Perezida Kagame yakiriye Davido mu Urugwiro
Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Gatanu yakiriye mu biro bye David Adedeji Adeleke wamamaye mu muziki nka David. Uyu munya-Nigeria w’ikimenyabose ari i Kigali aho yitabiriye igitaramo gisoza iserukiramuco rya ‘Giants of Africa’ riri kubera mu Rwanda. Iki gitaramo giteganyijwe ku wa Gatandatu tariki ya 19 Kanama, Davido azagihuriramo n’abahanzi batandukanye barimo umunya-Nigeria mwene […]
Theo Walcott wamamaye mu ikipe ya Arsenal yasezeye Ruhago
Theo Walcott, umwe mu basore b’indashyikirwa bo mu bwongereza bo mu gisekuru cye,kuri uyu wa gatanu yatangaje ko yasezeye umupira w’amaguru nk’uwabigize umwuga ku myaka 34. Mu myaka 18 amaze akina umupira, uyu mukinnyi wok u ruhande yakinnye mu makipe arenga 560 muri rusange hakaba harimo amakipe atatu yo mu Bwongereza harimo n’ikipe ya Southampton, […]
Tshisekedi arifuza ko RDC yohererezwa Ingabo nk’izoherejwe i Cabo Delgado
Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yasabye umuryango wa SADC ko bibaye ngombwa wakohereza muri Congo ingabo nk’izo wohereje muri Mozambique. Tshisekedi yabitangarije i Luanda muri Angola ku wa Kane tariki ya 17 Kanama, ubwo yari yitabiriye inama ya 44 isanzwe y’Abakuru b’ibihugu bigize Umuryango w’ubukungu w’ibihugu byo muri Afurika y’Amajyepfo […]
Mugore/Mugabo niba ushaka kubaka rugakomera irinde iri kosa
Umugore cyangwa umugabo iyo agiye kurushinga aba yifuza ko yubaka rugakomera,ariko ntibamenye amakosa runaka bashobora gukora agahita atuma urugo rutembagara. Kimwe mu bintu umugore n’umugabo badakwiye gukora iyo bashaka kubana neza, umwe agomba kwirinda kugenzura telefoni y’undi mu gihe umwe atareba undi.Bijya bibaho ko umwe hari igihe acunga undi asinziriye ugasanga afashe iyo telefoni agendereye […]
Bwa mbere Judith yemeye ko hari ikintu yishinja yakoze kitari cyiza mu rukundo rwe Safi
Niyonizera Judith wamenyekanye ubwo yari mu rukundo n’umuhanzi Niyibikora Safi uzwi nka Safi Madiba,yavuze byinshi ku rukundo rwe n’uyu mugabo ariko avuga ko kuva babana hari ikintu yishinja yakoze kitari cyiza mu buzima bwabo. Mu kiganiro yakoreye kuri X (Twitter space) yabajijwe icyo nib anta kintu yaba yarahemukiyeho Safi yicuza ahishura ko icyo atakwibagirwa ari […]
Urukiko rwateye utwatsi ubujurire bw’ushinjwa kwica umuhanzi Radio
Ibiro by’Umuyobozi ushinzwe Ubushinjacyaha (DPP) byahamagariye Urukiko rw’Ubujurire kutakira ubujurire bwatanzwe na Godfrey Wamala uzwi ku izina rya Troy. Wamala ashaka kujuririra igihano cy’igifungo cy’imyaka 14 yakatiwe kubera urupfu rw’umuhanzi w’icyamamare Moses Ssekibogo, uzwi ku izina rya Radio Mowzey. Wamala yahamijwe icyaha mu Kwakira 2019 n’umucamanza Jane Frances Abodo, ashingiye ku bimenyetso bifatika bishimangira icyaha […]
Kigali: Ibindi binyabiziga birenga 250 byafatiwe mu mukwabu
Polisi y’Igihugu yafashe ibindi binyabiziga 258 birimo imodoka n’amapikipiki bitari bicanye amatara, nyuma y’umukwabu wakorewe mu mihanda itandukanye yo mu mujyi wa Kigali. Ibyo binyabiziga byafashwe mu ijoro ryo ku wa Kabiri tariki 15 no ku wa Gatatu tariki 16 Kanama, nyuma y’uko abapolisi bo mu Ishami rya Polisi rishinzwe umutekano wo mu muhanda basanze […]
Rayon Sports yakiriye rutahizamu w’umunya-Côte d’Ivoire wabaye umunyamahanga wayo wa 12
