• english English
  • english Francais
  • english Swahili
  • Ahabanza
  • Amakuru
    Umunyamahanga wasambanyije umunyeshuri ni we wakoze ku bo Col Higiro yise ‘inzererezi’
    Nyiragongo: Umutwe mushya wiyemeje guhangana na M23 warwanye iya mbere na APCLS
    Ukraine irigamba kwica Admiral Viktor Sokolov w’u Burusiya
    Imodoka zidatwara abagenzi rusange zigiye gukumirwa mu mihanda imwe n’imwe mu masaha yagenwe
    Mali: Abahiritse ubutegetsi basubitse amatora yari kuzasubiza ubutegetsi abasivili
  • Ibitekerezo
    IBITEKEREZO Soma izindi
    Kuvuga icyo umuyobozi wirukanwe yazize cyangwa akacyivugira byagabanya impuha
    Minisitiri w’ingabo wa RDC ashobora kuzira ubutaka afite i Kigali
    Ese kurwanya umuco wo kudahana ni inshingano rusange?
    Bamporiki azahabwa imbabazi, abone kuba Umushumba w’abarokore
    Yaba ari amahitamo meza u Rwanda rushakiye urubyiruko imirimo mu mahanga?
  • Zicukumbuye
    ZICUKUMBUYE Soma izindi
    Rwanda: Ubwinshi bw’imanza, gufunga n’ubucucike bikomeje kubera ihurizo ubutabera
    Covid-19: �Nyunganira mwana �, inzira nshya ishora abana mu muhanda
    Kayonza: Mu ntambara y�amahugu arwana n�inzego z�ibanze, Pascal Mutumwa aratabaza Perezida Kagame
    Ibivugwa: Ingabo z�Abafaransa mu batazibagirwa Inkotanyi ahahoze ari Komini Maraba
    Gen. Godefroid Niyombare ari mu yihe mibare?
  • Politiki
    POLITIKI Soma izindi
    Abashingamategeko bo muri USA barasaba Menendez kwegura bwangu
    Perezida Ndayishimiye yavuze ku mwuka mubi uhwihwiswa mu Burundi
    Kenya: Umunyapolitiki ukomeye yibasiwe nyuma yo gusaba Perezida Kagame ko yarekera kuyobora u Rwanda
    Igisubizo cya P. Kagame ku mpamvu Gen. Muhoozi ari we wenyine washoboye kunga u Rwanda na Uganda
    Zabyaye amahari hagati ya Ukraine n’incuti yayo Pologne
  • Imikino
    POLITIKI Soma izindi
    FIFA yahannye Rayon Sports
    Arsenal yahagamiwe na Tottenham mu maso ya P. Kagame
    APR FC yatakaje amanota ya mbere kuri Marines FC
    FERWAFA yamaganye amagambo umutoza w’Amavubi y’abagore yatangaje ku bakinnyi ba Ghana
    CAF yakubise Rayon Sports ahababaza
Iyandikishe
Bwiza Bwiza
  • Ibitekerezo
  • ibyegeranyo
  • Zicukumbuye
  • imikino
  • politiki
  • ubuzima
Search
  • Ibitekerezo
  • ibyegeranyo
  • Zicukumbuye
  • imikino
  • politiki
  • ubuzima
Dukurikire
  • Francais
  • English
  • Kiswahili
Copyright © 2014-2023 BWIZA MEDIA Ltd.
Bamporiki azahabwa imbabazi, abone kuba Umushumba w'abarokore

Ibitekerezo

Bamporiki azahabwa imbabazi, abone kuba Umushumba w’abarokore

Yanditswe na BWIZA
Yanditswe kuwa 14/06/2023 08:51

Umupagasi, umunyarwenya, umukinnyi wa filime, umunyamategeko, umunyapolitiki...ushatse umwite Depite cyangwa Minisitiri, uyu munsi ni umugororwa ariko urwandiko rwe ntirurasora (ntabwo ubuzima bwe bwarangiye).

Mbere na nyuma y’ibyo bigwi bye byose, Bamporiki Édouard ni umurokore, birenzeho ni umugaragu w’Imana kandi amaze kuvugwaho gutatira igihango, yihutiye gusaba imbabazi Perezida Paul Kagame ku byaha yaregwaga birimo kwaka ruswa.

Icyo gihe yasabaga imbabazi aciye bugufi, yavugaga ko atozengera na rimwe kurangwa n’imyitwarire mibi ndetse idakwiriye intore nyakuri yo ku ruhembe. Yagize ati: "Nyakubahwa Umukuru w’u Rwanda, Paul Kagame, narahemutse. Umutima wanze kumpa amahwemo. Bavandimwe, nshuti zanjye, namwe abankurikira kuri uru rubuga, Nakoze icyaha cyo kwakira indonke. Nkaba ntafite irindi jambo navuga usibye Kubasaba mwese imbabazi. Ndatakambye."

Perezida Kagame yumvishe amarira ya Bamporiki ariko yavuze ko uyu yagiye afatwa kenshi akosa ndetse anabisabira imbabazi ariko ntahinduke. Yagize ati: "Umuntu wese yakora icyaha ariko no kucyirinda birashoboka. Guhanwa nabyo birafasha."

