Kigali: Bamaze imyaka 29 baburana imitungo yabo yabohojwe nyuma ya jenoside

Mukansabimana Emerita, utuye mu Karere ka Muhanga, mu Murenge wa Kabacuzi, Akagari ka Shori Umudugudu wa Jandari, nâumuryango we baratabaza inzego bireba ku kibazo cyâimitungo yâumuryango wabo, iri mu Kamenge mu Murenge wa Kimisagara, Akarere ka Nyarugenge, ho mu Mujyi wa Kigali, avuga ko yigaruriwe nâumuntu udashaka kuyirekura wayigaruriye kuva jenoside yarangira bakaba basaba ko […]
Mu kwezi gutaha hazaba Inama hagati ya HCR-RDC nâu Rwanda ku kibazo cyâimpunzi
Ibiro by’ishami ryâUmuryango wâAbibumbye ryita ku Mpunzi (UNHCR) ryatangaje ku wa Gatanu, itariki ya 21 Mata, ko hazaba inama yâimpande eshatu, mu gihe cya vuba, hagati ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, u Rwanda na HCR ku kibazo cyâimpunzi zâAbanyarwanda nâizâAbanyekongo ziri ku ruhande rumwe cyangwa urundi hakurya yâumupaka uhuza ibi bihugu byombi . UNHCR […]
Ihuriro ryâAbakirisitu Gaturika ntirikozwa kongerera igihe manda yâIngabo za EAC muri R.D. Congo
Komite Mpuzabikorwa yâAbalayiki (CLC) muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo yarwanyije icyifuzo cyo kongerera manda ingabo za EAC muri Kivu yâAmajyaruguru. Iri huriro ryâabakirisitu gatolika ryagaragaje ko ryamaganye binyuze mu nzego bifatanije, rimenyesha Guverineri wâintara rikoresheje ibaruwa . CLC yibukije mu ibaruwa yayo ko manda yâingabo zâakarere ka EAC yarangiye ku ya 31 Werurwe. Ikibazo […]
Mali: Ikibuga cyâindege n’inkambi ya gisirikare ibamo Abarusiya byagabweho igitero
Igitero cyagabwe ku kibuga cy’indege no ku nkambi ya gisirikare muri Mali rwagati kuri uyu wa Gatandatu cyahitanye abasivili icumi, nk’uko guverinoma, yemeza ko yishe abaterabwoba benshi, ibivuga. Kuri uwo munsi, abasirikare batatu bapfuye ubwo kajugujugu yabo yagwaga mu gace gatuwe mu murwa mukuru Bamako . Guverinoma yavuze ko abasivili icumi bishwe abandi 61 bagakomereka […]
U Burusiya bwahambirije abadipolomate basaga 20 bâu Budage
Kuri uyu wa Gatandatu, u Burusiya bwatangaje ko bwirukanye abadipolomate barenga 20 bâu Budage mu byo bwavuze ko ari intambwe yâicyubahiro nyuma yo kuvuga ko u Budage bwirukanye abadipolomate benshi bâu Burusiya . Umuvugizi wa Minisiteri yâububanyi nâamahanga yâu Burusiya, Maria Zakharova yanditse ku rubuga rwe rwa Telegramu ko Moscou yagereye Berlin mu kebo yayigereyemo […]
Sudani: Amerika yacyuye abakozi bayo bose bakoreraga Ambasade i Khartoum
Kuri uyu wa Gatandatu, Perezida Joe Biden yavuze ko ingabo za Amerika zavanye abakozi ba Guverinoma ya Amerika muri Khartoum, akomeza avuga ko Washington yahagaritse ibikorwa kuri ambasade yayo mu gihe imirwano hagati yâabajenerali bahanganye ikomeje kubica muri Sudani . Mu magambo ye, Biden yagize ati: “ubu bigizi bwa nabi buteye ubwoba muri Sudani bumaze […]
Burundi: Uko byagenze mbere yâitabwa muri yombi rya Gen. Bunyoni nâaho yari yihishe
Nyuma yâamakuru aturuka mu gihugu cyâu Burundi guhera kuri uyu wa Gatanu nyuma ya saa sita avuga ko Alain Guillaume Bunyoni wahoze ari minisitiri wâIntebe, yamaze gutabwa muri yombi afatiwe muri Bujumbura yâIcyaro nyuma yâaho byahwihwiswaga ko yahungiye muri Tanzania, amakuru agera kuri Bwiza dukesha urubuga Le Mandat aratubwira uko byagenze mbere yâifatwa rye nâaho […]
Sukhoi yâu Burusiya yarashe igisasu ku mujyi wabo kubwâimpanuka
Indege y’intambara yâu Burusiya yo mu bwoko bwa Sukhoi-34 yateye igisasu ku bw’impanuka mu mujyi wa Belgorod wo mu Burusiya, ku birometero 40 uvuye ku mupaka na Ukraine . Igisasu cyasize icyobo cya metero 20 (60ft) gitera iturika rihambaye cyane ryaturikije imodoka ikazamuka ikagwa hejuru yâinyubako yâubucuruzi. Guverineri w’akarere, Vyacheslav Gladkov, yatangaje ko abayobozi bategetse […]
