Kigali: Bamaze imyaka 29 baburana imitungo yabo yabohojwe nyuma ya jenoside

vlcsnap-2023-04-23-15h50m41s646.jpg

Mukansabimana Emerita, utuye mu Karere ka Muhanga, mu Murenge wa Kabacuzi, Akagari ka Shori Umudugudu wa Jandari, n’umuryango we baratabaza inzego bireba ku kibazo cy’imitungo y’umuryango wabo, iri mu Kamenge mu Murenge wa Kimisagara, Akarere ka Nyarugenge, ho mu Mujyi wa Kigali, avuga ko yigaruriwe n’umuntu udashaka kuyirekura wayigaruriye kuva jenoside yarangira bakaba basaba ko […]

Mu kwezi gutaha hazaba Inama hagati ya HCR-RDC n’u Rwanda ku kibazo cy’impunzi

Ibiro by’ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Mpunzi (UNHCR) ryatangaje ku wa Gatanu, itariki ya 21 Mata, ko hazaba inama y’impande eshatu, mu gihe cya vuba, hagati ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, u Rwanda na HCR ku kibazo cy’impunzi z’Abanyarwanda n’iz’Abanyekongo ziri ku ruhande rumwe cyangwa urundi hakurya y’umupaka uhuza ibi bihugu byombi . UNHCR […]

Ihuriro ry’Abakirisitu Gaturika ntirikozwa kongerera igihe manda y’Ingabo za EAC muri R.D. Congo

Komite Mpuzabikorwa y’Abalayiki (CLC) muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo yarwanyije icyifuzo cyo kongerera manda ingabo za EAC muri Kivu y’Amajyaruguru. Iri huriro ry’abakirisitu gatolika ryagaragaje ko ryamaganye binyuze mu nzego bifatanije, rimenyesha Guverineri w’intara rikoresheje ibaruwa . CLC yibukije mu ibaruwa yayo ko manda y’ingabo z’akarere ka EAC yarangiye ku ya 31 Werurwe. Ikibazo […]

Mali: Ikibuga cy’indege n’inkambi ya gisirikare ibamo Abarusiya byagabweho igitero

Igitero cyagabwe ku kibuga cy’indege no ku nkambi ya gisirikare muri Mali rwagati kuri uyu wa Gatandatu cyahitanye abasivili icumi, nk’uko guverinoma, yemeza ko yishe abaterabwoba benshi, ibivuga. Kuri uwo munsi, abasirikare batatu bapfuye ubwo kajugujugu yabo yagwaga mu gace gatuwe mu murwa mukuru Bamako . Guverinoma yavuze ko abasivili icumi bishwe abandi 61 bagakomereka […]

U Burusiya bwahambirije abadipolomate basaga 20 b’u Budage

Kuri uyu wa Gatandatu, u Burusiya bwatangaje ko bwirukanye abadipolomate barenga 20 b’u Budage mu byo bwavuze ko ari intambwe y’icyubahiro nyuma yo kuvuga ko u Budage bwirukanye abadipolomate benshi b’u Burusiya . Umuvugizi wa Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Burusiya, Maria Zakharova yanditse ku rubuga rwe rwa Telegramu ko Moscou yagereye Berlin mu kebo yayigereyemo […]

Sudani: Amerika yacyuye abakozi bayo bose bakoreraga Ambasade i Khartoum

Kuri uyu wa Gatandatu, Perezida Joe Biden yavuze ko ingabo za Amerika zavanye abakozi ba Guverinoma ya Amerika muri Khartoum, akomeza avuga ko Washington yahagaritse ibikorwa kuri ambasade yayo mu gihe imirwano hagati y’abajenerali bahanganye ikomeje kubica muri Sudani . Mu magambo ye, Biden yagize ati: “ubu bigizi bwa nabi buteye ubwoba muri Sudani bumaze […]

Burundi: Uko byagenze mbere y’itabwa muri yombi rya Gen. Bunyoni n’aho yari yihishe

Nyuma y’amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi guhera kuri uyu wa Gatanu nyuma ya saa sita avuga ko Alain Guillaume Bunyoni wahoze ari minisitiri w’Intebe, yamaze gutabwa muri yombi afatiwe muri Bujumbura y’Icyaro nyuma y’aho byahwihwiswaga ko yahungiye muri Tanzania, amakuru agera kuri Bwiza dukesha urubuga Le Mandat aratubwira uko byagenze mbere y’ifatwa rye n’aho […]

