Museveni yambuye Gen.Tumukunde abarinzi bose

Perezida wa Uganda akaba N’umugaba w’IKirenga w’Ingabo z’iki gihugu (UPDF), Yoweri Kaguta Museveni, yamaze kwambura (Rtd) Lt. Gen. Henry Tumukunde abari abarinzi be bose. Lt Gen. Tumukunde yahoze ari Minisiteri w’Umutekano muri Uganda mbere yo kwamburwa izi nshingano mu 2018 ubwo yirukanwaga icyarimwe na Gen. Kale Kayihura wahoze ari Umuyobozi Mukuru wa Polisi ya Uganda. […]

Yabonye umuryango we nyuma y’imyaka 24 yaraburiwe irengero

Umugore wo mu gace ka Bungoma muri Kenya, Agnes Nelima yongeye kubonana n’umuryango we nyuma y’imyaka 24 yaraburiwe irengero bikagera n’aho abo mu muryango we bakeka ko yapfuye. Uyu mugore yatandukanye n’ababyeyi be batuye mu cyaro cya Bungoma, mu 1996 ubwo yigaga mu mwaka wa kabiri w’amashuri yisumbuye. Bene wabo batunguwe no kongera kumubona afite […]

Miss Rwanda 2020 yitwaye nabi mu bizamini bisoza ayisumbuye

Aya ni amanota ya Naomie

Nishimwe Naomie uherutse kwambikwa ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda 2020, yitwaye nabi mu bizamini bisoza amashuri yisumbuye mu mwaka w’amashuri wa 2019. Uyu mukobwa wambitswe ikamba ku wa gatandatu w’icyumweru gishize, yigaga mu ishami ry’imbere, ubukungu n’ubumenyi bw’isi. Amanota y’ibizamini bisoza amashuri yisumbuye yashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Mbere tariki 24 Gashyantare, agaragaza ko Miss […]

Kenya: Umusore yakatiwe n’inkiko azira kwimya inka

Umusore w’imyaka 23 y’amavuko wo mu gihugu cya Kenya, Pkemei yakatiwe imyaka umunani y’igifungo n’urukiko rwo mu Mujyi wa Kapenguria ruherereye mu gace ka Pikot y’Uburengerazuba, azira kwimya inka. Bivugwa ko uyu musore witwa John Pkemei yakoreye kiriya cyaha ahitwa Kaibos, ku wa 19 Ukwakira umwaka wa 2019. Amakuru avuga ko muri ako gace hari […]

Tour du Rwanda 2020: Umunya-Ethiopia yegukanye agace ka kabiri

f8ef6f89-42d5-47b5-a5dc-cef755095f5d.jpg

Umunya-Ethiopia, Mulu Kinfe Hailemichael ukinira Delko Marseille Province yo mu Bufaransa ni we wegukanye agace ka kabiri k’isiganwa ry’amagare mpuzamahanga rizenguruka u Rwanda kakinwe kuri uyu wa Mbere tariki 24 Gahyantare. Ni isiganwa ryavaga mu Mujyi wa Kigali ryerekeza mu karere ka Huye, ku ntera ya kilometero 120 na metero 500. Hailemichael yegukanye agace ka […]

Umuyobozi muri Tanzania yavuze ko hari abakoze inzige bagamije kwicisha inzara Abanyafurika

Umuyobozi w’umujyi wa Dar Es Salaam Paul Makonda, asanga hari abashobora kuba barakoreye inzige muri za laboratwari kugira ngo bicishe inzara Abanyafurika. Izi nzige zibasiye akarere ka Afurika y’iburasirazuba zimaze kugaragara mu bihugu bya Ethiopia, Kenya, Tanzania, Uganda na Sudani y’Amajyepfo. Makonda asanga hari intwaro ebyiri zishobora gukoreshwa mu guhashya Abanyafurika, harimo n’iy’ibinyabuzima. Uyu muyobozi […]

Messi atsindiye FC Barcelona ibitego bine, ica agahigo ka Real Madrid

Ikipe FC Barcelona ibifashijwemo yanditse amateka yo kuba ikipe yatsinze ibitego byinshi mu mateka ya shampiyona ya Espagne, nyuma yo kunyagira Eibar ibitego 5-0, Messi atsinda ibitego bine wenyine muri uyu mukino Igitego cya mbere uyu munya-Argentine yagitsinze ku munota wa 14 w’umukino, atsinda icya kabiri ku wa 37 mbere yo gutsinda icya gatatu ku […]

