MONUSCO iravuga ko Nyakanga yabaye ukwezi kw’amaraso muri Ituri na Kivu y’Amajyaruguru

article 1

Ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (MONUSCO) bwagaragaje impungenge z’uko ubugizi bwa nabi bukoreshwamo intwaro bwongeye kugaragara mu ntara z’iburasirazuba za Ituri na Kivu y’Amajyaruguru mu kwezi kwa Nyakanga. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara ku wa Gatatu, ubu butumwa bwa Loni bwamaganye byimazeyo ibitero byahitanye abaturage by’imitwe yitwaje intwaro ikorera muri ako karere. […]

Umunyarwenya Burikantu yarekuwe

20250725 120158

Umunyarwenya Mwitende Abdoulkarim wamamaye nka Burikantu ku mbuga nkoranyambaga yafunguwe nyuma y’iminsi mike ishize atawe muri yombi akekwaho guhohotera abakobwa yafungiranye mu nzu. Uyu munyarwenya yatawe muri yombi tariki ya 20 Nyakanga 2025 aho byatangajwe n’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB). Icyo gihe Burikantu yari akurikiranyweho gufungirana abakobwa bari bagiye kumureba iwe mu rugo kugira ngo abafashe kujya […]

Zabyaye amahari hagati ya Amerika n’u Bufaransa

8

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zateye utwatsi icyemezo cya Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa cyo kwemera Palestine nk’igihugu cyigenga. Perezida Macron abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, yaraye atangaje ko igihugu cye kigomba kwemera Palestine nk’igihugu cyigenga mbere y’Inteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye iteganyijwe muri Nzeri uyu mwaka. Ni icyemezo yavuze ko kigomba gufasha akarere k’Uburasirazuba bwo […]

Ubuhinde bwataye muri yombi umugabo umaze imyaka 8 yiyita Ambasaderi w’ ibihugu bitabaho

0c3271d0 692e 11f0 89f9 2557e37258a0.jpg

Polisi yo mu gihugu cy’ Ubuhinde yatangaje ko yataye muri yombi umugabo w’ imyaka 47 wari umaze imyaka 8 akora akazi nka Amabsediri w’ ibihugu bitabaho ku Isi akabikoresha mu gushuka abantu no kubacucura utwabo. Inzu nziza ishinzeho ibendera ry’igihugu, imodoka z’agaciro zifite ‘plaque’ z’abadipolomate, amafoto macurano manini ari kumwe na Minisitiri w’intebe w’Ubuhinde, byari […]

Gen. Muhoozi ntiyishimiye kuba u Rwanda na RDC byarasinyaniye amasezerano i Washington

20250621 203256

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yagaragaje ko adashaka ko u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bijya gushakira igisubizo cy’ibibazo by’umutekano muke wo muri RDC i Washington cyangwa i Doha bisize akarere biherereyemo. Uyu musirikare usanzwe ari umuhungu wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni, abinyujije ku rubuga rwe rwa X yavuze ko […]

Urukiko rwa ICC rwakatiye igihano cy’ igifungo abahoze ari abayobozi muri Centre Africa

56582359 1004

Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwa ICC, rufite icyicaro i La Haye mu Buholandi, rwakatiye abahoze ari abayobozi babiri bo muri Repubulika ya Centre Afurika (CAR) igifungo cy’imyaka 12 na 15, nyuma yo kubahamya ibyaha by’intambara n’ibyaha byibasiye inyokomuntu. Aba bantu barimo Alfred Yekatom, wamenyekanye cyane ku izina rya “Rambo” wahoze ari umudepite ndetse akanayobora umutwe w’inyeshyamba […]

U Bufaransa bugiye kwemera Palestine nk’igihugu

53573232569 1c89bff5d1 o

Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara mu ijoro ryo kuri uyu wa Kane, itariki 24 Nyakanga, Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yatangaje ko igihugu cye kizemera ko Palesitine ari igihugu, kikaba ari icyemezo kigomba gushyikirizwa Inama Rusange y’Umuryango w’Abibumbye muri Nzeri. Perezida Emmanuel Macron, yakomeje atangaza ko yizeye ko ibyo bizafasha kuzana amahoro mu karere. “Bijyanye n’amateka […]

RDC igiye gutangira kuburanisha Kabila ushobora gukatirwa urwo gupfa

BFSWNZQMMJNFHKC7WUBFXMESVI 1

Urukiko Rukuru rwa Gisirikare muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kuri uyu wa Gatanu tariki ya 25 Nyakanga ruratangira kuburanisha Joseph Kabila Kabange wahoze ari Perezida w’iki gihugu. Kabila aregwa na Leta ya Kinshasa ibyaha bikomeye birimo “ubugambanyi, ibyaha by’intambara, ibyibasiye inyoko muntu ndetse no kujya mu mutwe ugambiriye gukuraho ubutegetsi.” Ni ibyaha uyu munyapolitiki […]