Sukhoi y’u Burusiya yarashe igisasu ku mujyi wabo kubw’impanuka

Indege y’intambara y’u Burusiya yo mu bwoko bwa Sukhoi-34 yateye igisasu ku bw’impanuka mu mujyi wa Belgorod wo mu Burusiya, ku birometero 40 uvuye ku mupaka na Ukraine . Igisasu cyasize icyobo cya metero 20 (60ft) gitera iturika rihambaye cyane ryaturikije imodoka ikazamuka ikagwa hejuru y’inyubako y’ubucuruzi. Guverineri w’akarere, Vyacheslav Gladkov, yatangaje ko abayobozi bategetse […]

Bwa mbere mu Rwanda inzobere z’abaganga zabaze neza abarwayi bafite cancer zo mu nda

Ku nshuro ya mbere mu Rwanda, itsinda ry’inzobere mu buvuzi riyobowe na Porofeseri Jean Marc RĂŠgimbeau ukomoka mu Bufaransa ryabaze neza Hepatoma-pancreatic-biliary ku barwayi batatu bari bafite ibibazo bya cancer z’agasabo k’indurwe, umwijima n’amara kuva ku itariki ya 18 Mata 2023 mu Bitaro bya Gisirikare by’u Rwanda i Kigali. Abarwayi bo mu Rwanda bungukiye muri […]

USA yaburiye ingabo za EAC zoherejwe muri RDC yongera gusaba kwitandukanya na FDLR

Guverinoma ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yihanangirije Uganda n’izindi ngabo zo mu karere zirimo iza Sudani y’Epfo, u Burundi na Angola isaba kwirinda kongera umwuka mubi mu gihe umutekano usanzwe warangiritse mu ntambara ibera muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) . Umuburo uje mu gihe ibintu muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo bikomeje […]

Sudani: RSF yatanze gahenge k’amasaha 72 ngo Abayisilamu bizihize Eid al-Fitr mu ituze

Umutwe witwara gisirikare wa Rapid Support Forces (RSF) uhangaanye ‘igisirikare cy Sudani watangaje ko wemeye gutanga agahenge k’amasaha 72 guhera saa kumi n’ebyiri za mu gitondo kuri uyu wa Gatanu, uvuga ko bihuriranye n’umunsi mukuru w’Abayisilamu wa Eid al-Fitr usoza ukwezi kw’igisibo cya Ramadhan ngo Abyisiaamu bo muri iki gihugu bawizihize nta nkomyi . RSF […]

Ukuboko kw’amahanga n’inyungu zayo mu bikomeje kubera muri Sudani

Abasesenguzi baravuga ko Sudani yahindutse ikibuga cy’urugamba rw’abajenerali babiri bahanganye, ariko bashyigikiwe n’urusoobe rugoye rw’ubufatanye mpuzamahanga rufitanye amakimbirane ashingiye ku nyungu zishobora kugira ingaruka ku hazaza h’igihugu . Za missile, ibitero by’indege n’amasasu bikomeje kumvikana i Khartoum kuva ku wa Gatandatu ubwo umuyobozi w’ingabo, Abdel Fattah al-Burhan yatangiraga imirwano hagati ye n’uwahoze ari umwungirije, Mohamed […]

U Rwanda rwaba rwanze kwitabira inama z’i Goma kubera kutizera umutekano

Nk’uko amakuru atandukanye abitangaza, inama zagombaga kubera i Goma muri iki cyumweru zo gusuzuma ibikorwa by’ingabo z’umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) zoherejwe mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo zimuriwe ikindi gihe kitaratangazwa. Inama ya mbere ireba abagaba bakuru b’ingabo, iya kabiri ireba abaminisitiri b’ingabo . Abategetsi ba Congo ngo bari bamaze kwitegura, aho […]

Huye: Ubushinjacyaha bukurikiranye uwishe umuntu bapfuye 200 Frw

Ubushinjacyaha ku rwego Rwisumbuye rwa Huye bukurikiranye umuhungu w’imyaka 20 ukekwaho kuba yarishe umugabo w’imyaka 35 amuteye icyuma mu gatuza bapfuye amafaranga 200 y’amasambusa yacuruzaga nyakwigendera yari yariye ntamwishyure . Ni icyaha Ubushinjacyaha Bukuru dukesha iyi nkuru, buvuga ko cyakozwe ku itariki ya 02 Mata 2023 mu gihe cya kumi n’imwe z’umugoroba kibera mu Mudugudu […]

Yemen: Umuvundo ahatangirwaga imfashanyo yo gusoza ukwezi kwa Ramadhan waguyemo 78

