![Itangazo rya cyamunara y'ibicuruzwa bizagurishwa na RRA ku mupaka wa Gisenyi La Cornishe na Cyanika](local/cache-vignettes/L707xH1000/23_itangazo_le_19-bf22c.jpg)
Ubuyobozi bwa za Gasutamo buramenyesha abantu bose ko tariki ya 27 Ugushyingo 2023, Hazagurishwa ibicuruzwa bitandukanye byafatiwe muri magendu biherereye ku mupaka wa Gisenyi La Cornishe , n’umupaka wa Cyanika , nkuko bigaragara ku mugereka w’iri tangazo.
Cyamunara izabera ku mupaka wa Gisenyi La Cornishe i saa yine za mu gitondo.
Abifuza kugura ibyo bicuruzwa bazatangira kubisura aho biherereye mu ma saha y’akazi, hagati y’itariki ya 12-16 Ugushyingo 2023 nk’uko bigaragara mu mbonerahamwe iri ku mugereka w’iri tangazo .
Fungura urebe ibicuruzwa byose bigaragara muri uyu mugereka
Izindi Nkuru Bijyanye
Isangize abandi
Tanga igitekerezo