Masisi: Inyeshyamba za M23 zabyukiye mu mirwano ikaze na Wazalendo

000 336L8H8

Imirwano ikaze hagati y’inyeshyamba za AFC / M23 na Wazalendo bivugwa ko yadutse kuva saa munani z’igicuku kuri uyu wa Gatanu ahitwa Luke, muri Gurupoma ya Nyamaboko ya 1 muri Teritwari ya Masisi, Kivu y’Amajyaruguru. Amakuru dukesha ACTUALITE.CD avuga ko Wazalendo yagabye ibitero icyarimwe ku birindiro by’inyeshyamba za M23 i Luke ishaka kubirukana mu mujyi […]

Abapolisi b’u Rwanda bagiye gusimbura bagenzi babo muri Sudani y’Epfo

csm WhatsApp Image 2025 07 24 at 18.48.56 1830bce9 51bfa14b62

Kuri uyu wa Kane tariki ya 24 Nyakanga, abapolisi b’u Rwanda bagize itsinda (RWAFPU1-9) bageze ku kibuga cy’indege Mpuzamahanga cya Kigali, i Kanombe bavuye mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Sudani y’Epfo (UNMISS), aho bari bamaze igihe kingana n’umwaka. Basimbuwe na bagenzi babo bagize itsinda (RWAFPU1-10) riyobowe na Assistant commissioner of Police (ACP) […]

Simba SC yigaramye ibyo kuzana kapiteni wa APR FC

20250725 071021 1

Ikipe ya Simba Sports Club yo muri Tanzania yamaganye ibihuha byavugaga ko yamaze kumvikana n’umukinnyi Niyomugabo Claude ukinira APR FC ndetse n’ikipe y’igihugu Amavubi. Hari amakuru yari yatangajwe n’itangazamakuru ryo muri Tanzania avuga ko Simba SC yifuza uyu myugariro w’ibumoso, aho byavugwaga ko agiye gusimbura Mohammed Hussein baherutse gutandukana. Umunyamakuru Hans Rafael wa Crown Media […]

Rayon Sports iri guhiga umusimbura wa Abeddy

20250724 215310

Ikipe ya Rayon Sports irashaka gusinyisha rutahizamu Habimana Yves wakiniraga Rutsiro FC, nyuma y’uko amakipe yombi agize ubwumvikane ku igurwa ry’uyu mukinnyi. Amakuru yemejwe na Kigali Today avuga ko Rayon Sports yemeye kwishyura miliyoni 10 z’amafaranga y’u Rwanda kugira ngo ibone uyu mukinnyi. Habimana Yves wari umaze imyaka ibiri akinira Rutsiro FC, yitezweho gusimbura Biramahire […]

Ba Minisitiri Nduhungirehe na Biruta bagiranye ibiganiro n’Intumwa ya Loni mu Biyaga Bigari

GwoHMWXWsAA19Hs

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe na Minisitiri w’Umutekano mu Gihugu, Dr Vincent Biruta, kuwa Gatatu bagiranye ibiganiro n’Intumwa Yihariye y’Umuryango w’Abibumbye mu Karere k’Ibiyaga Bigari, Amb. Xia Huang. Baganiriye ku bimaze iminsi bikorwa bibanda cyane ku mbaraga ziri gushyirwa mu gushakira amahoro u Burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo.   Abinyujije kuri […]

Leta ya DRC n’ iya Turukiya zasinyanye amasezerano y’ubufatanye mu bya gisirikari

bitmap 1200 nocrop 1 1 20241102171148920011 GadyuHhXcAAoUrF

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) n’igihugu cya Turukiya byasinyanye amasezerano agamije kongera imbaraga mu guteza imbere ibijyanye n’ubusugire n’umutekano, ndetse n’ ubufatanye mu bya gisirikare hagati y’ibi bihugu byombi. Ni amasezerano yashyizweho umukono ku wa Kabiri, tariki ya 22 Nyakanga 2025, hagati ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) n’igihugu cya Turukiya aho ibi […]

Impanuka y’ Indege mu Burusiya yahitanye abantu 48 bari bayirimo

Screenshot 20250724 2037202

Mu rukerera rwo kuri uyu wa Kane, tariki 24/07/2025 mu gihugu cy’u Burusiya habaye impanuka ikomeye y’indege y’abagenzi yahitanye abantu 48 bose bari bayirimo. Iyo ndege yari mu rugendo ubwo yavaga mu mujyi umwe ijya mu wundi imbere mu gihugu, ariko ntiyigeze igera aho yagombaga kugera kuko yakoreye impanuka mu nzira. Inzego z’ubuyobozi bw’u Burusiya […]

