Minisiteri ya Siporo yatanze amatike 5 yo kureba imikino ya Arsenal

1745252440256

Minisiteri ya Siporo y’u Rwanda yageneye abafana batanu b’amahirwe amatike y’ubuntu azabajyana i Londres mu Bwongereza, aho bazareba imikino ya Arsenal izabera kuri Emirates Stadium mu mwaka w’imikino wa 2024-2025, yaba iy’imbere mu gihugu (Premier League) cyangwa indi yose iyi kipe izakina. Ni igikorwa cyabaye ku Cyumweru tariki ya 20 Mata 2025 ubwo hasozwaga iserukiramuco […]

Yahembwe intumbi y’ingurube nk’igihembo cy’umukinnyi w’umukino

c00b9542 1432 4053 adfb 79e473702abe

Mu gihugu cya Noruveje, ikipe yo mu cyiciro cya gatanu yitwa Varhaug yakoze igikorwa kidasanzwe ubwo yahaga umwe mu bakinnyi bayo ingurube yapfuye nk’igihembo cyo kuba umukinnyi witwaye neza kurusha abandi (Man of the Match). Byabaye ku mukino wa Norvege Cup ubwo Varhaug yakinaga n’ikipe yo mu kiciro cya mbere yitwa Bryne, aho batsinzwe ibitego […]

Papa Francis yapfuye ku myaka 88

1745223276100

Papa Francis yitabye Imana ku wa Mbere tariki 21 Mata 2025, afite imyaka 88, aho yari atuye muri Casa Santa Marta i Vatikani. Itangazo ry’urupfu rwe ryasomwe na Kardinali Kevin Farrell, Camerlengo wa Vatikani, aho yavuze ko Papa Francis yapfuye saa 7:35 za mu gitondo, ashimangira ko ubuzima bwe bwose bwari ubwa serivisi ku Mana […]

Visi Perezida wa Afurika y’Epfo yagabweho igitero

MixCollage 20 Apr 2025 02 52 PM 6146

Visi Perezida wa Afurika y’Epfo, Paul Mashatile yarokotse igitero cy’amasasu cyagabwe ku modoka ye y’akazi ubwo yari mu rugendo aherekejwe n’itsinda rimurinda. Icyo gitero cyabereye ku muhanda munini wa N12, ubwo yari atashye avuye mu nama y’ishyaka ANC yabereye kuri Birchwood Hotel i Boksburg. Nk’uko byatangajwe n’umuvugizi wa Mashatile, Bwana Keith Khoza yavuze ko koko […]

Goma: Umuhanzi Bwiza yatunguwe n’ibyo M23 yahakoze

InShot 20250421 064146748

Umuhanzikazi w’Umunyarwandakazi, Bwiza Emerance uri mu bahanzi bakunzwe cyane muri iki gihe, yagaragaje ko yatunguwe n’umutekano n’isuku yasanze mu Mujyi wa Goma, Umurwa Mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ubu ugenzurwa n’umutwe wa AFC/M23. Mu butumwa yasangije abakunzi be abinyujije ku mbuga nkoranyambaga, Bwiza yavuze ko yagezeyo nyuma yo kuva […]

Umuhanzikazi Mow Kanzie yarongowe

ubwo habagaho ibirori byo gusaba no gukwa mow kanzie dcc54

Monna Walda Kaneza uzwi nka Mow Kanzie, umwe mu bahanzikazi bamenyekanye cyane mu Burundi, yashyingiranywe n’umukunzi we bari bamaze igihe bakundana. Ku itariki ya 23 Werurwe 2025, nibwo yasezeranye mu mategeko, bukurikirwa n’imihango ya gakondo yari yabaye mu ntangiriro z’ukwezi. Uyu muhanzikazi w’imyaka 27, wabaye igisonga cya mbere cya Nyampinga w’u Burundi mu 2016, yagaragaje […]

FERWAFA yatesheje agaciro ubujurire bwa Rayon Sports

20250419 232724

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) binyuze muri Komisiyo y’Ubujurire ryatesheje agaciro ubujurire bwa Rayon Sports FC ku cyemezo cy’uko umukino wayo na Mukura Victory Sports ugomba gusubirwamo. Ibi byemejwe n’ibarwa ya FERWAFA ifite nomero 0272/FERWAFA/2025, yashyizweho umukono ku wa 19 Mata 2025, ikaba yaragenwe umuyobozi wa Rayon Sports FC. Rayon Sports yari yajuririye icyemezo […]