Byibuze abantu 78 baguye mu mubyigano wabereye ku ishuri ryo mu murwa mukuru wa Yemeni, Sanaa, aho bari bateraniye bagiye gufata imfashanyo y’ibyo bazifashisha mu munsi mukuru wo gusoza igisibo cya Ramadhan kk’uko abayobozi b’Aba-Houthi n’ibitangazamakuru byaho byabitangaje . Uyu mubyigano wadutse mu masaha akuze kuri uyu wa Gatatu ushize ubwo abantu babarirwa mu magana […]

Aho umupaka wa Gatuna ufunguriwe ubucuruzi n’u Rwanda bugeze kuri miliyoni 20$ ku kwezi — Gen. Muhoozi

Ku mugoroba wo ku wa Gatatu umuhungu wa Perezida Museveni, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko ubucuruzi hagati ya Uganda n’u Rwanda bwazamutse bugera kuri miliyoni 20 z’amadolari ku kwezi, akurikije imibare yatanzwe na Banki ya Uganda . Gen. Kainerugaba, akaba n’umujyanama mukuru wa perezida ushinzwe ibikorwa bidasanzwe, yagize ati: “Uyu munsi nasuzumanye na Banki ya […]

Musanze: Ubushinjacyaha bwakiriye dosiye y’umwarimu ushinjwa gusambanya umwana

Umusore w’umwarimu ukomoka mu Karere ka Burera akurikiranweho gusambanya umwana w’umukobwa utarageza imyaka y’ubukure . Ni icyaha Ubushinjacyaha Bukuru dukesha iyi nkuru buvuga ko cyakozwe ku italiki 09 Mata 2023 mu gikorerwa mu Mudugudu wa Nyiraruhuha, Akagari ka Nyamugari, Umurenge wa Nemba, Akarere ka Burera aho uwo musore atuye. Uyu mwarimu usanzwe yigisha ku kigo […]

Ukraine iremeza ko yamaze kubona ubwirinzi bukataje bw’ibitero byo mu kirere bwa Patriot

wxjds4wzevn4dhf3pb7bbliof4.jpg

Minisitiri w’ingabo muri Ukraine yavuze kuri uyu wa Gatatu ko ubwirinzi bwo mu kirere buteye imbere bwa Patriot bwageze muri iki gihugu . Abayobozi ba Ukraine bamaze igihe kinini binginga abafatanyabikorwa babo ngo babahe intwaro zifite ikoranabuhanga riteye imbere zishobora kurasa misile z’abanzi kandi ingabo za Ukraine zimaze amezi menshi zitoreza muri Amerika no mu […]

Abantu 800 bamaze gutabwa muri yombi bakekwaho ibikorwa by’ubujura – Polisi

Polisi y’u Rwanda (RNP) yakajije umurego mu kurwanya ubujura kandi ita muri yombi abasore babarirwa mu magana bakekwaho kugira uruhare muri ibyo bikorwa by’ubugizi bwa nabi . Assistant Commissoner of Police (ACP) Desire Gumira, Umuyobozi wa Polisi mu gice cyo mu gihugu hagati, kuri uyu wa Mbere ushize yemeje ko hafashwe urubyiruko rufite hagati y’imyaka […]

Burundi: Minisitiri w’umutekano yemeje ko Gen. Bunyoni arimo gushakishwa

sf.jpg

Minisitiri w’umutekano n’ibibazo by’imbere mu gihugu w’u Burundi, Martin Niteretse, yemeje ko uwahoze ari minisitiri w’intebe, Alain Guillaume Bunyoni, yaburiwe irengero yongeraho ko arimo gushakishwa . Ibi minisitiri Niteretse yabitangaje kuri uyu wa Gatatu mu kiganiro n’itangazamakuru nyuma y’umunsi umwe havuzwe ko Gen. Guillaume Bunyoni, wirukanwe ku mwanya wa minisitiri w’Intebe muri Nzeri umwaka ushize […]

Inama y’abaminisitiri b’ingabo bo muri EAC yagombaga kubera i Goma yasubitswe

capture-36.jpg

Inama y’abaminisitiri b’ingabo bo mu bihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) yagombaga guteranira i Goma kuri uyu wa Gatatu yasubitswe . Iyi nama yagombga kubera mu Mujyi wa Goma, Umurwa mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yimuriwe ku kindi gihe kitatangajwe. Icyakora inama y’abagaba bakuru b’ingabo bo […]