Bwa mbere mu Rwanda inzobere zâabaganga zabaze neza abarwayi bafite cancer zo mu nda
Ku nshuro ya mbere mu Rwanda, itsinda ryâinzobere mu buvuzi riyobowe na Porofeseri Jean Marc RĂŠgimbeau ukomoka mu Bufaransa ryabaze neza Hepatoma-pancreatic-biliary ku barwayi batatu bari bafite ibibazo bya cancer zâagasabo kâindurwe, umwijima nâamara kuva ku itariki ya 18 Mata 2023 mu Bitaro bya Gisirikare byâu Rwanda i Kigali. Abarwayi bo mu Rwanda bungukiye muri […]
USA yaburiye ingabo za EAC zoherejwe muri RDC yongera gusaba kwitandukanya na FDLR
Guverinoma ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yihanangirije Uganda n’izindi ngabo zo mu karere zirimo iza Sudani y’Epfo, u Burundi na Angola isaba kwirinda kongera umwuka mubi mu gihe umutekano usanzwe warangiritse mu ntambara ibera muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) . Umuburo uje mu gihe ibintu muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo bikomeje […]
Sudani: RSF yatanze gahenge kâamasaha 72 ngo Abayisilamu bizihize Eid al-Fitr mu ituze
Umutwe witwara gisirikare wa Rapid Support Forces (RSF) uhangaanye âigisirikare cy Sudani watangaje ko wemeye gutanga agahenge kâamasaha 72 guhera saa kumi n’ebyiri za mu gitondo kuri uyu wa Gatanu, uvuga ko bihuriranye nâumunsi mukuru wâAbayisilamu wa Eid al-Fitr usoza ukwezi kwâigisibo cya Ramadhan ngo Abyisiaamu bo muri iki gihugu bawizihize nta nkomyi . RSF […]
Ukuboko kwâamahanga nâinyungu zayo mu bikomeje kubera muri Sudani
Abasesenguzi baravuga ko Sudani yahindutse ikibuga cyâurugamba rwâabajenerali babiri bahanganye, ariko bashyigikiwe nâurusoobe rugoye rwâubufatanye mpuzamahanga rufitanye amakimbirane ashingiye ku nyungu zishobora kugira ingaruka ku hazaza hâigihugu . Za missile, ibitero byâindege nâamasasu bikomeje kumvikana i Khartoum kuva ku wa Gatandatu ubwo umuyobozi wâingabo, Abdel Fattah al-Burhan yatangiraga imirwano hagati ye nâuwahoze ari umwungirije, Mohamed […]
U Rwanda rwaba rwanze kwitabira inama z’i Goma kubera kutizera umutekano
Nkâuko amakuru atandukanye abitangaza, inama zagombaga kubera i Goma muri iki cyumweru zo gusuzuma ibikorwa byâingabo zâumuryango wa Afurika yâIburasirazuba (EAC) zoherejwe mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo zimuriwe ikindi gihe kitaratangazwa. Inama ya mbere ireba abagaba bakuru b’ingabo, iya kabiri ireba abaminisitiri b’ingabo . Abategetsi ba Congo ngo bari bamaze kwitegura, aho […]
Huye: Ubushinjacyaha bukurikiranye uwishe umuntu bapfuye 200 Frw
Ubushinjacyaha ku rwego Rwisumbuye rwa Huye bukurikiranye umuhungu w’imyaka 20 ukekwaho kuba yarishe umugabo wâimyaka 35 amuteye icyuma mu gatuza bapfuye amafaranga 200 yâamasambusa yacuruzaga nyakwigendera yari yariye ntamwishyure . Ni icyaha Ubushinjacyaha Bukuru dukesha iyi nkuru, buvuga ko cyakozwe ku itariki ya 02 Mata 2023 mu gihe cya kumi nâimwe zâumugoroba kibera mu Mudugudu […]
Yemen: Umuvundo ahatangirwaga imfashanyo yo gusoza ukwezi kwa Ramadhan waguyemo 78
Byibuze abantu 78 baguye mu mubyigano wabereye ku ishuri ryo mu murwa mukuru wa Yemeni, Sanaa, aho bari bateraniye bagiye gufata imfashanyo yâibyo bazifashisha mu munsi mukuru wo gusoza igisibo cya Ramadhan kkâuko abayobozi bâAba-Houthi n’ibitangazamakuru byaho byabitangaje . Uyu mubyigano wadutse mu masaha akuze kuri uyu wa Gatatu ushize ubwo abantu babarirwa mu magana […]
