RDC: Guverineri Mputu Paul yitandukanyije n’ishyaka rya Kabila ajya muri UDPS

Guverineri w’Intara ya MaĂŻ-Ndombe, Mputu Paul Boleilanga, yitandukanyije n’ishyaka PPRD rya Joseph Kabila, ajya mu ishyaka UDPS rya Perezida Tshisekedi ari naryo riri ku butegetsi. Avuga ko impamvu yamuteye kujya mu ishyaka ry’umukuru w’igihugu ari ugushaka kumushyigikira mu cyerekezo afitiye igihugu. Ati “Njye ku giti cyanjye nakoze urugendo rurerure kugira ngo ninjire mu ishyaka rya […]

Nyarugenge: Umukozi w’Irembo wanyereje asaga miliyoni 400 yarakatiwe imitungo yari yaguze irafatirwa

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge mu mpera z’icyumweru gishize rwasomye urubanza rwaregwagamo umukozi w’irembo witwa Kaganzi Nicholas Ibyaha birimo iyezandonke , kunyereza umutungo, gukora no gukoresha inyandiko mpimbano, kwinjira mu makuru abitse muri mudasobwa, n’icyaha cyo kudasobanura inkomoko y’umutungo. Urukiko rwamuhamije ibyo byaha maze rumukatira igihano cy’igifungo cy’imyaka 10. Ku matariki atandukanye uhereye mu kwezi kwa […]

Bujumbura: Icyorezo cya Covid-19 kiri kubica bigacika, amavuriro yarengewe

Amakuru aturuka mu nzego z’ubuzima mu gihugu cy’u Burundi, by’umwihariko mu mujyi wa Bujumbura, aravuga ko icyorezo cya Covid-19 cyakajije umurego, bitewe n’abacyandura n’abapfa bakomeza kwiyongera ku buryo n’amavuriro abitaho avuga ko yarengewe. Umwe mu bakozi ba bimwe mu bitaro bya leta bikorera mu Mujyi wa Bujumbura utifuje ko amazina ye atangazwa yagize ati “ […]

Maroc: Lancement du Projet de Généralisation de la Protection Sociale

Sa MajestĂ© Le Roi Mohammed VI a prĂ©sidĂ©, le 14 avril 2021 Ă  FĂšs, la cĂ©rĂ©monie de lancement de la mise en Ɠuvre du Projet de GĂ©nĂ©ralisation de la Protection Sociale et de signature des premiĂšres conventions y affĂ©rentes. Dans une premiĂšre phase, ce chantier Royal bĂ©nĂ©ficiera aux agriculteurs, artisans et professionnels de l’artisanat, aux […]

RDC: Umunyamakuru Sonia Rolley wa RFI yitabye Urukiko rwa Gisirikare rwa Kananga

201703africa_drc_catalansharp.jpg

Nk’umuntu ugomba gutanga amakuru mu rubanza ku bwicanyi bwakorewe abakozi babiri b’umuryango w’Abibumbye, Zaida Catalan na Micheal Sharp, muri Werurwe 2017, muri Kasai yo Hagati, umunyamakuru Sonia Rolley wa RFI kuri uyu wa Kane, itariki 15 Mata 2021 agomba gusubiza ibibazo by’urukiko rwa gisirikare muri Kasai y’Uburengerazuba. Sonia Rolley yakoze iperereza ridasanzwe ry’abanyamakuru ku iyicwa […]

U Bwongereza: Umurwayi wa kanseri yarayikize nyuma yo gufatwa na Covid-19

Covid-19 ishobora kuba yaratumye ibibyimba by’umurwayi wa kanseri bizimira, nk’uko abaganga babitangaje, bavuga ko ishobora kuba yarateye ubudahangarwa bwo kurwanya kanseri muri uyu mugabo. Uyu mugabo w’imyaka 61 wari umurwayi mu bitaro bya Royal Cornwall i Truro, yipimishije mu mpeshyi ishize nyuma yo gufatwa na Hogkin Lymphoma, kanseri idasanzwe y’amaraso yibasira abantu 2100 mu Bwongereza […]

