Nyarugenge: Umwana w’imyaka 13 yakatiwe igifungo cy’imyaka ibiri n’ihazabu ya Frw 1,000,000
Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge kuri uyu wa Gatanu tariki ya 03 Gashyantare, rwakatiye igifungo cy’imyaka ibiri isubitse umwana w’imyaka 13 y’amavuko, nyuma yo kumuhamya icyaha cyo gucuruza ibiyobyabwenge. Urukiko kandi rwanamuciye ihazabu ingana na Frw miliyoni imwe. Ku wa Kabiri w’iki cyumweru ni bwo uriya mwana w’umuhungu witwa Nzamwita Ramadhan yatangiye kuburanishwa n’Urukiko, ku cyaha […]
Kylian Mbappé agiye guhabwa inshingano zikomeye

Rutahizamu Kylian Mbappé arahabwa amahirwe menshi yo kwegukana igitambaro cy’ubuyobozi mu ikipe y’igihugu y’u Bufaransa nyuma y’uko Varane asezeye. Ubu umwanya w’ubukapiteni nturabona nyirawo kuko uwari awurimo Hugo Lloris w’imyaka 36 asezereye burundu mu ikipe y’igihugu nyuma y’igikombe cy’Isi cyabereye mu Burusiya mu mpera z’umwaka w’2022. Nta gihe giciyemo, mu masaha y’igitondo kuri uyu wa […]
Igitero cyo kwihorera muri Sudani y’Epfo cyiciwemo abahinzi 27
Abahinzi babarirwa muri 27 biciwe mu ntara ya Kajo-Keji iri mu zigize Sudani y’Epfo, nyuma yo kugabwaho igitero simusiga n’aborozi b’inka bashakaga kubihoreraho. Komiseri w’intara ya Kajo-Keji, Phanuel Dumo, yabwiye ikinyamakuru Daily Monitor ko kiriya gitero cyabereye mu mudugudu witwa Likamerok mu gace ka Boma, ubwo aborozi bikekwa ko baturutse mu gace kitwa Bor bagabaga […]
Mason Greenwood yagizwe umwere ku byaha yari amaze umwaka akurikiranweho

Polisi yo mu mujyi wa Manchester mu Bwongereza yagize umwere Mason Greenwood ku byaha yashinjwaga birimo gufata ku ngufu, gukubita no gutoteza uwahoze ari umukunzi we. Muri Mutarama 2022 ni bwo Polisi y’u Bwongereza ikorera mu mugi wa Manchester yatangaje ko yataye muri yombi Greenwood imushinja ihohotera rishingiye ku gitsina ririmo gufata ku ngufu, gutoteza, […]
M23 yaba irimo gukoza imitwe y’intoki ku mujyi wa Sake ufite byinshi uvuze kuri Goma
Umutwe wa M23 kuri uyu wa Kane biravugwa ko waba wamaze kwigarurira imisozi ya Kilolirwe yo mu gace ka Nturo ho muri Teritwari ya Masisi. Mu misozi by’umwihariko amakuru avuga ko abarwanyi b’uriya mutwe bafashe, harimo uwa Gictwa uvuze ikintu gikomeye mu rugamba bahanganyemo n’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Abakurikiranira hafi iriya ntambara […]
USA: Umunyakenyakazi yakatiwe imyaka 7 kubera uburiganya bwitwaje urukundo
Florence Mwende Musau ukomoka muri Kenya, yakatiwe n’urukiko rwo muri Leta zunze ubumwe z’Amerika imyaka 7 mu gihome n’amande y’ibihumbi 957 by’amadorari kubera uburiganya bwitwaje urukundo. Tariki ya 31 Mutarama 2023 ni bwo uru rukiko rwakatiye ibi bihano Florance utuye mu mugi wa Boston. Mu mwaka wa 2021, ni bwo Florence w’imyaka 38 hamwe n’abandi […]
Kylian Mbappé yagiriye ibihe bibi mu mukino wa PSG na Montpellier
Kylian Mbappé ntiyahiriwe na gato n’umukino ikipe ye ya Paris Saint-Germain yari yasuyemo Montpellier kuri Stade de la Mission. Hari mu mukino w’umunsi wa 21 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere y’umupira w’amaguru mu Bufaransa ‘League 1’, ubwo Mbappé yabonaga amahirwe yo gufungura amazamu kuri penaliti ku munota wa 9, ariko umuzamu Benjamin Lecomte ayikuramo n’igipfunsi. […]
FBI yasatse urugo rwa Perezida Joe Biden, itaha amara masa
