• english English
  • english Francais
  • english Swahili
  • Ahabanza
  • Amakuru
    Nyuma y’u Rwanda Kenya nayo igiye kubaka uruganda rutanga ingufu za Nucléaire
    Samia yasabye ko ikibazo cy’ibura ry’amashanyarazi gikemuka burundu
    Kuba umutinganyi gusa ntibihagije ngo uhabwe ubuhungiro - Suella Braverman
    U Burusiya bwashyize Perezida wa CPI ku rutonde rw’abo ruhiga
    Umusirikare mukuru w’u Burusiya ingabo za Ukraine zigambye kwica yagaragaye mu nama
  • Ibitekerezo
    IBITEKEREZO Soma izindi
    Kuvuga icyo umuyobozi wirukanwe yazize cyangwa akacyivugira byagabanya impuha
    Minisitiri w’ingabo wa RDC ashobora kuzira ubutaka afite i Kigali
    Ese kurwanya umuco wo kudahana ni inshingano rusange?
    Bamporiki azahabwa imbabazi, abone kuba Umushumba w’abarokore
    Yaba ari amahitamo meza u Rwanda rushakiye urubyiruko imirimo mu mahanga?
  • Zicukumbuye
    ZICUKUMBUYE Soma izindi
    Rwanda: Ubwinshi bw’imanza, gufunga n’ubucucike bikomeje kubera ihurizo ubutabera
    Covid-19: �Nyunganira mwana �, inzira nshya ishora abana mu muhanda
    Kayonza: Mu ntambara y�amahugu arwana n�inzego z�ibanze, Pascal Mutumwa aratabaza Perezida Kagame
    Ibivugwa: Ingabo z�Abafaransa mu batazibagirwa Inkotanyi ahahoze ari Komini Maraba
    Gen. Godefroid Niyombare ari mu yihe mibare?
  • Politiki
    POLITIKI Soma izindi
    Abashingamategeko bo muri USA barasaba Menendez kwegura bwangu
    Perezida Ndayishimiye yavuze ku mwuka mubi uhwihwiswa mu Burundi
    Kenya: Umunyapolitiki ukomeye yibasiwe nyuma yo gusaba Perezida Kagame ko yarekera kuyobora u Rwanda
    Igisubizo cya P. Kagame ku mpamvu Gen. Muhoozi ari we wenyine washoboye kunga u Rwanda na Uganda
    Zabyaye amahari hagati ya Ukraine n’incuti yayo Pologne
  • Imikino
    POLITIKI Soma izindi
    Kiyovu Sports: Jenerali yivunnye Juvenal
    Rurageretse hagati ya Sancho n’umutoza Ten Hag wa Manchester United
    FIFA yahannye Rayon Sports
    Arsenal yahagamiwe na Tottenham mu maso ya P. Kagame
    APR FC yatakaje amanota ya mbere kuri Marines FC
Iyandikishe
Bwiza Bwiza
  • Ibitekerezo
  • ibyegeranyo
  • Zicukumbuye
  • imikino
  • politiki
  • ubuzima
Search
  • Ibitekerezo
  • ibyegeranyo
  • Zicukumbuye
  • imikino
  • politiki
  • ubuzima
Dukurikire
  • Francais
  • English
  • Kiswahili
Copyright © 2014-2023 BWIZA MEDIA Ltd.
Portugal idafite Cristiano Ronaldo yandikiye amateka kuri Luxembourg

imikino

Portugal idafite Cristiano Ronaldo yandikiye amateka kuri Luxembourg

Yanditswe na BABOU Bénjamin
Yanditswe kuwa 12/09/2023 06:30

Ikipe y’Igihugu ya Portugal yaraye inyagiye iya Luxembourg ibitego 9-0, iyandikiraho amateka yo kuba ikipe ya mbere inyagiye ibitego byinshi.

Amakipe yombi yari yahuriye mu mukino wo mu itsinda J wo gushaka itike y’Igikombe cy’u Burayi (Euro) cya 2024.

Portugal n’ubwo yari idafite Kapiteni wayo Cristiano Ronaldo, yihariye cyane uriya mukino wabereye kuri Estadio Algarve, dore ko igice cya mbere cyawo cyarangiye iri imbere n’ibitego 4-0.

Muri uyu mukino Bruno Fernandez usanzwe akinira Manchester United yatanze imipira itatu yavuyemo ibitego, anatsinda igitego cyabanjirije icy’agashinguracumu.

Umunota wa 12 w’umukino wari uhagije ngo Gonçalo Inacio afungure amazamu, mbere y’uko Gonçalo Ramos usanzwe akinira Paris Saint-Germain yongeramo ibindi bitego bibiri.

Mbere gato y’uko igice cya mbere cy’umukino kirangira Inacio wari uhawe umupira mwiza na Bruno Fernandez yatsinze igitego cya kane n’umutwe, bituma la Celeção bajya kuruhuka bari imbere n’ibitego 4-0.

Iyi kipe y’umutoza Roberto Martinez ntiyigeze irekura mu gice cya kabiri cy’umukino, kuko yagarutse yariye amavubi.

Diogo Jota ukinira Liverpool yo mu Bwongereza yatsindiye Portugal igitego cya gatanu ku munota wa 57, ku mupira yari acomekewe na Fernandez.

Ricardo Horta yatsinze igitego cya gatandatu ku munota wa 67 w’umukino, mbere y’uko Jota atsinda icya karindwi nyuma y’iminota 10.

Byari mbere y’uko Fernandez na João Felix wari winjiye mu kibuga asimbura batera Luxembourg umusumari wa nyuma, ku munota wa 83 n’uwa 87.