Muhanga: Batatu bashinjwa gutwika imodoka y’umuturanyi bafunzwe by’agateganyo

Urukiko rw’Ibanze rwa Gacurabwenge kuri uyu wa Kabiri ushize, itariki 13 Mata 2021, rwasomye icyemezo gifunga by’agateganyo iminsi 30 abantu batatu bakekwaho gutwika imodoka y’umuturanyi wabo bakayitwikira mu rugo iwe. Mu bakekwa harimo abaturanyi be bari bafitanye amakimbirane ndetse n’uwo mu muryango we. Uwatwikiwe imodoka atuye mu Mudugudu wa Musebeya, Akagali ka Muganza, Umurenge wa […]

Ntimuzantegeho kuzicuza na gato – Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Bufaransa muri jenoside

Nubwo raporo ya Duclert ivuga ku ruhare rw’u Bufaransa muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda yagiye hanze, uwahoze ari Minisitiri w’intebe Édouard Balladur ntashaka ko u Bufaransa busaba imbabazi kandi nawe ntateze kuzicuza ibyo igihugu cye cyakoze. Mu kiganiro cyihariye yagiranye na RFI na France 24, uwahoze ari Minisitiri w’intebe w’u Bufaransa Édouard Balladur yemeza […]

L’Allemagne accorde au Rwanda 93 millions de dollars pour des projets de dĂ©veloppement

Le Rwanda bĂ©nĂ©ficiera de 90 milliards de francs rwandais (environ 93 millions de dollars) pour dĂ©ployer plusieurs programmes visant Ă  amĂ©liorer le niveau de dĂ©veloppement des femmes. Le financement est le rĂ©sultat d’un accord signĂ© le 12 avril dernier entre le ministre rwandais des Finances, Uzziel Ndagijimana, et le Dr. Thomas Kurz, l’ambassadeur d’Allemagne au […]

Umunyamakuru Allan Namu ntaribagirwa ibibazo yatewe n’iperereza kuri Kabuga

Umunyamakuru ukora inkuru zicukumbuye, John Allan Namu, wo mu gihugu cya Kenya, ntiribagirwa ko inkuru yigeze gukorera televiziyo ya NTV ku Munyarwanda Felicien Kabuga, yatumye umugore we abura akazi. Mu kiganiro cy’iyi Televiziyo ya NTV kizwi nka ‘Singleton Stories’, Namu yavuze ko umugore we, Sheena Makena, byabaye ngombwa ko afata ikiruhuko cy’amezi atatu nyuma y’aho […]

Leta ya Habyarimana yishe n’abanyamahanga barwanyaga umugambi we wo kurimbura Abatutsi

Gutegura Jenoside byajyanaga no gucecekesha abashoboraga gutuma umugambi wa jenoside utagerwaho. Abenshi barishwe, abandi barafungwa cyane cyane abanyamakuru bavugishaga ukuri nka Kameya AndrĂ© umuyobozi w’ikinyamakuru Rwanda Rushya. Ni muri urwo rwego, umutaliyanikazi witwa Antonia Locatelli n’Umunyakanada Furere Cardinal bishwe. Antonia Locatelli yakomokaga mu Butaliyani, yari Umuyobozi w’Ikigo cyigisha imyuga iciriritse (CERAI) cya Nyamata. Yishwe mu […]

Zambia: Ishyamba si ryeru hagati y’impunzi z’Abarundi n’iz’Abanyarwanda

Umubano hagati y’impunzi z’Abarundi n’iz’Abanyarwanda ziba mu nkambi imwe ya Meheba muri Zambia biravugwa ko utifashe neza na gato. Urwikekwe hagati yazo rushingiye ku moko, aho zishinjanya gutegura umugambi wo kwica no gushimuta abantu mu nkambi. Abategetsi ba Zambia bagerageje kubunga, ntacyo byatanze. Buri ruhande biravugwa ko ruri kujya inyuma y’ubwoko muri aya makimbirane, aho […]

