Chelsea yahanwe kutagura umukinnyi kugeza mu 2020
Ishyirahamwe ryâUmupira wâAmaguru ku Isi (FIFA) ryahannye Chelsea kutazagura abakinnyi mu masoko abiri yâigura ryâabakinnyi ari imbere. Uyu mwanzuro ryawufashe nyuma yâaho bigaragariye ko iyi kipe yo mu Bwongereza yaguze abakinnyi bakiri bato. Kugeza mu mpera za Mutarama 2020, iyi kipe izaba yemerewe kugurisha abakinnyi ariko yo itemerewe kugira abo igura. Icyakoze, iyi kipe yahawe […]
Nashakaga kumva uko igitsina cye kimeze- uwakundanaga na Blac Chyna
Umuraperi Soulja Boy wari umaze iminsi akundana nâumunyamideri Blac Chyna avuga ko mu byâukuri atakundaga uyu mugore ko ahubwo yari agamije kumva uko imiterere yâigitsina cye imeze. Ibi uyu muraperi yabitangaje abinyujije ku rukutarwe rwa twitter nyuma yo gutandukana na Blac Chyna ariko kugeza ubu bikaba byarahise bisibwa nkâuko TMZ ibitangaza. Yagize ati â Nashakaga […]
Perezida wâu Burusiya yavuze igihe azarasira muri Amerika
Amerika nâu Burusiya ni ibihugu bibiri byâibihangage ku Isi bihora bicunganwa ijisho ku rindi kugira ngo kimwe kidaca ikindi mu rihumye kikagihungabanyiriza umutekano, bityo Perezida wâu Burusiya, Vladimir Putin, akaba avuga ko azarasa Amerika mu gihe cyose yazaba yashyize ibisasu byayo bya misile i Burayi. Perezida Putin yabitangaje mu ijambo yagejeje ku baturage imbere yâinteko […]
Uganda: Ingona yari imaze kwica inka zirenga 10 yafashwe
Ikigo kâigihugu gishinzwe ubuzima bwâinyamaswa zo mu ishyamba muri Uganda, Uganda Wildlife Authority (UWA) cyatangaje ko ingona yari imaze kwica inka zisaga 10 yafashwe kuri uyu wa kane, tariki ya 21 Gashyantare. Iyi ngona yafashwe nâitsinda rizobereye mu byo guhangana nâibibazo byâinyamaswa zo mu ishyamba mu gace ka Tonya-Buseruka, hafi yâikiyaga cya Albert. Ubuyobozi bwâiki […]
Ibintu byâingenzi wakora kuri murandasi (Internet) bikakugirira umumaro mu buzima
Nyuma yâaho murandasi (internet) itangiriye gukoreshwa, ubu ifite ubushobozi bubiri ari bwo âgutuma umuntu atakaza umwanyaâ no âgutuma umuntu abyaza umusaruro igihe abonyeâ bitewe nâibyo aba ahakorera. Hari abakoresha imbuga mu buryo bwâibiganiro gusa, abandi bakazikoresha bashaka kunguka ubumenyi mu ngeri zitandukanye. Muri izi mbuga zo kuganiriraho, twavuga cyane âimbuga nkoranyambagaâ nka Facebook, Whatsapp, Twitter, […]
Kihebe wakoranaga nâinyeshyamba zâi Burundi yishyikirije ingabo za Leta ya Congo
Igisirikare cya Leta ya Congo (FARDC) cyatangaje ko ku wa 21 Gashyantare 2019, umuyobozi wâinyeshyamba za MaĂ ÂŻ-MaĂ ÂŻ Kihebe, uzwi ku izina rya Kihebe Ngabunga yashyize intwaro hasi kikaba kimufite. Izi nyeshyamba za MaĂ ÂŻ-MaĂ ÂŻ Kihebe zirwanira mu gace ka Mulenge, mu misozi ya Ruzizi, Teritwari ya Uvira, mu Ntara ya Kivu yâAmajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi […]
Ubuvanganzo bwa Bamporiki na Mc Philos bimwe mu byaryoheje ubukwe bwa Mike Karangwa- AMAFOTO
Mike Karangwa wamamaye mu itangazamakuru no mu kanama nkempurampaka kâirushanwa rya Miss Rwanda, yasabye anakwa umukunzi we Isimbi Roselyne âMimiâ; uyu akaba umwana wa Dr BIHIRA Canisius. Ibi birori byayobowe na Mc Philos wagaragaje ubuhanga bukomeye mu kuyobora imisango yâubukwe ndetse Hon. BAMPORIKI Edouard yongera kugaragaza ko ari umutoza wâintore. Mike Karangwa nâumukunzi we Isimbi […]
Meddy yagize icyo abaza abakobwa nâabahungu bo muri Uganda