Dusesenguye imvugo ya Perezida Kagame, dusanga ataranze guha imbabazi intore Bamporiki ahubwo yifuje ko ahanwa nk’umuntu wakagombye kuba intangarugero mu budakemwa mu mico n’imyifatire.

Kumuhana

Umurengwe, kwirata, kwibagirwa vuba n’ibindi byinshi byavuzwe kuri Bamporiki wavuye kure akoresheje imitsi, ubwenge ndetse n’amahirwe amahirwe aramusekera, akundwa n’Umukuru w’Igihugu ariko nyuma amutenguha atya.

Tariki ya 23 Mutarama 2023, Bamporiki yakatiwe igifungo cy’imyaka 5, acibwa n’ihazabu y’amafaranga y’u Rwanda miliyoni 30. Yahamijwe ibyaha birimo kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya no gukoresha mu nyungu ze bwite ububasha ahabwa n’itegeko.

Nta mvura idahita

Niba Bamporiki asenga by’ukuri ndetse akaba yarasabye imbabazi biturutse mu ndiba z’umutima, akemera kwihana bitari bya nyirarureshwa, azazihabwa, kuko imfura zihorana imbabazi n’amata ku ruhimbi.

Ntabwo Bamporiki ari uwa mbere cyangwa uwa nyuma Perezida Kagame yaba ababariye, gusa bizafata igihe kandi "Bucya bwitwa ejo."

Bamporiki azahabwa uwuhe mwanya?

Ku gitekerezo cyanjye, mu gihe chose Bamporiki aramutse ababariwe, agataha mu rugo yitwaye neza, ashobora kuzagirwa umuyobozi mukuru wa ADEPR ku rwego rw’igihugu kuko afite ubushobozi bwo gushyira iri torero ku murongo kuko ni ryo abereye umuyoboke.

Namara guhabwa uyu mwanya, akabihagararamo neza, bizamugarurira icyizere gikomeye, bifashe abo muri iri torero kongera kuba umwe.

Gereza ni ishuri ku munyabwenge, ni igihano ku mupfapfa, kandi Umunyarwanda yagize ati: "Umugabo mbwa aseka imbohe.’’

Gaston Rwaka

Izindi Nkuru Bijyanye


Minisitiri w'ingabo wa RDC ashobora kuzira ubutaka afite i Kigali
Minisitiri w’ingabo wa RDC ashobora kuzira ubutaka afite i Kigali
Kuvuga icyo umuyobozi wirukanwe yazize cyangwa akacyivugira byagabanya impuha
Kuvuga icyo umuyobozi wirukanwe yazize cyangwa akacyivugira byagabanya impuha
Yaba ari amahitamo meza u Rwanda rushakiye urubyiruko imirimo mu mahanga?
Yaba ari amahitamo meza u Rwanda rushakiye urubyiruko imirimo mu mahanga?

Izindi wasoma

Kuvuga icyo umuyobozi wirukanwe yazize cyangwa akacyivugira byagabanya impuha

Minisitiri w’ingabo wa RDC ashobora kuzira ubutaka afite i Kigali

Ese kurwanya umuco wo kudahana ni inshingano rusange?

Yaba ari amahitamo meza u Rwanda rushakiye urubyiruko imirimo mu mahanga?

Ese koko u Rwanda ni gashozantambara mu karere k’ibiyaga bigari?

BWIZA
Isangize abandi
Tanga igitekerezo

3 Ibitekerezo

hope Kuwa 14/06/23

Ngo ngwiki? Ngo akayobora ADEPR? Ariko ADEPR yasuzugurwa! Icya 1 si na Pasteur. Yayiyobora gute ataraba Pasteur? Icya 2 , yize Theologie ko mu bihe biri imbere abayobozi b’ amadini bagomba kuzaba barayize? Ikindi ni uko umuntu ukwiye kuyobora idini iri n’ iri aba agomba kuba arimazemo igihe kinini ndetse amaze n’ igihe kinini ari Pasteur. Ikindi Kandi hari ibindi birebwa (biri internal mu Itorero/Idini) birebana n’ ubuhamya bwa gikristo bw’ umuntu. Ese ubundi kuki wumva ko muri ADEPR ari ho abayobozi bakwiye kujyaho uko biboneye? Ibi byose mbivuze nshaka kugaragaza ko ndashigikiye na gatoya iki gitekerezo nk’ umuyoboke wa ADEPR ukunda idini ryanjye.