Musanze: Abashinjwaga ivangura, ubwicanyi no gutwika urugo rw’abandi barakatiwe

Urukiko Rwisumbuye rwa Musanze rwasomye urubanza Ubushinjacyaha bwari bukurikiranyemo Munyakazi Evariste, Hitimana Jean de Dieu, Mugiraneza Ildephonse, Munyamahoro Innocent, Nsengiyumva ThĂ©oneste na Uwamariya Visensia ku byaha bakoze bitandukanye birimo Ubwicanyi, ivangura, gutwikira undi inyubako ku bushake no gukomeretsa ku bushake byateye ubumuga buhoraho. Abaregwaga ku itariki 08 Mata 2021 bakatiwe igihano cy’igifungo cya burundu uretse […]

USA irashinja Perezida wa Somalia kugundira ubutegetsi no korohereza iterabwoba

Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Amerika yashinje ikigo cy’igihugu gishinzwe ubutasi n’umutekano muri Somaliya (NISA) ibyaha by’intambara, ihohoterwa ry’uburenganzira bwa muntu, ndetse n’ubufatanye n’imitwe yitwara gisirikare yitwaje intwaro ifatanije n’ishami rya Al-Qaeda muri Somalia, Harakat Shabaab al Mujahideen. Ikigo cy’ubutasi cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika (CIA) n’abasirikare badasanzwe ba Amerika bakorera muri Somalia mu myaka […]

Umubiligi wari nyiri Birdsnest Resort yituye hasi bimuviramo urupfu

Umubiligi, Henry Pablo Ryceart Jiambo, nyiri Birdsnest Resort iherereye ku Kiyaga cya Bunyonyi muri Uganda yapfuye kuri uyu wa Mbere ushize nyuma ya saa sita nyuma yo kunyerera ku ngazi z’iwe mu rugo akikubita hasi bikamuviramo urupfu. Aya makuru yemejwe na Charles Kalyango, Umuyobozi Nshingwabikorwa wa Birdnest Resort, uvuga ko nubwo uyu mugabo wagiye uhura […]

Uganda: Abapolisi badasanzwe (SPCs) bahawe akazi mu matora banze gusubiza impuzankano

Abapolisi badasanzwe (SPCs: Special Police Constables), barenga 2000 binjijwe mu gipolisi kugira ngo batange umutekano mu gihe cy’amatora rusange aherutse kuba muri Uganda, banze gutanga impuzankano bahawe kubera umushahara batishyuwe. Bavuga ko basezerewe mu gipolisi batabonye umushahara wabo wa Werurwe. Muri Mutarama, nibwo Guverinoma ya Uganda yashakishije abapolisi badasanzwe bagera ku 50.000 mu gihugu hose […]

Iby’ingenzi byaranze itegurwa rya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1992 –Igice cya II

Raporo yagaragazaga ko abantu 16.239 bari baravuye mu byabo bahungira ku nyubako zinyuranye za Leta n’iz’amadini i Nyamata, Maranyundo, Ruhuha, Musenyi, Karama, Gitagata, Mayange, Rango, Ntarama, Murago, Kigusa na Kayenzi. Komisiyo yari igizwe na: – François Karera, SuPerefe, ari na we wari uyikuriye; – Dancille Mukarushema, Supererefe kuri Perefegitura ya Kigali; – Djuma Gasana, SuPerefe […]

Umwe mu bapolisi bahohoteye umusirikare wa Amerika wirabura yirukanwe mu kazi

capture-6.jpg

Nk’uko byatangajwe ku mugaragaro, umwe mu bapolisi babiri bo muri Virginia bashinjwa guhohotera umusirikare wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, S/Lieutenant Caron Nazario banamutunze imbunda zabo ndetse akanamutera ibintu mu maso ubwo bari bamuhagaritse ari mu modoka ye, yirukanwe mu kazi. Umupolisi Joe Gutierrez yahagaritswe ku mirimo ye nyuma y’iperereza ryemeje ko atakurikije amabwiriza yashyizweho […]

FARDC iremeza ko ubu igenzura ibice byose bya Masisi byari mu maboko y’inyeshyamba

Igisirikare cya repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, FARDC, kiremeza ko kuri ubu kigenzura ibice byose bya teritwari ya Masisi, muri Kivu y’Amajyaruguru byagenzurwaga n’inyeshyamba. Ibi byemejwe na Major Guillaume Ndjike Kaiko, Umuvugizi w’ibikorwa bya Sokola 1, mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru i Goma kuwa Gatandatu ushize, itariki 10 Mata 2021. Ibi kandi byatangajwe nyuma y’amakuru yari […]

