• english English
  • english Francais
  • english Swahili
  • Ahabanza
  • Amakuru
    Umunyamahanga wasambanyije umunyeshuri ni we wakoze ku bo Col Higiro yise ‘inzererezi’
    Nyiragongo: Umutwe mushya wiyemeje guhangana na M23 warwanye iya mbere na APCLS
    Ukraine irigamba kwica Admiral Viktor Sokolov w’u Burusiya
    Imodoka zidatwara abagenzi rusange zigiye gukumirwa mu mihanda imwe n’imwe mu masaha yagenwe
    Mali: Abahiritse ubutegetsi basubitse amatora yari kuzasubiza ubutegetsi abasivili
  • Ibitekerezo
    IBITEKEREZO Soma izindi
    Kuvuga icyo umuyobozi wirukanwe yazize cyangwa akacyivugira byagabanya impuha
    Minisitiri w’ingabo wa RDC ashobora kuzira ubutaka afite i Kigali
    Ese kurwanya umuco wo kudahana ni inshingano rusange?
    Bamporiki azahabwa imbabazi, abone kuba Umushumba w’abarokore
    Yaba ari amahitamo meza u Rwanda rushakiye urubyiruko imirimo mu mahanga?
  • Zicukumbuye
    ZICUKUMBUYE Soma izindi
    Rwanda: Ubwinshi bw’imanza, gufunga n’ubucucike bikomeje kubera ihurizo ubutabera
    Covid-19: �Nyunganira mwana �, inzira nshya ishora abana mu muhanda
    Kayonza: Mu ntambara y�amahugu arwana n�inzego z�ibanze, Pascal Mutumwa aratabaza Perezida Kagame
    Ibivugwa: Ingabo z�Abafaransa mu batazibagirwa Inkotanyi ahahoze ari Komini Maraba
    Gen. Godefroid Niyombare ari mu yihe mibare?
  • Politiki
    POLITIKI Soma izindi
    Abashingamategeko bo muri USA barasaba Menendez kwegura bwangu
    Perezida Ndayishimiye yavuze ku mwuka mubi uhwihwiswa mu Burundi
    Kenya: Umunyapolitiki ukomeye yibasiwe nyuma yo gusaba Perezida Kagame ko yarekera kuyobora u Rwanda
    Igisubizo cya P. Kagame ku mpamvu Gen. Muhoozi ari we wenyine washoboye kunga u Rwanda na Uganda
    Zabyaye amahari hagati ya Ukraine n’incuti yayo Pologne
  • Imikino
    POLITIKI Soma izindi
    FIFA yahannye Rayon Sports
    Arsenal yahagamiwe na Tottenham mu maso ya P. Kagame
    APR FC yatakaje amanota ya mbere kuri Marines FC
    FERWAFA yamaganye amagambo umutoza w’Amavubi y’abagore yatangaje ku bakinnyi ba Ghana
    CAF yakubise Rayon Sports ahababaza
Iyandikishe
Bwiza Bwiza
  • Ibitekerezo
  • ibyegeranyo
  • Zicukumbuye
  • imikino
  • politiki
  • ubuzima
Search
  • Ibitekerezo
  • ibyegeranyo
  • Zicukumbuye
  • imikino
  • politiki
  • ubuzima
Dukurikire
  • Francais
  • English
  • Kiswahili
Copyright © 2014-2023 BWIZA MEDIA Ltd.
Pastor Bugembe yatakambiye Alien Skin uherutse guhondagurwa na Pallaso

imyidagaduro

Pastor Bugembe yatakambiye Alien Skin uherutse guhondagurwa na Pallaso

Yanditswe na Ndacyayisenga Fred
Yanditswe kuwa 06/06/2023 10:16

Pasiteri akaba n’umunyamuziki muri Uganda, Wilson Bugembe yatakambiye umuhanzi Alien Skin ngo ababarire Pius Mayanja uzwi nka Pallaso nyuma y’uko uherutse kumukubita.

Bugembe asabiye imbabazi Pallaso nyuma y’uko nawe yari aherutse kuzisaba avuga ko ibyamubayeho atazabyongera.Amakimbirane ahanini yatangiye uyu muhanzi ubwo yashinjaga Alien Skin kubangamira igitaramo yarimo ategura.

Nyuma yaho Pallaso yifashishije imbuga nkoranyambaga yasabye imbabazi abafana avuga ko ibyabaye ari umujinya wabimukoresheje ariko kandi akisegura avuga ko Atari akwiye kubikora.

Mu gihe gito ibi bibaye rero, umuvugabutumwa akaba n’umuririmbyi mu muziki waririmbiwe Imana, yasabye Alien Skin kubabarira Pallaso kuko yemeye no guca bugufi akemera ko ibyo yakoze atari byiza.

Ni nyuma y’uko uyu muhanzi ukizamuka Alien Skin yari yavuze ko mu mutima we atiyumvamo kubabarira Pallaso ahubwo ahigira kuzaburizamo igitaramo arimo gutegura mu minsi iri imbere nk’igihano.

Bugembe ati” Ndasaba ko Alien Skin yababarira Pallaso.Amahoro ni aganze."Avuze ibi nyuma y’uko ngo uyu muhanzi yari yamusabye kumusengera.

Mu mashusho yari yasakaye icyo gihe ku mbuga nkoranyambaga, agaragaza Pallaso akubita ibipfunsi n’inshyi uyu musore yashinjaga agasuzuguro.

Pallaso yavugaga ko uyu musore ukunzwe mu ndirimbo ‘Sitya Danger’ agomba kumwuhaba akareka gukinira mu bikorwa bye birimo igitaramo Love Fest Concert kizaba ku wa 9 Kamena 2023 kuri Lugogo Cricket Oval.