Subiza ⇾

shema Kuwa 28/06/23

Ngaho iryodini wiratana ngo nkidini ryange nkunda? Hhhhhhh, sawa ngaho uzaricemo ubujura namacakubiri yaryaritsemo gusa Urarutanze, Bamporiki nibitaribyo yabiyobora esubundi yaba yabuze ibyakora ? Sha Uriya mugabo ntaho duhuriye muburyo bwose usibye Ubunyarwanda ark sinamucamazi numugabo kandi utarimbwa, ngewe ndamwera nafungurwa icyonzicyo azabahoneza

Subiza ⇾

Kuwa 28/07/23

Nabazaga iyo uri umu ADPR ufite hotel ugacuruzamo inzoga biba byemewe munsobanurire

Subiza ⇾

mukristo Kuwa 28/07/23

ADEPR yaragowe mwyihinduye ikimpoteri(poubelle)ubwo ubivuze har’icyo ubiziho.ntiriwe mvuga Amazina y’abashyizwemo gutyo bakoze inshingano neza kuko ibyo batumwe(kuyishwanyaguza)babikoze.ariko Yesu Kristo azaza murabeshya

Subiza ⇾

Tanga igitekerezo

pre-moderation

This forum is moderated before publication: your contribution will only appear after being validated by an administrator.

Who are you?
Your post
  • *Kwandika mu bika kanda ahanditse Enter. Amategeko n'amabwiriza birakurikizwa

DUKURIKIRE

Wadusanga kuri izi nkoranya mbaga
Facebook Like
Twitter Follow
Youtube Subscribe

Weekly Newsletter

Iyandikishe ujye ubona amakuru yacu kuri Email

I have read and agree to the terms & conditions

Amakuru Agezweho

Umunyamahanga wasambanyije umunyeshuri ni we wakoze ku bo Col Higiro yise ‘inzererezi'
Umunyamahanga wasambanyije umunyeshuri ni we wakoze ku bo Col Higiro yise ‘inzererezi’

Nyiragongo: Umutwe mushya wiyemeje guhangana na M23 warwanye iya mbere na APCLS
Nyiragongo: Umutwe mushya wiyemeje guhangana na M23 warwanye iya mbere na APCLS

Ukraine irigamba kwica Admiral Viktor Sokolov w'u Burusiya
Ukraine irigamba kwica Admiral Viktor Sokolov w’u Burusiya

Imodoka zidatwara abagenzi rusange zigiye gukumirwa mu mihanda imwe n'imwe mu masaha yagenwe
Imodoka zidatwara abagenzi rusange zigiye gukumirwa mu mihanda imwe n’imwe mu masaha yagenwe

Senateri Menendez yasobanuye iby'amafaranga FBI yafatiye mu rugo rwe
Senateri Menendez yasobanuye iby’amafaranga FBI yafatiye mu rugo rwe

- DUTERE INKUNGA -

Mashya

Umunyamahanga wasambanyije umunyeshuri ni we wakoze ku bo Col Higiro yise ‘inzererezi'
26/09/23 10:04
Umunyamahanga wasambanyije umunyeshuri ni we wakoze ku bo Col Higiro yise ‘inzererezi’
Nyiragongo: Umutwe mushya wiyemeje guhangana na M23 warwanye iya mbere na APCLS
26/09/23 10:00
Nyiragongo: Umutwe mushya wiyemeje guhangana na M23 warwanye iya mbere na APCLS
Ukraine irigamba kwica Admiral Viktor Sokolov w'u Burusiya
26/09/23 10:00
Ukraine irigamba kwica Admiral Viktor Sokolov w’u Burusiya
Imodoka zidatwara abagenzi rusange zigiye gukumirwa mu mihanda imwe n'imwe mu masaha yagenwe
26/09/23 09:09
Imodoka zidatwara abagenzi rusange zigiye gukumirwa mu mihanda imwe n’imwe mu masaha yagenwe
ubutabera

Senateri Menendez yasobanuye iby’amafaranga FBI yafatiye mu rugo rwe

Perezida wa komisiyo ya sena ya Leta zunze ubumwe za Amerika ishinzwe ububanyi n’amahanga, (...)

Yanditswe na TUYIZERE JD
Amakuru

Mali: Abahiritse ubutegetsi basubitse amatora yari kuzasubiza ubutegetsi abasivili

Inteko ya gisirikare iyoboye igihugu muri Mali kuri uyu wa Mbere yavuze ko amatora ya perezida (...)

Yanditswe na Denis Nsengiyumva
Amakuru

Icyo NESA itangaza ku mashuri asaga 50 bivugwa ko yahagaritswe

Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibizamini bya leta n’ubugenzuzi bw’amashuri (NESA) cyahakanye (...)

Yanditswe na Denis Nsengiyumva
ubuzima

Mu Rwanda hagiye gutangira amahugurwa ku bumenyi bwa massage no gufashwa kwihangira umurimo

Mu Rwanda, gukenera serivisi za massage z’umwuga bikomeje kwiyongera. Ariko, kubura ibigo (...)

Yanditswe na Mecky Merchiore Kayiranga

Bwiza Media is a leading online media company based in Rwanda that provides information and analysis on societal achievements and needs.


Service Dutanga

  • Itangazamakuru
  • Kwamamaza -Advert
  • Dufata amashusho -Video
  • Dutunganya Amashusho
  • Dukora websites
  • Amatangazo / Cyamunara

Ibyiciro Bikunzwe

  • politiki
  • imyidagaduro
  • imikino
  • ubuzima
  • utuntu-nutundi

© Bwiza Media. All Rights Reserved.