Umuhanzi  Meddy yabajije abasore nâinkumi bo muri Uganda ku byo bavugwaho byo kutababarira igihe babajwe nâabo bakundana. Ibi bikomoka  ku mashusho yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga zirimo Watsupp aho umusore umwe wâuruhu rwera ababaza umukunzi we wâumukobwa. Uyu ashaka kumukubita ariko nyuma akamureka. Ku rundi ruhande, undi mukobwa bivuga ko ari Umunyayuganda we ntababarira umusore ahubwo […]
Wema Sepetu yazanye urujijo mu rubanza rwe
Icyamare muri sinema mu gihugu cya Tanzania, Wema Sepetu yabashije kwikura imbere yâumucamanza mu rukiko rwâibanze rwa Kisutu, Maira Kasonde nyuma yo gutera utwatsi ibyo gukwirakwiza amashusho yâurukozasoni ku mbuga nkoranyambaga. Mbere yo gusomerwa, ibinyamakuru byo muri Tanzania byari byatangaje ko isomwa ryo kuwa 18 Gashyantare 2019 rishobora gusiga Wema Sepetu ahamwe nâiki cyaha. Wema […]
Ibyâumubano mubi hagati yâu Rwanda na Uganda ntibyahingukijwe mu biganiro byahuje Min. Sezibera na Amb.Wonheka
Ambasaderi wa Uganda mu Rwanda, Oliver Wonheka na Minsitiri wâUbubanyi nâAmahanga wâu Rwanda, Dr Richard Sezibera ariko ntibaganiriye ku mubano wâibihugu byombi wazambye kuva mu Kwakira 2017. Muri iyi nama yâisaha nâigice hagati yâaba bombi kuri uyu wa 21 Gashyantare 2019 nkâuko The EastAfrican ibitangaza, haganiriwe  ku zindi ngingo zo kunoza umubano. Amb. Wonheka yatangarije […]
MINEDUC ivuga ko hari byinshi mwalimu yahawe bitari ukongererwa umushahara gusa
Video : SATURA IJURU na Assumpta Muganwa
U Burundi burashinja u Rwanda kwirukanisha ingabo zabwo muri Somalia
Igihugu yâu Burundi ntikishimiye gahunda yo kuvana abasirikare bayo mu butumwa bwâamahoro muri Somalia, bukaba bunashinja u Rwanda kuba inyuma yâubugambanyi butuma ingabo zabwo zisabirwa kugabanywa muri ubwo butumwa. Minisitiri wâIngabo wâu Burundi Emmanuel Ntahomvukiye uvuga aya magambo, ntasobanura uburyo u Rwanda rubifitemo uruhare. Arongera kandi agahinja Maj Petero Buyoya wahoze ari Perezida wâu Burundi […]
RDC: Abantu 18 baburiye ubuzima mu mpanuka yâimodoka
I mpanuka yabaye ku wa Gatatu tariki ya 20 Gashyantare 2019, yatwaye ubuzima bwâabantu 18, ahitwa Kabwe, mu Ntara ya Lualaba, muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.12 barakomereka, umunani muri bo bari barembye cyane bajyanwa kwitabwaho nâabaganga mu bitaro byâi Kolwezi. Umuyobozi wâUmuryango ACAT (Action des chrĂ©tiens pour lâabolition de la torture) i Tenke, M. […]
Rusizi: Abakobwa babyariye iwabo bagaragaje uruhuri rw'ibibazo bahura nabyo
Abakobwa 22 babyariye iwabo barimo nâabacikirije amashuri bamaze kubyara, bo mu mirenge ya Kamembe,Gihundwe na Mururu mu karere ka Rusizi, barashimira itorero ryâabangilikani Diyoseze ya Cyangugu rimaze umwaka wose ribigisha umwuga wo kudoda imyenda,bakarisaba ko nyuma yo kurangiza aya masomo no kuyahererwa impamyabushobozi bahabwa nâuburyo bwo gukora bakiteza imbere bakanarera neza abo babyaye, bahabwa ibikoresho […]
Abiyitirira Nyampinga wâu Rwanda 2019 bikomwe
Abategura Miss Rwanda bikomye abantu batandukanye bagiye bafungura inkuta kuri twitter mu izina ryâuwatowe muri uyu mwaka wa 2016, Nimwiza Meghan. Bimaze kugaragara ko hari inkuta nyinshi zifungurwa mu mazina yâabantu bazwi cyane mu Rwanda byâumwihariko abo mu myidagaduro. Nyuma bigaragara ko amazina aba yakoreshejwe aba atari ayabo. NKâuko bigaragara ku rukuta rwa twitter rwa […]
Burundi: Hafashwe umurozi umaze kuroga abasaga ijana -Amafoto