Urwego rushinzwe iperereza ry’imberere muri Amerika (FBI), ku wa Gatatu rwasatse urugo rwa Perezida Joe Biden ruherereye i Rehoboth muri Leta ya Delaware; rutaha amara masa. Iri saka ryamaze amasaha hafi ane, ryari rigamije gushakisha inyandiko z’ibanga byakekwaga ko zaba zibitse muri ruriya rugo rwa Perezida Biden, nyuma y’uko mu Ugushyingo umwaka ushize havumbuwe inyandiko […]
Perezida Paul Kagame ari i Dakar
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame ari i Dakar mu gihugu cya Sénégal, aho yitabiriye inama yiga ku buryo bwo gutera inkunga ibikorwaremezo ku mugabane wa Afurika. Ku gicamunsi cyo ku wa Gatatu tariki ya 01 Gashyantare ni bwo Umukuru w’Igihugu yageze ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cyitiriwe Léopold Sédar Senghol i Dakar, yakirwa na mugenzi we […]
Imiti mu bitaro byo muri Uganda ikomeje kuba ingume
Ikibazo cy’imiti idahagije mu bitaro byo muri Uganda cyongeye gutuma Abagande barembera mu ngo, binahagurutsa inzego zose. Ubucukumbuzi bwakozwe n’ikinyamakuru Daily Monitor cyo muri Uganda bwerekanye ko ibigo nderabuzima bya Leta hirya no hino mu gihugu, cyane ibihereye mu byaro, ububiko bw’imiti burimo ubusa. Ibyo biri gusunikira abarwanyi kujya kugura imiti mu mavuriro yigenga gusa […]
Indi midugudu yo muri Masisi yaguye mu biganza bya M23
Amakuru aturuka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aravuga ko umutwe wa M23 wamaze kwigarurira indi midugudu muri Teritwari ya Masisi mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Ni nyuma y’imirwano yasakiranyije izi nyeshyamba n’Ingabo za Congo Kinshasa (FARDC). Kuva ku wa Kabiri w’iki Cyumweru FARDC n’abambari bayo basubukuye ibitero ku birindiro bitandukanye by’umutwe wa M23, mu […]
Abakinnyi bamaze guhamagarwa inshuro nyinshi mu Mavubi
Muri rusange ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryashinzwe mu w’1972 nyuma y’imyaka 10 u Rwanda rubonye ubwigenge, maze riza kwemezwa nk’umunyamuryango w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku Isi ‘FIFA’, ndetse n’impuzamashyirahamwe y’umupira w’aamaguru muri Afurika ‘CAF’ mu w’1976. Umukino wa mbere uzwi n’aya mashyirahamwe wabereye muri Gabo, u Rwanda rwawukinnye tariki ya 29 Kamena 1976 aho […]
Nyarugenge: Ubushinjacyaha bwasabiye umwana w’imyaka 13 gufungwa imyaka 10
Ubushinjacyaha ku wa Kabiri tariki ya 31 Mutarama 2023, bwasabiye igifungo cy’imyaka 10 Nzamwita Ramadhan w’imyaka 13 y’amavuko bukurikiranyeho icyaha cyo gucuruza ibiyobyabwenge. Mu Ugushyingo umwaka ushize ni bwo Nzamwita yatawe muri yombi ubwo inzego z’umutekano zafatiraga iwabo mu rugo (mu cyumba cya se) udupfunyika turenga 50 tw’urumogi, mbere yo kujya gufungirwa kuri Sitasiyo ya […]
Tshisekedi yikomye u Rwanda mu maso ya Papa Francis uri muri RDC
Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ubwo yakiraga umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis, yongeye kwikoma u Rwanda arushinja guteza umutekano muke mu burasirazuba bw’igihugu cye. Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 31 Mutarama ni bwo Papa Francis yageze i Kinshasa, mu ruzinduko rw’iminsi ine ari kugirira muri Repubulika […]
RURA yagabanyije ibiciro by’ibikomoka muri Peteroli
Urwego Ngenzuramikorere (RURA), rwagabanyije ibiciro by’ibikomoka kuri Peteroli ugereranyijwe n’ibyari bisanzweho kuva mu mezi abiri ashize. Itangazo rikubiyemo ibiciro bishya byatangiye kubahirizwa kuri uyu wa Gatatu tariki ya 01 Gashyantare 2023, RURA yavuze ko igiciro gishya cya lisansi kitagomba kurenga Frw 1,544 kuri litiro, mu gihe icya mazutu kitagomba kurenga Frw 1,562 kuri litiro imwe. […]
