
Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) kiramenyesha abasora bari ku mugereka w’iri tangazo ko bahawe igihe kitarenze iminsi cumi n’itanu (15), uhereye igihe iri tangazo risohokeye kugira ngo babe bamaze kwishyura ibirarane by’imisoro babereyemo Leta ikomoka ku binyabiziga byabo batasoreye.

Itangazo ryose ku batarasoreye ibinyabiziga byabo
Isangize abandi
Tanga igitekerezo