![Reba amafoto y'ikimero cy'umupolisikazi wo muri Ghana abagabo bakora amakosa ngo abe ari we ubafunga](local/cache-vignettes/L800xH487/arton165946-029e1.jpg)
Bamwe mu bagabo bo muri Ghana bavugwaho gukora amakosa nkana, bagamije kugira ngo bahure n’umupolisikazi wo muri icyo gihugu witwa Priscilla Serwaa Dufie.
Aba bagabo nk’uko ibinyamakuru byo muri Ghana bibitangaza, baba bashaka guhatwa ibibazo n’uyu mukobwa kugira ngo banikobitire akajisho kuri icyo kimero gihuruza abahisi n’abagenzi.
Uyu mukobwa ngo iyo yagiye mu kiruhuko, ibyaha biba bike, imfungwa zikagabanuka bifatika nk’uko imibare iba ibyerekana.
Iyo agarutse mu kazi, polisi itangaza ko ibyaha byongera bikaba uruhuri, ahanini hakirwa abagabo.
Uretse kuba ari umupolisikazi, Priscilla Serwaa Dufie yavutse kuwa 20 Ukuboza 1997, ni umushabitsi. Umutungo we ubarirwa hagati ya $80,000 na $250,000
![](IMG/jpg/277786429_1188976191841034_5835760616782869216_n.jpg)
![](IMG/jpg/277351311_1188976231841030_1169134776788230989_n.jpg)
![](IMG/jpg/277521660_1188976331841020_2461987444860822232_n.jpg)
Isangize abandi
4 Ibitekerezo
TUYISENGE Theophile Kuwa 22/10/22
RIB imwiteho kuko ni ihohoterwa.
Subiza ⇾damur Kuwa 25/10/22
uwo mu paris kazi
Subiza ⇾nisawa pe
Nyandwi j croude Kuwa 26/11/22
Bamukurikirane ariko yakanafunzwe
Subiza ⇾Rudasingwa Kuwa 10/03/23
Uyu muporisikazi agaragar birenze cyn kbs
Subiza ⇾Tanga igitekerezo