Kilimobenecyo Alphonse wahanze ibendera ry’u Rwanda yapfuye

1745086762350

Umunyarwanda w’inararibonye mu bugeni, Kilimobenecyo Alphonse yitabye Imana mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatandatu afite imyaka 66 y’amavuko. Ni umwe mu bahanzi bageze kuri byinshi by’ingenzi mu mateka y’u Rwanda, akaba azibukwa nk’uwahanze ibendera rigezweho ry’igihugu, ikirangantego cya Repubulika n’inote z’amafaranga akoreshwa muri iki gihe. Kilimobenecyo ni we wasize akoze ibendera ry’u Rwanda ryatangiye […]

SG w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Burundi afunzwe akekwaho gushyigikira M23

20250419 100243

Jérémy Manirakiza, Umunyamabanga Mukuru w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Burundi (FFB), yatawe muri yombi n’inzego z’umutekano z’u Burundi akekwaho kuba yaragize uruhare mu bikorwa by’amakimbirane yo mu karere. Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi avuga ko Manirakiza afunzwe nyuma yo gukekwaho kohereza ubutumwa kuri WhatsApp bushyigikira inyeshyamba za AFC/M23 zibarizwa mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi […]

Leta y’u Rwanda yavujije umukinnyi w’ikipe y’igihugu akira kanseri

1532543721 img 3378 13e9d

Ufitinema Clotilde wahoze akinira amakipe ya Mutunda WFC, Bugesera WFC ndetse n’Ikipe y’Igihugu y’Abagore ‘She-Amavubi’ yagarutse mu Rwanda ku wa Kane tariki ya 17 Mata 2025, nyuma y’amezi atandatu yari amaze yivuza kanseri mu Buhinde. Uyu mukinnyi wahoze ari rurangiranwa mu mupira w’abagore mu Rwanda, yashimiye inzego zitandukanye zamufashije kubona ubufasha, zirimo Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE), […]

Yakoresheje umunsi mukuru nyuma yo kuba uwa mbere mu gace ke winjiye mu ndege

20250408 155559 1744124377

Mu buryo butamenyerewe, umugore wo muri Nigeria yakoze ibirori bikomeye nyuma yo kugera ku nzozi ze zo kwinjira mu ndege bwa mbere mu buzima. Uyu mugore, witwa Gold Ike yavuze ko ari umugore wa mbere mu gace atuyemo winjiye mu ndege, ibintu yahisemo kwizihiza mu buryo bwimbitse. Gold Ike yabinyujije kuri Facebook ku wa 4 […]

Ntuzaterete umukobwa ufite iyi mico

Screenshot 20250418 1800032

Mu gihe benshi bashakisha urukundo rw’ukuri, hari iby’ingenzi buri musore akwiye kwitaho mbere yo gufata umwanzuro wo gukundana n’umukobwa. Nubwo kubona umukunzi w’ukuri ushobora kugorana, hari imyitwarire igaragaza ko umukobwa ashobora kutaba uwo kubana nawe neza. Hari ibyiciro by’abakobwa abasore bagirwa inama yo kwirinda mu rwego rwo kurinda umutima wabo no kwirinda gutakaza igihe n’imbaraga. […]

Menya byinshi ku wa “Gatanu Mutagatifu” umunsi Abakirisitu bibuka urupfu rwa Yesu ku musaraba

ChatGPT Image Apr 18 2025 05 31 49 PM

Kuri uyu wa Gatanu, hirya no hino ku isi abakirisitu bizihiza uwa “Gatanu Mutagatifu” umunsi wibukwa nk’igihe Yesu Kristo, Umucunguzi w’abakirisitu yapfiriye ku musaraba kugira ngo akize abantu ibyaha byabo. Uyu munsi uba mu mpera z’icyumweru gitagatifu cyibanziriza Pasika, ufatwa nk’umunsi ukomeye mu myemerere ya gikirisitu. Ni umunsi wuje agahinda, isengesho no kwitekerezaho, kuko usubiza […]

Babiri bapfiriye mu mpanuka ikomeye i Kanyinya

1744976683429

Abantu babiri bapfiriye mu mpanuka y’imodoka eshatu yabereye i Kanyinya mu Karere ka Nyarugenge, abandi barindwi barakomereka. Iyi mpanuka yabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki 18 Mata 2025, ubwo imodoka ya Toyota Hilux (Vigo) yageragezaga kunyura ku yindi nabi, ifite umuvuduko mwinshi. Yahise igonga imodoka yari imbere yayo, nazo zose zihita zigongana […]

Abashoferi bagiye kujya bahabwa amanota buri mwaka maze ababonye make bamburwe uruhushya

pic1 206

Leta y’u Rwanda yatangaje ko igiye kuvugurura itegeko rigenga ikoreshwa ry’umuhanda, hagamijwe guteza imbere umutekano wo mu muhanda no kugabanya impanuka. Ibi bizakorwa binyuze mu ikoranabuhanga rigezweho, ndetse no gushyiraho uburyo bushya bushingiye ku manota y’imyitwarire y’abatwara ibinyabiziga. Uyu mushinga w’itegeko, wemerejwe mu Nama y’Abaminisitiri yo ku wa 17 Mata 2025 iyobowe na Perezida Paul […]