Niba u Rwanda rwiba 20% by’amabuye y’agaciro yacu, 80% asigaye ajya he?_Koffi Olomide
Umuhanzi Antoine Christophe Agbepa Mumba uzwi mu muziki wa Congo Kinshasa nka Koffi Olomide, asanga bidahagije kuba igihugu cye buri gihe gushyira ibirego ku Rwanda, akavuga ko ikibazo Congo ifite ari abanye-Congo ubwabo. Uyu muririmbyi w’ikimenyabose yabigarutseho mu kiganiro aheruka kugira na kimwe mu bitangazamakuru byo muri Congo Kinshasa. Congo Kinshasa imaze igihe irebana ay’ingwe […]
Rutahizamu mushya wa Rayon Sports yahishuye umukinnyi wa APR FC wigeze kumubiza icyuha
Rutahizamu mushya w’ikipe ya Rayon Sports, Joackiam Ojera, yatangaje ko yigeze kugorwa cyane na myugariro Omborenga Fitina wa APR FC yifuza kongera guhura na we. Mu ijoro ryakeye ni bwo uyu rutahizamu Rayon Sports iheruka gutizwa na URA FC yo muri Uganda yaraye ageze i Kigali. Uyu musore usanzwe anakinira ikipe y’Igihugu ya Uganda ‘The […]
Operasiyo za gisirikare zihambaye zabayeho mu mateka y’isi

Kuva kera hagiye habaho ibikorwa byihariye bya gisirikare (special military operations), ku buryo byakozwe mu buhanga bwatangaje benshi, byaje no gutuma ibyo bikorwa byigishwa mu mashuri ya gisirikare ku isi yose kandi bikinwamo na filime zinyuranye. Bisanzwe bizwi imihanda y’isi yose ko inzego za gisirikare ari zimwe mu nzego zitinyitse kandi abazirimo bagira n’imyitwarire itandukanye […]
Umunyamerika Michael Bechky yaheshejwe ubutaka yari yarariganyijwe n’Umunyarwanda
Urukiko rw’Ibanze rwa Muhoza ku wa Mbere tariki ya 30 Mutarama, rwategetse ko Umunyamerika Michael Bechky asubizwa ubutaka yari yarariganyijwe n’Umunyarwanda Iradukunda Gilbert akabwandikwaho nka nyirabwo. Imiterere y’ikibazo Ku itariki ya 04 Mutarama ni bwo uru rukiko rwaburanishije mu mizi urubanza Michael Allen Bechky yaregagamo Iradukunda kumutwarira ubutaka buherereye mu mudugudu wa Butorwa, akagari ka […]
RDC yirukanye ku butaka bwayo ba Ofisiye ba RDF bakoraga mu buyobozi bukuru bwa EACRF
Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko yamaze kwirukana ku butaka bwayo ba Ofisiye bo mu ngabo z’u Rwanda (RDF) bari mu bari bagize ubuyobozi bukuru bw’Ingabo za EAC zoherejwe mu butumwa bwo kugarura amahoro muri Congo (EACRF). Ni amakuru yemejwe n’Umuvugizi w’Igisirikare cya Congo Kinshasa (FARDC), Général-Major Sylivain Ekenge, mu itangazo yasohoye ku wa […]
Bazivamo, Gasinzigwa na Zéphanie waherukaga kwirukanwa muri RDB bahawe imirimo mishya
Inama y’Abaminisitiri yateranye ku Cyumweru tariki ya 29 Mutarama 2022, yahaye imirimo mishya abarimo Christophe Bazivamo, Oda Gasinzigwa na Zéphanie Niyonkuru. Bazivamo wabaye Minisitiri mu bihe bitandukanye mu Rwanda yari amaze igihe ari Umunyamabanga Mukuru wungirije w’Umuryango w’Ibihugu bya Afurika y’Iburasirazuba (EAC) ndetse ni na Vice Chairman w’Umuryango wa FPR Inkotanyi. Inshingano nshya yahawe ni […]
Ba Musenyeri 5 bo mu Rwanda bagiye kwakira Papa Francis muri RDC
Abashumba ba Diyosezi Gatolika eshanu za hano mu Rwanda, berekeje i Kinshasa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aho bagiye kwakira Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis uhategerejwe. Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 31 Mutarama 2023 ni bwo Papa Francis azagera i Kinshasa, mu ruzinduko rw’iminsi ine azagirira muri Congo. Mu bepiskopi […]
Abakinnyi bagize uburebure butangaje mu mateka ya NBA

