abatavuga rumwe nâubutegetsi muri Venezuela baravuga ko biyemeje kwinjiza ku ngufu imfashanyo ivuye muri Columbia bakoresheje amamodoka […]
Rwamagana: Ibura ryâamazi ryatumye ijerekani yâamazi igura amafaranaga 300
Abaturage batuye mu karere ka Rwamagana mu mirenge ya Kigabiro na Muhazi bavuga ko bahangayikishijwe no kubura amazi byazamuye ibiciro byâamazi kugera naho ijerekani igura amafaranga 300 . Abatuye mu murenge wa Kigabiro bafite amazi mu rugo bavuga ko kuyagira mu rugo ntacyo bibamariye kuko kugirango bayabone bibasaba kuyagura amafaranga 300. Ndashimiye Jean Claude avuga […]
AMAFOTO: Mike Karangwa yambikanye impeta nâumukunzi we
Mike Karangwa wakoze mu itangazamakuru ryo mu Rwanda cyane mu myidagaduro, yasezeranye imbere yâImana na Isimbi âMimiâ Roselyne kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 23 Gashyantare 2019. Umuhango wo gusezerana imbere yâImana wa Mike Karangwa nâumukunzi we wabereye muri muri Eglise Vivante ku Kimihurura, ibirori byo kwakira no kwishimana nâinshuti nâabavandimwe bibera muri Camp Kigali. […]
Nyamasheke: Ruharambuga: Barishimira aho SACCO yabo igeze yiyubaka nyuma yâibihe
Abanyamuryango ba Terimbere Ruharambuga SACCO ikorera mu murenge wa Ruharambuga mu karere ka Nyamasheke, bavuga ko bishimiye aho iki kigo cyâimari cyabo kigeze cyongera kwiyubaka nyuma yâibihe bibi byagishegeshe biri mo inyerezwa ryâamafaranga yabo agera kuri 50.000.000 zâamanyarwanda ryakozwe na bamwe mu bari abayobozi bayo muri 2014 na 2015 nâizindi ngorane yagiye ica mo. Ni […]
Ubuhinde: Inzoga yâinkorano imaze guhitana abasaga 99
Abakozi bo mu cyayi mu Buhinde basaga 99 bamaze guhitanwa nâinzoga irimo uburozi, abandi 100 bari mu bitaro. Ibi byabereye mu Majyaruguru yâUburengerazuba bwâiki gihugu kuva ku wa 22 Gashyantare. Uko iminsi yagiye ihita, ni ko umubare wâababayinyoyeho bapfa biyongera. Ku wa Kane ushize ni bwo humvikanye ko umuntu wa mbere yapfuye. Aya makuru yaturutse […]
U Burusiya bwatoye itegeko ribuza abasirikare gukoresha Smart Phones
Mu gihe nâubusanzwe bamwe mu basirikare bâu Burusiya batari bemerewe gukoresha telephone zigezweho igihe bari ku kazi, bitewe nâaho bakorera hakenewe kurindirwa ibanga ryâakazi ku buryo buhanitse, ubu noneho ingingo ibabuza gukoresha Smart phones igiye kugirwa itegeko ku basirikare bose bâu Burusiya hatitawe ku bwoko bwâakazi buri umwe yaba akora gatandukanye nâakâundi. Ku mpamvu zo […]
Amerika yafatiye ibihano abayobozi bakuru batanu muri RDC
Uyu wa 22 Gashyantare, Leta Zunze Ubumwe za Amerika zafatiye ibihano abayobozi batanu bakomeye muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, birimo no guhagarikirwa viza. Aba bayobozi biganjemo abagize Komisiyo Yâigihugu yâamatora, CENI ni: Corneille Nanga, umuyobozi mukuru wa CENI, Marcellin Mukolo Basengezi, umujyanama wa Nanga, Norbert Basengezi Katintima wungirije Nanga. Abandi ni Aubin Minaku Ndjalandjoko […]