Tariki ya 12 Mata 1994: Uko Jenoside yakorewe Abatutsi yakozwe hirya no hino mu gihugu

Ku munsi nk’uyu w’itariki ya 12 Mata mu 1994, Leta y’abicanyi yari ikomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi hirya no hino mu gihugu. Iyi nyandiko iragaragaza hamwe mu hantu hashoboye kumenyekana hiciwe Abatutsi kuri iyi tariki mu 1994. 1. Frodouald Karamira na MDR-Power bahamagariye Abahezamguni b’Abahutu kwica Abatutsi Tariki ya 12/4/2020, Karemera Frodouald wa […]

Abasilamu bo muri Kenya ntibishimiye umupira Jay-Z aherutse kugaragara yambaye

_117869296_94da0b35-f00b-4364-ab17-0217fab6ea8e_1_.jpg

Umuhanzi w’imideri w’Umunyamerika yasabye imbabazi ku kuba yarakoresheje ifoto y’umusigiti w’amateka uherereye ku kirwa cya Lamu, muri Kenya, kuri T-Shirt umuraperi w’Umunyamerika, Jay-Z, aherutse kugaragara yambaye nk’uko umuyobozi w’uyu musigiti yabitangarije BBC. Abayobozi b’umusigiti wa Riyadha bavuze ko bababajwe nuko iyi T-shirt ishobora kwambarwa “ahantu hatagatifu” nko mu tubari. Umuyobozi w’umusigiti ati: “Twemeye ibaruwa isaba […]

Ubwoko bwa Covid-19 bwo muri Afurika y’Epfo bushobora gufata uwahawe urukingo rwa Pfizer – Ubushakashatsi

Ubwoko bwa Coronavirus bwavumbuwe muri Afurika y’Epfo bushobora gufata uwahawe urukingo rwa Pfizer-BioNTech ku rugero runaka, nk’uko ubushakashatsi bwakozwe muri Israel bwabyerekanye. Ubu bushakashatsi buvuga ko ubwoko bwa coronavirus yo muri Afurika y’Epfo bwashoboye kwinjira mu burinzi butangwa na doze ebyiri z’urukingo rwa Pfizer-BioNTech ku rugero runaka, nubwo bitarasobanuka neza ubushobozi bwo kurinda butakara. Ubushakashatsi […]

Burundi: Abanyemari 2 bavugaga rikijyana kubwa Nkurunziza bari muri gereza kuri dosiye iteye ubwoba

gah.jpg

Abanyemari babiri, Prosper Hakizimana bita Gisiga n’Umunyakenya, Joseph Mboya Nyamuthe, bari inshuti z’akadasohoka z’ishyaka CNDD-FDD ndetse bavugaga rikijyana ku butegetsi bwa Pierre Nkurunziza, kuri ubu barabarizwa muri Gereza Nkuru ya Rumonge nyuma yo gukatirwa kuri uyu wa Kane ushize. Ni abagabo, iperereza ry’impirimbanyi y’uburenganzira bwa muntu, Pacifique Nininahazwe n’umunyamakuru Bob Rugurika, Umuyobozi wa RPA, ryasanze […]

RDC: Mai-Mai na RED-Tabara birashinjwa gutwika ingo nyinshi mu misozi miremire ya Uvira

Ibiturage bya Kahundwe, Murambi, Marungu, Kitembe, Rukuka na Bibangwa biravugwa ko byagabweho ibitero n’inyeshyamba za Mai-Mai zifatanyije n’inyeshyamba z’Abarundi zo mu mutwe wa Red-Tabara, zigatwika ingo nyinshi, aho abaturage babwiye Kivutimes kuri uyu wa gatandatu ushize ko ibyo bitero byatangiye mu ijoro ryo kuwa Gatanu, itariki 09 Mata bigakomeza no kuwa Gatandatu, itariki 10 Mata […]