U Rwanda mu bihugu bifite ibyago byo kwibasirwa n’icyorezo cya TiLV

1107ddca-7eec-4b71-9700-ec23167926bf.jpg

Minisiteri y’Ubuhinzi n’ubworozi (MINAGRI) yahagaritse amafi mato yo mu bwoko bwa Tilapia yinjizwaga mu gihugu kubera icyorezo cya TiLV gikomeje kwibasira amafi ya buriya bwoko mu bihugu bitandukanye. Itangazo MINAGRI yasohoye ku wa Kane w’iki cyumweru, rivuga ko amafi mato yo mu bwoko bwa Tilapia ahagaritswe kwinjizwa mu gihugu, mu rwego rwo kwirinda ikwirakwira rya […]

Museveni yihanganishije abagizweho ingaruka zifungwa ry’imipaka

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yasabye abaturage b’u Rwanda n’aba Uganda bagizweho ingaruka n’ifungwa ry’umupaka wa Gatuna uhuza ibihugu byombi kuba bihanganye, mu gihe hagishakwa igisubizo cy’ibibazo byabo. Ibi Perezida Museveni yabitangaje ku wa Gatanu tariki 21 Gashyantare 2020 nyuma y’inama ya kane ihuriweho b’ibihugu bya Uganda, u Rwanda, Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo […]

Nyina wa Diamond yamusabye kurongora Tanasha

Umubyeyi w’umuhanzi Diamond Platinumz, Kassim Sandra Sanura, yasabye uyu muhungu we kurongora umukunzi we Tanasha Donna bafitanye umwana w’umuhungu. Mama Dangote asanga ngo nta wundi mugore Diamond yarongora uruta uriya munyamakurukazi ukomoka mu gihugu cya Kenya. Ni mu butumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa Instagram abwira umuhungu we. Ati” Tuza wabonye urumuri, Simba (Diamond Platinumz)”. […]

Rwanda-Uganda: Iminsi 45 ishobora gufungurwamo imipaka

Inama ya kane yo kuri uyu wa 21 Gashyantare 2020 yahuje abakuru b’ibihugu by’u Rwanda, Uganda, Angola na RDC yanzuye iminsi 45 izasuzumirwamo ibirebana n’ifungurwa ry’imipaka ihuza ibi bihugu bihugu bimaze imyaka irenga ibiri bishyamiranye (u Rwanda na Uganda). Ibi bigaragara mu itangazo ryasohowe nyuma y’iyi nama yabereye ku mupaka wa Gatuna/ Katuna, rihuriweho n’abakuru […]

Uganda yambuye passport utavuga rumwe n’u Rwanda

Leta ya Uganda nyuma yo kubisabwa n’u Rwanda, yamaze guhagarika urwandiko rw’inzira (passport) Perezida Yoweri Kaguta Museveni yari yarahaye Charlotte Mukankusi ushinzwe diplomasi mu mutwe wa RNC ya Kayumba Nyamwasa, utavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Rwanda. Muri Werurwe 2019, ni bwo Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda yandikiye mugenzi we w’u Rwanda, Paul Kagame amumenyesha ko […]

Iby’ingenzi kuri Tour du Rwanda ibura amasaha make ngo itangire

c1ed6b98-bd00-43ff-817a-c02007aee1be.jpg

Umunsi umwe ni wo ubura ngo mu rw’imisozi igihumbi hatangire isiganwa ry’amagare rizenguruka u Rwanda, rigomba gutangira ku cyumweru ku wa 23 Gashyantare rikazasozwa ku cyumweru cy’itariki ya 01 Werurwe 2020. Iri siganwa kuri ubu risigaye rifatwa nk’irihiga ayandi ku mugabane wa Afurika, riri mu masiganwa abiri yonyine Nyafurika ari ku rwego rwa 2.1 mu […]

2020: Udukingirizo miliyoni 33 ni two tuzatangwa mu Rwanda

Leta y’u Rwanda n’abafatanyabikorwa bayo, barateganya gutanga udukingirizo tw’abagabo miliyoni 33 muri uyu mwaka wa 2020. Umubare w’udukingirizo tuzatangwa uyu mwaka wiyongereyeho miliyoni eshatu zatwo, ugereranyije n’Imana ushize ahari hatanzwe udukingirizo miliyoni 31.4. Udukingirizo dutangwa ku isi yose buri mwaka tubarirwa muri miliyoni 600. Mu tuzatangwa uyu mwaka harimo miliyoni enye zizatangwa n’umuryango mpuzamahanga ushinzwe […]

Uganda: Abagabo barogoye ikiganirompaka cy’abadepite bari guhatwa ibibazo

Polisi ya Uganda iri guhata ibibazo abagabo babiri kuri uyu wa Gatatu barogoye ikiganirompaka cy’abadepite, nyuma yo kuva mu byicaro byagenewe abashyitsi bakinjira mu nteko y’abadepite. Itangazo ryasohowe na Sam Obbo, umuyobozi ushinzwe itangazamakuru mu biro by’umuvugizi w’inteko ishinga amategeko ya Uganda, rivuga ko abagabo babiri: Datala Ssenjako na Charles Mirada bombi bafite imyaka 36 […]

