• Ahabanza
  • amakuru
    Paul Rusesabagina arurira indege imujyana muri Amerika kuri uyu wa Gatatu
    Umukobwa wa Perezida Paul Biya ari gushakishwa n’ubutabera bwa Amerika n’u Busuwisi
    Mexico: Inkongi y’umuriro mu kigo gifungirwamo abimukira yahitanye byibuze 40
    Nyiri Wagner Group yandikiye Blinken, amwishongoraho kubera Afurika
    Perezida Ndayishimiye abona umuyobozi wa OLUCOME wamusabye kugabanya ibiciro ari umunebwe
  • ibitekerezo
    IBITEKEREZO Soma izindi
    Ese koko u Rwanda ni gashozantambara mu karere k’ibiyaga bigari?
    Kuki mu ntambara n’inyeshyamba kenshi za Leta zishyira imbere imirwano kurusha ibiganiro?
    Gufatira mu cyuho uwo mwashakanye asambana bikwiye kuba impamvu yo gutandukana?
    Inkota kirimbuzi iri mu mazina ya gikirisitu
    Rwanda: Igwingirabitekerezo ni ingaruka z’inyigisho nyobokamana
  • Zicukumbuye
    ZICUKUMBUYE Soma izindi
    Covid-19: «Nyunganira mwana », inzira nshya ishora abana mu muhanda
    Kayonza: Mu ntambara y’amahugu arwana n’inzego z’ibanze, Pascal Mutumwa aratabaza Perezida Kagame
    Ibivugwa: Ingabo z’Abafaransa mu batazibagirwa Inkotanyi ahahoze ari Komini Maraba
    Gen. Godefroid Niyombare ari mu yihe mibare?
    Covid-19: Abagore barambiwe akabariro, ibintu bafata nk’ihohoterwa
  • Politiki
    POLITIKI Soma izindi
    Tshisekedi yakoze impinduka muri Guverinoma, aha imyanya ikomeye Bemba na Kamerhe
    Perezida Paul Kagame ari i Doha
    Tshisekedi yibasiye u Bwongereza kubera u Rwanda
    Ibintu 3 Gen. Muhoozi yigiye kuri Perezida Kagame
    Perezida wa Tanzania ntashyigikiye ko ingabo za EAC zirasa M23
  • Imikino
    POLITIKI Soma izindi
    Amavubi ashobora gusubizwa amahirwe yo kwakirira Bénin i Huye?
    Cristiano yashimagije shampiyona ya Saudi Arabia, ayigereranya n’izikomeye i Burayi
    Amavubi y’abakinnyi 10 akuye inota rimwe kuri Bénin
    Min. Munyangaju abona ’abanyamakuru bo mu Rwanda’ bafashije Bénin kurusenya no kurusebya
    Mesut Özil yasezeye ku mupira w’amaguru
Iyandikishe
Bwiza Bwiza
  • ibitekerezo
  • ibyegeranyo
  • Inkuru zicukumbuye
  • imikino
  • politiki
  • ubuzima
Search
  • ibitekerezo
  • ibyegeranyo
  • Inkuru zicukumbuye
  • imikino
  • politiki
  • ubuzima
Dukurikire
  • Legal Stuff
  • Privacy Policy
  • Manage Cookies
  • Terms and Conditions
  • Partners
Copyright © 2014-2023 BWIZA MEDIA Ltd.
amakuru

Urubyiruko rukwiriye kugira uruhare mu gukumira no kurwanya inda zitateguwe- KHO

BWIZA
Yanditwe na BWIZA
Yanditswe kuwa 06/12/2021 07:56

Umuyobozi wa Kigali Hope Organization (KHO), Muragijerurema Viateur yibukije urubyiruko rwitabiriye amahugurwa yabaye kuri uyu wa Gatandatu ku kigo nderabuzima cya Kagugu mu mujyi wa Kigali ko hakenewe uruhare rwabo mu gukumira inda zitateganijwe no kuba haba kwandura indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina zirimo n’agakoko gatera SIDA.