Kuwa 11 Mata 1994: Abatutsi barishwe i Nyanza ya Kicukiro, Save, Kiziguro, Hanika n’ahandi

Ingabo z’Ababiligi zataye impunzi z’Abatutsi muri ETO Kicukiro, bicirwa i Nyanza ya Kicukiro Mu kigo cy’ishuri ry’imyuga rya Kigali, (ETO) ryari ishuri ry’abapadiri b’abasalizayani. Kuva 1963 Abatutsi babahungiragaho bakabafasha. Hari hazitije umukwege warasiwemo Abatutsi benshi. Byabaye kuva Abatutsi bageze muri icyo kigo tariki ya 8 Mata 1994 kugeza tariki ya 11/04/1994 bajyanwa kwicirwa I Nyanza […]

Iby’ingenzi byaranze itegurwa rya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1992 –Igice cya I

Mbere gato ya Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, ubushakashatsi bwa Komisiyo y’Igihugu yo kurwanya Jenoside (CNLG) bugaragaza ibikorwa bitandukanye byabanje gukorwa hirya no hino mu gihugu byari bigamije kuyitegurira amayira birimo n’ubwicanyi bwibasiye imbaga nko mu Bugesera ahishwe Abatutsi bagera kuri 500 mu ijoro ry’uwa 4 rishyira uwa 5 Werurwe mu 1992. Itangwa ry’intwaro […]

Nyamagabe: Umugabo akurikiranweho gusambanya abana 3 b’imyaka itandatu

Ubushinjacyaha urwego Rwisumbuye rwa Nyamagabe kuri uyu wa Kane ushize, itariki 08 Mata 2021 bwashyikirijwe dosiye y’umugabo ucyekwaho icyaha cyo gusambanya abana batatu b’abakobwa bari mu kigero cy’imyaka itandatu. Ku itariki ya 21 Werurwe 2021 nibwo mu Mudugudu wa Ramba, Akagali ka Ramba, Umurenge wa Mata, Akarere ka Nyaruguru, hagaragaye uyu mugabo ukurikiranyweho icyaha cyo […]

Kenya: Rev. Natasha, ikizungerezi cy’umuvugabutumwa, cyahishuye umugabo cyifuza

96843860_2715275542088079_7344634182849245076_n.jpg

Reverand Lucy Natasha bivugwa ko ari we muvugabutumwa w’ikizungerezi kurusha abandi muri Nairobi, kuri ubu aravuga ko atari we uzabona abonye umugabo bazashyingirana akamufasha gukomeza gukwirakwiza ubutumwa bwiza. Natasha yahishuye amashyushyu afite yo kurongorwa ubwo yari mu kiganiro Episode 2 of Stori Yangu kinyura kuri televiziyo Maisha Magic kuwa Gatandatu. Uyu muvugabutumwa w’imyaka 29 uzwiho […]

Amafoto: Inkongi y’umuriro yibasiye icyanya cy’inganda muri Kampala

madhvani-warehouse-on-fire.jpg

Igipolisi cya Uganda gishinzwe kuzimya inkongi z’umuriro ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu cyahamagajwe mu cyanya cy’inganda giherereye muri Kampala aho inkongi y’umuriro yari yibasiye ububiko butandukanye. Umwotsi mwinshi wagaragaraga mu kirere uturuka mu nganda zimwe mu gihe abashinzwe kuzimya inkongi birukaga bajya gutabara. Nk’uko tubikesha Chimpreports, iyi nkongi bikekwa ko yaba yarahereye mu […]

Kuwa 10 Mata 1994: Bumwe mu bwicanyi bwakorewe Abatutsi hirya no hino mu gihugu

Abafaransa bakomeje gufasha guverinoma y‘abicanyi yayoborwaga na minisitiri w’intebe Jean Kambanda Kuvana abantu mu Rwanda bajyanwa mu Bufaransa byarakomeje, imfubyi 94 bakomoka mu miryango y’abasirikari ba Habyarimana babaga mu kigo cy’imfubyi “Sainte-Agathe” cyari icya Agata Kanziga, umugore w’uwari Perezida wa Repubulika bajyanwe i Paris banyuze i Bangui. Bari baherekejwe n’abantu 34 umwirondoro wabo ntiwigeze utangazwa. […]