Haïti : Impinja 15 zahiriye mu kigo cy’imfubyi zirapfa

Mu ijoro ry’uwa kane rishyira uwa gatanu w’icyumweru gishize, ikigo cy’imfubyi cy’ahitwa Kenscoff muri Haiti cyafashwe n’inkongi y’umuriro, birangira impinja 15 zihasize ubuzima. Imicungire mibi ya Kiliziya yiyita Kiliziya ishingiye kuri Bibiliya ifite mu nshingano zayo kiriya kigo ni yo ishyirwa mu majwi yo kugira ziriya mpinja zipfe. Amakuru avuga ko iriya nkongi yatangiye mu […]

U Rwanda rwoherereje Uganda abaturage bayo 20

Kuri uyu wa gatatu leta y’u Rwanda ibinyujije muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga, yatangaje ko yamaze koherereza Uganda abaturage 20 bayo bari bafungiye mu Rwanda mu buryo bunyuranyije n’amategeko, nyuma y’umunsi umwe Uganda na yo irekuye Abanyarwanda yari ifunze. Mu masaha yashize u Rwanda rwari rwasohoye itangazo rivuga ko rwarekuye Abanya-Uganda batatu na ho abandi 17 […]

Ubufaransa: Umukinnyi yahagaritswe imyaka itanu azira kuruma igitsina cya mugenzi we

Umukinnyi wa ruhago ukomoka mu gihugu cy’Ubufaransa, yahanishijwe kumara imyaka itanu adakandagira mu kibuga nyuma yo kuruma igitsina (ubugabo) cya mugenzi we. Ni ibyabereye mu gace ka Lorraine. Uyu mukinnyi yarumye mugenzi we, nyuma y’umukino wa shampiyona y’ikiciro cya kabiri wari wahuje ikipe ya Terville na Soetrich ku wa 17 Ugushyingo mu mwaka ushize.Uyu mukino […]

Nyabugogo : Umushoferi yakoze gikomando arokora ubuzima bw’abari bagiye kwicwa n’ikamyo

6bb5d5db-934c-46fc-bd0d-e10b907b1ff5.jpg

Umushoferi utwara ikamyo utamenyekanye amazina, yashimwe n’abatari bake nyuma yo kurokora ubuzima bw’abatari bake bashoboraga kwicwa n’ikamyo atwara ubwo yari Nyabugogo mu Mujyi wa Kigali. Ku gicamunsi cy’ejo ku wa Kabiri tariki 18 Gashyantare ni bwo uyu mushoferi utwara ikamyo y’uwitwa Paiti yakoze ibisa nk’igitangaza. Ababonye ibyakozwe n’uyu mushoferi babwiye Bwiza.com ko shoferi yari yaparitse […]

Ububiligi: Havumbuwe Kiliziya ifite urukuta rwubatswe mu magufwa y’abantu

Mu gihugu cy’Ububiligi havumbuwe urusengero rudasanzwe rufite urukuta rwubakishizwe amagufwa y’abantu bapfuye. Iki gikuta cyavumbuwe muri Kiliziya yitiriwe Mutagatifu Bavo iherereye mu mujyi wa Gent. Ni kiriziya imaze imyaka irenga 500 yubatswe. Amagufwa yubatse kiriya gikuta ni ay’amatako y’abantu bakuze ndetse n’uduhanga twabo. Impuguke zivuga ko ariya magufwa ashobora kuba yarakuwe mu mirima yo hanze […]

Uganda yashyikirije Ambasade y’u Rwanda Abanyarwanda 13 yari ifunze

Leta ya Uganda yarekuye Abanyarwanda 13 yari ifungiye muri gereza y’urwego rw’ubutasi rwa gisirikare (CMI), ibashyikiriza Ambasade y’u Rwanda mu muhango wabereye kuri Selena Hotel i Kampala. Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kabiri tariki ya 18 Gashyantare 2020, ni bwo aba Banyarwanda barimo na Hyacinthe Dusabeyezu, umugore wa René Rutagungira barekuwe. Aba baturage uko […]

Umupolisi wafotowe yasinziriye mu nzira agiye gukurikiranwa

Umuyobozi mukuru wa Polisi ya Uganda IGP Martins Okoth-Ochola, yategetse itabwa muri yombi ry’umupolisi uherutse gufotorwa yasinziriye ku butaka anategeka ko ashyikirizwa ubutabera. Ku cyumweru ku wa 16 Gashyantare ni bwo videwo yerekana uriya mupolisi, ASP Yasser Masinde Okoth yiriwe ihererekanwa ku mbuga nkoranyambaga. Byagaragaraga ko yasinze kuko yari afite n’icupa ry’inzoga mu mufuka. Okot […]