Kugeza ubu byari bitaramenyekana niba bariyunze cyangwa niba bakomeje gushyidika.

Izindi Nkuru Bijyanye


Ahashize ha Aline Sano hakomeje gutuma aba igitaramo-AMAFOTO
Ahashize ha Aline Sano hakomeje gutuma aba igitaramo-AMAFOTO
Urukundo ruvugwa hagati ya Harmonize na Laika rwatangiye kugaragarizwa mu bimenyetso
Urukundo ruvugwa hagati ya Harmonize na Laika rwatangiye kugaragarizwa mu bimenyetso
Umuhanzi Rugar yise abagore bo muri Nigeria uburozi biteza impagarara
Umuhanzi Rugar yise abagore bo muri Nigeria uburozi biteza impagarara

Izindi wasoma

Bebe Cool na Jose Chameleone biyemeje guhangana inkundura

Umuhanzi Rugar yise abagore bo muri Nigeria uburozi biteza impagarara

Ahashize ha Aline Sano hakomeje gutuma aba igitaramo-AMAFOTO

Urukundo ruvugwa hagati ya Harmonize na Laika rwatangiye kugaragarizwa mu bimenyetso

Miss Muheto yarusimbutse

Ndacyayisenga Fred
Isangize abandi
Tanga igitekerezo

Tanga igitekerezo

pre-moderation

This forum is moderated before publication: your contribution will only appear after being validated by an administrator.

Who are you?
Your post
  • *Kwandika mu bika kanda ahanditse Enter. Amategeko n'amabwiriza birakurikizwa

DUKURIKIRE

Wadusanga kuri izi nkoranya mbaga
Facebook Like
Twitter Follow
Youtube Subscribe

Weekly Newsletter

Iyandikishe ujye ubona amakuru yacu kuri Email

I have read and agree to the terms & conditions

Amakuru Agezweho

Ngoboka yagaragaje ibyaha byinshi ahamya ko yageretsweho azira itangazamakuru
Ngoboka yagaragaje ibyaha byinshi ahamya ko yageretsweho azira itangazamakuru

Bebe Cool na Jose Chameleone biyemeje guhangana inkundura
Bebe Cool na Jose Chameleone biyemeje guhangana inkundura

Umunyamahanga wasambanyije umunyeshuri ni we wakoze ku bo Col Higiro yise ‘inzererezi'
Umunyamahanga wasambanyije umunyeshuri ni we wakoze ku bo Col Higiro yise ‘inzererezi’

Nyiragongo: Umutwe mushya wiyemeje guhangana na M23 warwanye iya mbere na APCLS
Nyiragongo: Umutwe mushya wiyemeje guhangana na M23 warwanye iya mbere na APCLS

Ukraine irigamba kwica Admiral Viktor Sokolov w'u Burusiya
Ukraine irigamba kwica Admiral Viktor Sokolov w’u Burusiya

- DUTERE INKUNGA -

Mashya

Ngoboka yagaragaje ibyaha byinshi ahamya ko yageretsweho azira itangazamakuru
26/09/23 12:12
Ngoboka yagaragaje ibyaha byinshi ahamya ko yageretsweho azira itangazamakuru
Bebe Cool na Jose Chameleone biyemeje guhangana inkundura
26/09/23 12:09
Bebe Cool na Jose Chameleone biyemeje guhangana inkundura
Umunyamahanga wasambanyije umunyeshuri ni we wakoze ku bo Col Higiro yise ‘inzererezi'
26/09/23 10:04
Umunyamahanga wasambanyije umunyeshuri ni we wakoze ku bo Col Higiro yise ‘inzererezi’
Nyiragongo: Umutwe mushya wiyemeje guhangana na M23 warwanye iya mbere na APCLS
26/09/23 10:00
Nyiragongo: Umutwe mushya wiyemeje guhangana na M23 warwanye iya mbere na APCLS
Amakuru

Ukraine irigamba kwica Admiral Viktor Sokolov w’u Burusiya

Ingabo zidasanzwe za Ukraine zavuze ko umuyobozi w’ingabo z’u Burusiya zikoresha amato (...)

Yanditswe na Denis Nsengiyumva
Amakuru

Imodoka zidatwara abagenzi rusange zigiye gukumirwa mu mihanda imwe n’imwe mu masaha yagenwe

Umujyi wa Kigali utangaza ko mu minsi iri imbere imodoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange (...)

Yanditswe na Ndacyayisenga Fred
ubutabera

Senateri Menendez yasobanuye iby’amafaranga FBI yafatiye mu rugo rwe

Perezida wa komisiyo ya sena ya Leta zunze ubumwe za Amerika ishinzwe ububanyi n’amahanga, (...)

Yanditswe na TUYIZERE JD
Amakuru

Mali: Abahiritse ubutegetsi basubitse amatora yari kuzasubiza ubutegetsi abasivili

Inteko ya gisirikare iyoboye igihugu muri Mali kuri uyu wa Mbere yavuze ko amatora ya perezida (...)

Yanditswe na Denis Nsengiyumva

Bwiza Media is a leading online media company based in Rwanda that provides information and analysis on societal achievements and needs.


Service Dutanga

  • Itangazamakuru
  • Kwamamaza -Advert
  • Dufata amashusho -Video
  • Dutunganya Amashusho
  • Dukora websites
  • Amatangazo / Cyamunara

Ibyiciro Bikunzwe

  • politiki
  • imyidagaduro
  • imikino
  • ubuzima
  • utuntu-nutundi

© Bwiza Media. All Rights Reserved.