SADC igiye kohereza umutwe w’ingabo muri Mozambique

Umuryango w’ubukungu w’ibihugu byo muri Afurika yo hagati (SADC) wemeye kohereza umutwe w’ingabo zishinzwe gutabara byihuse (FIB) gufasha igihugu cya Mozambique guhashya umutwe w’iterabwoba ukorana na Islamic State ukomeje guca ibintu mu majyaruguru y’igihugu. Mu itangazo ryasohowe mu Nama idasanzwe y’uyu muryango kuri uyu wa Kane ushize ninjoro, SADC yagaragaje ko yiteguye gufatanya na Guverinoma […]

Nouvel appel au Royaume-Uni pour poursuivre les suspects de génocide

La Haut-Commissaire pour le Rwanda au Royaume-Uni (Royaume-Uni), Yamina Karitanyi, a appelĂ© le Royaume-Uni Ă  faire enregistrer les cinq suspects de gĂ©nocide qui se dĂ©placent librement dans le pays europĂ©en depuis 13 ans. Elle a dit cela le jeudi 8 avril, lors d’une commĂ©moration virtuelle du gĂ©nocide de 1994 contre les Tutsi qui a fait […]

Abasirikare 10 ba Nigeria bishwe n’abantu bitwaje intwaro

Abantu bitwaje intwaro bishe abasirikare 10 n’umuyobozi muri Leta ya Benue iherereye hagati muri Nigeria. “Ingabo za Nigeria zikorera muri Leta ya Benue zagabweho igitero igihe zari mu kazi gasanzwe,” uyu ni umuvugizi w’igisirikare, Mohammed Yerima mu itangazo ryo kuri uyu wa Gatanu ritasobanuye byinshi ku gihe iki gitero cyabereye. Igisirikare cya Nigeria cyavuze ko […]

Ibiro by’Umuryango w’Abibumbye mu Burundi birafunga imiryango vuba aha

Ibiro by’Umuryango w’Abibumbye mu Burundi bigiye gufunga imiryango yabyo ku itariki ya 31 Gicurasi, nyuma y’amezi atanu ubutegetsi bw’u Burundi busabye ko ibi biro bifungwa nk’uko byatangajwe n’umunyamabanga Mukuru kuri uyu wa Kane. Ibi biro by’Umuryango w’Abibumbye mu Burundi byagiye biba intandaro y’umwuka mubi hagati ya Loni n’abategetsi b’u Burundi bakomeje kugaragaza ko ibi biro […]

Muhanga: Urukiko rwakatiye umugabo wari ukurikiranweho kwica umugore we

Umugabo witwa Nsengimana Ildephonse wari ukurikiranyweho n’Ubushinjacyaha icyaha cy’ubwicanyi yakoreye umugore we , yahamijwe icyaha Urukiko rumukatira igihano cy’igifungo cya burundu. Uyu mugabo utuye mu mu Mudugudu wa Gasiza, Akagali ka Muyunzwe, Umurenge wa Kinihira, Akarere ka Ruhango, yakatiwe ku itariki 6 Mata 2021 n’Urukiko rwisumbuye rwa Muhanga. Ni icyaha Ubushinjacyaha Bukuru dukesha iyi nkuru […]

Yasuzuguwe n’abagabo bakoranye, ubu ni Perezida wa Tanzania – Amateka ya Samia Suluhu

tanzania-2.jpg

Samia Suluhu Hassan wavutse ku itariki 27 Mutarama 1960, ni umunyapolitiki wo muri Tanzania ubaye perezidawa gatandatu wa Tanzania. Ni umuyoboke w’ishyaka CCM (Chama Cha Mapinduzi) riri ku butegetsi kuva igihugu cyabona ubwigenge. Niwe mugore wa gatatu ugeze mu mwanya wo hejuru mu bihugu bigize umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) nyuma ya Sylvie Kinigi mu […]