Rayon Sports kuri uyu wa Gatanu yakiriye umunya-Côte d’Ivoire, Gnamien Mohaye Yvan waje kurangizanya na yo. Uyu rutahizamu w’imyaka 20 y’amavuko yageze i Kigali mu masaha yatambutse. Ni rutahizamu Rayon Sports ivuga ko akinisha akaguru k’ibumoso, mu mwaka ushize akaba yarakiniraga Stars Olympic Football Club D’Abobo y’iwabo. Uyu mukinnyi abaye umunyamahanga wa 12 uje muri […]
Perezida Kagame yakurikiranye imyitozo yo kurasa ya RDF (Amafoto)

Perezida Paul Kagame akanaba Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, ku wa Kane yakurikiranye imyitozo ya gisirikare y’Ingabo z’u Rwanda (RDF). Iyi myitozo izwi nka Exercise Hard Punch 04/2023 yabereye mu kigo cy’imyitozo cy’Ingabo z’u Rwanda giherereye i Gabiro mu karere ka Gatsibo. Imyitozo nk’iyi yaherukaga kuba mu Ukuboza 2018. Yitabirwa n’ibyiciro byose by’Ingabo haba izirwanira […]
SADC: Joà£o Lourenà§o yakoreye mu ngata Tshisekedi
Perezida Joà£o Lourenà§o wa Angola kuri uyu wa Kane tariki ya 17 Kanama, yasimbuye mugenzi we Félix Antoine Tshisekedi wa Congo Kinshasa ku buyobozi bw’Umuryango w’Ubukungu uhuza ibihugu byo muri Afurika y’Amajyepfo (SADC). Bombi babisikaniye mu nama isanzwe y’abakuru b’ibihugu bigize SADC yabereye i Luanda muri Angola. Tshisekedi yari amaze umwaka umwe ayobora SADC. Lourenà§o […]
Kigali:Davido na Tiwa Savage bagiye kwegerezwa abafana b’inkwakuzi mu buryo bwihariye
Mu gihe hitezwe ko kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 19 Kanama 2023 hateganyijwe isozwa ry’iserukiramuco ry’urubyiruko rya Giants of Africa rikazitabirwa n’ibyamamare bitandukanye birimo Davido na Tiwa Savage, abafana bazahagera mbere bashyiriweho amahirwe. Ni igitaramo cyatumiwemo abahanzi bakomeye baba abo mu Rwanda ndetse no hanze yarwo, aho abafana bazacyitabira ariko bakagerara muri BK Arena […]
Neymar yashimagije C.Ronaldo uri mu batumye yerekeza muri S.Arabia
Umukinnyi Neymar Jr, uri mu bakinnyi berekeje mu burasirazuba bwo hagati umu ikipe ya Al Hilal yo mu gihugu cya Arabiya Sawudite (Soudi Arabia) avuye mu gihugu cy’Ubufaransa Paris Saint-Germain,avuga ko acishijwe bugufi no guha icyubahiro Cristiano Ronaldo umaze guzamura shampiyona yo muri kiriya gihugu. Uyu munya Bresil werekeje muri iyi kipe, avuga ko Ronaldo […]
Zari aravugwaho kugira indonke y’amafaranga akura mu Buraya
Umunyamideli w’Umugandekazi ariko ubarizwa muri Afrika y’Epfo aravugwaho ko abona indonke abona mu mafaranga yakoreye mu nzira z’umwijima badatinya no kwita uburaya. Uyu mubyeyi w’abana batanu azwiho kuba ari umwe mu bakire b’abagore mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba aho akora ibikorwa by’ubushabitsi bimwinjiriza amafaranga menshi, gusa hari abacyemanga inzira zimwe ayakoreramo kuko ngo hari ayo […]
FARDC yikomye Amerika kubera u Rwanda
Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyikomye Leta Zunze Ubumwe za Amerika, kizishinja gufasha u Rwanda “gutiza umurindi Propagande zarwo”. FARDC yatangaje ibi nyuma y’amasaha make Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Antony Blinken, aganiriye kuri Telefoni na Perezida Paul Kagame. Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Amerika yatangaje ko Perezida […]
Abatifite bashobora guhomba zimwe muri Serivisi X yabahaga