Perezida Kagame yashyizeho Guverinoma nshya irimo amaraso mashya

6d1a0662 b7c44 1

Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Kane tariki ya 24 Nyakanga, yashyizeho Guverinoma nshya igizwe n’Abaminisitiri, Abanyamabanga ba Leta n’abandi Bayobozi Bakuru. Guverinoma yashyizweho igizwe n’Abaminisitiri 21, barimo babiri bashya. Aba barimo Dominique Habimana wagizwe Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu asimbuye kuri izi nshingano Dr Mugenzi Patrice wari uzirimo kuva mu Kwakira 2024. Barimo kandi Dr. Bernadette […]

U Rwanda na RDC bahuriye mu nama yo mu rwego rwo hejuru

U Rwanda, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Mpunzi (UNHCR), kuri uyu wa Kane bahuriye mu nama yo mu rwego rwo hejuru yigaga ku gucyura impunzi. Ni inama yabereye i Addis-Abeba muri Ethiopie. Ku ruhande rw’u Rwanda iyi nama yitabiriwe na Ambasaderi w’u Rwanda i Addis-Abeba, Maj. Gen (Rtd) Charles Karamba, […]

RDC: Guverineri wa Haut-Katanga wari warabuze yongeye kugaragara

IMG 20250129 WA0109

Kuri uyu wa Kane, Guverineri wa Haut-Katanga, Jacques Kyabula Katwe, yongeye kugaragara ku mugaragaro i Lubumbashi, asuhuza abarwanashyaka bo mu ishyaka rye rya politiki, ARDev, ndetse n’abashyigikiye ikipe ya FC Saint-Éloi Lupopo bari bateraniye hanze y’urugo rwe. Nk’uko amakuru agera mu binyamakuru bya Congo avuga ko kuri uyu wa Gatatu ushize yari yakiriye iwe bamwe […]

Yanga SC igiye guhangana na Rayon Sports yabonye umutoza

Romain Folz 1400

Ikipe ya Yanga SC yo muri Tanzania yamaze kubona umutoza mushya, Romain Folz mu gihe yitegura umukino wa gicuti uzayihuza na Rayon Sports FC ku wa 15 Kamena 2025 kuri Stade Amahoro. Uwo mukino ni igice cy’ibirori byo gutangiza umwaka mushya w’imikino wa Rayon Sports, aho izaba yakiriye Yanga SC mu mukino wa gicuti. Romain […]

Muhizi wari umaze imyaka 3 afunzwe azira kubeshya Perezida Kagame yagizwe umwere

muhizi anatole amaze amezi arenga atanu afungiye muri gereza ya muhanga 88220

Urugereko rw’Urukiko Rukuru ruherereye mu karere ka Nyanza, rwagize umwere Muhizi Anatole wari waratawe muri yombi azira ibyafashwe nko kubeshya Perezida Paul Kagame. Muhizi yamenyekanye muri Kanama 2022 ubwo yaregeraga Perezida Paul Kagame Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) ayishinja gufatira inzu ye. Icyo gihe Umukuru w’Igihugu ubwo yari yasuye abaturage bo mu karere ka Nyamasheke, […]

Dr. Justin Nsengiyumva wagizwe Minisitiri w’intebe wa 12 w’u Rwanda ni muntu ki?

Ku mugoroba wo ku munsi w’ejo tariki 23 Nyakanga 205 nibwo inkuru yabaye kimomo ko  Dr. Justin Nsengiyumva yagizwe Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda na Perezida Paul Kagame asimbuye Dr. Édouard Ngirente, wari umaze imyaka 8 yose avuye ayobora guverinoma kuva muri 2017. Ni inkuru abantu batari bake babanje gushidikanyaho kuko Dr. Ngirente ariwe muntu wa […]

Gasabo: Hafashwe 7 bakekwaho kwiba mu ngo z’abaturage

20250724 121423

Polisi y’Igihugu ikorera mu karere ka Gasabo, kuri uyu wa Kane yafashe abasore barindwi bakurikiranweho ubujura bwo kwiba abaturage mu ngo bakabatwara bimwe mu bikoresho byo mu nzu. Abafashwe bafatiwe mu murenge ya Ndera na Rutunga. Amakuru atangwa n’Umuvugizi wa Polisi mu mujyi wa Kigali, CIP Wellars Gahonzire, avuga ko muri barindwi bafashwe harimo batatu […]