Umufana wajombye umukinnyi icyuma amuhora kurata penaliti yakatiwe

Vincent Temitope

Urukiko rwa Chief Magistrate ruherereye i Lafia muri Nigeria rwakatiye Bashir Bala igifungo cy’amezi atatu ku wa Kane, nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo gukubita no gukomeretsa umukinnyi Vincent Temitope ukinira Plateau United Football Club. Nk’uko ikinyamakuru Daily Post kibitangaza, ibi byabereye kuri Stade ya Lafia City mu mpera z’icyumweru gishize, nyuma y’umukino wa shampiyona wahuje […]

Umuhanzikazi wo muri Uganda yatangaje ko udafite Miliyoni 30 utamutera inda

Full Figure 2

Nakangubi Jennifer uzwi cyane ku izina rya Full Figure yatangaje ko igikorwa cyo kubyara cye gitwara hagati ya miliyoni 20 na 30 z’amafaranga ya Uganda bityo ko utayafite ntiwamutera inda. Ibi yabivuze mu kiganiro yagiranye na Susan Makula, avuga ko abana be bafite agaciro kadasanzwe ndetse barererwa mu buryo bwihariye. Yagize ati: “Njya kubyara twaramaze […]

Rayon Sports ntikozwa ibyo kongera gukina na Mukura VS

mukura 24 1

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko umukino wa kimwe cya kabiri cy’irangiza (½) w’igikombe cy’Amahoro, wahagaritswe ku munota wa 27 hagati ya Mukura Victory Sports na Rayon Sports kubera ikibazo cy’amashanyarazi, uzasubukurwa ku wa 22 Mata 2025, saa Cyenda (15h00’) kuri Stade ya Huye, uhereye aho wari ugeze. Uyu mwanzuro wafashwe nyuma y’inama […]

Bull Dog yasabye Perezida Kagame kuzamugurira itike yo kureba umukino wa Arsenal

1744896548288 1

Umuraperi w’Umunyarwanda Bull Dog yasabye Perezida wa Repubulika Paul Kagame kumugurira itike imujyana i Munich, mu gihe Arsenal yaramuka igeze ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League. Ni ubutumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa Instagram, nyuma y’umukino Arsenal yasezereyeho Real Madrid. Bull Dog yavuze ko icyizere cye kuri Arsenal cyiyongereye cyane, ndetse yemeza ko […]

Umugabo wo mu Buyapani uhemberwa gukora ubusa akomeje gutangaza benshi

KYB33GK5WZML5F2W4T4IYD3SEQ

Shoji Morimoto, umugabo w’imyaka 38 utuye i Tokyo mu Buyapani, afite akazi abantu benshi bashobora gufata nk’inzozi: yishyurwa amafaranga kugira ngo agumane n’abantu nta kindi akora. Morimoto yishyurwa 10,000 yen (100,000 Frw) buri gihe umuntu amukeneye. Ntiyigora, yicara cyangwa agendana n’umukiliya, icyo akora ni ukuba aho umukiliya amukeneye, atamutegeka kuvuga cyangwa gukora ikindi kidasanzwe. Ati: […]

Teta Sandra yagabiwe imodoka na Weasel

1744873104130

Umugore w’umunyarwandakazi Teta Sandra usanzwe abana n’umuhanzi wo muri Uganda, Weasel yahawe impano y’imodoka nshya n’uyu mugabo bamaze igihe bakundana. Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, Teta Sandra yashimiye Weasel amubwira ko ari we wakoze icyo gikorwa, ati: “Imodoka nshya, umugabo wanjye ni we wabikoze!” Iyi mpano ije mu gihe uyu muryango uri mu myiteguro y’ubukwe. […]

Umusaserdoti Vincent Barugahare yashyinguwe

20250417 073325

Kiliziya Gatolika mu Rwanda by’umwihariko Diyosezi ya Ruhengeri, yabuze umwe mu basaserdoti b’inararibonye, Myr Vincent Barugahare witabye Imana ku wa Kane tariki ya 10 Mata 2025, afite imyaka 77 y’amavuko. Yari amaze imyaka 50 ari umusaserdoti. Nyuma y’igitambo cya misa yo kumusabira cyabereye muri Paruwasi Katedrali ya Ruhengeri, ahari hateraniye imbaga y’abakirisitu, abepiskopi n’abihayimana, Myr […]

Perezida Kagame yishimiye intsinzi ya Arsenal imbere ya Real Madrid

InShot 20250416 231732114

Mu ijoro ryo ku wa 16 Mata 2025, ikipe ya Arsenal yatsinze Real Madrid ibitego 2-1 mu mukino wo kwishyura wabereye kuri sitade ya Santiago Bernabéu, bityo ikomeza muri 1/2 cya UEFA Champions League ku giteranyo cy’ibitego 5-1. Ibi byishimiwe cyane n’abafana b’iyi kipe ku isi hose, harimo na Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame uzwiho […]