CHAN: Amavubi yongeye kwisanga mu itsinda rimwe na Uganda Cranes

Ngaya amatsinda yose

Tombola igaragaza uko amakipe agomba guhurira mu matsinda y’igikombe cy’Afurika cy’abakina muri shampiyona zabo (CHAN) isize Amavubi y’u Rwanda mu tsinda rya gatatu aho ari kumwe n’Imisambi ya Uganda. Ni tombora yaberaga i Caïro mu Misiri yatangiye mu kanya kashize. Amavubi na Uganda Cranes n’ubundi bari mu tsinda rimwe, mu ijonjora ryo gushaka itike y’igikombe […]

BurkinaFaso: Inyeshyamba ziciye mu rusengero abantu 24

Inyeshyamba zishe abantu 24 zikomeretsa abandi 18, mu gitero zagabye mu rusengero rw’aba-porotestanti ruherereye mu cyaro cyo mu majyaruguru ya Burkina Faso. Amakuru y’iki gitero yemejwe na Col. Salfo Kaboré, Guverineri w’Intara ya Pansi muri Yagha iherereye mu gace ka Sahel. Ni mu kiganiro yagiranye n’ibiro ntaramakuru by’Abafaransa, AFP, dukesha iyi nkuru. Ati” Itsinda ry’abagabo […]

Hong Kong: Polisi irahiga bukware abibye impapuro zo mu musarani

Polisi mu gihugu cya Hong Kong, iri guhigisha uruhindu ibisambo byari byitwaje intwaro bikiba amapaki 50 y’impapuro zo mu bwiherero (umusarani) zikomeje kuba ingumi kubera icyorezo cya Coronavirus. Kuri uyu wa Mbere tariki 17 Gashyantare ni bwo ibi bisambo byari byahishe amasura binafite ibyuma, byagabye igitero ku muntu wari ugemuye ziriya mpapuro, bizimwiba bibanje kumutera […]

Umuhanzi Rema yari akubitiye mugenzi we ku rubyiniro

Umuhanzi Rema Namakula yashatse gukubita urushyi no kwirukana ku rubyiniro mugenzi we, Chris Evans nyuma y’uko uyu yari amutumiye ku rubyiniro akiha kuvuga kuri Eddy Kenzo wahoze akundana n’uyu mugore. Ibi byabaye mu ijoro ryo ku wa Gatanu w’icyumweru gishize, ubwo Rema yataramiraga abakunze be mu gitaramo cyo ku munsi w’abakundana. Rema yatumiye ku rubyiniro […]

Umuhanzi Kizito Mihigo yapfuye

27d733b0-80f3-4c59-a39e-a7497a2ba862.jpg

Umuhanzi Kizito Mihigo yapfuye yiyahuye nk’uko bivugwa mu itangazo Polisi y’u Rwanda (RNP) yashyize ahagaragara mu gitondo cyo kuwa Mbere tariki 17 Gashyantare 2020. Iri tangazo riravuga ko Kizito Mihigo yapfuye mu ijoro ryakeye aho yari afungiwe i Remera muri Kasho iri kuri station ya Polisi. Riti “Mu rukerera rwo kuri uyu wa Mbere tariki […]

RDC: Impanuka ikomeye yatwaye ubuzima bw’abatari bake

Impanuka ikomeye yabereye mu masanganiro y’imihanda y’ahitwa Ngaba mu mujyi wa Kinshasa, yasize ababarirwa muri 40 bitabye Imana, abandi benshi barakomereka. Ni Impanuka yabaye ku gicamunsi cy’ejo ku Cyumweru tariki 16 Gashyantare. Ababonye iyi mpanuka iba, babwiye ibitangazamakuru byo muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo ko yatewe n’ikamyo yari yikoreye amabuye yabuze feri (frein) bikarangira […]

Perezida Kagame yavuze amakosa ya Me Evode, Munyakazi na Gashumba baherutse kwegura

Perezida wa Repubulika Paul Kagame uyoboye umwiherero w’abayobozi bakuru mu gihugu uri kubera mu kigo cy’imyitozo ya gisirikare cya Gabiro, yavuze amwe mu makosa akomeye yakozwe na ba Minisitiri Evode Uwizeyimana, Diane Gashumba na Isaac Munyakazi baherutse kwegura ku mirimo yabo. Kuri iki cyumweru ni bwo ababarirwa muri 400 barimo abayobozi mu nzego zitandukanye za […]

S.A: Abanyeshuri 12 bajyanwe kwa muganga bazira kurya imigati irimo ibiyobyabwenge