Burundi: Igitero cya grenade cyahitanye umuntu gikomeretsa abandi

Des grenades exposees par la police burundaise a Bujumbura 3800x2138 c

Kuri uyu wa Gatatu ahagana saa mbiri z’ijoro, umuryango wo mu gace ka Rusiga, muri Komini ya Cibitoke, Intara ya Bujumbura (mu burengerazuba bw’u Burundi) wagabweho igitero cya grenade cyahitanye umukecuru gikomeretsa bikabije abandi bantu batatu bo mu muryango umwe. Ibi byabereye hagati y’imihanda ya 9 na 10 mu gace ka Rusiga, mu gihe umuryango […]

Simba SC irifuza gutanga za miliyoni kuri Kapiteni wa APR FC 

20250724 115513

Amakuru aturuka muri Tanzania aravuga ko ikipe ya Simba Sports Club yo muri iki gihugu ikomeje kwifuza myugariro Niyomugabo Jean Claude wa APR FC ndetse n’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi.’ Simba irifuza ko Claude usanzwe ari Kapiteni wa APR FC yajya gusimbura myugariro w’ibumoso, Mohammed Hussein baherutse gutandukana. Umunyamakuru Hans Rafael wa Crown Media, ari mu bemeje […]

Nyina wa Kingston yoherejwe muri gereza

240827 sean kingston mother mb 0903 73177b

Nyina w’umuhanzi w’Umunyamerika Sean Kingston, Janice Turner yakatiwe gufungwa imyaka itanu n’ihazabu ya miliyoni imwe y’amadolari y’Amerika nyuma yo guhamwa n’icyaha cy’ubwambuzi yakize afatanyije n’umuhungu we. Urukiko rwemeje ko kuva muri Mata 2023 kugeza Werurwe 2024, Turner na Sean Kingston (w’imyaka 35) bakoze ibikorwa bigize icyaha birimo gushuka abantu bavuga ko bishyuye ibicuruzwa birimo imodoka, […]

Isezerano rya Dr. Nsengiyumva wagizwe Minisitiri w’Intebe kuri Perezida Kagame

20250723 201100

Dr. Justin Nsengiyumva wagizwe Minisitiri w’Intebe mushya w’u Rwanda, yashimiye Perezida Paul Kagame wamuhaye ziriya nshingano, yizeza ko azamukorera akanakorera igihugu mu bwitange no kwicisha bugufi. Ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki ya 23 Nyakanga ni bwo Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko Dr. Nsengiyumva wari usanzwe ari Visi-Guverineri wa Banki Nkuru y’Igihugu (BNR) yagizwe […]

USA: Perezida Macron yareze umusesenguzi wita umugore we umugabo

sipausa 44870122 removebg preview

Kuri uyu wa Gatatu, itariki 23 Nyakanga, Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron n’umugore we, Brigitte, batanze ikirego muri Amerika barega Umwanditsi n’umusesenguzi Candace Owens, bamushinja gukwirakwiza ibihuha bivuga ko umudamu wa mbere mu Bufaransa ari umugabo. Mu kirego cyatanzwe mu Rukiko Rwisumbuye rwa Delaware, ba Macron bavuze ko uyu munyamerikakazi Owens yakoze “ubukangurambaga bwo gusebya […]

Umuntu yanyereza gute amafaranga atigeze akoraho? – Constant Mutamba

proces mutamba peut on detourner de l argent qu on a jamais toucher pht ks 23 juillet 2025 jpg 711 473 1

Imbere y’abacamanza b’Urukiko Rushinzwe Kurinda Iremezo ry’Itegeko Nshinga, kuri uyu wa Gatatu, itariki 23 Nyanga, uwahoze ari minisitiri w’ubutabera, Constant Mutamba yafashe ijambo ahakana ibyo aregwa byose mu rubanza rwo kunyereza amafaranga ya Leta. Mutamba yagize ati: “Miliyoni 19 z’amadolari minisitiri wa leta, Minisitiri w’ubutabera akurikiranyweho yibereye muri banki”. Yashimangiye ko amafaranga avugwa atabuze. Byongeye […]

Impanuka y’indege muri Pariki ya Virunga yahitanye babiri

Crash4

Indege ya Bat Hawk yaguruka hejuru y’ikirere gikikije site y’amateka ya Ishango muri Parike ya Virunga, yakoze impanuka kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 23 Nyakanga, ihitana abantu babiri muri kiriya gice cya Kivu y’Amajyaruguru. Ibi byatangajwe n’ubuyobozi bw’Ikigo cya Congo gishinzwe Kubungabunga Ibidukikije (ICCN) mu itangazo rigenewe abanyamakuru ryohererejwe  ACTUALITE.CD dukesha iyi nkuru. Abakozi […]