Aho umupaka wa Gatuna ufunguriwe ubucuruzi nâu Rwanda bugeze kuri miliyoni 20$ ku kwezi â Gen. Muhoozi
Ku mugoroba wo ku wa Gatatu umuhungu wa Perezida Museveni, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko ubucuruzi hagati ya Uganda nâu Rwanda bwazamutse bugera kuri miliyoni 20 zâamadolari ku kwezi, akurikije imibare yatanzwe na Banki ya Uganda . Gen. Kainerugaba, akaba n’umujyanama mukuru wa perezida ushinzwe ibikorwa bidasanzwe, yagize ati: “Uyu munsi nasuzumanye na Banki ya […]
Musanze: Ubushinjacyaha bwakiriye dosiye y’umwarimu ushinjwa gusambanya umwana
Umusore wâumwarimu ukomoka mu Karere ka Burera akurikiranweho gusambanya umwana wâumukobwa utarageza imyaka yâubukure . Ni icyaha Ubushinjacyaha Bukuru dukesha iyi nkuru buvuga ko cyakozwe ku italiki 09 Mata 2023 mu gikorerwa mu Mudugudu wa Nyiraruhuha, Akagari ka Nyamugari, Umurenge wa Nemba, Akarere ka Burera aho uwo musore atuye. Uyu mwarimu usanzwe yigisha ku kigo […]
Ukraine iremeza ko yamaze kubona ubwirinzi bukataje bwâibitero byo mu kirere bwa Patriot

Minisitiri wâingabo muri Ukraine yavuze kuri uyu wa Gatatu ko ubwirinzi bwo mu kirere buteye imbere bwa Patriot bwageze muri iki gihugu . Abayobozi ba Ukraine bamaze igihe kinini binginga abafatanyabikorwa babo ngo babahe intwaro zifite ikoranabuhanga riteye imbere zishobora kurasa misile zâabanzi kandi ingabo za Ukraine zimaze amezi menshi zitoreza muri Amerika no mu […]
Abantu 800 bamaze gutabwa muri yombi bakekwaho ibikorwa byâubujura – Polisi
Polisi y’u Rwanda (RNP) yakajije umurego mu kurwanya ubujura kandi ita muri yombi abasore babarirwa mu magana bakekwaho kugira uruhare muri ibyo bikorwa by’ubugizi bwa nabi . Assistant Commissoner of Police (ACP) Desire Gumira, Umuyobozi wa Polisi mu gice cyo mu gihugu hagati, kuri uyu wa Mbere ushize yemeje ko hafashwe urubyiruko rufite hagati yâimyaka […]
Burundi: Minisitiri wâumutekano yemeje ko Gen. Bunyoni arimo gushakishwa

Minisitiri wâumutekano nâibibazo byâimbere mu gihugu wâu Burundi, Martin Niteretse, yemeje ko uwahoze ari minisitiri wâintebe, Alain Guillaume Bunyoni, yaburiwe irengero yongeraho ko arimo gushakishwa . Ibi minisitiri Niteretse yabitangaje kuri uyu wa Gatatu mu kiganiro nâitangazamakuru nyuma yâumunsi umwe havuzwe ko Gen. Guillaume Bunyoni, wirukanwe ku mwanya wa minisitiri wâIntebe muri Nzeri umwaka ushize […]
Inama yâabaminisitiri bâingabo bo muri EAC yagombaga kubera i Goma yasubitswe

Inama yâabaminisitiri bâingabo bo mu bihugu bigize Umuryango wa Afurika yâIburasirazuba (EAC) yagombaga guteranira i Goma kuri uyu wa Gatatu yasubitswe . Iyi nama yagombga kubera mu Mujyi wa Goma, Umurwa mukuru wâIntara ya Kivu yâAmajyaruguru mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yimuriwe ku kindi gihe kitatangajwe. Icyakora inama yâabagaba bakuru bâingabo bo […]
Uganda: Undi muminisitiri yagejejwe mu rukiko azira amabati yâabatishoboye bo muri Karamoja
Umunyamabanga wa Leta ushinzwe ibikorwa bya Karamoja, Agnes Nandutu yageze mu rukiko rushinzwe kurwanya ruswa muri Kololo, mu Mujyi wa Kampala nyuma yâifatwa rye kuri uyu wa Kabiri ushize kubera kunyereza amabati yari agenewe abaturage batishoboye bo mu Karere ka Karamoja . Ari ku rutonde rurerure rwâabaminisitiri nâabadepite barimo gukorwaho iperereza ku kibazo cyâamabati cyatumye […]
Nyamagabe: Umugore arashinjwa kuvumbika ibiganza by’umwana we mu iziko
Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Nyamagabe bukurikiranye umugore watswitse ibiganza byâumwana we wâimyaka itandatu yâamavuko, abivumbitse mu muriro . Ibi byabaye ku itariki ya 02 Mata 2023 saa munani zâamanywa, ubwo uregwa yitwikiye umwana we wâimyaka itandatu, ibiganza byombi abivumbitse mu muriro nk’uko iyi nkuru dukesha Ubushinjacyaha Bukuru ivuga . Uregwa avuga ko yasanze umwana […]
RDC: Perezida wa Sena aravuga ko umugambi wo gucamo ibice igihugu utakiri ibanga
Perezida wa Sena ya Congo, Modeste Bahati Lukwebo, mu nama rusange yo kuri uyu wa Mbere ushize, itariki ya 17 Mata 2023, i Kinshasa, yahamagariye abanyapolitiki bo muri iki gihugu kwishyira hamwe mu guhangana nâikibazo cyo gucamo ibice igihugu kiremereye Repubulika ya Demokarasi ya Congo . Mu ijambo rye, umuyobozi wâinteko ishinga amategeko umutwe wa […]
Umunyamakuru w’Umunyamerika ushinjwa ubutasi mu Burusiya yagejejwe mu rukiko
Umunyamakuru wâUmunyamerika, Evan Gershkovich yitabye urukiko i Moscou agiye kujuririra ifungwa rye . Yafatiwe mu Mujyi wa Yekaterinburg ubwo yakoreraga ikinyamakuru Wall Street Journal (WSJ) ashinjwa icyaha cyo kuba intasi. Gershkovich yagaragaye mu rukiko mu kazu kâibirahure, yambaye ishati y’ubururu nâumweru. Yagaragaye amwenyura, ariko ntacyo yabwiye abanyamakuru bari bahari nkâuko iyi nkuru dukesha BBC ivuga. […]
Gatuna: Nubwo umupaka wafunguwe Abanyarwanda ntibaremererwa guhahira muri Uganda nkâuko byahoze
Abacuruzi bâAbagande bakorera ku mupaka wa Katuna mu Karere ka Kabale basabye umuhungu wa Museveni, Gen Muhoozi Kainerugaba kurushaho gukora ubuvugizi bwo kubyutsa ubucuruzi bwambukiranya imipaka . Ibi biravugwa mu gihe igice cyâabayobozi baturutse muri Kigezi, kiyobowe nâumuyobozi wâakarere ka Kabale, Nelson Nshangabasheija, barimo gutegura ibirori byo kwishimira kongera gufungura umupaka wa Katuna. Ibirori biteganijwe […]
Sudani: Ambasaderi wa E.U i Khartoum yagabweho igitero mu rugo rwe
Kuri uyu wa Mbere ushize, Ambasaderi wâUmuryango wâUbumwe bwâu Burayi muri Sudani yagabweho igitero iwe mu rugo i Khartoum, nk’uko byatangajwe nâumudipolomate mukuru wâuyu muryango, Josep Borrell, mu gihe imirwano hagati yâabajenerali bahanganye ikomeje kubica mu gihugu . Borrell yanditse ku rubuga rwa Twitter ati: “Mu masaha make ashize, Ambasaderi wâUmuryango wâUbumwe bwâu Burayi muri […]
Abadepite bahangayikishijwe nâikibazo cyâumushaharafatizo gikomeje kuba agatereranzamba
Hafi imyaka itanu ishize, Inteko ishinga amategeko yashyizeho itegeko rigenga umurimo mu Rwanda. Iri tegeko ryâingenzi ryahariye amakuru arambuye ku mushahara ntarengwa Minisitiri ushinzwe umurimo kugira ngo iwugene ariko nturashyirwa ahagaragara . Ingaruka zâibi bintu ziragera kure; uhereye ku mibereho y’abakozi kuko bamwe babona umushahara muto utajyanye n’igiciro cyâimibereho kuri ubu, kugeza ku mpaka zo […]
FARDC yemeje ko liyetona wa yo yatorotse akajya kwiyunga kuri Makanika
Umusirikare mukuru wa FARDC wâipeti rya liyetona yatorotse igisirikare cya leta mu cyumweru gishize maze yinjira mu nyeshyamba ziyobowe na Colonel Michel Rukundo uzwi nka Makanika mu misozi ya Fizi-Itombwe (Kivu y’Amajyepfo). Umusirikare utavuga rumwe nâubutegetsi yari mu mutwe wihariye ufite icyicaro i Minembwe, muri Teritwari ya Fizi . “Lieutenant Mudende Mukwiza Olivier, umuyobozi wa […]
Uwahoze ayobora MONUSCO yanenze imyitwarire yayo muri iki gihe
Martin Kobler, ubu uri mu kiruhuko cy’izabukuru, yahoze ari umuyobozi wa MONUSCO kuva mu 2013 kugeza mu 2015. Ku buyobozi bwe, ingabo zâUmuryango wâAbibumbye zatsinze inyeshyamba za M23 mu 2013, ku bufatanye nâingabo za Congo . Mu Gushyingo 2012, inyeshyamba za M23 zamaze iminsi zarigaruriye Umujyi wa Goma mbere yo kuwusohokamo. Ariko mu ntambara ikomeje […]
