Mu gihe amarushanwa ya Euro2024 abura amasaha make ngo itangire, hari abakinnyi benshi bazwi cyane batazayitabira kubera impamvu zigiye zitandukanye zitandukanye
Iyi mikino igiye gukinwa ku nshuro ya 17 aratangira kuri uyu wa Gatanu tariki ya 14 Kamena kugeza 14 Nyakanga 2024 mu gihugu cy’Ubudage.
Muri iri rushanwa hari amazina menshi y’abakinnyi batazayagaragaramo kubera impamvu zirimo imvune, kuba batarahamagawe mu makipe y’ibihugu byabo ndetse hari n’abandi ibihugu byabo bitabonye itike yo kujya muri iyo mikino.
Muri iyi nkuru twaguteguriye ikipe y’abakinnyi 11 beza i Burayi ariko batazitabira iyi mikino kubera impamvu zavuzwe haruguru.
Mu izamu: Thibaut Courtois (Belgium)
Ba myugariro:
Reece James (England)
Lucas Hernandez (France)
Harry Maguire (England)
David Alaba (Austria)
Mu kibuga hagati:
Gavi (Spain)
Paul Pogba (France)
Martin Odegaard (Norway)
Abakina basatira:
Marcus Rashford (England)
Serge Gbabry (Germany)
Erling Haaland (Norway)
Tanga igitekerezo