Uganda: Undi muminisitiri yagejejwe mu rukiko azira amabati y’abatishoboye bo muri Karamoja

Umunyamabanga wa Leta ushinzwe ibikorwa bya Karamoja, Agnes Nandutu yageze mu rukiko rushinzwe kurwanya ruswa muri Kololo, mu Mujyi wa Kampala nyuma y’ifatwa rye kuri uyu wa Kabiri ushize kubera kunyereza amabati yari agenewe abaturage batishoboye bo mu Karere ka Karamoja . Ari ku rutonde rurerure rw’abaminisitiri n’abadepite barimo gukorwaho iperereza ku kibazo cy’amabati cyatumye […]

Nyamagabe: Umugore arashinjwa kuvumbika ibiganza by’umwana we mu iziko

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Nyamagabe bukurikiranye umugore watswitse ibiganza by’umwana we w’imyaka itandatu y’amavuko, abivumbitse mu muriro . Ibi byabaye ku itariki ya 02 Mata 2023 saa munani z’amanywa, ubwo uregwa yitwikiye umwana we w’imyaka itandatu, ibiganza byombi abivumbitse mu muriro nk’uko iyi nkuru dukesha Ubushinjacyaha Bukuru ivuga . Uregwa avuga ko yasanze umwana […]

RDC: Perezida wa Sena aravuga ko umugambi wo gucamo ibice igihugu utakiri ibanga

Perezida wa Sena ya Congo, Modeste Bahati Lukwebo, mu nama rusange yo kuri uyu wa Mbere ushize, itariki ya 17 Mata 2023, i Kinshasa, yahamagariye abanyapolitiki bo muri iki gihugu kwishyira hamwe mu guhangana n’ikibazo cyo gucamo ibice igihugu kiremereye Repubulika ya Demokarasi ya Congo . Mu ijambo rye, umuyobozi w’inteko ishinga amategeko umutwe wa […]

Umunyamakuru w’Umunyamerika ushinjwa ubutasi mu Burusiya yagejejwe mu rukiko

Umunyamakuru w’Umunyamerika, Evan Gershkovich yitabye urukiko i Moscou agiye kujuririra ifungwa rye . Yafatiwe mu Mujyi wa Yekaterinburg ubwo yakoreraga ikinyamakuru Wall Street Journal (WSJ) ashinjwa icyaha cyo kuba intasi. Gershkovich yagaragaye mu rukiko mu kazu k’ibirahure, yambaye ishati y’ubururu n’umweru. Yagaragaye amwenyura, ariko ntacyo yabwiye abanyamakuru bari bahari nk’uko iyi nkuru dukesha BBC ivuga. […]

Gatuna: Nubwo umupaka wafunguwe Abanyarwanda ntibaremererwa guhahira muri Uganda nk’uko byahoze

Abacuruzi b’Abagande bakorera ku mupaka wa Katuna mu Karere ka Kabale basabye umuhungu wa Museveni, Gen Muhoozi Kainerugaba kurushaho gukora ubuvugizi bwo kubyutsa ubucuruzi bwambukiranya imipaka . Ibi biravugwa mu gihe igice cy’abayobozi baturutse muri Kigezi, kiyobowe n’umuyobozi w’akarere ka Kabale, Nelson Nshangabasheija, barimo gutegura ibirori byo kwishimira kongera gufungura umupaka wa Katuna. Ibirori biteganijwe […]

Sudani: Ambasaderi wa E.U i Khartoum yagabweho igitero mu rugo rwe

Kuri uyu wa Mbere ushize, Ambasaderi w’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi muri Sudani yagabweho igitero iwe mu rugo i Khartoum, nk’uko byatangajwe n’umudipolomate mukuru w’uyu muryango, Josep Borrell, mu gihe imirwano hagati y’abajenerali bahanganye ikomeje kubica mu gihugu . Borrell yanditse ku rubuga rwa Twitter ati: “Mu masaha make ashize, Ambasaderi w’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi muri […]

Abadepite bahangayikishijwe n’ikibazo cy’umushaharafatizo gikomeje kuba agatereranzamba

Hafi imyaka itanu ishize, Inteko ishinga amategeko yashyizeho itegeko rigenga umurimo mu Rwanda. Iri tegeko ry’ingenzi ryahariye amakuru arambuye ku mushahara ntarengwa Minisitiri ushinzwe umurimo kugira ngo iwugene ariko nturashyirwa ahagaragara . Ingaruka z’ibi bintu ziragera kure; uhereye ku mibereho y’abakozi kuko bamwe babona umushahara muto utajyanye n’igiciro cy’imibereho kuri ubu, kugeza ku mpaka zo […]