Huye: Umusore w’imyaka 20 akurikiranweho gushimuta no kwica umusambi

csm UBUSHINJACYAHA HUYE 67668d60e7 2

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Huye bwaregeye Urukiko Rwisumbuye rwa Huye dosiye iregwamo umusore w’imyaka 20 ukekwaho gushimuta no kwica umusambi (Grey crowned-crane), inyoni iri mu bwoko bw’izirinzwe (Critically endangered species). Icyaha cyabaye ku itariki 09/07/2025, ahagana sa munani z’amanywa mu gishanga cya Gitega giherereye mu Mudugudu wa Gitega, Akagari ka Gitovu, Umurenge wa Busoro, […]

Thailand na Cambodia byatangiye kurasana

17aa92b0 6837 11f0 af20 cbe3ee23bd05.jpg

Ingabo za Thailand n’iza Cambodia zarasanye mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane ku gice cy’umupaka utemewe, aho amakimbirane akomeje gukaza umurego hagati y’impande zombi. Ingabo za Thailand zatangaje ko abasirikare ba Cambodia ari bo batangije uku kurasana hafi y’urusengero rwa Khmer rwa Ta Muen Thom, haherutse kugaragara ubushyamirane bukomeye. Ariko minisiteri y’ingabo ya Cambodia […]

Perezida Kagame yakuye Dr. Édouard Ngirente ku mwanya wa Minisitiri w’Intebe 

Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Gatatu tariki ya 23 Nyakanga, yakuye Dr. Édouard Ngirente ku mwanya wa Minisitiri w’Intebe amusimbuza Dr. Nsengiyumva Justin. Dr. Ngirente yari Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda kuva muri 2017, ubwo yasimburaga kuri izo nshingano Anastase Murekezi. Dr. Nsengiyumva Justin ni we wamusimbuye nk’uko Guverinoma y’u Rwanda yabitangaje ku rubuga rwayo […]

U Rwanda na Algérie byinjiye mu bufatanye bwa gisirikare

20250723 200326

U Rwanda na Algérie kuri uyu wa Gatatu tariki ya 23 Nyakanga, byasinyanye amasezerano y’ubufatanye mu bya gisirikare. Ku ruhande rw’u Rwanda amasezerano yashyizweho umukono na Minisitiri w’Ingabo, Juvenal Marizamunda uri kugirira uruzinduko rw’akazi muri Algérie. Ku ruhande rwa kiriya gihugu cyo mu majyaruguru ya Afurika rwo amasezerano yashyizweho umukono n’Umugaba Mukuru w’Ingabo zacyo, Gén. […]

M23 yatahuye imbunda n’amasasu byahishwe na FARDC mu mujyi wa Goma

IBISasu

Ihuriro ry’ abasirikari ba Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 ryatoraguye intwaro za gisirikari ziganjemo imbunda n’ ibisasu byari byarahishwe mu bice bitandukanye by’umujyi wa  Goma mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, bihishwe n’ihuriro ry’ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Nkuko byatangajwe na Guverineri wungirije w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, Manzi Willy, washyizweho na AFC/M23 ku rubuga rwe […]

Kinshasa: Umupolisi yishwe nabi nyuma yo kurasa umuntu wihitiraga

kinshasa masina petro congo un policier lynche par la population pour avoir tire sur un passant pht ks 23 juillet 2025 jpg 711 473 1

Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 23 Nyakanga 2025, umupolisi yakubiswe bunyamaswa n’abaturage kugeza bamwishe, ahazwi nka Masina / Pétro Congo i Kinshasa, nyuma yo kurasa umuntu watambukaga ku mpamvu zitazwi. Uwahohotewe yahise ajyanwa ku kigo nderabuzima kugira ngo avurwe, ariko abaturage bakurikirana umupolisi kugera muri hotel yahungiyemo nk’uko iyi nkuru dukesha mediacongo.net ivuga. Imbaga […]

Ethiopia yanyomoje Trump 

donald trump 1 gty gmh 25

Umwe mu bayobozi ba Ethiopia yanyomoje Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, nyuma yo gutangaza ko igihugu cye cyateye inkunga umushinga wo kubaka urugomero kiriya gihugu cyubatse ku ruzi rwa Nili. Mu cyumweru gishize Trump yatangaje ko ruriya rugomero “ahanini rwubatswe n’amafaranga ya Amerika.” Urugomero rwa Grand Ethiopian Renaissance Dam (Gerd), ni […]

M23 yaramukiye mu mirwano ikaze na FDLR

m23

Umutwe wa M23 kuri uyu wa Gatatu tariki ya 23 Nyakanga, waramukiye mu mirwano ikomeye yawusakiranyije n’abarwanyi b’umutwe wa FDLR-FOCA. Amakuru avuga ko M23 yaramutse igaba ibitero ku birindiro by’uriya mutwe urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda mu bice bya Kazaroho na Kakono, mu burengerazuba bwa Chefferie ya Bwisha hafi ya Parike ya Virunga; muri Teritwari ya […]