X, urubuga nkoranyambaga ruzwi ku izina rya Twitter, nyuma yo gukurikiza amasezerano yayo mu gukora TweetDeck ariko itishyurwa,kuri ubu iyi serivisi yatangiye kwishyurwa. Abakoresha iyi X yahoze yitwa twitter, barimo umujyanama w’imbuga nkoranyambaga, Matt Navarra, bavuze ko babonye urupapuro rwo kugurisha X Premium (abiyandikishije ku cyahoze ari Twitter Blue) , ubu ikaba yitwa XPro. Ikinyamakuru […]
Umukinnyi w’Amavubi ya Handball yatorokeye muri Croatie
Nshimyumuremyi David wari umwe mu bagize ikipe y’Igihugu ya Handball yari yaritabiriye Igikombe cy’Isi mu batarengeje imyaka 19 y’amavuko, yatorokeye i Belgrade muri Croatie. Amakuru avuga ko uyu musore yatorotse nyuma y’uko ririya rushanwa ryari rimaze kurangira. Umwe mu bayobozi b’Ishyirahamwe ry’Umukino wa Handball mu Rwanda yatangaje ko Nshimyumuremyi yatorotse ubwo biteguraga kuva muri Croatie […]
Muyaya yijunditse Nangaa watangaje ko FDLR iri mu barinda Tshisekedi
Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yijunditse Corneille Nangaa, nyuma yo gutangaza ko umutwe wa FDLR usigaye uri mu barindira umutekano abayobozi bakuru ba kiriya gihugu barimo na Perezida Félix Antoine Tshisekedi. Corneille Nangaa wahoze ari Perezida wa Komisiyo y’amatora muri Congo (CENI), mu ntangiriro z’uyu mwaka yatangaje ko aziyamamariza kuyobora RDC mu matora […]
Amerika yafatiye ibihano abayobozi batatu bo muri RDC
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zafatiye ibihano abayobozi batatu b’abanye-Congo, zibashinja ibyaha bya ruswa. Abo Amerika yafatiye ibihano nk’uko Minisiteri yayo y’Ububanyi n’Amahanga yabitangaje, barimo Cosma Wilungula Balongelwa wahoze ari Umuyobozi w’Ikigo cya Congo Kinshasa gishinzwe kubungabunga ibidukikije (ICCN). Barimo kandi Leonard Muamba Kanda wahoze akuriye Ishami rya RDC rishinzwe imiyoborere mu masezerano y’ubucuruzi mpuzamahanga […]
Kibeho: Hari bimwe mu bihakorerwa Kiliziya ifata nk’ubuyobe

Kuri uyu wa 15 Kanama 2023, ku munsi Kiliziya Gatolika ihimbaza ijyanwa mu Ijuru rya Bikira Mariya (Assomption), imbaga y’abakirisitu baturutse imihanda yose bateraniye i Kibeho basenga. Mu kiganiro kihariye yagiranye na BWIZA misa ihumuje, Musenyeri wa Diyoseze Gatolika ya Gikongoro, Hakizimama Célestin, yavuze ko hari bimwe mu bikorerwa ku Butaka Butagatifu bwa Kibeho bitemewe, […]
Kuki abantu babyibushye bagirwa inama yo kurya ibishyimbo ?
Ibishyimbo ni ikiribwa gikundwa na bose kandi kikaba ikimenyabose kubera intungamubiri gikizeho bituma gikundwa ndetse kikaba ifunguro rya buri munsi kubtari bake.Ikindi abantu badakunda kumenya n’uko abantu babyibushye bibafasha kubungabunga ingano y’umubii wabo. Niba ubigize akamenyero ko kurya ibishyimbo, birashoboka cyane ko ingano y’umubiri wawe itazahinduka ngo yiyongere ( nuburinganire bwumubiri (BMI).Ubushakashatsi bwerekana ko abagabo […]
Gatuna: Ikamyo yari izanye ibigori mu Rwanda yahiye ihinduka umuyonga
Ikamyo itwara imizigo yari izanye ibigori mu Rwanda ibivanye muri Uganda, yafashwe n’inkongi y’umuriro irashya irakongoka. Iyi kamyo yahiriye ku mupaka wa Gatuna mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 16 Kanama. Amakuru y’iyi nkongi yemejwe n’Umuyobozi wa Polisi ya Uganda mu karere ka Kabale, Abel Ruganza. Kugeza ubu ntiharamenyekana intandaro y’inkongi y’umuriro […]
Iyo ndimo kunyaza umugore wanjye ataka avuga izina ry’umusore duturanye!Nkore iki?