Lopez Portillo wahoze ari Perezida wa Mexique yari nâumukozi wa CIA
Uwahoze ari Perezida wa Mexique, Jose Lopez Portillo, wayoboye iki gihugu kuva mu 1976 kugeza mu 1982, ngo yari umukozi w’ikigo cyâubutasi cya Amerika (CIA), nk’uko bigaragara mu cyiciro gishya cy’inyandiko zâibanga zashyizwe ahagaragara n’Ububiko bw’igihugu cya Amerika . Muri izo mpapuro, zerekeye iperereza rya CIA ku iyicwa rya Perezida John F. Kennedy mu 1963, […]
USA: Abantu 4 bishwe barasiwe mu isabukuru yâamavuko
Nibura abantu bane bapfuye barasiwe mu birori byo kwizihiza isabukuru yâimyaka 16 muri Leta ya Alabama yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika . Abantu 28 kandi bakomeretse, bamwe muri bo bikomeye cyane, nyuma yo kurasirwa kuri studio izwi nka Mahogany Masterpiece Dance Studio mu mujyi wa Dadeville kuwa Gatandatu. Umunyeshuri mu ishuri ryisumbuye witwa […]
Kenya: Raila Odinga yashinje Visi Perezida Gachagua gushaka kumwica
Umuyobozi wâihuriro ryâabatavuga rumwe nâubutegetsi muri Kenya, Azimio, ari we Raila Odinga, ubu aravuga ko azajyana Visi Perezida, Rigathi Gachagua mu Rukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) kubera gushaka kumwica . Kuri iki Cyumweru, ubwo yari muri mitingi ya Azimio yaberaga ku kibuga cya Kamkunji, Raila yavuze ko Gachagua yohereje abapolisi avuga ko barashe amasasu cumi na […]
Sudani: Abagera kuri 56 bamaze kugwa mu mirwano mu gihe abasaga 500 bakomeretse
Kuri iki Cyumweru, komite nkuru yâabaganga bo muri Sudani yatangaje ko umubare wâabapfuye mu mirwano ikomeje kuba hagati yâingabo za Sudani nâumutwe witwara gisirikare usanzwe wegamiye kuri leta (RSF) ugeze kuri 56 mu gihe abakomeretse ari 595 . Iyi komite yahamagariye ingabo za RSF nâingabo za Sudani gufungura umuhora wâubutabazi kugira ngo abantu bakomeretse cyane […]
U Burusiya bufite uburenganzira bwo kuba aho bushatse kimwe nâikindi gihugu cyose – Kagame
âU Burusiya bufite uburenganzira bwo kuba aho bushatse hose mu gihe bikurikije amategeko,â ibi ni ibyatangajwe na Perezida Paul Kagame mu kiganiro nâabanyamakuru yatangiye kuri uyu wa Gatandatu ushize muri Benin ari kumwe na mugenzi we, Patrice Talon, ubwo yabazwaga uko abona kuba muri Afurika kwâu Burusiya, ibikomeje guteza umwiryane hagati yabwo nâibindi bihugu byâibihangange. […]
Uganda: Ku mashilingi miliyoni 1,3 umuntu ashobora gutunga imbunda
Ku mashilingi yaUganda ari munsi ya miliyoni 1,3 umuntu ashobora gutunganya ku mugaragaro impapuro zisabwa kugirango abone imbunda yo kwirinda ku giti cye nkâuko amakuru aturuka mu gipolisi cya Uganda (UPF) abyerekana . Nkâuko amakuru avuga, abantu bagomba kuzuza urupapuro rwabugenewe kugirango babone cyangwa bagure imbunda. Ifishi, izwi kandi nka âPolice Form 98â, igura amashiingi […]
Zimbabwe yiyemeje kugeza abagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu butabera
Umwe mu bayobozi bakuru muri leta ya Zimbabwe yerekanye ko Harare yiyemeje gufatanya mu gushyikiriza ubutabera abakoze jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 mu Rwanda, avuga ko hadashobora kubaho ubutabera nâamahoro arambye batabanje kubazwa ibyo bakoze . Ibi Minisitiri wâububanyi nâamahanga nâubucuruzi mpuzamahanga wa Zimbabwe, Prof. Amon Murwira, yabivuze kuwa Gaatanu mu rwego rwo kwibuka ku […]
Bemba yagaragarije abaminisitiri ingamba zo guhangana nâu Rwanda