Huye: Abashinjwaga kwica umuntu bamukasi ijosi bakatiwe imyaka 30 y’igifungo

csm UBUSHINJACYAHA HUYE 67668d60e7 2

Urukiko Rwisumbuye rwa Huye ruri ku cyicaro cyarwo i Huye, rwasomye urubanza Ubushinjacyaha bwari bukurikiranyemo abantu 5 bakekwaho icyaha cy’ubwicanyi buturutse ku bushake bashinjwaga kwica umuntu bamukase ijosi. Bane muri bo urukiko rwabahamije icyaha cy’ubwicanyi rubahanisha igifungo cy’imyaka 30 buri wese naho utaramenyekanishije icyo cyaha mbere y’uko kiba ahanishwa gufungwa umwaka umwe n’amezi atanu. Icyaha […]

Kigali: Utubari dusaga 200 twafatiwe ibihano

fu9o8mjaqae3 ek 6c383

Utubari 206 two mu mujyi wa Kigali twaciwe amande utundi turafungwa, nyuma yo gusanga tutubahiriza amabwiriza areba inzego zitanga serivisi zo kwakira abantu ndetse no kwidagadura. Turiya tubari twafatiwe ibihano amande nyuma y’igenzura ryakozwe na Polisi y’u Rwanda ifatanyije n’ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali. Ni igenzura ryakozwe hagati y’itariki ya 19 n’iya 20 Nyakanga, rikorerwa mu […]

Sudani: Ibiryo byateje imirwano hagati y’ingabo za leta n’inyeshyamba

Kafi Tayar

  Kuri uyu wa Kabiri, itariki 22 Nyakanga, mu Mujyi wa Kadugli wo muri Sudani habaye imirwano hagati y’ingabo za leta n’inyeshyamba zahoze bafatanije zagerageje gufata ibiryo ku ngufu mu isoko mu gihe ikibazo cy’inzara  gikomeje gufata intera. Iyi mirwano yarimo umutwe witwaje intwaro uyobowe na Kafi Tayar, wari wunze ubumwe n’ingabo za leta ariko […]

RIB yataye muri yombi abantu 4 bakekwaho gutwikisha umunyururu w’igare abibye amafaranga

Girishyaka Niyitanga Fabrice bamutwitse bikomeye munsi yivi

Urwego rw’ igihugu rw’ ubugenzacyaha RIB rwataye muri yombi abantu  4 bakekwaho ubugome bukabije bwo gutwikisha abantu umunyururu babashinja kwiba amafaranga y’ umukecuru witwa Nyirabatoni Nelie w’imyaka 83, utuye mu mudugudu wa Gisenyi,akagari  ka Karengera,umurenge wa Kirimbi, w’ Akarere ka Nyamasheke. Muri abo bantu 4 batawe muri yombi barimo n’ uyu mukecuru  Nyirabatoni Nelie, naho abandi […]

Huye: Akurikiranweho kwica umwana yibyariye amujugunye mu Kanyaru

csm UBUSHINJACYAHA HUYE 67668d60e7 1

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Huye bukurikiranye umugore w’imyaka 25 ukekwaho kwica umwana we w’amezi atatu amutaye mu mugezi w’Akanyaru.  Icyaha akurikiranweho cyakozwe ku itariki ya 13 Nyakanga 2025, mu Kagari ka Katarara, Umurenge wa Ntyazo, Akarere ka Nyanza. Umurambo w’uyu mwana wabonetse ku wa 15 Nyakanga 2025 uri kureremba hejuru y’amazi ku ngarani y’Umugezi […]

Leta ya Kinshasa yiteguye gushyira mu bikorwa amasezerano y’ i Doha muri Qatar

Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yatangaje ko igiye gukora ibishoboka byose kugira ngo igarure amahoro n’ umutekano urambye mu Burasirazuba bwa Congo, hagendewe ku masezerano yemeranyijeho n’umutwe AFC/M23 binyuze k’ubuhuza bwa Qatar. Ni ibyagarutsweho na minisitiri w’umutekano wa RDC, Jaquemin Shabani mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru i Kinshasa ku murwa mukuru wa RDC ku […]

Perezida Ndayishimiye yongereye ingengo y’ imari akoresha igera kuri 1.080.000.000

Evariste Ndayishimiye 768x432 1

Mu gihe Abaturage b’  u Burundi bakomeje  kwicira isazi mu jisho ndetse n’ ihangana rikomeye ry’ ubuzima butaboroheye butewe n’ibura ry’ibintu by’ibanze nk’ibikomoka kuri Peterori, Amadevize adahari n’ibiciro biri hejuru cyane, Perezida Evariste Ndayishimiye we yazamuye ingengo y’imari akoresha ku giti cye igera kuri Miliyali 1.080.000.000 Fbu Nkuko bigaragara mu itegeko ryemejwe ku wa 24 […]