Umugabo utarashatse ko amazina ye ajya hanze yagishije inama y’icyo yakora nyuma y’uko iyo atera akabariro yumva umugore we aryohewe maze agasubira mu izina ry’umusore baturanye. Yagize ati” Nshuti bavandimwe ndabasuhuje mbifuriza amahoro ya Nyagasani.Nifuje rero kibagisha inama y’icyo nakora nyuma y’uko iyo ndikugirana amabanga y’urugo n’umugore wanjye akaryoherwa usanga ari gutaka ariko akavuga mu […]
Kamonyi: Abantu 18 bakomerekeye mu mpanuka y’imodoka
Abantu 18 bakomeretse kuri uyu wa Gatatu tariki ya 16 Kanama, nyuma yo gukora impanuka y’imodoka. Ni impanuka yabereye mu murenge wa Gacurabwenge w’akarere ka Kamonyi, mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu. Iyi mpanuka yabaye ubwo imodoka yo mu bwoko bwa Coaster ya sosiyete itwara abagenzi ya ‘Capital’ yaturukaga mu mujyi wa Kigali yerekeza […]
Federasiyo y’abahanzi iyobowe na Eddy Kenzo irasumbirijwe
Umuhanzi Eddy kenzo nyuma yo kuba umuntu ukomeye bitewe n’umuziki we hakiyongeraho no kuyobora federasiyo y,abahanzi ba Uganda kuri ubu afite impungenge zitewe n’uko hari abahanzi barikuyivamo. Ibi rero byatumye Kenzo avuga kuri iyi ngingo y’abava muri federasiyo, nka Moses Matovu wa Afrigo B, ashimangira ko icyo ashaka ari uko iri tsinda rigomba gukomera. Gusa […]
RIB ifunze Abagande 2 n’Umunyarwanda
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rufunze abanya-Uganda babiri ndetse n’Umunyarwanda umwe, bakurikiranweho gukoresha ibiganiro gukoresha ibiganiro Nsanzimana Elie ufite ubumuga bwo mu mutwe. Abatawe muri yombi barimo uwitwa Kembabazi Racheal, Mayanja Muwanguzi Lawrence bakoresha Shene ya YouTube yitwa Connect with Uganda na UG Connect na Niyibizi Xavier ufite urubuga rwitwa Nexo Adventures. Ikinyamakuru IGIHE cyanditse ko […]
Umusirikare wa Amerika yahungiye muri Koreya ya Ruguru
Koreya ya Ruguru yemeje ko umusirikare wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika witwa Travis King yinjiye ku butaka bwayo, kubera “gufatwa nabi bitari ibya kimuntu n’ivangura” yakorerwaga mu gisirikare. Private Travis King w’imyaka 23 y’amavuko, ku wa 18 Nyakanga ni bwo yirukanse ajya muri Koreya ya Ruguru aturutse mu y’Epfo ubwo yari ari kumwe na […]
Blinken yahamagaye P. Kagame, agira ibyerekeye RDC n’u Rwanda amusaba
Perezida Paul Kagame ku wa Kabiri tariki ya 15 Kanama yagiranye ikiganiro n’Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Antony Blinken wagize ibyo amusaba. Ni ikiganiro abayobozi bombi bagiranye bifashishije Telefoni, cyibanda ku bibazo u Rwanda rumaze igihe rufitanye na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Amerika yatangaje ko […]
Trump araregwa gushaka kwiba amajwi muri Georgia
Donald Trump wahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’abandi bantu 18, bakurikiranweho gushaka kwiba amajwi muri Leta ya Georgia, mu matora y’Umukuru w’Igihugu yabaye muri Amerika muri 2020. Ibirego Trump yarezwe ni ibya kane yashyizweho kuva muri 2020 ubwo yatsindwaga na Joe Biden wamusimbuye ku butegetsi, nyuma yo kukutsinda mu matora y’Umukuru […]
Major Willy Ngoma yifatiriye ku gahanga FARDC
Umuvugizi w’Igisirikare cy’umutwe wa M23, Major Willy Ngoma, yifatiriye ku gahanga Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), akinnyega agaragaza ko nta bushobozi bwo guhangana n’umutwe avugira gifite. Urubuga Global Firepower rushyira Congo Kinshasa ku mwanya wa munani, mu bihugu bifite Igisirikare gikomeye muri uyu mwaka wa 2023. Ni umwanya cyakora utavugwaho rumwe bijyanye […]
Abasifuzi bibye Wolves itsindwa na Manchester United bahagaritswe