Gusumba abandi mu gihagararo ni impano ikomeye ku mukinnyi w’umukino w’inkangara (Basketball). Muri rusange umukinnyi, muremure muri Basketball yoroherwa cyane no kuboneza mu nkangara, kwambura imipira, kugumana umupira aho biri ngombwa ndetse usanga akenshi arangwa n’intambwe ndende, bikabangamira abo bahanganye. N’ubwo bimeze bityo ariko, kuba muremure bikabije bigira ingaruka nyinshi ku buzima bwa buri munsi […]
Papa Francis yasabye abatuye Isi gusengera urugendo rwe muri RDC
Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis, yasabye abatuye Isi guherekezanya isengesho urugendo agomba kugirira muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na Sudani y’Epfo. Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 31 Mutarama ni bwo Papa Francis azatangira uruzinduko rw’iminsi ine muri Congo Kinshasa, aho azava yerekeza muri Sudani y’Epfo. Mu butumwa yanyujije kuri Twitter […]
Kiyovu Sports yafatiwe ibihano izira abafana bayo batutse Mukansanga Salima
Ikipe ya Kiyovu Sports yamaze guhanishwa kuzakina umukino umwe wa shampiyona nta bafana, izira kuba abafana bayo baheruka gutuka umusifuzi Mukansanga Rhadia Salima. Ni icyemezo cyafashwe na Komisiyo ishinzwe imyitwarire mu Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru hano mu Rwanda (FERWAFA). Ku wa Gatanu tariki ya 20 Mutarama ni bwo Salima yiswe n’abafana ba Kiyovu Sports ‘maraya ndetse […]
FERWAFA yakuriye inzira ku murima Kiyovu Sports yayisabye gutera APR FC mpaga
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru hano mu Rwanda (FERWAFA), ryakuriye inzira ku murima ikipe ya Kiyovu Sports, nyuma y’uko iriregeye APR FC iyishinja gukinisha Lague Byiringiro nyamara atakiri umukinnyi wayo. Ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize APR FC yatsinze Kiyovu Sports ibitego 3-2, mu mukino w’umunsi wa 17 wa shampiyona wabereye kuri Stade Regional ya Muhanga. Ni umukino […]
Imikoreshereze y’ikarita y’umweru n’iy’icyatsi kibisi muri ruhago

Itangwa ry’ikarita y’umweru muri Portugal ryongeye kuzamura impaka ku makarita yaba atangwa ku mikino y’abakina ruhago (umupira w’amaguru) kinyamwuga ku Isi. Mu busanzwe abantu bamenyereye amakarita abiri gusa muri ruhago; ikarita y’umuhondo ihabwa umukinnyi ukoze ikosa rikomeye ariko ryakwihanganirwa ndetse n’ikarita itukura ihabwa umukinnyi ukoze ikosa rikabije rinatuma ahita asohorwa mu kibuga, byaba ngombwa agasiba […]
Rayon Sports yananiwe kurinda intsnzi yayo imbere ya Mukura, biyisubiza inyuma
Mukura na Rayon Sports bananiwe kwisobanura mu mukino w’umunsi wa 17 wa Shampiyona wabereye kuri Stade Mpuzamahanga ya Huye. Wari umukino Rayon sports yaje yakaniye cyane kuko yaje gukina uyu mukino inganya amanota 31 na APR FC na yo yarimo yesurana na Kiyovu Sports kuri Stade ya Muhanga. Rayon Sports yari yagaruye Raphael Osaluwe wari […]
APR FC yababaje Kiyovu Sports ku munota wa nyuma, ifata umwanya wa mbere
Ikipe ya APR FC yafashe by’agateganyo umwanya wa mbere ku rutonde rwa shampiyona y’u Rwanda, nyuma yo gutsinda Kiyovu Sports ibitego 3-2. Iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu yari yasuye Kiyovu Sports, mu mukino w’umunsi wa 17 wa shampiyona. Ni umukino waranzwe no gusatirana ku mpande zombi. Kiyovu Sports yawinjiyemo hakiri kare yafunguye amazamu ku munota wa […]
Amakosa 5 ukwiye kwitwararikaho mbere yo gukora imibonano mpuzabitsina
Inzobere mu byerekeye imibonano mpuzabitsina zivuga ko hari amakosa amwe namwe abantu bakunze gukora mbere yo gutera akabariro, bikaba byabaviramo ukwicuza gukomeye. Abenshi mu bagwa mu mutego w’aya makosa ni abanayakora batabizi. Ni muri urwo rwego muri iyi nkuru twahisemo kubategurira ibintu bitanu bishobora kukugiraho ingaruka mu gihe utabyitwararitseho mbere yo kujya mu gikorwa cy’imibonano […]