Kuri uyu wa 21 Gashyantare 2019, mu gihugu cyâ u Burundi habyutse umukwabu wo guhiga abarozi nyuma yaho hagaragriye umurozi umaze kuroga abasaga 100, Iki gikorwa cyakozwe nâinzego zâumutekano zifashishije intwaro, cyabereye mu gace ka Mugala. Ibi bibaye nyuma yâaho umuturage afashwe, akiyemerera ko amaze kuroga abaturage basaga 100. Inzego zâumutekano zafashe umwanzuro wo guhiga […]
Isoko mpuzamipaka rya cyanika riratangira gukora mu kwezi kwa Werurwe
Iri soko rigezweho ryubatse mu Murenge wa Cyanika mu Karere ka Burera ku mupaka wâu Rwanda nâIgihugu cya Uganda, aho imirimo yo kuryubaka imaze hafi umwaka irangiye. Abatuye muri ako gace bakaba bategererezanye amatsiko umunsi rizafunguriraho imiryango bagatangira kurikoreramo no kurihahiramo, kuko ngo bizeye ko rizabaruhura ingendo bajyaga bakora bagiye gushakira ibicuruzwa nâibiribwa mu Gihugu […]
Ishyamba si ryeru hagati ya Harmonize nâubuyobozi bwa Wasafi burimo Diamond Platnumz
Haravugwa umwuka utari mwiza hagati yâumuhanzi Harmonize nâUmuyobozi wâInzu Itunganya Umuziki ya Wasafi (WCB), Diamond Platnumz ku ngingo yo gushyira hanze umuzingo wâindirimbo (EP). Aya makuru ahera ku kuba Harmonize yari yatangarije abakunzi be ko azashyira hanze EP (ni umubare w’indirimbo runaka ushyirwa hanze, aha bitandukanye na alubumu) ye hanze kuwa 18 Ukuboza 2019 ariko […]
Abahungu beretse igihandure abakobwa mu bizamini bisoza ayisumbuye
Minisiteri yâUburezi mu Rwanda yashyize hanze amanota yâabanyeshuri basoje amashuri yisumbuye. Bigaragara ko abahungu batsinze ku kigero cya cyo hejuru ya 93.3Â % mu gihe abakobwa batsinze ku cya 84.0Â %. Minisitiri wâUburezi, Dr Eugene Mutimura mu muhango wo gutangaza aya manota kuri uyu wa 21 Gashyantare 2019, yagaragaje nâubwo abahungu batsinze cyane ari bo bari bake […]
Burundi: Urukiko rwumvise bane bahoze muri Ex-Fab bashinjwa uruhare mu rupfu rwa Ndadaye
Mu gihe mu Burundi hakomeje gushakishwa ukuri ku iyicwa rya Merchior Ndadaye, perezida wa mbere watowe mu nzira ya demokarasi mu 1993 akicwa atamaze igihe ku butegetsi, Urukiko rwâIkirenga rwa Gitega rwumvise abahoze mu gisirikare cyâu Burundi bane barimo batatu bafite ipeti rya colonel nâuwari ufite ipeti rya general major. Abo ni ba Colonels Laurent […]
Dushaka sosiyete sivili idatekereza bimwe na Leta- Depite Habineza
Umudepite akaba nâUmuyobozi wâIshyaka Riharanira Demokarasi nâIbidukikije (Green Party), Frank Habineza avuga ko Sosiyete Sivile Nyarwanda yigize umuvugizi wa Leta bityo ko isubiramo ibyo iba yavuze aho kuvugira abaturage. Mu kiganiro na Bwiza.com, uyu mudepite yatangaje ko Sosiyete Sivile Nyarwanda buri gihe isubiramo ibyo Leta yavuze kandi ubusanzwe yakabaye ivugira abaturage, ingingo avuga ko ari […]
Rubavu: Urubyiruko ruvuye i Wawa rwijejwe kwitabwaho no gukurikiranwa
Umuyobozi wâAkarere ka Rubavu, Habyarimana Gilbert, yijeje urubyiruko rusoje amasomo mu kigo cya i Wawa kwitabwaho ndetse no gukurikiranwa binyuze muri gahunda zitandukanye zâIgihugu zigamije guteza imbere urubyiruko. Ibi yabyijeje kuri uyu wa 20 Gashyantare 2019 ubwo yarwakiraga ari kumwe na bamwe mu babyeyi barwo ndetse nâabafatanyabikorwa bâAkarere. Nkâuko yabishimangiye, Umuyobozi wâAkarere ka Rubavu yaganirije […]
Louise Mushikiwabo yohereje intumwa muri Senegal zigomba gukurikirana amatora
Umuryango wâIbihugu bikoresha Ururimi rwâIgifaransa (OIF) kuri uyu wa Gatatu, itariki 20 Gashyantare watangaje ko Umunyamabanga Mukuru wawo, Louise Mushikiwabo yohereje muri Senegal intumwa zigomba kuzakurikirana igikorwa cyâamatora yâumukuru wâigihugu ateganyijwe kuwa 24 Gashyantare muri iki gihugu. Ni itsinda ryâintumwa riyobowe nâuwahoze ari Minisitiri wâIntebe wa Sao Tome na Principe, Patrice Emery Trovoada, rikaba rigizwe […]