Ubu Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo ngo ifite ingamba zifatika zo guhangana nâicyo yita ubushotoranyi bwâu Rwanda mu burasirazuba bwâigihugu, bwihishe inyuma yâumutwe wa M23 no kugarura umutekano nâububasha bwa Leta byangijwe nâabanzi ku rwego rwâigihugu . Izi ngamba zashyizwe ahagaragara ku wa Gatanu mu Nama y’Abaminisitiri na Minisitiri wâIntebe wungirije akaba na […]
Rutshuru: Muri Tongo haravugwa imirwano ikomeye hagati ya M23 nâimitwe ifatanyije na FARDC

Mu giturage cya Mulimbi, muri Gurupoma ya Tongo, ho muri Teritwari ya Rutshuru haravugwa imirwano ikomeye hagati yâinyeshyamba za M23 nâimitwe yâinyeshyamba ifatanya nâigisirikare cya FARDC yiswe âWazalendoâ . Ni imirwano amakuru aturuka muri icyo gice avuga ko atangiye mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, itariki 14 Mata 2023, nyuma yâaho Guverinoma ya Congo […]
Umunyamategeko Murangwa arashinja RIB gukora isaka rinyuranyije nâamategeko
Umunyamategeko wo mu Mujyi wa Kigali, Edward Murangwa, yasabye Urukiko rw’Ikirenga gusuzuma ishingiro ryâitegeko nshinga ku bubasha bwâUrwego rwâIgihugu rwâUbugenzacyaha (RIB) bwo gukora isaka mu rwego rwâiperereza mu ngo zâabantu no mu bindi bibanza nta cyemezo cyâurukiko . Ingingo ya 10 y’itegeko rishyiraho RIB iha abashinzwe iperereza ububasha bwo gusaka umuntu cyangwa inzu nta cyemezo […]
USA: Ukekwaho kumena amabanga ya Pentagon yatawe muri yombi
Kuri uyu wa Gatanu, umusore wâimyaka 21 wo mu gisirikare cyo mu kirere cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika aritaba urukiko akurikiranweho kumena amabanga ya gisirikare yo mu rwego rwo hejuru avuga ku ntambara yo muri Ukraine ndetse nâibindi bibazo byâumutekano wâigihugu . Ku wa kane, Jack Teixeira yatawe muri yombi na FBI asanzwe mu […]
Umunyamabanga Mukuru Wungirije wa Loni yavuze ko Perezida Ruto ari umugome kandi atamwizera – Amabanga ya Pentagon
Indi nyandiko yo hagati muri Gashyantare mu mabanga ya Pentagon yashyizwe ku karubanda isobanura ikiganiro cyeruye hagati ya Guterres n’Umunyanijeriyakazi umwungirije, Amina Mohammed, wumvikana atavuga neza Perezida William Ruto . Muri iyo nyandiko, Umunyamabanga Mukuru wa Loni, Guterres bivugwa ko yumvirijwe nâubutasi bwa Amerika, hagaragaramo ukuntu aganira na Amina J. Mohammed atishimiye nubwo ntacyo yari […]
Norvege yahambirije Abakozi 15 ba Ambasade yâu Burusiya ishinja kuba intasi
Kuri uyu wa Kane, itariki 13 Mata ighugu cya Norvege cyatangaje ko kirukanye ku butaka bwacyo abakozi 15 ba Ambasade yâu Burusiya muri Oslo, kivuga ko bari intasi . âAba bakozi 15 bâubutasi batangajwe ko badakenewe kubera ko bakora ibikorwa bitajyanye na statut yabo yâabadipolomate,â ibi ni ibyatangajwe na minisitiri wâububanyi nâamahanga wa Norvege, Anniken […]
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zumvirije Umunyamabanga Mukuru wa Loni – Amabanga
Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziravuga ko Umunyamabanga Mukuru wâUmuryango wâAbibumbye yiteguye cyane guharanira inyungu zâu Burusiya, nkâuko bigaragara mu makuru mashya ari mu nyandiko zâibanga ziherutse gushyirwa ku karubanda agaragaza ko Amerika yanekaga Guterres . Ayo makuru akomeje gushyirwa ahagaragara buhoro buhoro yerekana ko Washington yakurikiraniraga hafi Antonio Guterres. Inyandiko nyinshi zikomoza ku biganiro […]
Uganda: Urukiko rwanze kurekura byâagateganyo bwa kabiri minisitiri ushinjwa kunyereza amabati
Kuri uyu wa Gatatu, urukiko rwo muri Uganda rushinzwe kurwanya ruswa rwanze kurekura byâagateganyo ku ngwate ku nshuro ya kabiri minisitiri ukurikiranyweho icyaha cyo gutakaza umutungo wa leta, ruswa nâumugambi wo kuriganya guverinoma . Umucamanza mukuru Joan Aciro yahakanye icyifuzo cyo kurekurwa byâagateganyo nyuma yâuko Minisitiri Mary Goretti Kitutu wâimyaka 60, yamaze icyumweru cya pasika […]