Hahishuwe uruhande Papa Francis ahagaze mu bibazo by’u Rwanda na RDC
Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis, byatangajwe ko ashyigikiye gahunda y’ibiganiro bya Nairobi na Luanda bigamije kugarura amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ndetse no kongera kuzahura umubano w’iki gihugu n’u Rwanda. Ku wa Kabiri tariki ya 31 Mutarama 2023 ni bwo byitezwe ko Papa Francis azagera i Kinshasa, mu ruzinduko rw’iminsi […]
Israel: 7 biciwe mu gitero cyagabwe mu rusengero
Ku wa Gatanu tariki ya 28 Mutarama 2023, abantu barindwi barasiwe mu rusengero i Yeruzaremu abandi barakomereka, mu gitero cy’iterabwoba cyagabwe n’Abanya-Palestine. Polisi ya Israel ivuga ko byibuze abantu barindwi bishwe abandi batatu bagakomerekera, mu gitero cy’iterabwoba cyagabwe hafi ya Kiliziya i Yeruzalemu. Ni igitero cyabaye ahagana saa 8h15 zo muri Israel. Polisi yatangaje ko […]
Abafana ba Arsenal basabye ko ikipe yabo ihambiriza umukinnyi bashinja kubatsindisha
Abafana ba Arsenal bumvikanye bikoma Sambi Lokonga kuba nyirabayaza wo gutsindwa na Manchester City igitego 1-0, bagahita banasezererwa muri FA Cup. Hari mu mukino wa mbere muri uyu mwaka Mikel Arteta yari ahuriyemo na Pep Guardiola bahoze bakorana. Abafana ba Arsenal bashinje Sambi Lokonga kuba yagize uruhare mu gitego rukumbi Nathan Aké yatsinze nk’uko tubikesha […]
Tshisekedi yumvikanye asaba numéro ya terefoni ya Gen. Omega wa FDLR ngo bavugane
Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Congo Kinshasa, mu majwi yagiye hanze yumvikanye yaka numéro ya terefoni ya Général Pacifique Ntawunguka alias Omega uyobora umutwe wa FDLR, kugira ngo amusabe umusada wo guhangana na M23. Amajwi yagiye hanze ni ay’ikiganiro Tshisekedi yagiranye na Général de Brigade Mugabo Hassan uyoboye Ingabo za Congo (FARDC) zimaze iminsi zirwanira […]
Somalia: Ingabo zidasanzwe za Amerika zivuganye icyihebe gikomeye
Ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziciye mu majyaruguru ya Somalia umukuru w’umutwe wa Islamic State, Bilal al-Sudani wari kumwe n’abarwanyi be babarirwa mu icumi. Iki cyihebe cyishwe ubwo Ingabo zidasanzwe za Amerika zagabaga igitero mu buvumo buri mu misozi ya kure, kugira ngo zigifate mpiri. Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe […]
Igisubizo cya Perezida Kagame ku banye-Congo bamaze igihe bamwita ‘umuntu mubi’
Perezida Paul Kagame yavuze ko ntacyo afite yasubiza abiganjemo abanye-Congo bamaze igihe bamwita umuntu mubi, avuga ko bene ibyo bitutsi bizamurwa n’abayobozi ba RDC kugira ngo bahunge inshingano zabo. Umukuru w’Igihugu yabigarutseho mu kiganiro cyihariye aheruka kugirana n’umunyamakuru François Soudan wa Jeune Afrique. Kuva umwuka mubi watangira hagati y’u Rwanda na Congo kubera imirwano ya […]
P. Kagame aribaza niba koko Tshisekedi afite ubushobozi bwo kumuhirika ku butegetsi nk’uko yabyigambye
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yagize icyo avuga kuri mugenzi we Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nyuma y’uko atangaje ko yiteguye gutanga umusada ku bashaka kumuhirika ku butegetsi. Tshisekedi yabyigambye mu kwezi gushize, ubwo yahuraga n’urubyiruko rw’abanye-Congo rusaga 200. Icyo gihe yavuze ko Abanyarwanda bakeneye ubufasha bwa Congo kugira ngo bigobotore […]