FARDC yemeje ko liyetona wa yo yatorotse akajya kwiyunga kuri Makanika

Umusirikare mukuru wa FARDC w’ipeti rya liyetona yatorotse igisirikare cya leta mu cyumweru gishize maze yinjira mu nyeshyamba ziyobowe na Colonel Michel Rukundo uzwi nka Makanika mu misozi ya Fizi-Itombwe (Kivu y’Amajyepfo). Umusirikare utavuga rumwe n’ubutegetsi yari mu mutwe wihariye ufite icyicaro i Minembwe, muri Teritwari ya Fizi . “Lieutenant Mudende Mukwiza Olivier, umuyobozi wa […]

Uwahoze ayobora MONUSCO yanenze imyitwarire yayo muri iki gihe

Martin Kobler, ubu uri mu kiruhuko cy’izabukuru, yahoze ari umuyobozi wa MONUSCO kuva mu 2013 kugeza mu 2015. Ku buyobozi bwe, ingabo z’Umuryango w’Abibumbye zatsinze inyeshyamba za M23 mu 2013, ku bufatanye n’ingabo za Congo . Mu Gushyingo 2012, inyeshyamba za M23 zamaze iminsi zarigaruriye Umujyi wa Goma mbere yo kuwusohokamo. Ariko mu ntambara ikomeje […]

Lopez Portillo wahoze ari Perezida wa Mexique yari n’umukozi wa CIA

Uwahoze ari Perezida wa Mexique, Jose Lopez Portillo, wayoboye iki gihugu kuva mu 1976 kugeza mu 1982, ngo yari umukozi w’ikigo cy’ubutasi cya Amerika (CIA), nk’uko bigaragara mu cyiciro gishya cy’inyandiko z’ibanga zashyizwe ahagaragara n’Ububiko bw’igihugu cya Amerika . Muri izo mpapuro, zerekeye iperereza rya CIA ku iyicwa rya Perezida John F. Kennedy mu 1963, […]

USA: Abantu 4 bishwe barasiwe mu isabukuru y’amavuko

Nibura abantu bane bapfuye barasiwe mu birori byo kwizihiza isabukuru y’imyaka 16 muri Leta ya Alabama yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika . Abantu 28 kandi bakomeretse, bamwe muri bo bikomeye cyane, nyuma yo kurasirwa kuri studio izwi nka Mahogany Masterpiece Dance Studio mu mujyi wa Dadeville kuwa Gatandatu. Umunyeshuri mu ishuri ryisumbuye witwa […]

Kenya: Raila Odinga yashinje Visi Perezida Gachagua gushaka kumwica

Umuyobozi w’ihuriro ry’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Kenya, Azimio, ari we Raila Odinga, ubu aravuga ko azajyana Visi Perezida, Rigathi Gachagua mu Rukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) kubera gushaka kumwica . Kuri iki Cyumweru, ubwo yari muri mitingi ya Azimio yaberaga ku kibuga cya Kamkunji, Raila yavuze ko Gachagua yohereje abapolisi avuga ko barashe amasasu cumi na […]

Sudani: Abagera kuri 56 bamaze kugwa mu mirwano mu gihe abasaga 500 bakomeretse

Kuri iki Cyumweru, komite nkuru y’abaganga bo muri Sudani yatangaje ko umubare w’abapfuye mu mirwano ikomeje kuba hagati y’ingabo za Sudani n’umutwe witwara gisirikare usanzwe wegamiye kuri leta (RSF) ugeze kuri 56 mu gihe abakomeretse ari 595 . Iyi komite yahamagariye ingabo za RSF n’ingabo za Sudani gufungura umuhora w’ubutabazi kugira ngo abantu bakomeretse cyane […]

U Burusiya bufite uburenganzira bwo kuba aho bushatse kimwe n’ikindi gihugu cyose – Kagame

“U Burusiya bufite uburenganzira bwo kuba aho bushatse hose mu gihe bikurikije amategeko,” ibi ni ibyatangajwe na Perezida Paul Kagame mu kiganiro n’abanyamakuru yatangiye kuri uyu wa Gatandatu ushize muri Benin ari kumwe na mugenzi we, Patrice Talon, ubwo yabazwaga uko abona kuba muri Afurika kw’u Burusiya, ibikomeje guteza umwiryane hagati yabwo n’ibindi bihugu by’ibihangange. […]