Itangazo ryo guhindura izina
RDC: Abayobozi bâimitwe ya politiki igize ihuriro FCC biyemeje gukomeza kubaha Joseph Kabila
Abayobozi bâimitwe ya politiki yibumbiye mu ihuriro FCC (Front commun pour le Congo) kuri uyu wa Gatatu, itariki 20 Gashyantare, bashyize umukono ku masezerano yo gukomeza kuba abizerwa kuri Joseph Kabila wahoze ayoboye iki gihugu ndetse no kumwubaha nkâumuyobozi wâiri huriro. Ihuriro FCC niryo rifite abadepite benshi mu nteko ishinga amategeko ndetse n’abo ku rwego […]
Icyo Muhoozi yabwiye abakunzi be nyuma yo kwambikwa ipeti rya Liyetona Jenerali
Umuhungu wâimfura wa Perezida Museveni wa Uganda, Muhoozi Kainerugaba, nyuma yo kwambikwa ipeti rya Liyetona Jenerali, yashimiye abakunzi be ku mbuga nkoranyambaga. Ku wa 8 Gashyantare 2019, nibwo byatangajwe ko Perezida wa Uganda, Joweli Kaguta Museveni akaba nâumugaba wâIngabo wâIkirenga zâiki gihugu (UPDF) yazamuye mu ntera abasirikare batandukanye bâabofisiye, barimo nâumuhungu we, Muhoozi wari umaze […]
U Burusiya: Hatowe itegeko ribuza abasirikare gutunga Telefoni za âsmartphonesâ
Inteko Nshingamateka y’u Burusiya yemeje itegeko ribuza abasirikare gukoresha “smartphones” bari mu mirimo, kubera ikibazo cyâumutekano. Iryo tegeko rishya ribuza abakora mu gisirikare no muri Minisiteri yâingabo, gutunga Telefoni ngendanwa ishobora gufata amafoto, Videwo no kujya ku mbuga nkoranyambaga. Nkâuko BBC ibitangaza, ngo abo basirikare babujijwe kwandika amakuru yerekeye igisirikare no kuvugana n’abanyamakuru. Abadepite barenga […]
Nyamasheke: Batatu barimo umuyobozi wâishuri bafunze bakekwaho kwiba sima
Abagabo batatu barimo umuyobozi wâishuri ribanza rya Nyamirundi mu murenge wa Nyabitekeri, mu karere ka Nyamasheke, bamaze iminsi mu maboko yâubugenzacyaha, sitasiyo ya Ntendezi bakekwaho kwiba  imifuka 38 ya sima  yari igenewe kubaka ibyumba Bitanu byâamashuri kuri iri shuri. Umunyamabanga Nshingwabikorwa wâumurenge wa Nyabitekeri, Twagirayezu Zacharie aganira na Bwiza.com, yavuze ko abafunze ari umuyobozi  wâiri […]
Ibitekerezo ku itorero ry'igihugu – kugarura no kurengera umuco w'abanyarwanda
Mu nyandiko yanjye iheruka navuze nshima ubuyobozi bwongereye umurego mu kugarurira agaciro amuco w’u Rwanda kuko ariwo shingiro n’imibereho ya buri mbaga yose aho iva ikagera. Nyuma ya Kamere (nature) hakurikiraho umuco (culture) hagataho gutunganya aho aba (architecture) (Prof Khaled Haj) Uyu munsi nifuje ko turebera hamwe umuco ubwawo icyo aricyo, icyo umaze, akamaro kawo […]
Uburyo Umunyarwandakazi Tabula na bagenzi be birukanwe babangamiraga umutekano wa Uganda
Umuvugizi wa Leta ya Uganda, Ofonwo Opondo yatangaje uburyo Umunyarwandakazi, Annie Tabura Bilenge, Umufaransa,Olivier Prentout nâUmutaliyanikazi, Elsa Mussolini, Umubiligi, Wim Vanhelleputte babangamiraga umutekano wâiki gihugu,bigatuma birukanwa. Amagambo ya Ofonwo Opondo asobanura ibyâiki kibazo aje nyuma yâaho abantu benshi bagiye banenga Uganda kuba yarirukanye aba Banyamahanga ibashinja kubangamira umutekano wâiki gihugu ariko ntisobanure uko babikoraga. Opondo […]
RURA yahaye gasopo amateleviziyo nâamaradiyo acyamamaza ibikorwa byâubuvuzi