Umuyobozi mu karera aravugwaho kunyereza Miliyoni 78 Frw za As Muhanga

AS Muhanga 3

Abafana b’ikipe ya AS Muhanga baratunga agatoki Mugabo Gilbert, Umuyobozi Wungirije ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage mu Karere ka Muhanga, bamushinja kunyereza amafaranga arenga miliyoni 78 z’amafaranga y’u Rwanda yagombaga gufasha ikipe. Abakunzi b’iyi kipe batifuje ko imyirondoro yabo itangazwa babwiye UMUSEKE dukesha iyi nkuru ko ayo mafaranga yabuze mu bihe bitandukanye, harimo miliyoni 74 Frw […]

Nyirinzu yishe umupangayi bapfuye amafaranga y’inzu

MixCollage 07 Oct 2024 09 21 AM 9610 750x375 1

Polisi yo muri Zimbabwe irimo gushakisha umugabo witwa Crispen Marara ukekwaho kwica umupangayi we nyuma yo kumuhata ibibazo no kumukubita azira amafaranga y’ubukode atabashije kugeza kuri nyirayo. Ibi byabereye mu gace ka Zengeza, aho Marara bivugwa ko yakoranye n’abandi bantu bane bakagirira nabi Tendai Nenguwo w’imyaka 38 bamushinja kurya amafaranga ya Marara. Nk’uko Polisi ya […]

Se wa Turahirwa Moses yamwigaramye

dnmuqyhxgaawnqk 5876931545400843

Umubyeyi wa Turahirwa Moses, Nsabimana Annicet yatangaje ko yamaze amezi ane afunze ariko ko atigeze ahohoterwa nk’uko umuhungu we yabitangaje aho yavuze ko ibyakozwe n’uyu muhungu we yabitewe n’ibiyobyabwenge byatumye yibagirwa ineza yagiriwe. Mu cyumweru gishize tariki ya 12 Mata 2025 nibwo Moses yaratunguranye atangaza amagambo yibasira Umukuru w’Igihugu, ndetse agaragaza ko atigeze yiyumvamo Inkotanyi […]

Umukinnyi wa FC Barcelona y’abagore yakoze ku gitsina cya mugenzi we

95058823 14608737 Barcelona women s star Mapi Leon right appeared to touch Espanyo a 112 1744642120131

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Esipanye (RFEF) ryahagaritse umukinnyi wa FC Barcelona, Mapi León, imikino ibiri kubera imyitwarire idakwiye mu mukino wa shampiyona wahuje ikipe ye na Espanyol. Iki kibazo cyavutse mu mukino wabaye ku wa 9 Gashyantare 2025, aho ku munota wa 15 w’umukino, León yashinjwe kugirira nabi umukinnyi Daniela Caracas wa Espanyol, ubwo bari […]

Mukura VS yaba igiye guterwa mpaga

mukura 24

Umukino wa 1/2 w’Igikombe cy’Amahoro wahuje Mukura VS na Rayon Sports ku wa Kabiri, warahagaze ku munota wa 26 kubera ikibazo cy’amashanyarazi ku kibuga cya Stade Mpuzamahanga ya Huye. Amategeko ya FERWAFA, mu ngingo ya 38.3, avuga ko ikipe yakiriye umukino ishobora guterwa mpaga y’ibitego 3-0 iyo umukino uhagaze kubera umwijima uterwa n’ibura ry’amashanyarazi, hatabayeho […]

DJ Ira yarahiriye kuba umunyarwandakazi [Amafoto]

img 20250415 wa0114 dc889

Iradukunda Grace Divine, wamamaye mu kuvanga imiziki nka DJ Ira, yahawe ubwenegihugu bw’u Rwanda mu buryo budasubirwaho kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 15 Mata 2025. Ni umwe mu bantu 36 barahiriye imbere y’ubuyobozi, nyuma yo kwemererwa n’Umukuru w’Igihugu, Perezida Paul Kagame, ubwo yamusabaga ubwenegihugu mu ruhame ku wa 16 Werurwe 2025. Perezida Kagame yamwemereye, […]

Amatara yatumye umukino wa Mukura VS na Rayon Sports usubikwa

1744733539091

Umukino ubanza wa 1/2 cy’Igikombe cy’Amahoro wahuzaga Mukura Victory Sports na Rayon Sports, wasubitswe utarangiye kuri uyu wa Kabiri tariki 15 Mata 2025 kubera ikibazo cy’amatara ku kibuga cya Stade ya Huye. Uyu mukino wari uteganyijwe gutangira saa kumi n’imwe z’umugoroba, watinze iminota 28 kuko amatara yari ataracanwa. Uyu mukino waje gutangira, ariko ugeze ku […]