Abasifuzi bayoboye umukino wa shampiyona y’Abongereza Manchester United yaraye itsinzemo Wolverhampton Wonderers, bakuwe mu bazasifura imikino y’umunsi wa kabiri. Manchester United yari yakiriye Wolves i Old Trafford, mu mukino w’umunsi wa mbere wa Premier league watangiye itsinze igitego 1-0. Igitego cyo ku munota wa 76 cya myugariro Raphael Varane ni cyo cyandukanyije impande zombi. Manchester […]
Kera kabaye rutahizamu wa Rayon Sports wari waraheze mu nzira yageze mu Rwanda
Rayon Sports kera kabaye yamaze kwakira rutahizamu wayo, Eid Mugadam Abakar Mugadam, nyuma y’igihe yarabuze uko yagera mu Rwanda. Mu rukerera rwo kuri uyu wa Kabiri ni bwo uyu munya-Sudani yageze ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali i Kanombe. Akigera i Kigali yakiriwe na bamwe mu bayobozi ba Rayon Sports, barimo Perezida w’abafana bayo, Muhawenimana […]
Ethiopia yikoze mu nda
Drone y’Igisirikare cya Ethiopia yarashe mu baturage b’iki gihugu bikagaragambyaga, yicamo ababarirwa muri za mirongo. Byabareye mu karere ka Amhara gaherereye mu majyaruguru ashyira Uburengerazuba bwa Ethiopia, ku Cyumweru tariki ya 13 Kanama. Itangazamakuru ryigenga muri kiriya gihugu rivuga ko ababarirwa muri 70 ari bo biciwe muri kiriya gitero. BBC Amhara cyakora ivuga ko umubare […]
Kurya urubuto rw’icunga uba ufite amahirwe yo kwirinda asima n’igituntu
Icunga cyangwa ironji (Orange) ni rumwe mu mbuto zikunzwe cyane ku isi kandi rikungahaye cyane kuri vitamini nyinshi zitandukanye ariko cyane cyane vitamine C, ifite imbaraga zo gukingira umubiri indwara z’Asima, Inkorora y’igikatu, igituntu, umusonga, rubagimpande nk’uko bitangazwa na insanelygoodrecipes.com. Uru rubuga rutangaza ko vitamine ifasha abantu kwituma neza, gukumira indwara z’igisukari, umuvuduko udasanzwe w’amaraso […]
Huye: Umusore yiyahuje ‘Roket’ yica Nkongwa
Umusore witwa Ntakiritimana Patrice wo mu kagari ka Mara ho mu murenge wa Ruhashya w’akarere ka Huye, yitabye Imana nyuma yo kunywa umuti wa Roket wica Nkongwa. Ntakiritimana yitabye Imana ku Cyumweru tariki ya 13 Kanama 2023, aguye mu bitaro bya Kaminuza bya Butare (CHUB). Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Ruhashya, Mutabaruka Jean Baptiste, yabwiye BWIZA […]
Jose Chameleone yavuze uburyo Perezida Museveni aherutse kuramira ubuzima bwe
Umuhanzi Jose Chameleone yagize icyo avuga ku buvuzi aherutse kwivuriza muri Amerika,aho yashimiye Perezida Museveni ko aherutse kusigasira ubuzima bwe bwari busumbirijwe. Chameleone, ubusanzwe witwa Joseph Mayanja amazina ye nyakuri,aherutse kubagwa byihutirwa mu bitaro by’ubuvuzi bya Aline i Minneapolis muri Kamena nyuma yo guhangana n’ibibazo byo mu gifu. Igikorwa cyo kubagwa cyagenze neza, ariko bigaragara […]
Diamond Platnumz yongeye gucyeza u Rwanda nyuma yo kuhataramira

Umuhanzi Diamond Platnumz yacyeje u Rwanda nyuma y’amasaha macye ahataramiye mu gitaramo gufungura Iserukiramuco rya ‘Giants of Africa’ yataramiraga i Kigali kuri uyu wa 13 Kanama 2023 . Ni igitaramo cyabereye muri BK Arena cyitabiriwe n’umukuru w’Igihugu Perezida Paul Kagame n’abandi batandukanye barimo Intore Masamba, n’ubyinnyi Shiri Sherrie Silver n’abandi baturutse mu bihugu bitandukanye. Akigera […]
“Aramutse yaranyishyuye naba ndi Miliyoneri”Mico The Best yatanze andi makuru ku bye na Diamond
Hagati mu cyumweru gishize, nibwo hatangajwe ko umuhanzi Diamond Platinumz agiye kuza gutaramira mu Rwanda mu gitaramo cya African Giant ariko kandi hakaba hari n’amakuru yavugaga ko umuhanzi Mico The Best yaba aryamiye amajanja ngo amwishyuze amafaranga yamugombaga yari amurimo kuva mu mwaka wa 2013. Mu gihe abantu bari bakibaza ku byayo makuru , nibwo […]