Ikigo cyâigihugu gishinzwe kugenzura imirimo ifitiye igihugu akamaro, RURA, cyongeye gushimangira amabwiriza ya minisiteri yâubuzima gisaba amaradiyo nâamateleviziyo guhagarika kwamamaza no gutambutsa ibiganiro byamamaza ibikorwa byâubuvuzi bitaba ibyo bagatangira gufatirwa ibihano. RURA ivuga ko ibi biri mu rwego rwo gushyira mu bikorwa amabwiriza ya Minisiteri NÂș20/0004 yo kuwa 09/01/2019 abuza kwamamaza ibikorwa byâubuvuzi, nâibiganiro bitemewe. […]
RALC yahaye REB impano yâibitabo 1000 byâ indagagaciro zâumuco nyarwanda
Mu rwego rwo gusigasira umuco nyarwanda nkâumurage wâigihugu, Inteko yâumuco nâururimi (RALC) yashyikirije ikigo cyâigihugu gishinzwe uburezi, REB impano yâibitabo 1000 byâindangagaciro zâumuco nyarwanda. Uyu muhango wabaye kuri uyu wa 20 Gashyantare, ku kicaro cya REB. Iyi mpano igenewe amashuri, igaragaza ubufatanye hagati ya REB na RALC ku ntego yo gutoza abanyarwanda indangagaciro zâumuco cyane […]
RDC: Leta yaciye inyama zâingurube zituruka mu bihugu bimwe by'iburayi
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri yâUbucuruzi bwo mu mahanga, Jean Lucien Busa yahagaritse ubucuruzi bwâinyama zituruka mu bihugu bigize Ubumwe bwâUburayi (EU) nkâUbuholandi kuko ngo âzanduyeâ. Ku munsi wâejo, ku wa 19 Gashyantare, uyu munyamabanga wa leta yatangaje impamvu ahagaritse izi nyama. âNkurikije ibaruwa EU yasohoye ku wa 22 Mutarama, itanga impuruza kuri bimwe mu […]
Perezida Museveni yasabwe kuzakomeza kuyobora igihugu mu 2021 na nyuma yaho
Ishyaka NRM riri ku butegetsi muri Uganda, ryasabye Perezida Yoweri Museveni kuzakomeza kuyobora igihugu muri 2021 na nyuma yâaho. Itangazo ryâiri shyaka rikaba rije rikurikira ivugururwa ryâitegeko nshinga ryakozwe mu 2017 hagakurwamo ingingo ivuga ku myaka umukuru wâigihugu atagomba kuba arengeje, yari 75, kugirango uyu muperezida azabashe guhatanira izindi manda. Mu myanzuro yafashwe na NRM […]
Umuryango wa Tanasha ukomeje gushyira igitutu kuri Diamond Platnumz
Abantu bo mu muryango wa Tanasha Donna bakomeje gushyira igitutu kuri Diamond Platnumz bamusaba kurongora umukobwa wabo mu buryo bwemewe hirindwa ko yaterwa inda batarabana. Kuri ubu Diamond asa nâuciye agahigo kuba amaranye na Tanasha igihe kirenga amezi ane akaba ataramutera inda. Abo mu muryango wa Tanasha bavuga ko umukobwa wabo atakomeza kubana na Diamond […]
Nyamagabe: Umwarimu mu ishuri ribanza yakatiwe imyaka 3 yâigifungo azira ubujura
Mu cyumweru gishize, Ubushinjacyaha Urwego rwâ Ibanze rwa Gasaka  bwatsinze urubanza bwari bukurikiranyemo umwarimu witwa Maniraho Maurice wigisha mu mashuri abanza ya Gashwati aherereye mu Mudugudu wa Gahira, Akagari ka Mukungu, Umurenge wa Kitabi, mu Karere ka Nyamagabe. Uregwa akaba yahanishijwe igihano cyâimyaka itatu nyuma yo kumuhamya icyaha cyâubujura. Ni ubujura bwabaye mu ijoro ryo […]
Ntidukurikiza amabwiriza, dukurikiza amahitamo- Perezida Kagame
Perezida wâu Rwanda, Paul Kagame atangaza ko u Rwanda ku bijyanye nâimikorere  rudakurikiza amabwiriza ahubwo ko rugendera ku mahitamo. Ibi yabitangarije mu kiganiro yatanze kuwa 18 Gashyantare 2019 ahitwa Charlotte muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Ni mu kiganiro yagiranye nâabashoramari batandukanye bo muri iki gihugu. Perezida Kagame yagize ati â Ntidukurikiza amabwiriza, dukurikiza amahitamo. […]
Uganda: Umwe mu bapolisi bashinjwa gucyura ku ngufu impunzi yarekuwe arongera atabwa muri yombi