Burundi: Bashyinguye umugore maze batungurwa no kumubona agarutse ari muzima

1744729297774

Abatuye agace ka Muzye, muri Komine ya Giharo mu Ntara ya Rutana mu gihugu cy’U Burundi, batunguwe no kubona umugore bivugwa ko yari yarapfuye akanashyingurwa, agaruka mu rugo ari muzima, hashize umunsi umwe gusa bamushyinguye. Uyu ni Evelyne Butoyi w’imyaka 26, ni we bivugwa ko yari yapfuye. Byatangiye ku wa 6 Mata 2025, ubwo umurambo […]

RIB yagaye umu-DJ wacurangiye muri Uganda mu gihe cyo Kwibuka akabisakaza

goj6fxixsaagkhv 4426251744711876

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, rwavuze ko hari umu-Dj wacurangiye mu gihugu cya Uganda mu gihe cy’Icyumweru cy’Icyunamo maze nyuma abisakaza ku mbuga nkoranyambaga. Binyuze mu muvugizi w’uru rwego, Dr. Murangira B. Thierry agaragaza ko ibyo uyu mu-Dj utavuzwe amazina yakoze ari igikorwa kigayitse akwiye kuzafatira umwanya agasaba imbabazi. Dr. Murangira B. Thierry yatangaje Ibi mu […]

Rayon Sports irishyuzwa Miliyoni 43 na Robertinho

field 14475 24110218551213829 3e90f

Umutoza Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo, uzwi cyane nka Robertinho, uherutse guhagarikwa by’agateganyo n’ikipe ya Rayon Sports, ariko ubu yasabye iyi kipe kumwishyura amafaranga asaga miliyoni 43 Frw, nk’umushahara we kuva muri Mutarama kugeza muri Kamena 2025. Ku wa 14 Mata 2025, ubuyobozi bwa Rayon Sports bwandikiye Robertinho na Mazimpaka André babamenyesha ko bahagaritswe by’agateganyo, […]

Rutahizamu w’Umunya-Zimbabwe yabeshye ko yavunitse kugira ngo yiryohereze n’inkumi

488202953 1148154257322855 8135641436209336723 n

Mu buryo butunguranye, rutahizamu w’Umunya-Zimbabwe Tymon Machope ukinira ikipe ya Scottland FC n’ikipe y’igihugu, aravugwaho guhimba imvune kugira ngo abone umwanya wo kuba hamwe n’umukunzi we. Nk’uko bitangazwa n’ibinyamakuru by’iwabo, Machope ntiyagaragaye mu mukino Scottland FC yanganyijemo na Highlanders igitego 1-1, avuga ko yavunitse. Ariko nyuma y’isuzuma ryakozwe n’abaganga b’iyo kipe, byagaragaye ko nta mvune afite, […]

Umunyarwandakazi yavuze ukuntu Harmonize yamusangaga mu cyumba cya Hoteli bagiye gukora akazi

mzJktkqTURBXy9lMjM1MWUzMjRlNmRlZTI2MjlmYTNjN2YwYWFlMjkxNS5qcGVnkpUDAQDNBP7NAs TBc0EsM0Cdg

Umunyarwandakazi Umuhoza Laika uzwi nka Laika Music yongeye gusobanura byeruye ku mubano we na Harmonize, umuhanzi ukomeye wo muri Tanzaniya nyuma y’uko amafoto yabo bombi yasakaye ku mbuga nkoranyambaga akibazwaho byinshi n’abakunzi b’umuziki. Mu kiganiro aherutse kugirana n’itangazamakuru, Laika yavuze ko hagati yabo nta rukundo rwigeze rubaho nk’uko benshi babitekerezaga. Yagize ati: “Twakoranye umushinga gusa, […]

Dj Crush yavuze ku byo guterwa inda na Byiringiro Lague

Screenshot 20250415 0821582

Mu gihe inkuru ivuga ko rutahizamu w’ikipe y’igihugu Amavubi, Byiringiro Lague yaba yarateye inda DJ Clush ikomeje kuzenguruka ku mbuga nkoranyambaga, impaka ni zose mu baturage ndetse n’abakunzi b’imyidagaduro n’umupira w’amaguru mu Rwanda. Iyi nkuru yamenyekanye bwa mbere ku rubuga ku mbuga nka X (Twitter), Instagram na TikTok, aho bivugwa ko aba bombi barimo gutegura […]