Mu basirikare barinda Tshisekedi harimo FDLR: Corneille Nangaa
Corneille Nangaa wahoze akuriye Komisiyo y’amatora muri Congo Kinshasa, yatangaje ko abarwanyi b’umutwe wa FDLR basigaye bari mu bagize umutwe ushinzwe kurinda Perezida wa RDC, agaragaza ko byabayeho bitewe n’umusaruro muke w’ibihe bidasanzwe byashyizwe mu burasirazuba bwa kiriya gihugu. Mu mpera za Mata 2021 ni bwo Perezida Félix Antoine Tshisekedi yshyizeho ibihe bidasanzwe mu ntara […]
Diamond Platnumz yahuye na Perezida Kagame witabiriye igitaramo cye
Perezida Paul Kagame yahuye n’umuhanzi Naseeb Abdul Juma uzwi mu muziki wa Tanzania ndetse na Afurika muri rusange nka Diamond Platnumz waraye utaramiye Abanyarwanda. Mu ijoro ryakeye ni bwo Diamond yataramiye abanya-Kigali, mu gitaramo cy’imbaturamugabo cyari mu rwego rwo gutangiza iserukiramuco rya “Giants of Africa” riri kubera mu Rwanda. Perezida Paul Kagame wari kumwe na […]
Province du Sud: La culture du sorgho remise au second rang

Dans la province du Sud, la culture du sorgho doit venir au second rang et laisser la place aux cultures vivrières prioritaires comme le maà¯s, le riz, le haricot, la pomme de terre, le soja, le manioc, la patate douce, etc. En effet, ces dernières constituent la base alimentaire de la majorité des Rwandais et […]
Mali yongeye gukubita u Bufaransa ahababaza
Guverinoma ya Mali yambuye Sosiyete y’indege ya Air France uburenganzira bwo gukorera ingendo z’indege ku butaka bwa kiriya gihugu. Ni icyemezo cyafashwe na Minisiteri ifite ubwikorezi mu nshingano zayo muri Mali. Iyi Minisiteri mu ibaruwa yandikiye abahagarariye Air France i Bamako, yabamenyesheje ko iyi sosiyete y’indege itacyemerewe gukorera ingendo muri Mali, bijyanye no kuba uruhushya […]
Rayon Sports yihanije APR FC, iyitwara Super Coupe
Ikipe ya Rayon Sports yatsinze APR FC ibitego 3-0, iyitwara Igikombe cya Super Coupe kiruta ibindi mu Rwanda. Amakipe yombi yari yahuriye mu mukino w’ishiraniro wabereye kuri Kigali Pele Stadium. Ni umukino wari utegerejwe n’imbaga y’Abanyarwanda, ahanini bitewe n’uko amakipe yombi yiyubatse muri iyi mpeshyi. Abakunzi ba APR FC by’umwihariko bari bakumbuye kubona abanyamahanga ikipe […]
U Burusiya bwahanuye drones 20 za Ukraine
U Burusiya bwatangaje ko bwahanuriye drones 20 za Ukraine hafi y’umwigimbakirwa wa Crimea. Minisiteri y’Ingabo z’u Burusiya mu butumwa yanyujije ku rubuga rwayo rwa Telegrame yavuze ko 14 muri ziriya drones zasenywe na ‘System’ ishinzwe gucunga umutekano w’ikirere cya kiriya gihugu, izindi esheshatu zihanurwa na za ‘Electronic Warfare’. Nta wigeze akomeretswa na ziriya drones cyangwa […]
Ibihugu 10 bya Afurika bifite Igisirikare karahabutaka kurusha ibindi muri 2023

Urubuga ’Global Fire Power’ rwerekana uko ibihugu by’Isi birutana mu mbaraga za gisirikare, mu ntangiriro z’uyu mwaka rwasohoye urutonde rwerekana uko ibihugu by’Isi birutana muri uyu mwaka wa 2023. Urutonde rwa Global Firepower Index abarukora bagendera ku ngingo zigera kuri 50 zirimo ingengo y’imari ikoreshwa mu gisirikare, umubare w’ababakizwamo n’ibikoresho bya gisirikare nk’intwaro, imodoka, amato […]
Kera kabaye Diamond yakiranutse n’umuhanzi wo mu Rwanda yari amaze imyaka 10 yarambuye