Uganda: Ku mashilingi miliyoni 1,3 umuntu ashobora gutunga imbunda

Ku mashilingi yaUganda ari munsi ya miliyoni 1,3 umuntu ashobora gutunganya ku mugaragaro impapuro zisabwa kugirango abone imbunda yo kwirinda ku giti cye nk’uko amakuru aturuka mu gipolisi cya Uganda (UPF) abyerekana . Nk’uko amakuru avuga, abantu bagomba kuzuza urupapuro rwabugenewe kugirango babone cyangwa bagure imbunda. Ifishi, izwi kandi nka “Police Form 98”, igura amashiingi […]

Zimbabwe yiyemeje kugeza abagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu butabera

Umwe mu bayobozi bakuru muri leta ya Zimbabwe yerekanye ko Harare yiyemeje gufatanya mu gushyikiriza ubutabera abakoze jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 mu Rwanda, avuga ko hadashobora kubaho ubutabera n’amahoro arambye batabanje kubazwa ibyo bakoze . Ibi Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubucuruzi mpuzamahanga wa Zimbabwe, Prof. Amon Murwira, yabivuze kuwa Gaatanu mu rwego rwo kwibuka ku […]

Bemba yagaragarije abaminisitiri ingamba zo guhangana n’u Rwanda

Ubu Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo ngo ifite ingamba zifatika zo guhangana n’icyo yita ubushotoranyi bw’u Rwanda mu burasirazuba bw’igihugu, bwihishe inyuma y’umutwe wa M23 no kugarura umutekano n’ububasha bwa Leta byangijwe n’abanzi ku rwego rw’igihugu . Izi ngamba zashyizwe ahagaragara ku wa Gatanu mu Nama y’Abaminisitiri na Minisitiri w’Intebe wungirije akaba na […]

Rutshuru: Muri Tongo haravugwa imirwano ikomeye hagati ya M23 n’imitwe ifatanyije na FARDC

se.jpg

Mu giturage cya Mulimbi, muri Gurupoma ya Tongo, ho muri Teritwari ya Rutshuru haravugwa imirwano ikomeye hagati y’inyeshyamba za M23 n’imitwe y’inyeshyamba ifatanya n’igisirikare cya FARDC yiswe “Wazalendo” . Ni imirwano amakuru aturuka muri icyo gice avuga ko atangiye mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, itariki 14 Mata 2023, nyuma y’aho Guverinoma ya Congo […]

Umunyamategeko Murangwa arashinja RIB gukora isaka rinyuranyije n’amategeko

Umunyamategeko wo mu Mujyi wa Kigali, Edward Murangwa, yasabye Urukiko rw’Ikirenga gusuzuma ishingiro ry’itegeko nshinga ku bubasha bw’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) bwo gukora isaka mu rwego rw’iperereza mu ngo z’abantu no mu bindi bibanza nta cyemezo cy’urukiko . Ingingo ya 10 y’itegeko rishyiraho RIB iha abashinzwe iperereza ububasha bwo gusaka umuntu cyangwa inzu nta cyemezo […]

USA: Ukekwaho kumena amabanga ya Pentagon yatawe muri yombi

Kuri uyu wa Gatanu, umusore w’imyaka 21 wo mu gisirikare cyo mu kirere cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika aritaba urukiko akurikiranweho kumena amabanga ya gisirikare yo mu rwego rwo hejuru avuga ku ntambara yo muri Ukraine ndetse n’ibindi bibazo by’umutekano w’igihugu . Ku wa kane, Jack Teixeira yatawe muri yombi na FBI asanzwe mu […]

Umunyamabanga Mukuru Wungirije wa Loni yavuze ko Perezida Ruto ari umugome kandi atamwizera – Amabanga ya Pentagon

Indi nyandiko yo hagati muri Gashyantare mu mabanga ya Pentagon yashyizwe ku karubanda isobanura ikiganiro cyeruye hagati ya Guterres n’Umunyanijeriyakazi umwungirije, Amina Mohammed, wumvikana atavuga neza Perezida William Ruto . Muri iyo nyandiko, Umunyamabanga Mukuru wa Loni, Guterres bivugwa ko yumvirijwe n’ubutasi bwa Amerika, hagaragaramo ukuntu aganira na Amina J. Mohammed atishimiye nubwo ntacyo yari […]