Polisi yo mu gace ka Gauteng muri Afurika y’Epfo, yataye muri yombi umugore w’imyaka 21 y’amavuko nyuma yo guha abanyeshuri imigati irimo ibiyobyabwenge ikagira ingaruka mbi ku buzima bwabo. Aba bana bose uko ari 12 bigaga ku ishuri ryisumbuye rya Ikusasalethu, riherereye muri Braamfisherville muri Soweto. Iyi migati bayiriye ku wa kane w’iki cyumweru, nk’uko […]

Impamvu zazanye mu Rwanda Samuel Eto’o na Ahmad Ahmad uyobora CAF

Umunya-Cameroon Samuel Eto’o Fils wakanyujijeho muri ruhago n’Umunya-Madagascar Ahmad Ahmad uyobora impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru hano ku mugabane wa Afurika, bari i Kigali hano mu Rwanda. Amakuru avuga ko icyazanye aba bagabo bombi i Kigali ari ukubonana na Perezida wa Repubulika Paul Kagame n’abandi bayobozi batandukanye, mu rwego rwo kuganira na bo ku bijyanye n’uko u […]

Batatu bahoze muri Polisi y’u Rwanda bakurikiranweho ubujura

Abapolisi batatu basezerewe muri Polisi y’u Rwanda, bafungiye kuri Station ya Polisi ikorera i Remera mu mujyi wa Kigali bazira kwiyitirira kuba abakozi b’ishami rya polisi yo mu muhanda bakiba abantu amafaranga bababeshya ko bazabafasha kubona impushya zo gutwara ibinyabiziga. Aba ni Augusto Munyemana, Theogene Rukundo na Noel Munyarugendo. Uko ari batatu bafatiwe mu mujyi […]

Umuhanzi Chameleone yagurishije imwe mu mitungo ye kubera ideni

Joseph Mayanja, Umunya-Uganda uzwi mu muziki nka Dr. Jose Chameleone, yamaze kugurisha inzu Daniella Villas iherereye muri kamwe mu duce tw’umugi wa Kampala. Amakuru avuga ko Chameleone uri mu banyamuziki bakunzwe mu muziki wa Uganda na Afurika y’iburasirazuba muri rusange, yagurishije iriya nzu akayabo ka 200,000,000Rwf. Iyi nzu iherereye ahitwa Bweyogerere, yaguzwe n’umucuruzikazi utaramenyekana amazina. […]

Umurwayi wa mbere wa Coronavirus yabonetse ku mugabane wa Afurika

Minisiteri y’Ubuzima mu gihugu cya Misiri, yatangaje ko muri iki gihugu hagaragaye umurwayi ufite indwara ya Coronavirus gikomeje gutwara ubuzima bw’abatari bake. Itangazo ryasohowe na Minisiteri y’ubuzima mu Misiri rivuga ko uriya muntu atari Umunya-Misiri, ariko ntirigaragaza ubwenegihugu afite. Umuvugizi w’iyi Minisiteri, Khaled Megahed, yavuze ko bafashe ingamba zikomeyehe zo guhangana na kiriya cyorezo, ndetse […]

Man. City yahanishijwe kumara imyaka ibiri idakina amarushanwa ya UEFA

Ikipe ya Manchester City yo mu gihugu cy’Ubwongereza, yaciwe amande ya miliyoni 30 z’ama-Euro, inahanishwa kumara imyaka ibiri idakina amarushanwa ategurwa n’impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku mugabane w’Uburayi, UEFA. Ibi bihano biremereye Man City yabifatiwe, nyuma yo kwica amabwiriza ajyanye no kugura no kugurisha abakinnyi ya UEFA azwi nka Financial Fair Play. Financial Fair Play igena […]

Minisitiri Diane Gashumba yeguye ku mirimo ye

Ibiro bya Minisitiri w’intebe byatangaje ko Minisitiri w’intebe Dr. Edouard Ngirente yakiriye ubwegure bwa Minisitiri w’ubuzima Dr. Diane Gashumba. Primature yavuze ko Minisitiri Gashumba yeguye ku mirimo ye, nyuma y’amakosa yari amaze kuba akarande muri Minisiteri yayoboraga. Mu ntangiriro z’iki ni bwo Minisitiri Gashumba yari yatumijweho na Komisiyo y’imibereho myiza mu nteko ishinga amategeko y’u […]

U Rwanda rwasabye Uganda gusenya gereza za RNC na RUD-Urunana ziri ku butaka bwayo

Mu nama yahurije hamwe intumwa z’ibihugu bya Uganda n’u Rwanda i Kigali, Leta y’u Rwanda yasabye iya Uganda gusenya gereza z’imitwe ya RNC na RUD- Urunana ziri ku butaka bwayo. Ni inama yitabiriwe n’abaminisitiri hatandukanye b’ibihugu byombi, ikaba ibanziriza iyo Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na mugenzi we wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni bazahuriramo i […]