Umukinnyi yatewe icyuma mu ijosi azira kurata penaliti

n

Plateau United FC yo muri Nigeria yatangaje ko rutahizamu wabo, Vincent Temitope yatewe icyuma mu ijosi n’abafana nyuma y’umukino wa shampiyona (NPFL Week 33) batsinzwemo na Nasarawa United ibitego 3-2, mu mukino wabereye i Lafia. Vincent yari yarase penaliti gusa ariko kandi yari yanatsinze  igitego kimwe muri uwo mukino. Itangazo ryashyizweho umukono na Yaksat Maklek, […]

Brazil: Imfungwa zigabanyirizwa igifungo iyo zisomye ibitabo

1644215747

Igihugu cya Brezile cyashyizeho uburyo budasanzwe bwo kugabanya igihano cy’abafungwa. Ubu, abari muri gereza bashobora kugabanyirizwa igihano mu gihe basomye ibitabo, nk’uko byatangajwe n’ikinyamakuru Reuters. Brezile izwi nk’igihugu kirimo ibyaha byinshi muri Amerika y’Amajyepfo. Gereza zaho zicumbikira bamwe mu bagizi ba nabi bazwi cyane, ndetse zikaba zizwiho ubucucike bukabije n’ibibazo by’ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge. Mu mwaka wa […]

The Ben yegukanye ibihembo bitatu muri EAEA 2025

theben3 1744623536301 8280081744623955

Umuhanzi The Ben, Alyn Sano n’utunganya umuziki Run (David) bakoze amateka mu bihembo bya East Africa Arts Entertainment Awards 2025 (EAEA). The Ben yegukanye ibihembo bitatu birimo: Best Music Video ku ndirimbo Plenty, Best Artist Rwanda, na Best Hit Song Rwanda ku ndirimbo True Love. Alyn Sano yegukanye igihembo cya Best Rwanda Sound abikesha indirimbo […]

Uganda: Umuhanzi bamumennye umutwe azira gusebya Bob Wine

3bf67e 908e369de2ee494681c4ab1c664bf981mv2

Umuhanzi w’umunya-Uganda Alien Skin yajyanywe mu bitaro nyuma yo gukubitwa n’itsinda ry’abantu benshi mu karere ka Iganga, aho bamukomerekeje bikabije ku mutwe. Ibi byabaye mu mpera z’icyumweru gishize, nyuma y’uko asoje igitaramo cyo kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Abagore cyabereye ku ishuri ribanza rya Iganga Municipal Primary School riherereye mu karere ka Iganga. Amashusho yacicikanye ku mbuga […]

Jose Chameleone agiye kongera gusibira kwivuza muri Amerika

IMG 6372

Umuhanzi ukomeye muri Uganda, Jose Chameleone yatangaje ko ateganya gusubira muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu kwezi gutaha kugira ngo akomeze kwivuza no gukorerwa isuzuma ry’ubuzima. Ibi yabitangaje nyuma y’uko agarutse muri Uganda ku wa Gatandatu, tariki ya 12 Mata 2025, avuye muri Amerika aho yari amaze amezi ane ari kwitabwaho n’inzobere mu buvuzi. […]

Etincelles FC yirukanye umutoza washyamiranye n’umukinnyi

IMG 3996

Ikipe ya Etincelles FC, ishyigikiwe n’Akarere ka Rubavu, yirukanye umutoza w’abanyezamu, Nshimiyimana Ahmed uzwi nka Bugigi, nyuma yo gushyamirana n’umukinnyi Ishimwe Jean Claude uzwi nka Chance. Ibi byabaye ku wa 3 Mata 2025, ubwo habaga umukino w’ingimbi za Etincelles FC na Sina Gérard FC kuri Stade Umuganda. Hagize ibyo batumvikanaho bituma habaho amagambo akarishye hagati […]

Robertinho yahagaritswe muri Rayon Sports

1744582663329

Ikipe ya Rayon Sports yahagaritse umutoza wayo mukuru, Roberto Oliveira, kubera umusaruro udashimishije ikipe imaze iminsi igaragaza. Ubuyobozi bw’iyi kipe bwahise bushyira Claude Rwaka ku mwanya w’umutoza mukuru w’agateganyo mu gihe hategerejwe izindi mpinduka. Nk’uko byemezwa na BB Kigali FM ngo Claude Rwaka ni we uzaba ari kumwe n’ikipe izerekeza i Huye kuri uyu wa […]

Nyanza: Umukecuru w’imyaka 65 arafunzwe azira gukubita umukazana

50664989487 0105d0c6bb o

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi umukecuru w’imyaka 65 wo mu karere ka Nyanza ukurikiranyweho gukubita umukazana we w’imyaka 29 akamukomeretsa. Amakuru yemezwa n’abaturage n’ubuyobozi bw’aho byabereye avuga ko uwo mukecuru witwa Nirere, utuye mu mudugudu wa Nyabisindu, Akagari ka Rwesero, Umurenge wa Busasamana, yakubise umukazana we inkoni mu mutwe ubwo yari amusuye, bikamuviramo […]