Kigali: Umusore wagaragaye atera ivi bakamubenga yahishuye icyari kibyihishe inyuma
Ku wa Gatanu tariki ya 27 Mutarama ku mbuga nkoranyambaga hiriwe hazenguruka amashusho y’umusore wagaragaye yapfukamiye umukobwa yasabaga ko yamwemerera akamwambika impeta, gusa undi abitera ishoti rubanda barora. Byabereye rwagati mu mujyi wa Kigali, ahazwi nka Car Free Zone. Ni amashusho kugeza ubu agikwirakwizwa cyane kuri Twitter no kuri Whatsapp, aho abenshi mu bakoresha izi […]
Ishusho rusange y’isoko ry’abakinnyi mu Rwanda
Igihe cyahariwe igura n’igurisha ry’abakinnyi mu Rwanda rirafunga kuri uyu wa gatanu tariki ya 27 Mutarama 2023 ku isaha y’isaa tanu n’iminota 59 za nijoro. Muri rusange amakipe 15 muri 16 yongeyemo nibura umukinnyi umwe. APR FC yonyine ni yo kipe itarongeyemo umukinnyi n’umwe mu gihe Rwamagana FC ari yo yongeyemo benshi (5). Dore uko […]
Amerika yafatiye ibihano Wagner iri gufasha FARDC kurwanya M23
Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku wa Kane zafatiye ibihano Wagner, umutwe w’abacancuro wo mu Burusiya bivugwa ko uri gufasha Ingabo za Congo Kinshasa (FARDC) mu mirwano zihanganyemo n’umutwe wa M23. Amerika yafatiye ibihano Wagner Group biciye mu biro bishinzwe kugenzura imitungo mpuzamahanga muri Minisiteri yayo y’Ububanyi n’Amahanga. Ni ibihano uriya mutwe w’abacanshuro wafatiwe uzira […]
Abakinnyi bagize umusaruro mubi w’umukino mu mateka ya ruhago

Hari abakinnyi bavugwa ko bagize umukino mubi mu mateka y’umupira wabo. Ni kwa kundi babyuka nabi, umukino umwe ukababera icyago kandi bari basanzwe ari abakinnyi beza. Abakinnyi bamwe bageze mu kibuga, umupira barawubura burundu, abandi bakora amakosa yagambaniye amakipe yabo akabura amanota. Bwiza yabateguriye urutonde rw’abakinnyi ba vuba aha baba baragize umukino mubi. 5. Romelu […]
Cristiano Ronaldo yongeye gutaba mu nama ikipe ye, irasezererwa
Rutahizamu Cristiano Ronaldo yongeye kunanirwa gufasha Al-Nassr akinira kubona intsinzi, mu mukino we wa Kabiri yakiniraga iyi kipe. Uyu munya-Portugal na bagenzi be bakinana mu ijoro ryakeye bari bahuye na Al-Ittihad, mu mukino wa ½ cy’irangiza cya Super Coupe ya Arabie Saoudite warangiye batsinzwe ibitego 3-1. Ni umukino wa kabiri Ronaldo utarabasha gutsindira Al-Nassr igitego […]
Igisubizo cy’u Rwanda ku banye-Congo bivovotera kuzarutera bagafata Kigali
Guverinoma y’u Rwanda yasubije abanye-Congo bamaze igihe bikomanga ku gatuza bavuga ko bagomba kurutera bakagarukira i Kigali, ibabwira ko uko bazaza ari ko bazakirwa. Abanye-Congo kuva umwuka mubi watangira kuza hagati y’igihugu cyabo n’u Rwanda, bakunze kugaragaza ko bifuza ko Congo yatera u Rwanda; ibyo banamaze igihe bashishikariza Ingabo z’Igihugu cyabo. Ni umugambi warushijeho gufata […]
Musanze: Umuturage yateze mudugudu aramuhondagura, kugeza amukomerekeje
Inzego z’umutekano mu karere ka Musanze ziri gushakisha umugabo witwa Bahati Faustin, nyuma yo gutega ico Kayiranga Jean Damascène uyobora w’umudugudu atuyemo akamuhondagura kugeza amukomerekeje. Kayiranga w’imyaka 46 y’amavuko asanzwe ari Umukuru w’umudugudu wa Kabushanda, mu kagari ka Kabirizi ho mu murenge wa Gacaca w’akarere ka Musanze. Raporo y’ubuyobozi ivuga ko uriya muyobozi avuga ko […]
Eric Nshimiyimana yegukanye akazi yari ahataniye na Karekezi Olivier
Ikipe ya Bugesera FC yatangaje ko yamaze guha Eric Nshimiyimana inshingano z’umutoza wayo mukuru, asimbuye Umurundi Ndayiragije Etienne iheruka kwirukana. Iyi kipe ibinyujije ku rubuga rwayo rwa Twitter yatangaje ko yasinyanye na Eric amasezerano y’umwaka umwe n’igice. Iti: “Turabamenyesha ko Bwana Eric Nshimiyimana ko ubu ari umutoza mukuru w’ikipe ya Bugesera FC mu gihe kingana […]