Norvege yahambirije Abakozi 15 ba Ambasade y’u Burusiya ishinja kuba intasi

Kuri uyu wa Kane, itariki 13 Mata ighugu cya Norvege cyatangaje ko kirukanye ku butaka bwacyo abakozi 15 ba Ambasade y’u Burusiya muri Oslo, kivuga ko bari intasi . “Aba bakozi 15 b’ubutasi batangajwe ko badakenewe kubera ko bakora ibikorwa bitajyanye na statut yabo y’abadipolomate,” ibi ni ibyatangajwe na minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Norvege, Anniken […]

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zumvirije Umunyamabanga Mukuru wa Loni – Amabanga

Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziravuga ko Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye yiteguye cyane guharanira inyungu z’u Burusiya, nk’uko bigaragara mu makuru mashya ari mu nyandiko z’ibanga ziherutse gushyirwa ku karubanda agaragaza ko Amerika yanekaga Guterres . Ayo makuru akomeje gushyirwa ahagaragara buhoro buhoro yerekana ko Washington yakurikiraniraga hafi Antonio Guterres. Inyandiko nyinshi zikomoza ku biganiro […]

Uganda: Urukiko rwanze kurekura by’agateganyo bwa kabiri minisitiri ushinjwa kunyereza amabati

Kuri uyu wa Gatatu, urukiko rwo muri Uganda rushinzwe kurwanya ruswa rwanze kurekura by’agateganyo ku ngwate ku nshuro ya kabiri minisitiri ukurikiranyweho icyaha cyo gutakaza umutungo wa leta, ruswa n’umugambi wo kuriganya guverinoma . Umucamanza mukuru Joan Aciro yahakanye icyifuzo cyo kurekurwa by’agateganyo nyuma y’uko Minisitiri Mary Goretti Kitutu w’imyaka 60, yamaze icyumweru cya pasika […]

Tariki 13 Mata 1994: Abatutsi basaga 35,000 biciwe muri Kiliziya ya Nyarubuye

Tariki ya 13 Mata 1994 ni imwe mu matariki atazibagirana kubarokotse Jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994 kuko kuri iyo tariki abatutsi bari baragiye bahungira ahantu hatandukanye mu Rwanda bagabweho ibitero benshi bakwicwa . Impunzi z’abatutsi zisaga 35,000 zaturutse muri za komini Rukira, Rusumo, Birenga, Kigarama na Rukara no ku musozi wa Nyarubuye, ziciwe mu […]

Uganda: Urukiko rwa gisirikare rwakatiye Abanyakenya 32 imyaka 20 y’igifungo

Urukiko rwa Gisirikare rwa Diviziyo ya 3 ruherereye mu Karere ka Moroto mu majyaruguru ya Uganda rwakatiye Abanyakenya 32 bo igifungo cy’imyaka 20 muri gereza ya leta ya Moroto kubera gutunga imbunda n’amasasu mu buryo butemewe . Abanyakenya 32 bose batuye mu Ntara ya Orum mu Karere ka Lodwar, mu Ntara ya Turkana bahamwe n’icyaha […]

Tariki12 Mata 1994: I Mukarange Padiri Gatare wari Umututsi na mugenzi we w’Umuhutu washatse kwitambika baricanwe

Ku munsi nk’uyu w’itariki ya 12 Mata mu 1994, Leta y’abicanyi yari ikomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi hirya no hino mu gihugu. Iyi nyandiko iragaragaza hamwe mu hantu hashoboye kumenyekana hiciwe Abatutsi kuri iyi tariki mu 1994 . Frodouald Karamira na MDR-Power bahamagariye Abahezanguni b’Abahutu kwica Abatutsi Tariki ya 12/4/1994, Karemera Frodouald wa […]

U Budage nabwo bwahambirije Ambasaderi wa Tchad mu rwego rwo kwihimura

Igihugu cy’u Budage nacyo cyategetse Ambasaderi wa Tchad kuva i Berlin mu masaha 48, nyuma y’icyemezo nk’iki cya guverinoma ya gisirikare ya Tchad mu cyumweru gishize. Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ikaba yagize iti: “Turicuza kuba bibye ngombwa ko bigera aha .” Ku wa Kabiri, Minisiteri y’ububanyi n’amahanga yatangaje ko u Budage bwategetse Ambasaderi wa Tchad kuva […]

Amabanga ya Pentagon yerekanye uko Koreya y’Epfo yatinye kohereza intwaro muri Ukraine