Mu kiganiro yagiranye n’urubyiruko rwitabiriye amahugurwa k’ubuzima bw’imyororokere, Muragijerurema Viateur yavuzeko urubyiruko rufite uruhare mu gukumira inda zitateganijwe bityo ko rugomba kugira amakuru arufasha gutekereza ku cyemezo rushobora gufata mbere yo gukora imibonano mpuzabitsina. Yagize ati "Kwigisha urubyiruko ibijyanye n’ubuzima bw’imyororokere si ukurushishikariza gukora imibonano mpuzabitsina , ahubwo ni ukuruha amakuru , kuko iyo imibonano mpuzabitsina ikozwe nabi yangiza ubuzima bw’uyikoze".

Yakomeje abwira urubyiruko ko rukwiye kwirinda gukora imibonano mpuzabitsina ishyira ubuzima bwabo mu kaga no kugana serivisi z’ubuzima bw’imyororokere kuko bahabona uburyo butandukanye bwo kwirinda inda zitateganijwe , nko guhabwa udukingirizo cyangwa gushyirwa muri gahunda yo kuboneza urubyaro

Muri iki kiganiro cyakozwe mu buryo bwo gusangira ibitekerezo urubyiruko bwagaragajeko incuti mbi ( benshi bakunda kwita ibigare), imiryango ndetse n’iterambere ko nabyo bifite uruhare mu kwiyongera ku inda zitateguwe mu rubyiruko. Umufashamyumvire Niyonzima Jonathan , yagiriye urubyiruko inama y’uko bakwiriye kugoresha imbunga nkoranyambaga biyubaka aho kwisenya, ati "Mu byo ikoranabuhanga ryoroheje gutereta birimo , uyu munsi umwana w’umukobwa arahurira n’umuhungu ku mbuga nkorayambaga bagahita bahakundanira , yewe hari n’abarara bahuye! Nibyiza gutekereza mbere yo gufata umwanzuro "

KHO igira inama ababyeyi kwita no gufasha abana(urubyiruko) kwiyakira no kubaba hafi igihe bagize ibyago byo gutwara cyangwa guterwa inda zitateguwe kuko iyo batereranwe bishobora kubaviramo kuba bafata imyanzuro itari myiza nko kwiheba, guhunga imiryango n’ibindi


IRYAMUKURU Angelique

Izindi Nkuru Bijyanye


U Burusiya bwatanze isezerano ryo kurekura abana batumye Putin ashyirirwaho impapuro zo kumuta muri yombi
U Burusiya bwatanze isezerano ryo kurekura abana batumye Putin ashyirirwaho impapuro zo kumuta muri yombi
Umukobwa wa Perezida Paul Biya ari gushakishwa n'ubutabera bwa Amerika n'u Busuwisi
Umukobwa wa Perezida Paul Biya ari gushakishwa n’ubutabera bwa Amerika n’u Busuwisi
Nyiri Wagner Group yandikiye Blinken, amwishongoraho kubera Afurika
Nyiri Wagner Group yandikiye Blinken, amwishongoraho kubera Afurika

Izindi wasoma

Paul Rusesabagina arurira indege imujyana muri Amerika kuri uyu wa Gatatu

Umukobwa wa Perezida Paul Biya ari gushakishwa n’ubutabera bwa Amerika n’u Busuwisi

Mexico: Inkongi y’umuriro mu kigo gifungirwamo abimukira yahitanye byibuze 40

Nyiri Wagner Group yandikiye Blinken, amwishongoraho kubera Afurika

Perezida Ndayishimiye abona umuyobozi wa OLUCOME wamusabye kugabanya ibiciro ari umunebwe

TAGGED: Business, Money, Motivation, Startup
SOURCES: bwiza.com, BWIZA TV
VIA: BWIZA MEDIA, BWIZA MEDIA
Ruby Staff August 11, 2021
Isangize abandi
Tanga igitekerezo

Tanga igitekerezo

pre-moderation

This forum is moderated before publication: your contribution will only appear after being validated by an administrator.