Ibihugu bikorerwamo uburaya cyane ku Isi

Uburaya ni wo mwuga benshi bavuga ko umaze igihe kirekire ukorwa. Bwahinduye igitereko mu Isi ya none kuko ibihugu bimwe na bimwe byemeje ko bukorwa ku mugaragaro nk’indi myuga yose ndetse bugasorerwa nk’indi mirimo yose ibyara inyungu. Nubwo hari ibihugu byemeje uburaya bweruye birimo Senegal yo muri Afurika, abantu benshi biganjemo abemeramana n’abakomeye ku muco […]
Rayon Sports yishyuye umwenda wa Faria, ifungura amarembo yo kwisubiza Youssef Rharb
Ikipe ya Rayon Sports yamaze kwishyura umunya-Portugal, Ferreira Faria Paulo Daniel wahoze ari umutoza mukuru wungirije; biyifungurira amarembo yo kwisubiza abarimo umunya-Maroc Youssef Rharb. Ferreira Faria Paulo Daniel yahoze yungirije Silva Paixão Santos na we kuri ubu ukiri mu manza na Rayon Sports, nyuma yo kutanyurwa n’urubanza yayitsinzemo. Aba batoza ubwo batandukanaga na Rayon Sports […]
FARDC iri guha abasivile intwaro ngo bayifashe guhangana na M23
Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), cyatangiye guha intwaro abaturage bo muri Teritwari ya Masisi kugira ngo bagifashe guhangana n’inyeshyamba za M23 bari kurwana. Mu ntangiriro z’iki cyumweru ni bwo imirwano ikomeye yongeye kubura hagati y’impande mu bice bitandukanye bya Teritwari za Rutshuru na Masisi. Ni imirwano FARDC nk’ibisanzwe iri gufatanyamo n’imitwe itandukanye […]
Harmonize yagaragaye anyanyagiza amafaranga mu banya-Kigali
Umuhanzi Rajab Abdul Kahali wamamaye mu muziki wa Tanzania nka Harmonize, yagaragaye anyanyagiza amafaranga menshi mu batuye Umujyi wa Kigali, ibyatumye bamwe mu Banyarwanda bacika ururondogoro. Uyu muririmbyi w’imyaka 33 y’amavuko ari i Kigali, aho yageze mu ijoro ryo ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize. Uyu muhanzi ukomeje kugaragaza kuryoherwa n’ibihe ari kugirira muri Kigali, mu […]
M23 irashinja MONUSCO kuyiteza Sukhoi-25 n’ibifaru bya FARDC
Umutwe wa M23 washinje Ingabo ziri mu butumwa bwa Loni bwo kugarura amahoro muri Congo Kinshasa (MONUSCO), kugira uruhare mu bitero abarwanyi bawo bakomeje kugabwaho n’Ingabo za Congo, imitwe yitwaje intwaro bakorana ndetse n’abacanshuro b’Abanyaburayi. Umuvugizi wa M23, Lawrence Kanyuka mu itangazo yasohoye, yashinje Guverinoma ya Congo kuba ari yo ikomeje guteza imvururu muri icyo […]
Undi Jenerali wa FARDC yatawe muri yombi aryozwa u Rwanda
Amakuru aturuka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aravuga ko Gen. Christian PayPay ukuriye Polisi mu ntara ya Mai-Ndombe yamaze gutabwa muri yombi, akurikiranweho “guhungabanya umutekano w’igihugu.” Amakuru avuga ko Gen. PayPay yatawe muri yombi ku wa Mbere tariki ya 23 Mutarama 2023. Mu byo ashinjwa nk’uko amakuru abivuga, harimo kugira uruhare mu bikorwa by’umutekano […]
M23 yambuye FARDC Kishishe nyuma y’igihe kitageze ku munsi iyisubije
Umutwe wa M23 kuri uyu wa Gatatu wongeye kwambura Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) agace ka Kishishe ko muri Teritwari ya Rutshuru, nyuma y’amasaha hafi 24 kagenzurwa na cyo. Ku wa Kabiri tariki ya 24 Mutarama ni bwo FARDC yari yambuye M23 kariya gace, nyuma y’imirwano ikomeye yasakiranyije impande zombi. Ni imirwano […]
Byinshi ku ndege ziswe iz’umunsi w’imperuka