Gutsinda uyu mukino byafashije Portugal itaratsindwa umukino n’umwe w’itsinda gukomeza kuriyobora n’amanota 18, ikarusha Slovakia iyikurikiye amanota atanu.

Luxembourg nyuma yo kunyagirwa yahise ifata umwanya wa gatatu n’amanota 10, imbere ya Bosnia and Herzegovina, Iceland na Liechtenstein ziyikurikiye.

Izindi Nkuru Bijyanye


Umuyobozi wa Rayon Sports wutswe inabi azira APR FC yeguye
Umuyobozi wa Rayon Sports wutswe inabi azira APR FC yeguye
Aba-Rayon bakije umuriro ku muyobozi wabo wagaragaye yaserutse mu mwambaro wa APR FC
Aba-Rayon bakije umuriro ku muyobozi wabo wagaragaye yaserutse mu mwambaro wa APR FC
Kiyovu Sports yatakambye isaba kurenganurwa
Kiyovu Sports yatakambye isaba kurenganurwa

Izindi wasoma

Umuyobozi wa Rayon Sports wutswe inabi azira APR FC yeguye

Kiyovu Sports yatakambye isaba kurenganurwa

Aba-Rayon bakije umuriro ku muyobozi wabo wagaragaye yaserutse mu mwambaro wa APR FC

CAF Champions league: Young Africans yakosoreye Al-Merrikh i Kigali

Young Africans yageneye Perezida Kagame impano

BABOU Bénjamin
Isangize abandi
Tanga igitekerezo

Tanga igitekerezo

pre-moderation

This forum is moderated before publication: your contribution will only appear after being validated by an administrator.

Who are you?
Your post
  • *Kwandika mu bika kanda ahanditse Enter. Amategeko n'amabwiriza birakurikizwa

DUKURIKIRE

Wadusanga kuri izi nkoranya mbaga
Facebook Like
Twitter Follow
Youtube Subscribe

Weekly Newsletter

Iyandikishe ujye ubona amakuru yacu kuri Email

I have read and agree to the terms & conditions

Amakuru Agezweho

Kiyovu Sports: Jenerali yivunnye Juvenal
Kiyovu Sports: Jenerali yivunnye Juvenal

Nyuma y'u Rwanda Kenya nayo igiye kubaka uruganda rutanga ingufu za Nucléaire
Nyuma y’u Rwanda Kenya nayo igiye kubaka uruganda rutanga ingufu za Nucléaire

Samia yasabye ko ikibazo cy'ibura ry'amashanyarazi gikemuka burundu
Samia yasabye ko ikibazo cy’ibura ry’amashanyarazi gikemuka burundu

Kuba umutinganyi gusa ntibihagije ngo uhabwe ubuhungiro - Suella Braverman
Kuba umutinganyi gusa ntibihagije ngo uhabwe ubuhungiro - Suella Braverman

Rurageretse hagati ya Sancho n'umutoza Ten Hag wa Manchester United
Rurageretse hagati ya Sancho n’umutoza Ten Hag wa Manchester United

- DUTERE INKUNGA -

Mashya

Kiyovu Sports: Jenerali yivunnye Juvenal
27/09/23 06:31
Kiyovu Sports: Jenerali yivunnye Juvenal
Nyuma y'u Rwanda Kenya nayo igiye kubaka uruganda rutanga ingufu za Nucléaire
27/09/23 06:30
Nyuma y’u Rwanda Kenya nayo igiye kubaka uruganda rutanga ingufu za Nucléaire
Samia yasabye ko ikibazo cy'ibura ry'amashanyarazi gikemuka burundu
27/09/23 06:00
Samia yasabye ko ikibazo cy’ibura ry’amashanyarazi gikemuka burundu
Kuba umutinganyi gusa ntibihagije ngo uhabwe ubuhungiro - Suella Braverman
27/09/23 06:00
Kuba umutinganyi gusa ntibihagije ngo uhabwe ubuhungiro - Suella Braverman
imikino

Rurageretse hagati ya Sancho n’umutoza Ten Hag wa Manchester United

Jadon Sancho yirukanwe mu bigo byose by’ikipe ya mbere muri Manchester United, harimo (...)

Yanditswe na Ndacyayisenga Fred
ubutabera

Kazungu Denis yoherejwe mu igororero

Urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro rumaze gutegeka ko Kazungu Denis ukurikiranweho ibyaha bigera (...)

Yanditswe na TUYIZERE JD
Amakuru

U Burusiya bwashyize Perezida wa CPI ku rutonde rw’abo ruhiga

U Burusiya bwashyize Piotr Hofmanski ukuriye Urukiko Mpuzamahanga mpanabyaha (CPI) ku rutonde (...)

Yanditswe na BABOU Bénjamin
Amakuru

Umusirikare mukuru w’u Burusiya ingabo za Ukraine zigambye kwica yagaragaye mu nama

Umuyobozi w’ingabo zirwanira mu mazi z’u Burusiya zikorera ku Nyanja y’Umukara akaba n’umwe mu (...)

Yanditswe na Denis Nsengiyumva

Bwiza Media is a leading online media company based in Rwanda that provides information and analysis on societal achievements and needs.


Service Dutanga

  • Itangazamakuru
  • Kwamamaza -Advert
  • Dufata amashusho -Video
  • Dutunganya Amashusho
  • Dukora websites
  • Amatangazo / Cyamunara

Ibyiciro Bikunzwe

  • politiki
  • imyidagaduro
  • imikino
  • ubuzima
  • utuntu-nutundi

© Bwiza Media. All Rights Reserved.