Who are you?
Your post
  • *Kwandika mu bika kanda ahanditse Enter. Amategeko n'amabwiriza birakurikizwa

DUKURIKIRE

Wadusanga kuri izi nkoranya mbaga
Facebook Like
Twitter Follow
Youtube Subscribe
Telegram Follow

Weekly Newsletter

Iyandikishe ujye ubona amakuru yacu kuri Email

I have read and agree to the terms & conditions
- KWAMAMAZA -

Amakuru Agezweho

Paul Rusesabagina arurira indege imujyana muri Amerika kuri uyu wa Gatatu
Paul Rusesabagina arurira indege imujyana muri Amerika kuri uyu wa Gatatu
Umukobwa wa Perezida Paul Biya ari gushakishwa n'ubutabera bwa Amerika n'u Busuwisi
Umukobwa wa Perezida Paul Biya ari gushakishwa n’ubutabera bwa Amerika n’u Busuwisi
Mexico: Inkongi y'umuriro mu kigo gifungirwamo abimukira yahitanye byibuze 40
Mexico: Inkongi y’umuriro mu kigo gifungirwamo abimukira yahitanye byibuze 40
Nyiri Wagner Group yandikiye Blinken, amwishongoraho kubera Afurika
Nyiri Wagner Group yandikiye Blinken, amwishongoraho kubera Afurika
Perezida Ndayishimiye abona umuyobozi wa OLUCOME wamusabye kugabanya ibiciro ari umunebwe
Perezida Ndayishimiye abona umuyobozi wa OLUCOME wamusabye kugabanya ibiciro ari umunebwe
U Budage bwahaye Ukraine icyiciro cya mbere cy'ibifaru yari imaze iminsi isaba
U Budage bwahaye Ukraine icyiciro cya mbere cy’ibifaru yari imaze iminsi isaba
RDC: Ishyaka PPRD ryemeje ko Joseph Kabila ari we mukanida waryo mu matora ya 2023
RDC: Ishyaka PPRD ryemeje ko Joseph Kabila ari we mukanida waryo mu matora ya 2023
Rusizi: Mukabutera warokotse jenoside aratabaza
Rusizi: Mukabutera warokotse jenoside aratabaza
U Burusiya bwatanze isezerano ryo kurekura abana batumye Putin ashyirirwaho impapuro zo kumuta muri yombi
U Burusiya bwatanze isezerano ryo kurekura abana batumye Putin ashyirirwaho impapuro zo kumuta muri yombi
Amavubi ashobora gusubizwa amahirwe yo kwakirira Bénin i Huye?

Biravugwa

Paul Rusesabagina arurira indege imujyana muri Amerika kuri uyu wa Gatatu
29/03/23 08:41
Paul Rusesabagina arurira indege imujyana muri Amerika kuri uyu wa Gatatu
Umukobwa wa Perezida Paul Biya ari gushakishwa n'ubutabera bwa Amerika n'u Busuwisi
29/03/23 08:14
Umukobwa wa Perezida Paul Biya ari gushakishwa n’ubutabera bwa Amerika n’u Busuwisi
Mexico: Inkongi y'umuriro mu kigo gifungirwamo abimukira yahitanye byibuze 40
29/03/23 07:52
Mexico: Inkongi y’umuriro mu kigo gifungirwamo abimukira yahitanye byibuze 40
Nyiri Wagner Group yandikiye Blinken, amwishongoraho kubera Afurika
28/03/23 20:11
Nyiri Wagner Group yandikiye Blinken, amwishongoraho kubera Afurika
amakuru

Paul Rusesabagina arurira indege imujyana muri Amerika kuri uyu wa Gatatu

Nk’uko amakuru aturuka mu nzego za diplomasi agera kuri Africanews abitangaza, ngo biteganijwe (...)

Yanditawe na TUYIZERE JD
amakuru

Umukobwa wa Perezida Paul Biya ari gushakishwa n’ubutabera bwa Amerika n’u Busuwisi

Brenda Biya, umukobwa wa Perezida wa Cameroun, Paul Biya, aravugwaho kuba arimo gushakishwa (...)

Yanditawe na TUYIZERE JD
amakuru

Mexico: Inkongi y’umuriro mu kigo gifungirwamo abimukira yahitanye byibuze 40

Abantu benshi bapfuye abandi barakomereka nyuma y’inkongi y’umuriro yibasiye ikigo (...)

Yanditawe na TUYIZERE JD

Bwiza Media is a leading online media company based in Rwanda that provides information and analysis on societal achievements and needs.


Service Dutanga

  • Itangazamakuru
  • Kwamamaza -Advert
  • Dufata amashusho -Video
  • Dutunganya Amashusho
  • Dukora websites
  • Amatangazo / Cyamunara

Ibyiciro Bikunzwe

  • politiki
  • imyidagaduro
  • imikino
  • ubuzima
  • utuntu-nutundi

© Bwiza Media. All Rights Reserved.