![Abantu bari muri iri tangazo barasabwa kwishyura ibirarane bitarenze iminsi 15, no kujya ku biro bya RRA ku Kicukiro](local/cache-vignettes/L699xH1000/rra_1-d21b6.jpg)
Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) kiramenyesha abasora bari ku mugereka w’iri tangazo ko bahawe iminsi cumi n’itanu (15) , uhereye igihe iri tangazo risohokeye , kugira ngo babe bamaze kwishyura ibirarane by’imisoro babereyemo Leta ikomoka ku binyabiziga byabo batasoreye.
Ibindi murabisanga ku mugereka
Izindi Nkuru Bijyanye
Isangize abandi
Tanga igitekerezo