Tariki 13 Mata 1994: Abatutsi basaga 35,000 biciwe muri Kiliziya ya Nyarubuye
Tariki ya 13 Mata 1994 ni imwe mu matariki atazibagirana kubarokotse Jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994 kuko kuri iyo tariki abatutsi bari baragiye bahungira ahantu hatandukanye mu Rwanda bagabweho ibitero benshi bakwicwa . Impunzi zâabatutsi zisaga 35,000 zaturutse muri za komini Rukira, Rusumo, Birenga, Kigarama na Rukara no ku musozi wa Nyarubuye, ziciwe mu […]
Kayonza: Hatangiye iperereza ku mibiri yarohowe mu kiyaga bikekwa ko ari iyâabishwe muri jenoside
Imibiri bivugwa ko iri hagati ya 45 na 50 yâabantu bikekwa ko bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ku itariki ya 10 Mata, yakuwe mu Kiyaga cya Gashaka mu Murenge wa Mukarange, mu Karere ka Kayonza . Umunyamabanga Nshingwabikorwa wâUmurenge wa Mukarange, Patrick Kabandana, yabwiye abanyamakuru ko aya makuru yabanje gutangwa nâumuturage wo mu […]
Uganda: Urukiko rwa gisirikare rwakatiye Abanyakenya 32 imyaka 20 yâigifungo
Urukiko rwa Gisirikare rwa Diviziyo ya 3 ruherereye mu Karere ka Moroto mu majyaruguru ya Uganda rwakatiye Abanyakenya 32 bo igifungo cyâimyaka 20 muri gereza ya leta ya Moroto kubera gutunga imbunda nâamasasu mu buryo butemewe . Abanyakenya 32 bose batuye mu Ntara ya Orum mu Karere ka Lodwar, mu Ntara ya Turkana bahamwe n’icyaha […]
Tariki12 Mata 1994: I Mukarange Padiri Gatare wari Umututsi na mugenzi we w’Umuhutu washatse kwitambika baricanwe
Ku munsi nkâuyu wâitariki ya 12 Mata mu 1994, Leta yâabicanyi yari ikomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi hirya no hino mu gihugu. Iyi nyandiko iragaragaza hamwe mu hantu hashoboye kumenyekana hiciwe Abatutsi kuri iyi tariki mu 1994 . Frodouald Karamira na MDR-Power bahamagariye Abahezanguni bâAbahutu kwica Abatutsi Tariki ya 12/4/1994, Karemera Frodouald wa […]
U Budage nabwo bwahambirije Ambasaderi wa Tchad mu rwego rwo kwihimura
Igihugu cyâu Budage nacyo cyategetse Ambasaderi wa Tchad kuva i Berlin mu masaha 48, nyuma yâicyemezo nkâiki cya guverinoma ya gisirikare ya Tchad mu cyumweru gishize. Minisiteri yâububanyi nâamahanga ikaba yagize iti: “Turicuza kuba bibye ngombwa ko bigera aha .” Ku wa Kabiri, Minisiteri yâububanyi nâamahanga yatangaje ko u Budage bwategetse Ambasaderi wa Tchad kuva […]
Amabanga ya Pentagon yerekanye uko Koreya yâEpfo yatinye kohereza intwaro muri Ukraine
Inyandiko za Pentagon ziherutse gushyirwa ku karubanda BBC yabashije kubona, ziragaragaza ikiganiro hagati y’abayobozi bo mu rwego rwo hejuru bo muri Koreya y’Epfo ku bijyanye no kugurisha intwaro zashoboraga gukoreshwa muri Ukraine . Ni ikiganiro cyabaye hagati yâabajyanama bakuru ba Perezida Yoon Suk Yeol. Muri icyo kiganiro humvikanamo kutumvikana hagati yâigitutu cya Amerika cyo kohereza […]
Les douaniers rwandais et ougandais se rencontrent après un prÊtendu problème de scanner à  la frontière de Gatuna
Un article paru dans The Daily Monitor dimanche dernier, le 9 avril, sous le titre “Une panne du scanner de cargo paralyse le commerce Ă Â Katuna”, impliquait qu’il y avait des retards de camions de cargo en raison de problèmes techniques avec le scanner de camion au poste frontière Ă Â guichet unique, Katuna, du cĂ´tĂŠ […]
Ethiopia: Abakozi 2 bâumuryango utabara imbabare wa CRS biciwe muri Amhara