Bamwe mu bahanzi, abakinnyi n’Abanyamakuru bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

whatsapp image 2025 04 11 at 11.51 49 2

Mu gihe u Rwanda rwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, haribukwa kandi abantu bakomeye mu ruganda rw’imyidagaduro, siporo n’itangazamakuru, bishwe bazira uko baremwe. Aba bari mu bari bafite impano zidasanzwe, kandi bari baragize uruhare mu guteza imbere umuco nyarwanda mu buryo butandukanye. 1. Sebanani André Sebanani André yari umuririmbyi n’umucuranzi wamenyekanye […]

Bujumbura: Umupolisi wasinze yarashe mu mutwe umumotari aramwica

1744436122047

Mu ijoro ryo ku wa Gatatu, tariki ya 9 Mata 2025, mu gace ka Ntahangwa mu mujyi wa Bujumbura, haraye habereye impanuka ikomeye yatewe n’umuporisi bikekwa ko yari yasinze, aho yarashe umusore ukora akazi ko gutwara abantu ku moto (motari), mu mutwe agahita apfa. Nk’uko byemezwa n’ababibonye n’amaso, uyu nyakwigendera yafatanyaga n’umushoferi w’imodoka yo mu […]

RIB yavuze kuri Nyaxo wakoze ‘Live ya TikTok’ itajyanye n’ibihe byo Kwibuka

72132121 5298 44FF BF7D 5F58922C6DBB

Umunyarwenya w’Umunyarwanda Kanyabugande Olivier, uzwi cyane ku izina rya Nyaxo, yasabye imbabazi ku mugaragaro nyuma yo gukora ikiganiro cya ‘Live’ kuri TikTok kitajyanye n’ibihe byo Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi. Ni ikiganiro cyabaye ku wa 11 Mata 2025, saa tatu z’ijoro, aho Nyaxo yari ari kumwe n’abandi bakunzi be ku rubuga rwa TikTok, baganira mu buryo […]

Miss Mutesi Jolly yasabye urubyiruko kurinda ubumwe bw’Abanyarwanda

1744392439386

Mu gihe u Rwanda n’Isi bibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Miss Mutesi Jolly yasabye urubyiruko gukoresha imbaraga zarwo mu kurinda ubumwe bw’Abanyarwanda no gukomeza urugendo rw’ubwiyunge. Mu butumwa yatangaje, Mutesi Jolly wigeze kuba Nyampinga w’u Rwanda mu 2016, yavuze ko urubyiruko rwigeze gukoreshwa mu kubiba amacakubiri, bityo ko rukwiye no […]

RIB yafunze umukobwa wabyaye umwana agahita amuniga

52368803148 6f543bee51 b 1 1

Umugore witwa Abizera Marie Assoumpta w’imyaka 27 ari mu maboko y’ubugenzacyaha, akurikiranyweho icyaha cyo kwica uruhinja yari amaze kubyara, aho bivugwa ko yarunize arwicira mu murima w’amateke. Uyu mugore ukomoka mu Karere ka Muhanga, yafatiwe mu murima uri mu Karere ka Rusizi aho yari yihishe, afite mu ntoki umurambo w’urwo ruhinja. Yari aherekejwe n’undi mugore […]

Musenyeri Vincent Barugahare yapfuye ku myaka 77

1744355322221

Musenyeri Vincent Barugahare, Umusaseridoti wa Diyosezi ya Ruhengeri, yitabye Imana ku wa 10 Mata 2025 azize uburwayi ubwo yari ari mu Bitaro by’Umwami Faisal biherereye i Kigali. Musenyeri Barugahare yavukiye muri Diyosezi ya Byumba, Paruwasi ya Nyarurema mu Karere ka Nyagatare. Yari asanzwe akorera ubutumwa muri Paruwasi ya Butete, iherereye mu Murenge wa Cyanika mu […]

Alain Mukuralinda yashyinguwe

1744281661307

Mu Karere ka Rulindo, kuri uyu wa 10 Mata 2025, habereye umuhango wo gusezera bwa nyuma Alain Bernard Mukuralinda, wahoze ari Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda. Alain Mukurarinda yitabye Imana mu ntangiriro z’uku kwezi azize uburwayi bwo guhagarara ku mutima. Misa yo kumusabira yabereye muri Paruwasi Gatolika ya Rulindo, iyoborwa na Antoine Cardinal Kambanda. […]

DJ Ira yahawe ubwenegihugu bw’u Rwanda yemerewe na Perezida Kagame

whatsapp image 2025 03 18 at 12.35 38

Iradukunda Grace Divine uzwi cyane ku izina rya DJ Ira, umwe mu bakobwa bazwi mu kuvanga umuziki mu Rwanda, yahawe ubwenegihugu bw’u Rwanda nyuma yo kubusaba Perezida Paul Kagame ku mugaragaro. DJ Ira yari asanzwe afite ubwenegihugu bw’u Burundi. Ku wa 16 Werurwe 2025, yagaragaye muri gahunda ya Perezida Kagame yo kwegera abaturage yabereye muri […]