Kuva intwaro kirimbuzi zakora amabara mu ntambara ya kabiri y’Isi ku mijyi y’Abayapani mu mwaka 1945, isi yose yahise ihinda umushyitsi bitewe n’ubukana bw’ibyo bisasu. Magingo aya ni bwo gukangisha izi intwaro zasenya ibiriho byose biri ku kigero cyo hejuru. Bitewe n’intambara iri kubera muri Ukraine, u Burusiya bwakomeje kugenda buvuga ko igihe umutekano wabwo […]
EAC yatangiye gusuzuma ko Somalia yujuje ibisabwa ngo iyakire nk’umunyamuryango wa 8
Umuryango wa Afurika y’Uburasirazuba (EAC), watangiye ubugenzuzi bugamije kureba aho igihugu cya Somalia kigeze imyiteguro mbere yo kucyakira nk’umunyamuryango wa munani. Ni ubugenzuzi bugomba gukorwa n’itsinda ry’intumwa za EAC zigomba kuba ziri muri Somalia kuva kuri uyu wa Gatatu tariki ya 25 Mutarama kugeza ku itariki ya 03 Gashyantare 2023. Iri tsinda ryoherejwe muri Somalia […]
Imbwa yarashe umugabo, iramwica
Umugabo wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu mpera z’icyumweru gishize yarashwe n’imbwa bari kumwe mu modoka, birangira imwishe. Byabereye muri Leta ya Kansas iri mu burengerazuba bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Itangazo rya Polisi ya Amerika rivuga ko iyo mbwa yarashe nyakwigendera wari wicaye imbere mu modoka ku bw’impanuka, ubwo yakandandagiraga imbunda […]
Icyo RDC ivuga ku ndege yayo y’intambara yarashwe na RDF
Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yashinje u Rwanda kugaba igitero ku ndege yayo y’intambara nkana, nyuma y’uko ivogereye ikirere cy’u Rwanda ikaraswa. Kuri uyu wa Kabiri ni bwo indege yo mu bwoko bwa Sukhoi-25 y’Igisirikare cya Congo Kinshasa yavogereye ikirere cy’u mu karere ka Rubavu, ihita iraswa n’Ingabo z’u Rwanda. Guverinoma y’u Rwanda […]
Gikundiro yanyagiye Musanze FC abafana barongera baramwenyura
Rayon Sports yagarutse iha isomo rya ruhago ikipe ya Musanze FC ari na ko ifata umwanya wa kabiri by’agateganyo muri shampiyona y’u Rwanda. Wari umukino w’umunsi wa 16 shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda, Primus National League. Rayon Sports yanyagiye Musanze FC ibitego 4 kuri 1. Ibi ibitego byatsinzwe na Mitima Isaac ku munota wa […]
Indege y’intambara ya FARDC yongeye kuvogera ikirere cy’u Rwanda, iraraswa
Indege y’intambara y’Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) yongeye kuvogera ikirere cy’u Rwanda, mbere yo kuraswa. Byabaye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri nk’uko amakuru agera kuri BWIZA abivuga. Uwahaye amakuru iki gitangazamakuru yakibwiye ko iyi ndege yo mu bwoko bwa Sukhoi-25 Ingabo z’u Rwanda zishobora kuba zayihamije “kuko yagiye igurumana mbere […]
Impano icumi zazimiye mu mateka y’umupira w’amaguru

Hari abakinnyi batangaga icyizere cy’ahazaza heza mu mupira w’amaguru ariko bidatinze baza kwisanga mu bihe bibi bitewe n’impamvu zitandukanye, ariko cyane cyane kwimukira mu yandi makipe, ntibabashe gufatisha. Bwiza yabateguriye impano icumi (10) zisa n’izazimiye kandi zari zitezwe nk’imfatiro z’umupira w’amaguru w’ahazaza. 10. Dele Alli Bamidele Jermaine Alli yafatwaga nka Beckham mushya w’u Bwongereza. Yatwaye […]
Perezida wa Brazil arashinja uwamubanjirije gukorera jenoside abasangwabutaka bo muri Amazon
Perezida wa Brazil, Luiz Inácio Lula da Silva, yegetse ku butegetsi bwamubanirije bwari buyobowe na Jair Bolsonaro urupfu rw’abana 500 b’abasangwabutaka ba Yonomami baba mu ishyamba rya Amazon rwabaye mu myaka mike ishize. Mu midugudu iri hagati ya 200 na 250 iba muri Amazon, habarurwa abo mu bwoko bwa Yanomami bagera ku 35.000. Ni hafi […]