Inyandiko za Pentagon ziherutse gushyirwa ku karubanda BBC yabashije kubona, ziragaragaza ikiganiro hagati y’abayobozi bo mu rwego rwo hejuru bo muri Koreya y’Epfo ku bijyanye no kugurisha intwaro zashoboraga gukoreshwa muri Ukraine . Ni ikiganiro cyabaye hagati y’abajyanama bakuru ba Perezida Yoon Suk Yeol. Muri icyo kiganiro humvikanamo kutumvikana hagati y’igitutu cya Amerika cyo kohereza […]

Ethiopia: Abakozi 2 b’umuryango utabara imbabare wa CRS biciwe muri Amhara

Abakozi babiri mu by’ubutabazi bakorera Catholic Relief Services (CRS) biciwe mu Ntara ya Amhara muri Ethiopia nk’uko byatangajwe n’uyu muryaango kuri uyu wa Mbere ushize . CRS yavuze ko Chuol Tongyik, w’imyaka 37, wari umuyobozi ushinzwe umutekano, na Amare Kindeya w’imyaka 43, wari umushoferi, barashwe bakicirwa mu modoka ya CRS ku Cyumweru ubwo basubiraga ku […]

Dalai Lama yasabye imbabazi nyuma ya video imugaragaza asaba umwana muto kumwonka ururimi

Kuri uyu wa Mbere, umuyobozi mu by’umwuka wo muri Tibet, Dalai Lama, yasabye imbabazi nyuma y’amashusho amugaragaza asaba umwana w’ umuhungu kumwonka ururimi bigateza ikibazo ku mbuga nkoranyambaga . Iyi videwo yagiye ahagaragara, yerekana Dalai Lama w’imyaka 87, asoma ku minwa umwana w’umuhungu ubwo yari agiye kumusuhuza. Uyu mupadiri wo mu idini rya Buddha agaragara […]

USA na Philippines byatangije imyitozo karundura ya gisirikare nyuma y’u Bushinwa

Nyuma y’umunsi umwe u Bushinwa busoje imyitozo minini hirya no hino hafi ya Taiwan, Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Philippines nabyo byatangije imyitozo minini ya gisirikare ihuriweho . Mu minsi itatu, Igisirikare cy’u Bushinwa kitoje kugota Taiwan mu rwego rwo gusubiza guhura k’umuyobozi w’icyo kirwa na Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Amerika mu cyumweru […]

Kentucky: Umukozi wa banki yishe arashe bagenzi be batanu mbere yo kwicwa

Abantu batanu bapfuye ubwo umukozi muri banki yo mu Mujyi wa Louisville, muri Kentucky, ho muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yarasaga bagenzi be kandi icyo gitero akagicisha kuri instagram imbonankubone nk’uko Polisi ivuga . Abishwe bari hagati y’imyaka 40 na 64. Mu bandi icyenda bakomeretse harimo umupolisi winjiye vuba wari wasoje amasomo mu byumweru […]

Hospitali ya King Faisal kuanza upandikizaji wa figo mwaka huu

Wizara ya Afya imetangaza kuwa hospitali ya King Faisal itaanza kutoa huduma ya upandikizaji figo mwaka huu na hivyo kuwa hospitali ya kwanza kuanzisha huduma hiyo nchini . Maendeleo hayo yalitarajiwa kuanza mnamo 2022, hata hivyo, hospitali ilikuwa bado inaandaliwa kwa huduma ya matibabu. Akizungumza na gazeti la The New Times, Julien M. Niyingabira, Meneja […]

RDC: Ingabo za Uganda zageze i Kiwanja numa yo kuhava kwa M23

Nyuma yo kwinjira muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo zinyuze mu mujyi wa Bunagana, ku itariki ya 31 Werurwe, Ingabo za Uganda (UPDF) zakomeje koherezwa hirya no hino mu bice zizaoreramo, cyane cyane mu turere M23 igenda irekura buhoro buhoro . Ku wa Gatandatu, itariki ya 8 Mata, itsinda ry’abasirikare 1.000 mu 2000 bari bategerejwe […]

Ibitaro bya King Faisal biratangira gutanga serivisi zo gusimbura impyiko muri uyu mwaka – RBC

Minisiteri y’ubuzima yatangaje ko ibitaro byitiriwe Umwami Faisal bizatangira gutanga serivisi zo gusimbuza impyiko muri uyu mwaka, bikaba ibitaro bya mbere bibitangije mu gihugu . Byari biteganijwe ko ibi bizatangira mu 2022, ariko, ibitaro byari bigitegurwa kugirango bitange izi serivisi z’ubuvuzi. Aganira na The New Times, Julien M. Niyingabira, Umuyobozi w’ishami ry’ikigo cy’itumanaho cy’Ikigo cy’igihugu […]