Umwe mu bahungu ba Lumumba ntakozwa ibyo gusubiza ibisigazwa bya se muri Congo

Mu ibaruwa yandikiwe Umwami w’u Bubiligi urubuga 7sur7.cd rwabashije kubonaho kuri uyu wa Kane, itariki 08 Mata 2021, Guy Patrice Lumumba, umuhungu w’intwari ya Congo, Patrice Emery Lumumba, yitandukanyije n’abifuza ko ibisigazwa by’umurambo wa se bicyurwa bigasubizwa muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo nk’uko byari biteganyijwe ku itariki 30 Kamena. Asobanura impamvu adashyigikiye iki gitekerezo, […]

Uko abavandimwe babiri, Tsarnaev, batitije Leta Zunze Ubumwe za Amerika

boston-explosion-m_2537196k.jpg

Ku itariki ya 15 Mata 2013, nibwo haturitse igisasu hafi yo ku murongo wa nyuma abasiganwa muri marathon bagombaga gusorezaho, icyo gihe imihanda ya Boston yari yuzuye abantu bari bitabiriye irushanwa. Abantu batatu igisasu cyarabaturikanye bahise bapfa bakaba bari mu bari baje kureba isiganwa, abarenga 260 barakomeretse,nyuma yaho Polisi yatangiye guhiga bukware abagize uruhare muri […]

Lettre adressĂ©e, par le HCDH, Ă  l’AlgĂ©rie au sujet de l’assassinat Ă  feu de deux orpailleurs sahraouis Ă©voluant dans les camps de Tindouf

Dans une lettre adressĂ©e, en janvier dernier, au ReprĂ©sentant permanent de l’AlgĂ©rie auprĂšs de l’Office des Nations Unies Ă  GenĂšve, par les rapporteurs spĂ©ciaux du Haut-Commissariat aux Droits de l’Homme, ces derniers, ont dĂ©plorĂ© les exĂ©cutions extrajudiciaires de deux rĂ©fugiĂ©s sahraouis nommĂ©s Moha Ould Hamdi Ould Suelem et Ali Idrissi, par les forces de sĂ©curitĂ© […]

Muyinga: Umusirikare yishe umuyobozi w’ibanze nyuma yo gukubitwa n’umusivili

Umugabo witwa Moussa Ntikazokura, uri mu kigero cy’imyaka 40, wari umuyobozi w’agace ka Kabeza mu murwa mukuru w’Intara ya Muyinga (mu majyaruguru y’uburasirazuba bw’u Burundi, mu ijoro ryo kuwa Kabiri rishyira kuwa Gatatu yishwe n’umusirikare mu ngabo z’u Burundi nawe watawe muri yombi. Nk’uko ubuyobozi bwa Komini Muyinga bubitangaza, ibintu byose byatewe n’imirwano yadutse hagati […]

RDC: Uwahoze akuriye ikigo cy’ubutasi ushakishwa ari guteza utwe rwihishwa

Itangazo rigenewe itangazamakuru rya Fondation Bill Clinton pour la Paix (FBCP) ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Gatatu, itariki 07 Mata 2021, riravuga ko uwahoze ari umuyobozi w’ikigo cy’igihugu gishinzwe ubutasi cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo (ANR), Kalev Mutond, abinyujije ku bunganizi be mu mategeko, arimo kugurisha imitungo ye igizwe n’inzu n’amamodoka I Kinshasa na […]

Ethiopia: Amakimbirane akaze hagati ya leta ya Afar na Somali yaguyemo abagera ku 100

Byibuze abantu 100 biciwe mu makimbirane hagati ya leta ebyiri zigize Ethiopia nk’uko byatangajwe n’abayobozi b’ibanze muri iki gice. Iyi mirwano yadutse kuwa Gatanu, yakomereje kuri uyu wa Kabiri ushize hagati ya Leta za Afar na Somali nk’uko byemejwe na Ahmed Humed, Komiseri wungirije wa Polisi yo muri Afar. Ali Bedel, Umuvugizi wa Leta ya […]

Burundi: Umugabo n’umugore we bishwe nabi kubera gukekwaho amarozi

Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi aravuga ko umugabo n’umugore we bishwe mu ijoro ryo kuwa Kabiri rishyira kuri uyu wa Gatatu muri Zone ya Rubona, Komini Mugina, mu Ntara ya Cibitoke. Aba biravugwa ko bishwe kubera gukekwaho amarozi mu gihe ababishe bahise babura bataramenyekana. Iyi nkuru dukesha SOS Medias Burundi ivuga ko aba bantu […]