Urukiko rukuru rwa gisirikare muri Uganda mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, itariki 19 Gashyantare rwarekuye byâagateganyo Herbert Muhangi wahoze ari umuyobozi wâumutwe kabuhariwe wa polisi witwa Flying Squad, ku ngurane ya miliyoni 10 zâamashilingi, ariko nyuma yo kurekurwa yongera gutabwa muri yombi nâigisirikare ari kwerekeza iwe. Uyu akaba ari umwe mu bakurikiranweho gucyura […]
Dr Himbara arasaba Perezida Museveni gukora iperereza ku mpfu zâAbanyarwanda basaga 50
Umunyarwanda akaba nâumwarimu muri Kaminuza, Dr David Himbara yandikiye Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni amusaba gushyiraho Komisiyo yâiperereza ku ishimutwa,inyuruzwa nâiyicwa ryâAbanyarwanda basaga 50 kuva mu 2008 kugeza 2015. Mu ibaruwa ifunguye Bwiza.com yateyeho akajisho, Dr Himbara yagaragje urutonde rwâamazina 50 yâAbanyarwanda avuga ko bashimuswe, banyurujwe,bishwe ndetse nâigihe byabereye. Aragira ati â Ndabasaba Nyakubahwa […]
Ubushinjacyaha ntibukozwa ibyo gukurikirana umunyamakuru Phocas Ndayizeye adafunzwe
Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge ruri i Kigali mu Rwanda rwaburanishije ubujurire bw’urubanza umunyamakuru Phocas Ndayizeye asaba gufungurwa by’agateganyo igihe urubanza rutaratangira kuburanishwa mu mizi. Ubushinjacyaha bumuregana n’itsinda ry’abantu 11 ku byaha by’iterabwoba birimo gucura umugambi wo guturitsa ibisasu hirya no hino mu gihugu. Benshi mu baregwa bahakana ibyaha. Abunganira mu mategeko umunyamakuru Phocas Ndayizeye babwiye […]
RDC: Abapolisi 350 mu myigaragambyo isaba ibirarane byâimishahara yabo
Abapolisi 350 bari mu kazi boherejwemo guhera mu Ukuboza ko gutuma amatora aba mu ituze muri Uvitra ho muri Kivu yâAmajyepfo, kuri uyu wa Mbere ushize batangiye imyigaragambyo basaba guhabwa ibirarane byâumushahara wabo wâamezi atatu bamaze batabona. Kuva kuwa Mbere ninjoro kugeza mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri ushize, itariki 19 Gashyantare, abo bapolisi […]
Kigali: Ikigo cya 'APABENA' cyafashaga abana batishoboye cyasenye inyubako zacyo zari mu gishanga
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangiye gusenya inyubako ziri ahantu hafatwa nk’ibishanga biwukikije nyuma y’igihe ntarengwa cyatanzwe kikarangira ibikorwa byinshi bigihaze. Uretse ibikorwa by’ubucuruzi by’abantu ku giti cyabo, hari n’ibindi by’inyungu rusange nabyo bigomba gukurwaho hubahirijwe iri tegeko. Ahitwa ku Kinamba mu murenge wa Muhima, ku kigo gisanzwe gifasha abana batishoboye APABENA, abasore b’inkorokoro bitwaje amapiki […]
Gicumbi: Mugambira yafashwe apakiye mu modoka amaduzeni 320 y'inzoga ya Zebra
Polisi mu karere ka Gicumbi, ku bufatanye nâabaturage yafashe umugabo witwa Mugambira Cedrick wâimyaka 30 yâamavuko apakiye mu modoka Toyota Corolla RAA 934 N imifuka 8 irimo amaduzene 320 yâinzoga zo mu bwoko bwa Zebra waragi zitemewe mu Rwanda. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara yâAmajyaruguru, Chief Inspector of Police (CIP) Alex Rugigana yavuze ko Mugambira […]
Minisitiri wâIntebe wa Tanzania arashinja abitwaje intwaro bava mu Burundi guteza umutekano mucye
Igihugu cya Tanzania kirashinja abantu bitwaje intwaro bava mu Burundi guteza umutekano mucye ku butaka bwacyo. Ibi akaba ari ibyatangajwe na Minisitiri wâIntebe wa Tanzania, Kassim Majaliwa kuwa Gatandatu ushize, itariki 16 Gashyantare, ubwo yari i Kigoma. Minisitiri wâIntebe Majaliwa yari mu nama nâabagize ishyaka riri ku butegetsi muri Tanzania, Chama Cha Mapinduzi (CCM). Nkâuko […]
Huye: Urubyiruko rw'abayisilamu rwasabwe kurwanya ubuhezanguni