Hari abadepite badakozwa ukwiyamamaza kwa Perezida Museveni mu 2021
Abadepite batandatu banenze icyemezo cya Komite Nkuru yâIshyaka (CEC) riri ku butegetsi muri Uganda, NRM cyo kwemeza ko Perezida Yoweri Kaguta Museveni ari we uzabahagararira mu matora yâumukuru wâigihugu ateganyijwe mu 2021. Aba badepite barimo Theodore Ssekikubo (Lwemiyaga), Monica Amoding, John Baptist Nambeshye, Sam Lyomoki,  Gaffa Mbwatekamwa na Patrick Nsamba. Mu kiganiro nâabanyamakuru kuwa 21 […]
Indimbo nshya : MOLIMO MOSANTU na Chorale La Lumiere
Uganda: Umunyarwanda yamaze amezi abiri apfutse amaso, aziritswe n'amapingu ku maguru nâamaboko
Umugabo wâUmunyarwanda, DamascĂšne Muhawenimana utuye mu Murenge wa Macuba, Akarere ka Nyamasheke,  avuga ko yamaze amezi abiri apfutse amaso,afunzwe amapingu ku maguru no ku maboko. Uyu mugabo wari wagiye muri Uganda agiye gushaka murumuna we yemeje ko ibi yabikorerwaga nâinzego zâIperereza rya Gisirikare muri  Uganda (CMI). Muhawenimana yatangarije ibinyamakuru byo mu Rwanda ko inzego zâUbutasi […]
Abarundi ntibishimiye igitekerezo cya Jules Ulimwengu kuri Kagere Meddie
Umusatirizi mu ikipe yâigihugu yâUburundi (Intambamurugamba) na Rayon Sports, Jules Ulimwengu ntiyishimiwe nâabarundi. Ni nyuma yo kuvuga ko iyi kipe yâiwabo iramutse ifite rutahizamu nka Kagere Meddie wâUmunyarwanda byafasha iyi kipe cyane. Kuwa kane, tariki ya 20 Gashyantare nib wo Jules Ulimwengu yabwiye Igihe ko Uburundi bukeneye umusatirizi nka Kagere Meddie muri iki gihe. âNkunda […]
R Kelly yishyiriye polisi nyuma yâibirego 10 bimushinja gufata ku ngufu abana
Icyamamare mu muziki muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA), Robert Kelly uzwi nka R Kelly, yishyiriye polisi yo mu mugi wa Chicago. Ni nyuma yâibirego bishya 10 bimushinja ihohotera rishingiye ku gitsina yakoreye abana bâabakobwa kuva mu 1998. Kuri uyu wa gatanu, tariki ya 22 Gashyantare ni bwo yishyikirije polisi, ako kanya imuta muri […]
 Abavuga rikijyana bâubwami bwa Ankole bariye karungu
Abavuga rikijyana bo mu bwami bwa Ankole muri Uganda barakajwe cyane nâigongwa ryâimodoka yâumwamikazi wabo, Denise Tusiime Kwezi yari itwawe nâumugabo bitazwi umubano afitanye n’uyu mwamikazi wigeze gushinjwa kuba umusambanyi n’ubwo we yagiye abihakana. Imodoka yâumwamikazi Kwezi, kuri ubu udafite umugabo, yakoze impanuka ubwo yari itwawe nâumusore bivugwa ko ari umunyamategeko ukiri muto uba i […]
Maitre Ntaganda ntiyemeranya na Raporo yâUmuryango wâAbibumbye kuri P5
Nyuma yâigihe gito hasohotse raporo yâimpuguke zâumuryango wâabibumbye zagaragaje ko hari umutwe wa Politiki unitwaje intwaro ushamikiye ku mashyaka atanu yibumbiye mu cyiswe P5 uteganya guhungabanya umutekano wâu Rwanda,. Maitre Ntaganda Bernard yavuze ko ibyâiyo raporo amagambo yaharirwa Nankan a. Ni mu kiganiro Maitre Ntaganda yagiranye na Radio Ijwi rya Amerika kuri uyu wa 22 […]