Sugira Ernest yagarutse mu kipe y’igihugu Amavubi

Nguru urutonde rw'agateganyo rw'abakinnyi bahamagariwe iyi mikino ya gicuti

Kuri uyu wa gatanu Mashami Vincent utoza ikipe y’igihugu Amavubi, yahamagaye abakinnyi n’ikipe ya CHAN yitegura imikino ibiri ya gicuti, harimo uwa Cameron na Les Diables rouges ya Congo Brazzaville. Ni mu rwego rwo kwitegura irushanwa rya CHAN Amavubi agomba kwitabira, rizabera muri Cameroun muri Mata uyu mwaka . Abakinnyi 28 Mashami yahamagaye barimo Sugira […]

Hamisa Mobetto arashinjwa kwigana imyambarire ya Tanasha

Umunyamideri Hamisa Mobetto, arashinjwa kwigana uburyo bw’imyambarire bwa mukeba we Tanasha Donna. Aba bagore uko ari babiri bahuriye ku kuba bafite abana b’abahungu bombi babyaranye n’umuhanzi Diamond Platinumz. Hamisa ni we babanje kubyarana, gusa baza gutandukana bapfuye ko uyu mugore ngo yari asigaye ajya gushaka imitsindo mu bapfumu yo kugira ngo Diamond amukundwakaze. Tanasha Donna […]

Hari amahahiro yo mu Rwanda acuruza inyama ziroze

Mu gihe inyama zifatwa nka rimwe mu mafunguro yiyubashye ku benshi mu Banyarwanda, hari amakuru avuga ko zimwe muri Super Marchés (amahahiro) nyarwanda zicuruza inyama ziroze, bikagira ingaruka zikomeye ku buzima bw’abarya ziriya nyama. Ibi ni ibyagaragajwe n’urubuga M28 Investigates, mu iperereza rwakoze rigaragaza ko abenshi mu bacuruzi b’inyama bashyira imbere amafaranga aho kwita ku […]

KNC yavuze ko yitandukanyije burundu na Mukura igomba gusura Gasogi United

Perezida wa Gasogi United, Kakooza Nkuliza Charles, uzwi nka KNC, yatangaje ko yitandukanyije burundu n’ikipe ya Mukura Victory Sports et Loisirs yahoze afana, mbere y’uko iyi kipe yo mu majyepfo y’u Rwanda isura Gasogi United, mu mukino w’umunsi wa 20 wa shampiyona y’u Rwanda. Hari mu kiganiro kibanziriza uriya mukino yagiranye n’itangazamakuru kuri uyu wa […]

Akurikiranweho kuza mu Rwanda asize afungishije igitsina cy’umugore we Super Glue

Denis Mumo ukomoka mu gihugu cya Kenya, akurikiranweho kugerageza gufunga burundu igitsina cy’umugore we akoresheje Guper Glue nyuma yo kumushinja kumubangikanya n’abandi bagabo bane. Mumo w’imyaka 36 y’amavuko akomoka mu majyepfo y’ahitwa Kitui muri Kenya. Avuga ko yavumbuye ubutumwa umugore we yohererezanyaga n’abandi bagabo ku mbuga nkoranyambaga, burimo n’amafoto y’ubwambure bwabo. Avuga kandi ko iyo […]

Umwana wa Zari na Diamond arembeye mu bitaro

0a4576e8-a0c0-4a8a-bd1f-da74d8b7a7b7.jpg

Prince Nillan Dangote, umuhungu w’Umunya-Uganda, Zari Hassan n’Umuhanzi, Diamond Platnumz, arwariye muri bimwe mu Bitaro byo muri Afurika y’Epfo bitaramenyekana. Nillan w’imyaka itatu y’amavuko, akurikira Tiffah Dangote, imfura ya Zari na Diamond Platinumz batakibana nk’umugabo n’umugore. Uburwayi bwe bwemejwe na nyina umubyara, binyuze mu butumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa Snapchat. Zari yavuze ko umuhungu […]

Igitero cy’inzige gishobora kugera mu Rwanda mu minsi mike

Ikigo cy’Igihugu cy’Iteganyagihe (Meteo Rwanda) kiraburira Abanyarwanda ko bishoboka ko igitero cy’inzige gishobora kugera mu gihugu mu minsi iri hagati ya 10 na 14. Iki kigo kivuga ko igitero cya ziriya nzige kizaterwa n’uko ikirere gihagaze ndetse n’icyerekezo cy’umuyaga mu minsi iri imbere. Meteo iteganya ko inzige niziza mu Rwanda zizasohorera mu Ntara y’Iburasirazuba. Matthieu […]