France: Minisitiri LeDrian na Meya wa Paris bunamiye abazize Jenoside yakorewe Abatutsi – Amafoto

eyw7evkxeaajsym.jpg

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, itariki 07 Mata 2021 mu gihe u Rwanda n’Isi byibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 27, mu gihugu cy’u Bufaransa, Ambasaderi François Ngarambe, aherekejwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bufaransa, Jean Yves LeDrian n’Umuyobozi w’Umujyi wa Paris, Anne Hidalgo, bashyize indabo ku rwibutso rw’inzirakarengane zazize Jenoside yakorewe […]

Neutralisation, en France, d’un projet terroriste imminent grñce à des informations fournies par les Services marocains

La Direction GĂ©nĂ©rale de la Surveillance du Territoire (DGST) a transmis, le 1er avril 2021, aux services de renseignements français extĂ©rieurs et intĂ©rieurs (DGSE-DGSI), des informations prĂ©cises concernant une citoyenne française d’origine marocaine, qui prĂ©parait une opĂ©ration terroriste imminente visant un lieu de culte en France (Ă©glise). Sur la base de ces renseignements, les autoritĂ©s […]

Uganda: Umugabo yishe umugore we akoresheje icumu mbere yo kwiyahura

Igipolisi cya Uganda ahitwa Kajjansi kiri mu iperereza ku rupfu rw’umugabo wishe umugore we amuteye icumu yarangiza nawe akiyahura. Uyu mugabo ushinjwa ubwicanyi no kwiyahura ni uwitwa Bbaale, wateye icumu umugore we, Harriet Nalusiba, bose batuye mu Karere ka Wakiso nk’uko iyi nkuru dukesha Commandonepost ikomeza ivuga. Umuvugizi w’Igipolisi muri Kampala, Luke Owoyesigire yatangaje ko […]

Congo-Brazza: Urukiko rwashimangiye intsinzi ya Perezida Sassou Nguesso uyoboye imyaka 36

Kuri uyu wa Kabiri, itariki 06 Mata, Urukiko rushinzwe kurinda Itegeko Nshinga rya Repubulika ya Congo rwemeje ko Perezida Denis Sassou Nguesso yongeye gutorwa nyuma y’ibyavuye mu matora by’agateganyo byamuhaye intsinzi mu byumweru bibiri bishize. Urukiko ruvuga ko Sassou NGuesso yatsinze n’amajwi 88.4 mu gihe uwo bari bahanganye nyakwigendera Guy Brice Parfait Kolelas, yagize 7.96% […]

Ibikorwa byaranze itangiriro rya Jenoside yakorewe Abatutsi ku itariki 07 Mata 1994

Jenoside yakorewe Abatutsi yarateguwe, bikaba bigaragarira mu bikorwa by’ubwicanyi, amagambo y’urwango byayibanjirije, ariko by’umwihariko umugambi wa Jenoside ugaragarira mu buryo ubwicanyi bwatangiriye rimwe mu turere tunyuranye tw’u Rwanda, ubwicanyi busa, bwibasira abatutsi, abana, abakuze, abagore, abarwayi mu bitaro, mu nsengero na za Kiliziya, n’ahandi,… Abateguye Jenoside bamaze guhanura indege ya Habyarimana, Colonel Theoneste Bagosora n’abandi […]

RDC: Abasirikare babiri ba FARDC baguye mu mirwano yabahuje na Raia Mutomboki

Imirwano hagati ya FARDC n’inyeshyamba za Raia Mutomboki kuwa Gatandatu no ku Cyumweru, itariki 04 Mata yaguyemo abasirikare 2 ba leta n’inyeshyamba mu giturage cya Nyatesa muri Gurupoma ya Kalonge, ho muri Teritwari ya Kalehe. FARDC niyo itangaza ko inyeshyamba 4 za Raia Mutomboki ari zo zishwe ku rugamba hagapfa abasirikare babiri bayo. Shasha Rubenga […]