Urubyiruko rwo mu idini ya Islam mu Karere ka Huye rurasabwa kurwanya ubuhezanguni, ahubwo rugaharanira gufatanya nâabandi banyarwanda kubaka igihugu gishingiye ku iterambere nâumutekano usesuye Mu myaka ibiri ishize hari rumwe mu rubyiruko rwo mu idini ya islamu mu Rwanda rwamenyekanye ko rwatangiye kujya muri ibi bikorwa, ndetse bamwe bafatwa nâinzego zishinzwe umutekano, Mufiti wâu […]
Amafoto 15: Umuhango w'izamurwa mu mapeti rya Lt. Gen. Muhoozi Kainerugaba
Umuhungu wa Perezida wa Uganda, Lt. Gen. Muhoozi Kainerugaba yambitswe yambitswe ipeti kuri uyu wa 19 Gashyantare 2019. Ni umuhango wabereye Mbuya, ku cyicaro cy’igisirikare cya Uganda (UPDF). Amafoto yakuwe kuri The New Vision Â
Ku myaka 7 yâamavuko,Ingram Jr yaciye agahigo ko kwiruka amasegonda 13
Rudolph Ingram Junior ufite akabyiniriro ka Blaze, ubu ni we mwana uzi kwiruka nyuma yo guca agahigo akirunkanka amasegenda 13.48 muri metero 100. Iri ni irushanwa ryahuzaga abana muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) mu minsi ishize. Uyu mwana yatangiye kwiruka afite imyaka ine nyuma yo kureba irushanwa rya Olympique. Iki gihe yari yajyanye […]
RDC: Uwahoze yungirije Joseph Kabila, Abdoulaye Yerodia Ndombasi yitabye Imana
Kuri uyu wa kabiri, uwahoze yungirije umukuru wâigihugu cya Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, Senateri Abdoulaye Yerodia Ndombasi yitabye Imana nyuma yâuburwayi amaranye iminsi ku myaka 86 yâamavuko. Umuryango we watangarije Radio Okapi ko uyu musaza yaguye mu murwa mukuru wa Kinshasa. Senateri Yerodia yabaye umwe mu bungirije umukuru wâigihugu aturutse mu ishyaka ryâuwahoze ari […]
Syria: Abarwanyi 300 bâumutwe wâiterabwoba wa Leta ya Kiisilamu baguwe gitumo
Kuri uyu wa 18 Gashyantare, Itsinda ryâabasirikare ba Leta Zunze Ubumwe za Amerika hamwe nâiza Syria zaguye gitumo abarwanyi 300 bâumutwe wa Leta ya Kiislamu. Iki gikorwa cyabereye mu gace ka Baghouz. Aba barwanyi bagize umutwe wa ISIS/ISIL (Islamic State of Iraq and theLevant) bari bivanze nâabaturage, bari bazengurutswe nâibimodoka bya gisirikare byâiri tsinda ryo […]
Abatoza ba Arsenal batangiye guhugura abatoza abana bâAbanyarwanda
Abatoza babiri bâingimbi za Arsenal yo mu Bwongereza, kuri uyu wa mbere batangiye guhugura abatoza abana mirongo itanu, ku kicaro cya FERWAFA i Remera. Ni amahugurwa aramara iminsi itanu. Umutoza Simon McManus na Kerry Green bari muri iki gikorwa ku bufatanye bwâIshyirahamwe ryâumupira wâamaguru mu Rwanda (FERWAFA) na Minisiteri yâumuco na siporo(MINISPOC). Umutoza McManus ufite […]
Icyo Ingabire Victoire avuga ku bivugwa ko agiye gusohoka mu Rwanda
Umuyobozi wâIshyaka ritavuga rumwe nâubutegetsi bwâu Rwanda(FDU-Inkingi), Ingabire  Umuhoza Victoire yabeshyuje amakuru avuga ko agiye kuva mu Rwanda akerekeza mu Bubiiligi mu kwezi gutaha. Uyu munyapolitiki  wâishyaka ritaremerwa mu Rwanda avuga ko aya makuru atari yo kuko kuva mu Rwanda bisaba uruhushya rwa Minisitiri wâUbutabera kandi kugeza ubu akaba ntarwo yasabye. Mu kiganiro na Bwiza.com […]
Umuhungu wa Perezida Museveni agiye kwambikwa ipeti rya Liyetona Jenerali
Umuhungu wa Perezida wa Uganda ari we Lt. Gen. Muhoozi Kainerugaba kuwa Kabiri azambikwa inyenyeri zâiri peti aherutse guhabwa mu gisirikare cya Uganda (UPDF). Ni umuhango uzabera ku cyicaro cy’igisirikare cya Uganda ahitwa Mbuya mu Mujyi wa Kampala. Muhoozi Kainerugaba yari aherutse kuzamurwa mu ntera na se mu mpera zâukwezi gushize avuye ku ipeti rya […]