Abakozi babiri mu byâubutabazi bakorera Catholic Relief Services (CRS) biciwe mu Ntara ya Amhara muri Ethiopia nkâuko byatangajwe nâuyu muryaango kuri uyu wa Mbere ushize . CRS yavuze ko Chuol Tongyik, wâimyaka 37, wari umuyobozi ushinzwe umutekano, na Amare Kindeya wâimyaka 43, wari umushoferi, barashwe bakicirwa mu modoka ya CRS ku Cyumweru ubwo basubiraga ku […]
Dalai Lama yasabye imbabazi nyuma ya video imugaragaza asaba umwana muto kumwonka ururimi
Kuri uyu wa Mbere, umuyobozi mu byâumwuka wo muri Tibet, Dalai Lama, yasabye imbabazi nyuma yâamashusho amugaragaza asaba umwana wâ umuhungu kumwonka ururimi bigateza ikibazo ku mbuga nkoranyambaga . Iyi videwo yagiye ahagaragara, yerekana Dalai Lama w’imyaka 87, asoma ku minwa umwana wâumuhungu ubwo yari agiye kumusuhuza. Uyu mupadiri wo mu idini rya Buddha agaragara […]
USA na Philippines byatangije imyitozo karundura ya gisirikare nyuma yâu Bushinwa
Nyuma yâumunsi umwe u Bushinwa busoje imyitozo minini hirya no hino hafi ya Taiwan, Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Philippines nabyo byatangije imyitozo minini ya gisirikare ihuriweho . Mu minsi itatu, Igisirikare cyâu Bushinwa kitoje kugota Taiwan mu rwego rwo gusubiza guhura kâumuyobozi wâicyo kirwa na Perezida wâInteko Ishinga Amategeko ya Amerika mu cyumweru […]
Tariki 11 Mata 1994: Umunsi Ingabo z’Ababiligi zitererana Abatutsi bari bahungiye muri ETO Kicukiro
Ku itariki nkâiyi ya 11 Mata mu 1994, “Leta yâAbatabazi” yari ikomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi hirya no hino mu gihugu. Iyi nyandiko iragaragaza hamwe mu hantu hakomeye hiciwe Abatutsi kuri iyi tariki mu 1994 . Ingabo zâAbabirigi zataye impunzi zâAbatutsi muri ETO Kicukiro, bicirwa i Nyanza ya Kicukiro Mu kigo cyâishuri ryâimyuga […]
Kentucky: Umukozi wa banki yishe arashe bagenzi be batanu mbere yo kwicwa
Abantu batanu bapfuye ubwo umukozi muri banki yo mu Mujyi wa Louisville, muri Kentucky, ho muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yarasaga bagenzi be kandi icyo gitero akagicisha kuri instagram imbonankubone nkâuko Polisi ivuga . Abishwe bari hagati yâimyaka 40 na 64. Mu bandi icyenda bakomeretse harimo umupolisi winjiye vuba wari wasoje amasomo mu byumweru […]
Hospitali ya King Faisal kuanza upandikizaji wa figo mwaka huu
Wizara ya Afya imetangaza kuwa hospitali ya King Faisal itaanza kutoa huduma ya upandikizaji figo mwaka huu na hivyo kuwa hospitali ya kwanza kuanzisha huduma hiyo nchini . Maendeleo hayo yalitarajiwa kuanza mnamo 2022, hata hivyo, hospitali ilikuwa bado inaandaliwa kwa huduma ya matibabu. Akizungumza na gazeti la The New Times, Julien M. Niyingabira, Meneja […]
RDC: Ingabo za Uganda zageze i Kiwanja numa yo kuhava kwa M23
Nyuma yo kwinjira muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo zinyuze mu mujyi wa Bunagana, ku itariki ya 31 Werurwe, Ingabo za Uganda (UPDF) zakomeje koherezwa hirya no hino mu bice zizaoreramo, cyane cyane mu turere M23 igenda irekura buhoro buhoro . Ku wa Gatandatu, itariki ya 8 Mata, itsinda ryâabasirikare 1.000 mu 2000 bari bategerejwe […]
Ibitaro bya King Faisal biratangira gutanga serivisi zo gusimbura impyiko muri uyu mwaka – RBC
Minisiteri yâubuzima yatangaje ko ibitaro byitiriwe Umwami Faisal bizatangira gutanga serivisi zo gusimbuza impyiko muri uyu mwaka, bikaba ibitaro bya mbere bibitangije mu gihugu . Byari biteganijwe ko ibi bizatangira mu 2022, ariko, ibitaro byari bigitegurwa kugirango bitange izi serivisi zâubuvuzi. Aganira na The New Times, Julien M. Niyingabira, Umuyobozi wâishami ryâikigo cyâitumanaho cyâIkigo cyâigihugu […]