Trump yashinje Barack Obama ubugambanyi mu matora ya 2016

Glasser TrumpObama 1753216672

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yongeye gushinja Barack Obama, hahaha cy’ubugambanyi, avuga ko ari we wayoboye umugambi wo guhindura amakuru y’ubutasi ku kwivanga ku Burusiya mu matora ya 2016. Ibi Trump yabivugiye mu kiganiro n’abanyamakuru ku wa Kabiri, aho yashinjije Obama n’abandi bayobozi bo mu gihe cye, barimo Joe Biden wari […]

Kabila udateganya kuva muri politiki arakurikizaho iki nyuma y’amasezerano akomeje gusinywa?

37939369 1 1

Nyuma y’ibiganiro bya Doha na Washington byagejeje ku isinywa ry’amasezerano y’ingenzi agamije guhosha amakimbirane amaze imyaka irenga 30 mu burasirazuba bwa RDC, hakomeje kwibazwa icyo Joseph Kabila, wahoze ari perezida ateganya gukurikizaho nyuma yo kugaragara ko adateganya kuva muri politiki vuba. Amasezerano abiri, ku bibuga bibiri: ku ruhande rumwe, Washington, aho Kinshasa na Kigali bagiranye […]

DIGP Jeanne Chantal Ujeneza yahaye impanuro abapolisi 240 bitegura kujya mu butumwa

WhatsApp Image 2025 07 22 at 20.10.15 556a9469

Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 22 Nyakanga 2025, Umuyobozi Mukuru wa Polisi wungirije ushinzwe ubutegetsi n’abakozi (DIGP) DCG Jeanne Chantal Ujeneza yahaye impanuro abapolisi 240 bitegura kujya mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Sudani y’Epfo (UNMISS). Aba bapolisi bagize itsinda RWAFPU1-10, bayobowe na Assistant commissioner of Police (ACP) Corneille Murigo, bagiye gusimbura […]

Goma: Ituze ryagarutse nyuma y’igitero cya Wazalendo

bitmap 1200 nocrop 1 1 20250526172621177510 IMG 20250520 WA0091

Umutuzo wongeye kugaruka kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 22 Nyakanga, mu burengerazuba bw’Umujyi wa Goma wo (Kivu y’Amajyaruguru), nyuma y’ijoro ryaranzwe n’amasasu menshi, ryo ku wa Mbere, itariki 21 Nyakanga, hagati ya saa moya na saa tanu z’ijoro ku isaha yaho. Nk’uko amakuru aturuka mu basivili n’ubuyobozi abivuga, itsinda ritamenyekanye ry’abakekwaho kuba abarwanyi ba […]

Maniema: Ministiri w’Ubutegetsi yategetse gukuraho bariyeri zitemewe

sm 1727368396.081286

Ministiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu ku rwego rw’intara ya Maniema muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Lawamo Selemani Taylor Kindu, yatangaje icyemezo gikomeye cyo gukuraho Bariyeri zose zitemewe zashyizwe mu mihanda itandukanye. Ibi bije nyuma y’amarira y’abaturage bagaragaje n’ umubabaro mwinshi batewe n’ubwinshi bwa za Bariyeri zishyirwa mu mihanda mu buryo budasobanutse, abashinzwe umutekano bakajya bazikoresha mu […]

Huye: Dosiye y’umugore uregwa kwangiza igitsina cy’umugabo we yageze m’ urukiko

download 7

Ni Dosiye uyu mugore w’imyaka 57 wo mu Murenge wa Kibilizi mu Karere ka Nyanza, ukurikiranyweho akurikiranywe n’Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Huye aho ashinjwa kwangiza imyanya y’ibanga y’umugabo we ayikanze kugeza itungutsemo amaraso. Uyu mugore w’imyaka 57 ukekwaho kwangiza imyanya y’ibanga y’umugabo we w’imyaka 49 mu ibazwa rye ryakozwe n’ ubushinjacyaha, yemera iki cyaha […]

Abadepite ntibumva impamvu ikoranabuhanga rya IEBMIS rya UR rikomeje guhombya leta za miliyoni

IMG 20250722 WA0003

Abadepite bagize Komisiyo y’uburezi, ikoranabuhanga, umuco, siporo n’urubyiruko mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, bagaragaje ko batiyumvisha impamvu ikoranabuhanga rya IEBMIS ribitse amakuru ya Kaminuza y’u Rwanda (UR) rikomeje guhombya leta. IEBMIS (Integrated Education Business Management Information Systems), ni sisitemu yaguzwe muri 2011 n’icyahoze ari Kaminuza Nkuru y’u Rwanda (UNR), ishorwaho abarirwa muri Frw 1,269,000,000. […]