FDC iremeza ko Uganda isatira kujya mu ntambara nâu Rwanda ariko abaturage babihishwa
Ishyaka FDC ritavuga rumwe nâubutegetsi muri Uganda, ryasabye Guverinoma yâiki gihugu gutegura ahantu habera ibiganiro bigamije gusubiza mu buryo imibanire yacyo nâu Rwanda kuko ngo ikomeje guhisha abaturage ukuri kandi igihugu gisa nkâikigana mu ntambara nâu Rwanda. Ubwo yaganiraga nâitangazamakuru kuri uyu wa Mbere, itariki 18 Gashyantare, Umuvugizi wa FDC, Ibrahim Semujju Nganda, yavuze ko […]
Ihere ijisho amafoto yâumusore wâibigango Zari yasimbuje Diamond
Umuherwe Zari Hassan yashyize hanze amafoto agaragaza umusore mushya wâibigango bakundana. Hari hashize umwaka urenga uyu mugore atandukanye na Diamond Platnumz yashinje kumuca inyuma bikabije. Abinyijije ku rukura rwe rwa instagram, Zari yagiye ashyira hanze agace gato kâukuboko kâuyu musore nyuma ashyiraho igihimba gusa ahisha isura. Â Abamukurikira bagerageje, bakora iyo bwabaga ngo bamenye isura […]
RDC:Â Umuryango Mpuzamahanga wabajije Fayulu impamvu abaturage batamaganye ibyavuye mu matora
Martin Fayulu, umuhuzabikorwa wâihuriro Lamuka, akaba yaratsinzwe mu matora yâumukuru wâigihugu aheruka muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo nubwo atabyemera, kuri uyu wa Mbere, itariki 18 Gashyantare I Goma yatangaje ko agiye gukomeza urugamba rwe rwo kuzashyira ku karubanda ukuri kwâibyabaye mu matora, anahishura ukuntu Umuryango Mpuzamahanga wamubajije impamvu abaturage batagiye mu mihanda ngo bamagane […]
Davido yavuze ko azatera inkunga Bobi Wine ubwo azaba yiyamamariza kuba Perezida wa Uganda
Icyamamare muri muzika, David Adedeji Adeleke wo muri Nigeria, uzwi ku izina rya Davido, yatangaje ko azashyigikira umuhanzi akaba nâUmudepite mu Nteko Nshingamategeko ya Uganda, Robert Kyagulanyi Ssentamu, uzwi ku izina rya Bobi Wine, ubwo azaba yiyamamaza ku mwanya wa Perezida wa Uganda. Amatora yâumukuru wâigihugu muri Uganda azaba mu 2021, Davido akavuga ko yiteguye […]
Nyamasheke/Shangi: Abana bicaraga ari Batandatu ku ntebe imwe mu ishuri basubijwe
Abaturage bo mu Murenge wa Shangi,  mu Karere ka Nyamasheke bavuga ko nyuma yo kubona ko abana babo bigaga mu rwunge rwâamashuri rwa Shangi mu mashuri abanza, bari bamaze kurenga kure abagenewe icyumba cyâishuri, bahisemo kwishakamo ibisubizo biyubakira ishuri ryuzuye ritwaye arenga Miliyoni 12 zâamanyarwanda. Ibi nkâuko bamwe muri bo babitangarije Bwiza.com, ngo babigezeho nyuma […]
Uganda: Ibyamamare byitambitse mu bibazo byugarije umuhanzi wâUmunyarwandakazi
Ibyamamare bitandukanye byo muri Uganda bikomeje gutanga inama ku bibazo biri hagati yâumuhanzi  Fille Mutoni,Umunyarwandakazi ukorera umuziki muri ki gihugu nâuwo bahoze bakundana, Edward Katamba uzwi nka MC Kats. Aba bombi batandukanye ku mugaragaro mu ntangiriro zâumwaka wa 2019 ariko bakomeza guterana amagambo byâumwihariko ku mbuga nkoranyambaga. Bimwe mu byamamare bimaze gutanga ibitekerezo kuri iki […]
Guverineri Mufulukye yasabye ko Rwamagana Challenge Marathon yajya itegurwa kenshi mu mwaka
Ku cyumweru tariki ya 17 Gashyantare habaye irushamwa ngarukamwaka rya Rwamagana Challenge Marathon, aho mu ijambo Guverineri wâIntara yâIburasirazuba Mufulukye Fred yagejeje ku bitabiriye irushanwa yavuze ko iryo siganwa rifite uruhare mu guteza imbere siporo ndetse ko rikwiye kujya riba inshuro irenze imwe mu mwaka . Guverineri Mufulukye niwe watangije Rwamagana Challenge Marathon nkâ umushyitsi […]