Umuhanzi Naseb Abdul Juma uzwi mu muziki wa Tanzania nka Diamond Platnumz, yamaze kwishyura ideni yari abereyemo Mico The Best nyuma y’igihe amwishyuza. Diamond kuri ubu ari i Kigali aho yitabiriye igitaramo cyo gutangiza iserukiramuco ryiswe ‘Giants of Africa’. Kuva mu Ukuboza umwaka ushize Mico yari yarareze Diamond muri RIB, asaba uru rwego kumuta muri […]
IS yigambye kwicira abasirikare i Cabo Delgado
Umutwe wa Leta ya Kiislam wigambye kuba ibyihebe byawo bikorera mu ntara ya Cabo Delgado biheruka kwica abasirikare barindwi bo mu ngabo za Mozambique. IS ibinyujije mu miyoboro inyuzamo amakuru yayo, yemeje ko yiciye bariya basirikare mu gitero yagabye ku birindiro byabo ku wa Kabiri w’iki cyumweru. Ni igitero uyu mutwe w’iterabwoba wemeza ko wagabye […]
Rubavu: Rurageretse hagati y’abaturage baturiye Sebeya n’akarere
Bamwe mu baturage batuye mu mirenge y’akarere ka Rubavu ikora ku mugezi wa Sebeya, ntibavuga rumwe n’ubuyobozi bw’akarere ka Rubavu bashinja gushaka kubimura ku ngufu nyamara ntaho kwimukira bafite. Ku wa Gatanu tariki ya 11 Kanama ni wo wari umunsi ntarengwa aba baturage bo mu mirenge ya Kanama, Nyundo na Rugerero bagombaga kuba bamaze kuva […]
Umutoza wa APR FC yanze kurya indimi ku byatangajwe na Djabel Manishimwe
Mu gihe habura amasaha macye ngo Rayon Sports icakirane na APR FC, hatangiye kuvugwa amagambo menshi ariko by’umwihariko abenshi bakaba bagaruka kuri Djabel Manishimwe uherutse kuvuga ukuntu abona abakinnyi baguzwe n’iyi kipe yambara umukara n’umweru. Manishimwe Djabel avuze ko imikinire ya APR FC nta birenze ku byo we n’abagenzi be bari basanzwe bakinana mbere yo […]
Gatanya hagati ya PSG na Neymar
Ikipe ya Paris Saint-Germain iri mu biganiro n’umunya-Brésil Neymar Jr, mu rwego rwo gusesa amasezerano impande zombi zifitanye. Neymar ni umukinnyi wa PSG kuva muri 2017, ubwo yayigeragamo aguzwe muri FC Barcelona miliyoni 222 z’ama-Euro. Amakuru aturuka mu bitangazamakuru byo mu Bufaransa avuga ko uyu munya-Brésil kuri ubu ari mu biganiro na PSG, kugira ngo […]
Niba uri umukobwa ukaba uteretwa n’umusore ufite Cash irinde ibi bintu
Bijya bibabaho ko umukobwa ashobora guteretwa n’umusore wahiriwe akaba afite amafaranga afatika kandi ateganya ku mushyira mu rugo, ni byiza ko azirikana ko hari ibyo adakunda kuburyo mu gihe yaba abikoze amahirwe yo gukomezanya yaba ari kuyoyoka. 1.Abagabo/sore ntibakunda umukobwa ubeshya Niba uri umukobwa ukaba utomboye umusore w’umugwizatunga, ni byiza ko wirinda kumubeshya kuko usanga […]
Minisitiri Biruta yagiranye ibiganiro na Abiy Ahmed
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Vincent Biruta, yagiranye ibiganiro na Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia, Dr Abiy Ahmed Ali. Ni ibiganiro byabereye i Addis Ababa aho Biruta yagiriye uruzinduko rw’akazi kuri uyu wa Gatanu. Ni uruzinduko rugamije gushimangira umubano Ethiopia n’u Rwanda bamaze igihe bafitanye. Ni umubano ushinze imizi mu myaka ya 1970, ukaba waragiye wera imbuto […]
Se wa Chameleone ashaka kumuca ku nzoga ku kibi n’ikiza
Mzee Mayanja, se w’umuhanzi Chameleone wa Uganda, yihanangirije umuhungu we kureka kunywa inzoga nyuma y’uko aherutse gushyirwa mu bitaro muri Amerika kubera ikibazo gikomeye cyatewe no kunywa birenze urugero. Mayanja yavuze ko abaganga bo muri Amerika babwiye Chameleone ko agomba kureka kunywa niba ashaka kubaho. Yavuze kandi ko Chameleone yihamagariye cyane urupfu mu bihe byashize […]
Bobi Wine yise Banki y’Isi indyarya biturutse ku kurengera abatinganyi