Umubyeyi wareze Mubumbyi Bernabé yapfuye

ed3d60d1 e3e6 47fc ab77 bd6986620e90 1

Umubyeyi wareze Mubumbyi Bernabé, Uwabera Claire yitabye Imana Ku myaka 83 aho yazize uburwayi nk’uko byemezwa n’abo mu muryango we. Inkuru y’urupfu rwe yamenyekanye ku wa 6 Mata 2025, aho yaguye mu Bitaro byitiriwe Umwami Faysal, nyuma y’iminsi yari amaze arwaye. Uyu mubyeyi wari ufite imyaka 83 y’amavuko, azwiho kuba yaragize uruhare rukomeye mu kurera […]

Se w’umuhanzi Stromae, Rutare Pierre wishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi

whatsapp image 2025 02 24 at 12.16 34 3

Rutare Pierre ni izina rishobora kuba ritazwi cyane ku bantu benshi, ariko yanditse amateka akomeye nk’umwe mu Banyarwanda bari bafite impano n’ubwenge buhanitse. Ni we mubyeyi w’umuhanzi w’icyamamare ku isi, Stromae. Yavutse mu 1958 i Nyamirambo, nyuma yimukira mu karere ka Rulindo aho yakuriye. Nubwo yari umuhanga mu ishuri, yabangamiwe kenshi n’irondabwoko kubera ko yari […]

Nyampinga wa mbere w’u Rwanda Nubuhoro Jeanne wishwe muri Jenoside

FQFOgplWQAk8AoU

Nubuhoro Jeanne, Nyampinga wa mbere w’u Rwanda ari mu bantu b’inzirakarengane z’Abatutsi bishwe urw’agashinyaguro muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Uyu mukobwa yavukiye i Kigali, ari mwene Munyankindi Jean na Nyiramadadari Mediatrice, bakaba bari batuye i Ndera mu Karere ka Gasabo. Ni naho yiciwe hamwe n’abo mu muryango we mu minsi ya Jenoside, ubwo yari […]

Rwanda Premier League mu rugendo rwo kubaka ubumwe binyuze muri siporo

Hadji Yussuf Ferwafa

Mu gihe u Rwanda rwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Rwanda Premier League ibarizwa mu Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru, yatangaje ko yiyemeje gukomeza gushyigikira ubumwe bw’Abanyarwanda n’ubudaheranwa binyuze muri siporo. Yussuf Mudaheranwa, uyoboye Rwanda Premier League, yavuze ko bifatanyije n’Abanyarwanda muri ibi bihe bikomeye, banamagana ingengabitekerezo ya Jenoside aho iva ikagera. Yagize […]

RIB yavuze kuri Teta Sandra ushinjwa amagambo apfobya Jenoside yakorewe Abatutsi

TER

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko amagambo Teta Sandra yanditse ku mbuga nkoranyambaga afatwa nk’ingengabitekerezo ya Jenoside, cyane cyane gupfobya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Ku wa 7 Mata 2025, ubwo hatangizwaga icyumweru cyo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi, Teta yashyize ubutumwa kuri Snapchat na WhatsApp avuga ko yibuka Abatutsi bishwe “n’Abahutu n’abandi […]

Isheja Sandrine yasabye urubyiruko kumenya amateka y’u Rwanda n’ukuri kuri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

hq720

Isheja Butera Sandrine, Umunyamakuru akaba n’Umuyobozi Mukuru Wungirije w’Ikigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru (RBA), yasabye urubyiruko rw’u Rwanda kumenya amateka n’ukuri ku byabaye mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, kugira ngo rutazayobywa n’abashaka gusubiza igihugu mu icuraburindi cy’ayo mateka mabi. Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Isheja yashyizeho amashusho yerekana ubwicanyi bwakorewe Abatutsi mu 1994, […]

Biratangaje: Yabyaye umukobwa nyuma yo guterwa nyababyeyi y’umuvandimwe we

27cac1e0 130c 11f0 b234 07dc7691c360.jpg

Mu Bwongereza, habayeho ibyiswe igitangaza aho Umwana wa mbere yavutse ku mugore wahawe nyababyeyi y’umuvandimwe  ndetse uwo mwana yiswe Amy, izina rya ry’uwo muvandimwe wahaye wa nyina nyababyeyi. Grace Davidson, w’imyaka 36, yavukanye indwara idasanzwe yitwa MRKH ituma umugore atagira nyababyeyi, gusa aba afite amagi (ovaries) akora neza. Mu mwaka wa 2023, umuvandimwe we witwa […]