Kalev Mutondo wayoboraga ubutasi bwa RDC mu gihe cya Kabila yatawe muri yombi

Amakuru aturuka muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, aravuga ko Kalev Mutondo wahoze akuriye ubutasi bwa gisirikare, ANR, yatawe muri yombi. Le Grand Congo dukesha iyi nkuru ivuga ko Mutondo yafatiwe ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Njiri ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 12 Gashyantare. Bivugwa ko yari mu rugendo avuye Addis Ababa […]

Haruna na Kagere mu bakinnyi bakurikirwa cyane ku mbuga nkoranyambaga mu karere

Urutonde rwa rusange

Abakinnyi babiri b’ikipe y’igihugu Amavubi, Haruna Niyonzima na Meddy Kagere, bari mu bakinnyi 25 bakomoka mu karere k’Afurika y’iburasirazuba n’iyo hagati (CECAFA) bakurikirwa cyane ku mbuga nkoranyambaga. Aba basore bombi bakina muri shampiyona ya Tanzania, gusa mu makipe abiri atajya imbizi. Haruna akina muri Young Africans, mu gihe Kagere akina muri mukeba Simba Sports Club. […]

Byinshi ku iraswa ry’umuturage ryabereye mu Rwampala

Ku mugoroba w’ejo ku wa Kabiri tariki ya 11 Gashyantare polisi ikorera mu Mujyi wa Kigali yarashe umusore utaramenyekana amazina bivugwa ko yacuruzaga urumogi ahita apfuye. Ibi byabereye mu mudugudu wa Rwampara, mu kagari ka Rwampara ho mu murenge wa Nyarugenge mu masaha y’ijoro. Abatuye hafi y’aho uwo musore yarasiwe, bavuga ko yakomokaga ahitwa mu […]

Kenya: Biravugwa ko bamwe mu baherekeje Perezida Kagame bangiwe kwicara mu myanya y’icyubahiro

852a9b83-4d5c-4324-b923-72881203deb5.jpg

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yerekeje mu gihugu cya Kenya kuri uyu wa Kabiri tariki ya 11 Gashyantare mu muhango wo gusezera ku wahoze ayobora Kenya, Daniel Arap Moi uherutse gupfa. Biravugwa ko bamwe mu bari bamuherekeje bangiwe kujya kwicara mu imyanya y’icyubahiro n’abashinzwe umutekano. Perezida Kagame yagiye kwifatanya n’ibihumbi by’abaturage ba Kenya […]

Amafoto: Bisi ya kompanyi yo mu Rwanda yahiriye muri Uganda irakongoka

2-5.jpg

Imodoka nini ya sosiyete Nyarwanda itwara abagenzi ya Trinity Express, yahiye irakongoka nyuma yo gufatirwa n’inkongi y’umuriro mu gihugu cya Uganda. Iyi mpanuka yabereye ahitwa Mpigi, ku muhanda munini uva i Masaka werekeza i Kampala mu murwa mukuru wa Uganda nk’uko The New Vision ibitangaza. Nta muntu n’umwe wigeze atakariza ubuzima muri iyi mpanuka, mu […]

Dr Léon Mugesera avuga ko ijambo ashinjwa kuvugira ku Kabaya atari iryo we yavuze

Dr Léon Mugesera wakatiwe gufungwa burundu nyuma yo guhamwa n’ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi, yasabye ko ijambo ashinjwa kuvugira ku Kabaya mu Ngororero riteshwa agaciro kuko ari ryo rimufunze burundu mu gihe atemera ko ari umwimerere y’iryo we yavuze icyo gihe. Ni ijambo uyu mugabo wahoze ari umwarimu muri Kaminuza yavuze mu 1992, mbere y’imyaka […]

Kicukiro : Umusekirite wa ISCO yirashe arapfa

Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere, Umusekirite wa kompanyi icunga umutekano ya ISCO wakoreraga ku ishami rya Banki ya Kigali rya Kicukiro, witwa Ntatinya Audace yirashe, arapfa. Uyu uvuka mu Karere ka Gicumbi ufite inkomoko mu karere ka Gicumbi yirashe mu ma saa tatu n’igice z’igitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 10 […]

Gasogi United: Ikipe ititiza ibihangange muri ruhago y’u Rwanda

Ikipe ya Gasogi United nk’imwe mu makipe akiri mato cyane mu ruhando rwa ruhago nyarwanda, ikomeje kuba ubukombe nyamara nta gihe kinini iramara ishinzwe. Nta mwaka uruzura iyi kipe y’umushabitsi Kakooza Nkuliza Charles uzwi nka KNC igeze muri shampiyona y’ikiciro cya mbere hano mu Rwanda. Nta n’imyaka ibiri ishize iyi kipe ihawe izina rya”Gasogi United”, […]