Robert Kyagulanyi, uzwi nka Bobi Wine, akaba ni umwe mu batavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda, yamaganye Banki y’Isi kuba yarirengagije ihohoterwa ry’uburenganzira bwa muntu ahubwo ikibanda ku batinganyi gusa. Abinyujije kuri tweet yavuze ko Banki y’Isi igomba kumenya ko uburenganzira bwa muntu bwose bungana kandi ko butagomba kwibanda ku bibazo bifitanye isano n’ubw’imibonano mpuzabitsina gusa. […]
Abakoreye Coup d’état Bazoum batanze umuburo w’uko bashobora kumwica
Abasirikare bahiritse ku butegetsi Mohamed Bazoum wahoze ari Perezida wa Niger, babwiye umudipolomate ukomeye wa Amerika ko bashobora kumwica mu gihe Ingabo z’Umuryango w’Ibihugu bya Afurika y’Uburengerazuba (CEDEAO) zaba ziteye kiriya gihugu zigerageza kumubohoza. Aba basirikare babitangarije Ibiro Ntaramakuru Associated Press by’Abanyamerika, nyuma gato y’uko CEDEAO yari imaze gutegeka ko Ingabo zayo zihora ziteguye gutabara […]
Uko wanyaza umugore ahagaze mu gihe mudafite umwanya uhagije
Kunyaza umugore ni kimwe mu bituma arushaho kuruhuka no kugubwa neza mu gihe afite we n’umugabo we bafite umwanya uhagije, gusa n’iyo umwanya ari muto ushobora gukora icyo gikorwa ukurikije bimwe mu bikubiye muri iyi nkuru. Ibyitwa kunyaza mu mibonamo mpuzabitsina biba igihe umugore yishimye cyane cyangwa se atanishimye gusa akumva ko ashaka kuyasohora.Ntabwo bigombera […]
Real Madrid yagize ibyago
Ikipe ya Real Madrid igiye gutakaza igihe kirekire umunyezamu Thibaut Courtois, nyuma yo kugira imvune ikomeye. Uyu munyezamu ukomoka mu gihugu cy’u Bubiligi yavunikiye mu myitozo yo kuri uyu wa Kane, ubwo we na bagenzi be biteguraga umukino w’umunsi wa mbere wa shampiyona ya Espagne bazahuriramo na Athletic Bilbao. Real Madrid ibinyujije ku rubuga rwayo […]
Kurya ibinyomoro bishobora kwirukana amavuta mabi mu mubiri
Ibinyomoro ni zimwe mu mbuto ziribwa n’abatari bacye, aho usanga zikunda gutegurwa nyuma y’amafunguro cyangwa se na mbere y’aho.Ibinyomoro biri mu moko 3; hari ibitukura (ibi nibyo bizwi cyane mu karere duherereyemo), iby’umuhondo ndetse n’ibifite ibara rya zahabu. Bikungahaye kuri Vitamine A na carotenes biboneka cyane mu binyomoro by’umuhondo, naho iby’umutuku bibonekamo anthocyanin kurusha andi […]
Iby’amashuri y’umuhanzi Chameleone bikomeje gutera urujijo
Umuhanzi Joseph Mayanja uzwi cyane ku izina rya Jose Chameleone,bikomeje kuvugwa ko ku kuri uyu wa Kane taliki 10 Kanama 2023, yahawe impamyabumenyi ya Bachelor of Arts mu mibanire mpuzamahanga na diplomasi. Mu myaka myinshi ishize, Chameleone yifuzaga gusubira mu ishuri kugira ngo akomeze amashuri makuru yananiwe kurangiza akiri muto bitewe n’ishyaka ry’umuziki yari afite.Nyuma […]
Niger: Uwahoze ari inyeshyamba yashinze umutwe ugamije gusubiza Bazoum ku butegetsi
Rhissa Ag Boula wahoze akuriye inyeshyamba z’umutwe w’aba-Touareg, yamaze gushinga umutwe witwaje intwaro ugamije gusubiza ku butegetsi Mohamed Bazoum wahoze ari Perezida wa Niger. Ku mugoroba wo ku itariki ya 08 Kanama ni bwo Boula yatangaje ko yashinze uriya mutwe yise Conseil de la résistance pour la République (CRR). Uyu wanabaye Minisitiri w’ubukerarugendo muri Guverinoma […]
Bruce Melodie yavuze imvano y’umwiryane igitaramo cye cyateje mu banyamakuru
Umuhanzi Itahiwacu Bruce uzwi nka Bruce Melodie yagiranye ikiganiro n’itangazamakuru avuga imvano yo gukozanyaho hagati ye n’umunyamakuru uherutse kumugarukaho. Mu minsi ishize nibwo Bruce Melodie yakoreye igitaramo mu gihugu cy’Uburundi ariko nyuma haza gusohoka inkuru ku kinyamakuru kimwe ivuga ko yakuwe ku rubyiniro adasoje igitaramo cye ndetse ngo abuzwa kuririmba zimwe mu ndirimbo ze zakumiriwe […]