M23 yigaruriye uduce dushya nyuma yo kuva ku meza y’ibiganiro i Doha

AA 29820755 scaled 1

Amakuru aturuka i Masisi muri Kivu y’Amajyaruguru aravuga ko umutwe wa M23 wigaruriye uduce dushya two muri Teritwari, nyuma yo kutwirukanamo ihuriro ry’ingabo za Leta ya RDC. Uduce ingabo za M23 zigaruriye kuri uyu wa Kabiri turimo Luke na Gatobotobo two muri Groupement ya Nyamaboko ya mbere, Teritwari ya Masisi. Ni nyuma yo kutwirukanamo imitwe […]

AFC/M23 na Leta ya Congo bagiye guhana imfungwa zirimo iz’intambara

WhatsApp Image 2025 01 27 at 14.52.44 3a4541c7

Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko iteganya guhererekanya imfungwa na AFC/M23, nk’imwe mu ngamba zirema icyizere hagati y’impande zombi. Iyi ni imwe mu ngingo zikubiye mu nyandiko y’amahame ngenderwaho aganisha ku masezerano y’amahoro impande zombi ziheruka gushyiriraho umukono i Doha muri Qatar. Iyi ngingo kandi iri mu bintu umunani AFC/M23 yasabye Leta […]

Museveni yafunze abayobozi b’ishyaka rye bibye amajwi mu matora

President Museveni Meets NRM Caucus 16th Aug 2024 8 1536x1024 1

Perezida Yoweri Kaguta Museveni w’igihugu cya Uganda akaba n’Umuyobozi mukuru w’ishyaka riri ku butegetsi NRM, yatangaje ko hafashwe icyemezo cyo guta muri yombi abayobozi umunani b’iryo shyaka bashinjwa kwiba amajwi no guhimba ibyavuye mu matora y’ibanze. Mu itangazo rikakaye yashyize hanze, Perezida Museveni yavuze ko “abashaka inyungu zabo bwite” barimo guharabika umurage w’ishyaka NRM, ashimangira […]

Ibuye riherutse kugurishwa miliyoni 5 z’amadolari i New York

WhatsApp Image 2025 07 21 at 12.52.01

Iribuye riherutse ku gurishwa muri cyamunara yabereye i New York ku wa gatatu, tariki ya 16 Nyakanga. Rifite uburebure bwa santimetero 40 n’uburemere bw’ibiro 24, ni ryo buye ririni riturutse kuri Mars ryavumbuwe ku isi. Abahanga bemeza ko iri buye ari igice “kidasanzwe”cya Mars kingana n’umupira w’amaguru, cyabonye umuguzi muri cyamunara i New York ku […]

Green Party yihaye intego yo kwinjira muri Guverinoma

20250722 113358

Ishyaka Riharanira Demukarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda, ryihaye intego y’uko nyuma y’amatora y’Umukuru w’Igihugu yo muri 2029 rizakora ibishoboka byose rikinjira mu nzego zose, zirimo na Guverinoma. Ryabitangaje mu mpera z’icyumweru gishize, ubwo mu karere ka Musanze haberaga inama y’Inteko Rusange ya ririya shyaka ku rwego rw’Intara y’Amajyaruguru. Ni inama kandi yasize Green Party […]

Nyarugenge: Akurikiranweho kugerageza kwica umuntu amugongesheje imodoka

csm Nyarugegenge 123pdf 168a625ebf

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Nyarugenge bukurikiranye umugabo w’imyaka 42 wagerageje kwica umugore w’imyaka 29 amugongesheje imodoka. Icyaha cy’ubwinjiracyaha bw’ubwicanyi buturutse ku bushake akurikiranyweho yagikoze ku itariki ya 17 Kamena 2025 mu karere ka Kicukiro, umurenge wa Kigarama, akagari ka Bwerankori umudugudu wa Nyenyeri. Ubwo uregwa yari agiye kuri Sitasiyo ya Lisansi atwaye imodoka, yahasanze […]

RDC: Intumwa za leta na AFC/M23 zirasubira i Doha mu cyumweru kiri imbere

bitmap 1200 nocrop 1 1 20241207025311932247 GeIJdgfWsAAbzr0

Abahagarariye Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) na AFC/M23 bazasubira i Doha, muri Qatar, mu minsi umunani (8) iri imbere, mu rwego rwo kwitegura gushyira umukono ku masezerano y’amahoro nk’uko byatangajwe kuri uyu wa Mbere ushize, itariki ya 21 Nyakanga 2025, na Minisitiri w’Intebe wungirije akaba na Minisitiri w’Umutekano ubwo yaganiraga n’abanyamakuru. Yagize ati: “Mu […]