Yategetswe gukwa inka nyuma yo gufatwa ayirongora

Umugabo witwa Muludin Mbazira utuye mu mudugudu wa Bulyampidi, mu gace ka Imanyiro ho mu karere ka Mayuge mu Burasirazuba bwa Uganda, yafatiwe mu cyuho arongora inka y’abandi ategekwa kuyikwa kugira ngo ayigire umugore. Ibi byabaye ku munsi w’ejo ku wa gatandatu tariki ya 8 Gashyantare 2020, ubwo Mbazira w’imyaka 40 y’amavuko yataga umugore we […]

Perezida Kagame yitabiriye ifungura ry’inama y’abakuru b’ibihugu bya AU (Amafoto)

img-20200209-wa0008.jpg

Kuri iki cyumweru tariki ya 9 Gashyantare 2020, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame uherereye i Addis Abeba mu murwa mukuru wa Ethiopia, yitabiriye ifungura ry’inama y’abakuru b’ibihugu bigize umuryango wa Afurika yunze ubumwe. Ni ku nshuro ya 33 iyi nama iri kuba, ku nsanganyamatsiko igira iti: “Gucecekesha imbunda: Guharurira inzira iterambere ry’Afurika.” Ihurije […]

Min. Gashumba yatumijwe ku bw’ibibazo biri mu mavuriro ya Leta

Komisiyo y’imibereho y’abaturage mu nteko ishinga amategeko y’u Rwanda, yatumijeho Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Diane Gashumba, kugira ngo atange ibisobanuro ku kibazo cy’abakozi bake kivugwa mu mavuriro ya leta ndetse n’itangwa ry’akazi ridahwitse ryagaragaye muri uru rwego. Minisitiri Gashumba yiyongereye ku bandi bayobozi batandukanye muri Guverinoma baheruka kugaragara imbere y’iyi komisiyo kugira ngo batange ibisobanuro ku […]

Amabandi yabwiye Mesut Ozil ko azamwica ndetse agafata nyina ku ngufu

Abagabo babiri; Salaman Ekinci na Ferhat Ercun bombi bafite imyaka 27 y’amavuko bateye ubwoba abarinzi ba Mesut Ozil bababwira ko bazica uyu musore ukomoka mu Budage ukina hagati mu kibuga mu kipe ya Arsenal yo mu Bwongereza ndetse bagafata nyina ku ngufu. Ubwo bagezwaga imbere y’ubutabera ku wa Kabiri tariki ya 4 Gashyantare bahakanye icyaha […]

Diamond Platnumz yahaye umukoro abafana be kugira ngo ashyire hanze indirimbo

Umunya-Tanzania Naseeb Abdul Juma uzwi mu muziki nka Diamond Platnumz, yasabye abakunzi be gutanga ibitekerezo 30,000 kuri poste yashyize ku rubuga rwe rwa Instagram kugira ngo abone gushyira hanze indirimbo nshya. Ni ubutumwa bwagiraga buti” ibitekerezo 30,000 niba witeguye Simba[Diamond] muri 2020.” Ubu butumwa bwasabaga abakunzi ba Diamond bo hirya no hino ku isi gutanganga […]

Bugesera: Ba gitifu b’utugari begujwe bakanga kuva mu biro bimwe za kashe

Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’utugari turindwi two mu karere ka Bugesera baherutse kweguzwa ariko bakanga kuva mu biro, bimwe za kashi n’abakozi bashinzwe imibereo myiza n’iterambere (SEDO) mu rwego rwo kubima uburenganzira mu biro. Muri Mutarama uyu mwaka ni bwo hamenyekanye inkuru y’uko abayobozi 14 b’utugari two muri Bugesera begujwe ku ngufu, bikozwe n’umuyobozi w’aka Karere, Mutabazi […]

Uko ruswa ituma abo muri ruhago bataha barira, abandi bagaseka

Umupira w’amaguru usigaye usa n’uwabaye ifunguro ku benshi mu bafana bawihebeye, gusa hari byinshi bidakunze kuvugwaho rumwe muri iyi siporo ifatwa nk’iya mbere ikunzwe ku isi kurusha izindi abantu batabona, ariko bikabagiraho ingaruka. Intego ya mbere ruhago turabizi ko ari uguha abakunzi bayo ibyishimo, n’ubwo hari abarebye kure bagahitamo guhindura uyu mukino ubucuruzi, intego ari […]

Minisitiri Evode Uwizeyimana aravugwaho guhutaza umusekirite

whatsapp_image_2020-02-03_at_15.07.16.jpg

[[Umunyamabanga wa leta muri Minisiteri y’ubutabera Ushinzwe Itegeko Nshinga n’andi Mategeko, Evode Uwizeyimana, aravugwaho guhutaza no gutura hasi umukobwa w’umusekirite wamusabaga guca mu cyuma gisaka (scaner ) mbere yo kwinjira mu nyubako ya Grand Pension Plaza iri mu Mujyi wa Kigali rwagati. Ibi byabaye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 3 Mutarama […]